Nyuma ya Amerika, u Bufaransa na bwo bwafashe ubwato butwara Peteroli bw’u Burusiya

20260122 182115

Ingabo z’u Bufaransa zirwanira mu mazi, kuri uyu wa Kane zafatiye mu nyanja ya Mediterranée ubwato bwari bwikoreye Peteroli buyivanye mu Burusiya. Abayobozi b’Igisirikare cy’u Bufaransa kirwanira mu nyanja batangaje ko ubwo bwato bwitwa Grinch bukekwaho kuba bwikoreraga Peteroli bwiyitirira igihugu kitari cyo. Itangazo ry’icyo gisirikare rivuga ko ubwo bwato bwarimo buherekezwa bujya ku cyambu […]

Ndayishimiye yagaragaye ari mu mwuka mu mwiherero w’amasengesho

G Q6q4PWsAAvVsF

Umwiherero w’amasengesho w’ishyaka riri ku butegetsi, mbere ya kongere izatorerwamo abayobozi bashya ku itariki ya 25 Mutarama, watangiye kuri uyu wa Kane, itariki ya 22 Mutarama, utangizwa n’amasengesho yabereye mu murwa mukuru wa politiki w’u Burundi, Gitega. Iyi minsi itatu yo gusabana no gusenga, yatangijwe na misa yabereye kuri kiliziya ya Saint François d’Assise ya […]

Isezerano rya Minisitiri Ugirashebuja ku muhungu wa Ingabire Victoire wasabye ko nyina yafungurwa

20260122 115140

Minisitiri w’Ubutabera akanaba intumwa nkuru ya Leta, Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yijeje umuhungu w’umunyapolitiki Ingabire Victoire Umuhoza ko nyina azahabwa ubutabera bunyuze mu mucyo. Minisitiri Dr. Ugirashebuja yahaye Rémy Amahirwa iryo sezerano, ubwo bahuriraga i Genève mu Busuwisi aho Minisitiri w’Ubutabera yari yitabiriye isuzuma ry’akanama ka Loni gashinzwe iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu rizwi nka ‘Universal Periodic […]

Uganda: Igipolisi cyemeje ko cyataye muri yombi Depite Kivumbi

kii

Kuri uyu wa Kane, Igipolisi cya Uganda cyavuze ko cyafunze umudepite n’umuyobozi mukuru w’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri iki gihugu kubera uruhare akekwaho kugira mu rugomo rushingiye ku matora rwahitanye nibura abantu barindwi. Uyu mudepite, Muwanga Kivumbi, ni visi perezida w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rivuga ko riharanira ubumwe bw’igihugu (NUP) riyobowe n’umuhanzi wahindutse umunyapolitiki, […]

Canada: Babiri begereye Tshisekedi bagiye kujyanwa mu nkiko

9196fe19 c22f 4b9e abb7 ff73a141854d

Umuryango utegamiye kuri leta, Urgence DRC, ku bufatanye n’imiryango makumyabiri iharanira uburenganzira bwa muntu n’imiryango icumi y’abahohotewe, watangaje ko ugiye kuregera abayobozi ba Canada, abaturage ba yo bakomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Lisette Kabanga na Jean-Claude Bukasa, kubera uruhare rwabo mu guhonyora uburenganzira bwa muntu muri Congo. Itangazo ryashyizwe ahagaragara risobanura ko aba […]

Ba Gen. Yav Kabeya na Banywesize ba FARDC bafunguwe 

GridArt 20260122 120523353

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ba Jenerali Jean-Claude Yav Kabeya na Pierre Banywesize bari bamaze igihe bafunzwe barekuwe by’agateganyo. Lt Gen Jean-Claude Yav Kabeya wabaye umwe mu bizerwa ba Perezida Félix Tshisekedi kuva mu 2019 ubwo yajyaga ku butegetsi yari yatawe muri yombi muri Kamena 2025. Tshisekedi akijya ku butegetsi […]

Ababiligi batunguwe no kwisanga inyuma y’u Rwanda mu kugira imihanda myiza

60297712

Ku rutonde rw’imihanda myiza ku Isi, u Bubiligi buri ku mwanya wa 60, inyuma y’ibihugu birimo Turkiya, u Rwanda, ndetse na Uzubekistan. Ni mu gihe abaturanyi b’u Bubiligi b’Abanyaburayi, bose bari mu myanya myiza. Imihanda y’u Bubiligi ni umuyoboro wa kilometero 207.029 km. Ni umuyoboro wa kabiri munini mu Burayi, inyuma y’u Buholandi, kandi by’umwihariko […]

