APR FC yahagamwe na Etincelles FC, yambura Rayon Sports umwanya wa 2
Ikipe ya APR FC yafashe by’agateganyo umwanya wa kabiri ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo kugwa miswi na Etincelles FC igitego 1-1. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Etincelles FC kuri Stade Umuganda, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona ari na wo usoza imikino ibanza. Ni umukino waranzwe n’imisifurire itavuzweho rumwe, bijyanye […]
Papa Francis yatangaje ko umudayimoni w’ubwibone ari kwinjirira abashumba bakuru ba Kiliziya
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yatangaje ko hari umudayimoni wigaragaza ko ari mwiza ariko afite ubwibone, ukomeje kwinjirira abashumba bakuru bâiri torero bakorera i Vatican. Ibi yabitangarije ba Karidinali bakorera mu biro bikuru bya Kiliziya kuri uyu wa 22 Ukuboza 2022, ubwo yabagezagaho ubutumwa bubanziriza umunsi mukuru wâivuka rya Yezu Kirisitu, […]
Maj. Gen. Rwarakabije yavuzwe mu rubanza rw’ababaye abarwanyi bakuru ba FDLR
Major General Paul Rwarakabije uri mu bashinze FDLR yavuzwe mu rubanza rwa Brig. Gen. Mujyambere LĂ©opold wamenyekanye nka Musenyeri, Lt Col. Mpakaniye Emelien na Lt Col. Habimana Emmanuel babaye abarwanyi bakuru muri uyu mutwe witwaje intwaro. Uru rubanza rwabereye mu rukiko rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka na mpuzamahanga ruherereye mu karere ka Nyanza, […]
Maroc yari yarifashe igiye kuba igihugu cya mbere muri Afurika giteye Ukraine inkunga ya gisirikare
Igihugu cya Maroc kigiye kuba icya mbere muri Afurika gifashe uruhande ku mugaragaro mu ntambara hagati yâuBurusiya na Ukraine gitera indi ntambwe yo guha Kiev ubufasha bwâibikoresho byâintambara . Rabat yari yarahisemo mbere kutagira uruhande ibogamiraho mu makimbirane hagati ya Moscow na Kiev kimwe nâibindi bihugu byinshi muri Afurika, ariko isa nkâaho ngo yemejwe na […]
Minisiteri yâuburezi yagaragaje ingengabihe yâamasaha mashya amasomo azajya atangiriraho

Minisiteri yâUburezi yibukije Abanyarwanda bose gahunda ivuguruye yâamasaha mashya yâishuri, izatangira gukurikizwa guhera ku itariki ya 1 Mutarama 2023 . Nkâuko bigaragara mu itangazo rigaragaza ingengabihe yâamasaha mashya, yashyize ahagaragara, Minisiteri yâUburezi yagaragaje ko ari gahunda ireba amashuri ya Leta, afashwa na Leta ku bwâamasezerano nâayigenga akurikiza integanyanyigisho ya Leta. Biteganyijwe ko amasomo azajya atangira […]
Inkunga Amerika yahaye Ukraine ntabwo ari ubugiraneza ni ishoramari â Perezida Zelensky
Kuri uyu wa Gatatu ushize, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, mu ijambo rye yagejeje ku mitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Washington, yatangaje ko inkunga Amerika yahaye Ukraine âatari ubugiraneza ahubwo ari ishoramari.â Perezida wa Ukraine yagize ati: “Ndashaka kubashimira, ndabashimira cyane ku nkunga y’amafaranga mwaduhaye ndetse n’iyo mushobora […]
Igihangange cyâibihe byose muri ruhago, Pele, akomeje kuremba

Kanseri yâigihangange cyâibihe byose mu mupira wâamaguru cyo muri Brazil, Pele, ikomeje gufata intera nk’uko ibitaro birimo gukurikirana uyu mugabo w’imyaka 82 yâamavuko byabitangaje . Pele watwaye Igikombe cyâIsi inshuro eshatu, amaze ibyumweru birenga bitatu mu bitaro. Umukobwa we yavuze ku mbuga nkoranyambaga ko agomba kwizihiriza Noheri mu bitaro. Ibitaro bya Israelita Albert Einstein byavuze […]
Komiseri Mukuru muri UN yasabye u Bwongereza kwisubira ku kohereza abimukira mu Rwanda
