Bunia: Abasirikare bakuru ba FARDC bakatiwe burundu bazira kugurisha intwaro inyeshyamba
Amadosiye abiri yâubucamanza yasuzumwe nâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare ku rwego rwâubujurire mu mujyi wa Bunia, ku wa gatanu ushize, aho imwe muri izi dosiye yaregwagamo abasirikare bakuru ba FARDC gucuruza intwaro ku mutwe wâinyeshyamba wa CODECO . Dosiye ya mbere ijyanye nâurubanza rwo âkugurisha amasasu yâintambaraâ ku barwanyi ba CODECO naho iya kabiri ijyanye nâubwicanyi […]
Abanyaliberiya bagiye mu myigaragambyo kubera kubura Perezida Weah mu gihugu
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, abantu barenga igihumbi bitabiriye imyigaragambyo yabereye mu nkengero z’umurwa mukuru wa Liberia, bigaragambyaga kubera ibibazo by’ubukungu ndetse no kuba Perezida George Weah amaze igihe kinini atari muri iki gihugu . Imyigaragambyo minini yagiye iba rimwe na rimwe mu myaka itanu Weah amaze ku butegetsi, ariko uburakari ku micungire yâubukungu ya […]
RDC yashyize General Laurent Nkunda ku rutonde rw’abarwanyi ba M23

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ibara General Laurent Nkunda mu barwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwâigihugu. Gen. Nkunda agaragara ku rutonde ârwâabarwanyi 7 ba M23â bafatiwe ibihano nâakanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe umutekano, ruri mu gitabo guverinoma ya RDC yise âUrupapuro Rweraâ. RDC ivuga ko iki gitabo cyâimpapuro 64 […]
Mushikiwabo yashimye uko ikipe yâu Bufaransa yitwaye mu gikombe cyâIsi
Umunyamabanga Mukuru wâumuryango wâibihugu bikoresha ururimi rwâIgifaransa, Louise Mushikiwabo, yashimye uko ikipe yâu Bufaransa yitwaye mu irushanwa ryâigikombe cyâIsi ryaberaga muri Qatar kuva mu kwezi gushize. Ni nyuma yâaho iyi kipe itsindiwe ku mukino wa nyuma wabaye kuri uyu wa 18 Ukuboza 2022, hitabajwe penaliti. Iminota 90 yâumukino yarangiye amakipe yombi anganya ibitego bibiri, umusifuzo […]
Betrand Bisimwa yatangaje ko FDLR isubiye mu Rwanda, na M23 ishobora kurambika intwaro
Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko mu gihe abarwanyi ba FDLR basubira mu Rwanda, byashoboka cyane ko na bo barambika intwaro kuko ngo ni yo ntandaro yâumutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Bisimwa yabitangarije mu kiganiro M23 yagiranye nâabanyamakuru muri Bunagana kuri uyu wa 14 Ukuboza. […]
Colonel mu ngabo zirinda Tshisekedi yapfiriye muri Rutshuru
Polisi ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko Colonel wo mu mutwe wâingabo zirinda Umukuru wâIgihugu witwa Nzunzu Paseke yapfiriye muri teritwari ya Rutshuru, intara ya Kivu yâAmajyaruguru. Ibiro bya Polisi bisobanura ko uyu musirikare yishwe nâimpanuka yo mu muhanda tariki ya 16 Ukuboza, ahagana saa kumi nâimwe nâigice zâumugoroba, ubwo yari ageze […]
General Kazura n’abagaba bakuru bo muri EAC bahuriye i Dar es Salaam