Lt. Gen. Philemon Yav yahakanye gukorana n’u Rwanda 

yav 3 d26ac

Lieutenant-Général Philemon Yav wigeze kuba umuyobozi w’intara ya gatatu ya gisirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahakaniye imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare ibirego byo kuba yarigeze gukorana n’u Rwanda ashinjwa. Muri Nzeri 2022 ni bwo uyu Jenerali yatawe muri yombi, nyuma y’uko umutwe wa M23 wari umaze kwirukana ingabo za Leta ya […]

Abasirikare 8 ba Nigeria biciwe mu gitero cya Boko Haram muri Borno

Nigerian Soldiers

Abashinzwe umutekano muri Nigeria baravuga ko byibuze abasirikare umunani ba leta bishwe abandi 50 barakomereka ubwo intagondwa za kislamu za Boko Haram zagabaga igitero ku mutwe wa gisirikare muri Leta ya Borno. Biravugwa ko aba barwanyi bahageze kuri moto no mu modoka z’imitamenwa muri icyo gitero cyabaye ku wa Mbere. Amakuru akomeza avuga ko inyeshyamba […]

Abagera ku gihumbi bamaze guhunga Uvira kuva FARDC na Wazalendo bahagaruka

G 8KPAYWgAAwkp1

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), kugaruka kw’imitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo, hamwe n’Ingabo za Congo (FARDC), mu Mujyi wa Uvira byatumye abantu babarirwa mu gihumbi bahunga. Amakuru atangazwa na RFI ndetse aherutse gushimangirwa na HRW, aravuga ko abahunga cyane cyane ari Abanyamulenge cyangwa Abatutsi bo muri Kongo. Abandi bahise batangira guhunga ni abantu […]

2026 uzaba umwaka w’akazi gakakaye: Gen. Makenga

20260122 75904

Umugaba Mukuru w’igisirikare cy’umutwe wa M23 (ARC), Gen. Sultani Makenga, yateguje abayoboke b’uriya mutwe ko uyu mwaka wa 2026 uzarangwa n’akazi gakakaye, mu gihe urugamba rwo kubohora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rukomeje. Makenga yabiteguje abo bayoboke ku wa Gatatu tariki ya 21 Ukuboza, mu nama abayobozi bakuru ba AFC/M23 bagiranye n’abayoboke bayo bo mu […]

Ikinyamakuru Daily Star cyasabye ko Senegal yamburwa igikombe cya AFCON2025

0 GettyImages 2256419787

Ikinyamakuru Daily Star cyo mu Bwongereza cyasohoye inkuru y’ibitekerezo (opinion) isaba ko Senegal yamburwa igikombe cya Afurika (AFCON) kigahabwa Maroc, ndetse umutoza wa Senegal, Pape Thiaw, agahabwa igihano cya burundu cyo kutazongera kugaragara mu mupira w’amaguru. Iyi nyandiko yanditswe na Jeremy Cross, Umwanditsi Mukuru mu bya Siporo wa Daily Star. Impamvu nyamukuru y’iyi myanzuro ni […]

U Burusiya buravuga ko bwiteguye guhuza u Rwanda na RDC

aya masezerano yiyongera ku yandi menshi u rwanda n u burusiya byagiranye mu bihe bitandukanye 63347 e7065

Guverinoma y’u Burusiya yatangaje ko yiteguye gutanga ubufasha ku mpande zihanganye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe yaba ibisabwe, mu rwego rwo kugarura amahoro mu burasirazuba bw’icyo gihugu. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ku wa Kabiri tariki ya 20 Mutarama. Minisitiri Lavrov yavuze ko nta cyizere […]

Trump yise abaturage ba RDC ‘bamwe mu bantu babi cyane ku Isi’

C4LOPNM43JPA7H6ULPB4HEQY44

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje abimukira baturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’abateje ikibazo cyane igihugu cye. Trump yabigarutseho mu kiganiro aheruka guha abanyamakuru. Uyu mutegetsi uvuga ko yamenye Congo Kinshasa kubera guhagarika intambara yayo n’u Rwanda, yagaragaje abaturage b’iki gihugu nk’abantu bagoranye ndetse bari mu babi kurusha abandi […]