Komiseri Mukuru ushinzwe uburenganzira bwâikiremwamuntu mu Muryango wâAbibumbye (UN), Volker TĂŒrk, yasabye guverinoma yâu Bwongereza kwisubira kuri gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda. TĂŒrk mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa The Guardian ubwo ku biro bye i Geneva mu Busuwisi, yasobanuye ko gushaka kohereza abimukira kâu Bwongereza ari ukwihunza inshingano, bukazimurira ku kindi gihugu. Yagize ati: […]
Les installations BioNTainer pour les vaccins Ă base d’ARNm arriveront au Rwanda au dĂ©but de l’annĂ©e prochaine
Les conteneurs des premiers BioNTainer, installations Ă©quipĂ©es pour fabriquer une gamme de vaccins Ă base d’ARNm, arriveront au Rwanda au premier trimestre 2023 . Il s’agit de la prochaine Ă©tape franchie par BioNTech dans la mise en place d’une production Ă©volutive de vaccins Ă ARNm en Afrique. Nouvelles Technologies Biopharmaceutiques (BioNTech) est une sociĂ©tĂ© d’immunothĂ©rapie […]
Imyitwarire iranga abahanga
Waba uri umuhanga kurusha uko ubitekereza? Kugira ngo umenye niba koko uri we ntabwo bisaba kuba wakora ibizamini bya IQ (Intelligence Quotient). Reka turebere hamwe imyitwarire 10 cyangwa imyifatire iranga umuhanga. Niba ujya wibonaho ibi bimenyetso, uhite umenya ko uri we. Reba videwo 1. Gutuza Kurwana n’inshuti yawe, guteza akavuyo cyangwa kutubahiriza ibyo wifuza, hari […]
U Bufaransa bwijeje kuzakomeza kurengera inyungu za Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Umunyamabanga wa Leta yâu Bufaransa ushinzwe iterambere, Francophonie nâubufatanye mpuzamahanga, Chrysoula Zacharopoulou, kuri uyu wa Gatatu, itariki 21 Ukuboza 2022, yakiriwe na Perezida Felix Tshisekedi, aho yijeje ko u Bufaransa buzakomeza kurengera inyungu za Repubulika ya Demokarasi ya Congo nkâuko bitangazwa na RTNC . Nyuma yo gusohoka mu ngoro ya Perezida Tshisekedi, Zacharopoulou yatangaje ko […]
Uganda: Abanyamerika baregwaga gukorera iyicarubozo umwana bareraga barezwe ikirego gishya gihanishwa urupfu
Kuri uyu wa Gatatu, umushinjacyaha wa Leta yavuze ko umugabo n’umugore bo muri Amerika bafungiye muri Uganda bakurikiranyweho iyicarubozo rikabije ryâumwana wâumuhungu wâimyaka 10 bakurikiranyweho icyaha cyâinyongera cyâicuruzwa ryâabana kikaba gihanishwa igihano cyâurupfu mu gihe baramuka bahamwe n’icyaha . Nicholas Spencer n’umugore we, Mackenzie Leigh Mathias Spencer, bombi b’imyaka 32, bafungiwe muri Uganda kuva ku […]
Perezida Zelensky yagejejwe i Washington DC nâindege ya USA

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yageze i Washington DC kuri uyu wa 21 Ukuboza 2022 atwawe nâindege ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Zelensky yageze muri USA mu masaha yâumugoroba, aho asobanura ko yagiye gushimira iki gihugu uburyo gikomeje gufasha icye mu kurwanya ingabo zâu Burusiya zimaze amezi hafi 10 zibashojeho intambara. Uyu Mukuru […]
Ingagi ziba mu gice kigenzurwa na M23 ziratabarizwa
Ubuyobozi bwa Pariki ya Virunga buratabariza ingagi ziba mu gice cya Mikeno muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kigenzurwa nâumutwe witwaje intwaro wa M23. Umuvugizi wâiyi pariki, Bienvenu Bwende, yatangarije ibiro ntaramakuru byâAbafaransa (AFP) ko babuze uko bajya gukurikirana ubuzima bwâizi ngagi, kubera ko batizeye ko aho ziri hari umutekano. Yagize ati: âByagorana kuba […]
Lionel Messi yateye umugongo FC Barcelona yari ifite gahunda yo kumwisubiza
Umunya-Argentine Lionel Messi yamaze kugera ku bwumvikane na Paris Saint-Germain asanzwe akinira bw’uko agomba kuyongeramo amasezerano, atera umugongo FC Barcelona yifuzaga kumwisubiza. Messi ni umukinnyi wa PSG nyuma yo kuyigeramo mu mpeshyi ya 2020. Uyu munya-Argentine aracyafitanye na PSG amasezerano agomba kurangira mu mpeshyi itaha ya 2023. Amakuru yariho cyakora cyo yavugaga ko FC Barcelona […]
