Nyamiyaga: Abatazi gusoma no kwandika bahangayikishijwe n’uburyo bazatoramo abadepite

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamiyaga, akarere ka Gicumbi, mu ntara y’Amajyaruguru , batazi gusoma no kwandika, bahangayikishijwe no kuba batazi ibirango biranga abakandinda baziyamamariza gutorerwa kuba intumwa za rubanda. Iyo uganiriye na bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamiyaga by’umwihariko abageze muza bukuru bakubwira ko bahangayikishijwe nuko  bazitwara mu gikorwa cyo […]

Jay Polly wakubise umugore akamukura amenyo yakatiwe igifungo cy’amezi atanu

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwakatiye umuhanzi, Tuyisenge Joshua uzwi ku izina rya Jay Polly igifungo cy’amezi atanu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umugore we. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Kanama 2018, nibwo urukiko rwakatiye Jay Polly igihano cy’amezi atanu nyuma yo guhamwa n’icyaha ashinjwa cyo ‘gukibita no gukomeretsa […]

Bukavu: Moise Katumbi, wabujijwe gusubira muri Congo, yateye inkunga imiryango iherutse kwibasirwa n’inkongi y’umuriro

Umunyapolitiki Moise Katumbi uherutse kwangirwa gusubira mu gihugu cye cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aho yifuzaga guhatana mu matora y’umukuru w’igihugu ntibimuhire, yahaye inkunga y’asaga miliyoni 80 z’Amanyarwanda ku ngo zisaga 200 ziherutse kwibasirwa n’inkongi y’umuriro mu gace ka Nyalukemba mu Mujyi wa Bukavu, ho muri Kivu y’Amajyepfo. Jolly Kamuntu Ntabunge, Umujyanama wa Moise […]

Umukobwa aragurisha ubusugi bwe kuri miliyoni zisaga 79 z’amanyarwanda

Umunyamideli wo mu gihugu cya Azerbaijan witwa Mahbuba Mammadzada w’imyaka 23 y’amavuko, yashyize ku isoko ubusugi bwe, akaba asaba ibihumbi 90 by’amadolari ku mugabo waba wifuza kuryamana na we. Uyu mukobwa uzwi cyane mu mwuga wo kumurika imideli mu gihugu cya Azerbaijan, atangaza ko yifuje kugurisha ubusugi bwe kugirango abashe kubonana amafaranga yo kunezeza nyina […]

Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe

Mu rwego rwo kugabanya ubucucike bw’Abantu mu magereza yo mu Rwanda, Guverinoma irateganya ko guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa hakwiyongeramo ibihano bizajya bituma umuntu ukekwaho icyaha azajya akurikiranwa adafunzwe. Mu mavugururwa amaze iminsi ategurwa na minisiteri y’ubutabera ajyanye n’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha, hagaragaramo ibihano bishya bizajya bihabwa ukekwaho icyaha aho guhita afungwa. […]

Eddy Kenzo yatangaje ko azigaragambya kugeza igihe Bob Wine azafungurirwa

Umuhanzi wo muri Uganda, Eddy Kenzo avuga ko azakomeza gukora imyigaragambyo abinyujije mu muziki kugeza igihe Leta izafata icyemezo cyo kurekura depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bob Wine. Edrissa Musuuza uzwi nka Eddy Kenzo   avuga ko ibyo yiboneye mu rukiko ubwo yabonaga arira ku munsi w’ejo tariki ya 23 Kanama Atari ibintu byo kwihanganira. […]

Urunturuntu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika y’Epfo

Ubutumwa bwa Perezida Donald Trump ku kibazo cy’ubutaka muri Afurika y’Epfo  bwateje umwuka mubi hagati y’ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe na Afurika y’Epfo, ashinjwa gushaka gucamo ibice iki gihugu. Afurika y’Epfo irarega perezida Donald Trump, wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuba ashaka guteza amacakubiri mu moko. Yasubiza ibyo Trump yanditse kuri twiter yumvikanisha ko […]

Ipirawu yari irikoze mu gihugu cya Kenya- REBA AMAFOTO

Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru w’igitambo ( Eid al-Adha) bamwe mu baturage bo muri Kenya bakoze agashya ko gukora ibishoboka byose ngo barye ku muceri (ipirawu). Nk’uko bigaragara mu mafoto yashyizwe hanze n’ikinaymakuru sde news, abaturage buriraga ibipangu basiganwa bakagwa imbere yacyo, kugira ngo badasanga ipirawu ishize. Abababonaga ngo bikangaga ko hari icyo bahungaga cyangwa se inyamanswa […]

