Rubavu: Haravugwa ikimenyane mu kugena abemererwa kujya i Goma
Abakorera ubucuruzi hagati y’imijyi ya Gisenyi mu Rwanda na Goma muri Congo Kinshasa, barashinja abayobora amatsinda bibumbiyemo gukoresha ikimenyane mu kugena abemerewe kwambuka. Mu Ugushyingo umwaka ushize ni bwo habaye inama nyunguranabitekerezo yahuje abayobozi b’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku ruhande rwa RDC n’iy’Uburengerazuba ku ruhande rw’u Rwanda. Ni inama yabaye mu gihe hari hashize amezi […]
RDC: Urubyiruko rwafashe imihoro, rujya guhiga abarwanyi ba ADF
Urubyiruko rutuye mu mujyi wa Beni mu Ntara ya Ituri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), mu gitondo cyo kuri uyu wa 2 Mata 2021 rwafashe imihoro, rujya guhiga abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa ADF bamaze iminsi bica abaturage. Nk’uko Actualite dukesha aya makuru yabitangaje, uru rubyiruko rwavuye mu mujyi rwerekeza mu gace ka […]
Icyamamare Akon yasuye Perezida Museveni iwe mu rugo (Amafoto)

Umunyanyamerika ufite inkomoko muri SĂ©nĂ©gal, Aliaune Damala Badara Thiam wamamaye mu muziki nka Akon; kuri uyu wa Gatanu yasuye Perezida Yoweri Museveni wa Uganda i Rwakitura aho atuye. Akon yari aherekejwe n’umugore we Rozina Negusei, bakigera Rwakitura bakirwa n’abarimo Perezida Museveni wari kumwe n’umugore we, Janet Museveni. Perezida wa Uganda Kuri Twitter yavuze ko uruzinduko […]
Umusore yateje umuvundo mu muhanda wa Kampala ngo atere ivi (videwo)
Umusore witwa Sam Kaggwa yateje umuvundo mu muhanda umwe wo mu Mujyi wa kampala kugira ngo asabe umukobwa bakundana, Hope kuzamubera umugore. Amashusho BWIZA ikesha NTV agaragaza Kaggwa yateye ivi mu muhanda rwagati ari nako atuma imodoka zidahita. Byabaye amahire n’ubwo Hope yari yarangaye, yaje kubibona aramubwira ngo “yego”. Umukobwa byagaragaraga ko yatunguwe, amamodoka avuza […]
Le SĂ©nat demande la fin des malversations d’expropriation
La sĂ©ance plĂ©nière du SĂ©nat qui s’est tenue pratiquement le jeudi 1er avril a demandĂ© au gouvernement de fournir une feuille de route sur la manière dont il rĂ©glera les arriĂ©rĂ©s d’indemnisation dus aux expropriĂ©s. Le SĂ©nat a dĂ©clarĂ© que les personnes expropriĂ©es devraient obtenir une compensation Ă©quitable pour leur propriĂ©tĂ©. Les sĂ©nateurs ont pris […]
Gicumbi: Umupolisi yarashe uwaherukaga gusambanya umwana w’imyaka 7, yarangiza akamwicisha igisongo
Umusore w’imyaka 25 y’amavuko witwa Kwizera Aime Fidèle wari ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka irindwi yarangiza akamwicisha igisongo, yarashwe na Polisi ashaka gutoroka ubwo yari aherekejwe agiye ku bwiherero. Ku wa 31 Werurwe nibwo uyu musore wo mudugudu wa Taba, akagari ka Byaruyumba ho mu murenge wa Manyagiro i Gicumbi; ysambanyije umwana w’imyaka irindwi […]
Nyamagabe: Barasaba Leta kongera ubukangurambaga bwo gukoresha udukingirizo no kutubegereza
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Gasaka Akagari ka Nyamugari; mu midugudu ya Kigarama na Karama ahari agasantere kazwi nko mu Kabuga ka Murico barasaba Leta ko yashyira imbaraga mu bukangurambaga bwo gutinyura abaturage bakajya bakoresha udukingirizo bakanatwegerezwa hafi. Hishamunda Joseph utuye muri aka gace yabwiye BWIZA ko akurikije uko abona […]
Kenya nayo yashyizwe ‘ku rutonde rutukura’ rw’Ubwongereza
Ubwongereza bwashyize Kenya ku ‘rutonde rutukura’ kubera impungenge z’ikwirakwira ry’ubwoko bushya bwa coronavirus. Guhera tariki 09 z’ukwezi kwa kane, abagenzi bavuye cyangwa baciye muri Kenya, Philippines, Pakistan, na Bangladesh ntibazamererwa kwinjira mu Bwongereza. Ibi bihugu byiyongereye ku bindi bigera kuri 30 byashyizwe kuri urwo rutonde n’Ubwongereza kubera izo mpungenge. Abafite ‘passports’ z’Ubwongereza na Irland n’abafite […]
Uwunganira Kabuga Felicien wifuzaga kuva mu rubanza rwe yategetswe kurugumamo
Umunyamategeko Emmanuel Altit wunganira Kabuga Felicien, yangiwe n’urukiko rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe na ICTR, kuva muri uru rubanza yari yasabye ko yavanwamo kubera ubwumvikane bucye hagati ye n’uwo yunganira. Muri Mutarama nibwo Altit yandikiye uru rukiko rwasigariyeho urwa Arusha (UNIRMCT), asaba kwishyurwa akava muri uru rubanza kubera kutumvikana n’uwo yunganira n’umuryango we, nk’uko biri mu […]
U Burundi bwashimiye u Rwanda ku bw’ubushake bwarwo mu kuzahura umubano w’ibihugu byombi
Guverinoma y’u Burundi yashimye iy’u Rwanda, ku bw’ubushake rukomeje kugaragaza mu kuzahura umubano w’ibihugu byombi umaze imyaka ikabakaba itandatu warangiritse. Ni nyuma y’uko mu minsi ishize u Rwanda rwafashe umwanzuro wo guhagarika ibitangazamakuru bitatu by’i Burundi byari bimaze igihe bikorera ku butaka bwarwo. Ibi bitangazamakuru birimo Radio RPA na Inzamba; cyo kimwe na Televiziyo Renaissance […]
Covid-19: U Bwongereza bwagumishije u Rwanda ku rutonde rutukura
Guverinoma y’u Bwongereza kuri uyu wa 2 Mata 2021 yagumishije u Rwanda ku rutonde rutukura, rubuza abaturuka mu bihugu baruriho kujyayo mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19 cyihinduranyije cyabonetse mu bihugu birimo Afurika y’Epfo. Kuri uru rutonde rwari rusanzwe ruriho ibihugu 33, hongereweho ibindi bitandatu birimo Kenya, Pakistan, Bangladesh na Philipiness; bimwe muri byo […]
USA iravuga ko uburenganzira bwa muntu bwakandangiwe mu Rwanda
Ibiro bishinzwe demukarasi, uburenganzira bwa muntu n’umurimo bya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) bikorera muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga tariki ya 30 Werurwe 2021 byasohoye raporo y’umwaka w’2020 ivuga ko uburenganzira bw’ikiremwamuntu bwakandangiwe mu Rwanda. Iyi raporo ifite impapuro 38 iravuga ko mu Rwanda habaye ubwicanyi burimo ubw’impamvu za politiki, aho itanga urugero ku rupfu rw’umuhanzi […]
Umuhanzi Akon yageze muri Uganda aho azagirana ibiganiro na Perezida Museveni

Umuhanzi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Senegal, Aliaune Damala Badara Thiam uzwi nka Akon yasesekaye mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa Gatanu, itariki 2 Mata mu ruzinduko rwa business aho biteganyijwe ko azagirana ibiganiro na Perezida Yoweri Museveni wa Uganda. Uru rugendo rwa Akon muri Uganda ruje rukurikira urwo umugore we, Rozina Negusir yagiriye muri […]
Bagosora yangiwe gufungurwa kuko aticujije, nta n’igihugu cyemeye kumwakira
Perezida w’Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rwasigariyeho Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha rwashyiriweho u Rwanda, Carmel Agius, yangiye Col ThĂ©oneste Bagosora gufungurwa kuberako atijujije ibyaha byamuhamye ndetse hakaba harabuze igihugu cyamwakira. Col Bagosora wakatiwe igifungo cy’imyaka 35 nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya jenoside, yasabye uru rwego (IRMCT) ko rwamufungura kuko yarangije bibiri bya gatatu (2/3) byacyo. Uyu […]
Hatangiye icyiciro cya 2 cyo gukingira Covid-19: Ibintu 5 ukwiye kumenya
Guhera kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Mata Guverinoma y’u Rwanda yatangije icyiciro cya kabiri cyo gutanga urukingo rwa Covid-19 ku bantu bahawe doze ya mbere. Mu Rwanda mu gihugu hose ubukangurambaga bwo gukingira Covid-19 bwatangiye mu ntangiriro za Werurwe bwakoresheje Pfizer na AstraZeneca, ebyiri mu nkingo zisaba abazihawe kubona doze ebyiri kugira ngo barinde […]
Umukobwa w’Umunyarwanda aravugwaho kuba mu rukundo na Eddy Kenzo (amafoto)