Umugaba Mukuru wâingabo zâu Rwanda, General Jean Bosco Kazura, hamwe na bagenzi be bayobora ingabo zâibihugu bigize umuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) bahuriye i Dar es Salaam muri Tanzania. Iyi nama yayobowe nâUmugaba Mukuru wâingabo zâu Burundi, Lt Gen. Prime Niyongabo, yabaye tariki ya 16 Ukuboza 2022. Abandi bari bayirimo ni: Gen. Wilson Mbadi wo […]
Mali: Umuntu witwaje imbunda yishe arashe abapolisi 2 ba MINUSMA barimo umugore
Umuntu witwaje imbunda utaramenyekana yarashe kandi yica abapolisi babiri bo mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye bushinzwe kubungabunga Amahoro muri Mali ubwo bari ku irondo hafi yâumujyi wa Timbuktu nkâuko umuyobozi wâubutumwa El-Ghassim Wane yabitangaje . Kuri uyu wa Gatanu, abinyujije kuri twitter, Wane yagize ati: “Namaganye iki gikorwa kibi kandi nifurije gukira vuba abandi bane babungabunga […]
MoĂŻse Katumbi avuga ko amarira ya Tshisekedi atari yo azakemura ikibazo cya M23
Umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi Chapwe, yanenze Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi ukomeje imiborogo y’uko M23 ibifashijwemo n’u Rwanda bateye igihugu cye; avuga ko amarira atari wo muti w’ikibazo. Katumbi washinze akaba anayoboye ishyaka âEnsemble pour la RĂ©publique’, yemeje aya makuru mu kiganiro aheruka kugirana na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) cyo kimwe na Televiziyo ya France 24. Muri […]
RDC yokeje igitutu kuri UN ngo ifatire u Rwanda ibihano byihuse
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yasabye akanama kâUmuryango wâAbibumbye (UN) gashinzwe umutekano gufatira u Rwanda ibihano byihuse, kuko ngo rwohereje ingabo zarwo muri iki gihugu, zijya kwifatanya nâumutwe witwaje intwaro wa M23 gukora ibyaha byitandukanye. Iyi guverinoma ibinyujije muri Minisiteri ishinzwe itumanaho nâitangazamakuru, kuri uyu wa 16 Ukuboza 2022 yashyize hanze inyandiko […]
Afurika yâEpfo: Jacob Zuma yareze Perezida Ramphosa mu bushinjacyaha bwigenga
Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yashinje Perezida Cyril Ramaphosa uriho ubu mu bushinjacyaha bwigenga, igikorwa Ramaphosa yamaganye avuga ko ari âugukoresha nabi inzira zemewe n’amategekoâ . Ibi bibaye mu gihe Kongere yâishyaka ANC itangira inama yâamatora kuri uyu wa Gatanu kugira ngo hemezwe niba Ramaphosa azaharigararira mu matora ya perezida ataha yo […]
Leta ya RDC yasabye Zimbabwe kuyoherereza General Numbi
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo irasaba iya Zimbabwe kuyoherereza General John Numbi wabaye Komiseri Mukuru wa Polisi kuva mu 2010 kugeza mu 2020. Ubu busabe bugaragara mu ibaruwa Minisitiri wâububanyi nâamahanga, Christophe Lutundula, yandikiye Ambasade ya Zimbabwe muri RDC kuri uyu wa 15 Ukuboza 2022. Minisitiri Lutundula yasabye iyi Ambasade ko Leta ya […]
Koreya ya Ruguru iravuga ko yagerageje neza intwaro nshya ifite ingufu zidasanzwe
Kuri uyu wa Gatanu, Koreya ya Ruguru yatangaje ko “yagerageje neza” “intwaro nshya” ifite ingufu nyinshi kandi ko ari yo ya mbere yâubu bwoko iki gihugu gikoze . Ibi bije nyuma yâukwezi kurenga Koreya ya Ruguru irashe misile nâibisasu byinshi mu rwego rwo gusubiza imyitozo ya gisirikare ihuriweho hagati ya Amerika na Koreya yâEpfo mu […]
La banque centrale rejette la dĂ©cision d’interdire les chĂšques de tiers
Le gouverneur de la Banque nationale du Rwanda, John Rwangombwa, a rejetĂ© les allĂ©gations selon lesquelles il existe une interdiction des chĂšques de tiers aprĂšs qu’un Ă©chantillon reprĂ©sentatif de personnes ait affirmĂ© que leurs banques refusaient de les encaisser . “Ce n’est pas vrai. Cependant, les banques avaient Ă©crit une lettre demandant l’interdiction, que nous […]
M23 irashinja ingabo za RDC kuyigabaho igitero
