Irimbi rya Rusororo ririmo kuzura

rusororo

Irimbi rusange rya Rusororo riherereye mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, rikomeje kugenda ryuzura uko iminsi ishira indi igataha. Uko umubare w’abahashyingurwa wiyongera, ni ko n’impungenge ku hazaza h’aho gushyingura mu murwa mukuru zigenda ziyongera. Rusororo ni ryo rimaze imyaka myinshi rikoreshwa nk’iryo gushyinguramo abaturage benshi ba Kigali, cyane cyane nyuma yo gufungwa […]

Kwitaba “Yee” byamwimishije ikamba rya Miss Rwanda 2017

Y O U R F A V °MUKAMA° 8359

Mu bakunzi b’imyidagaduro hakunze kuvugwa ko mu irushanwa rya Miss Rwanda 2017, Kalimpinya Queen yari mu bakobwa bari bafite amahirwe menshi yo kwegukana ikamba. Hari n’abavuga ko bamwe mu bari bagize akanama nkemuramaka bamubonagamo ubushobozi bwo kuba Nyampinga w’u Rwanda. Bivugwa ko mbere gato y’uko hatangazwa uwatsinze, umwe mu bagize akanama nkemuramaka, Mike Karangwa, yahamagaye […]

Ubwami bwa Denmark bwafunguye ambasade mu Rwanda

HBT5GQvWMAAqWp0

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 16 Gashyantare 2026, Minisitiri Olivier Nduhungirehe yakiriye, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwami bwa Denmark, Lars Lokke, uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda, basangira ifunguro rya saa sita. Baganiriye ku gushimangira umubano usanzwe hagati y’ibihugu byombi, u Rwanda na Denmark ndetse banashakisha izindi nzego z’ubufatanye nk’ubucuruzi n’ishoramari. Nyuma […]

Twirwaneho na M23 barashe drone 3 za FARDC n’abambari bayo

IMG 20260216 WA00052

Imitwe ya  Twirwaneho na AFC/M23, kuri uyu wa Mbere yahanuye drone eshatu za Kamikaze z’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni nyuma y’uko hari hashize iminsi itatu  nta mirwano ikomeye ihuza impande zombi. Kuri uyu wa Mbere imirwano yabereye mu gace ka Point-Zero ho muri Teritwari ya Fizi, […]

Ndayishimiye yasasiwe ibitenge n’abaturage ubwo yageraga i Bujumbura

9aabf38f f3e2 4b05 8361 38e6e45295e5.jpg

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yasasiwe ibitenge n’abaturage be ubwo yageraga i Bujumbura akubutse i Addis-Abeba muri Ethiopie. Uyu mugabo yakiriwe mu cyubahiro nyuma y’uko mu cyumweru gushize yahawe inshingano zo kuyobora umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe. Mbere yo kugera i Bujumbura, mu mihanda yo muri uyu mujyi abaturage baje kumwakira bari benshi, nyuma y’ubukangurambaga […]

Rugaju Reagan yasabye imbabazi nyuma yo kwandagaza Lorenzo

GridArt 20260216 140022326

Umunyamakuru Ndayishimiye Rugaju Reagan, yasabye imbabazi nyuma yo kotswa igitutu n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kubera amagambo atarakiriwe neza yatangaje kuri Lorenzo Musangamfura Christian bahoze bakorana. Rugaju abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yatangaje ko ibyo yavuze yabitewe n’uburakari ndetse n’ibyo na we yari yatangajweho. Yagize ati: “Muraho! Niseguye ku mashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga! Mu by’ukuri […]

Rubavu: Inkongi ikomeye y’umuriro yibasiye kuri ‘La Bamba’

20260216 131153

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Gashyantare, Inkongi y’umuriro yibasiye ahazwi nko kuri La Bamba mu mujyi wa Gisenyi, itwika inyubako y’ubucuruzi y’uwitwa Ntawangwanabose Theogène. Iyi nkongi yabereye mu mudugudu wa Irakiza, akagari ka Bugoyi, mu murenge wa Gisenyi w’akarere ka Rubavu. Ubuyobozi bw’umurenge wa Gisenyi buvuga ko iriya nzu yatangiye […]