Imirimo yo kubaka inzu y’ababyeyi mu Bitaro bya Nyamata igeze kuri 80%

Kuri uyu wa Gatatu, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Yvan Butera, n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, Brig. Gen. Célestin Kanyamahanga, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’U Rwanda Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire (RHA) na Visi Meya Yvette Imanishimwe basuye ahubakwa inzu y’ababyeyi mu Bitaro bya Nyamata bareba aho imirimo yo kuyubaka igeze. Iyi nzu y’ababyeyi (Materinity) iri […]

Nangaa yashyize Tshisekedi mu gatebo kamwe na Habyarimana witaga Kagame Umugande

GridArt 20260121 124810855

Umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yashyize mu gatebo kamwe ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa RDC n’ubwa Juvenal Habyarimana wigeze kuyobora u Rwanda, kubera Politiki yo kuvangura abantu buhuriyeho. Nangaa yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana n’umunyamakuru akanaba umushakashatsi Bojana Coulibaly. Muri iki kiganiro, Nangaa yagarutse ku ngengabitekerezo n’ivangura ubutegetsi bwa […]

Ingabo z’u Burundi na zo zasubiye mu Mujyi wa Uvira

G7uMKbvXgAAOxV5 1

Imitwe myinshi y’Ingabo z’u Burundi na yo yinjiye mu Mujyi wa Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zinyuze ku mupaka wa Kavinvira, aho zisanze Ingabo za Congo (FARDC) n’inyeshyamba za Wazalendo bakorana, nyuma y’iminsi AFC/M23 ivuye muri yu mujyi. Amakuru aturuka muri sosiyete sivile yahoo, avuga ko izi Ngabo z’u Burundi, mu […]

HRW iravuga ko kuva muri Uvira kwa AFC/M23 byasize abaturage mu menyo y’Abawazalendo

G 5Pj6MWcAATtEi

Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu, HRW, uravuga ko kuva kwa AFC/M23 bitunguranye mu Mujyi wa Uvira mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku itariki ya 17 Mutarama 2026, byasize abaturage mu kaga gakomeye biturutse ku mitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo. Ku gicamunsi cyo ku itariki ya 18 Mutarama, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi […]

RDC yakupye internet muri Uvira

uvira 3

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakupye internet mu mujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’iminsi mike ingabo zayo ziwugarutsemo. Kuva ku Cyumweru tariki ya 18 Mutarama ni bwo ingabo za Leta ya Kinshasa n’abarwanyi ba Wazalendo batangiye kugaruka muri Uvira, nyuma y’uko ingabo z’umutwe wa M23 zari zimaze ukwezi […]

U Rwanda/Maroc: Hatangijwe komite igiye gushyira ubufatanye bwa gisirikare ku rundi rwego

Intumwa zaturutse muri Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda n’Igisirikare cy’u Rwanda ziyobowe na Brig. Gen. Patrick Karuretwa, umuyobozi mukuru ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga mu bya gisirikare, ziri i Rabat, mu Bwami bwa Maroc, kuva ku itariki ya 18 kugeza ku ya 22 Mutarama 2026, aho bitabiriye inama yo gutangiza Komite Ihuriweho y’Ubufatanye bwa Gisirikare (JMCC) hagati y’u […]

Ushinjwa kwica uwari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yakatiwe gufungwa burundu

2022 07 10T121509Z 781204033 RC2P8V9D96MQ RTRMADP 3 JAPAN ABE 1024x741 1

Kuri uyu wa Gatatu urukiko rwo mu Buyapani rwakatiye umugabo wari ukurikiranweho kurasa akica uwahoze ari minisitiri w’intebe, Shinzo Abe, igifungo cya burundu, nyuma y’imyaka irenga itatu ubwo bwicanyi bubaye.   Muri Nyakanga 2022, Tetsuya Yamagami w’imyaka 45 yari yemeye icyaha cyo kwica Abe akoresheje imbunda yakorewe mu rugo n’intoki mu Mujyi wa Nara wo […]

Uvira tuzayisubiramo ku nabi cyangwa ineza: Me Nyarugabo wari kumwe n’ubuyobozi bwa AFC/M23

20260121 095823

Me Moise Nyarugabo wigeze kuba Minisitiri w’Ubukungu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’umusenateri, yatangaje ko byanga bikunze igihe kizagera ingabo za AFC/M23 zigasubira mu mujyi wa Uvira. Nyarugabo yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 20 Ukuboza, ubwo yari kumwe n’itsinda ry’abayobozi ba AFC/M23 bari basuye abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bamaze igihe barahunze […]