U Rwanda rwamenyesheje amahanga ko kurushinja gufasha M23 nta gisubizo byatanga
Guverinoma yâu Rwanda yamenyesheje amahanga ko gushyigikira ibirego byâubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) byâuko ingabo zarwo zifasha umutwe witwaje intwaro wa M23 nta gisubizo kizima byatanga. Ni ubutumwa bukubiye mu itangazo ryashyizwe hanze nâibiro byâUmuvugizi wa guverinoma yâu Rwanda kuri uyu wa 21 Ukuboza 2022, risubiza amatangazo yâibihugu bitandukanye byo mu burengerazuba […]
Sunrise FC yisasiye AS Kigali, iha Rayon Sports amahirwe yo kwisubiza umwanya wa mbere
Ikipe ya AS Kigali yatsinzwe na Sunrise FC ibitego 2-1, iha amakipe ya Rayon Sports na APR FC amahirwe yo kwisubiza umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda. Iyi kipe y’umutoza Cassa Mbungo AndrĂ© yari yasuye Sunrise FC i Nyagatare, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona wabaye kuri uyu wa Gatatu. Ni […]
Huye: Umukobwa washinjwaga gusambanya umuhungu w’imyaka 17 yakatiwe imyaka 25 y’igifungo
Urukiko rwisumbuye rwa Huye kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Ukuboza 2022, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umukobwa wâimyaka 32 icyaha cyo gusambanya umwana wâumuhungu wâimyaka 17, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cyâimyaka 25 . Â Ubushinjaacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko iki cyaha cyabaye mu ijoro ryo ku wa 23 Nzeri 2022 iwe […]
Gitega: Mu rugo rw’umupolisi hafatiwe imyambaro n’inkweto by’igisirikare n’igipolisi

Mu rugo rwâumupolisi wâUmurundi witwa Vyankandondera ThĂ©rence ruherereye mu gace ka Mwaro, komini Makebuko mu ntara ya Gitega hafatiwe ibikoresho byâigisirikare nâigipolisi birimo imyambaro nâinkweto. Ibiro byâintara ya Gitega byemeje aya makuru kuri uyu wa 21 Ukuboza byerekanye amafoto yâimpuzankano yâigisirikare, iyâabapolisi ndetse nâimiguro enye yâinkweto zizwi nka âbutiniâ. Byasobanuye kandi ko uyu mupolisi yafatanwe […]
Le ministre de l’IntĂ©rieur met en garde la communautĂ© frontaliĂšre contre le passage illĂ©gal en RD Congo
Le ministre de l’IntĂ©rieur, Alfred Gasana, a exhortĂ© mardi 20 dĂ©cembre les habitants du district de Rubavu dans le secteur de Bugeshi Ă Ă©viter tout passage illĂ©gal en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC), affirmant que le pays ne serait pas en mesure de les “sauver” . S’adressant aux citoyens qui se sont rassemblĂ©s Ă Bugeshi, […]
Umucamanza yihanangirije uruhande ruregwa muri dosiye yâabanyamigabane ba SDU
Umucamanza wo mu rukiko rukuru rwâubucuruzi yamenyesheje Sibomana Jovithe ukuriye inama yâubutegetsi ya kampani ya SDU (Special Drivers United) itanga serivisi zo gutwara abantu nâibintu, yarezwe na bamwe mu banyamigabane ba yo, ko ubutaha nibongera gutuma urubanza rusubikwa bazafatirwa ibihano nkâabashaka gutinza urubanza nkana nyuma yâaho urubanza rwongeye gusubikwa kubera kongera kubura kâumunyamategeko wunganira Sibomana […]
RRA yatangiye gufunga ubucuruzi budakoresha neza inyemezabwishyu za EBM

Ikigo cyâigihugu cyâimisoro nâamahoro (RRA) kuri uyu wa Gatatu, itariki 21 Ukuboza, cyatangiye igikorwa cyo gufunga ibikorwa byâabacuruzi badakoresha neza inyemezabwishyu zâikorabuhanga (EBM) hirya no hino mu Mujyi wa Kigali nyuma yo kubihanangiriza inshuro zigera muri esheshatu ariko ntibikosore . Iki gikorwa cyari cyatumiwemo nâitangazamakuru, cyatangiriye mu isoko ryo muri MIC, aho ku ikubitiro hafunzwe […]
Ingabo za Kenya ziri mu mutwe wa EAC zashimiwe uko ziri kwitwara muri RDC