Itsinda Dream Boys rirashinjwa gutuburira Abanyarwanda mu ndirimbo yabo nshya Romeo na Juliet

Bamwe mu bahanzi bemerwa n’abatari bakeya mu Rwanda, Dream Boys ndetse n’Umuraperi Riderman kuri iyi nshuro batuburiye Abanyarwanda bababwira ko babazaniye indirimbo nshya bise ‘ Romeo na Juliet’ nyamara ari indirimbo imaze iminsi y’umuhanzi Beka Flavour yise ‘ Sikinai’ bagiye baterura beat yayo ndetse na Melodie. Kuwa 20 Kanama 2018 nibwo itsinda Dream Boys rifatanyije […]

Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y’Abadepite

Mu gihe mu Rwanda  hateganyijwe  igikorwa cy’ amatora  y’abazahagararira abaturage mu nteko ishinga amategeko azaba muri nzeri 2018 bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Zaza mu ntara y’uburengerazuba nta makuru ahagije bafite y’uko bizagenda, mubyo badasobanukiwe harimo iminsi ndetse n’ibyiciro bizatorwa. Habiyakare Emmanuel, ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 55, yahagarutse ashaka gusobanurira abari […]

Uganda: Gen Kale Kayihura mu rukiko kuri uyu wa Gatanu nyuma y’amezi asaga 2 afunze

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo mu gihugu cya Uganda biteganyijwe ko uwahoze ari umukuru w’igipolisi, Gen Kale Kayihura agezwa imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Makindye bwa mbere kuva yatabwa muri yombi muri Kamena. Gen Kale Kayihura benshi babonaga nk’umuntu ushobora no kwitangira Perezida Museveni, ari bushinjwe ibyaha bifitanye isano no kwirengagiza […]

Karongi: Babiri bakurikiranweho guha umupolisi ruswa y'ibihumbi 20

Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gashari mu murenge  wa  Gashari, mukarere ka  Karongi hafungiye abamotari babiri aribo, Mukurarinda Athanase w’imyaka 35 y’amavuko na Nshimiyimana Samuel w’imyaka 21 y’amavuko, bakekwaho guha   umupolisi  ruswa y’amafaranga ibihumbi mamkumyabiri (20 000 frw)  ngo arekure moto TVS RC 450C yafashwe itagira ibyangombwa. Iyi moto yafashwe kuwa gatatu tariki 22 Kanama […]

Umuryango wahisemo kubana n’inyamaswa- AMAFOTO

Dr. Prakash Amte n’umugore we Dr. Mandakini Amte batuye i Hemalkasa mu gace k’icyaro ka Maharashtra ho mu Buhinde babayeho mu buzima butangarirwa na benshi aho bafasha inyamaswa n’abantu mu buryo butandukanye. Dr Prakash avuga ko umushinga we wo gufasha inyamaswa yise ‘Biradari Prakalp ‘ watangiye mu mwaka wa 1973 avura abaturage babaga bafite ibibazo bitandukanye […]

Ibya Angelina Jolie na Brad Pitt bikomeje gufata indi ntera

Icyamamare  mu gukina filimi, Angelina Jolie n’uwahoze ari umugabo we, Brad Pitt kugeza ubu bamaze kwemeranya ibijyanye n’igihe umugabo yemerewe ngo abonane  n’abana babo batandatu. Aba bombi bemeje ko bihaye igihe cy’ukwezi kumwe mu gihe   umuhanga mu by’ubuzima bwo mu mutwe n’ibyimyitwarire agikusanya amakuru kuri bo ndetse no kubana babo. Ikinyamakuru  Justjared dukesha iyi nkuru […]

BITUNGURANYE, Green Party isubitse gahunda yo kwiyamamariza i Gisagara

Mu gihe abayobozi b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR Bari babukereye bakazindukira i Save kwiyamamaza, iki gikorwa gihagaritswe no kuba ibikorwa byose by’ubucuruzi n’ibindi bisanzwe bihabera byari byahagaritswe uyu munsi. Kwamamaza abakandida ba Green Party mu karere ka Gisagara byari biteganyijwe mu gasantere ka Rwanza, ahari n’isoko, iguriro ry’inka, n’ibindi bikorwa binyuranye by’ubucuruzi, kakaba […]

