U Bufaransa: Minisitiri wâibidukikije yeguriye kuri radio
Minisitiri w’ibidukikije mu Bufarasansa, Nicolas Hulot, yeguye ku mirimo ye ari mu kiganiro cyacaga kuri radiyo bitungura benshi barimo na Perezida Emmanuel Macron. Minisitiri Hulot wanabaye umunyamakuru kuri televiziyo ndetse akaba impirimbanyi yo kubungabunga ibidukikije, yavuze ko yagombaga kwegura kubera uruhererekane rwo gutengurwa yagiye agira ku bijyanye n’ihindagurika ry’ikirere ndetse n’ibindi bibazo byugarije ibidukikije. Nicolas […]
RDC: Abasirikare babiri ba Angola bafashwe basambanya ku ngufu Umunyekongokazi
Umugore wâumunyekongoko yasambanyijwe ku ngufu nâabasirikare babiri ba Angola, aho bivugwa ko ibi byabereye kuwa Gatandatu ushize ku mupaka wa kamako mu birometero nka 150 mu majyepfo yâuburasirazuba bwa Tshikapa. Amakuru aturuka ahabereye ibi bintu avuga ko uyu munyekongokazi wâimyaka byibuze 30 wari mu isoko rya Kamako, yagiye mu gihuru kiri hafi aho kwihagarika, abo […]
Abantu bagiye bicishwa imihoro, abagore bakabagwamo abana bakicwa- Ibishinjwa Bosco Ntaganda
Bosco Ntaganda ufungiye muri gereza yâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (CPI) ruri i Hague mu Buholandi, yagejejwe imbere yâuru rukiko humvwa bwa nyuma abamutangaho ubuhamya ku mpande zose. Abatangabuhamya ku mpande zombi bongeye kumvwa kuva ku wa Kabiri tariki ya 28 Kanama kuzagera ku wa Kane tariki ya 30 Kanama 2018, abamushinjwa bakaba bavuga ko yakoze ibyaha […]
Green Party ihetuye Amajyepfo ibijeje iterambere rirambye
Mu bikorwa byo kwiyamamaza kwâIshyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), Intara yâAmajyepfo niyo yasorejweho icyumweru cya kabiri, uturere twose twayo tumaze kugerwamo nâAbakandida Depite bayo. Huye na Nyamagabe nitwo turere twasorejweho ibikorwa bya Green party byo kwiyamamaza mu Ntara yâAmajyepfo, hari kuwa 26/08/2018. Iterambere rirambye niryo zingiro ryâimigabo nâimigambi yâiri shyaka. INSHAMAKE […]
Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27 Kanama, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Runda, akagari ka Ruyenzi; ku bufatanye nâabaturage yafashe abajura babiri barimo umumotari witwa Ntakirutimana Elie.Aba bajura bakaba bibaga amatelefoni yâabaturage muri iyi  santeri ya Ruyenzi. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâAmajyepfo, Chief Inspector of […]
Burundi: Hafashwe agatsiko kâamabandi adasanzwe yiganjemo abasirikare n'abapolisi
Minisiteri yâumutekano mu Burundi yerekanye abagize agatsiko kâabajura kabuhariwe bibisha imbunda mu mujyi wa Bujumbura. Umuvugizi wâiyi Minisiteri, Pierre Nkurikiye yatangarije abanyamakuru ko mu kwiba kwabo, biyoberanya bakigira nkâabakozi ba sosiyeti ishinzwe ibyâamazi nâamashanyarazi (REGIDESO). Uyu mutwe weretswe abanyamakuru, ugizwe nâabasirikare, abapolisi, abasivile bâAbarundi nâumunyamahanga umwe. Avuga ko aba bajura bibana ubuhanga nâimbunda, ngo binjira […]
Musanze: Umupasiteri ushinjwa guha ruswa umushinjacyaha yakatiwe gufungwa iminsi 30
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bukurikiranyeho umupasiteri witwa Bikeka Faustin kubera icyaha akekwaho cyo gutanga ruswa , maze rutegeka ko aba afunzwe byâagateganyo mu gihe cyâiminsi 30. Ku italiki 07 Kanama 2018, ahagana saa saba zâamanywa nibwo Pasiteri Bikeka Faustin yatawe muri yombi ku biro byâUbushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Musanze , ubwo […]
Reba Video: Inzoka nini yizingiye kuri moteri yâimodoka yari itwawe nâumugore
Umugore utatangajwe amazina wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ubwo yari atwaye imodoka yatunguwe no gusanga inzoka nini yizingiye kuri moteri. Uyu mugore ubwo yari atwaye imodoka, ngo yumvise irimo kugenda ku buryo budasanzwe yiyongeza umuvuduko, ukongera ukagabanuka, aza gusanga hari inzoka nini yizingiye kuri moteri. Polisi yo mu gace ka Omro, ibicishije ku […]
Aho kuzuza inshingano ze zo mu buriri, umugabo wanjye arara yikinisha – NKORE IKI?