Undi muvandimwe wa Corneille Nangaa arafunzwe

G

Umuvandimwe wa Corneille Nangaa, Uyobora AFC/M23, witwa Didier, ni umwe mu bantu bashya bo mu muryango we bakurikiranwe n’ubutabera bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Umuryango wa Corneille Nangaa ku Cyumweru watangaje ko Didier Nangaa ufite ikigo General Mining Corporation (GMC) gicukura amabuye y’agaciro amaze icyumweru afungiye mu biro by’urwego rw’iperereza mu ntara ya Haut-Uélé. […]

Amavubi yazamutse ku rutonde rwa FIFA

Amavubi stars

Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yazamutseho umwanya umwe ku rutonde ngarukakwezi rw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA. Uri rutonde rwasohotse ku wa Mbere tariki ya 19 Mutarama, rwerekana ko Amavubi yageze ku mwanya wa 130 avuye ku wa 131 yariho mu kwezi gushize. Urutonde rushya rwa FIFA rwerekana ko ibihugu byinshi byo ku mugabane wa Afurika byazamutse, […]

Igitero cy’u Burusiya i Kyiv cyasize benshi mu icuraburindi

2025 11 14T142421Z 1388108674 RC2ZVHA8JVSV RTRMADP 3 UKRAINE CRISIS ATTACK KYIV 1024x711 1

Umuyobozi w’akarere Klitschko Igitero cy’Ingabo z’u Burusiya cyasize inyubako 5,635 zose zo guturamo muri Kyiv nta buryo bwo kuzishyushya nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi w’Akarere, Klitschko, kuri telegram. Umuyobozi wa Kyiv yongeyeho ko serivisi z’akarere n’abashinzwe ingufu barimo gukora ibishoboka ngo bagarure ubushyuhe, amazi, n’amashanyarazi mu ngo z’umujyi. Isosiyete y’ingufu, DTEK, yavuze ko abaturage ba Kyiv barenga […]

Lubero: Inyeshyamba za Wazalendo zatwitse ibirindiro bya FARDC

1968716

Ibirindiro by’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) byatwitswe, muri iri joro ryo ku wa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri i Misevere, umudugudu uherereye hafi ya Musienene, hafi y’ishuri ribanza rya Musienene, umurwa mukuru wa Sheferi ya Baswagha (Teritwari ya Lubero), mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko sosiyete sivile i Musienene ibivuga, inkongi […]

Masisi: Wazalendo yakubiswe iz’akabwana nyuma yo kugerageza kwinjira i Bukama

umubano wa wazalendo n ingabo za rdc wajemo igitotsi batangira guhangana 96e34 860x645 1

Mu ijoro ryo kuwa Mbere, rishyira kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Mutarama, mu gace ka Bukama, muri Gurupoma ya Bashali Mukoto, Teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru, habaye imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo, nyuma y’igitero cyagabwe ahitwa Pilote. Amakuru aturuka aha, aravuga ko inyeshyamba za Wazalendo zacengeye muri Bukama ziturutse ahitwa Nyitabiroha, bituma […]

FARDC irigamba kongera kugenzura Uvira 

20260120 111648

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko cyongeye kugenzura umujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko AFC/M23 yari imaze igihe iwugenzura ifashe icyemezo cyo kuwuvamo. FARDC yemeje ibi mu itangazo, yasohoye ku wa Mbere tariki ya 19 Mutarama 2026. Kuri ubu amakuru avuga ko ingabo za AFC/M23 nyuma […]

Ingabo za RDF zatangiye akazi kazijyanye muri Jamaica

G F5DeUWwAAPqhI

Itsinda ry’abahanga mu bwubatsi ry’Ingabo z’u Rwanda (RDF) ku bufatanye n’abahanga mu bwubatsi bo mu Ngabo za Jamaica (JDF), batangije ku mugaragaro ibikorwa byo kongera kubaka muri Montego Bay, muri Paruwasi ya St James. Ibikorwa byatangijwe no kongera kubaka amazu y’abaturage baho yangijwe n’inkubi ikabije y’umuyaga yiswe Melissa, biba intangiriro y’inkunga ifatika y’ubutabazi n’ubwubatsi ku […]

Togo: Lt. Col. Damiba wayoboye Burkina Faso yatawe muri yombi

126960811 mediaitem126960810

Nk’uko amakuru aturuka hafi y’Igisirikare cya Togo abitangaza, ku wa Gatanu, itariki ya 16 Mutarama, nibwo Lt. Col. Damiba yakuwe muri villa ye mu gace ka “Lomé 2” ajyanwa mu rukiko rw’ubujurire. Aha, umucamanza yemeye gushyira mu bikorwa ubusabe bwari bwatanzwe na Burkina Faso bwo gufata Damiba. Icyemezo kikimara gutangwa, bimwe mu bintu bye bwite […]

