Abantu 231 bagaragayeho Covid-19, umuntu wa 15 abura ubuzima

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 25 Kanama 2020 yatangaje ko abandi bantu 231 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 6128 byafashwe, hakaba hapfuye umuntu wa 15 ufite imyaka 61 y’amavuko. Aba barimo 196 bapimwe mu masoko ya Kigali. Hari kandi 30 babonetse muri Rusizi bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi, 3 babonetse mu Karere […]
Bidasubirwaho Messi yabwiye FC Barcelona ko ashaka kuyivamo
Umunya-Argentine Lionel Messi, yabwiye ikipe ya FC Barcelona ko ashaka kuyivamo, nyuma y’imyaka 20 yose yari amaze ayikinira. Ni inkuru mbi ku bakunzi ba FC Barcelona imaze gutangazwa n’ikinyamakuru TycC Sports cy’iwabo muri Argentine. Iki kinyamakuru cyavuze ko Messi yamaze koherereza Fax ikipe ya Barça ayimenyesha ko atagomba gutegereza ko amasezeramo ye arangira mu mwaka […]
Pasiteri wahanuye ko Raila Odinga agiye gupfa, yapfuye mbere ye

Pasiteri wâUmunyakenya witwa Hezbon Ndirangu wahanuye ko umunyapolitiki Raila Odinga atazageza mu 2021 atarapfa, yapfuye mbere ye ku wa Gatanu wâicyumweru gishize. Pasiteri Ndirangu wâimyaka 48 yâamavuko yari yagize ati: âUmwuka wâImana wanyeretse ko umuyobozi wa ODM atazabona umwaka wa 2021. Igihe cye ku Isi kirarangiye.â Umugore wâuyu Pasiteri yavuze ko urupfu rwâumugabo we ari […]
Slay Queen y’inkecuru ku myaka 71 y’amavuko irangaza abagenzi_amafoto

Vera Wang ni umukecuru wâUmunyamerika wavutse tariki ya 27 Kamena 1949, akaba arengeje hafi amezi abiri ku myaka 71 yâamavuko. Gusa ugereranyije imyitwarire ye nâikigero arimo biratandukanye cyane kuko yahisemo kwiberaho nka bamwe mu bakobwa cyangwa abagore bakiri bato bahawe izina rya âSlay queensâ. Witegereje neza mu maso ha Vera Wang, ntabwo watekereza ko afite […]
IRMCT yatangaje ko Kabuga Félicien aroherezwa i Arusha vuba
Umushinjacyaha Mukuru wâUrwego rwashiriweho gukurikirana imanza nâibyaha byasizwe nâurukiko mpuzamahanga rwashiriweho u Rwanda (IRMCT) yavuze ko bitarenze Ukwakira 2020, Kabuga FĂ©licien ashobora koherezwa i Arusha. Ibi umushinjacyaha wa IRMCT, Serge Brammertz yabitangarije i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Kanama 2020, aho yaje gushaka ibimenyetso byiyongera ku bishinja Kabuga, hamwe nâandi makuru yafasha gushakisha […]
Umuzungu wanduye SIDA yasakaje amafoto y’abakobwa barenga 30 yishimiye kwanduza (Amafoto)

Umukerarugendo witwa Mike Oliver, yishimiye kwanduza agakoko gatera SIDA abakobwa barenga 30 bo mu gihugu cya Kenya ashyira ku karubanda amafoto yabo. Mike yasambanyije bariya bakobwa mu gihe cy’amezi atatu, ababarirwa mu icumi asiga abateye inda mbere yo kuva muri kiriya gihugu. Bivugwa ko yari yaje muri Kenya mu biruhuko, hanyuma agakurura bariya bakobwa abifashijwemo […]
Ibigwi byâUmwami wâAbami, Constantine nâuko yaje kubatizwa ntibivugweho rumwe
Umwami wâAbami, Constantine I, waje guhabwa izina ryâumwami rya Costantine the Great yayoboye Ubwami bwâAbami bwâAbaromani mu kinyejena cya gatatu, avugwa cyane mu mateka ya Gikristu nkâumwami wa mbere mu bami ba Roma waje kubatizwa akemera amahame ye Gikiristu, uyu kandi anafatwa nkâuwagize uruhare rukomeye mu guhindura Roma abantu benshi bazi ubu nkâicyicaro gikomeye cyâubukiristu […]
Burundi: Perezida Ndayishimiye yahaye imirimo mishya Pascal Nyabenda
Perezida w’u Burundi Gen. Evariste Ndayishimiye, yahaye imirimo mishya Pascal Nyabenda wahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi akanaba Perezida w’Inama Nkuru y’icyo gihugu, amugira Visi-Perezida wa kabiri wa Banki Nkuru y’u Burundi (BRB). Nyabenda yashyizweho n’iteka rya Perezida N° 100/046 ryo ku wa 25 Kanama 2020. Pascal Nyabenda ni rimwe mu mazina akomeye […]
Rubavu: Umugabo yagiye gusambana kwa mushiki we atererwayo icyuma
Umugabo witwa Kagirima ukomoka mu Bigogwe ho mu karere ka Nyabihu, yaterewe icyuma n’abantu bataramenyekana mu murenge wa Kanzenze ho mu karere ka Rubavu, aho yari yagiye gucyura umugore bivugwa ko ari mushiki we wo kwa se wabo. Byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Kanzenze ndetse n’ubw’akagari ka […]
Diyoseze Gatolika ya Butare n’igihugu bibuze Padri w’intangarugero, Pierre Simons