Bobi Wine yarize mu rukiko ubwo yahanagurwagaho icyaha kimwe- REBA VIDEO

Umuhanzi Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yarize mu rukiko nyuma yo guhanagurwaho n’urukiko icyaha cyo gutunga imbunda n’amasasu mu buryo butemewe n’amategeko yashinjwaga. Ubwo yagezwaga mu rukiko rwa gisirikare rwa Gulu, mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 23 Kanama 2018, nibwo yahanaguweho icyaha cyo gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko, […]

Save: DGPR irashinja abayobozi kubuza abaturage kugera aho yagombaga kwiyamamariza

Ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite b’’ishyaka riharanira Demokarasi n’Ibidukikije (DGPR) byari biteganyijwe kuri uyu wa Kane, itariki 23 Kanama mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Save, mu Gasantere ka Rwanza, byasubitswe nyuma yo kugera aho bagombaga kwiyamamariza bagasanga nta muturage n’umwe uharangwa. Inzego z’ibanze zirashinjwa kubigiramo uruhare. Kuri uyu wa Kane nibwo abakandida ba […]

Perezida Nkurunziza yaciriye Abarundi imigani itanu ikakaye

Perezida Nkurunziza yaciriye Abarundi imigani itanu abasaba kurangwa n’imico yahoze ibaranga mu gihe bitegura amatora yo mu mwaka wa 2020. Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru w’intsinzi ya Demokarasi mu Burundi, hizihizwa imyaka itatu ishize Abarundi ngo bitoreye inzego z’ubuyobozi, nibwo Nkurunziza yabasabye gutegura neza amatora ari imbere birindi kugendera ku by’ibindi bihugu. Mu ijambo yagejeje ku […]

Ntushobora kwica ruswa burundu, ariko ushobora kuyigabanya bishoboka — Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, aremeza ko niyo warwanya ruswa ute udashobora kuyirandura. Ni mu kiganiro yagiranye na televiziyo ya CNBC Africa. Nubwo Perezida Kagame amaze kumenyerwaho kutarebera ruswa, yemera ko sosiyete izahora irangwamo udusigisigi twa ruswa. Ati: “ Ntushobora kwica ruswa burundu, ariko ushobora kuyigabanya bishoboka .” Muri iki kiganiro yagiranye n’ukuriye porogaramu za […]

Kampala: Abaturage basabye ko Bob Wine yakwitwa Perezida, Umugore we akitwa ‘First Lady’

Abakiristu ba katederali ya Rubaga mu mujyi wa Kampala basabye umugore wa Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bob Wine ari we Barbie Kyagulanyi Itungo ko yareka kumwita andi mazina ahubwo yazajya amwita perezida maze nawe akitwa ‘First Lady’. Ibi byabaye ubwo hitegurwaga amasengesho yo gusabira Bob Wine maze bamwe mu bakiritsitu  batangira  gutanga ibyubahiro […]

RRA irahumuriza abaturage bafite impungenge z’ubwishyu bw’imisoro y’ubukode bw’ubutaka

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyahumurije abaturage bari bafite impungenge zo kwamburwa amasambu yabo kubera ko bananiwe kwishyura imisoro y’ubutaka, aho kivuga ko umuturage uzagaragaza ko adafite ubushobozi bwo gutanga iyi misoro azegera inzego zibishinzwe zikamufasha. Mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu avuga kubyo ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kimaze kugeraho nyuma y’imyaka […]

Rusizi: Baravuga imyato FPR/ Inkotanyi yabakijije Interahamwe n’impuzamugambi zari zarabazengereje

Abaturage bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bavuga ko ikibatindiye ari itariki gusa ngo bashyire igikumwe  ku gipfunsi bitorere abakandida depite b’umuryango FPR Inkotanyi  n’amashyaka yishyize hamwe na wo, bakabihera ku mutekano usesuye bafite nyuma y’igihe ngo batazibagirwa bigeze kujya barara badasinziriye kubera Interahamwe n’Impuzamugambi zababuzaga amahwemo. Mu kiganiro na Bwiza.com, bamwe […]

Uganda: Gen Kale Kayihura mu nzira zerekeza mu rukiko nyuma y’amezi asaga abiri afunze