Ndabaramukije, mbasaba nâinama; nitwa⊠[ryagizwe ibanga], ntuye muri Kigali, nkaba nkora akazi kâubucuruzi. Mfite abana babiri nabyaranye nâumugabo wanjye tumaranye imyaka 6, nta kibazo tujya dukunda kugirana cyane ngo wenda kibe cyadutera gushwana bidasanzwe uretse kwakundi gacamo kâizibana zikomanya amahembe. Ntarondogoye, nifuza ko na njye mungira inama kuko umugabo wanjye ntakibasha mu buriri pe, yarahindutse, […]
Gen.Kale Kayihura yemerewe kuburana ari hanze ya gereza
Uwahoze ari Umuyobozi wa Polisi ya Uganda, Gen. Kale Edward Kayihura Muhwezi  kuri uyu wa 28 Kanama 2018 yemerewe kuburana ari hanze ya gereza. Urukiko rwa Gisirikare ruherereye Makindye mu mujyi wa Kampala rwafashe uyu mwanzuro maze rwemeza ko Kayihura aburana ari hanze nyuma yo gutanga ingwate ifite agaciro ka  miliyoni 10 zâamashilingi ya Uganda […]
KwitaIzina2018:Mafikizolo niyo izasusurutsa abazitabira umusangiro i Rubavu
Theo Kgosinkwe na Nhlanhla Nciza bagize itsinda rya Mafikizolo rikomoka mu gihugu cy’Afuka yepfo ryatumiwe mu birori byo kwita zina, ni umuhango uteganijwe tariki 2 Nzeri 2018 hano mu Rwanda mu karere ka Musanze. Nkuko bigaraga ku rukuta rwa Twitter yo KwitaIzina byemejwe ko iritsinda rizasusurutsa abazitabira umugoroba wo gusangira uzwi nka Gala Dinner uteganyijwe […]
Burundi: Karusi, umwana wâimyaka 11 yishwe akatwa igitsina, i Ngozi umusore yicwa atemagujwe imihoro
Mu mpera zâicyumweru gishize mu bice bitandukanye byâu Burundi hagiye hagaragara ubwicanyi ndengakamere bwakorewe abantu babiri barimo umwana wâimyaka 11 wanaciwe igitsina. Umwana witwaga Nsengiyumva Eric wari ufite imyaka 11 yâamavuko, ababyeyi be batuye ku musozi wa Kayange, Komini Buhiga, mu ntara ya Karusi yishwe nâumugabo wafashwe, arangije anamuca ubugabo. Igipolisi cyâu Burundi gitangaza ko […]
Ngizi ingeso zizakwereka umukobwa utashinga urugo ngo rukomere
Nkuko bisanzwe Bwiza.com tubagezaho zimwe mu nkuru zitandukanye z’urukundo abagisha inama,abashaka abakunzi,ndetse n’izijyanye n’ubuzima bw’imyororokere. uyu munsi rero twagerageje kubakusanyiriza bimwe mubintu byingenzi bikunzwe kugarukwaho biranga umukobwa udafite gahunda yogushinga urugo ngo rukomere 1. Akabya gukunda gusenga Uyu azi imirongo ya Bibiliya yose mu mutwe we, avuga Imana buri kanya, arakureba ikijisho niwibeshya ugakora mu […]
Nyamasheke: Kurwanya imirire mibi mu bana bizitirwa nâuburangare bwâababyeyi
Ubuyobozi bwâakarere ka Nyamasheke buvuga ko nubwo bukora ibishoboka byose ngo buhangane nâikibazo cyâimirre mibi mu bana bari munsi yâimyaka itanu, iki kibazo kidashobora gukemuka burundu igihe bamwe mu babyeyi batabishyizemo ingufu. Ni bimwe mu byo umuyobozi wâaka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza yâabaturage, Mukamana Claudette yatangarije Bwiza.com ubwo bamwe mu barebwa nâiki kibazo bari […]
Umuhanzi Trey Songz yarezwe mu nkiko ashinjwa kwambika ubusa umugore
Umuhanzi Trey Songz yarezwe mu nkiko nâumugore witwa Andrea Buera amushinja kumukubita no kumwambika ubusa mu kwezi kwa Mutarama uyu mwaka mu birori bayabereye Hollywood mu mujyi wa Los Angeles. Inyandiko zikubiye mu kirego cyâuyu mugore zabonywe nâikinyamakuru TMZ zivuga ko Trey Songz yirukanse kuri Andrea Buera  amukubita ibipfunsi byinshi mu maso amuryoza kuba  yari […]
Inteko Nshingamategeko irasaba Perezida Museveni guhana abahohoteye Bobi Wine na bagenzi be
Inteko Nshingamategeko ya Uganda yandikiye Perezida Museveni imusaba gutanga itegeko rifata abashinzwe kumurinda nâabandi bo mu nzego zâumutekano bakoreye iyicarubozo Abadepite barimo Bobi Wine nâabanyamakuru. Mu ibaruwa yashyizweho umukono ku wa 27 Kanama 2018, nâumuvugizi wâInteko Nshingamategeko, Rebecca Kadaga, yasabye Perezida Museveni gutanga itegeko abahohoteye Abadepite nâabanyamakuru, mu myigaragambyo yabereye i Arua, bagafatwa bakanashyikirizwa inkiko. […]