Umutwe witwaje intwaro wa M23 urashinja ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kugaba igitero ku birindiro byawo biherereye mu gace ka Bwiza kari muri teritwari ya Masisi. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, ni we wemeje aya makuru, aho yagize ati: âTwamaganye kurenga ku guhagarika imirwano kwâihuriro ryâingabo za Leta zagabye igitero ku birindiro […]
Zambia igiye kugurisha indege ya perezida yaguzwe miliyoni 194.9 $ na guverinoma yabanje
Umuyobozi muri Leta ya Zambia yavuze ko bagiye kugurisha indege ya perezida yaguzwe mu buryo butavugwaho rumwe miliyoni 194.9 z’amadolari na guverinoma yabanjirije iyi kubera amafaranga menshi yo kuyibungabunga . Minisitiri wâingabo, Ambrose Lufuma, yabwiye Inteko Ishinga Amategeko ati: “Kubungabunga no gukoresha indege byatwaye ikigega cya Leta amafaranga arenga miliyoni 6.3 zâamadolari mu myaka itatu […]
Umunyeshuri yahuye nâakaga nyuma yo guhamagara umukobwa wâUmugaba Mukuru wâingabo
Umunyeshuri wâimyaka 21 yâamavuko wiga muri kaminuza ya Kyambogo muri Uganda, Lorna Naula, yahuye nâakaga nyuma yo guhamagara ku murongo wa telefone umukobwa wâUmugaba Mukuru wâingabo, General Wilson Mbadi. Nkâuko ikinyamakuru Daily Monitor kibisobanura, Naula yahamagaye umukobwa wa Gen. Mbadi (bariganye) kugira ngo amuhuze nâuyu musirikare mukuru, maze amusabe gufunguza byâagateganyo musaza we uri muri […]
U Bufaransa bwakuye muri Centrafrica ingabo zabwo za nyuma zari zihasigaye
Minisiteri yâingabo yâu Bufaransa yatangaje ko u Bufaransa bwakuye ingabo zabwo za nyuma muri Repubulika ya Centrafrica (CAR) . Minisiteri yavuze ko abasirikari 130 bâAbafaransa bari basigaye muri Centrafrica, mu rwego rwâubutumwa bwâibikoresho, MISLOG, bavuye mu gihugu, kandi ko ubwo butumwa butagifite “ishingiro ryâibikorwa.” Itangazo ryasohowe riragira riti: “Inkambi ya M’Poko yashyikirijwe mu buryo bukwiye […]
Perezida Ramaphosa yasubije Zuma wamushinje kumwirengagiza mu rubanza rwe
Perezida wa Afurika yâEpfo, Cyril Ramaphosa, yasubije Jacob Zuma yasimbuye ku butegetsi, uherutse kumushinja kutamufasha mu rubanza rwe. Zuma ukurikiranweho icyaha cya ruswa no kunyereza umutungo aherutse kuvuga ko Perezida Ramaphosa yanze kumufasha ku kibazo cyâabashinjacyaha babiri, William Downer na Andrew Breitenbach, ashinja kwitwara nabi mu kazi. Ni nyuma yâaho uyu munyapolitiki asabye Umukuru wâIgihugu […]
M23 yaba yatangiye gukura abarwanyi ba yo muri Rutshuru ibajyana i Bunagana na Tshanzu
Umutwe wa M23 waba watangiye, nk’uko bamwe mu baturage babitangaza, gusubiza inyuma bamwe mu barwanyi bayo badakewe cyane cyangwa abarwaye bari mu Bitaro bya Rutshuru bayanwa za Bunagana na Tshanzu ariko aya makuru ntaremezwa na FARDC . Iyi nkuru dukeha Mediacongo.net iravuga ko abakomeretse cyane bazoherezwa mu Rwanda no muri Uganda kugira ngo babiteho neza […]
USA: Hasohowe inyandiko ibihumbi nâibihumbi zivuga ku iyicwa rya Perezida JF Kennedy
White House yategetse ko harekurwa inyandiko ibihumbi nâibihumbi ku iyicwa ryâuwahoze ari Perezida wa Leta unze Ubumwe za Amerika, John F Kennedy, ku nshuro ya mbere . Mu gushyira kuri internet amadosiye agera ku 13.173, White House yavuze ko inyandiko zirenga 97% ziri muri iki cyegeranyo ubu ziri ku mugaragaro. Nta mpinduka nini ziteganijwe mu […]
ICC yashimangiye igihano Dominic Ongwen wahoze ari umwe mu bayobozi ba LRA yari yajuririye
Kuri uyu wa Kane, itariki 15 Ukuboza, Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashimangiye igihano cyâigifungo cyari cyahawe Dominic Ongwen umwe mu bayobozi bâinyeshymba za LRA zâAbagande kubera gufata ku ngufu, kwica no gushimuta abana . Dominic Ongwen yahamijwe ibyaha 61 mu myaka ibiri ishize birimo ubwicanyi, gufata ku ngufu, gushyingira ku gahato no kwinjiza abana mu nyeshyamba […]
Tshisekedi yahuye na Senateri Menendez usaba USA gufatira u Rwanda ibihano

