FARDC ivuga ko yavumbuye ubuhisho bw’intwaro z’umutwe wa Lubanga

Ku Cyumweru, itariki ya 26 Ukwakira 2025, i Mabanga, agace kari mu Murenge wa Mambisa muri Teritwari ya Djugu, Intara ya Ituri, havumbuwe ubuhisho bw’intwaro z’umutwe w’inyeshyamba wa CRP / Zaire, aho bivugwa ko zavumbuwe n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). Nk’uko byatangajwe na Lieutenant Jules Ngongo, umuvugizi w’ishami rishinzwe ibikorwa by’ingabo muri […]
Ba perezida Kagame na Ndayishimiye batumiwe mu nama izabera i Paris ku mahoro

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 30 Ukwakira, i Paris, mu murwa mukuru w’u Bufaransa, hategerejwe inama yo gushyigikira amahoro n’iterambere mu karere k’Ibiyaga Bigari bivugwa ko yanatumiwemo na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye. Iyi nama yateguwe ku bufatanye bwa hafi na Togo, umuhuza w’Umuryango wa Afurika Yunze […]
Washington: Minisitiri w’Intebe yashimangiye intego ikomeye u Rwanda rufite mu kurengera ibidukikije

Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, mu ijoro ryakeye i Washinton yifatanyije n’abayobozi bo ku rwego mpuzamahanga, barimo Perezida Daniel Chapo wa Mozambique, Visi Perezida Esperança da Costa wa Angola, hamwe n’abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu birori by’umusangiro bya ICCF International Conservation Gala by’umwaka wa 2025. Mu ijambo rye, Minisitiri […]
Nyanza: Ubushinjacyaha bukurikiranye ushinjwa kwica nyina

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umusore w’imyaka 33 ukekwaho kuba ku itariki ya 22 Ukwakira 2025 saa moya z’ijoro yarishe nyina umubyara w’imyaka 65 amukubise umuhoro mu mutwe amuhora ko yanze kumwubakira inzu. Icyaha uregwa akurikiranweho bivugwa ko cyakorewe mu rugo aho batuye mu Mudugudu wa Kanyinya, Akagari ka Mututu, Umurenge wa Kibirizi, […]
Kera kabaye u Burundi bwashyikirije u Rwanda umurambo wa Musirikare warohamye mu Rusizi

Ubutegetsi bw’u Burundi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Ukwakira, bwashyikirije u Rwanda umurambo w’umusore witwa Musirikare Obed waherukaga kurohama mu ruzi rwa Rusizi bikarangira ujyanwe i Bujumbura. Mu Cyumweru gishize ni bwo uyu musore wari ufite imyaka 31 y’amavuko yarohamye mu Rusizi, ubwo yari yagiye koga. Ku wa 24 Ukwakira ubuyobozi bwa Zone […]
Hamenyekanye ibice M23 iteganya koherezamo ingabo zayo nshya 17,000

Umutwe wa AFC/M23 urateganya kohereza abasirikare bashya wungutse mu mezi make ashize ku rugamba, mu rwego rwo kwagura ibice byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ugenzura. Mu mezi abiri ashize ni bwo uyu mutwe wungutse abasirikare bashya babarirwa mu 17,000 basoje imyitozo mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo ndetse n’icya Tchanzu. Umugaba […]
FERWAFA yateye utwatsi APR FC

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryasesenguye neza ubusabe bw’ikipe ya APR FC yasabaga gusuzuma imisifurire mu mukino wayihuje na Kiyovu Sports ku wa 25 Ukwakira 2025, ariko risanga umusifuzi yarafashe ibyemezo bikwiye mu mukino. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 29 Ukwakira 2025, FERWAFA yavuze ko Komisiyo ishinzwe imisifurire yasuzumye amashusho […]
Bujumbura: Yabyaye umuhungu muzima, bamuha umukobwa wapfuye

Mu mujyi wa Bujumbura, inkuru ibabaje yaturutse mu bitaro bya Roi Khaled, aho umubyeyi yabyaye umuhungu muzima, ariko aza guhabwa umukobwa wapfuye kubera uburangare bw’abaganga. Ibi byabaye ku wa 28/10/2025, bikaba byateje urujijo n’imvururu mu bitaro. Amakuru aturuka ahabereye ibi avuga ko ku wa 26 Ukwakira, ababyeyi babiri babyariye rimwe umwe abyara umwana w’umuhungu n’undi […]
Brazil: Umukwabu wo guhashya abagizi ba nabi mu murwa mukuru wiciwemo 64

