Kivu yâAmajyepfo: Imirwano iravuza ubuhuha hagati yâAbanyamulenge âTwirwanehoâ na Mayi-Mayi
Mu ntara ya Kivu yâamajyepfo hafi na Uvira haravugwa imirwano ikaze hagati yâabarwanyi ba Mai Mai nâinsorensore zâAbanyamulenge ziyita Twirwaneho. Amakuru VOA ikesha abayobozi muri ako gake, avuga ko iyo mirwano yongeye kuvuka mu muhana wâahitwa ku Murambya muri Bijombo, muri Territoire ya Uvira. Biravugwa ko umuntu umwe ariwe umaze kumenyekana ko yaguye muri iyo […]
Minisitiri yagiye kubyara yitwaye ku igare- REBA AMAFOTO
Minisitiri w’abagore muri New Zealand yanyonze igare ajya ku bitaro kubyara umwana we w’imfura – inda yari imaze ibyumweru 42. Julie Genter wo mu ishyaka riharanira kubungabunga ibidukikije rya Green Party ryo muri iki gihugu, yagiye ku igare ubwo yari agiye gutangira ibise. Yavuze ko “nta mwanya uhagije wari uri mu modoka.” Yashyize amafoto ku […]
Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi
Mu kwiyamamaza i Rubavu na Nyabihu, Ishyaka DGPR riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryahabonye abantu benshi cyane, ndetse bagaragaza ko biteguye kurihundagazaho amajwi mu matora yâAbadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka. Mu ijambo rye atangiza ibikorwa byo kwiyamamaza i Mahoko mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu, Intara yâUburengerazuba, Kandida Depite Madamu Maombi Carine […]
Eden Hazard avuga ko nta gahunda afite yo kuva muri Chelsea uyu mwaka
Umubiligi Eden Hazard wâimyaka 27 yâamavuko avuga ko nyuma yâamakuru yavugaga ko agiye kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid, nta gahunda afite yo kuva muri Chelsea uyu mwaka. Aganira na RMC Sports ku wa Gatandatu tariki ya 18 Kanama 2018, Hazard yatangaje umwanzuro we utandukanye nâibyatangazwaga ko ari mu nzira igana muri Real Madrid. Yagize […]
Abasirikare ba Uganda bashinjwa gukorera Bobi Wine iyicarubozo ryageze no ku gitsina
Umuryango wâicyamamare muri muzika, Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine, uratabaza usaba ko yarenganurwa nyuma yo gufungwa agakorerwa iyicarubozo ryageze no ku myanya ye yâibanga. Ku wa Kabiri tariki 14 Kanama 2018, nibwo Bobi Wine yafashwe arafungwa nyuma yâiraswa ryâumushoferi we. Ukuraswa kwe nâifungwa rya Wine byabaye nyuma yâimvururu zavutse mu gace ka […]
Ibihangange muri CNDD-FDD bihatanira kuzasimbura Perezida Nkurunziza ku buyobozi
Perezida Pierre Nkurunziza wâu Burundi, niwe ubwe witangarije ko mu matora yo mu 2020 atazongera kwiyamamaza ku mwanya wâumukuru wâigihugu, none ubu hakaba hibazwa uzamusimbura kuri iyi ntebe yâicyubahiro. Mu gihe habura imyaka ibiri ngo aya matora abe, haba mu mashyaka atavuga rumwe na Leta ndetse na CNDD/ FDD rifite ubutegetsi, ibikorwa byo gutekereza ku […]
Dore impamvu 10 zituma abagabo bata abagore babo bâibizungerezi bagasambana nâabakozi bo mu rugo
Kuba umukozi wo mu rugo yasambana na sebuja si ibintu bitangaje kuko bibaho bitewe nâimpamvu zitandukanye. 1.Guha umukozi inshingano zitari ize: Hari abagore bashaka abakozi bâabakobwa bakabaha inshingano zirenze, bakagera nâaho barengera, aho usanga umukozi ari we ugaburira sebuja buri gihe, aho umukozi usanga ari we usasa uburiri bwa sebuja na nyirabuje,âŠbitera umugabo kumva amukunze […]
Abaturage bambonamo undi Museveni- Col. Kizza Besigye