Kenya: Imyigaragambyo yahungabanyije ingendo ku kibuga cy’indege gikuru

bbf598a9 72e8 438c 833a 7341c5c7aaec

Imyigaragambyo y’abakozi ku kibuga cy’indege gikuru cya Kenya mu murwa mukuru, Nairobi, yatumye indege zitinda kuri uyu wa Mbere nk’uko byatangajwe na sosiyete y’igihugu yo gutwara abantu mu kirere n’abashinzwe ibibuga by’indege. Kenya Airways yavuze ko gutinda kugenzura ikirere byagize ingaruka ku guhaguruka no kugwa ku Kibuga Mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta. Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya […]

Ikibuga cyuzuyemo ibyondo cyo mu Bwongereza kiri gutangaza benshi – Amafoto

fa cup 13530752 20260215111405

Ku Cyumweru, mu mukino w’irushanwa rya FA Cup, ikipe ya Wolverhampton Wanderers F.C. yatsinze inasezerera Grimsby Town F.C., ibona itike ya 1/8 (round of 16). Icyakora, ibyavugishije benshi si ibyavuye mu mukino, ahubwo ni imiterere y’ikibuga cya Brundell Park cyari cyuzuyeho ibyondo. Amafoto n’amashusho byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga bigaragaza ibice byinshi by’ikibuga byari byuzuye ibyondo, […]

Uganda: Jenerali akanaba Minisitiri yavuze ko adashaka ko Gen. Muhoozi aba Perezida

GridArt 20260216 111041347

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Uganda, Maj. Gen (Rtd) Kahinda Otafiire, yatangaje ko nta rwango afitiye Gen. Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za kiriya gihugu, ariko ashimangira ko adashaka ko aba Perezida wacyo. Uyu Jenerali mu mashusho ye yashyizwe hanze yumvikanye abwira abari kumwe na we ati: “Kainerugaba nk’umuntu simwanga. Icyo ntashaka ni uko […]

Kigali: Yaguwe gitumo ari gusambana n’indi nkumi kuri Saint Valentin

Umusore w’imyaka 35 witwa Byiringiro Alain, utuye mu Murenge wa Mageragere, yatahuwe n’umukunzi we basanzwe bakundana igihe yari ari kumwe n’indi nkumi mu nzu, ku munsi wahariwe abakundana. Ibi byabereye mu Kagari ka Mumena, Umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, tariki ya 14 Gashyantare 2026. Amakuru atangwa n’abaturage bavuga ko uwo musore yari amaze […]

Ingamba Ndayishimiye afite mu kurangiza intambara yo muri RDC

20260216 84309

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gutanga umusanzu mu rwego rwo gucecekesha intwaro ku mugabane wa Afurika, by’umwihariko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ndayishimiye yatanze iryo sezerano ku Cyumweru tariki ya 15 Gashyantare, nyuma y’umunsi umwe ashyikirijwe inshingano zo kuba Perezida w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe. Uyu mugabo yatanze iryo […]

Ukraine: Uwahoze ari minisitiri w’ingufu yafashwe agerageza gutoroka

2024 06 11T202759Z 1486468333 RC2598AVFVEN RTRMADP 3 UKRAINE CRISIS GERMANY RECOVERY CONFERENCE

Uwahoze ari minisitiri w’ingufu mu gihugu cya Ukraine, yatawe muri yombi nyuma yo gucakirwa agerageza kuva mu gihugu nk’uko byatangajwe n’abayobozi. German Galushchenko wirukanwe ku mirimo ye muri guverinoma umwaka ushize nyuma yo kuba mu bayobozi bavuzwe mu kibazo cya ruswa, bivugwa ko yafashwe ubwo yari muri gari ya moshi yavaga muri Ukraine. Ntiharamenyekana neza […]

Addis Abeba: PM Nsengiyumva yahuye na ba perezida ba Kenya na Namibia

HBNVB

Mu Nama y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva kuri iki Cyumweru yahuye na Perezida Netumbo Nandi-Ndaitwah wa Namibia ndetse na Perezida William Ruto wa Kenya. Perezida wa Kenya, William Ruto, abinyujije kuri X na we yemeje ko yahuye na Minisitiri w’Intebe baganira ku kurushaho gukomeza umubano uri hagati y’igihugu cye n’u Rwanda. Ati: […]