Abantu 60 bakekwaho ibyaha n’abapolisi bane baguye mu mukwabu udasanzwe mu duce dukennye dutuwe cyane (favelas) dukunze kugaragaramo udutsiko tw’abagizi ba nabi two mu murwa mukuru wa Brazil, Rio de Janeiro. Uyu mujyi ugiye kwakira ibirori bikomeye bijyanye n’inama mpuzamahanga ku mihindagurikire y’ikirere ya COP30 nk’uko bitangazwa na Radio y’Abadage, Deutsche Welle. Kuri uyu wa […]
Huye: Hapfundikiwe urubanza rw’umugabo w’imyaka 59 ushinjwa gusambanya umwana w’imyaka 6

Mu cyumba cy’iburanisha cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Huye kuwa 27 Ukwakira, haburanishirijwe urubanza ubushinjacyaha buregamo umugabo w’imyaka 59 ukurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 6 y’amavuko. Icyaha akurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 20/05/2025 sa mbiri z’ijoro mu Mudugudu wa Gihama, Akagari ka Mbuye, Umurenge wa Kibilizi, Akarere ka Nyanza ubwo yari amusigaranye nyina agiye guhaha. Mu iburanisha, uregwa […]
Umusirikarekazi wa FARDC mu mazi abira nyuma yo gukora ‘Save the Date’ yambaye umwambaro w’akazi

Umusirikarekazi wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), ari mu mazi abira nyuma yo gushyira hanze ifoto imugaragaza ahoberana n’umukunzi we. Ku wa Gatanu tariki ya 24 Ukwakira ni bwo Adjudant Sarah Ebabi Ebadjara yatawe muri yombi, mbere yo gushyikirizwa ubushinjacyaha bwa gisirikare. Ku wa Kabiri tariki ya 28 Ukwakira ubu bushinjacyaha […]
FDNB yamuritse imodoka ya gisirikare yakoze

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), ku wa Mbere tariki ya 27 Ukwakira cyamuritse imodoka ya gisirikare giheruka gukora. Minisitiri w’Ingabo z’u Burundi, Chantal Nijimbere ndetse n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen. Prime Niyongabo ni bo batashye iyi modoka. Ifoto y’iyi modoka nto yo mu bwoko bwa Pickup ikomeje guhererekanywa ku mbuga nkoranyambaga, yashyizwe hanze bwa mbere […]
Minisiteri ya Siporo igiye gufasha umwana ufite ubumuga wagaragaye akina umupira

Mu Karere ka Gatsibo, amashusho y’umwana w’umunyeshuri ufite ubumuga arimo gukina umupira w’amaguru hamwe n’abandi bana kuri GS Kiramuruzi yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, ashimisha benshi kandi akora ku mitima ya benshi. Uyu mwana, nubwo afite ubumuga bw’ukuguru n’ukuboko, yagaragaye yishimye kandi afite ishyaka rikomeye mu gukina umupira, ibintu byatumye benshi bamufata nk’intwari yerekanye ko […]
Impamvu FARDC ikomeje gusuka amabombe kuri M23 ikoresheje za CH-4

Umutwe wa AFC/M23 ukomeje gushinja Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kurasa mu duce ugenzura zikoresheje za drone z’intambara zo mu bwoko bwa CH-4. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Ukwakira, umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko mu ma saa cyenda z’igicuku Ingabo za Leta zakoresheje drone zikarasa “mu […]
Riyadh: Perezida Kagame yifatanyije n’abandi mu kiganiro ku kiguzi nyacyo cy’umutekano w’ubukungu

Kuri uyu wa Kabiri nyuma ya saa sita, Perezida Paul Kagame yifatanyije n’abandi bakuru b’ibihugu mu kiganiro ku kibazo kigira kiti: “Ni ikihe kiguzi nyacyo cy’umutekano w’ubukungu?” Perezida Kagame ari i Riyadh muri Arabia Saoudite, aho yitabiriye inama mpuzamahanga ya Cyenda yiga ku ishoramari n’iterambere ya Future Investment Initiative (FII9). Umukuru w’Igihugu yashimangiye akamaro ko […]
Rusizi: U Burundi bwimanye umurambo w’umunyarwanda ku itegeko rivuye ibukuru