Gen. Muhoozi warahiriye guca Bobi Wine ubugabo yavuze umubare w’abayoboke be amaze kwica

GridArt 20260120 92222275

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yigambye kwica abayoboke 22 b’ishyaka National Unity Platform rya Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine. Muhoozi yemeje izo mpfu biciye mu ruhererekane rw’ubutumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Ni ubutumwa yibasiyemo bikomeye Bobi Wine uheruka gutsindwa na Perezida Yoweri Kaguta Museveni akanaba se wa Gen. […]

FERWAFA yahannye umusifuzi Jabo wabujije APR FC gutsinda Al-Merrikh

whatsapp image 2026 01 18 at 17.26 21 42476

Komisiyo y’imisifurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri FERWAFA, yahanishije umusifuzi Jabo Aimée Aristote kumara imikino ine adasifura, nyuma yo kwanga igitego cya APR FC cyashoboraga kuyiha intsinzi kuri Al-Merrikh. Uyu musifizi ni we wanze igitego umunya-Ghana Dauda Yussif yatsindiye APR FC Ku munota wa 88 w’umukino, ubwo uriya mukinnyi yatereraga ishoti riremereye inyuma y’urubuga rw’amahina […]

Umwarimu wo muri UR afunzwe akurikiranweho gushukisha amafaranga abana b’abakobwa akabasambanya

rib 36

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Dr Manirakiza Benjamin, umwarimu muri Kaminuza ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga. Uru rwego rwasobanuye ko iperereza ry’ibanze rwakoze rigaragaza ko mu bihe bitandukanye uyu mwarimu “yagiye asambanya abana b’abakobwa batandukanye biga mu mashuri yisumbuye yo mu Karere ka Bugesera abizeza amafaranga.” Dr. Manirakiza ubu afungiye […]

Gen. Muhoozi yahaye Bobi Wine nyirantarengwa yo kuba yishyikirije Polisi

kaine 3 47d7d 1

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yahaye umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine amasaha 48 yo kuba yishyikirije Polisi, atabikora agafatwa nk’inyeshyamba. Uyu musirikare yabitangaje binyuze mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X yari amaze igihe atandikaho. Yagize ati: ” Ku bijyanye na Kabobi (izina akunze kwita Kyagulanyi), umutsinzwi uhoraho, […]

RDC: Umunyapolitiki Seth Kikuni yahunze igihugu mu ibanga rikomeye

20231120131440856209 IMG 20231118 WA0053

Nyuma yo kurambirwa gutotezwa bya hato na hato, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Seth Kikuni, yavuye mu gihugu mu gikorwa bivugwa ko cyateguranywe ubuhanga ndetse n’ubutwari. Itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Mutarama, ritangira rigaruka ku nshuro yatawe muri yombi kuva muri Nzeri 2024, ubwo yafatwaga n’urwego […]

Nduhungirehe ayoboye intumwa z’u Rwanda zitabiriye inama ya WEF yitabiriwe n’abarimo Trump

WhatsApp Image 2025 04 15 at 15.00.10

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, ayoboye intumwa z’u Rwanda zitabiriye inama y’ihuriro mpuzamahanga ku bukungu ya World Economic Forum iri igomba kubera i Davos mu Busuwisi. Ni inama iri kuba ku nshuro ya 56. Ambasade y’u Rwanda mu Busuwisi yatangaje ko mu ntumwa z’u Rwanda zitabiriye iriya nama harimo Minisitiri Nduhungirehe, Minisitiri w’Ikoranabuhanga na […]

Walikale: Drone ya FARDC yateye ibirindiro bya AFC/M23 ku musozi wa Kasopo

DRONE FARDC 1024x565 1

Kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Mutarama 2026, ibirindiro by’inyeshyamba za AFC / M23 ku musozi wa Kasopo, hagati ya Gurupoma za Kisimba na Ikobo, muri Teritwari ya Walikale, muri Kivu y’Amajyaruguru, byagabweho ibitero by’indege na FARDC mu gitondo cya kare. Amakuru aturuka muri Rusamambu, nko mu birometero 4 uvuye aho igitero cyagabwe, drone y’Ingabo […]

