Umukobwa arashinja Cristiano Ronaldo kumufata ku ngufu

Umukobwa witwa Kathryn Mayorga avuga ko icyamamare muri ruhago, Cristiano Ronaldo cyamufashe ku ngufu bari muri Hoteli y’i Las Vegas mu mwaka wa 2009. Kathryn Mayorga avuga ko uyu munyapolitigali ukinira ikipe ya Juventus yamuhaye amafaranga angana na $375,000, kugira ngo azakomere ku ibanga. Abunganira uyu mukobwa mu by’amategeko, bavuga ko Ronaldo bamenyaniye Las Vegas […]

Hagiye gushyirwaho Minisiteri ishinzwe inka mu Buhinde

Ubuyobozi bw’Intara imwe mu Buhinde butangaza ko ifite umugambi wo gutangiza Minisiteri ishinzwe inka gusa. Minisitiri wa Mbere w’Intara ya Madhya Pradesh, Shivraj Singh Chouhan yavuze ko ari uburyo bwo kuzirinda, uyu muminisitiri akaba ari uwo mu ishyaka rya BJP wafashe icyo cyemeza arusha amajwi uhagarariye irindi shyaka rya Congress batavuga rumwe . Nk’uko BBC ibitangaza, […]

 Polisi y' U Rwanda yiyemeje gukosora Dr Kayumba

Polisi y’igihugu (RNP) itangaza ko igiye gushyira ku murongo Umwarimu muri Kaminuza akaba n’impuguke muri Politiki mpuzamahanga, Dr Christopher Kayumba uyishinja kumuhohotera. Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, RNP ivugako ibitangazwa na Dr Kayumba byo kuba imuhohotera kandi ko imwibasira kuva mu 2012 ari ibinyoma. Polisi ivuga ko  yiteguye kumukurikirana bitewe n’icyo yise  kuyiharabika. Yagize […]

U Burundi bwahagaritse imiryango bushinja ubutinganyi

Leta y’u Burundi yamaze gushyira hanze urutonde rw’Imiryango Mpuzamahanga itegamiye kuri Leta 130 iyishinja kwimakaza ubutinganyi no kwangisha abaturage ubuyobozi bakwirakwiza ibihuha by’intambara. Mu itangazo ryashyizweho umukono kuwa 28 Nzeri 2018, abayobozi b’Uburundi bavuga ko kuva kuri uyu wa Mbere tariki ya 1  Ukwakira 2018 iyi miryango itegamiye kuri Leta igomba gusubika ibikorwa byayo mu […]

Sudani y’Epfo: Perezida Salva Kiir yafunguye imfungwa za politiki

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yatanze itegeko ryo kurekura abafungiwe ibya politiki bose hamwe n’imfungwa z’intambara. Iyo ngingo ni imwe mu zumvikanyweho mu masezerano y’amahoro yashizweko umukono mu kwezi guheze n’umukuru w’abarwanyi, Riek Machar na Leta ya Salva. Abenshi muri bo, ni abarwanyi ba Machar hamwe n’abamushyigikiye bari muri gereza kimwe n’abaharanira uburenganzira bwa […]

Ubuhamya: Umukobwa wanze kuryamana n’umusaza wari kumuha imodoka ya miliyoni 7

Abo dusangira ibitekerezo kuri iyi website ndabasuhuje, nitwa Akimana Louise[yahinduwe] iwacu ni mu karere ka Muhanga ariko akazi nkora nkakorera mu karere ka Kicukiro. Ndi umukozi muri kampani ntavuze, umuyobozi wayo ni umusaza w’imyaka 64, ariko imico ye yatumye tugirana amakimbirane mu ibanga, abo ashatse kubibwira akirinda kubabwira icyo twapfuye. Mu by’ukuri, akazi nkora nubwo […]

Rusizi: Abaturage 405 bishyuriwe Mituweli n’abakozi b’ibitaro bya Gihundwe

Abaturage 405 bo mu miryango inyuranye,abenshi  biganje  mu mirenge ya Kamembe,Gihundwe na Mururu yo mu karere ka Rusizi bari barabuze mituweli barashimira cyane abakozi b’ibitaro bya Gihundwe bashyize hamwe ubushobozi bakayibagenera na bo bakaba bagiye gutangira kwivuza. Nk’uko bamwe muri bo babibwiye Bwiza.com, ngo kuba batagiraga uburyo bivuza n’imiryango yabo kubera ubukene,byatumaga hari bamwe muri […]

Bombori bombori mu rugo rwa Kanye West

Haravugwa ukutumvikana hagati ya Kanye West n’umugore we, Kim Kardashian nyuma y’ivuka ry’umwana wabo bise Chicago. Kim Kardashian mu minsi mike ishize yatangaje ko atarimo kurabana na Kanye West wamaze kwiyita Ye bitewe n’amafoto ashyira ku rukuta rwe rwa Instagram nk’uko Hollywoodlife ibitangaza. Kanye West ashinja  gushyira hanze amafoto yafashwe na kamera adakunda za Paraloid. […]