Mu karere ka Rusizi, umurenge wa Bugarama, haravugwa inkuru y’umusore witwa Musirikare Obed waguye mu mugezi wa Rusizi umurambo we ukaza kujyanwa mu Burundi, gusa birangira ubuyobozi bukuru bw’iki gihugu butegetse ko utagomba gukurwa ku mupaka wa Ruhwa aho wari uri ngo uhabwe ba nyiri umuntu. Musirikare w’imyaka 31 y’amavuko, yari umukinnyi w’umupira ndetse akaba […]
Kenya: Impanuka y’indege itwaye ba mukerarugendo yahitanye abantu 11

Indege ntoya ya Cessna Caravan yari itwaye ba mukerarugendo 10 b’abanyamahanga parike y’igihugu cya Kenya ya Maasai Mara yaguye mu misozi y’amashyamba yo mu karere ka Kwale ku nkombe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri. Ikigo cy’indege za gisivili (KCAA) cyemeje ko “Indege yari irimo abantu 11” nk’uko inkuru dukesha Deutsche Welle ivuga. Ushinzwe […]
Umwana wa Nyuma w’Umwami Yuhi V Musinga yapfuye

Igikomangoma Spéciose Mukabayojo, umukobwa w’Umwami w’u Rwanda wagiyeho, Yuhi V Musinga, yatabarutse afite imyaka 93, nk’uko byemejwe n’abo mu muryango we. Yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa Mbere mu bitaro byo i Nairobi muri Kenya, aho yari atuye. Umuryango we watangaje ko impamvu y’urupfu rwe yari indwara n’izabukuru. Igikomangoma Mukabayojo aheruka kugaragara mu ruhame […]
AFC/M23 yahishuye impamvu nyamukuru Ndayishimiye akomeje kwijandika mu ntambara yo muri RDC

Umutwe wa AFC/M23 wagaragaje ko impamvu u Burundi bukomeje gushora imbaraga zabwo zose mu ntambara ya RDC idafite aho ihuriye n’amasezerano y’ubufatanye mu by’umutekano buvuga ko bwasinyanye na Kinshasa, ko ahubwo ari ukubera ibirombe by’amabuye y’agaciro bwemerewe. AFC/M23 mu nyandiko yanyujije ku rubuga rwayo rwa X yagaragaje ko “u Burundi bwa Évariste Ndayishimiye bumaze igihe […]
Tokyo: Uwishe uwari minisitiri w’intebe yemeye icyaha ku munsi wa mbere w’urubanza

Umugabo ushinjwa kwica uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe, yemeye icyaha ku munsi wa mbere w’urubanza rwe. Nk’uko ibitangazamakuru byo mu Buyapani bibitangaza, Tetsuya Yamagami w’imyaka 45, yabwiye urukiko mu murwa mukuru, Tokyo, ko ibyo ashinjwa “byose ari ukuri”. Yamagami yakoresheje imbunda yikoreye mu rugo kugira ngo arase Abe igihe yari mu gikorwa […]
Abanyekongo 800 birukanwe mu buryo bubi muri Angola

Ku Cyumweru, itariki 27 Ukwakira, abaturage 800 b’Abanyekongo birukanwe muri Angola boherezwa iwabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu buryo byavuzwe ko atari ubwa kimuntu n’abashinzwe isuku n’ubuzima ku mipaka (CHSF). Nk’uko byatangajwe na Dr. Émile Mbikyo, umuhuzabikorwa w’ubuhuzabikorwa bw’isuku n’ubuzima ku mipaka, ngo abo bantu birukanwe “nta nteguza cyangwa ubufasha,” barunzwe mu gikamyo […]
Ibitangaje kuri sitade igiye kubakwa mu kirere cya Arabie Saoudite

Mu gihugu cya Arabie Saoudite, hatangajwe umushinga mushya utangaje cyane, wo kubaka stade ya mbere ku isi izaba iri hejuru mu kirere. Iyi stade izwi ku izina rya NEOM Sky Stadium, izaba igice cy’umushinga mugari wa NEOM, umujyi w’igihe kizaza wubakwa mu butayu bwa Saoudite. Umushinga wa NEOM ni umwe mu mishinga minini y’iterambere yashyizweho […]
Gatumba: Ba major 2 bakorera ku mupaka w’u Burundi na RDC barafunzwe