Amakimbirane hagati ya Birdman na Lil Wayne yashyizweho akadomo
Umuraperi Birdman yashyize akadomo ku mubano mubi umaze igihe hagati ye na Lil Wayne nyuma yo gusaba imbabazi ku mugaragaro mu mujyi wa Orleans. Ibi Birdman yabikoze mu mpera zâcyumweru gishize mu gitaramo Weezyana Fest 2018 maze agira atiâ Mumbabarire, nari nziko umunsi nkâuyu uzagera gusa sinari nzi igihe kizageraâ Urwangano hagati na Lil Wayne […]
Zakia Hussen yabaye umugore wa mbere wambitswe ipeti rya Brig.General muri Somalia- AMAFOTO
Col. Zakia Hussen Ahmed yazamuwe mu ntera yambikwa ipeti rya burigadiye jenerali (Brig.General) mu gipolisi cya Somalia, aba umugore wa mbere mu mateka yâiki gihugu ugeze kuri uru rwego. Mu muhango uyu mugire yambikiwemo iri peti, Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu, Hassan Ali Khayre yatangaje ko abagore bafite ubushobozi nâuburenganzira mu gihugu cyabo bwo kugaragaza ubushobozi […]
Rwamagana: Abayobozi ba ADEPR barasabwa gutanga inyigisho zo kurwanya ihohoterwa
Abayobozi bagera kuri 300 baturutse mu  midugudu kugera ku rwego rwa Paruwasi mu itorero rya ADEPR, guhera tariki 23 kugeza tariki 26 Kanama bahawe amahugurwa agamije kurwanya amakimbirane abera mu miryango.Ni amahugurwa yari afite insanganyamatsiko igira itiâKubabarira no kwirinda amakimbirane mu miryangoâ. Muri ayo mahugurwa Polisi yâu Rwanda ikaba yaratumiwe gutangamo ikiganiro kigamije kurwanya ihohoterwa […]
Abatavuga rumwe na Perezida Nkurunziza baranenga imikorere ya Benjamin Mkapa
Abatavuga rumwe na Perezida Pierre Nkurunziza baranenga imikorere yâ umuhuza mu biganiro, Benjamin Mkapa bavuga ko ibiganiro byâ amahoro bigenda biguruntege. Opozisiyo ihanganye na Leta iyobowe na CNDD/FDD yavuze kandi  ko Mkapa atarabasha gutegura ibiganiro nyakuri bihuza impande zombi mu buryo bwagutse kandi bunoze. Kuri iyi ngingo kandi opozisiyo ikomeza gushimangira ko umuhuza atigeze atumira […]
Jay z na Beyonce bagabweho igitero mu mujyi wa Atlanta
Ibyamamare Beyonce na Jay Z bagabweho igitero nâumufana ubwo bari ku rubyiniro mu mujyi wa Atlanta. Uyu musore bivugwako yari yasinze, ku wa Gatandatu tariki ya 25 Kanama yacunze abashizwe umutekano, abaca muri humye maze yerekeza aho Beyonce na Jay Z bari bahagaze baririmba maze nabo amaguru bayabangira ingata. Nyuma yaho aba birutse,ababyinnyi berekanye ko […]
Ndayisenga wâimyaka 28, yarangije kwiga icyiciro cya 3 cya kaminuza, arashaka umukunzi
Nitwa Ndayisenga Dona, mfite imyaka 28, mfite ibiro 78, nize kugeza kuri masterâs degree, ntuye i Musanze nkorera RWANDA ENERY GROUP (REG), ndashaka umukunzi uteye atya: -Ufite imyaka kuva kuri 25 kugeza kuri 45 -Uzi gusoma no kwandika birahagije yaraminuje byaba ari akarusho -Ufite icyo akora, akazi kamutunze (afite akazi) cyane ko nanjye ngafite -Ufite […]
DGPR yahigiye kuzita ku buzima bw'abana bato
Mu bikorwa byo kwiyamamaza mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyaruguru,  ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR ryahize ko riramutse ritorewe kujya mu nteko, kimwe mu byo rizitaho ari imibereho y’umwana muto. Ibi byagarutsweho na Kandida Depite Mutesi Jesca wavuze ko kimwe mu bigora ababyeyi kikanagira ingaruka zikomeye ku buzima bw’abana bato […]
Rusizi/Nkombo: Bakiranye urugwiro rudasanzwe abakandida Depite ba FPR- Inkotanyi
Abaturage bo mu murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi bavuga ko bakurikije aho umuryango FPR Inkotanyi ubavanye nâaho uubagejeje mu iterambere, nta cyababuza gushyira igikumwe ku gipfunsi bakitorera abakandida depite bayo. Babivuze ubwo abakandinda depite bari kuri listi yatanzwe nâumuryango FPR Inkotanyi bo muri aka karere babiyerekaga babasaba amajwi,aho ibyo umuryango FPR Inkotanyi wakoreye […]
Kuki u Rwanda rugaragaza impungenge ku ngaruka zaterwa nâamatora yo muri Congo?