Fizi: FARDC iremeza ko ikigenzura Point Zero

colonel apoko bangala michel commandant ad interim du secteur operationnel sukola 2 sud sud kivu pht ks 2026 jpg 711 473 1

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 15 Gashyantare 2026, Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyemeje ko ibirindiro bya Point Zero no mu turere tuyikikije, muri Teritwari ya Fizi, Intara ya Kivu y’Amajyepfo, bikiri mu maboko yabo. FARDC yahakanye amakuru yari akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko ako gace kigaruriwe n’inyeshyamba za Twirwaneho, […]

Umuyobozi wa Barbados yijeje gukomeza umubano mwiza n’u Rwanda

FhNIijSWIAAJaSG

Minisitiri w’Intebe wa Barbados yijeje gukomeza umubano wa gicuti usanzwe hagati y’igihugu cye na Barbados avuga ko yiteguye gukomeza ubufatanye mu nyungu z’abaturage b’ibihugu byombi. Ni nyuma y’ubutumwa Perezida Paul Kagame bwamushimiraga kubwo kongera gutorwa. Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 14 Gashyantare, abinyujije kuri X, yashimiye Minisitiri w’Intebe Mia Amor Mottley agira ati: “Ndashimira mushiki […]

Ethiopia yambuye uburenganzira abanyamakuru 3 ba Reuters 

KL5E6AYPGFNHFITINKEAXACYIY

Ikigo gishinzwe Itangazamakuru muri Ethiopia (EMA) cyanze kongera uburenganzira bwo gukorera mu gihugu ku banyamakuru batatu b’Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza (Reuters) bari bafite icyicaro i Addis Abeba. EMA kandi yambuye ibi biro ntaramakuru, uburenganzira bwo gukurikirana inama ya 39 y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yabereye mu murwa mukuru wa Ethiopia ku itariki ya 14-15 Gashyantare. Iki […]

Icyaha cyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi n’amategeko agihana

csm Gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y undi d895b83d33

Ku itariki ya 19 Mutarama, 2026 Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze umwarimu muri Kaminuza akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga ndetse n’icyaha cyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi, no gucura umugambi wo gukora icyaha. Iperereza ryagaragaje ko mu bihe bitandukanye uyu mwarimu yagiye asambanya abana b’abakobwa batandukanye biga mu mashuri yisumbuye […]

Sudani y’Epfo: RDF yakoze ibikorwa by’ubufatanye hagati y’abasirikare n’abaturage

HBIiC3GWoAADcKB

Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) muri Leta ya Upper Nile, kuwa Gatandatu bakoze ibikorwa by’ubufatanye hagati y’abasirikare n’abaturage. Ibi bigamije kurushaho gushimangira umubano hagati yabo n’abaturage mu Nkambi yo Kurinda Abaturage ya Malakal (Malakal PoC Camp) nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda. Itsinda ry’Abagore rishinzwe kwegera […]

AFC/M23 yemeje ko itazi iby’agahenge kasabwe na Angola

Capture 5

Ihuriro rya AFC/M23 ryemeje ko ritazi iby’agahenge kasabwe n’igihugu cya Angola, ryongera gushimangira ko ryo rizakomeza ibyo risabwa n’ibiganiro bya Doha. Mu kiganiro ryatangiye i Goma ejobundi nyuma yo kubonana n’Umuyobozi wa MONUSCO, Vivian van de Perre, iri huriro ryemeje ko ritigeze rimenyeshwa ibikubiye muri ibyo biganiro byabereye Luanda byarangiye hasabwa agahenge. “Ntabwo twamenyeshejwe ibyemejwe […]

Obama yavuze kuri video imusebya iherutse gusohorwa na Trump

President Obama Headshot Economic Inclusion Photo by Pari Dukovic courtesy of Penguin Random House

Barack Obama, wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze kuri videwo igaragaza ivanguraruhu yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezida Donald Trump, abwira umuyobozi w’ikiganiro wamwakiriye kuri podcast ko kugira “isoni” n’”imyitwarire myiza” byahoze biranga abategetsi, ubu byatakaye. Iyo videwo ikomeretsa irimo igice kigaragaza Obama n’umugore we Michelle nk’inguge, ibyamaganwe n’abantu benshi barimo […]

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma y’igihe asambanya Abanyafurikakazi

3837b4f86a9b5510

Umugabo w’Umuruziya wahawe akabyiniriro ka ‘balthazar’ nyuma yo kugenda azenguruka ibihugu bya Afurika aryamana n’abagore n’abakobwa ari na ko abafata amashusho, ari guhigishwa uruhindu. Polisi ya Ghana ivuga ko uyu mugabo yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi, kubera ibyaha byo gufata amashusho bamwe mu bagore n’abakobwa yakoreye muri iki gihugu. Amakuru avuga ko uyu mugabo akunze […]

Ndayishimiye yatangiye kuyobora AU

20260214 134341

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gashyantare yatangiye inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe. Ni inshingano yasimbuyeho Perezida João Lourenço wa Angola wari umaze umwaka ayobora uriya muryango. Aba bombi bahererekanyije ububasha kuri uyu wa Gatandatu, mu nama ya 39 y’abakuru b’ibihugu bigize AU yabereye i Addis-Abeba […]

M23 yavuye mu gace yari imaze amezi 3 yarirukanyemo Wazalendo

IMG 20250319 WA0062 1

Ingabo z’umutwe wa AFC/M23, ku wa Kane tariki ya 12 Gashyantare zavuye mu birindiro bya Buhaya, nyuma y’amezi atatu zibyirukanyemo abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo. Buhaya ni umusozi w’ingenzi witegeye agace ka Katobi, ukaba uherereye mu bilometero bibarirwa muri 15 uvuye mu mujyi wa Pinga uherereye muri Teritwari ya Walikale. Mu Ugushyingo 2025 ni bwo AFC/M23 […]

Ibisobanuro by’amateka y’umunsi wa Saint Valentin

valentin1 1320x779 1

Umunsi wa Saint Valentin wizihizwa buri mwaka tariki 14 Gashyantare ku Isi hose, aho ufatwa nk’umunsi wahariwe abakundana. Uyu munsi uhuzwa n’ikorwa rya Kiliziya Gatolika ryo kwibuka Mutagatifu Valentin. Kuri uwo munsi, abakundana bakunze guhana impano zitandukanye zirimo indabo z’amaroza atukura n’amakarita arimo amagambo y’urukundo. Bivugwa ko buri mwaka hoherezwa amakarita arenga miliyari imwe n’igice, […]

FDNB yatangiye kubarura abasirikare bayo ngo imenye abo isigaranye

20250814043748000000

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), cyatangiye kubarura abasirikare bacyo kugira ngo kimenye umubare w’abo gisigaranye. Ni icyemezo FDNB, mu gihe amakuru avuga ko itazi neza umubare nyawo w’abasirikare ifite. Ni nyuma y’uko amakuru avuga ko nyuma y’intambara zabereye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Ukuboza 2025 by’umwihariko mu kibaya cya Ruzizi, hari abasirikare babarirwa mu […]

Kagame yoherereje Mia Amor Mottley ubutumwa bumushimira

20260214 101247

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 13 Gashyantare, yashimiye Mia Amor Mottley nyuma yo kongera gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados. Umukuru w’Igihugu mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X yagize ati: “Ndashimira mushiki wanjye, Minisitiri w’Intebe Mia Amor Mottley, ku bwo kongera gutorwa abikwiriye.” Perezida Kagame yagaragaje ko u Rwanda ruha […]

Ubujurire bwa Mukura VS yemeza yaguze Ishimwe Abdoul bwatewe utwatsi

20260214 90736

Komisiyo ishinzwe ubujurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yateye utwatsi ubujurire bwa Mukura VS yari yayitabaje ngo iyirenganure ku kibazo cy’umukinnyi Ishimwe Abdoul. Mu minsi ishize ni bwo uyu myugariro wari umaze imyaka ibiri muri Mukura VS yayiteye umugongo, yerekeza muri APR FC yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri. Mukura VS yahise irega muri FERWAFA Intare […]

Marina ukiri isugi yambitswe impeta

1771030168395HBEr22HXMAEOa8X

Umuhanzi Yvan Muziki yakoze igikorwa cyashimishije benshi mu ijoro ryo ku wa 14 Gashyantare 2026, ubwo yasabaga umukunzi we Marina ko yazamubera umugore, mu gitaramo cyo kumurika album ye nshya yise “Inganzo Ntahangarwa”. Iki gitaramo cyabereye muri Kigali Universe, kikitabirwa n’abahanzi batandukanye barimo Massamba Intore, Jules Sentore, Yvanny Mpano na Kidum, hamwe n’abandi benshi. Mu […]

