RDC: Babiri bakatiwe urwo gupfa, abandi bahanishwa gufungwa imyaka 5
Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo rwahamije ibyaha by’ubwicanyi ndengakamere buherutse gukorerwa Abasivile muri Kivu ya ruguru abagabo 4, aho 2 muri bo basabiwe gucibwa imitwe bandi bagahabwa igifungo cy’imyaka 5 buri wese. Aba bagabo bakurikiranyweho kwica urubozo abaturage mu gace ka Beni muri kiriya gihugu ndetse no kubahohotera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Colonel […]
Umunyarwenya Anne Kansiime agiye kuva mu mwuga w’urwenya akore ibindi
Buri kintu kigira itangiriro kikagira n’iherezo, ibi nibyo bishobora no kuba bigiye kuba ku mugore wabiciye bigacika haba mu gihugu cya Uganda no hanze ya cyo mu gutera urwenya, Kansiime Anne. Uyu mugore wamenyekanye cyane mu rwenya, Anne Kansiime yatangaje ko mu minsi itarambiranye ashobora kuba yamaze kubona ikindi cyo gukora mu bijyanye n’ubucuruzi akava […]
Ibikorwa 10 bya Special Forces byagenze uko bitateguwe bikagira ingaruka
Mu bihugu bitandukanye hari imitwe kabuhariwe ya gisirikare ikora akazi gateye ubwoba kadapfa gukorwa n’abandi basirikare basanzwe kandi bakagakora neza. Ku rundi ruhande ariko wirengagije uko iyi mitwe iba yaratojwe hari igihe igira gutya ikisanga mu bintu idashobora kugenzura bigatuma ubutumwa yahawe budasohozwa. Dore ibikorwa bitanu mu uhereye inyuma mu icumi tuzabagezaho bitagenze uko byari […]
Umupasiteri akurikiranyweho gutwika umugore agapfa ngo aramwirukanamo abadayimoni
Umupasiteri witwa Juan Rocha w’imyaka 23 y’amavuko na bamwe mu bamwungirije muri Nicaraguan muri leta zunwe ubumwe z’Amerika bakurikiranyweho gutwika umugore ari muzima ngo baramwirukanamo amadayimoni nyuma akaza gupfa. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mugabo na bagenzi be 4 barimo uwitwa Tomasa, Pedro Rocha, Franklin Jarquin ndetse na Esneyda Orozco, bahanishijwe igifungo cy’imyaka […]
Amateka ya bimwe mu biro ntaramakuru bikomeye ku Isi
Aka wa mugani w’umunyarwanda ngo “Uwambaye Ikirezi ntamenya ko kera”! Ni kenshi usanga itangazamakuru rikunze kwibanda ku kuvuga ku makuru n’amateka y’iby’abandi bakoze ariko ryo ubwaryo kiyibagirwa. Ubajije buri wese umukinnyi wo mu Bwongereza watsinze ibitego byinshi muri season iyi cyangwa iriya abantu benshi bagusubiza badategwa! Nyamara uwabaza abantu umunyamakuru wabaye ikirangirire mu gutara cyangwa […]
Diane Rwigara: Ibyamubayeho ngo byamwongereye imbaraga kandi yiteguye kuzatsinda amatora
Diane Rwigara ushaka kwiyamamariza guhatana mu matora ya perezida wa repubulika ateganyijwe muri Kanama mu Rwanda aravuga ko ibiherutse kumubaho hashyirwa ahagaragara amafoto ye yambaye uko yavutse bitamuciye intege kandi ko gahunda ye ikomeje. Ibi akaba yabitangaje ubwo yari asohotse muri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora avuye gutanga urutonde rw’abantu bazajya kumusinyishiriza no gusaba iyi komisiyo impapuro […]
Florida: Umugabo yateje urujijo mu mujyi ubwo yatemberanaga inzoka nini ya metero zisaga 5 (Amafoto)
Umugabo witwa Andre wo mu mujyi wa Hulk Hogan yaciye agahigo muri kiriya gihugu ko gufata inzoka nini yo mu bwoko bw’uruziramire ari nzima byongeye akayifatisha intoki ze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yo kubona uyu mugabo ateembera mu mujyi n’inzoka ya metero zisaga 5 ku bitugu bye, abantu benshi batangiye kumukurikira no kumutwaza bajya kureba aho […]
Kigali iragenda igana mu cyerekezo cyo kuba umujyi utunganye (Smart City)
Kigali, Umurwa mukuru w’u Rwanda uragenda ugana mu cyerekezo cyo kuba umujyi utunganye (Smart City), uhereye ku bikorwa bitandukanye bimaze kuwushyirwamo, birimo interineti yihuta igera ku bantu benshi kandi ifasha mu iterambere ry’igihugu. Uyu mujyi ugeze ku rwego rwo kunoza imiturire mu bice bimwe na bimwe, nk’inyubako ndende(gratte ciel) ziri kuzamurwa hirya no hino muri […]
U Buhinde: Batashye ubukwe bishimye ariko abagera kuri 22 bahasiga ubuzima