Umunyapolitiki Col Kizza Besigye, atangaza ko igituma atsindwa amatora ntabashe kuba yavana Perezida Museveni ku buyobozi ari uko abaturage bamubona mu ishusho ye. Kizza avuga ko yaba we na Museveni bahuje ubwoko, akaba avuga ko yavukiye akanakurira Rukungiri, mu gihe Museveni yifuje gusimbura ku butegetsi inshuro enye zose atsindwa avuka mu karere ka Ntungamo gaturanye […]
Karongi: Urubyiruko rwavuye Iwawa rurasabwa kugaragaza impinduka muri sosiyeti
Ku itariki ya 16 Kanama,mu kagari ka Gacaca, Umurenge wa Rubengera mu karere ka Karongi, Polisi yâu Rwanda ikorera muri aka karere yagiranye ibiganiro nâabasore 12 bahoze ari inzererezi bavuye kugororerwa mu kigo cya i Wawa giherereye mu karere ka Rutsiro. Aganira nâuru rubyiruko Umuyobozi wa Polisi ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi nâizindi nzego nâabaturage […]
Diamond Platnumz yamaganye abamushinja ubutinganyi
Umuhanzi Diamond Platnumz ku nshuro ya mbere yamaganiye kure abamushinja ubutinganyi bitewe no kuba sigaye yambara imikufi ku kuguru. Diamond ubwo yaganiraga na televiziyo ya Wasafi yavuze ko kwambara umukufi ku kuguru bigira igisobanuro bitewe nâigihugu icyo ari cyo bityo ko muri Tanzaniya ntaho bivuga ko uwambaye muri ubu buryo aba ari umutinganyi. Yagize atiâ […]
Abaturage barashinja bamwe mu bakandida depite kutabamenyesha gahunda zabo zo kwiyamamaza
Perezida wa komisiyo yâamatora, Kalisa Mbanda, aravuga ko umubare wâabazatora muri uyu mwaka wiyongereyeho miliyoni 1,2 byatumye nâaho bazatorera hiyongera. Hagati aho bamwe mu baturage barashinja abakandida bigenga kutabamenyesha gahunda zabo zo kwiyamamaza bakabatungura. Mu matora yâabadepite aheruka mu 2013 hari hateganyijwe ibiro byâitora 2292, none ubu byabaye 2473. Mu kiganiro nâitangazamakuru kuri uyu wa […]
Ubwami bwa Buganda bwihanangirije Leta buyishinja guhohotera Bob Wine
Ubwami bwa Buganda buyobowe na Ronald Muwenda Mutebi bwihanangirije leta iyobowe na Yoweli Museveni buyishinja kuba yarakoreye iyicarubozo abadepite babiri ari bo Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bob Wine na mugenzi we  Zaake. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisitiri wâIntebe wâubwami bwa Buganda, Peter Mayiga rivuga ko guhohotera abaturage nta kindi bibyara uretse kongera imyivumbagatanyo nâukwigomeka […]
Uwahoze ari umukunzi wa Nick Minaj yatangaje iyicarubozo yamukoreye
Uwahoze ari umukunzi wa Nick Minaj Safaree Lloyd Samuels, yatangaje ko yamuhohoteraga kenshi gashoboka ubwo bakundanaga kugeza kugeza nubwo ashaka kumwivunaga imana igakinga akaboko. Tariki 14 kamena 2018 ubwo yaganiraga na tmz dukesha iyi nkuru Safaree yatangaje ko ubuzima bwe bw’urukundo na Nick bwashariraga kuko uyu muhanzikazi ukomeye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yamukoreraga iyicarubozo rikomeye […]
Koffi Annan, Umwirabura wa mbere wayoboye Loni, yitabye Imana ku myaka 80 yâamavuko
Koffi Annan wabaye umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye ndetse agatsindira igihembo cya Nobel kubera ibikorwa byâubutabazi, yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu ku myaka 80 yâamavuko. Foundation ya Koffi Annan yatangaje aya makuru iravuga ko yapfuye mu mahoro kuri uyu wa Gatandatu, itariki 18 Kanama, nyuma yâuburwayi bwâigihe gito. Koffi Annan ukomoka mu gihugu cya Ghana […]
Igisirikare cyâu Rwanda cyahaye ikaze abashaka kukinjiramo ku rwego rwa ofisiye
Ubuyobozi bwâ Ingabo zâu Rwanda buramenyesha Abanyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo zâigihugu ku rwego rwa Ofisiye ko bakwihutira kwiyandikisha ku biro byâuturere babarurirwamo guhera taliki ya 17 kugeza kuya 22 Kanama 2018.
RDC: Moise Katumbi aravuga ko impapuro zo kumuta muri yombi zasohowe ntacyo zivuze
Umunyapolitiki MoĂ ÂŻse Katumbi, utavuga rumwe na leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, uri mu buhungiro kuva mu 2016, aramagana impapuro leta yashyizeho zo kumuta muri yombi avuga ko zidafututse. Kuri uyu wa kane, Alexis Thambwe Mwamba, Minisitiri w’ubutabera wa Congo, yavuze ko Bwana Katumbi akwiye gutabwa muri yombi aho azagaragara hose. Mu kiganiro yagiranye […]
Abakinnyi ba cinema 20 bâabahindekazi bakize kurusha abandi
Hakunze gusohoka intonde zâabakinnyi ba cinema bakize kurusha abandi babikesha uyu mwuga ariko ugasanga kenshi ziganjeho abagabo, kuri iyi nshuro twabashakiye urutonde noneho  rwâabakinnyi ba cinema bâAbahindekazi bakize kurusha abandi dukesha Wonderslist. Deepika Padukone â Miliyoni zisaga 45 $ Deepik Padukone ni umwe mu bakinnyi ba cinema bâAbahindekazi bahiriwe nâumwuga wabo muri Bollywood kuva yagaragara […]
Dr. Frank Habineza arasaba Perezida Kagame kutemeza itegeko rishya rigenga ubutaka
Umuyobozi wâishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije ( DGPR), Dr. Frank Habineza arasaba Perezida Paul Kagame kutazashyira umukono ku itegeko rishya rigenga ubutaka riherutse gusuzumwa nâimitwe yâabadepite nâabasenateri kuko ngo ribangamiye Abanyarwanda. Mu kiganiro na African Radio cyagarukaga ku matora yâabadepite ateganyijwe muri Nzeri uyu mwaka kuwa Kane wâiki cyumweru tariki ya 16 Kanama 2018, […]
Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni
Polisi yâu Rwanda irakangurira abaturage kwirinda icyaha cyâubwambuzi bushukana kandi bakagira uruhare mu kuburwanya bayiha amakuru yâababukora. Ubu butumwa buje bukurikira ifatwa ryâumugabo witwa Bimenyimana Leopold wâimyaka 42, wafatiwe mu kagari ka Kimisagara, mu murenge wa Kimisagara, mu karere ka Nyarugenge, nyuma yo gutekera umutwe no kwizeza ibitangaza umuturage akamutwara amafaranga yâu Rwanda arenga miliyoni […]
Perezida Kagame arasaba ubufatanye bwâibihugu bigize SADC mu gukemura ibibazo byâumutekano muri Congo
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame akaba nâUmuyobozi wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) arasaba ibihugu bigize umuryango wâUbukungu muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) kugira uruhare mu gukemura ibibazo byâumutekano muke bikomeje kuzahaza igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi Perezida Kagame yabitangarije mu nama ya SADC iteraniye mu gihugu cya  Namibia kuri uyu wa 17 […]
Rubavu-Mahoko : Ubwitabire bwabaye bwinshi mu kwamamaza abakandida ba Green Party- Amafoto
 Â
Ariana Grande yagize icyo avuga ku bivugwa ko yaba atwite
Umuririmbyi Ariana Grande Butera yatangaje ko amakuru amaze iminsi acicikana ko yaba atwite Atari ukuri. Nkâuko ikinyamakuru Toofab.com kibitangaza, ngo Ariana Grande asanga kuba abantu bagenda bahwihwisa ko yaba atwite bigaragara ko babimwifuriza ariko bitavuze ko ari ukuri. Yagize atiâ Hari  toni nyinshi zâamagambo ku ngingo yo kuba ntwite. Biragaragara ko abantu bashaka ko ntwita. […]
Urutonde rwâibigo 57 byâamashuri yisumbuye byabujijwe gutangira igihembwe cya Gatatu
Minisiteri yâuburezi mu Rwanda (Mineduc) itangaza ko hari ibigo 57 by’amashuri yisumbuye yasuzumye igasanga bishobora guteza ibibazo ababyigamo bityo biba bihagaritswe byâagateganyo gutangira igihembwe cya Gatatu. Ibi bibaye mu gihe haburaga iminsi itatu ngo abanyeshuri batangire igihembwe cya Gatatu, bityo ibigo byahagaritswe bikaba bizafungurwa nyuma yâicyumweru kimwe byarangije gukemura ibisabwa. Mu kiganiro nâabanyamakuru cyo ku […]