Ingabo za Kenya zibarizwa mu mutwe wâumuryango wâakarere ka Afurika yâiburasirazuba, EACRF, zashimiwe uburyo ziri kwitwara mu kazo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Zashimiwe nâumuyobozi wazo, Lieutenant Colonel Denis Obiero, ubwo yaziganirizaga mu birindiro byazo biherereye mu nkengero zâumujyi wa Goma kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022. Ibiro bya EACRF byagize biti: […]
Zelensky yasohotse muri Ukraine ku nshuro ya mbere kuva u Burusiya bwatangiza intambara
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko yâiki gihugu. Zelenskyy yanditse kuri Twitter ko ari mu nzira yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gukomeza ubushobozi bwâukwirwanaho nâubufatanye bwâibihugu byombi. Ni uruzinduko rwa mbere hanze ya […]
RDC yizeye gutsinda M23 nyuma yo gukurirwaho âembargoâ
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwatangaje ko bwizeye ko ingabo zâiki gihugu zizatsinda umutwe witwaje intwaro wa M23, nyuma yâaho umwanzuro (embargo) wari warafashwe nâakanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe umutekano ukuweho. Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022, aka kanama kemeje ko gakuyeho ibwiriza kari karahaye ibihugu cyangwa se inganda bigurisha RDC intwaro, wo […]
Afghanistan: Leta yâAbatalibani yafashe icyemezo cyo gukumira abakobwa muri za kaminuza
Minisiteri yâamashuri makuru muri leta iyobowe nâAbatalibani muri Afghanistan yavuze ko abanyeshuri bâabakobwa batazemererwa kwinjira muri kaminuza zâigihugu kugeza igihe hazasohoka amabwiriza mashya . Ibaruwa yemejwe nâumuvugizi wa minisiteri yâamashuri makuru kuri uyu wa Kabiri, yategetse kaminuza za Leta nâabikorera bo muri Afghnistan guhagarika byihuse abanyeshuri bâabakobwa, nkâuko byemejwe nâinama yâabaminisitiri. Ibaruwa yahawe kaminuza zose […]
Minisitiri Gasana yaburiye abajya muri RDC mu buryo butemewe nâamategeko
Minisitiri wâumutekano wâimbere, Gasana Alfred, yaburiye Abanyarwanda bajya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) mu buryo butemewe nâamategeko. Minisitiri Gasana yatanze uyu muburo ubwo yaganiraga nâabatuye mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu, mu nteko yâabaturage yo kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022. Uyu muyobozi yavuze ko muri iki gihe, umuntu ugiye muri […]
Akurikiranweho gusambanya ku gahato: RIB kuri muganga uregwa gukorakora igitsina cyâumurwayi
Umuvugizi wâurwego rwâubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, yatangaje ko muganga wo mu bitaro bya Murunda mu karere ka Rutsiro uregwa gukorakora igitsina cyâumurwayi akurikiranweho icyaha cyo gusambanya undi ku gahato. Dr Murangira yabwiye Primo Media Rwanda ko uyu muganga wâimyaka 27 yâamavuko yatawe muri yombi tariki ya 1 Ukuboza 2022 nyuma yo kuregwa nâumukobwa wâimyaka […]
Kenya: Abasilamukazi basabwe kujya bambara hijab bitaba ibyo bagashaka igihugu bajya kubamo
Umunyamabanga wa leta muri minisiteri yâingabo muri Kenya, Aden Duale, yihanangirije abagore bâabayisilamu bo muri Kenya batambara hijab cyangwa igitambaro gipfuka mu mutwe ababwira ko nibaa batabishoboye bashaka ikindi gihugu babamo. Kuri uyu wa Mbere ushize, Duale yabivugiye muri komite yâumusigiti wa Jamia mu muhango wo gushyikiriza cheque Croix-Rouge ya Kenya mu rwego rwo gufasha […]
General Bunyoni yaba yambuwe abasirikare n’abapolisi bamurinda
General Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri wâIntebe wâu Burundi, biravugwa ko yambuwe abasirikare nâabapolisi bamurinda, nyuma yâamezi atatu akuwe kuri iyi nshingano. Urubuga SOS MĂ©dias Burundi ruvuga ko aya makuru rwayahawe nâumwe mu bashinzwe umutekano bo hejuru. Ruti: âAbasirikare nâabapolisi barindaga urugo rwa Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri wâIntebe muri Gasekebuye (amajyepfo ya Bujumbura) bategetswe […]