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yahuye na Perezida wa komisiyo ishinzwe ububanyi nâamahanga muri sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika, Senateri Bob Menendez, usanzwe usabira u Rwanda gufatirwa ibihano. Ibiro bya Perezida wa RDC byasobanuye ko aba bombi bahuye kuri uyu wa 15 Ukuboza 2022, bagirana ikiganiro ku buryo […]
Perezida Ndayishimiye yiteze ko M23 itangira gusubira inyuma

Perezida wâu Burundi akaba nâUmuyobozi Mukuru wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko yiteze kumva umutwe witwaje intwaro wa M23 utangira gusubiza ingabo zawo inyuma. Ndayishimiye yabitangaje nyuma yo kugirana ikiganiro na Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi hamwe n’uwa Angola, JoĂŁo Manuel Lourenço kuri uyu wa 15 Ukuboza […]
Rusizi: Umukobwa yasobanuye uko yegetse inda ku musore baririmbanaga muri korali

Mu ngeri zâihohoterwa, cyane cyane irishingiye ku gitsina ziboneka mu karere ka Rusizi, bamwe mu barikorewe bavuga ko harimo iryo bakorewe nâabo mu miryango yabo batanatekerezaga ko baribakorera kubera uburyo babaga babizeye, bakabategeka kuriceceka, hakaba ababyemera ngo banga ko biteranya imiryango cyangwa bikabakura nâaho bari bibereye. Mu bagore nâabakobwa baganiriye na Bwiza.com, bakorewe ihohoterwa rishingiye […]
Ingabo za EAC nizidutera, tuzirwanaho: M23

Perezida wâumutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ingabo zâibihugu byâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo mu mutwe uzwi nka EACRF, nizibagabaho ibitero, bazirwanaho. Bisimwa yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru baturutse mu bihugu bitandukanye, cyabereye mu mujyi wa Bunagana, teritwari ya Rutshuru kuri uyu wa 14 […]
Beni: FARDC iravuga ko yivuganye abarwanyi ba ADF barimo komanda wabo
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ziratangaza ko zishe inyeshyamba eshatu za ADF zirimo komanda wazo mu Murenge wa Ruwenzori muri Teritwari ya Beni, muri Kivu yâAmajyaruguru . Byari mu gikorwa cyakozwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, itariki 15 Ukuboza 2022, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo muri ako […]
Nibishaka wahoze ari umuyobozi wungirije wa RGB yakatiwe imyaka 5 ariko akazafungwa igice
Umuyobozi mukuru wungirije w’ikigo gishinzwe imiyoborere mu Rwanda (RGB), Emmanuel Nibishaka, yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 kandi acibwa ihazabu ingana na miliyoni 3 z’amafaranga y’u Rwanda nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’uburiganya no gukoresha inyandiko mpimbano . Umucamanza mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Ukuboza yavuze ko Nibishaka azakora kimwe cya kabiri […]
Minisiteri yâuburezi yatangaje amanota yâibizamini bisoza amashuri yisumbuye
Kuri uyu wa Kane, Minisiteri yâUburezi yatangaje amanota yâibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022 . Umunyamabana wa leta ushinzwe amashuli abanza nâayisumbuye, Dr Gaspard Twagirayezu, yavuze ko mu bumenyi rusange muri uyu mwaka hakoze abakandida 46125, na (1481 bigenga) mu mashuri ya tekiniki 19916 na (1424 bigenga) mu nderabarezi (TTC) 2891na […]
Musanze: Uwari ukurikiranweho kwica mukuru we yakatiwe imyaka 25 y’igifungo
Urukiko rwisumbuye rwa Musanze kuwa Kabiri ushize, italiki 13 Ukuboza 2022, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo wishe mukuru we amuziza umutungo bumukatira igifungo cy’imyaka 25 . Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe ku itariki ya 04 Nzeri 2022 mu ma saa mbiri zâijoro, agikorera mu Mudugudu wa Gataraga, Akagari ka Rubindi, Umurenge wa Busogo ho […]
Ububi n’ingaruka ziterwa n’ibikozwe muri palasitiki