Mu gihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje kurangwa nâ ibibazo bya politiki bishingiye ku matora yâumukuru wâigihugu, hari abacyeka ko bishobora guteza umutekano mucye ndetse no mu bihugu byâ Akarere kâ Ibiyaga Bigali. Muri Gicurasi 2018, Perezida Paul Kagame wâu Rwanda unayoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yasuye u Bufaransa agirana ibiganiro na […]
Ishyaka rya J.Pierre Bemba wakuwe ku rutonde rwâabakandida Perezida rigiye kujurira
Ishyaka rya Jean Bemba wahoze ari umukuru w’inyeshyamba akaba na Visi-Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku wa Gatandatu tariki ya 25 Kanama 2018, ryatangaje ko rizajuririra icyemezo cy’akanama k’amatora cyo ku mukuru ku rutonde rw’abakandida perezida. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 24 Kanama, akanama gashinzwe amatora kakuye Bemba kuri urwo […]
Uganda: Bobi Wine yafunguwe by'agateganyo
Urukiko rwo mu mujyi wa Gulu mu Majyaruguru ya Uganda rwafunguye by’agateganyo umuhanzi mu njyana ya Afropop akaba n’umunyapolitiki, Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine). Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Kanama 2018, Urukiko rwanzuye ko nta byago bihari ko ashobora guhunga igihugu, ndetse ko rushobora kuba rufatiriye urwandiko rwe rw’inzira. BBC […]
Uganda: Maj. Gen. Kavuma na Maj. Gen. Mugira bashobora kwishingira Gen Kayihura akaburana adafunze
Gen Kale Kayihura, wayoboye Igipolisi cya Uganda mbere yo kwirukanwa ku mirimo ye ndetse nyuma agatabwa muri yombi, yamaze gusaba abasirikare babiri bakuru, Maj Gen. Sam Kavuma na Maj Gen. James Mugira ngo bazamwishingire akomeza gukurikiranwa ku byaha akurikiranweho adafunze. Gen Kavuma (ku ruhande ibumoso ku ifoto), wahoze afasha bya hafi Perezida Museveni, kuri ubu […]
Kuba Oprah asangiye uburiri na Dogo, ngo ntibihagije kuba yamukoresha muri video ku buntu
Irene Uwoya uzwi ku izina rya Oprah, wahoze ari umugore wa Nyakwigendera Ndikumana Hamadi Katauti, ubu akaba ari umugore wâumuhanzi Dogo Janja, avuga ko kuba ari umugore we atakwemera gukoreshwa mu mashusho yâindirimbo ze ku buntu. Oprah usanzwe azwi cyane mu ruhando rwa cinema no kumurika imideli, avuga ko adashobora gukorana nâumugabo we ngo abe […]
Rutsiro: Abaturage bâUmurenge wa Kivumu basabwe kuba maso nyuma yâibura ryâabaturage bagera ku munani
Ubuyobozi bwâUmurenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro burasaba abaturage guhora bari maso hafi yâigice cyegereye Ikiyaga cya Congo, nyuma yâaho abaturage bagera ku munani bamaze kuburirwa irengero bikekwa ko bishwe. Sylvestre Bisangabagabo, Gitifu wâUmurenge wa Kivumu, mu Karere ka Rutsiro ati: â Hari abantu bamaze kubura bagera hafi mu munani mu myaka nkâibiri ngereranyije, […]
Ihere ijisho umwana unywa isigara 40 ku munsi-Amafoto
Umwana wâumuhungu ukomoka mu gihugu cya Indonesian uzwi nka Rapi Pamungkas uri mu kigero kimyaka 2 yâamavuko yatangaje abantu bitewe nâuburyo anywamo itabi. Nkuko SDE ibivuga, uyu mwana  Rapi Pamungkas ngo ashobora kunwa amasigara 40 ku munsi,Rapi anywa itabi ku kigero gikabije akomeje gukundwa nâabatari bake bitewe nâingamo yâitabi anwa ku munsi akiri muto kandi […]
Umugore wa Bob Wine nawe agiye kwinjira muri politiki
Umugore wa depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bob Wine ari we Barbie Kyagulanyi Itungo arateganya kwinjira muri politiki mu mwaka wa 2021. Uyu mugore basigaye bita âFirst ladyâ nâintwari bitewe nâuburyo akomeje kwitwara mu bibazo byâifungwa nâiyicarubozo byakorewe umugabo we, arateganya kuziyamanaza mu matora rusange azaba mu gihugu cya Uganda mu myaka itatu iri imbere. […]
