Umukunzi wa Jason Derulo yagaragaye ku mazi ari mu myambaro igaragaza ikimero -AMAFOTO
Mu gihe Jason Derulo amaze iminsi mu biruhuko muri Mexco ari kumwe n’umukunzi we Daphne Joy ,kuri uyu wa mbere nibwo yongeye kugaragara yambaye ikariso y’udushumi n’akarega k’amabere. Muri iyo myambaro igaragaza ikimero uko cyakabaye atembera ku mazi no ku mucanga, Jason we ntiyagaragaye, byanatumye ababakurikiranira hafi iby’urukundo rwabo bibaza impamvu. Ikinyamakuru hellowoodlife dukesha iyi […]
Ibyamamare 5 bivumira ku gahera Donald Trump wiyamamariza kuba Perezida wa USA
Mu gihe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari mu myiteguro y’amatora y’umukuru w’igihugu muri uyu mwaka, umwe mu biyamamariza kuba Perezida Trump aragenda avumirwa ku gahera na bimwe mu byamamare bitandukanye. 1.John Legend Uyu mugabo ukunda gucisha make, nawe yagaragaje amarangamutima ye, yemeza ko yanga Trump ku bw’amagambo ye ngo atameshe kandi afite imyaka […]
Amwe mu mateka yaranze ubuzima bwa Chuck Norris
Amazina ye arambuye ni Carlos Ray Norris wamenyekanye cyane muri filime nka Delta Force, Missing In Action, Way of the Dragon yakinanye na Bruce Lee, Expendables 2,..Dore amwe mu mateka yaranze ubuzima bwe. Uyu mukinnyi yamenyekanye cyane ku isi yose ku izina rya Chuck Norris. Uretse kuba umukinnyi wa filime wabaye igihangange, Norris ni n’umusirikare […]
Tanzania: Indaya 500 n’abakiriya bazo 300 mu maboko ya polisi
Tanzania yataye muri yombi abakekwaho gukora uburaya babarirwa muri 500 ndetse na hafi 300 y’abasambane babo mu rwego rwo guca uburaya. Byari bitegenyijwe ko aba mbere muri aba bagezwa imbere y’urukiko kuri uyu wa gatatu nk’uko uwungirije umukuru w’igipolisi muri Dar es Salaam yabitangarije BBC dukesha iyi nkuru yemeza itabwa muri yombi ryabo. Imiryango iharanira […]
Nyabihu: Murekatete yafatanywe ibiro 60 by’urumogi
​ Ku itariki ya 14 Werurwe, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu yafatanye umugore witwa Murekatete Gaudence udupfunyika ibihumbi 10 tw’urumogi, ubu akaba afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Mukamira mu gihe iperereza rikomeje. Uru rumogi rukaba rwarasanzwe mu mwobo yari yaracukuye mu nzu ye iherereye mu mudugudu wa Rushungura, akagari ka Nyirakigugu […]
Umubano mushya hagati ya Tanzania n’u Rwanda ukomeje gutanga icyizere
Hakomeje kugaragara impinduka mu mubano w’u Rwanda na Tanzania, aho abakuru b’ibihugu byombi muri iyi minsi bari kumvikana bashimagizanya mu rwego rwo kugerageza gusiga inyuma umwuka mubi, wari wavutse hagati y’ibihugu byombi muri manda ya nyuma ya perezida Jakaya Kikwete, bagafatanya gutera imbere. Perezida Kagame wagaragaje kutishimira Tanzania mu bihe bya nyuma bya manda ya […]
Umunyamerika yakatiwe imyaka 15 muri Korea ya ruguru
Urukiko rw’ikirenga mu gihugu cya Koreya ya Ruguru rwaciriye urubanza umunyeshuri w’umunyamerika rwo gufungwa imyaka 15 no gukora ibikorwa bifitiye igihugu akamaro nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bya leta muri Koreya ya Ruguru. Uyu musore azira kuba yarangije ibikorwa bya leta nkana. Otto Warmbier w’imyaka 21, yemeye ko yibye ibyapa kimwe kiriho inyandiko za politiki zari muri […]
Mariah Carey yakorakowe n’ababyinnyi be ku rubyiniro -REBA AMAFOTO
Mu gitaramo Mariah Carey yakoreye SSE muri Scotland kuri uyu wa kabiri taliki 15 Werurwe 2016,cyashimishije abafana mu buryo bugaragara bitewe n’uburyo yaririmbye ababyinnyi be bamukorakora. Mbere y’uko agera ku rubyiniro uyu muririmbyikazi yabanje kwifotoza amafoto ayasangiza abakunzi be ku rubuga rwe rwa Instagram, aho byasaga nko kubamenyesha ko yamaze kuhasesekara. Nk’uko bitangazwa na Dailymail […]
Hagati ya Maj.Rudasingwa Théogene na Rucyahintare wiyise umusirikare wa RDF ninde munyakuri ?