Abayobozi ba Rayon Sports bamfashe nk’imbwa yabo – Ivan Minaert

Uwahoze ari umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports,  Ivan Jacky Minnaert akaza gusezererwa kuri iyi mirimo yatangaje ko abayobozi b’iyi kipe bageze aho bamufata nk’imbwa yabo cyangwa utagira iyo akomoka bikamubabaza cyane. Ibi yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 30 Nzeri 2018, ubwo yari yerekeje mu gihugu cya Libya aho yahoze atoza, akaba yerekeje mu ikipe […]

Nyiragongo: Imirwano hagati ya FDLR na FARDC yatumye abaturage bava mu byabo

Abaturage bo mu duce twa Mutao na Kanyatsi muri Teritwari ya Nyiragongo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuye mu byabo bahunga imirwano yahuje abasirikare ba Leta ya Congo (FARDC) n’inyeshtamba za FDLR. Aba baturage batangiye kuva mu ngo zabo kuva ku wa Gatandatu tariki ya 29 Nzeri 2018, Sosiyeti sivile ikaba itangaza ko izi […]

Umugabo umaze iminsi 7 yaraheranye ikanzu bambara barangije kaminuza akomeje guteza urujijo

Umunyepolitike utatangajwe amazina ukomoka mu Burengerazuba bwa Kenya yamaze hafi ucyumweru cyose yambaye ikanzu isanzwe yambarwa  n’umuntu wasoje kaminuza (Graduation) mu cyaro avukamo mu rwego rwokwerekana ko yasoje amasomo ye. Mu bantu babonye uyu mugabo bemeza ko ibyo yakoze bidasanzwe cyane ko ahantu hose yagerageza kujya atasigaga iyi kanzu nyamara ubusanzwe yambwarwa mu birori byo […]

Muhanga: Yafunzwe azira kutishyura mituweli

Umukecuru w’imyaka 52 yarajwe mu kigo ngororamuco ku murenge wa Muhanga azira kutishyura ubwisungane mu kwivuza. We  akavuga ko yashyizwe mu cyiciro cya Gatatu, yajurira bakamusaba gusubira iwabo mu karere ka Ngororero. Uyu mubyeyi w’abana batandatu ngo amaze imyaka 17 aho acumbitse, akaba atunzwe no guca incuro. Saa kumi n’imwe zuzuye kuri iki cyumweru tariki […]

Cibitoke: Abaturage bikanze igitero giturutse mu Rwanda bakwira imishwaro

Abaturage begereye umupaka w’u Rwanda n’u Burundi, mu gace ka Ruziba, Komini Mugina na Ruhwa- Rukana muri Komini Rugombo, mu Ntara ya Cibitoke bakwiriye imishwaro nyuma y’ibihuha bari babwiwe ko hari igitero kigabwe cy’abaturutse mu Rwanda. Abaturage bari bavuye mu ngo zabo batinya ko bakwicwa, amakuru bari bafite ndetse bahise batangariza polisi bayihuruza, yavugaga ko […]

U Rwanda rurifuza ko uduhanga tw’Abanyarwanda turi mu Budage twagarurwa

Umuyobozi w’Inzu Ndangamurage z’U Rwanda(INMR), Amb.  Robert Masozera yatangaje ko U Rwanda rwifuza  kuvugana n’Ubudage kugira ngo harebwe uburyo uduhanga 986 tw’Abanyarwanda tuba muri iki gihugu twagarurwa. Amb. Masozera  avuga ko bamaze kuvugana n’Ububiligi ndetse bukaba bugiye kugarura ibimenyetso ndangamateka birimo amafoto, indirimbo,  n’ibindi bitandukanye kandi ko  biteguye kuganira n’igihugu cy’Ubudage kuri iyi ngingo. Masozera […]

Mugenzi wawe nasitara uzamuramire aho kumusonga- Min. Kaboneka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Kaboneka Francis arasaba abayobozi mu nzego z’ibanze gukorera hamwe kugira ngo bagere ku ntego y’icyo biyemeje gukora, umwe yumva ko ntacyo yageraho atisunze mugenzi we. Ibi yabitangaje ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2018, mu muhango wo gusoza Umwiherero w’abayobozi b’inzego z’ibanze bari bamazemo iminsi itanu i Gabiro […]

Rwanda: Jenoside yakorewe Abatutsi , imbuto y’ ubukoloni

Mu gihe abantu badahuza ku nkomoko ya jenoside 3 zimaze kuba ku isi, ubushakashatsi butandukanye bushingiye ku bitabo byagiye byandikwa kuri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda bwemeje ko iyi mbuto yabibwe n’ abakoloni ku nyungu zabo bwite. Mu mwaka w’ I 1994, nibwo Ingabo z’ u Bufaransa zageze kumugaragaro ku butaka bw’ u Rwanda mu […]