Ibigo byâAmashuri hafi 60 byari byahagaritswe byasubukuye imirimo yabyo
Amashuri agera kuri 57 yari amaze iminsi yarafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa mu rwego rwo guha abanyeshuri umwuka mwiza wo kwigiramo, byongeye gufungura imiryango ndetse asubukura imirimo yayo kuri uyu wa Mbere. Aya mashuri yari yahagaritswe nyuma yâigenzura ryakozwe mbere yâitangira ryâigihembwe gishya cyatangiye kuwa Mbere wâicyumweru gishize. Minisiteri yâuburezi yari yahaye amashuri yahagaritswe icyumweru kimwe […]
CPI: Urubanza rwa Gen Bosco Ntaganda rugeze ku musozo
Guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Kanama, urubanza rwa Gen Bosco Ntaganda rurongera gusubukurwa uruhande rushinja nâurushinjura bihabwa ijambo ku nshuro ya nyuma mbere yâuko uru rubanza rumaze imyaka 3 rutangiye rupfundikirwa. Gen Bosco Ntaganda wahoze ari umuyobozi wâinyeshyamba muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, muri Nzeri 2015 yari yahakanye ibyaha 13 byâintambara na […]
Nyamagabe: Umwarimu arasaba kurenganurwa nyuma yâuko umugore we atwawe na Diregiteri
Munyaneza Cyprien, umwarimu mu ishuri ribanza rya Gahango, umurenge wa Uwinkingi mu karere ka Nyamagabe, amaze umwaka atabaza inzego zinyuranye ngo zimurenganure. Avuga ko umugore we wari umwarimukazi, yazamuwe mu ntera akaba umunyamabanga wâishuri agahita amuta, ngo âakeka ko abana na Diregiteri wamuzamuyeâ. Uyu mwarimu udatekanye, avuga ko atewe agahinda nâizamurwa mu ntera ryâumugore we, […]
Uganda: Perezida Museveni yijeje Abagande ko ahazaza h'igihugu harinzwe
Perezida Yoweri Museveni akaba nâUmugaba wâIkirenga wâIgisirikare cya Uganda (UPDF) arizeza abaturage ba Uganda ko ahazaza h’igihugu kirinzwe kuko gifite ingabo zo kukirinda, imbogamizi ihari yonyine ikaba ari abanyapolitiki bamwe badafite ikinyabupfura. Perezida Museveni kuri iki cyumweru witabiriye umuhango wo gusoza kwinjiza mu gisirikare abasirikare bashya 3,958 basoje imyitozo yâumwaka uumwe yaberaga mu Kigo cya […]
Irlande: Papa Fransisiko yasabiye imbabazi ibyaha bikorerwa muri Kiliziya Gaturika
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko kuri iki Cyumweru yasabye Imana imbabazi byâumwihariko ku bicumuro bijyanye no gusambanya abana bakiri bato bikorwa muri iyi kiliziya. Ibi Papa Fransisiko akaba yarabivugiye muri kiliziya ya Knock, aho yari mu ruzinduko mu gihugu cya Irlande, aho yagereranyije ibyo bicumuro biteye isoni bikorwa nâabayobozi bâinsengero nkâibihora ari bishyashya. […]
Gasabo: Polisi yagaragaje abasore batatu bakekwaho kwiba ibikoresho byâikoranabuhanga
Kuri iki cyumweru tariki 26 Kanama, mu murenge wa Remera mu karere ka Gasabo  Polisi yâu Rwanda yagaragaje abagabo batatu bakekwaho kwiba ibikoresho byâikoranabuhanga birimo amaterefoni 70 nâicyuma kibika amashusho bibye mu mujyi wa Kigali bakoresheje imfunguzo zâincurano. Abafashwe ni Ndorimana Jotam wâimyaka 29, Nzabonimpa Vincent na Twahirwa Emmanuel bombi bâimyaka 30 yâamavuko. Aba beretswe […]
U Burundi bugiye kugura mu Burusiya 'Pantsir-S1'Â irasa missiles zikingira ibitero byo mu kirere
Igihugu cyâu Burundi kiri mu nzira zo kugura mu Burusiya imbunda yo kwikingira ibitero byâindege nkâuko amakuru atandukanye haba mu Burundi ndetse no mu Burusiya abyemeza. Nkâuko inkuru Rassian Television ikesha Ibiro Ntaramakuru byâu Burusiya, RIA Novosti, ivuga, ngo igihugu cyâu Burundi kiri gutekereza uko cyagura imbunda irasa missiles zikingira ibitero byo mu kirere ikorerwa […]