Majoro Dr Rudasingwa Théogene umwe mu barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ukuriye umutwe wa RNC amaze iminsi atangaza ko Rucyahintare Cyprien uherutse gufatirwa mu Burundi yiyita intasi n’umusirikare wa RDF ufite ipeti rya Majoro. Rucyahintare Cyprien ku giti cye we yavuze ko afite ipeti rya caporal mu gihe umuryango we n’abaturanyi bavuga ko uyu musore atigeze […]
Museveni ahangayikishijwe n’umubano wa Uganda na Amerika Donald Trump natorwa
Ibihugu nk’u Bushinwa, Koreya y’Epfo, Canada n’ibindi ntabwo ari byo bihugu byonyine bihangayikishijwe n’ahazaza h’umubano wabyo mu by’ubucuruzi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe Donald Trump yatorerwa kuyobora iki gihugu nk’uko tubikesha Chimpreports ivuga na Uganda yagaragaje izi mpungenge ivuga ko naramuka atowe bishobora kuzagabanya ibyo Uganda yoherezaga muri iki gihugu. Ubwo perezida […]
Urujijo: Ingabo za Vladimir Putin ngo zigiye kuva muri siriya ariko ntavuga umubare
Uburusiya bwatangiye ibikorwa bya gisilikare mu gihugu cya Siriya ku italiki 30 Nzeri 2015, ibyo bikorwa bya gisirikare bikaba byari bigamije kurwanya ibyihebe byo mu mutwe w’intagondwa za kisilamu n’indi mitwe irwanya perezida wa Siriya Bachar Al-Assad ufatwa nk’inshuti magara y’igihugu cy’Uburusiya. Kuri uyu wa mbere taliki ya 14 Werurwe 2016, Perezida Vladimir Poutin e […]
Uganda: Umupolisi yivuganye abaturage babiri abarashe
Umupolisi ahitwa Kazo mu Karere ka Kiruhura mu gihugu cya Uganda yatawe muri yombi azira kurasa akica abaturage babiri yashinjaga guteza umutekano mucye kuri station ya polisi. Uyu mupolisi witwa Sam Bebirweki ngo yarashe mu gatsiko k’abatwara bodaboda bari bateye station ya polisi ya Kanoni ngo bashaka umuntu ufunze azira kuba yaribye moto. Abaturage bishwe […]
Ikibazo cy’abimukira hagati ya Israel n’u Rwanda gikomeje guteza impagarara
Itangazamakuru nyuma ryahawe izi nyandiko, harimo n’icyemezo cy’urukiko rw’Ikirenga ubwarwo cyavugaga inyandiko z’uru rubanza zigiye gusubirwamo hakavanwamo izina ry’igihugu kiri mu nzira y’amajyambere abimukira barimo kwimurirwamo nk’uko Jerusalem Post dukesha iyi nkuru ivuga. Urukiko ariko rwanabajije leta ibibazo bikomeye ku ishyirwa mu bikorwa ry’iri yimura ry’abimukira ndetse n’uko aba bimukira bakwizezwa kuzafatwa neza aho bazimurirwa. […]
RDC : Nyuma yo kugabwaho ibitero FDLR yihimuye 7 bahasiga agatwe
Mu mpera z’icyumweru gishize umutwe wa FDLR wagabweho ibitero n’ingabo za FARDC mu gace ka Rutshuru bucya uyu mutwe nawo ujya kwihimura ku kubabagabyeho ibitero 7bahasiga agatwe Amakuru aturuka mu ngabo za FARDC avuga impamvu yo kugaba ibitero kuri FDLR ari mu rwego rwo kurangiza burundu ikibazo cy’umutekano muke uterwa na FDLR muri aka gace […]
RGB ifatanyije na UNDP bari mu gikorwa cyo gufasha imiryango itegamiye kuri Leta