Ingabo z’u Burundi zakubitikiye mu Minembwe, zihungira mu mashyamba

IMG 20260213 WA0007

Amakuru aturuka mu gice cy’imisozi miremire yo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko ingabo ziganjemo iz’u Burundi zakubitikiye mu mirwano yiriwe izisakiranya na Twirwaneho, bikaba ngombwa ko zihungira mu mashyamba. Izi zifatanyije n’iza Tanzania, FARDC, Wazalendo FDLR n’abacanshuro, bamaze icyumweru bagaba ibitero ku Banyamulenge bo mu misozi miremire. Ku wa Kane tariki ya 12 […]

RDC yarashe mu Minembwe nyuma y’amasaha make yemeye gutanga agahenge

drones

Ihuriro AFC/M23 rirashinja ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugaba ibitero mu duce turimo Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’amasaha make Kinshasa itangaje ko yiteguye gutanga agahenge. Ku wa Kane tariki ya 12 Gashyantare ni bwo Perezida João Lourenço wa Angola unayoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yari yasabye […]

Kigali: Abageni baraye mu Kagali nyuma yo kubura aho kurara

arton143302

Mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, abageni bashya baraye ku biro by’Akagari ka Rwampara nyuma yo kubura aho bataha ku munsi w’ubukwe bwabo. Byaje kugaragara ko umugabo yari yarabwiye umugore ko afite inzu i Nyamirambo bazabamo, ariko nyuma bikaza kumenyekana ko atari byo. Ibi byabaye ku wa Kane tariki ya 12 Gashyantare 2026. […]

Perezida Tshisekedi yemeye kubahiriza agahenge kasabwe na Angola

whatsapp image 2024 02 27 at 13.57 48 b8d52

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeye gahunda y’agahenge ya Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço, kandi ashimira ibikorwa bya Angola bikomeje byo guteza imbere amahoro n’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Perezidansi ya RDC, kuri uyu wa Gatanu, rivuga rigira riti: “Repubulika ya Demokarasi ya Congo iramenyesha Umuryango Mpuzamahanga ndetse n’amahanga […]

Rayon Sports yijunditse umunyamakuru Rugaju Reagan

god is good bdf28 1

Ikipe ya Rayon Sports yikomye umunyamakuru Rugaju Reagan ukorera Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), imushinja gutangaza ibinyoma by’uko myugariro Serumogo Ally Omar yatandukanye na yo agurishijwe. Rugaju mu kiganiro ‘Urubuga rw’Imikono’ cyabaye ku wa Kane tariki ya 12 Gashyantare, yavuze ko Serumogo yatandukanye na Rayon Sports asheshe amasezerano yari afitanye na yo kugira ngo byitwe ko […]

Minembwe: Ibitero bya FARDC na FDNB bikomeje kwibasira Abanyamulenge

bitmap 1200 nocrop 1 1 20241225161156239355 GfpbrRUXEAAeOLk

Imirwano irimo ubugome bwinshi kuri uyu wa Kane ushize yabereye mu misozi ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho bivugwa ko yahuje abarwanyi ba AFC/M23 n’Ingabo za Congo (FARDC) zifatanyije n’Ingabo z’u Burundi n’inyeshyamba za wazalendo. Kuva mu byumweru bibiri bishize, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangije ibitero ku birindiro by’abarwanyi […]

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

51836637960 a5c9e8edd8 b 3 64e15 5c88e

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura u Rwanda vuba aha. Uyu musirikare usanzwe ari n’umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje iyi gahunda mu butumwa yaraye yanditse ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Nzishimira gusura vuba aha data wacu w’igihangange, Afande Kagame. Nzanishimira kubana na bene wacu b’Abanyarwanda.” […]

Kuki Bruce Melodie na The Ben bahisemo ubufatanye aho guhangana?