Amajyaruguru: Batatu bafatanywe ibiro 36 byâurumogi nâamaduzene arenga 200 yâinzoga zitemewe
Polisi yâu Rwanda ikorera Muturere twa Burera na Gakenke,kuri uyu wa 24 Kanama yafashe ibiyobyabwenge bitandukanye bigizwe nâibiro 36 byâurumogi,Litiro 81 za Kanyanga, nâamaduzeni 203 yâinzoga zitemewe zo mubwoko bwa Blue Sky na chief warage byinjijwe mu gihugu nâabacuruza ibiyobyabwenge bazwi nkâabarembetsi muri utu turere. Abafatanywe ibi biyobyabwenge ni Habyarimana Gilbert wâimyaka 34 yâamavuko, Dushimimana […]
Perezida Kagame ni umwe mu bakuru bâibihugu bitabiriye umuhango wâirahira rya Perezida Mnangagwa – Amafoto
Perezida wa Zimbabwe, Emmerrson Mnangagwa, kuri iki Cyumweru, itariki 26 kanama yarahiriye manda ye ya mbere nyuma yâumwaka yari amaze ari perezida wâinzibacyuho, aho yarahiriye kutazahemukira igihugu, kubaha no kurinda itegeko nshinga nâandi mategeko ya Zimbabwe kandi ko azarinda akanateza imbere uburenganzira bwâabaturage bâiki gihugu. Iki gikorwa cyitabiriwe nâabakuru bâibihugu bya Afurika batandukanye barimo Perezida […]
Gen Kayihura yemerewe gukurikiranwa adafunze kuri bail kimwe nâundi muturage – Gen Muhoozi
Umugaba Mukuru wâIngabo za Uganda, Gen David Muhoozi aravuga ko uwahoze ari umukuru wâigipolisi ufunze, Gen Kale kKa, kimwe nâundi muturage wese wa Uganda. Ibi umugaba mukuru wâingabo za Uganda yabitangaje nyuma yâumunsi umwe Gen Kale Kayihura agejejwe imbere yâurukiko rukuru rwa gisirikare rwa Makindye bwa mbere, kuva yatabwa muri yombi kuwa 13 Kamena, akamenyeshwa […]
Minisitiri Kaboneka yibukije abasoje amasomo yo kwinjira muri Dasso guha agaciro no kubaha umuturage
Mu ishuri rya Polisi yâu Rwanda rya Gishari mu Karere ka Rwamagana kuri uyu wa Gatandatu, itariki 25 Kanama habereye umuhango wo kwambika aba-DASSO 515 basoje imyitozo yo kunganira Uturere mu gucunga umutekano. Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu Francis Kaboneka aherekejwe nâabandi bayobozi barimo umukuru wa polisi, IGP Emmanuel Gasana, niwe wari umushyitsi mukuru muri uyu  muhango […]
Kirehe: Polisi yasubije Kompanyi yâAbashinwa ikora umuhanda Mazutu yari yibwe
Polisi yâu Rwanda Ku bufatanye nâizindi nzego zâumutekano, ku wa 24 Kanama yasubije Kompanyi yâAbashinwa (CRBC) ikora umuhanda Gasenyi-Gasarabwayi-Nganda, litiro 270 za Mazutu yibwe. Iyi Mazutu ikaba yaribwe ku wa gatatu taliki ya 22 Kanama, yibwe nâabashoferi bâiyi Kompanyi. Ifatwa nyuma yâiminsi ibiri mu Kagari ka Cyanya, Umurenge wa Kigarama. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara […]
Iburasirazuba: Amafaranga menshi yâurugendo, imbogamizi ku bifuza kwitabira imurikagurisha
Abaturage bo mu Ntara yâIburasirazuba barasaba ko Imurikagurisha riyiberamo ryajya rishyirwa aho abaturage bose bashobora kugera batishyuye amafaranga yâumurengera yâurugendo. Bamwe muri abo bemeza ko urugaga rwâabikorera rwashyize Mini Expo mu karere ka Nyagatare bakabangamirwa no kwishyura amafaranga yâumurengera ku rugendo ndetse ko yashyizwe ku ruhande kandi hari uturere turi hagati muri iyi ntara. Mukeshimana […]
Nyirahabineza Jane asobanura uburyo abagore aribo baryoherwa cyane n'imibonano