Uwahoze ari umukuru w’Igipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura kuri uyu wa Kane ashobora kugezwa bwa mbere imbere y’urukiko rwa gisirikare nyuma y’amezi asaga abiri afunze, aho ashobora gushinjwa ibyaha bigera kuri bine nk’uko amakuru yagiye ahagaragara ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu avuga. Gen Kale Kayihura wamaze imyaka 13 akuriye igipolisi cya Uganda […]

Ubuhamya: Umusore wifuza ubukire yategetswe n'umupfumu gusambana na nyina buri cyumweru

Banda Yvonne, ni umugore w’imyaka 52 y’amavuko, akomoka mu gihugu cya Zambia. Uyu mugore avuga ko buri wa Gatatu agomba kuryamana n’umuhungu we, ibi ngo bikaba bibongerera ubukire, imyaka ikaba yihiritse ari 14 nta cyumweru cyashira bataryamanye. Uyu mugore uherutse gutungura abantu akerura ko aryamana n’umwana we atatangarije amazina guhera mu myaka 14 ishize, avuga […]

Ibiyaga Bigali: Abanyapolitiki 5 batanyuzwe n’ intebe nziza bahawe mu buyobozi bagahitamo kurwanya Leta

Abahanga bagiye bagaragaza ko politiki ari umukino wanduye (dirty game) mu gihe mu bihugu bikiri mu nzira y’ amajyambere abatari bacye binjira muri uyu mukino bishakira amaramuko, abo barangwa no guhora bacinya inkoro bigatuma inyungu za rubanda ziteshwa agaciro bagaharanira iz’umuntu cyangwa ishyaka. Mu bihugu biteye imbere abanyapolitiki bashyira imbere inyungu z’ abaturage kuko bakora […]

Zari na Mobetto bibasiye bikomeye Wema Sepetu

Abafana w’icyamamare mu gukina filimi muri Tanzaniya, Wema Sepetu batangaza ko bishoboka ko abagore bamereye nabi  Wema Sepetu ari Zari Hassan na Hamisa Mobetto bose bahuriye ku kuba barakundanye na Diamond Platnumz. Abafana ba  Wema Sepetu batangaje ibi nyuma yaho uyu mukobwa abinyujije ku rubuga rwe rwa instagram yiyamye abantu atatangaje abo ari bon go […]

Rusizi: Ababyeyi b’abayisilamu barasabwa kurushaho kwita ku burere bw’abana babo

Ubuyobozi bw’idini ya Isilamu mu karere ka Rusizi burasaba ababyeyi  kurushaho gukurikirana imirere y’abana babo no kongera ibiganiro mu miryango. Babisabwe ubwo hizihizwaga umunsi mukuru w’igitambo (  EID-AL-ADHA) muri iri dini wabaye ku wa Kabiri tariki ya 21 Kanama 2018, aho bibukaga igihe Aburahamu yajyaga gutamba umwana we Ismael ho igitambo, Imana ikamuha intama atamba. […]

Ubutumwa umukinnyi wa Filime Gugu Mbatha-Raw yasize ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Kuwa kabiri tariki 21 Kanama 2018, Gugu Mbatha-Raw , umukinnyi wa filime w’Umwongerezakazi yunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi zisaga 250000 zishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi. Yasuye inzu y’amateka kugira ngo asobanukirwe neza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi:icyayiteye, ingaruka zayo ndetse n’intambwe Abanyarwanda bamaze gutera mu kwiyunga no kongera kubaka Igihugu. […]

Gicumbi: Green Party izita ku kibazo cy’amazi n’ubutaka

Mu gikorwa cyo kwiyamamariza mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Gicumbi, ishyaka Green Party ryagarutse ku kibazo cy’ubutaka bukwiye gusubizwa abaturage, kandi bakabona amazi meza. Hafi y’umupaa wa Uganda, mMu gasanteri ka Yaramba, mu murenge wa Nyankenke ho mu Karere ka Gicumbi Intara y’amajyaruguru, niho hakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza by’Ishyaka Green Party kuwa kabiri tariki […]

Zimbabwe: Barifuza ko izina rya Mugabe risibwa ku kibuga cy’indege yiyitiriye mbere yo kuva ku butegetsi

Mu gihugu cya Zimbabwe bamwe mu barwqaniye ubwigenge bw’iki gihugu ntibishimiye izina rya Robert Mugabe wahoze ayoboye iki gihugu rikomeje kugaragara ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga yari yaritiriwe. Aba bagize uruhare mu guharanira ubwigenge bwa Zimbabwe basaba ko ikibuga cy’indege mpuzamahanga cy’ingenzi cya Zimbabwe kiri mu murwa mukuru Harare gisiba izina rikigaragaraho rya Robert Mugabe, wategetse […]