Nyamasheke: Abakandida-Depite ba FPR/Inkotanyi bahawe umukoro mbere yo kwizezwa amajwi
Umurenge wa Shangi mu karere ka Nyamasheke ni wo wakiriye abakandida Depite bâumuryango FPR Inkotanyi nâindi mitwe ya politiki yifatanije na wo mu bikorwa byo kwiyayamariza kujya mu Nteko Ishinga amategeko umutwe wâAbadepite, abaturage bakaba babemereye kubatora ariko nabo babasaba kuzita ku kibazo bafite cyâumuhanda Bushenge-Nyabitekeri. Abakandida babiyeretse ni Uwamariya Rutijanwa PĂ©lagie, Pasiteri Senani Benoit […]
Perezida Kagame yakirwa muri Namibia aho yitabiriye inama ya SADC- REBA AMAFOTO
Ku wa 16 Kanama 2018, nibwo Perezida Kagame nk’umushyitsi w’imena, yageze mu gihugu cya Namibia aho yitabiriye inama ya 38 yâAbakuru bâIbihugu na Guverinoma bihuriye mu Muryango wâUbukungu muri Afurika yo mu Majyepfo (SADC). Ubwo yageraga ku kibuga cyâindege cya âHosea Kutako International Airportâ yakiriwe na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Netumbo Nandi-Ndaitwah, nyuma aza no kugirana […]
Anita Pendo arikoma abashoferi nâabamotari abashinja guhutaza abanyamaguru
Umunyamakuru Anita Pendo yamaganye imyitwarire yâabatwara imodoka nâamapikipiki abashinja kubangamira no guhutaza abanyamaguru mu muhanda. Mu kiganiro amenyerewemo kuri Radiyo, Magic Fm cyitwaâ Magic Morningâ kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Kanama 2018, Anita Pendo avuga ko abashoferi nâabamotari batajya boroherereza abanyamaguru kwambukiranya umuhanda kuko ngo ahubwo bongeza umuvuduko iyo babonye umunyamaguru abari imbere […]
Abanyapolitiki ntibiyumvisha uburyo umusivile Bobi Wine yaburanishwa nâurukiko rwa gisirikare
George Kanyeihamba, wahoze ari umukuru w’urukiko rw’ikirenga rwa Uganda, yavuze ko urukiko rwa gisirikare nta bubasha rufite bwo kuburanisha umunyapolitiki akaba n’umuhanzi uzwi cyane, Depite Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine. Ibi abitangaje nyuma yâiminsi itatu ishize uyu munyapolitiki afashwe ndetse nâumushoferi akaraswa. Yongeyeho ko nta n’ububasha rufite bwo kuburanisha Depite Kassiano Wadri uherutse […]
Jay Polly uri mu Buroko, yahaye umugore we isezerano rishya
Nyuma yaho umuraperi Jay Polly yari amaze iminsi mu buroko, kuva ejo tariki 16 kamena 2018 hakwirawkijwe amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko uyu muraperi yaba yafunguwe ahanini bitewe n’amafoto yagaragaraga ku rukuta rwe rwa instagram. Mu kiganiro kihariye Umuvugizi akaba nâumugenzuzi wâinkiko , Harrison Mutabazi, yagiranye n’Igihe dukesha iyi nkuru yavuze ko Jay Polly […]
Gukorana neza nâabaturage nibyo byatumye tuba aba Mbere- Meya Mbonyumvunyi
Umuyobozi wâakarere ka Rwamagana, Radjabu Mbonyumuvunyi yashimangiye ko akarere ayobora kafashe ingamba zo gukorera hamwe nâabaturage kandi buri wese akabazwa inshingano ze mu kwesa imihigo, bakaba bafite icyizere ko bizatuma aka karere gahora ku isonga mu kwesa Imihigo. Meya Mbonyumuvunyi  Radjabu asanga kuba akarere ka Rwamagana katarazaga mu myanya ya mbere, hari ibitaragendaga neza, ashimangira […]
Rihanna arigamba kuba Chris Brown akimutekereza
Umuririmbyi Rihanna akomeje kwigambako yumva atewe ishema no kuba Chris Brown akimutekereza kuko ngo yumva akunzwe kurushaho. Ibi Rihanna yabitangaje ubwo yashyiraga hanze ifoto igaragaza uburyo yabashije kugabanya ibiro yifashishije instagram. Umwe mu nshuti za hafi zâuyu muhanzi yatangarije ikinyamakuru Hollywoodlife.com ko basanzwe bazi ko Rihanna asanzwe yishimira uburyo abona Chris Brown akimutekereza. Yagize atiâ […]
Karongi:Imirenge yahize iyindi mu mihigo ya 2017/2018 yahawe ibihembo
Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 14 Kanama 2018, ku Karere ka Karongi  habereye igikorwa cyo guhemba imirenge yahize iyindi mu mihigo ya 2017/2018, no guhigira imbere yâ Umuyobozi wâ Akarere imihigo ya 2018/2019. Ni igikorwa cyayobowe nâ umuyobozi wâ Akarere, Ndayisaba Franà §ois, wari kumwe na Visi Perezida wâ Inama Njyanama yâ Akarere, Bwana Basiime […]
Dr Chameleone arasaba Perezida Museveni kubabarira Bobi Wine
Umuhanzi Jose Chameleone yasabye Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni kubabarira Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine. Jose Chameleone avuga ko Museveni akwiriye kubabarira Bobi Wine mu rwego rwo gutanga urugero rwiza. Atiâ Umuvandimwe wacu, umuhungu wawe Bobi Wine ashobora kuba yatandukiriye mu gushyira mu bikorwa intekerezo ze. Nkâumuyobozi wâigihugu nâumusekuruza,ni […]
Kivu yâAmajyepfo: Guverineri Nyamugabo yagaragaje ibigiye gukorwa mu kugarura ituze mu Bijombo
Guverineri wa Kivu yâAmajyepfo, Claude Nyamugabo aremeza ko ubuyobozi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bugiye gufata ingamba zigamije gucungira abaturage nâibyabo umutekano nyuma yâigihe ahitwa Bijombo muri iyi ntara havugwa amakimbirane ahanini ashingiye ku bwoko. Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 14 Kanama nibwo Guverineri wa Kivu yâAmajyepfo, Claude Nyamugabo, yakiriye mu cyumba cyâinama […]
Ibyoherezwa mu mahanga byo kwambara biri kwiyongera kuva twafata ibyemezo byacu â Olivier Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri yâububanyi nâamahanga, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe aremeza ko umusaruro wâimyambaro ikorerwa mu Rwanda nâibyoherezwa hanze ugenda uzamuka kuva u Rwanda rwafata ibyemezo byo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda. Ni mu kiganiro yagiranye na Radio Mpuzamahanga yâAbafaransa (RFI). Iyi nkuru itangira ivuga ko ibihugu byo mu Burayi nâu Bushinwa atari byo byonyine […]
Ikibuno kinini nâuburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri
Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso nâindi miterere yâumubiri tukavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga waribeshye iyo mugeze mu buriri. Umugabo nâumugore iyo bageze mu buriri, mu gikorwa cyâakabariro, mbere na mbere umwe aba agomba gusangira na mugenzi we mu […]
Herman Cohen arasanga Perezida Kabila ashaka gukina umukino nkâuwa Putin na Medvedev mu Burusiya
Herman Cohen, wahoze ari umudipolomate wâUmunyamerika ushinzwe Afurika, aravuga ko Perezida Joseph Kabila yemeye guhitamo Emmanuel Ramazani Shadary hari ikindi kibyihishe inyuma, agashimangira ko ashaka gukina umukino nkâuwa Putin na Medvedev mu Burusiya. Mu nyandiko ye yanyujije kuri blog ye, Herman Cohen yavuze ko nyuma yâamatora perezida Kabila azaba Senateri ubuzima bwe bwose, yaramuka agize […]
Green Party: Uko kwiyamamaza ku munsi wa Gatatu i Kayonza byari byifashe mu mafoto
Uko byari byifashe mu mafoto mu kwiyamamaza kw’abakandida Depite ba Green Party ku munsi wa Gatatu. Ku wa Kane ni ikiruhuko, ibikorwa byo kwiyamamaza by’iri shyaka bikazasubukurwa ku Gatanu tariki ya 17/08/2018 i Rubavu mu Ntara yâIburengerazuba. George Kyotera/bwiza.com
Urwego rwâIgihugu rwâindege za gisivili na IATA mu bufatanye mu bijyanye nâumutekano mu ngendo zo mu kirere
Urwego rwâIgihugu rushinzwe Indege za Gisivili (CAA) ndetse nâIshyirahamwe Mpuzamahanga ryâUbwikorezi bwo mu Kirere (IATA) byemeranyije gufatanya mu bijyanye nâumutekano, mu rwego rwâubukangurambaga bwagutse bugamije gushaka uburyo bwose kompanyi zose zâindege zakwiyandikisha mu rwego rushinzwe umutekano rwa IATA ruzwi mu Cyongereza nka IATA Operational Safety Audit. Nk âuko byatangarijwe i Abuja mu 2015, guverinoma zâibihugu bya […]
