Zimbabwe: Abaturage bo mu karere Robert Mugabe avukamo bari mu gahinda gakomeye

Mu gihe mu mujyi mukuru wa Zimbabwe Harare kuri uyu wa 22 havuzwaga impundu ko umukambwe Robert Gabriel Mugabe yeguye ku butegetsi ,abandi cyane cyane bo mu duce uyu mu Perezida twegeranye n’aho avuka cyangwa ku ivuko bwite bararira ayo kwarika. Nkuko iyi nkuru dukesha Jeune Afrique ikomeza ibivuga , ubwo umunyamakuru yatambagizaga micro mu […]

Kumenya ko uri mu ntambara y’ umwuka ni umugisha- Pst Muyango James

Umushumba w’ Itorero, Potter’ s Hand,Pst James Muyango ashimangira ko iyo umukristu amenye ko ari mu ntambara y’ umwuka bituma afata ingamba z’ uburyo yayirwana ndetse kuri we bikaba ari ni umugisha ukomeye kumenya ko ari muri iyo ntambara. Iyi nyigisho yashingiye ku byanditswe biboneka muri Bibiliya, I Petero 5:8-9 , ijambo ry’ Imana rivuga […]

Nyamasheke: Ababyarira mu bitaro bya Kibogora baratabaza Leta na Minisante

Hashize igihe kirenga imyaka 2 mu bitaro bya Kibogora biherereye mu karere ka Nyamasheke, havugwa gufata nabi ababyebi bahabyarira, ubu bakaba basaba Leta ndetse na Minisiteri y’Ubuzima kwita kuri iki kibazo. Kuryama bacurikiranye ku gitanda kimwe ari 2 n’impinja baba bamaze kubyara, abategereje kubyara babura aho kuryama, abarwaza basasa muri koridoro bakarara bagerekeranye,… ni bimwe […]

Ese Perezida Joseph Kabila yaba yarakiriye ate ibyabaye kuri Robert Mugabe?

Nyuma yo guhirikwa ku butegetsi kwa Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, abazi umubano wihariye Perezida wa Congo-Kinshasa , Joseph Kabila Kabange yari afitanye n’ umukambwe Mugabe bagiye batangaza ko uko byagenda kose ababajwe n’ ibikorewe inshuti ye. Nta gitangaje kirimo kuba, Perezida Joseph Kabila yababazwa n’ ibyabaye kuri Robert Mugabe kubera inyungu runaka zabahuzaha ariko […]

Umugore yababajwe n’umusore we utereta umukobwa mugufi ahita yiyahura

Ku wa 17 Ugushyingo 2017, umurambo w’Umugore w’imyaka 47 y’amavuko witwaga Lin, wabonwe mu mugezi wa Ningling mu ntara ya Henan, mu gihugu cy’u Bushinwa, bigatangazwa ko yiyahuye abitewe n’agahinda yatewe n’umuhungu we utereta umukobwa mugufi. Umugabo w’uyu mugore wiyahuye, M. Gao w’imyaka 46 y’amavuko, hamwe n’uyu muhungu wabo, ubwo babonaga umurambo mu mugezi, n’agahinda […]

Liberia: Komisiyo y’amatora yateye utwatsi iby’uko habaye uburiganya mu matora

Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Liberia kuri uyu wa Gatanu yatesheje agaciro ibirego by’uko icyiciro cya mbere cy’amatora aheruka yabayemo uburiganya. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rirebana n’amatora yo kuwa 10 Ukwakira 2017, ryashimangiye icyemezo cyafashwe kuwa Mbere nk’uko umuyobozi muri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Davidetta Lassana yabitangarije itangazamakuru. Icyiciro cya kabiri cy’amatora cyagombaga guhuriramo, Joseph Boakai wo mu […]

Grace Mugabe na Agathe Habyarimana ngo baba bafite uruhare mu iherezo ribi ry’ubutegetsi bw’abagabo babo

Kuva kuri Grace Mugabe ukagera kuri Wassila Ben Ammar unyuze kuri Leila Trabelsi, Agathe Habyarimana na Simone Gbagbo, aba bagore bagiye bashyirwa mu majwi bavugwaho kuba ba nyirabayazana b’iherezo ribi ry’abagabo babo b’abaperezida. Mu masaha ya mbere ubwo igisirikare cya Zimbabwe kigaruriraga ubutegetsi, hari impuha zavuze ko Grace Mugabe yaba yahunze cyangwa yatawe muri yombi […]

Umugabo ntashaka ko tubyara mbere y’imyaka 2, tumaze amezi 9 tubana, ashaka ko twakomeza mu cyo yita kuryoshya kandi njye nshaka akana- NKORE IKI?