hq720 5

Abahanzi bakomeye mu muziki nyarwanda, Bruce Melodie na The Ben, batangaje ko bahisemo inzira y’ubufatanye aho gukomeza inkuru z’ihangana zari zimaze igihe zivugwa hagati y’abafana babo. Mu kiganiro bagiranye n’itangazamakuru, aba bombi basobanuye ko nubwo kenshi bagiye bagereranywa ku rwego rw’ibihembo, ibitaramo n’umubare w’ababakurikira, bo ubwabo batigeze bagirana ubushyamirane. Ahubwo ngo babonaga hari inyungu ikomeye […]

Umupolisi afunzwe azira kwiba ihene eshanu

93fb147344b9a96723d929861b0992814ccaf973

Umupolisi wakoreraga mu mujyi wa Rundu muri Namibia yatawe muri yombi mu rukerera rwo ku wa Gatanu akekwaho kwiba ihene eshanu mu gace ka Tumweneni, mu Ntara ya Kavango East Region. Amakuru yatangajwe na radiyo Eagle FM avuga ko uwo mupolisi akekwaho kubaga izo hene akazipakira mu modoka. Ageze kuri bariyeri ya polisi ya Masivi, […]

Ingengo y’Imari ya Leta 2025/2026 yagabanyijwe

HA SKkvbsAIt8YC

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite kuri uyu wa Kane, itariki 12 Gashyantare, yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rihindura itegeko n°018/2025 ryo ku wa 30/06/2025 rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2025/2026.   Mbere yaho, Minisitiri w’Imari, Yusuf Murangwa, yabanje kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko umushinga w’itegeko rihindura kandi ryuzuza itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta ya […]

Kenya: Yirutse asatira Perezida Ruto aca igikuba mu barinzi

1d51cf14 2d1e 463d 9a5c 234816555ae5

Umugabo wirutse yerekeza kuri Perezida William Ruto, kuri uyu wa Kane, ubwo yavugiraga ijambo i Wajir yagize icyo avuga, atanga inkuru ye ku byabaye nyuma yo guca igikuba mu bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu.   Muri videwo yabonwe n’ikinyamakuru The Star, uyu mugabo yavuze ko nta mugambi mubi yari afite yashakaga gusa kuvugana na Perezida ku […]

Inzara iratema amara mu basirikare ba FDNB bari muri RDC

bdi burundi fdnb 02 02032024 fdnbbi 768x488 1

Abasirikare b’u Burundi boherejwe mu gace ka Baraka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barataka inzara, bagashinja ababakuriye kuba ari bo ba nyirabayazana. Abataka inzara barimo abo muri bataillon ya 11 ibarizwa mu mujyi wa Baraka, ndetse n’abo mu yindi mitwe ibarizwa muri uriya mujyi wo mu ntara ya Kuvu y’Amajyepfo. Abaganiriye na Radio Publique […]

Uwari umaze imyaka 16 yihisha ubutabera yafashwe kubera imikino olimpike

BMJUH3BUJNIIDLS4KWITD74GQQ

Umukunzi w’umukino wa Hockey ukomoka muri Slovakia w’imyaka 44, yikururiye gutabwa muri yombi nyuma yo gufatwa n’abapolisi b’u Butaliyani amaze igihe yihisha ubutabera yarashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi.   N’ubwo yashakishwaga n’abayobozi b’u Butaliyani, umugabo yaremeye asubira muri iki gihugu agiye kureba ikipe y’igihugu cye (Slovakia) ya Hockey mu Mikino Olempike yo mu Itumba […]

Samusure wari warahungiye muri Mozambique yatahutse

20260212 145502.jpg 1b488

Nyuma y’imyaka itatu aba hanze y’u Rwanda, Kalisa Ernest uzwi nka Samusure yongeye gutaha, aho yakiriwe n’umubyeyi we, inshuti ndetse n’abavandimwe be ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe kuri uyu wa 12 Gashyantare 2026. Samusure yari yaragiye kuba muri Mozambique mu Ukwakira 2022, ahunze amadeni arenga miliyoni 11 z’amafaranga y’u Rwanda yari abereyemo […]