Umuyobozi wa sitasiyo ya polisi ya Gatumba, ku mupaka w’u Burundi na DRC, Major Sylvestre Nshimirimana, n’umwungirije, Priscille Ndayisenga, bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Bujumbura (umurwa mukuru w’ubukungu) izwi ku izina rya Mpimba, kuva ku wa Gatatu, itariki 22 Ukwakira 2025. Abandi bapolisi batatu na bo bafunzwe muri dosiye imwe. Nk’uko amakuru aturuka mu begereye […]
I Doha M23 yeruye ko idashobora kuva muri Goma na Bukavu

Umutwe wa AFC/M23 wongeye kwerurira Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko udateze kuva mu mijyi ya Goma na Bukavu umaze amezi menshi ugenzura. AFC/M23 yabitangarije i Doha muri Qatar, aho imaze igihe igiranira ibiganiro na Leta ya Kinshasa. Amakuru avuga ko mu cyumweru gishize impande zombi zohererejwe umushinga mushya w’amasezerano yerekeye ku “gusubizaho […]
Nyiri “Be One Gin” arafunzwe

Habumugisha Jean Paul, nyir’uruganda Roots Investment Group rukora inzoga zizwi nka Be One Gin, yatawe muri yombi, kandi dosiye ye yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha. Amakuru y’itabwa muri yombi rye yamenyekanye nyuma y’iminsi havugwa ko yafashwe mu gihe cya operasiyo Usalama XI yabaye hagati ya tariki ya 15 na 17 Ukwakira 2025. Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. […]
Dani Alves yakijijwe nyuma yo kuva muri gereza

Umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru, Dani Alves, wahoze akinira FC Barcelona na Brezili, yongeye kugaragara mu ruhame ariko mu buryo butandukanye cyane n’ubwo abantu bamumenyeyemo. Nyuma y’imyaka y’amakuba no gufungwa, Alves aravuga ko yakijijwe kandi ubu yabaye “umwigishwa wa Yesu Kristo.” Ku myaka 42, Dani Alves yavuze ubuhamya bwe mu rusengero rwa Elim Girona Church, […]
Walikale: Ibirindiro bya M23 bikomeje kwibasirwa n’indege

Inyeshyamba za AFC / M23 zagabweho igitero gishya n’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) muri Teritwari ya Walikale. Ibirindiro byabo biherereye ahitwa Muhanga / Burubi, hafi ya Kashebere, muri Gurupoma ya Luberike, byagabweho igitero mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Ukwakira, na drone ya FARDC. […]
Maj. Gen Kagame yakiriye abasirikare ba RDF basoje ubutumwa i Cabo Delgado

Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, Maj Gen Alexis Kagame ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa, CP Vincent B Sano, ku wa Mbere tariki ya 27 Ukwakira bakiriye Inzego z’umutekano z’u Rwanda zari zimaze umwaka zikora ibikorwa byo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Ingabo n’Abapolisi bagize Inzego z’umutekano z’u […]
Ouattara yongeye gutorerwa kuyobora Cote d’Ivoire muri manda ya 4

Kuri uyu wa Mbere, komisiyo y’amatora yatangaje ko Perezida wa Cote d’Ivoire, Alassane Ouattara yatsindiye manda ya kane mu byavuye mu matora by’agateganyo. Ku majwi arenga 89.7%, uyu mugabo w’imyaka 83 yiteguye kongera igihe amaze ku butegetsi imyaka hafi makumyabiri. Abantu babiri bakomeye bari guhangana na Ouattara, Tidjane Thiam wahoze ari umuyobozi wa Credit Suisse, […]
Ubufaransa: Umugabo w’Umunyarwanda yishe umugore we amuteye icyuma

Mu Bufaransa, mu mujyi wa Saint-Priest wo mu ntara ya Rhône, habereye urupfu rubabaje ku cyumweru tariki ya 26 Ukwakira 2025, ubwo umugabo w’Umunyarwanda w’imyaka 39 yishe umugore we w’imyaka 35 amuteye icyuma mu ijosi. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Le Parisien, ubwo icyaha cyabaga, abana batatu b’uyu muryango bari baryamye, abo bana bafite imyaka 6, 9, […]
U Rwanda na Somalia byiyemeje gushimangira ubufatanye mu nzego zitandukanye