Imiryango 19 itegamiye kuri Leta, yajyanywe mu karere ka Bugesera mu Burasirazuba bw’igihugu guhugurwa n’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere RGB, ku bufatanye n’amashami y’umuryango w’abibumbye atandukanye, arimo irishinzwe iterambere UNDP, irishinzwe umuryango UNFPA. Iyi miryango ikaba iri guhugurwa mu bijyanye no gucunga umutungo wayo, no kubaka ubushobozi mu mikorere ; mu gihe yatoranijwe n’iki kigo igahabwa inkunga […]
Umuyobozi mukuru muri Islamic State yapfuye
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga umwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa Islamic State uzwi nka Omar the Chechen yitabye Imana azize ibikomere yakuye mu bitero by’indege za Amerika muri Syria mu cyumweru gishize. Abayobozi mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari babanje gutangaza ko uyu mugabo yicanywe n’abarwanyi be 12 mu gitero […]
Marco Rubio wari uhanganye na Donald Trump nawe yakuyemo akarenge
Senateri Marco Rubio, ukomoka muri Leta ya Florida akaba umukandida waharaniraga kuzahagararira ishyaka ry’aba rebubulikani mu matora ya perezida wa repubulika yatangaje ko yikuye muri aya matora yo gushakisha umukandida uzahagararira iri shyaka. Ibi bibaye nyuma y’aho hasohokeye imibare y’ibyavuye mu matora y’ijonjora yabaye kuri uyu wa Kabiri mu ma leta ya Carolina y’Amajyaruguru, Florida, […]
Imwe mu myitwarire yatuma satani atakuriganya
Iyo Imana iguhaye amasezerano, bisaba ko ugira imyitwarire iyinogeye kugira ngo asohore kandi mu gihe cyayo . Dore imwe mu myifatire yatuma satani atakuriganya: Kwirinda kugendana nabo Imana ikubujije, n’ubwo mwaba musanzwe muhuriye kuri byinshi, kuko Abraham ataratandukana na Loti yahoraga mu kuzerera ariko bamaze gutandukana, Imana yamweretse igihugu yamubwiye. Itangiriro 13:14 – Loti amaze […]
Imwe mu myitwarire yatuma satani atakuriganya
Iyo Imana iguhaye amasezerano, bisaba ko ugira imyitwarire iyinogeye kugira ngo asohore kandi mu gihe cyayo . Dore imwe mu myifatire yatuma satani atakuriganya: Kwirinda kugendana nabo Imana ikubujije, n’ubwo mwaba musanzwe muhuriye kuri byinshi, kuko Abraham ataratandukana na Loti yahoraga mu kuzerera ariko bamaze gutandukana, Imana yamweretse igihugu yamubwiye. Itangiriro 13:14 – Loti amaze […]
Polisi y’u Rwanda irongera kwibutsa abatwara ibinyabiziga kubahiriza amategeko
Nyuma y’aho kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Werurwe Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana ifatiye imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Hiace ifite Pulaki RAB 567B, ubusanzwe igenewe gutwara abagenzi ariko icyo gihe ikaba yari ipakiye toni imwe n’igice z’ibitoki, bikaba byari bije gucururizwa i Kigali, Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa […]