Rusizi na Rusumo hagaragaye abantu 10 banduye Covid-19

img-20200605-wa0029.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 5 Kamena 2020 yatangaje mu Karere ka Rusizi ndetse na Rusumo hagaragaye abantu 10 banduye icyorezo cya Covi-19. Ni mu gihe hafashwe ibipimo 1558. Aba bose bashyizwe mu kato n’abo bahuye bahise bakurikiranwa. Abakize iki cyorezo bageze kuri 282 barimo 2 b’uyu munsi. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki […]

Ubujurire bwa Heroes na Gicumbi FC bwatewe utwatsi

Komisiyo y’ubujurire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, yateye utwatsi ubujurire bw’amakipe ya Gicumbi FC na Heroes FC ivuga ko “nta mpamvu zemewe n’amategeko” ziriya kipe zashingiyeho zijurira. Ku wa 22 Gicurasi ni bwo Ferwafa yafashe icyemezo cyo gusoza shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda itarangiye, kubera icyorezo cya Covid-19. Shampiyona yasojwe APR FC yari […]

DR Congo: Muri Minembwe imirwano irarimbanyije n’abarwana baratangaza ibintu bitandukanye

Mu ntara ya Kivu y’Epfo yo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo intambara ikomeje gukaza umurego aho yatangiye kuva ku cyumweru mu duce tw’Akarere ka Minembwe, impande zihanganye kubera amoko ni Abanyamulenge, Abanyindu, Abafulero n’indi mitwe itandukanye. Umuyobozi w’umutwe w’Abanyindu Pierrot Kaluba ashinja Abanyamulenge n’umuyobozi wabo Col. Michel Rukunda bakunda kwita Makanika ko bamugabyeho igitero […]

Nyarugenge: Hagaragara ukudohoka ku ngamba zashyizweho zo kwirinda Covid-19

Mu kagari ka Kinyange, mu murenge wa Gitega ho mu karere ka Nyarugenge haragaragara ukudohoka kuri zimwe mu ngamba zo gukumira icyorezo cya coronavirus, aho usanga bimwe mu bikorwa bikumiriwe muri iki gihe biba bikora rwihishwa. Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Sangwa bavuga ko hari utubari usanga duhora dukinze, nyamara ubucuruzi bwarakomeje nk’ibisanzwe […]

Rusizi: Nta n’inyoni yiriwe itamba mu mujyi, n’abacuruza ibiribwa bafunze imiryango

Inyubako y'isoko ryiganjemo ibiribwa yafungiwe imiryango

Nk’uko byagenze ejo hashize ku wa 4 Kamena, ubwo abaturage bageraga mu mujyi wa Rusizi banatangiye imirimo yabo byagera saa yine n’igice inzego z’umutekano zikabakuramo shishi itabona, bagafunga bagataha hagasigara ab’ibiribwa, za farumasi n’amabanki gusa, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Kamena ,abacuruza ibiribwa na bo byageze mu ma saa tatu z’igitondo bategekwa gufunga […]

Perezida Kagame na Min. Modi baganiriye ku mubano w’u Rwanda n’u Buhinde

Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki 05 Kamena 2020 yatangaje ko yagiranye ikiganiro na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi kibanze ku mubano ibihugu byombi bisanganywe. Umukuru w’Igihugu yabitangarije ku rukuta rwe rwa Twitter aho yavuze ko yaganiriye kuri telefoni na Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde, ikiganiro bagiranye kikaba cyagarutse ku mubano mwiza […]

Cristiano Ronaldo yabaye umukinnyi wa mbere ukina ruhago utunze miliyari y’Amadorali

Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira Juventus yo mu Butaliyani, yabaye umukinnyi wa mbere mu bakina umupira w’amaguru ubashije kugira umutungo ubarirwa muri miliyari y’Amadorali y’Abanyamerika, nyuma yo kwinjiza akayabo ka miliyoni 105 z’amadorali muri uyu mwaka wa 2020. Cristiano yabaye umukinnyi wa gatatu muri rusange ugejeje kuri ariya mafaranga agikina, nyuma ya Tiger Wood wabigezeho […]

Magufuli yishongoye ku bihugu bifite inzara byatewe no kwirinda Covid-19

Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli yishongoye ku bihugu byafashe ingamba zikakaye zo gukumira icyorezo cya Covid-19, byamara bigahura n’inzara. Aya magambo ya Magufuli yumvikana mu mashusho y’ubutumwa aherutse guha abaturage ayoboye. Abasaba kwita ku masambu, bagahinga cyane, mu gihe amahanga yazagenera kugura umusaruro wabo, bakazazamura ibiciro cyane uko babishaka. Aha aragira ati: “Bari kubura […]

Hari imitwe igambiriye guhungabanya u Rwanda igikorera muri Uganda-Minisitiri Biruta

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yavuze ko n’ubwo hari intambwe iherutse guterwa n’abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Uganda mu kugarura umubano w’ibihugu byombi, hakiri imbogamizi zirimo kuba hakiri imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ikorera ku butaka bwa Uganda. Minisitiri Biruta yatangaje ibi nyuma y’inama yahuje intumwa z’ibihugu by’u Rwanda na Uganda ku munsi […]

Nouveau revers pour le “polisario” en Espagne : la Cour suprĂȘme interdit l’usage de son fanion dans la sphĂšre publique

La Cour suprĂȘme espagnole, plus haute instance judiciaire du pays, a mis son veto Ă  l’utilisation, occasionnelle ou permanente, de drapeaux « non officiels » ou de toute expression politique Ă  l’intĂ©rieur comme Ă  l’extĂ©rieur des Ă©difices publics, ce qui est un nouveau revers pour le ‘’polisario’’ et ses mentors en Espagne. La justice espagnole […]