Kuri uyu wa Mbere, itariki 27 Ukwakira 2025, Hon. Olivier J.P. Nduhungirehe, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga w’u Rwanda, yakiriye Abdisalam Abdi Ali, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga wa Repubulika ya Somalia, uri i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Abaminisitiri bombi bongeye gushimangira ko umubano hagati y’u Rwanda na Repubulika y’igihugu cya Somalia ushingiye […]
Perezida Kagame ari i Riyadh

Perezida Paul Kagame yageze i Riyadh muri Arabie Saudite, aho yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ishoramari n’iterambere izwi nka Future Investment Initiative (FII9). Ni inama igomba kumara iminsi itatu. Biteganyijwe ko u munsi wa mbere w’iyi nama, Umukuru w’Igihugu azaganira na bagenzi be barimo Perezida wa Guyana, uwa Colombia, uwa Bulgaria n’uwa Albania. Ni biganiro […]
Green Party irishimira ko ntaho ikijya ngo iterwe imijugujugu

Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, burashima inzego bwite za Leta ku kuba ntaho iri shyaka rijya ngo riterwe imijugujugu nk’uko byagiye biba mu bihe byashize. Mbere y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Nyakanga 2024, ishyaka Green Party ryakunze kunenga ko hari uturere ryagiye rijya gukoreramo ibikorwa byaryo, bikarangira rihutajwe n’inzego z’ubuyobozi. Nko […]
Imirwano mu igororero rya Nyamasheke hagati y’abagororwa n’abacungagereza yahoshejwe n’amasasu

Ku wa 26 Ukwakira 2025, mu Igororero rya Nyamasheke habaye imyigaragambyo y’itsinda rito ry’abagororwa, aho bivugwa ko habayeho gushyamirana gukomeye hagati y’abagororwa n’abacungagereza. Amakuru atangwa n’abaturage batuye hafi y’igororero avuga ko ibyo byabaye mu gitondo, ubwo Umuyobozi w’igororero yari aje gukora ibarura ry’abagororwa. Gusa, abandi bakozi ba Rwanda Correctional Service (RCS) ngo bahise batangira gusaka […]
U Burusiya bwagerageje igisasu cya kirimbuzi cyagera aho ari ho hose ku Isi

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, avuga ko igihugu cye cyagerageje cruise missile ishobora gutwara igisasu cya kirimbuzi, bise Burevestnik, ibasha guca ku bwirinzi butandukanye kandi ikaguma mu kirere igihe kirekire igenda intera y’ibirometero ibihumbi. Mu ijambo rye yashyize ahagaragara ku Cyumweru, Perezida Vladimir Putin yatangaje ko u Burusiya bwagerageje misile nshya ikoresha ingufu za […]
Perezida umaze igihe kinini ku butegetsi yongeye gutsinda amatora bidasubirwaho

Perezida wa Cameroun, Paul Biya, wayoboye igihugu kuva mu 1982, yongeye gutorwa nk’umukuru w’igihugu, nk’uko byatangajwe n’Urukiko rushinzwe amatora. Nk’uko byasohotse kuri uyu wa mbere, Urukiko rwemeje ko Biya w’imyaka 92 yabonye amajwi 53.66%, mu gihe umukandida w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Issa Tchiroma, yabonye 35.19%. Tchiroma, wahoze ari umuvugizi wa guverinoma ndetse n’umuminisitiri, yari yatangaje […]
Inkongi y’umuriro yahitanye abantu 14 i Bukavu

Abantu 14 basize ubuzima mu nkongi y’umuriro yadutse mu ijoro ryo ku Cyumweru, rishyira kuri uyu wa Mbere, itariki ya 27 Ukwakira, mu Mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, umubare w’abapfuye n’agateganyo. Amakuru amwe avuga ko ibyago byabereye hafi y’itorero rya Funu Nuru, kuri Avenue Maendeleo, […]
Nduhungirehe yanenze indimi ebyiri z’abayobozi ba Congo ku kibazo cya FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko abayobozi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bakomeje kurangwa n’indimi ebyiri ku kibazo cy’inyeshyamba z’Abanyarwanda zo mu mutwe wa FDLR Leta y’u Rwanda ivuga ko washinzwe n’abasize bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho usanga bamwe bemeza ko FDLR itakibaho, ariko abandi bakabavuguruza bagaragaza […]
Padiri w’Umubiligi wigishaga mu iseminari ya Karubanda yapfuye