Abaturage b’u Bushinwa bakomeje kugabanyuka mu mwaka wa 4 wikurikiranya – Raporo

06a20000 0aff 0242 be87

Nk’uko imibare yashyizwe ahagaragara n’ibiro by’igihugu bishinzwe ibarurishamibare, i Beijing, kuri uyu wa Mbere ibigaragaza, umubare w’abatuye u Bushinwa wagabanutse ku nshuro ya kane yikurikiranya mu 2025 nyuma yuko umubare w’abana bavuka muri iki gihugu ugabanutse kugera ku rwego rwo hasi kuva ibarura ryatangira mu myaka 80 ishize. Mu mwaka ushize, abana miliyoni 7.92 ni […]

Tshisekedi yasesekaye i Davos aho yitabiriye inama ya WEF

G pI1aWQAA00z1 1

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yamaze kugera i Davos mu Busuwisi, aho ari umwe mu bayobozi biyitabiriye inama ngarukamwaka ya 56 y’Ihuriro ry’Ubukungu ku Isi (WEF), iteganijwe guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 19-23 Mutarama 2026. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka ni “Umwuka w’ibiganiro.” Ibinyamakuru bya Congo bivuga ko kwitabira kw’Umukuru w’igihugu […]

FERWAFA yaruciye irarumira ku cyemezo cy’umusifuzi Jabo, yamagana abafana ba APR FC 

whatsapp image 2026 01 18 at 17.26 21 42476

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaganye abafana ba APR FC bagaragaje kutishimira ibyemezo by’abasifuzi bayoboye umukino ikipe yabo yaguyemo miswi na Al-Merrikh, ariko ntibwagira icyo buvuga ku cyemezo cyatumye bakora igisa n’imyigaragambyo. Ku Cyumweru tariki ya 18 Mutarama ni bwo APR FC yaguye miswi 0-0 na Al-Merrikh, mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Stade […]

Pakistan: Inkongi y’umuriro mu isoko yahitanye nibura 11

Untitled design 2026 01 893a45e9ab39e7186d526baaf9549ee4 16x9 1

Mu mpera z’iki cyumweru gishize inkongi y’umuriro ikabije yadutse mu isoko rya kijyambere ryo mu mujyi munini wa Pakisitani, Karachi,  yibasiye inzu z’ubucuruzi, ihitana byibuze abantu 11. Kuri uyu wa Mbere, ubushakashatsi bwatangiye gushakisha abantu barenga 60 baburiwe irengero mu gihe abashinzwe gutabara bakuye imirambo myinshi mu nyubako mu ijoro ryakeye. Inkongi y’umuriro mu nyubako […]

Ishimwe rya Perezida Kagame kuri Sénégal yatwaye CAN

260118 senegal afcon rc 740p 3c0bd8

Perezida Paul Kagame yashimiye ikipe y’Igihugu ya Sénégal, nyuma yo gutwara Igikombe cya Afurika itsinze ku mukino wa nyuma Maroc. Igitego cyo ku munota wa 94 w’umukino cya Pape Gueye cyari gihagije ngo Les Lions de la Téranga yegukane CAN ya 2026, nyuma yo gutsinda Les Lions de l’Atlas igitego 1-0. Cyari igikombe cya kabiri […]

Perezida Kagame yashimiye Museveni 

kagame museveni uganda 1

Perezida Paul Kagame yashimiye mugenzi we Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora igihugu cye muri manda ya karindwi. Umukuru w’Igihugu yageneye mugenzi we wa Uganda ubutumwa bumushimira abinyujije ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Ndagushimira Perezida Yoweri Kaguta Museveni ku bwo kongera gutorwa nka Perezida wa Repubulika ya Uganda. Ndakwifuriza […]

Perezida wa Senegal yatangaje ikiruhuko mu gihugu nyuma yo gutwara CAN 2025

1768799205688IMG 1751

Perezida wa Senegal, Bassirou Diomaye Faye, yatangaje ko mu gihugu hose hatanzwe ikiruhuko mu rwego rwo kwishimira intsinzi y’ikipe y’igihugu yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 (CAN 2025) cyabereye muri Maroc. Umukino wa nyuma wabereye kuri Prince Moulay Abdellah Stadium warangiye Senegal itsinze Maroc igitego 1-0, cyatsinzwe na Pape Gueye ku munota wa 94, nyuma yo […]

Uvira: Nyuma yo kugenda kwa AFC/M23 Abatutsi batangiye kumeneshwa

G 8KPAYWgAAwkp1

Inzu z’Abatutsi mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, zagabweho ibitero n’abaturage, bayobowe n’abarwanyi ba Wazalendo basubiye muri uyu mujyi basahura buri kintu cyane cyane mu nzu z’Abatutsi. Muri iyo videwo ikomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga hagaragaramo abantu bari gusahura mu rugo rumwe, abandi bavuza induru bati: “Ntihagire ikintu na kimwe musiga muri […]