Muri iki gihe Isi ikomeje guhangana nâibibazo biterwa nâiyangirika ryâibidukikije, ubushakashatsi bugaragaza ko ibikomoka kuri palasitiki biri mu bihumanya ikirere bikozwe nâimyuka inyuranye yoherezwayo nâibikorwa bya muntu. Iri humana riterwa no kwirundira hamwe kwâimyanda ikozwe muri palasitiki cyangwa iyâibifitanye isano na yo mu bice binyuranye byâIsi. Ubushakashatsi bugaragaza kandi ko buri segonda, hari toni zirenga […]
Umuyobozi wa OMS yavuze ko Ingabo za Eritrea zishe se wabo
Kuri uyu wa Gatatu, umuyobozi wâishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima (OMS), Tedros Adhanom Ghebreyesus, yavuze ko ingabo za Eritrea “zishe” se wabo mu ntara ya Tigray muri Ethiopia . Minisitiri wâitangazamakuru muri Eritrea, Yemane Gebremeskel, ntiyigeze asubiza icyifuzo cyo gutanga ibisobanuro kuri ibyo birego. Umuyobozi mukuru wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus, wahoze ari minisitiri […]
Kagame critique les Ătats-Unis Ă propos de la dĂ©tention de Rusesabagina
Le prĂ©sident rwandais Paul Kagame a critiquĂ© mercredi les Ătats-Unis pour les inquiĂ©tudes qu’ils ont soulevĂ©es dans le cas de Paul Rusesabagina, un rĂ©sident permanent amĂ©ricain emprisonnĂ© au Rwanda qui a Ă©tĂ© dĂ©peint comme un hĂ©ros dans le film “Hotel Rwanda” . Rusesabagina, 67 ans, a Ă©tĂ© condamnĂ© l’annĂ©e derniĂšre Ă 25 ans de prison […]
Bosco Ntaganda yoherejwe mu Bubiligi
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rukorera i La Haye mu Buholandi rwajyanye Umunyekongo Bosco Ntaganda muri gereza ya Leuze-en-Hainaut yo mu Bubiligi kugira ngo arangirizeyo igifungo cyâimyaka 30 yakatiwe. Uru rukiko rusobanura ko rwohereje Ntaganda muri iyi gereza kuri uyu wa 14 Ukuboza 2022, ruti: âBosco Ntaganda, wahamijwe ibyaha byâintambara nâibyaha byibasira inyokomuntu yakoreye muri RDC, […]
U Burusiya bwatangaje ko nta gahenge buteganya guha Ukraine kuri Noheri
U Burusiya bwavuze ko nta gahenge buteganya guha Ukraine mu gihe cyo kwizihiza Noheri nyuma yâamezi 10 yâintambara muri iki gihugu, bwanga umuhamagaro wa Kyiv wo kuzaba bwamaze gusubiza inyuma ingabo zabwo kuri Noheri mu rwego rwo guhagarika amakimbirane akomeye mu Burayi kuva Intambara ya Kabiri y’Isi Yose irangiye . Kugeza ubu u Burusiya na […]
Igihu kinshi cyatumye indege zitinzwa kugwa cyangwa kuva ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Kigali
Sosiyete yâigihugu yâubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, kuri uyu wa 14 Ukuboza yatangaje itinda ry’indege ziza cyangwa ziva i Kigali kubera igihu kinshi ku Kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali . âKubera kutagaragara neza bitewe nâigihu kinshi ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Kigali, turateganya ko indege zikererwa kugera cyangwa kuva i Kigali. Turasaba imbabazi ku kibazo […]
Ngoma: Abagabo 2 n’umugore bakurikiranweho gukubita umumotari bakamwiba moto
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Ngoma kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Ukuboza 2022, bwaregeye urukiko dosiye bukurikiranyemo abagabo babiri nâ umugore umwe bafashwe bakubita ndetse baniba umumotari moto ye . Ubwo bari bamaze iminsi bapanga uburyo bazamburamo moto umumotari bakayitwara, abaregwa bose bashatse undi wabafasha wâumugore bamugurira telephone na sim card azajya avuganiraho nabo. […]
USA: Perezida Kagame yitabiriye inama yayobowe na Ndayishimiye w’u Burundi (Amafoto)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yitabiriye inama yo gusuzuma ndetse no kungurana ibitekerezo ku byerekeye ishyirwa mu bikorwa ry’ibiganiro bya Nairobi ndetse na gahunda ya Luanda igamije gucubya umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa. Ni inama yabereye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho Perezida Kagame n’abakuru b’ibihugu bagenzi be […]
Perezida wa Ghana yasabye Afurika kureka gusabiriza
Perezida wa Ghana, Nana Akufo-Addo yasabye ibihugu byo kumugabane wa Afurika gukomeza gusabiriza ubufasha mu bindi bihugu kuko ngo ni impamvu ituma bisuzugurwa. Ni ubusabe yagejeje kuri ibi bihugu ubwo kuri uyu wa 13 Ukuboza 2022 i Washington DC hatangizwaga inama ihuza abakuru bâibihugu birenga 40 byo ku mugabane wa Afurika nâuwa Leta zunze ubumwe […]
Rusizi: Bagaragarijwe uruhare rwâingo mbonezamikurire ku mutekano wâabana bato