Hari amakuru avugwa ko Umuhanzi wo muri Uganda, Edrisa Musuuza uzwi nka Eddy Kenzo yaba ari mu rukundo n’umukobwa w’Umunyarwanda utaramenyekana amazina. Nyuma y’imyaka itatu, atandukanye na Rema Namakula, umuhanzi mugenzi we banabyaranye, uyu muhanzi ngo yaba ari kumwe n’uyu mukobwa bigaragara ko ari ihoho. Ikinyamakuru Celebrity Patrol dukesha iyi nkuru kivuga ko uyu mukobwa […]
USA: Za nkweto za Satan zirimo ibitonyanga by’amaraso y’abantu zahagaritswe ku isoko
Umucamanza wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyigikiye igihangange mu myambaro ya siporo, Nike Inc mu gutegeka isosiyete y’i New York guhagarika by’agateganyo gukomeza kugurisha “Inkweto za Satan” zakozwe ku bufatanye n’umuraperi Lil Nas X. Umucamanza wo ku rwego rw’akarere muri Brooklyn, Eric Komitee, yatanze umwanzuro nyuma y’iminsi itatu Nike ireze sosiyete y’abanyabugeni ya […]
Abashoferi 10 b’amakamyo bo muri EAC biciwe muri Sudani y’Epfo, abandi baburirwa irengero
Ishyamba si ryeru mu mihanda minini yo muri Sudani y’Epfo, nyuma y’aho mu minsi ine gusa, abashoferi 10 batwara amakamyo bo mu bihugu bya Uganda na Kenya bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bishwe n’abitwaje intwaro, abandi babiri bakaburirwa irengero. Ibi bibazo byatangiye tariki ya 29 Werurwe 2021 ubwo abitajwe intwaro bateze igico abashoferi bakomoka […]
Afurika y’Epfo: Umugore w’umuyobozi yagaragaye mu nama yambaye ubusa
Umugore w’umutware gakondo muri Afurika y’Epfo yagaragaye yambaye ubusa kuri televiziyo, bivugisha abantu mu gihugu. Inkosi Xolile Ndevu, umwe mu bagize urugereko rw’abayobozi b’ibanze yari hagati mu nama yakorerwaga kuri internet mu cyumba cye. Ntiyabonye rero ko umugore we yinjiye. Icyatunguye abantu cyane nuko uyu mugore yari yambaye ubusa buriburi. Ibi bikaba byahungabanyije abari mu […]
Nkiranutse kurusha ba Aburahamu, Dawidi na Salomo_Pasiteri Jo?l
Umuvugabutumwa Pasiteri cyangwa se Prophet Jo?l avuga ko ari umuhanuzi wa mbere ukiranutse, kurusha abakomeye bavugwa muri Bibiliya barimo Aburahamu, Dawidi na Salomo. Yabitangarije mu kiganiro yagiriye ku Isezerano TV cyatambutse tariki ya 24 Werurwe 2021, ubwo yabazwaga uwo ari we. Pasiteri Joel yagize ati: “Mu kumwe na Pastor Joel, umuhanuzi akaba n’umukiranutsi, mu ba […]
Huye: Umugabo umaze imyaka 12 akora Kanyanga yafashwe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Murenge wa Karama w’Akarere ka Huye, tariki ya 31 Werurwe 2021 yafashe umugabo witwa Nkundumukiza Christophe n’umugore we Murebwayire Florence, barimo gukora ikiyobyabwenge kizwi nka Kanyanga. Bafatiwe mu rugo rwabo ruherereye mu Kagari ka Kibingo muri uyu Murenge, bafatanwa litiro 20 za kanyanga n’ibikoresho bifashishaga birimo ingunguru n’inzoga yitwa Muriture, […]
Isezerano rikomeye FC Barcelona yahaye Haaland ihataniye na Real Madrid
Ikipe ya FC Barcelona yahaye isezerano rikomeye umunya-Norvège, Braut-Erling Haaland ikomeje kurwanira n’amakipe y’ibigugu; arimo na mukeba wayo Real Madrid. Ejo ku wa Kane ni bwo abahagarariye uyu rutahizamu w’imyaka 20 y’amavuko barimo Mino Raiola usanzwe ari umu-Agent we ndetse na se umubyara, Alf-Inge Haaland; bagiranye ibiganiro na Perezida wa FC Barcelona, Joan Laporta. Nyuma […]
Koloneri mu ngabo z’ u Burundi yishe umukozi wo mu kabari wanze kumuha inzoga
Umusirikare ufite ipeti rya koloneri (Col.) mu ngabo z’ u Burundi, utatangajwe amazina yishe umusore wari uzwi ku izina rya Lionel Nimubona wakoraga mu kabari mu gitondo cyo kuwa Kane muri zone Musaga, komine Mukaza mu Mujyi wa Bujumbura. Nimubona yakoraga mu kabari ko muri karitsiye ya Kinanira ya kabiri, akaba yari ashinzwe kubarura amafaranga. […]