RMC yihanangirije mu nyandiko SK FM na Isibo Radio

jjs b3e96

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda (RMC), rwatangaje ko rwihanangirije mu nyandiko ibitangazamakuru bya SK FM na Isibo Radio, kubera imyitwarire ihabanye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru ikomeje kugaragara mu biganiro bya siporo bitambutswa kuri izo radiyo. Uku kwihanangirizwa kubaye nyuma y’ibiganiro bitandukanye RMC yagiye igirana na bamwe mu banyamakuru bakorera ibi bitangazamakuru ndetse n’abayobozi babyo. RMC […]

Sudani: Abantu 21 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato

sq 1 1

Byibuze abantu 21 bapfuye nyuma y’uko ubwato butwara abagenzi burohamye muri Leta ya River Nile mu majyaruguru ya Sudani nk’uko itsinda ry’ubuvuzi ryabitangarije BBC.   Urubuga rw’abaganga bo muri Sudani ruvuga ko ubwo bwato bwari mu rugendo hagati y’imidugudu ya Tayba al-Khawad na Deim al-Qarai, butwaye abagenzi bagera kuri 30 barimo abagore, abasaza ndetse n’abana. […]

Korea ya Ruguru: Kim Jong Un yamaze guhitamo umukobwa we nk’uzamusimbura

TELEMMGLPICT000387380547 17222678251830 trans NvBQzQNjv4BqK5CJ 5abOqZ

Kuri uyu wa Kane, itariki 12 Gashyantare 2026, Ibiro by’Ubutasi bya Koreya y’Epfo byabwiye abadepite ko umuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yahisemo umukobwa we nk’umuzungura we. Ni ibintu bicye bizwi kuri Kim Ju Ae, wagiye agaragara mu mezi ashize iruhande rwa se mu birori bikomeye nk’igihe asura Beijing mu Bushinwa muri Nzeri, […]

Kera kabaye ikibuga cy’indege cya Goma cyongeye kugwaho n’indege

1770890064782

Umuyobozi w’agateganyo w’ubutumwa bwa Loni muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vivian Van de Perre, yageze mu mujyi wa Goma aho yagiye kugirana ibiganiro n’ubuyobozi bwa AFC/M23. Ku manywa yo kuri uyu wa Kane tariki 12 Gashyantare, ni bwo indege yo mu bwoko bwa kajugujugu yari imutwaye yaguye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma. Ni […]

Igisubizo cya Nduhungirehe ku bihano bivugwa ko Amerika iri gutekereza gufatira u Rwanda

05int rwanda us deportees 1 vhfg

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko iyo ibihano biza kuba byakemura ikibazo cyo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, u Rwanda rwakiriza yombi kubihabwa. Umukuru wa dipolomasi y’u Rwanda yabigarutseho mu kiganiro yahaye Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI). Ni nyuma y’uko hakomeje kuvugwa inkuru z’uko amahanga yaba arimo gufatira u Rwanda ibihano […]

Masisi: Imirwano ikaze yahuje wazalendo na AFC/M23 i Biguri

m23 rebels

Imirwano ikaze kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 11 Gashyantare 2026, yahuje inyeshyamba za Wazalendo n’abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 ahitwa Biguri, agace kera cyane gaherereye hafi ya Kalengera, muri Sheferi ya Bashali, Teritwari ya Masisi. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace avuga, inyeshyamba za Wazalendo zagabye igitero ku birindiro bya AFC/M23 kuri axe ya Kirumbu […]

Angola yasabye Kinshasa na AFC/M23 gutanga agahenge guhera kuwa 18/2

e7e4786a f58f 44fc 8b31 b7e16dbc4922

Repubulika ya Angola yasabye ko ihagarikwa ry’imirwano hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ryatangira gukurikizwa ku gicamunsi cyo ku itariki ya 18 Gashyantare, nk’uko Perezida wa Angola yabitangaje.   Iki cyifuzo gikurikira inama yabereye ku wa Mbere i Luanda hagati ya Perezida wa Angola, João Lourenço, Perezida […]

U Rwanda rwasoje ineza irushanwa rigenewe abasirikare n’abapolisi kabuhariwe

ha5icipbqaa9rhk 565c5 1

Ikipe imwe ya Polisi y’u Rwanda iri muri atatu yari ahagariye u Rwanda mu irushanwa rya SWAT Challenge ryaberaga muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yegukanye umudali w’umuringa. Irushanwa rya UAE SWAT Challenge 2026, ryari rimaze iminsi itanu rihuza abasirikare n’abapolisi kabuhariwe baturutse mu bihugu byo hirya no hino ku Isi. Amakipe 109 ni yo yari […]