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka nibwo twashyingiranwe n’umugabo wanjye byemewe n’amategeko ndetse no mu kiliziya, kugeza iyi saha ntabwo ndatwita, umugabo wanjye ntabwo abishaka, yifuza ko yazantera inda hashize imyaka 2. Ku bwe avuga ko yifuza kubanza kuryoshya, ni ukwishimishanya na njye ngo tukazinjira mu mushinga wo kwakira umwana icyo gihe. Ku bwe avuga […]

Uganda: Ibinyamakuru bikorera kuri internet bigiye gucana umubano n’igipolisi kubera ifungwa ry’abayobozi ba Redpepper

Ishyirahamwe ry’ibinyamakuru bikorera kuri murandasi (Internet) muri Uganda (Uganda Online Media Publishers Association (OMPA) ryamaganye itabwa muri yombi ry’abayobozi batanu b’ikinyamakuru Redpepper, igipolisi giteganya gushinja icyaha cy’ubugambanyi, ndetse ritangaza ko rigiye guhagarika gukora inkuru z’igipolisi mu gihe aba batarafungurwa. Aba banyamakuru bakaba barafashwe bazira inkuru iki kinyamakuru cyasohoye kivuga ko perezida Museveni ashaka guhirika ku […]

Ese kunezeza umugore birashoboka?

N’ubwo kunezeza umugore ari inshingano z’umugabo, nk’uko umugore nawe agomba kwita ku mugabo we kugirango bubake urugo ruhire kandi rubanejeje, ikibazo gikunze kubaho ni uko ibinezeza umugore biba bitandukanye cyane n’ibyo umugabo atekereza, bishatse kuvuga ko abagabo benshi bibeshya mu gushaka kunezeza abagore babo. Umunyabwenge Sigmund Freud wabayeho mu mwaka wa 1856 kugeza mu mwaka […]

Ingabire Victoire yatsinze Leta y’u Rwanda mu rukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa muntu

Urukiko Nyafurika rw’uburenganzira bwa muntu n’abaturage rufite icyicaro i Arusha muri Tanzania, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Ugushyingo 2017, rwaciye urubanza umunyapolitiki Victoire Ingabire yari yarezemo Guverinoma y’u Rwanda rwanzurwa ko ayitsinze. Ni ikirego cyatanzwe ku wa 03 Ukwakira 2014, ariko giteza impaka kugeza ubwo Guverinoma y’u Rwanda ifata icyemezo cyo kwitandukanya n’uru […]

Nyagatare: Imodoka yagonganye n’imashini ihinga, umuntu 1 ahasiga ubuzima- AMAFOTO

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017, mu kagari ka Bugaragara, umurenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare, habereye impanuka, umuntu umwe ahasiga ubuzima abandi barakomer eka. Amakuru agera kuri Bwiza.com, avuga ko imodoka (V8) yadepashije indi yo mu bwoko bwa Toyota Coaster ya sosiyeti itwara abagenzi ya ‘International’ ihita igongana […]

Abayoboke 6 ba FNL ya Agathon Rwasa batawe muri yombi

Abayoboke b’ishyaka FNL riyobowe na Agathon Rwasa, batawe muri yombi na Polisi y’u Burundi, muri zone ya Buhiga, Komini Buhiga mu Ntara ya Karusi. Umuyobozi wa zone Buhiga abashinja guteza akaduruvayo, bo bakavuga ko nta kindi bazira uretse kuba bayoboka Agathon Rwasa, utavuga rumwe na Leta n’ubwo ayikorera. Abo bafashwe ni Ndayiziga Dieudonné, Ndikumana Aimé, […]

Rusizi: Ingabo z’igihugu zahaye amazi meza abaturage bavomaga mu bishanga

Abaturage b’utugari twa Gahungeri na Hangabashi mu murenge wa Gitambi n’abo mu mudugudu wa Mukaba akagari ka Kacyuma mu murenge wa Gashonga mu karere ka Rusizi bafite ibyishimo byinshi nyuma y’imyaka 5 bavoma amazi mabi y’imigezi ya Njambwe,Rusayo na Nyakibingo ndetse n’andi y’ibishanga mabi,bakaba bahawe amazi meza n’ingabo z’igihugu. Aya mazi bafunguriwe ku mugaragaro n’umuyobozi […]