Kinshasa: Gen. Bolingo Matani wa FARDC yatawe muri yombi

bolingo matani officier 26 jpg 711 473 1

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), umusirikare mukuru, Gen. Bolingo Matani, wungirije General Tshibangu uyobora Akarere ka 21 ka Gisirikare gafite icyicaro muri Kasai-Oriental, yafatiwe i Kinshasa akekwaho ubufatanyacyaha n’ubugambanyi, hashingiwe ku bwenegihugu bwe ngo bushidikanywaho. Nk’uko igitangazamakuru Mbuji-Maji Maville cyatangaje aya makuru kibitangaza, ngo ifatwa ry’uyu musirikare ryaje mu rwego rw’iperereza rigikomeje bivugwa […]

Lomé: Minisitiri Nduhungirehe yitabiriye inama yo ku rwego rwo hejuru kuri RDC

G 4r78sWsAEoAS3

Kuri uyu wa Gatandatu, iitariki 17 Mutarama, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yitabiriye,  i Lomé, inama yo mu rwego rwo hejuru ishimangira ubufatanye no gushimangira inzira y’amahoro iyobowe na Afurika muri Repubulika ya emokarasi ya Congo no mu Karere k’Ibiyaga Bigari, iyobowe na Faure Essozimna Gnassingbé, Perezida wa Togo. Mu ijambo rye, Minisitiri Nduhungirehe yashimangiye […]

Lubero: Drones za FARDC zibasiye ibirindiro bya AFC/M23

rdc drone

Indege z’intambara zitagira abaderava z’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’ubutegetsi bwa Kinshasa zateye ibirindiro bitandukanye bya AFC/M23 muri Lubero, mu burengerazuba bwa Repulika ya Demokarasi ya Congo. Amakuru agera kuri Kivu Morning Post dukesha yi nkuru, avuga ko drones z’Igisirikare cya Congo, FARDC, zagabye ibyo bitero mu gitondo cya kare kuri iki Cyumweru, iitariki 18 […]

Kicukiro: Umusore w’imyaka 23 akurikiranweho gusambanya itungo

csm NYARUGENGE 122321pdf 148e083f4c

Ubushinjacyaha ku Rwego rw’ Ibanze rwa Kicukiro bukurikiranye umusore w’imyaka 23 ukora akazi k’ubushumba ukekwaho gukora igikorwa gishingiye ku gitsina ku nyamaswa.  Icyaha akurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 31 Ukuboza 2025 mu Kagari ka Muyange, Umurenge wa Kagarama mu Karere ka Kicukiro ubwo uregwa yahengeraga bwije akurira ikiraro agasambanya inka. Yafatiwe mu cyuho na sebuja wari […]

Trump yakangishije imisoro inshuti kubera kwanga ko afata Greenland

20250223 macron trump starmer split

Iterabwoba rya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ryo gushyiraho imisoro mishya ku bafatanyabikorwa umunani batavuga rumwe n’ubutegetsi bwe ku bijyanye no gufata Greenland ryamaganwe n’abayobozi b’u Burayi.   Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ko iki cyemezo “kitari cyo rwose”, mu gihe Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko “bitemewe”. […]

RDC: Inzego z’umutekano zafashe Visi Perezida wa PPRD ya Kabila

FB IMG 1740518775680 1

Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira kuri iki Cyumweru, abashinzwe umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bataye muri yombi Aubin Minaku, Visi Perezida w’ishyaka Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie (PPRD), ryahoze ari ishyaka riri ku butegetsi riyobowe na Joseph Kabila.   Iki gikorwa cyabereye mu rugo rwe bwite i Kinshasa, […]

Amafoto: Kagame mu bayobozi bifatanyije na Doumbouya warahiriye manda ya mbere

G 4fnzbXEAAqa9s 1

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ni umwe mu bakuru b’ibihugu na za guverinoma benshi bo muri Afurika bifatanyije na mugenzi wabo, Mamadi Doumbouya, warahiriye manda ye ya mbere nka Perezida wa Guinea. Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 17 Mutarama 2026, kuri Stade Général Lansana Conté i Conakry, Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo kurahira kwa […]

Musanze: Akarere kahakanye amakuru yavugaga ko Bikira Mariya yabonekeye mu giti

IMG 20260117 WA0006

Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bwanyomoje byimazeyo amakuru yari yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko habaye ibonekerwa rya Bikira Mariya Nyina wa Yesu mu giti giherereye muri aka karere. Aya makuru yatangiye gusakazwa ku gicamunsi cyo ku wa 17 Mutarama 2026, bituma abaturage benshi bahurura bajya kureba igiti giherereye mu Murenge wa Gataraga, bakeka ko cyagaragayemo […]

Museveni yatorewe kuyobora Uganda muri manda ya 7

G tC3m6XYAAVkRXf e7659ad4 6cf73

Komisiyo y’amatora muri Uganda, yatangaje ko Yoweri Kaguta Museveni wari usanzwe ari Perezida w’iki gihugu yongeye gutorerwa kukiyobora, nyuma yo gutsinda amatora yabaye ku wa Kane w’iki cyumweru. Museveni yatsinze amatora ku majwi 71.65%. Ni nyuma yo gutorwa n’ababarirwa muri 7,946,772. Uyu mukambwe w’imyaka 81 y’amavuko usanzwe ari Perezida wa Uganda kuva mu 1986, yahigitse […]

Ndayishimiye yasabye ko ingabo za MONUSCO zashyirwa ku mipaka y’u Rwanda 

20251026092449000000 1

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatanze icyifuzo cy’uko Ingabo ziri mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zashyirwa ku mipaka y’u Rwanda, kugira ngo rugire icyizere cy’uko rutazaterwa. Uyu mugabo yatanze iki cyifuzo ku wa Kane tariki ya 15 Mutarama, mu ijambo yagejeje ku badipolomate bahagarariye ibihugu n’imiryango itandukanye […]

Bobi Wine yanyomoje amakuru yavugaga ko yatawe muri yombi

20260116 234448

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine, yanyomoje amakuru yavugaga ko yaraye atawe muri yombi n’igisirikare cya Uganda gikoresheje kajugujugu. Amakuru y’ifatwa rya Bobi Wine yari yatangajwe n’ishyaka rye rya NUP, mu butumwa ryari ryanditse ku rubuga rwarwo rwa X. Ryari ryavuze ko “Kajugujugu ya gisirikare yaguye mu mbuga ya Perezida Bobi Wine, imufata […]

Myugariro w’Amavubi agiye kurongora umugore babyaranye gatatu

finished 2025 with my soon to be mrs kavita love our life of adventure krikri marie and i 1 15a9c

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Phanuel Kavita, yatanze amarenga akomeye y’uko ari hafi kurushinga na Kristin Saunders, umufasha we bafitanye abana batatu. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, Kavita yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza urukundo rudasanzwe afitiye Kristin Saunders, anahamya ko mu gihe cya vuba bazaba umwe. Yavuze […]

iShowSpeed yahuye n’uruvagusenya muri Egiputa

20260117 091005

Kimenyabose mu gukora live kuri YouTube, iShowSpeed yahuye n’uruvagusenya muri Egiputa ubwo live ye yasibwaga kubera gukoresha ibihangano by’abandi. Nyuma y’uko live ye isibwe akimara kuyikora, uyu musore yatangaje ukuri ku byabaye kuri livestream ye yakoze i Cairo mu Misiri, yasibwe kuri YouTube. Ibi yabivugiye mu kiganiro cye cya Sahara stream yari arimo akorera muri […]

Impamvu agace ka Point-Zéro Twirwaneho yirukanyemo ingabo z’u Burundi ari ingenzi cyane 

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho wiyemeje kurengera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama wigaruriye agace ka Point-Zéro gaherereye muri Teritwari ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Abarwanyi b’uyu mutwe bigaruriye kariya gace, nyuma yo kukirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Congo Kinshasa zirimo FARDC, Ingabo z’u Burundi, abarwanyi ba Wazalendo […]

Senegal yagaragaje impungenge zikomeye mbere ya Final ya AFCON 2025

b25l1sm0758

Ikipe y’igihugu ya Senegal yagaragaje impungenge zikomeye ku myiteguro ya Final y’Igikombe cya Afurika cya 2025 (AFCON 2025), aho yagarutse ku bibazo by’umutekano, amacumbi, imyitozo n’itangwa ry’amatike. Ibi byatangajwe mu itangazo rikakaye ryasohowe ku wa Gatandatu n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Senegal (FSF), rivuga ko ryafashe icyemezo cyo kuvuga ku mugaragaro “mu rwego rwo gukorera mu […]