Kanye West avuga ko yigeze kwifuza kuryamana nâabavandimwe bâumugore we
Umuraperi Kanye West abinyujije mu ndirimbo ye nshya yavuze ko yigeze kugira ibitekerezo byo kuba yaryamana nâabavandimwe bâumugore we, Kim Kadarshian. Aya ni amagambo agaragara mu ndirimbo yâuyu muhanzi yasohotse ku wa 11 Kanama 2018, ayita XTCY. Muri iyi ndirimbo yiganjemo ubutumwa buganisha ku bijyanye nâimibonano mpuzabitsina, Kanye West avuga ko yagize ibitekerezo bisa nkâibyâabarwayi […]
Amahugurwa yâabagore biyamamaza ntiyibagiwe abonsa
Impuzamiryango profemme-twese hamwe yageneye amahugurwa abagore bose 262 bemejwe ku rutonde rwâabiyayamamariza kuba abadepite muri manda itaha. Mu kutarobanura abatanzwe nâimitwe ya politiki yose, abafite ubumuga, urubyiruko nâabashaka kujya muri 30% iteganywa nâitegeko nshinga; iyi mpuzamiryango yanitaye ku bakandida batwite ndetse nâabonsa. Bose bahugurwa ku miyoborere, gutegura imbwirwaruhame no kuyitanga, nâuburyo bwo kwakira ibivuye mu […]
Kampala: Umurundi mu bantu 3 bakekwaho kwica abantu babiri babarasiye muri Juba Hotel
Igipolisi cya Uganda muri Kampala cyataye muri yombi abantu batatu barimo umuzamu (Security Guard) bakurikiranweho kwica abantu babiri babarasiye muri hotel yitwa Juba Hotel mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Kanama. Mu batawe muri yombi bakekwaho ubu bwicanyi harimo nâUmurundi. Umuvugizi wâigipolisi muri Kampala, Luke Owoyesigire, avuga ko Mohammed Abdullah wâimyaka 30 […]
Uwagabye igitero mu Bwongereza ni umwirabura ukomoka muri Sudani
Polisi y’u Bwongereza yatangaje ko umugabo wari utwaye imodoka akayahuranya mu nzitiro z’umutekano hanze y’ahakorera inteko ishingamategeko y’iki gihugu i Westminster mu murwa mukuru London, yitwa Salih Khater akaba ari umwirabura. Polisi yavuze ko afite imyaka 29 y’amavuko, akaba ari Umwongereza ufite inkomoko mu gihugu cya Sudani, iki kigorwa akaba yaragikoze ku wa Kabiri tariki […]
Iyo abantu bakoreye hamwe batera imbere kuko buri wese icyo azi agisangiza mugenzi we- Meya Mushabe
Ubwo ku wa 13 Kanama, mu karere ka Nyagatare hateraniraga inama yâumutekano yaguye yitabiriwe nâabanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari, abagize njyanama yâakarere, abahagarariye abikorera nâabandi bafatanyabikorwa b’Akarere ndetse nâinzego zâumutekano, umuyobozi w’akarere, Mushabe David, yabasabye gukorera hamwe. Iyi nama yarebeye hamwe uko umutekano wifashe mu karere muri rusange, urwego aka karere kagezeho mu kurwanya ibiyobyabwenge nâibindi […]
DGPR i Kayonza bati: âTuzahangana nâubushomeri, tuzazamura ireme ryâubureziâ
Kuzamura agaciro kâumwarimu binyuze mu mushahara ahabwa, guhangana nâubushomeri no kwita ku buzima bwiza, niyo yabaye ntero yâishyaka DGPR mu bikorwa byo kwiyamamariza mu Karere ka Kayonza. Ku munsi wa gatatu wo kwiyamamariza kujya mu nteko ishinga amategeko, Ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR) ryakomereje ibikorwa byaryo mu Karere Ka Kayonza ho […]
Inshuti za Serena Gomez zamusabye gukora icyamufasha kwibagirwa Justin Bieber
Inshuti za hafi za Serena Gomez zikomeje kumufasha kwibagirwa uwahoze ari umukunzi we, Justin Bieber batandukanye. Inshuti zâuyu muhanzikazi zikomeje kumwinginga ngo asibe amafoto yose ya Justin Bieber afite yafashwe ubwo bari bagikundana . Ibi zibimusabye nyuma yaho zimubonye areba amafoto ya Justin Bieber kenshi iyo babaga bari kumwe. Serena Gomez nkâuko ikinyamakuru Hollywood kibitangaza, […]
Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe
Mu ijambo ryâuwari perezida wâInteko Ishingamategeko yâu Rwanda umutwe wâAbadepite, Donatila Mukabalisa, ryo ku wa 09 Kanama 2018, hagaragayemo kwishimira ko inteko yesheje umuhigo yari yarihaye. Nyamara bamwe mu baturage basanga hari bimwe bitakozwe kandi byari bifitiye akamaro igihugu gishaka gutera imbere. Ubwo yafataga ijambo mu muhango wo gusesa umutwe wâabadepite wo mu nteko ishinga […]
Ku myaka ye 20 yâamavuko, Amel Ajongo abaye umupilotekazi wa 2 Sudani yâEpfo yungutse
Abagore bo muri Afurika barimo baragenda binjira mu ruhando rwâabagore bâindashyikirwa ku Isi, aho nabo umubare wabo ukomeje kuzamuka mu batwara indege nkâaho uyu mukobwa wâimyaka 20 uvuka muri Sudani yâEpfo, Amel Ajongo yabaye umupilotekazi wa 2 wâumugore mu gihugu cye nyuma yo kumara imyaka 2,5 muri Kenya afata amasomo yo kuzitwara. Mu kiganiro yahaye […]
RDC: Minisitiri Azarias Ruberwa aramagana politiki ihamagarira abantu kwica abandi bazira uko bavutse
Minisitiri wa Congo ushinzwe kwegereza abaturage ubuyobozi, Azarias Ruberwa, aramagana politiki zihamagarira abantu kuziza abandi uko bavutse. Ibi akaba yarabitangarije I Kinshasa kuwa 14 Kanama mu muhango wo kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba mu gihugu cyâu Burundi. Umuhango wo kwibuka inzirakarengane zâAbanyamulenge ziciwe mu Gatumba witabiriwe nâabanyacyubairo batandukanye I Kinshasa. Ni umuhango wabereye muri Diyosezi […]
Entebbe: Umugabo wâUmunyarwanda arashinjwa kuniga umuhungu we wâimyaka 5 kugeza ashizemo umwuka
Igipolisi cya Uganda I Entebbe cyataye muri yombi umugabo wâUmunyarwanda ushinjwa icyaha cyo kwiyicira umwana wâumuhungu wâimyaka itanu (5). Iyi nkuru iravuga ko uyu mugabo witwa Pierre Paulin wâimyaka 43 utuye ahitwa Zinga, Entebbe mu Karere ka Wakiso, yari yananiranye nâumugore we wa gatatu, akaba yari anafite impungenge zâabandi ashaka gushaka mbere yo kwibasira umuhungu […]
Diamond nâabajyanama be bitabye ubuyobozi kubera ikibazo bafitanye nâumuhanzi Rich Mavoko
Umuhanzi Diamond Platnumz nâabahagarariye inyungu ze (maneja) Babu Tale na Sallam ndetse na Mkubwa Fella, bitabye ikigo cyâigihugu gishinzwe ubugeni nâubuhanzi muri Tanzaniya (BASATA) kugira ngo hakemurwe ikibazo bafiyanye nâumuhanzi bahoze bakorana witwa Rich Mavoko. Ikinyamakuru Bongo5 gitangaza ko Diamond ari kumwe na Babu Tale ndetse na Sallam ku wa Kabiri tariki ya 14 Kanama […]
Intara yâAmajyaruguru: Abakandida depite b'abagore bazahagararira intara basabwe kwigirira icyizere
Ubuyobozi bwâIntara yâAmajyaruguru kuri uyu wa kabiri bwagiranye inama nâabakandida depite bâabagore 23 bo muri iyi ntara yari igamije kubasobanurira amategeko nâamabwiriza ajyanye nâigikorwa cyo kwiyamamaza basabwa kwigirira icyizere. Bamwine Loyce, Komiseri muri Komisiyo yâIgihugu yâAmatora, yasabye aba bakandida ku myanya yâabadepite kwirinda gusebanya mu gihe cyo kwiyamamaza, kwiyamamariza ahantu hemewe kandi mu gihe cyemewe […]
RDC: FARDC yishe inyeshyamba enye mu zari zigaruriye uduce tubiri twâigihugu
Igisirikare cya Congo gitangaza ko zagaruje uduce tubiri twari twigaruriwe nâinyeshyamba za NDC/RĂ©novĂ©, ndetse kinica bane muri zo. Uduce twa Kasuo na Kaheri nibwo FARDC yambuye izi nyeshyamba ku wa Kabiri tariki ya 14 Kanama 2018, nyuma yâimirwano ikaze bagiranye. Umuvugizi wâigisirikare cya Congo, gishinzwe guhangana nâimitwe yâinyeshyamba, Capt. Mak Azukay, yatangaje ko ari inyeshyamba […]
Perezida Museveni yasobanuye ibyâigitero cyamugabweho imodoka ye ikamenwa
Perezida Museveni yagize icyo asobanura ku gitero cyamugabweho ndetse imwe mu modoka yari itwaye abamurinda ikamenwa ibirahure, anagaruka ku iraswa ry’umushoferi wa Depite Robert Kyagulanyi. Mu ijoro ryo ku wa Mbere Tariki ya 13 Kanama 2018, nibwo Perezida Museveni yagabwaho igitero muri Arua, imwe mu modoka zitwara abamurinda ikangizwa bikomeye, muri iryo joro kandi ni nabwo […]