Thabo Mbeki wigeze kuyobora Afurika y’Epfo yimwe ikaze muri Congo nk’intumwa idasanzwe

Perezida Joseph Kabila wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yanze kwakira Thabo Mbeki, wahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo, nk’intumwa idasanzwe ya Afurika y’Epfo mu gihugu cye bitewe n’uko ngo n’izindi ntumwa zidasanzwe zoherejwe mu gihugu cye ntacyo zakimariye. Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Lambert Mende, avuga ko intumwa zidasanzwe zoherezwa muri Congo zihagera zikigira […]

Chris Brown yashavujwe cyane na Rihanna akeka ko yaba ari mu rukundo n’undi mugabo

Umuhanzi ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Chris Brown yagaragaje ko atishimiye uburyo uwo bahoze bakundana ari we Rihanna yifotoje yishimanye n’umugabo witwa Donald Glover yambaye agakabutura gusa. Imwe mu nshuti za hafi za Chris Brown itatangajwe amazina ivuga ko Chis Brown yababajwe n’umubano usigaye uri hagati ya Rihanna na Donald Glover akekako baba […]

Ese haba hari imikoranire ya hafi hagati ya Moise Katumbi na M23?

Abakurikiranira hafi politiki yo muri Repubulika iharanira Demokrasi ya Congo batangiye kwibaza niba hari imikoranire y’ umwihariko hagati y’ umunyapolitike Moise Katumbi n’ umutwe w’ inyeshyamba wa M23. Abahoze ari inyeshyamba za M23 bashimye icyemezo cya Perezida Joseph Kabila cyo kurekura ubutegetsi no kutiyamamariza manda ya gatatu, banamusaba gukoraho inzitizi zose zatuma atagenda neza. Ku […]

Umugore afunzwe azira kwinubira urusaku rw'umusigiti

Umugore wo muri Indonesia yakatiwe gufungwa azira ko yinubiye icyo yise urusaku rw’umusigiti mu gihe baba bahamagarira abantu gusenga. Iki gihugu cya Indonesia gituwe ahanini n’abo mu idini ya Islam. Uyu mugore witwa Meiliana w’imyaka 44 ukomoka mu Bushinwa ariko aakaba ari umu-Buddhist, yaciriwe urubanza aregwa gutua Imana, no gusuzugura idini ya Islam, kuko yasabye […]

Rutahizamu Okpara Ugochukwu wabengutswe na Rayon Sports ni muntu ki?

Nyuma yaho Ikipe ya Rayon Sport itakaje abakinnyi benshi bafatwaga nk’inkingi ya mwamba barimo Pierrot,Nahimana Shasir,Ismail Diarra ndetse na Faustin Usengimana, mu buryo bwo kwiyubaka ikaba yamaze kugura undi mukinnyi witwa McCarthy Okpara Ugochukwu uje usanga abandi babiri bari bamaze iminsi mike muri iyi kipe. McCarthy Okpara Ugochukwu ukomoka mu gihugu cya Nigeriya yabwiye abanyamakuru ko […]

Imisoro idasanzwe ku banyamakuru n’ibitangazamakuru muri Mozambique

Guhera uyu munsi kuwa gatatu, itariki 22 Kanama, mu gihugu cya Mozambique, abanyamakuru n’ibinyamakuru bagiye kujya bishyura akayabo k’amafaranga kugirango bemerwe gukorera muri iki gihugu. Inkuru dukesha Ijwi rya Amerika umunyamakuru w’umunyamahanga wifuza gukorera muri Mozambique azajya yishyura amadolari 8,300 ku ruhushya ruzajya rumara umwaka. Umunyamakuru ukorera ikinyamakuru cyo mu gihugu we azajya yishyura amadolari […]

Gisagara: Yatawe muri yombi nyuma yo gukomeretsa mugenzi witambitse umugambi we wo kwiba

Polisi mu Karere ka Gisagara ifunze uwitwa Francois Nzeyimana, utuye Cyumba mu Murenge wa Muganza ashinjwa gukomeretsa umugabo mugenzi we. Uyu akaba yarafashwe mu ijoro ryo kuwa bere ku bufatanye bw’abaturage. Bivugwa ko uyu Nzeyimana yateze mugenzi we, Mushokanyi Niyirora w’imyaka 38 akamukubita bikomeye akamukomeretsa. Uwafashwe akaba avuga ko yahohoteye mugenzi we kubera umugambi we […]