Kibeho: Barifuza ikiruhuko ku rwego rw’igihugu ku munsi w’amabonekerwa

Bamwe mu bakirisitu bakorera urugendo nyobokamana ku Butaka Butagatifu bwa Kibeho, mu karere ka Nyaruguru, bifuza ko uwa 28 Ugushyingo, umunsi mukuru ngarukamwaka w’amabonekerwa ya Bikira Mariya Nyina wa Jambo w’i Kibeho, waba umunsi w’ikiruhuko mu Rwanda hose. Ibyo ngo byarushaho kumenyekanisha Kibeho mu Rwanda no mu mahanga, bityo ubukerarugendo nyobokamana bukiyongera kandi n’abakozi bifuza […]
Ntakarutimana du Burundi Ă©lu prĂ©sident de l’EALA
Joseph Ntakarutimana, un lĂ©gislateur burundais et secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral adjoint du parti au pouvoir du pays, a Ă©tĂ© Ă©lu mardi nouveau prĂ©sident de l’AssemblĂ©e lĂ©gislative de l’Afrique de l’Est (EALA) . Il s’est engagĂ© Ă favoriser l’unitĂ© et l’harmonie au sein de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est (EAC). Le parti au pouvoir au Burundi est […]
Minembwe: FARDC irigamba kwivugana Col Muzungu wa Twirwaneho
Uwiyise Colonel witwa Muzungu Rusongo wo mu mutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho-Makanika yishwe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) i Minembwe mu gace ka Fizi (Kivu y’Amajyepfo), kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Ukuboza 2022 . Lieutenant JĂ©rĂ©mie Meya, umuvugizi wa brigade ya 12 ya FARDC ishinzwe gutabara byihuse ifite icyicaro i Minembwe […]
Umupadiri wo muri Diyosezi ya Ruhengeri yasezeye nyuma yo ‘gusobanukirwa’
Umupadiri ubarizwa muri Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri mu majyaruguru yâu Rwanda, Niwemushumba Phocas, yeguye ku murimo wâubupadiri yari amazeho imyaka 15 nyuma yo âkubura amaso no gusobanukirwaâ. Mu ibaruwa yo ku wa 6 Ukuboza 2022 yandikiye Musenyeri wa Diyosezi, Vincent Harolimana, Niwemushumba yasobanuye ko igihe amaze ku mugabane wâUburayi cyamubereye umwanya wo kubura amaso, gutekereza, […]
Ntabwo ndi Perezida kubera Abanyamerika: Museveni
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko atari Umukuru wâIgihugu kubera abo muri Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Museveni yabivugiye mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru Remmy Bahati wa Daily Monitor, ubwo bari i Washington DC mu cyumweru gishize, mu gihe yari yitabiriye inama ihuza USA nâibihugu byo muri Afurika. Bahati yamwibukije ko […]
Polisi iri gushakisha umushoferi wa Fuso wakoze impanuka agahita acika
Polisi y’u Rwanda (RNP) iravuga ko irimo gushakisha umushoferi w’ikamyo yahitanye umudamu umwe igakomeretsa abandi benshi, mu mpanuka yo mu muhanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Ukuboza, i Zindiro, Umurenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo . Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 20 Ukuboza, mu kiganiro nâikinyamakuru The New Times, […]
Kirehe: Intumwa za Leta yâu Burundi ziri mu Rwanda zasuye impunzi zâAbarundi ziba mu Nkambi ya Mahama
Intumwa za Leta y’u Burundi ziri mu Rwanda kuva kuri uyu wa Mbere aho zaje gukangurira impunzi zâAbarundi gutaha, ku munsi wa kabiri wâuruzinduko rwazo zerekeje mu Nkambi ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe . Izi ntumwa ziyobowe n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Umutekano mu Burundi, Lt. Gen. de Police AndrĂ© Ndayambaje kuri […]
Umukecuru wâimyaka hafi 100 yahamijwe uruhare mu bwicanyi Abanazi bakoreye abasaga 10,000