Ingo nyinshi usanga zisenyuka ahanini biturutse ku kutuzuza ishingano hagati yâabashakanye, ugasanga uruhare rumwe rutuzuza neza amabanga yo mu buriri, ariko ahanini atari uko yanze uwo bashakanye ahubwo ari ubumenyi buke umuntu aba abifiteho. Nyirahabineza Jane ni umugore wâumuvuzi, mu biganiro yagiye agirana n’ibitangazamakuru bitandukanye, bwiza.com ikaba yifashishije videwo zigaragara ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko […]
Nyamiyaga/Gicumbi: Bamwe mu bagore ntibarasobanukirwa inshingano zâAbadepite
Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Nyamiyaga mu karere ka Gicumbi ntibasobanukiwe neza inshingano zâabadepite byâumwihariko abagore kuko bazi ko kuba bafite imyanya 30% mu nteko bizabafasha mu mishinga yâiterambere bafite aho mu cyaro. Kamikazi Alphonsine ni umubyeyi wâabana batanu ahagarariye cooperative â twiteze imbere â ikora umwuga  wâubudozi azi ko kuba mu nteko […]
Urutonde rwâAbanyapolitiki nâabasirikare bâAbanyafurika batangajwe ko bapfuye ari bazima- AMAFOTO
Bamwe mu banyapolitiki nâabasirikare bo mu bihugu bitandukanye bya Afurika bagiye babikwa ko bapfuye nyuma bikaza kugaragara ko ari bazima ndetse ko nta kibazo bafite. Urutonde Bwiza.com yabateguriye, rugaragaza bamwe muri aba bayobozi ko bagiye babikwa kubera izabukuru, uburwayi, urugamba ndetse no kwibeshya. 1.Mugabe Robert: Mugabe ni umukambwe wâimyaka 94 yâamavuko akaba yaravuye ku butegetsi […]
Umuhanzi Tiwa Savage yagize icyo avuga ku bivugwa ko asigaye akundana na Wizkid
Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nijeriya, Tiwa Savage yashize avuga akari ku mutima ku makuru yari amaze iminsi ahwihwiswa ko yaba asigaye akundana nâumuhanzi Wizkid. Tiwa Savage yahakanye aya makuru yivuye inyuma avuga ko batigeze ndetse bitabayeho ko we na Wizkid bakundana. Inkuru dukesha Information Nigeria ivuga ko abinyujije ku mbuga nkoranyambaga atiâ Nagiye numva […]
Thierry Henry yagizwe umutoza mukuru w'ikipe ya Bordeaux yo muri Ligue 1
Ikipe ya FC Girondins de Bordeaux yo mu cyiciro cya mbere mu mupira wâamaguru mu Bufaransa yahaye Thierry Henry akazi ko kuba umutoza mukuru wâiyi kipe ku masezerano yâigihe kirekire. Thierry Henry wamamaye nka rutahizamu wâikipe ya Arsenal mu Bwongereza, ku myaka ye 41 yari yasabye igihe cyo kubanza gutekereza kuri aya mahirwe yahawe avuga […]
Amajyaruguru: Hagiye kubakwa uruganda rwa sima ruzatanga akazi ku baturage bagera ku bihumbi bibiri
Kuri uyu wa kane tariki ya 23 Kanama 2018 mu Ntara yâAmajyaruguru, Akarere ka Musanze, Umurenge wa Kimonyi hashyizwe ibuye ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa uruganda rwa Sima rwitwa “PrimeCement”, rwiteguye kuzatanga akazi ku baturage bagera ku bihumbi bibiri. Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney afatanyije n’Umuyobozi Mukuru wa PrimeCement Francesco De Martino, ni […]
Diamond yabonanye amaso ku maso na Rich Mavoko bashwanye
Nyuma yo gushwana umuhanzi Rich Mavoko agahagarika ibikorwa bye byo gukorera umuziki muri Wasafi records, kuri ubu we na Diamond bibonaniye amaso ku yandi. Ku wa 13 Kanama 2018, nibwo  Diamond Platnumz nâabahagarariye inyungu ze, Babu Tale, Sallam na Mkubwa Fella, bitabye Ikigo cyâIgihugu Gishinzwe Ubugeni nâUbuhanzi muri Tanzaniya (BASATA) kugira ngo hakemurwe ikibazo bafiyanye […]
Umusore yasambanyije umucyecuru wâimyaka 80 anamumena urusenda mu gitsina
Mu gihugu cya kenya, umusore witwa Koita Munyaya yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 kubera guhohotera umucyecuru w’imyaka 80 amusambanya ndetse anamushyira urusenda mu myanya ye y’ibanga. Uyu mucyecuru yatangarije urukiko ko Koita yamukuyemo imyenda ku ngufu akamusambanya, yarangiza akamushyira urusenda mu myanya ye y’ibanga nkâuko ikinyamakuru SDE News kibitangaza. Urukiko rwatangaje ko mu madosiye bafite agaragaza […]