Abbé Claude Talbot, umupadiri ukomoka mu gihugu cy’u Bubiligi, wari umaze imyaka isaga 58 akorera Imana mu Rwanda, yapfuye ku Cyumweru tariki ya 26 Ukwakira 2025, azize uburwayi. Urupfu rwemejwe n’ubuyobozi bwa Seminari nto ya Karubanda Virgo Fidelis yo muri Diyosezi ya Butare, aho yakoreye igihe kirekire nk’umurezi. Abbé Talbot yari umwe mu bapadiri b’inararibonye […]
Burundi: Mu minsi 2 mu Ruzi rwa Rusizi hamaze kuboneka imirambo 3 y’abantu batazwi

Mu Ruzi rwa Rusizi rutandukanya u Burundi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu gihe cy’iminsi ibiri, hamaze kuboneka imirambo itatu muri Zone ya Buganda, Komini ya Bukinanyana, Intara ya Bujumbura. Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko bataramenya umuntu n’umwe mu bahohotewe cyangwa ngo bamenye neza uko bapfuye. Iki kibazo giteye impungenge cyane mu baturage baho. […]
Perezida wa Namibiya yirukanye minisitiri ahita akomeza inshingano yakoraga

Perezida wa Namibiya, Netumbo Nandi-Ndaitwah, yakuye Natangwe Ithete ku mirimo ye nka Visi-Perezida wa Guverinoma ndetse na Minisitiri w’Inganda, Amabuye y’Agaciro n’Energi, maze ahita afata izo nshingano zo kuyobora iyo minisiteri ubwe. Mu itangazo ryasohowe n’ibiro bya Perezidansi ku Cyumweru, Perezida yavuze ko iki cyemezo gifashwe “mu nyungu zo gukomeza ibikorwa neza no gushyira hamwe […]
Sudani: RSF iremeza ko yafashe Umujyi wa El Fasher wose

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 26 Ukuboza, Ingabo z’Umutwe wa Rapid Support Forces uyoborwa na Gen. Hemedti zatangaje ko babanje kwigarurira icyicaro gikuru cy’ingabo muri El Fasher, mu majyaruguru ya Darfur, hanyuma bafata n’umujyi. El Fasher yafatwaga nk’indiri ya nyuma y’Ingabo za Leta ya Sudani mu karere, yari imaze amezi icumi igoswe n’Ingabo za RSF. […]
U Burusiya bwahaye Uganda intwaro z’arenga Frw miliyari 76

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yatangaje ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bifite agaciro ka $ miliyoni 53 (Frw miliyari 76). Perezida Museveni ubwe ni we wakiriye biriya bikoresho ku Cyumweru tariki ya 26 Ukwakira, nk’uko yabyemeje my butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X. Ati: “Nakiriye ibikoresho bifite agaciro ka […]
Musenyeri Faustin Ngabu yapfuye, M23 na Tshisekedi bashengurwa n’urupfu rwe

Faustin Ngabu wari Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Goma mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uri mu kiruhuko cy’izabukuru, yitabye Imana ku myaka 90 y’amavuko. Uyu mushumba wabaye Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika bo muri Congo Kinshasa (CENCO) hagati ya 1994 na 2002, yavuyemo umwuka ku Cyumweru tariki ya 26 Ukwakira aguye mu bitaro […]
Fizi: Imirwano hagati y’imitwe 2 ya wazalendo yiciwemo bane

Nibura abantu bane bishwe ndetse ibintu byinshi by’agaciro birangirika mu mirwano yabereye i Misisi na Lulimba, muri Teritwari ya Fizi (Kivu y’Amajyepfo), hagati y’imitwe ibiri ya Wazalendo: CNCCP ya Yakutumba na FABB ya Ngoma Nzito. Nk’uko imiryango itegamiye kuri Leta ibivuga, iyi mirwano ikaze yadutse mu midugudu myinshi yo mu murenge wa Ngandja, yangiza ibintu […]
Mu rusengero ni ho bavuga ko iyo ukubiswe urushyi ku itama ry’ibumoso, utanga n’itama ry’iburyo – Gen. Ekenge