Uwahoze ari umunyamabanga wakoreraga umuyobozi w’ikigo cyakoranyirizwagamo imfungwa cy’Abanazi yahamijwe icyaha cyo kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe abantu barenga 10.505 . Irmgard Furchner, ufite imyaka 97, yajyanywe gukorera i Stutthof akiri inkumi kuva mu 1943 kugeza 1945. Furchner, umwe mu bagore bake bakurikiranyweho ibyaha by’Abanazi mu myaka mirongo, yahawe igihano gisubitse cyâigifungo cy’imyaka ibiri. Nubwo […]
Hamenyekanye igihe inoti ziriho ifoto yâUmwami Charles III zizasohokera muri banki

Banki nkuru yâu Bwongereza kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022 yashyize hanze amafoto yâimiterere yâinoti zigaragaraho ifoto yâUmwami Charles III, isobanura ko zizatangira gukoreshwa hagati yâumwaka wâ2024. Isobanura ko inoti zizashyirwaho ifoto ya Charles III ari zose. Ni ukuvuga; iyâAmapawundi 5, 10, 20 ndetse na 50, gusa ngo nta kindi kizahindukaho. Iti: âTwamuritse isura yâinoti […]
Uganda: Umukozi wo ku kibuga cyâindege yarumwe nâinzoka imusanze aho bayoborera indege
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru gishize, inzoka yavuye mu nkegero zâikibug cyâindege mpuzamhanga cyaaa Entebbe muri Uganda yinjira mu nyubako yâubugenzuzi iruma umukozi wari urimo kuyobora indege witwa Jonathan Kayizzi . Vianney Luggya, Umuvugizi wâikigo gishinzwe indege za gisivili (UCAA), ari nacyo gishinzwe gucunga iki kibuga cyâindege, we yavuze ko ibyabaye âbikekwa ko ari […]
Bamwe mu bagabo b’i Rubavu barashinjwa kwicara, bagatungwa n’abagore

Bamwe mu bagabo batuye mu mirenge ya Nyamyumba, Rugerero, Gisenyi na Rubavu mu karere ka Rubavu barashinjwa kwicara badakora, bagatungwa nâabagore muri gahunda yadutse yahawe izina rya âNdongora Nitungeâ. Ni ibyatangarijwe umunyamakuru wa BWIZA ubwo yasuraga abakorera nâabarema isoko rya Rubavu ndetse nâabari mu nkengero yaryo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2022. Umugore umwe mu […]
Umusaruro mbumbe wâimbere mu gihugu wiyongereyeho 10% mu gihembwe cya 3 â NISR
Ikigo cyâigihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR)cyatangaje ko mu Rwanda umusaruro rusange wâimbere mu gihugu (GDP) wiyongereyeho 10% mu gihembwe cya gatatu cya 2022 bitewe nâuko ibikorwa byâinganda byagarutse . GDP yiyongereyeho 10% mu gihembwe cya 3 cya 2022 mu gihe yazamutse ku rugero rwa 7.5% mu gihembwe cya kabiri ndetse na 7.9% mu gihembwe cya mbere. […]
Nyamasheke: Abahinzi b’icyayi barasaba gufashwa kubona ifumbire

Nubwo abahinzi bâicyayi mu karere ka Nyamasheke bavuga ko muri iki gihe bahanganye nâibibazo birimo igiciro kidahagaze neza ku isoko mpuzamahanga,ibura ryâabasoromyi rituma icyayi cyinshi gisigara mu mirima, ihanika ryâigiciro cyâifumbire nâibindi, ngo bakomeje kongera imbaraga muri ubu buhinzi, bagasaba ubuyobozi gukomeza kubashakira umuti wâibi bibazo bibakoma mu nkokora. Abaganiriye na Bwiza.com kuri uyu wa […]
Papa Francisco yatangaje ko amaze imyaka 9 yanditse ibaruwa y’ubwegure
Papa Francisco, umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, kuri uyu wa 18 Ukuboza 2022 yahishuye ko amaze imyaka 9 atanze ibaruwa y’ubwegure bwe mugihe yagira ibibazo by’ubuzima. Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru cya ABC cyo muri Espagne, yavuze ko iyo baruwa yayitanze mu mwaka wa 2013 ubwo yari amaze gutorerwa uyu mwanya. Avuga ko yahaye iyo […]
Amateka ya John Hartfield watwitswe azira gukunda umuzungukazi
John Hartfield yari umwirabura wari utuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Yishwe urw’agashinyaguro nta rubanza rubayeho mu gace ka Ellisville kari muri Leta ya Missouri mu mwaka w’1919 azira kuba yarakundanaga n’umuzungukazi. Igikorwa cyo kumwica cyanyujijwe mu bitangazamakuru bitandukanye, bivugwa ko abantu babarirwa mu bihumbi 10 bari bateraniye aho yagombaga kwicirwa ngo bihere ijisho. Yaramanitswe, […]