Mu gihugu cy’u Buhinde byibuze abantu 22 bari batashye ubukwe bagwiriwe n’urukuta rw’inzu bahasiga ubuzima nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane n’igipolisi. Abashyitsi babarirwa muri magana bari barimo gufata amafunguro abandi bari hanze muri jardin mu ijoro ryakeye, kuri uyu wa gatatu, ubwo hazaga umuyaga ukaze wiganjemo ivumbi bikaba ngombwa ko biruka basubira mu nzu. […]
Amavubi: Abakinnyi 31 bagiye gukorerwa ibizamini ku buzima bwabo ku nshuro ya 2
Abakinnyi bagera kuri 31 bakina mu ikipe y’igihugu Amavubi bagiye kongera gukorerwa ibizamini by’imibiri ya bo ku nshuro ya kabiri, iri suzuma rikaba rizabera kuri Stade Amahoro muri uku kwezi kwa Gicurasi. Iri suzuma rizaba rigamije kureba uko ubuzima bwa bamwe mu bakinnyi buhagaze mu bijyanye n’umuvuduko wa bo n’ibindi bishobora kubabangamira mu gihe bari […]
Nyamasheke: Abarokotse Jenoside ntibashaka ko uwabiciye akomeza kubigishiriza abana
Ubwo hibukwaga Abatutsi baguye muri Kiliziya ya Shangi muri Jenoside yakorewe Abatutsi,abaharokokeye bagaragaje akababaro batewe no kuba umwe mu babiciye, yarasubijwe mu burezi akaba abigishiriza abana. Hategekimana Jean Bosco w’imyaka 52 y’amavuko, utuye mu kagari ka Mataba, umurenge wa Shangi muri Nyamasheke, yasubijwe mu mwuga w’uburezi, abana yigisha harimo abavuka ku babyeyi yiciye, bagashidikanya ku […]
Utuntu duto duto wakorera umukunzi wawe ukigarurira umutima we burundu
Ni kenshi usanga abantu bakundana urukundo rwa bo ntirurambe cyangwa kandi ahanini ugasanga hari aho umwe yakabaye ashyira imbaraga cyane mu gihe aba yamaze kuhabona. Ubusanzwe , abantu b’igitsinagore bakunda abantu babitaho, bakabatetesha ndetse rimwe na rimwe bakabishyiramo ingufu nyinshi ngo abakunzi babo babereke ko babitayeho. Hano hari utuntu umuntu yakwita duto duto abakobwa cyangwa […]
Gasabo: Umujyanama arashinja umuturage mu ruhame ko arwanya Leta
I Mbandazi mu murenge wa Rusororo, Perezida wa njyanama y’akagari yabwiriye umuturage mu ruhame ko afite imyumvire irwanya Leta. Ni nyuma y’uko uyu mujyanama yihaye umuhanda mu isambu y’uwo muturage, hakwitabazwa ubuyobozi umuhanda ugasibwa. Ibi byabaye ku gicamunsi cy’uyu wa kabiri tariki ya 9 Gicurasi, mu mudugudu wa Kataruha, mu kagari ka Mbandazi mu murenge […]
Ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 7,3% muri Mata 2017 ugereranyije na Mata 2016
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda cyashyize hanze igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Mata 2017, kigaragaza ko byagiye byiyongera mu mijyi no mu cyari ugereranyije n’umwaka ushize. Imibare isohorwa iba ari igipimo ngenderwaho cyifashishwa mu bukungu bw’u Rwanda kiboneka hifashishijwe gusa ibiciro byakusanyijwe mu mijyi. Ibiciro mu mijyi. Ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 7,3% mu kwezi […]
Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera Sida ikomeje gutanga icyizere cyo kubaho
Gufata imiti igabanya ubukana bwa Virusi itera Sida bikomeje gutanga icyizere cyo kubaho, i Burayi abayifata biyongereyeho imyaka 10 ku gihe gisanzwe cyo kubaho. Ibyo bigaragara ku mugabane w’u Burayi na Amerika ya Ruguru, ariko no muri Afurika ndetse no mu Rwanda, icyizere cyo kubaho cyagiye cyiyongera, aho usanga umwana wavukanye virusi itera Sida ashobora […]
Anonymous yatanze ibimenyetso iburira abatuye Isi ibasaba kwiteguta Intambara ya 3 y’Isi
Itsinda rya ba kabuhariwe mu kwinjira mu mabanga ahishe muri za mudasobwa rizwi ku izina rya Anonymous ryashyize ahagaragara video iburira abatuye Isi bose ngo bitegure Intambara ya 3 y’Isi mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya ya Ruguru bikomeje kwegereza ibikoresho by’intambara bitandukanye aho bishobora guhanganira. Ibimenyetso byose bigaragaza intambara itutumba mu […]
Nyamagabe: Inkomoko y’mvugo “Abatebo”, ubu bahindutse aba Très-bons
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Gasaka, mu karere ka Nyamagabe, bavuga ko imvugo bajyaga babita y’uko ari abatebo,ubu yavuyeho bakaba basigaye bitwa abatrès —bons. Inkomoko y’iyi mvugo , ngo yaterwaga n’uko abahakomokaga babohaga ibitebo, ugasanga babyikoreye ku mutwe bajya kubigurisha ahahoze ari mu makomini ya Gitarama, nabo bakahagura ibishyimbo n’amasaka. Nk’uko bitangazwa na […]