Abaturage ba tumwe mu tugari twâimirenge ya Nzahaha, Rwimbogo na Gashonga mu karere ka Ruzizi, barishimira ko abana babo bato bahawe ingo mbonezamikurire zatumye batekana mu gihe ababyeyi babo bagiye mumirimo.Babigaragarije mu gikorwa cyo gutaha ku mugaragaro izo ngo, zubatswe ku nkunga na Help a Child Rwanda. Akarere ka Rusizi kavuga ko, ku bufatanye na […]
Rusizi: Abahinzi b’umuceri barashinja ubuyobozi bw’akarere kubagusha mu gihombo

Abahinzi bâumuceri mu kibaya cya Bugarama, mu karere ka Rusizi, barashinja ubuyobozi bwâakarere kubagusha mu gihombo cya miliyoni hafi 2 zâamanyarwanda amaze guhabwa abanyamuryango bâamakoperative nkâinsimburamubyizi, bitabira amatora ahora asubikwa, hakibazwa uzabyirengera. Intandaro yâiki gihombo no kutavuga rumwe hagati yâaba bahinzi nâubuyobozi bwâakarere, ngo ni amatora ya komite nyobozi yâumuryango wâabakoresha amazi mu muceri (Water […]
Kenya: Komanda wa polisi ari mu mazi abira azira kwandika ibaruwa iburira ibitero bya Al Shabaab
Umukuru wâIgipolisi cya Kenya, IGP Japhet Koome, yafatiye ingamba Komanda wa Polisi ahitwa Makadara kubera ibaruwa ivuga ko umutwe wâiterabwoba al Shabaab urimo gutegura ibitero mu duce tumwe na tumwe twa Nairobi . IGP Koome avuga ko uyu mupolisi atari yemerewe gukwirakwiza iyi baruwa ivuga ko hashobora kuba ibitero. “Twisunze uburyo bw’itumanaho muri serivisi yâigipolisi […]
Kibumba: M23 yijejwe ko itazagabwaho ibitero mu gihe yasubira inyuma

Umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) wasezeranyijwe ko utagabwaho ibitero mu gihe watangira kuva mu birindiro wafashe mu gihe cya vuba. Nkâuko byemejwe nâUmuvugizi wa operasiyo Sokola 2, Lt Col. Ndjike Kaiko Guillaume, iyi ngingo iri mu byaganiriweho ubwo M23 yakiraga intumwa zâingabo za RDC, izâibihugu […]
Le Rwanda se classe au cinquiĂšme rang pour l’ouverture des visas en Afrique
Le Rwanda a Ă©tĂ© classĂ© cinquiĂšme pour l’ouverture des visas en Afrique et premier dans la rĂ©gion de l’Afrique de l’Est parmi les pays ouverts aux visiteurs d’autres pays africains . C’est selon les auteurs du dernier rapport Africa Visa Openness 2022. Le Rwanda s’est classĂ© cinquiĂšme dans le classement de cette annĂ©e et parmi […]
Pasteur Niyonzima yatangaje ko yabangikanyaga ivugabutumwa no gukorera FDLR
Pasiteri Niyonzima Jean Damascene ukomoka mu yahoze ari Komini Kinyami muri Perefegitura ya Byumba, yatangaje ko yabangikanyaga umurimo wâivugabutumwa no gukorera umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda. Uyu mushumba bigaragara ko akuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2022 yasobanuriye abasirikare ba M23 bamufite ko yavuye mu Rwanda mu mwaka wâ1994, ajya muri […]
Impuguke za UN zirashinja ingabo za Uganda gufasha M23
Impuguke zâUmuryango wâAbibumbye zikurikiranira hafi ibibazo bishingiye ku mutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo zirashinja ingabo kabuhariwe za Uganda gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Nkâuko ikinyamakuru Africa Intelligence cyabitangaje kuri uyu wa 14 Ukuboza 2022, aya makuru yemeza ko ingabo za Uganda zifasha M23 yanakusanyijwe nâabakozi mu rwego rwâubutasi rwa […]
Facebook irasabwa indishyi ya miliyari 2$ ishinjwa guhembera urwango mu ntambara yo muri Ethiopia
Algorithm ya Facebook yafashije mu gukwirakwiza virusi yâurwango nâurugomo mu gihe cyâintambara yâabenegihugu muri Ethiopia, nk’uko ikirego yarezwemo muri Kenya kivuga . Abrham Meareg, umuhungu wâumwarimu wa kaminuza wo muri Ethiopia warashwe nyuma yo kwibasirwa ku rubuga rwa Facebook, ari mu batanze ikirego kirega Meta. Barashaka indishyi ya miliyari 2 zâamadolari ku bantu bahohotewe bazira […]
Kicukiro: Urukiko rwarekuye byâagateganyo abakozi ba RBC baregwa amanyanga mu itangwa ryâamasoko
Kuri uyu wa Kabiri ushize, urukiko rwâibanze rwa Kicukiro, rwarekuye byâagateganyo abayobozi benshi bâIkigo cyâIgihugu cyâUbuzima (RBC) batawe muri yombi bashinjwa amanyanga mu itangwa ryâamasoko batanga isoko rya miliyari nyinshi ku bakozi bagenzi babo . Urukiko ariko rwagumije muri gereza Fidele Rwema, umushoramari akaba n’umukozi wa RBC kubera uburiganya mu kubona isoko rifite agaciro ka […]
Abana barindwi bari mu barwanyi ba ADF ingabo za Uganda zafashe mpiri

Ibiro byâUmuvugizi wâigisirikare cya Uganda, Brig. Gen. Felix Kulayigye kuri uyu wa 13 Ukuboza byatangaje ko mu barwanyi bâumutwe wâiterabwoba wa ADF bagabye igitero mu karere ka Ntoroko, hishwemo 11, abandi 8 bafatwa mpiri. Aba barwanyi bagabye iki gitero mu gace ka Kyapa mu rukerera, nyuma yo kwambuka umugezi wa Semuliki utandukanya Uganda na Repubulika […]
EU irateganya gukomeza gukorana nâu Rwanda ku bibazo byugarije umutekano mpuzamahanga

Ambasaderi wâUmuryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi mu Rwanda, BelĂ©n Calvo Uyarra, yashimye ibikorwa bya gisirikare byâigihugu mu majyaruguru ya Mozambique ashimngira ko ari igisubizo âcyizaâ ku bibazo byâumutekano muri Afurika kandi barimo kuvugana nâu Rwanda mu guhangana nâibibazo byugarije umutekano mpuzamahanga . Uyarra wabaye Ambasaderi wa EU mu Rwanda kuva muri Nzeri, yabitangaje kuri uyu […]
Umusirikare mukuru w’u Bwongereza yahishuye ko ingabo zabo zakoze ibikorwa bidasanzwe muri Ukraine
Lt. Gen. Robert Magowan yanditse mu kinyamakuru cyâingabo zâAbongereza ko Ingabo zâiki gihugu muri Mata zakoze ibikorwa bya gisirikare bidasanzwe bikomeye muri Ukraine. Mbere yâuko Magowan ahishura ibi, u Burusiya bwari bwarakunze kuvuga ko ingabo zo mu bihugu bigize NATO zigira uruhare mu ntambara yo muri Ukraine ariko ibinyamakuru nâabasesenguzi bo mu burengerazuba bakabihakana . […]
Umurwanyi wafashwe mpiri yavuze ba ‘General’ 10 bayoboye FDLR

Adjudant Uwamungu Innocent ukomoka mu yahoze ari komini Mutura muri Perefegitura ya Gisenyi (ubu ni mu karere ka Rubavu) yatangaje amazina yâabasirikare bakuru bayoboye umutwe witwaje intwaro wa FDLR barimo 10 bafite amapeti yo mu cyiciro cya General. Uwamungu uri mu maboko yâumutwe witwaje intwaro wa M23, kuri uyu wa 13 Ukuboza 2022 yatangaje ko […]
Burera: Umuryango w’abantu 6 urasaba gutabarwa

Umuryango utishoboye ugizwe n’abantu batandatu wo mu mudugudu wa Karambo, akagari ka Kagitega, umurenge wa Cyanika urasaba ubufasha ukubakirwa inzu yo kubamo kubera ko iyo babamo ibateye impungenge ko ishobora kubagwira kubera gusaza cyane. Ni Umuryango w’umugabo witwa Ngirabakunzi BĂ©njamin, umugore we Nyiransenga EspĂ©rance n’abana babo bane, bose bakaba barara mu nzu ishaje bafite impungenge […]
USA yasubijeho ibihano yari yarakuriyeho General Bunyoni
Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zasubijeho ibihano zari zarafatiye General de Police Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri wâIntebe wâu Burundi. Ibiro bya USA bishinzwe ububanyi nâamahanga tariki ya 9 Ukuboza byasobanuye ko Bunyoni yafatiwe ibihano kubera ibikorwa bibangamira uburenganzira bwâikiremwamuntu bimushinja gukora. Byagize biti: âAlain Guillaume Bunyoni (Bunyoni) wabaye umuyobozi mu Burundi. Hashingiwe ku gika […]
Abanyeshuri bahishuye uruhare rwabo muri rwaserera iri hagati ya INES-RUHENGERI na Mwarimu Musanganya
Umuyobozi w’Ihuriro ry’Abanyeshuri biga muri Kaminuza ya INES-RUHENGERI, Ntivuguruzwa Dieudonne, avuga ko ari impamo ko bandikiye Musenyeri Harolimana Vincent, Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri akaba n’Uhagarariye iyo kaminuza mu mategeko, ubugira kabiri, bamusaba ko uwitwa Musanganya Faustin, umwe mu banyamuryango shingiro ba Kaminuza ya INES-RUHENGERI, yakwirukanwa kuko yahamwe n’icyaha cy’ingengabitekerezo ya jenoside, akanabihanirwa. BWIZA […]
Imvubu yarutse umwana wâimyaka 2 ari muzima
Imvubu yarutse umwana wâimyaka 2 yâamavuko witwa Paul Yiga, ufite ubarizwa mu gace ka Katwe-Kabatooro mu karere ka Kasese muri Uganda, ari muzima. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, Fred Enanga, yasobanuye ko iyi mvubu yari ivuye mu kiyaga cya Edouard mu masaa munani ya tariki ya 4 Ukuboza 2022, yamize uyu mwana ubwo yamusangaga ari […]
Amafoto: M23 yakiriye intumwa z’ingabo za EAC na FARDC

Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko wakiriye intumwa zirimo izâingabo zâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EACRF), ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (FARDC), iza MONUSCO, izâurwego rushinzwe umutekano wo ku mipaka mu karere kâibiyaga bigari (EJVM) nâizâurwego ruhuriweho rushinzwe iperereza ruyobowe nâumusirikare wa Angola. Umuvugizi wa M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, mu […]
IRMCT iravuga ko ubu umuntu ishyize imbere mu gushakisha mu bakekwaho jenoside ari Kayishema

Serge Brammertz, Umushinjacyaha wâUrwego Mpuzamahanga rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe nâUrukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda, yavuze ko mu gushakisha abantu bane basigaye bakekwaho uruhare muri jenoside bahunze ubutabera, ushyizwe imbere ari Fulgence Kayishema, ukurikiranyweho ubwicanyi bwâimpunzi zirenga 2000 . Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Ukuboza, ubwo yagezaga ku Kanama kâUmutekano ka Loni iterambere […]
Le FMI approuve un financement climatique de 319 millions de dollars pour le Rwanda
Le Fonds monĂ©taire international (FMI) a approuvĂ© un prĂȘt de 319 millions de dollars (environ 342 milliards de Frw) pour financer des projets de lutte contre le changement climatique au Rwanda . Le financement est garanti dans le cadre de la FacilitĂ© pour la rĂ©silience et la durabilitĂ© (RSF), une initiative qui vise Ă aider […]
Rurageretse hagati ya Harmonize nâuwari umukunzi we bapfa imodoka yari yaramuguriye
Fridah Kajala wahoze ari umukunzi wa Harmonize yanze kumusubiza Range Rover yahawe nkâimpano nâuyu muririmbyi havuka intambara yâamagambo hagati yabo . Harmonize yerekanye Range Rovers ebyiri yari yarahaye Kajala mu ntangiriro zâuyu mwaka ubwo yari arimo kumureshya ngo basubirane. Icyo gihe, Harmonize yavuze ko yahisemo ubwo bwoko bwâimodoka kuko yari imodoka yâinzozi ya Kajala. Yongeyeho […]