Umutoza wa Espoir FC yirukanwe nyuma yo gutangaza ko abayiguriye abakinnyi bahemutse
Bisengimana Justin wari umutoza mukuru wa Espoir FC yirukanwe nyuma yo gutangaza ko abaguriye iyi kipe abakinnyi ari abahemu. Uyu mutoza yatangaje aya magambo tariki ya 17 Ukuboza 2022 ubwo Espoir FC yari imaze gutsindwa na Etincelles ibitego bibiri ku busa. Icyo gihe yabwiye abanyamakuru ko iyi kipe ifite abakinnyi badashoboye, bari ku rwego rwo […]
Rutsiro: Umuganga arashinjwa gukorakora igitsina cy’umurwayi
Umuganga wâibitaro bya Murunda biherere mu murenge wa Murunda mu karere ka Rutsiro, akurikiranwe nâurwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha nyuma yâaho umukobwa arugejejeho ikirego, amushinja kumukorakora igitsina. Ni icyaha umukobwa avuga ko yakorewe mu gihe yanyuzaga uyu mukobwa mu cyuma nâuyu muganga, amusuma uburwayi bwâimbere mu mubiri. Dr Nkurunziza Jean Pierre yemereye Primo Media Rwanda dukesha iyi […]
Museveni yatangaje ko nta bihano ateganyiriza umuhungu we ‘wivanga’ muri politiki
Perezida wa Uganda akaba nâUmugaba wâIkirenga, Yoweri Museveni, yatangaje ko nta ngamba cyangwa ibihano ateganyiriza umuhungu we usanzwe ari umujyanama we mu byâigisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, ushinjwa kwivanga muri politiki. Yabivugiye mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa Daily Monitor ubwo yari i Washington DC nyuma yâaho Gen. Kainerugaba atangaje ko adashyigikiye ishyaka riri ku butegetsi, NRM. […]
UN yahatiye RDC kwakira Abahutu bâabajenosideri: Minisitiri Bazaiba
Minisitiri wâibidukikije muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Eve Bazaiba, yatangaje ko akanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe umutekano kahatiye igihugu cyabo kwakira Abahutu bâabajenosideri mu mwaka wâ1994. Bazaiba yabitangarije mu nama mpuzamahanga yo kubungabunga ibidukikije yabereye i Montreal muri Canada tariki ya 16 Ukuboza 2022, asobanura imiterere yâikibazo cyâumutekano muke uri mu burasirazuba bwa RDC. U […]
Perezida Ramaphosa yongeye gutorerwa kuyobora ANC
Ishyaka ANC riri ku butegetsi muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere ryongeye gutora Perezida Cyril Ramaphosa nk’umuyobozi waryo mu myaka itanu iri imbere, nkâuko iryo shyaka ryatangaje . Ramaphosa yagize amajwi 2,476 kuri 1.897 yâuwahoze ari minisitiri wâubuzima Zweli Mkhize, nkâuko ibisubizo byatangajwe nâumuyobozi wa komisiyo yâamatora yâishyaka, Kgalema Motlanthe. Kongera gutorwa kwa Ramaphosa […]
Musenyeri Karemera aremeza ko nta gihugu cyakomera kidakomeje uburezi

Umushumba wa EAR Diyoseze ya Cyangugu, Musenyeri Karemera Francis avuga ko ibihugu byabaye ibihangange ku isi ari ibyateje imbere uburezi ku rwego rwo hejuru, nâabanyabwenge bakoze ibyahinduye imibereho yâabayituye baciye imbere yâabarimu bashoboye, agahera aha asaba abarezi bâamashuri yâiyi Diyoseze imbaraga mu burezi bufite ireme, bwo hazaza heza hâigihugu. Mu kiganiro na Bwiza.com nyuma yo […]
Le plan britannique d’expulsion des demandeurs d’asile vers le Rwanda est lĂ©gal, juge le tribunal
Le projet du gouvernement britannique d’envoyer des demandeurs d’asile dans un aller simple au Rwanda est lĂ©gal, ont dĂ©clarĂ© lundi deux juges de la Haute Cour, dans une victoire pour les partisans de cette politique controversĂ©e . Mais les juges ont Ă©galement dĂ©clarĂ© que le gouvernement n’avait pas tenu compte de la situation des personnes […]
London: Urukiko rwemeje ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro yemewe nâamategeko