Angola: Abakuru bâibihugu bitabiriye inama yâakarere bongeye gusaba guhagurukira imitwe ya ADF na FDLR
Abakuru bâibihugu bitatu bya Afurika bitabiriye inama yâakarere ku mahoro nâumutekano muri Afurika, yabereye I Luanda muri Angola kuri uyu wa Kabiri baratangaza ko banyuzwe nâuko umutekano ugenda uba neza mu karere ka Afurika yo hagati nâuburasirazuba no mu Biyaga Bigari, ariko bongera gusaba kurimbura imitwe yâinyeshyamba nka ADF na FDLR. Iyi nama yahuriyemo ba […]
Kicukiro: Polisi yâu Rwanda yafashe umusore ukekwaho gutunga amafaranga yâamahimbano
Umusore witwa Habarurema Shukuru wâimyaka 30, ukomoka mu karere ka Kicukiro, umurenge wa Niboye yafashwe na Polisi yâu Rwanda ikorera mu Karere ka Kicukiro, akekwaho gutunga no gukoresha amafaranga yâamahimbano. Yafashwe mu mpera zâicyumweru gishize, ubwo yageragezaga kubitsa amafaranga yâu Rwanda ibihumbi cumi na bitanu yâamahimbano (inote eshatu za bitanu) ku mukozi wa sosiyeti yâitumanaho; […]
Nyamasheke :Â Kwamamaza abakandida depite bâumuryango FPR Inkotanyi byatangiranye ubwitabire budasanzwe-Amafoto
Abaturage barenga 7000 ni bo bitabiriye ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite batanzwe nâumuryango wa FPR Inkotanyi nâindi mitwe yifatanije na wo mu karere ka Nyamasheke , bikaba byabereye ku kibuga cyâumupira cya Nyamasheke kiri mu kagari ka Ninzi mu murenge wa Kagano bihuza  bamwe mu banyamuryango ba FPR Inkotanyi baturutse mu mirenge yose uko ari […]
Nyange: Abaturage ntibazi uruhare rwâindorerezi mu matora
Abaturage bo mu Karere ka Ngororero, Umurenge wa Nyange ntibazi uruhare rwâIndorerezi mu matora yâabadepite. Indorerezi ni abemererwa na Komisiyo yâIgihugu yâAmatora, baba Abanyarwanda cyangwa Abanyamahanga ; bemererwa kureba uko amatora yitabirwa, kureba uburyo amatora nyirizina akorwa, kureba uburyo ibyavuye mu matora byakiriwe nâabagize inteko itora no kureba uburyo umutekano nâituze byubahirizwa muri rusange. Iyo […]
Kirehe: Abakandida Depite ba âGreen Partyâ bizeje kugabanya imisoro ku bucuruzi buciriritse
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Kanama 2018, abakandida Depite bâishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green party of Rwanda) bakomereje ibikorwa byo kwiyamaza i Nyakarambi mu murenge wa Kigina, ho mu Karere ka Kirere, bakaba bizeje abaturage ko nibabagirira icyizere bakabatora bazabatorera amategeko agamije kurengera abaturage habaganywa imisoro. Abakandida bâiri shyaka bahawe […]
Inzego z'umutekano zasobanuye ibya Kajugujugu yagaragaye hejuru yâurugo rwa Rihanna
Inzego zâumutekano muri Leta ya Los Angeles zemeje ko Kajugujugu yagaragaye hejuru yâurugo rwa Rihanna yari igamije gutabara bitewe nâuko humvikanye intabaza mu rugo rwâuyu muhanzikazi. Inzego zâumutekano zivuga ko mu ijoro ryakeye kuri uyu wa mbere ari bwo zakiriye intabaza ivuye mu rugo rwâiki cyamamare. Amashusho yakiriwe nâikinyamakuru TMZ yerekana inzego zitandukanye zâumutekano zahuruye […]
Uwo perezida Kabila yahisemo ngo azamusimbure arashinjwa gutera inkunga inyeshyamba
Uwahoze ari Visi minisitiri wâIntebe akanaba minisitiri wâumutekano wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Emmanuel Ramazani Shadary, Perezida Kabila aherutse guhitamo ngo azamusimbure mu kwiyamamariza umwanya wâumukuru wâigihugu, arashinjwa kuba yarateye inkunga umutwe wâinyeshyamba. Inkuru yâikinyamakuru cyo mu Bufaransa, Mediapart, yo kuwa 11 Kanama yahishuye ko bwana Ramazani Shadary yabaye umuterankunga wâumutwe wa MaĂ ÂŻ MaĂ ÂŻ […]