Abarundi 6 mu Banyafurika bamaze gupfira mu ntambara yo muri Ukraine

AA1VXX7w

Raporo yasohowe n’Ikigo INPACT kuri uyu wa Gatatu ushize ivuga ko kuva mu 2023 kugeza hagati mu 2025 u Burusiya bwinjije mu gisirikare cyabwo abarwanyi 1,417 bava mu bihugu 35 bya Afurika. Iki kigo kivuga ko cyabonye amazina yabo, imyaka yabo, ibihugu baturutsemo, nimero za gisirikare bahawe n’igihe basinyiye amasezerano yo kwinjira mu gisirikare cy’u […]

RDC: Umuyobozi mushya wa MONUSCO ategerejwe ku Kibuga cy’Indege cya Goma

bitmap 1200 nocrop 1 1 20240507090302853775 280b38b0 3afb 4747 8af3 8250809ef8eb

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo Kubungabunga Amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) buratangaza ko Vivian van de Perre, Intumwa Idasanzwe y’agateganyo y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi w’Agateganyo wa MONUSCO, aza gusura Goma kuri uyu wa Kane, itariki ya 12 Gashyantare. MONUSCO ivuga ko Vivian van de Perre azagera ku Kibuga cy’Indege cya Goma […]

Gasabo: Urukiko rwakatiye abantu 8 bari bakurikiranweho ubwicanyi

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 2

Abantu umunani bagizwe n’abagore babiri n’abagabo batandatu bari bakurikiranweho kwica umuntu nyuma bakamutwikisha amashara bamushinja kwiba igare, bahamijwe icyaha n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo barakatirwa. Icyaha abaregwa bari bakurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 08 Ukwakira 2025 mu Mudugudu wa Nyakabuye, Akagali ka Kabuye, Umurenge wa Nyarugenge, mu Karere ka Bugesera ubwo abaregwa bakekaga nyakwigendera ko yibye […]

RDC yajyanye mu nkiko MTN

Mobile Money 768x432 1

Ikigo kigenzura itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyareze sosiyete ya MTN Group kiyishinja gukorera i Goma na Rutshuru nta ruhushya ifite. Ikigo ARPTC mu itangazo cyasohoye, cyavuze ko MTN Group irimo gutanga serivisi za telefone ngendanwa na internet, “i Goma na Rutshuru, itarabiherewe uruhushya”. MTN Group isanzwe ifite amashami mu bihugu birimo u […]

USA: Abagande 6 bashinjwa gufata ku ngufu bagiye gusubizwa iwabo

Abenegihugu batandatu ba Uganda bahamwe n’ibyaha bikomeye muri Amerika, ubu bari mu maboko y’abashinzwe abinjira n’abasohoka muri Amerika (ICE) kandi hararebwa uko basubizwa iwabo muri Uganda.   Urwego rushinzwe Umutekano mu Gihugu muri Amerika (Homeland Security) ibashyira mu cyiciro cy’”Abantu babi kurusha abandi” batari abenegihugu bahamijwe ibyaha bikomeye.   Daudah Mayanja yafatiwe i Bennington, muri […]

Muhanga: Umusore w’imyaka 26 akurikiranweho kwica se

MuhangaDist 1

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umusore w’imyaka 26 y’amavuko ukekwaho kwica se umubyara w’imyaka 74 y’amavuko. Icyaha akurikiranweho cyakozwe 19 Mutarama 2026 mu masaha ya saa 06h00 z’igitondo mu Mudugudu wa Kivomo, Akagari ka Murama, Umurenge wa Bweramana, mu Karere ka Ruhango ubwo uyu musore yacungaga papa we yinciye mu nzu akamusanga mu […]

Abatoza 688 bahataniye gutoza Amavubi

pic 1 87 f385b

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko abatoza 688 bujuje ibisabwa ari bo basabye akazi ko gutoza Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. FERWAFA mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Gashyantare, yavuze ko nyuma y’ubusabe bwa bariya batoza hagomba gukurikiraho kubajonjora hashingiwe ku mpamyabumemyi z’ubutoza, uburambe mu gutoza amakipe y’igihugu no kuba baragize […]