Nyuma y’uko twari tumenyereye mu binyamakuru bitandukanye inkuru zivuga ku bapadri ba Butare biyambuye ibishura bakisubirira mu buzima busanzwe bwa kilayiki, Bwiza twifuje kubagezaho inkuru y’urupfu rwa Padiri Pierre rwabaye tariki ya 24 Kanama 2020 mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal. Turatinda ku buzima bwe no ku bikorwa by’intangarugero yakoreye Diyoseze n’igihugu muri rusange. Incamake y’ubuzima […]
Avuga ko yabuze kirengera nyuma yo gukubitwa no gufungwa bitemewe nâabapolisi

Nsengimana Augustin w’imyaka 28 y’amavuko atuye mu Kagari ka Karuruma, Umurenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo. Avuga ko yakubitiwe muri Nyabugogo nâabapolisi bo mu Rwanda, akuramo ubumuga buri ku gipimo cya 60% nkâuko bigaragazwa nâicyemezo cyo kwa muganga (Expertise MĂ©dico-LĂ©gale), bajya kumufungira ahari abarwayi ba Covid-19 na we arahanduria. Avuga ko yatabaje Urwego rwâUbugenzacyaha […]
Rocky Kimomo yizihirije isabukuru ye yâamavuko mu birwa bya Karayibe
Amakuru akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko umusobanuzi wa Filimi uzwi nka Rocky Kimomo nâumuhanzi Mr. Kagame ubu barimo kubarizwa mu birwa byo mu majyepfo ya Amerika ahitwa St. Mareen aho uyu musobanuzi yagiye kwizihiriza isabukuru ye yâamavuko. Bivugwa ko aba bombi bavuye mu Rwanda tariki 15 Kanama 2020 babanza guca muri Tanzania mbere yâuko […]
Amadeni yaje nkâimbogamizi nshya ibuza impunzi zâi Mahama gutaha
Impunzi zâAbarundi ziri mu nkambi ya Mahama ziravuga ko ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR, ririmo kubasaba kubanza kwishyura amadeni babereyemo bagenzi babo mbere yo gutaha mu gihe ubushobozi bwabo nabwo bushidikanwaho. Inkuru ya TV10 ivuga ko UNHCR irimo gusaba abashaka gutaha kubanza kwishyura amadeni bafitiye bagenzi babo kandi ngo nta bushobozi bafite. UNHCR […]
Menya imishahara yâAbakuru b’Ibihugu mu Karere
Abantu benshi bakunze kugira amatsiko ku mishahara yâabantu bokorera Leta mu nzego zo hejuru cyane ko biba bigoye kumenya ingano yâimishahara yabo. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ingano yâumushahara wa Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Tanzania, Uganda, Burundi, Kenya, Sudani y’Epfo na Repubulika iharanira Demokarasai ya Congo. Iyi mishahara twayiteguye tugendeye ku mateka yâaba […]
Ubutumwa buzamura imbamutima Sarpong yageneye abafana ba Gikundiro
Umunya-Ghana Michael Sarpong, yandikiye abafana ba Rayon Sports yakiniye imyaka ibiri, abashimira buryo ki babanye neza mu gihe yamaze akinira iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu gihugu. Sarpong wageze mu Rwanda avuye muri Dreams FC y’iwabo muri Ghana, ni umwe mu bakinnyi Rayon Sports yari yubakiyeho ubusatirizi bwayo mu myaka ibiri yari ayimazemo, mbere yo […]
Kera kabaye Ronaldhinho yafunguwe
Umunya BrĂ©sil Ronaldinho GaucĂł, yafunguwe nyuma y’amezi hafi atandatu afungiye mu gihugu cya Paraguay nyuma yo gufatanwa Passport y’impimbano. Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo Ronaldinho yatawe muri yombi ari kumwe na mukuru we witwa Roberto de Assis Moreira usanzwe akurikirana inyungu z’ubucuruzi bwe, bashinjwa kwinjira muri Paraguay bakoresheje Passports z’incurano. Ronaldinho yari yagiye muri […]
Minisitiri Mujawamariya arashinja Minisiteri y’Uburezi kwangiza ibidukikije
Minisitiri wâIbidukikije, Dr. Mujawamariya Jeanne dâArc tariki ya 19 Kanama 2020 yandikiye Minisitiri wâUburezi, Dr. Uwamariya Valentine amumenyesha ko mu iyubakwa ry’ibyumba by’amashuri habayeho kwangiza ibidukikije, amusaba gusobanura uburyo Minisiteri ayoboye igiye gukemura iki kibazo. Dr. Mujawamariya avuga ko iyubakwa ry’ibyumba by’amashuri ryabaye hirengagijwe ingamba zo kubungabunga ibidukikije. Iki kibazo kikaba cyaragaragaye mu turere 7: […]