“Ibidukikije bya mbere na mbere tuzabungabunga ni umuntu” — Dr Habineza

Kuwa 20 Kanama 2018 Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije DGPR ryakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyagatare n’aka Gatsibo , twombi two mu Ntara y’Uburasirazuba. Kwiyamamaza kwa Green Party I Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare kwitabiriwe n’abaturage bashishikajwe no kubona habaho impinduka mu bintu bimwe na bimwe bibadindiza mu iterambere. Kuba ishyaka Green […]

Kicukiro: Umusore yafatanywe udupfunyika 975 tw’urumogi

Polisi  mu Mujyi wa Kigali ku makuru yatanzwe n’abaturage,  yafatanye umusore witwa Dushimimana Gratien w’imyaka 28 y’amavuko udupfunyika 975 tw’urumogi yarajyanye mu gace ka Remera. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali Senior Supertendent of Police (SSP) Emmanuel Hitayezu, yavuze ko Dushimimana  yafatiwe mu murenge wa Niboye afite utu dupfunyika tw’urumogi avuga ko yaraduhawe na […]

Kwataka Perezida ni nko gukina n’umuriro- Uvugira umuhungu wa Museveni, Gen Muhoozi

Abagande bahawe gasopo ko badakwiye kwitambika perezida n’imodoka zimuherekeje ko ababigerageza bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye. Ibi byatangajwe na Maj Chris Magezi, umuvugizi w’ibiro by’umujyanama wa Perezida Museveni ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Perezidansi, Gen Muhoozi Kainerugaba akaba n’umuhungu we w’imfura. Yagize ati “Abantu ntibagomba kugerageza kwitambika Perezida cyangwa abamuherekeje,… baba barinzwe n’amategeko, kwataka Perezida ukabishyira mu […]

Reba Video: Umupasiteri wizezaga abakiristo ibitangaza yarumwe n’inzoka ku mutsi w’igikanu

Pasiteri uyobora urusengeri rwitwa Middlesboro wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yariwe n’inzoka ubwo yigishaga abakirisitu uburyo afite ukwizera kudasanzwe, ko ashobora gufata  inzoka ntigire icyo imutwara. Ikinyamakuru MetroNews gitangaza ko uyu mupasiteri amaze kurumwa n’iyi nzoka yanze kujyanwa kwa muganga avuga ko atari bwemere kujya kwivuza. Yagize ati,” si ndibujye kwa muganga kugeza […]

Ibyabaye kuri Bobi Wine bigaragaza ko Besigye ari umwe mu mishinga ya Museveni- Ykee Benda

Umuririmbyi ukomoka mu gihugu cya Uganda, Ykee Benda yatangaje ko agendeye ku byabaye kuri Bobi Wine asanga Kizza Besigye ari umushinga wateguwe na Museveni ubwe kugira ngo abeshye amahanga ko afite abamurwanya. Ykee Benda wamenyekanye mu Rwanda mu ndirimbo nka ‘Munakampala’ ubwo yavugaga ku ifatwa n’ifungwa rya depite Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yavuze ko […]

Nyamasheke: Urubyiruko rurasabwa kubyaza umusaruro impano rwifitemo

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke n’ubwa kaminuza ya Kibogora polytechnic burasaba abiga muri iyi kaminuza n’urundi rubyiruko rw’aka karere kubyaza umusaruro impano rushobora kuba rwifitemo zirimo iz’ubuhanzi, imikino ngororamubiri n’izindi. Babisabwe ubwo iyi kaminuza yateguriraga abayigamo amarushanwa  abafasha kuvumbura no gukomeza gukuza impano zibarimo,hibandwa cyane ku kumenya kuvugira mu ruhame nta gihunga, kuvuga no kwandika neza […]

Haribazwa impamvu Oprah Uwoya ashinja umugabo we gukunda iby’ubusa

Uwahoze ari umugore  wa Katawuti Ndikumana, Irene uzwi nka Oprah Uwoya yavuze ko bigoye kubaho nk’uko umugabo we babana muri iyi minsi, Dogo Janja abaho. Irene Uwoya avuga ko atashobora kuba nk’umugabo we , Dogo Janja ukora uko ashoboye kose akaboneka buri hamwe abafana be bashaka ko ajya kuko ngo ari ugukunda iby’ubusa. Mu kiganiro […]