Numva ndakariye cyane gutsindwa kwâUmuryango Mpuzamahanga â Brig. Gen Lapthe ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Abasirikare bo mu bihugu bitandukanye bigera kuri 12 nâabo mu miryango 3 mpuzamahanga bamaze iminsi mu Rwanda aho bari bitabiriye imyitozo yiswe Shared Accord ya 2018 yabereye mu Kigo cya Gisirikare cya Gako, kuri uyu wa Gatanu basuye urwibutso rwa jenoside rwa Kigali bunamira inzirakarengane zihashyinguye zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu ijambo […]
RDC: Jean-Pierre Bemba ntari ku rutonde rwâabantu 19 bemerewe kuzahatana mu matora ya perezida
Jean-Pierre Bemba Gombo wifuzaga guhatanira umwanya wâumukuru mu matora ateganyijwe mu mpera zâuyu mwaka nawe yakuwe mu isiganwa nkâuko urutonde rwâabakandida bemerewe rwashyizwe ahagaragara na CENI mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu rishyira kuri uyu wa gatandatu rubigaragaza. Kandidatire yâumukandida, Bemba wâishyaka MLC ikaba yateshejwe agaciro hatangwa impamvu ko ari uko yakatiwe na CPI […]
Rusizi: Barakomera amashyi Perezida Kagame washyizeho uburezi bwâimyaka 12
Ababyeyi barerera mu rwunge rwâamashuri rwa Gihundwe B mu mujyi wa Rusizi kimwe nâabarerera mu yandi mashuri yâuburezi bwâibanze bwâimyaka icyenda na 12 muri aka karere, bavuga ko bashima Leta kuba yarabashyiriyeho aya mashuri, abana bose bakaba biga. Bamwe muri bo kimwe na bamwe mu bana bayigamo baganiriye na Bwiza.com, bavuze ko bitakiri ngombwa kugurisha […]
Ngo haba hari ibiri gukorwa mu ibanga ngo umubano wâu Burundi nâu Rwanda wongere kumera neza
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Burundi, Ezechiel Nibigira, kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko Guverinoma yâiki gihugu izitabira ibiganiro hagati yâAbarundi biteganyijwe kubera hanze yâigihugu, ndetse akomoza ku mubano nâu Rwanda avuga ko hari ibiri gukorwa mu ibanga mu kugarura umubano mwiza hagati yâibi bihugu byâibituranyi. Ibi minisitiri Nibigira yabitangaje nyuma yâinama yabereye mu muhezo yagiranye […]
Burera: Hafashwe magendu y'ibicuruzwa bitandukanye birimo amabaro 24 ya caguwa
Kuri uyu wa 22 Kanama, Polisi yâu Rwanda mu karere ka Burera yafashe ibicuruzwa bya magendu nâinzoga zitemewe byinjiye mu gihugu mu buryo bunyuranyije nâ amategeko. Ibi bicuruzwa byafatiwe mu murenge wa Cyanika mu modoka zavaga ku mupaka wa Cyanika zerekeza mu Mujyi wa Musanze. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâ Amajyaruguru Chief […]
Green Party ibaye iya mbere yiyamamarije muri Nyaruguru
Mu gihe icyumweru cya kabiri cyo kwiyamamaza hose mu gihugu kigana ku musozo, Akarere ka Nyaruguru niko konyine kari kataragerwamo n’umukandida n’umwe, baba abigenga cyangwa amashyaka. DGPR ibaye iya mbere mu kuhamamariza abakandida-depite bayo. Kur iuyu wa Kane tariki ya 24 Kanama 2018, Abakandida-Depite 32 b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), baserukiye […]
Diamond yahishuye impamvu yahishaga Zari ko yaryamanye na Mobetto
Umuhanzi Diamond Platnumz yashize avuga impamvu atigeze abwira uwahoze ari umukunzi we Zari Hassan Tlale ko yabyaranye na Hamisa Mobetto. Mu kiganiro na #247HHEXCL, Diamond avuga ko yanze kubwira Zari ko amuca inyuma mu rwego rwo kurinda urukundo yamukundaga. Muri iki kiganiro agira atiâ Nakomeje kubihakana mbinyujije mu biganiro nâabanyamakuru no kuri twitter mvuga ko […]