“Ariko ntabwo turi mu rusengero. Mu rusengero ni ho bavuga ko uramutse ukubiswe urushyi ku itama ry’ibumoso, utanga n’itama ry’iburyo. Ntidushobora gukomeza kurebera iteka ibitero n’ubushotoranyi ntacyo dukora”, ibi ni bimwe mu byatangajwe n’Umuvugizi w’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen. Major Sylvain Ekenge mu kiganiro cyihariye yagiranye na Deutsche Welle kuwa Gatanu. […]
Sudani: Inyeshyamba za RSF zafashe icyicaro cy’ingabo za leta muri Al Fashir

Kuri iki Cyumweru, abarwanyi b’umutwe wa Rapid Support Forces batangaje ko bafashe icyicaro gikuru cy’ingabo mu Mujyi wa al-Fashir, ahari ibirindiro bya nyuma by’Ingabo za Sudani mu karere ka Darfur mu burengerazuba bw’igihugu. Igisirikare nticyahise gitanga ibisobanuro ku hantu ubu giherereye. RSF yagose uyu mujyi, umurwa mukuru wa Leta ya Darfur y’Amajyaruguru, mu mezi 18 […]
Cabo Delgado: Total Energies yemeje ko igiye gusubukura gucukura gaz
Sosiyete TotalEnergies yemeje kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 25 Ukwakira, isubukurwa ry’umushinga wayo wo gucukura gaz mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambike. N’ubwo mu majyaruguru y’igihugu hakomeje kuba impungenge z’ibitero by’abajihadiste, perezida w’iki gihugu arakora ibishoboka ngo imishinga yo gucukura gaz isubukurwe. Maputo kandi iherutse gusinyana amasezerano na Sosiyete ENI yo mu Butaliyani, […]
RIB yasubije imodoka 5 zibwe muri Afurika y’Epfo

Kuri uyu wa Gatandatu, u Rwanda rwashyikirije Afurika y’Epfo imodoka eshanu zibwe muri icyo gihugu. Imodoka zafatiwe ku mipaka ya Gatuna, Rusumo, na Bugarama mu bihe bitandukanye ubwo zinjiraga mu Rwanda ziva mu bihugu by’ibituranyi. Ihererekanya ryabereye ku cyicaro gikuru cy’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB). RIB yari ihagarariwe na Antoine Ngarambe, umuyobozi w’ishami ry’Igipolisi Mpuzamahanga […]
Lubero: Abawazalendo bataye muri yombi umuyobozi wa sosiyete sivile

Sosiyete sivile yo muri Musienene, muri Teritwari ya Lubero (Kivu y’Amajyaruguru), yamaganye ifatwa rya perezida wayo, Kambale Maboko Fanuel, watawe muri yombi kuva ku wa kane, itariki ya 23 Ukwakira 2025, n’itsinda ry’inyeshyamba za Wazalendo ziyobowe na Gen. Ngendo. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’uyu muryango, ACTUALITÉ.CD yabonye, havugwa ko ishimutwa rya Perezida wa Sosiyete Sivile […]
Nyamasheke: Ku myaka 62 arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 12

Umugabo w’imyaka 62 wo mu Karere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 12 y’amavuko wari uvuye kuvoma. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Boreza, Mu Kagari ka Gitwa, mu Murenge wa Gihombo, mu Karere ku wa 24 Ukwakira 2025. Mu masaha ya Saa cyenda n’igice (15h30′) nibwo uyu mugabo usanzwe ufite umugore bashakanye […]
M23 yemeje ko yafashe ‘Tokyo’ wa FDLR wari waramaze abanya-Masisi

Umutwe wa AFC/M23 wemeje ko wamaze gufata Yoweri uzwi nka Tokyo, umurwanyi mukuru w’umutwe wa FDLR wari umaze igihe kinini akorera ubwicanyi abanye-Congo bo muri Teritwari ya Masisi. Guverineri wungirije w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru wo ku ruhande rwa M23, Ngarambe Manzi Willy, yatangaje ko Tokyo ukomoka ahitwa i Kivuye mu burengerazuba bw’u Rwanda yafatiwe n’ingabo […]
Nyanza: Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bashyikirije inzu nshya uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi

Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga mu Rwanda (PBA), ku wa Gatanu tariki ya 24 Ukwakira rwashyikirije Mudahinyuka Aloys wo mu murenge wa Muyira w’akarere ka Nyanza warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 inzu nshya yubakiwe, mu rwego rwo kumufasha kubona icumbi rimuhesha igaciro. Inzu uyu muturage utishoboye yashyikirijwe, yashyizweho ibuye ry’ifatizo mu minsi 100 yo kwibuka […]
Uganda ni cyo gihugu cya mbere ku Isi kibamo demukarasi kurusha ibindi: Museveni

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yatangaje ko igihugu cye ari cyo kiza ku mwanya wa mbere ku Isi mu kurangwamo demukarasi kurusha ibindi. Museveni yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 24 Ukwakira, ubwo yarimo aganirira n’abanyamakuru mu mujyi wa Gulu. Mu gihe abatavuga rumwe n’uyu mukambwe ndetse na bimwe mu bihugu byo mu burengerazuba […]
Menya ibirindiro 70 Ingabo z’u Burundi zashinze mu Banyamulenge

Umunyapolitiki Me Nyarugabo Moïse, yagaragaje ko ingabo z’u Burundi zimaze gushinga ibirindiro birenga 70 mu gice cy’imisozi miremire ituwe n’abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. U Burundi bufite muri iyi ntara ingabo zirenga 10,000 ziri mu mabatayo ari hagati ya 12 na 15. Izi ngabo zishinjwa gufatanya n’imitwe y’abanye-Congo ya Wazalendo […]
Tshisekedi yaba yamaze kwirukana burundu ba Jenerali barangajwe imbere na Tshiwewe muri FARDC

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko yamaze kwirukana burundu abasirikare batatu bo ku rwego rwa ba Jenerali mu ngabo z’igihugu cye. Aba ni Gen. Christian Tshiwewe Songesa wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za RDC (FARDC), Lt. Gen Franck Ntumba wahoze akuriye ibijyanye n’igisirikare muri Perezidansi na Général de Brigade […]
Ukuri ku rukundo ruvugwa hagati ya Miss Muheto na Prosper Nkomezi

Byavuzwe mbere ko Prosper Nkomezi, umuramyi ukunzwe cyane mu Rwanda, yaba ari mu rukundo na Miss Rwanda 2022, Nshuti Divine Muheto. Ibyo byatangiye gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko aba bombi bakunze kugaragara bari kumwe mu bikorwa bitandukanye. Nyamara, mu burori bwo kumurika album ye ya kane yise “Warandamiye”, Prosper Nkomezi ubwe yahisemo kuvuguruza ayo […]
Yohereje inshuti ye gusuzuma umukunzi we birangira imurongoye

Umugabo wo muri Nijeriya yabaye ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusangiza inkuru ibabaje y’uko igeragezwa ry’ubudahemuka yakoreye umukunzi we ryamugendekeye nabi. Mu mwaka wa 2019, umugabo witwa @UsmanZannaah kuri X (yahoze ari Twitter) yavuze ko yohereje inshuti ye magara yitwa Aliyu kugira ngo agerageze umukunzi we. Intego ye yari ukureba niba uwo mukobwa azaguma […]
Uko Ingabo z’u Burundi zashutse Abanyamulenge mbere yo gutangira kubakorera amabi

Umunyapolitiki Me Moise Nyarugabo wigeze kuba Minisitiri w’Ubukungu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’umusenateri, yagaragaje uburyo ingabo z’u Burundi zikomeje gukorera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge igisa n’ubukoloni bushya, anamagana ibyaha byibasira inyoko muntu ziriya ngabo zikomeje gukorera ku butaka bwa Congo. Nyarugabo mu kiganiro yanyujije kuri BWIZA TV ku wa Gatanu tariki […]
Umuhanzikazi Olisha yapfuye abyara

Amarira n’akababaro byasakaye mu ruganda rw’imyidagaduro muri Uganda nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Olisha M, umwe mu bahanzi b’abagore bari batangiye kwigarurira imitima ya benshi mu njyana ya Afrobeat n’urukundo. Amakuru yemejwe n’ibinyamakuru bitandukanye birimo MBU Uganda, avuga ko Olivia Mildred Namubiru wamenyekanye nka Olisha M, yapfuye mu gitondo cyo ku wa Gatanu, tariki ya […]