The Dynamic of the Affirmation of the Moroccanity of the Sahara is Irreversible – Greek Expert

Featuring in the citizen-run show “Sahara Debate”, Greek university professor Nikaky Lygeros, a renowned geostrategy expert that has advised several governments, has engaged in an extensive analysis of the fictional nature and the vacuity of so-called “sadr” beyond the discourse of Algeria and “polisario”. The expert underlined that the myth of this entity is maintained […]

La dynamique de l’affirmation internationale de la marocanitĂ© du Sahara est “irrĂ©versible”-Professeur Nikaky Lygeros

Kigali: Le Professeur universitaire grec Nikaky Lygeros, spĂ©cialiste en gĂ©ostratĂ©gie qui a conseillĂ© plusieurs gouvernements, a livrĂ© une analyse sans appel sur le caractĂšre chimĂ©rique et la vacuitĂ© de la pseudo “rasd” au-delĂ  des discours trompeurs de l’AlgĂ©rie et du “polisario”, dans le cadre de sa participation Ă  l’émission citoyenne “Sahara Debate” diffusĂ©e sur les […]

Spain: New setback for the ‘’polisario’’ and its mentors in Spain

Kigali: The justice system of the Iberian country has inflicted a new blow to the separatists by prohibiting the use of their pennant in the public sphere. The Spanish Supreme Court, the country’s highest judicial body, has banned the use of occasional or permanent “unofficial” flags or any political expression inside and outside public buildings. […]

Uko Kambanda yakoresheje inama yo kurimbura Abatutsi abakuru b’ingabo na za Jandarumori

Uko Ingabo z’abicanyi zagendaga zitsindwa, ni ko zakazaga ingamba zo kwihutisha iyicwa ry’Abatutsi aho ryabaga ritarakorwa. Imbaraga nyishi zashyirwaga mu kiswe “Auto-dĂ©fense civile”, bukaba bwari uburyo bwo gukomeza gukwirakwiza intwaro mu nterahamwe, guha urubyiruko imyitozo ya gisirikare no kubongerera ibikoresho byo gukora Jenoside. Ibi byemewe byose bigaragara mu nyandiko iri muri Agenda ya Kambanda yo […]

Minisitiri w’Intebe wa Uganda yishyize mu kato nyuma yo guhura n’abanduye Covid-19

Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Ruhakana Rugunda kuri uyu wa 5 Kamena 2020 yishyize mu kato k’iminsi 14 nyuma y’aho bamwe mu bo bahuye bapimwe bakagaragaraho icyorezo cya Covid-19. Nyirubwite ni we witangarije aya makuru mu gitondo cy’uyu munsi. Yagize ati: “Nshuti zanjye, nishyize mu kato nyuma yo guhura n’abantu bakaba bagaragayeho Covid-19. Njyewe nipimishije nsanga […]

Amafoto y’indege z’intambara n’ibifaru bikorerwa muri Afurika y’Epfo

Denel AH-2 mu bwoko bw’indege za Rooivalk

Afurika nayo ifite ibihugu byihagazeho; aho usanga bifite inganda zikora telefone nk’u Rwanda, zikora imodoka zisanzwe nka Kenya, imodoka z’intambara nka Nigeria, izizimya inkongi z’umuriro nka Uganda ndetse n’indege z’intambara nka Afurika y’Epfo. Afurika y’Epfo, igihugu giherereye ahagereranwa no mu bworo bw’ikirenge cy’umugabane w’Afurika cyagize ubushobozi bwo kwiteranyiriza indege z’intambara zo mu bwoko bwa kajugujugu, […]

USA: Abandi bapolisi batatu bashinjwe kugira uruhare mu rupfu rwa George Floyd

Kuwa gatatu tariki ya 03 Kamena mu mujyi wa Minneapolis muri Leta ya Minnesota ni bwo hemejwe ko hari abandi bapolisi bafatanyije mu kwica umwirabura George Folyd. Abo bapolisi bashijwa iki cyaha nyuma yuko ubwo Derek Chauvin yapfukamaga ku ijosi rya George Floyd na bo bari bahari aho mu mujyi wa Minneapolis. Kuba aba bapolisi […]

Menya ibikorwa byaranze itariki ya 05 Kamena mu mateka n’ibyamamare byavutse ku munsi nk’uyu

Ibihugu n’abantu ku giti cyabo bagiye bakora ibintu bitandukanye kuri iyi tariki harimo n’ibyarebaga isi yose. Ku itariki ya 05 Kamena kandi mu 1963 uwari umunyamabanga w’Ubwongereza mu by’intambara John Profumo yegujwe ku mirimo ye ashinjwa icyaha cy’ubusambanyi aho yari yaryamanye n’uwakoraga umwuga w’uburaya witwa Christine Keeler. Hari mu 1967 ku itariki nk’iyi ya 05 […]

Minisports yemeje isubukurwa ry’imikino itandukanye

Minisiteri ya Sports mu Rwanda Minisports, yemeje isubukurwa ry’ibikorwa by’imikino itandukanye, ishingiye ku myanzuro yafashwe n’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 2 Kamena 2020, ku ngamba zo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19. Isubukurwa ry’ibikorwa by’imikino ryakozwe rirareba ibikorwa bya Siporo ikorwa n’umuntu umwe ndetse n’izindi zikorwa abakinnyi bategeranye. Imikino nk’umupira w’amaguru, Volleyball, Basketball na Handball nk’imwe mu […]