Abasabaga ihagarikwa rya gahunda ya guverinoma yâu Bwongereza itavugwaho rumwe yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda batsinzwe nyuma yâuko abacamanza bo mu Rukiko Rukuru bemeje ko iyi politiki yemewe nâamategeko . Urugamba rukaze rwo kurwanya iyi gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro binjiye mu Bwongereza binyuranyije nâamategeko rwatangiye kuva aho uwari minisitiri wâumutekano wâimbere mu gihugu, […]
Nyamasheke: Abatuye umudugudu wâicyitegererezo bahorana ubwoba bwâibiza

Iyo urebeye inyuma umudugudu wâicyitegererezo wa Bushekeri uri mu murenge wa Bushekeri, mu karere ka Nyamasheke ubona ari mwiza cyane, utagira uko usa, mbese wakwirirwa uwureba. Ariko iyo uwugezemo imbere imvura yaguye usanganirwa nâukundi kuri, kurimo amarira ya bamwe mu bawutuye bahora bikanga Ibiza nkâibyo bavuyemo bawuhazanwa. Uyu mudugudu urimo zimwe mu nzu zisa nâizinugitse […]
Trump arashinjwa guhisha umwenda yari yarahawe nâikigo gifitanye isano na Koreya ya Ruguru
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika arashinjwa guhisha amakuru yâingenzi ajyanye nâubukungu bwe nyuma yo kugaragara ko yari afite umwenda wa miliyoni hafi 20 zâAmadolari atamenyesheje igihe yiyamamarizaga bwa mbere kuba perezida muri 2016 ! Umwenda uhishe wa Trump Ubu nibwo hamenyekana ko uyu munyemari w’imyaka 76 wahoze ari perezida […]
Huye: Umukozi wo mu rugo arashinjwa gusambanya umwana w’umuhungu w’aho yakoraga
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umukobwa wâimyaka 20 ukekwaho gusambanya umwana wâumuhungu wâimyaka 11 yâamavuko wâaho yakoraga akazi ko mu rugo . Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko icyaha cyabaye mu gihe cya saa kumi zâumugoroba wo ku wa 11 Ukuboza 2022, mu Mudugudu wa Nyarurembo, Akagari ka Gitwa, Umurenge wa Tumba, […]
Umuraperi Drake yariwe miliyari frw nubwo ikipe ya Argentine yari yategeye yatwaye igikombe

Umuraperi Drake yariwe amafaranga menshi nyuma yo gutegera ko ikipe ya Argentine iza gutsinda u Bufaransa mu mukino wa nyuma wâIgikombe cyâIsi nubwo iyi kipe yaje gutwara igikombe . Kuri iki Cyumweru, uyu muraperi wâUmunyakanada ukoreramuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yari yateze miliyoni imwe yâamadorali (asaga miliyari y’Amanyarwanda)kuri Argentine ku mukino wa nyuma wâIgikombe […]
London: Urukiko ruremeza niba gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda yemewe n’amategeko
Kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Ukuboza 2022, Urukiko Rukuru rwa London ruraza gufata umwanzuro niba gahunda ya Guverinoma y’u Bwongereza yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda ikurikije amategeko . U Bwongereza burateganya kohereza ibihumbi by’abimukira bageze muri iki gihugu banyuze mu nyanja mu Rwanda, ruherereye nko ku birometero 6.400 uvuye ku nkombe zabwo. Minisitiri […]
Des responsables burundais au Rwanda pour la campagne de rapatriement des réfugiés
Une dĂ©lĂ©gation du Burundi est arrivĂ©e au Rwanda ce lundi 19 dĂ©cembre pour une campagne de rapatriement des rĂ©fugiĂ©s de deux jours . La dĂ©lĂ©gation burundaise est composĂ©e du secrĂ©taire permanent au ministĂšre de l’intĂ©rieur chargĂ© de la sĂ©curitĂ© publique, du directeur gĂ©nĂ©ral du rapatriement et de la rĂ©intĂ©gration des rĂ©fugiĂ©s, des gouverneurs des provinces […]
Ladislas Ntaganzwa wahamijwe uruhare muri jenoside aratangira kuburana mu bujurire
Kuri uyu wa Mbere, Urukiko rw’Ubujurire ruratangira kuburanisha urubanza rw’ubujurire rwa Ladislas Ntaganzwa wahoze ari Bourgmestre (Umuyobozi) wa Komini ya Nyakizu (ubu ni mu karere ka Nyaruguru) wahamwe n’icyaha cyo gukora Jenoside yakorewe Abatutsi . Yaburanishijwe ku rwego rwa mbere nâUrukiko Rukuru rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga i Nyanza maze akatirwa gufungwa burundu mu 2020, afata […]