Rutsiro: Dusabimana Consolée wiyamamarizaga Ubudepite yitabye Imana

Dusabimana Consolee wayoboraga ikigo Nderabuzima cya Kibingo mu Murenge wa Gihango, mu karere ka Rutsiro, wiyamamarizaga guhagararira abagore mu Nteko Ishinga amategeko, yitabye Imana mu buryo butunguranye. Bitangazwa ko yafashwe n’umutwe ubwo yiyamamarizaga i Rusizi, bamujyana kwa Muganga mu bitaro bikuru bya Gihundwe, ariko bamubwira ko nta kibazo kinini afite bamuha n’uburenganzira bwo gukomeza kwiyamamaza. […]

Umusilamu w’Umunyarwanda agomba kumva ko afite umwanya mu Rwanda- Omar Ntagengwa

Umunyarwanda Omar Servil Ntagengwa uba mu Bubiligi, avuga ko Abasilamu b’Abanyarwanda na we abarizwamo, mbere na mbere bakwiye kumva ko ari Abanyarwanda, banakwiye kurangwa n’imico ya Kinyarwanda kurusha uko bakwibona mu mico y’ahandi. Omar Ntagengwa w’imyaka 56 y’amavuko, yiga muri Kaminuza Katulika y’i Louvain mu Bubiligi (UniversitĂ© Catholique de Louvain), akaba yarakoze ubushakashatsi ku ‘Myitwarire […]

Dore impamvu kurara wambaye ubusa ari byiza ku bashakanye

Iyo ugerageje kubaza abantu batandukanye usanga badakunda kurara bambaye ubusa, usanga benshi baba bashishikajwe no kujya mu maguriro bagashaka imyenda yorohereye yo kurarana.Nyamra ubushakashatsi bwerekanye ko kimwe mu Bizana akanyamuneza,urukundo, ibyishimo n’umutekano mu bashakanye, kurara mwambaye ubusa no gushyira ibiribwa kure y’uburiri ngo ni ibya mbere. Nkuko ubushakashatsi bwakozwe mu mwaka wa 2016 bwabigaragaje Ku […]

Muhanga: Habiyaremye wicishije umugore we ishoka yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwemeje ko  umugabo witwa Habiyaremye Eliel  ahamwe n’icyaha cyo kwica  uwo bashakanye  maze  rumuhanisha igihano cy’ igifungo cya burundu. Iki cyaha akaba ari nacyo Ubushinjacyaha bwari bwaramusabiye. Ubushijacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga bwari bwareze mu rukiko rwisumbuye rwa Muhanga  Habiyaremye Eliel wari ukurikiranyweho icyaha cyo kwica uwo bashyingiranywe. Ibi bikaba […]

Makamba: Abayoboke babiri ba CNDD- FDD batewe gerenade

Abayoboke b’ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi ubwo batahaga mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 17 Kanama 2018, batewe gerenade n’abantu bataramenyekana. Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi avuga ko ari abagabo babiri basanzwe bazwi nk’abarwanashyaka b’ishyaka CNDD FDD, bakaba baratewe gerenade bataha nijoro bavuye mu kabari. Ikinyamakuru UBM News gitangaza […]

Kampala: Imyigaragambyo y’abasaba ko Bobi Wine afungurwa yakajije umurego

Inzego z’umutekano mu Mujyi wa Kampala zahanganye n’abaturage bigaragambyaga basaba ko Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) afungurwa. Mu ntangiriro z’icyumweru gishize nibwo Bobi Wine yafunzwe nyuma y’iraswa ry’umushoferi we wahise apfa, ibi byabaye mu myigaragambyo yaberaga mu gace ka Arua ubwo haberaga igikorwa cyo kwiyamamariza umwanya umwe w’Ubudepite. Nyuma y’urupfu rw’uyu mushoferi wari muri iyo […]

Kigali: Umunyamakuru yateraguwe ibyuma, agirwa intere n’abantu bataramenyekana

Umunyamakuru w’imwe muri televiziyo zikorera mu Rwanda, BTN, Elise Nsengimana ari mu bitaro bya CHUK muri urgence nyuma yo guteragurwa ibyuma akagirwa intere mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 19 Kanama 2018 ahitwa Kimisagara n’abantu bataramenyekana. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, yatangaje ko abantu batatu bamuturutse inyuma bakamutera ibyuma ndetse bakamukubita igisa n’ubuhiri kugeza […]

Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere 

Abaturage b’imirenge ya Cyato,Macuba na Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko ubwigunge FPR Inkotanyi yabakuyemo kubera ibikorwa remezo yabagejejeho birimo imihanda,amashanyarazi ,amavuriro,amasoko n’amazi meza bibatera gukomeza kugirira icyizere  uyu muryango,ngo bakazabigaragaza ku wa 3 Nzeri,bitorera ku bwinshi abakandida depite watanze. Bongeye kubigaragaza mu bikorwa byo kwamamaza abakandinda depite b’umuryango FPR Inkotanyi byabaye muri iyi […]

Kamonyi : Itegeko rya mbere rizaba iryo gukuraho umusoro w’ubutaka — DGPR

Ubwo ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera ibidukikije mu Rwanda ryiyamamarizaga mu Karere ka Kamonyi i Gihara mu Ntara y’Amajyepfo, kuri uyu wa 18/08/2018. Umuyobozi wa Green Party mu Ntara y’amajyepfo Ferdinand Mutabazi niwe wafunguye ibikorwa byo kwiyamamaza i Gihara, ATANGIRA YIZEZA Aaaturage ba Kamonyi n’Abanyarwanda bose muri rusange ko Green Party nitorwa ikinjira mu nteko […]

Umuraperi Drake yibasiye Kanye West mu gitaramo

Umuraperi Drake yibasiye mugenzi we Kanaye West mu gitaramo yakoreye mu mujyi wa Chicago  ku wa Gatandatu tariki ya 18 Kanama 2018, avuga ko atagikunzwe. Drake yitwaje ukutumvikana kuri hagati ye n’umuraperi  Pusha T yavuze ko Kanye West yazimye aho benshi babihuje n’uko aherutse kumukorera alubumu ye nshya yise’ Daytona’. Mu ndirimbo ye ‘Know Yourself’ […]

Nyamasheke: Abana bibana biteguye kubyaza umusaruro ubufasha bahabwa n’abaterankunga

Abana bibana bo mu  mirenge ya Bushenge, Ruharambuga, Kagano, Kanjongo Rangiro na Karengera  mu karere ka Nyamasheeke bavuga ko nubwo bugarijwe n’ibibazo by’inzitane kimwe n’abandi bana bameze nka bo bo mu yindi mirenge y’aka karere, biteguye kubyaza umusaruro ubufasha  bahabwa n’ubuyobozi bw’akarere kabo kimwe n’abandi bafatanyabikorwa. Ibi ni bimwe mu byo abana nk’aba  bo mu […]

Byinshi wamenya ku buzima buhenze Gen Kayihura abayemo butapfa kubona imfungwa ibonetse yose

Gen Kale Kayihura amaze amezi asaga abiri afungiye ibyaha bitaramenyekana, ubuzima uyu mujenerali abayemo aho afungiye ngo bukaba buhenze cyane ku buryo imfungwa zibufungwamo ari ntazo mu gihugu cya Uganda. Aho Gen Kayihura afungiye, muri gereza ya gisirikare ya Makindye, ngo ni mu nzu ifite ibyumba bibiri, ikaba inafite koridoli abasha gutemberamo uko ashaka, abasha […]

Nshobora kwirwanaho n’iyo naba ntafite abarinzi- Perezida Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni yagaragaje ukutishimira ibitangazamakuru ndetse na bamwe mu bashinzwe umutekano abashinja gukomeza kugaruka ku bitero byagabwe ku modoka ye mu karere ka Arua mu cyumweru gishize. Museveni avuga ko  bibabaje kubona abantu bata umwanya ku kuvuga ku modoka kurusha uko bavuga ku banyapolitiki bagize uruhare  mu bikorwa byatumye umuntu umwe ahasiga […]

Nyagatare: Umugore afunzwe acyekwaho guha umupolisi ruswa

Muhawenimana Ange w’imyaka 32 y’amavuko ukomoka mu karere ka Kicukiro akurikiranyweho gutanga ruswa ku mu Polisi kugira ngo arekure inshuti ye yitwa Munyehirwe Eliezel ufungiye kuri Sitasiyo ya Nyagatare aho akurikiranyweho ubujura bwa Terefoni yakoreye mu mujyi wa Nyagatare. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Uburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire avugako Muhawenimana yafashwe […]