Uko wakwambuka inyanja y’ubukene hamwe na IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL

Ishuri IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL , ryongeye gutegura amasomo wabasha kwiga kwiga akakugeza kure mubijyanye n’iterambere rijayanye nigihe nka film making uba ushobora kwigamo camera, editing, amajwi, editing y’ibidasanzwe Visual effect, ushobora kwigamo uko bandika film mbarankuru ;documentary cyangwa film wihimbiye; fiction film ndetse na photography. Muri IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL bigisha graphic […]
Umukuru w’Ingabo z’u Buhinde, umugore we n’abantu bari kumwe baguye mu mpanuka ya kajugujugu
Umuyobozi w’Ingabo w’u Buhinde, General Bipin Rawat, umugore we, n’abandi bantu 11 baguye mu mpanuka ya kajugujugu ya gisirikare bari barimo yaguye muri leta y’amajyepfo ya Tamil Nadu, nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cyo mu Kirere (IAF). Kuri uyu wa Gatatu,Igisirikare cyo mu Kirere cy’u Buhinde (IAF) ku rubuga rwa Twitter cyavuze ko “impanuka ibabaje” yabereye hafi […]
Gen. Numbi na Kabila batunzwe agatoki mu rubanza rw’urupfu rwa Chebeya na Bazana

Ofisiye mukuru wari umaze imyaka 10 yarahunze Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Paul Mwilambwe yatunze agatoki uwahoze ari Komiseri Mukuru wa Polisi, Gen. John Numbi na Joseph Kabila wabaye Umukuru w’Igihugu mu rubanza rw’urupfu rw’uwahoze ari impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Floribert Chebeya na Fidèl Bazana wari umushoferi we. Chebeya na Bazana biciwe ku biro bikuru bya […]
Perezida Paul Kagame ari i Dar es Salaam muri Tanzania
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze i Dar es Salaam mu gihugu cya Tanzania aho yitabiriye ibirori by’umunsi mukuru w’ubwigenge bw’iki gihugu. Ibiro by’Umukuru w’igihugu kuri Twitter byemeje ko Perezida Kagame akigera i Dar Es Salaam yakiriwe na Minisitiri wa Tanzania ushinzwe itegeko nshinga n’amategeko, Prof. Palamagamba John Kabudi. Ejo ku wa Kane tariki ya […]
U Bufaransa bwafashe ukekwaho uruhare mu iyicwa ry’umunyamakuru Khashoggi
Umuntu ukekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi mu 2018 yatawe muri yombi kuri uyu wa Kabiri ushize afatiwe mu Bufaransa nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi b’ubucamanza bw’iki gihugu cyo mu Burayi. Uyu muyobozi yavuze ko ukekwa yatawe muri yombi hagendewe ku mpapuro zo kumuta muri yombi zatanzwe na Turkiya (Igihugu Kahshoggi yiciwemo ubwo […]
Rwamagana: Abaturage barasabwa kwifashisha ikoranabuhanga rya telefoni bagamije kwiteza imbere

Umuyobozi w’akarere ka Rwamagana, Mbonyumuvunyi Radjabu mu mpera z’icyumweru gishize ku wa 3 Ukuboza 2021, ubwo abaturage 474 bahabwaga telefoni zigezweho zizwi nka Smartphone yabasabye gukoresha neza telefoni zikabafasha kwihutisha iterambere ryabo. Abaturage bahawe telefoni bagenewe na Perezida wa Repubulika bavuze ko bagiye kuzifashisha zikabafasha guhererekanya amakuru n’ubuyobozi mu rwego rwo gukumira ibyaha. Niyirora Fidel, […]
Musanze: Umuturage yavuze uko yangiwe kwinjira mu gisirikare cy’ u Rwanda azira kutagira imyate
Umusaza utuye mu Mudugudu wa Kinkware, Akagari ka Bikara mu Murenge wa Nkotsi, Aloys Mbuguje wavutse mu 1941, avuga ko mu mwaka atibuka ku butegetsi bwa Gregoire Kayibanda, ashaka kujya mu gisirikare cy’ u Rwanda, ariko akavutswa amahirwe kuko atari afite imyate. Muzehe Mbuguje n’imvi z’uruyenzi, agendera ku kabando n’ishapure mu ijosi, ibitangazamakuru bya BWIZA […]
Rusizi: Abanyamadini n’amatorero basabwe umusanzu mu guhangana n’ita ry’amashuri n’ubuzererezi mu bana bikomeje kugaragara

Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi Dr Kibiriga Anicet,aravuga ko ikibazo cy’abana bagita amashuri n’abo usanga mu buzererezi gikomeye, ubwo yari mu itorero MĂ©thodiste Libre mu Rwanda paruwasi ya Kamembe mu gusoza inama y’iminsi 3 yahuje abapasiteri n’intumwa z’abakirisito baturutse mu paruwasi yose agize Conference ya Kinyaga muri iri torero, yasabye cyane abanyamadini n’amatorero umusanzu ufatika mu […]
Bobi Wine yamaganye ibitero bya UPDF kuri ADF muri Congo
Uwabaye umukandida ku mwanya wa perezida mu matora aheruka, Robert Kyagulanyi, uzwi ku izina rya Bobi Wine, yavuze ko ibitero by’ingabo za Uganda (UPDF) ku barwanyi ba ADF muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bitemewe. Nk’uko iyi nkuru dukesha Daily Monitor ivuga, Bobi Wine, usanzwe ari n’umudepite, yavuze ko ibitero byagabwe Inteko ishinga amategeko itabanje […]
Rwanda : la justice française ouvre un troisième procès
Pour la troisième fois, un procès s’ouvre en France contre un Rwandais accusĂ© d’avoir participĂ© au gĂ©nocide des Tutsis, en 1994. Le dossier de Claude Muhayimana, modeste chauffeur d’hĂ´tel, va transporter la Cour au cĹ“ur des massacres dans les collines de Bisesero, lieu douloureux de l’histoire entre la France et le Rwanda. Il n’était ni […]
Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) ari mu ruzinduko i Kinshasa
Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF), Kristalina Georgieva, ari I Kinshasa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 07 Ukuboza, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu. Ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya N’djili, Kristalina Georgieva yakiriwe na minisitiri w’imari wungirije, Guverineri wa Banki Nkuru ya Congo (BCC), abajyanama ba perezida mu bijyanye n’imari […]
Youssef Rhab ngo yatangaje ko atagishaka gukinira Rayon Sports
Umunya-Maroc Youssef Rhab, biravugwa ko yamaze kwandikira ubuyobozi bw’ikipe ya Raja Casablanca y’iwabo abusaba kumushakira indi kipe, kuko atifuza gukomeza gukinira Rayon Sports. Youssef yatijwe Rayon Sports na Raja Casablanca yo muri Maroc, binyuze mu masezerano y’ubufatanye yasinywe hagati y’impande zombi. Youssef ni umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Rayon Sports uri mu bari bayifatiye runini. […]
Ntwali John Williams avuga ko abakorera ubuvugizi kuri Youtube bashobora gufungwa byoroshye
Umuyobozi wa shene ya Youtube yitwa Pax TV, Ntwali John Williams, avuga ko abantu cyangwa banayamkuru bakorera abaturage ubuvugizi kuri Youtube bashobora gufungwa byoroshye ugereranyije n’abahakorera ibindi biganiro. Mu kiganiro kuri telefoni na BWIZA, Ntwali yavuze ko impamvu inkuru z’ubuvugizi zishobora gufungisha uzikora ari uko ziba zigaruka ku “Banyabubasha baba barenganyije abo baturage.” Atanga urugero […]
Communications Specialist at Heifer International
Communications Specialist Description Heifer International is an equal opportunity employer. All qualified applicants will receive consideration for employment without regard to race, religion, color, national origin, gender, gender identify, sexual orientation, age, status as a protected veteran, among other things, or status as a qualified individual with disability. Function The position is responsible for establishing […]
Front Desk Officer at ENGIE Energy Access
ENGIE Energy Access is one of the leading Pay-As-You-Go (PAYGo) and mini-grids solutions provider in Africa, with a mission to deliver affordable, reliable, and sustainable energy solutions and life-changing services with exceptional customer experience. The company is a result of the integration of Fenix International, ENGIE Mobisol, and ENGIE PowerCorner; and develops innovative, off-grid solar […]
Le directeur général du Centre biomédical du Rwanda, le Dr Sabin Nsanzimana, suspendu
Le cabinet du Premier ministre a annoncĂ© mardi 7 dĂ©cembre 2021 la suspension du directeur gĂ©nĂ©ral du Centre biomĂ©dical du Rwanda, le Dr Sabin Nsanzimana. Selon une dĂ©claration publiĂ©e sur le compte Twitter officiel du Premier ministre, le Dr Nsanzimana fait l’objet d’une enquĂŞte “pour des questions de responsabilitĂ©”. Nsanzimana a Ă©tĂ© nommĂ© Ă la […]
RBC boss Dr Nsanzimana suspended
The Prime Minister’s Office on Tuesday, December 7, 2021, announced the suspension of the Director-General of Rwanda Biomedical Centre, Dr. Sabin Nsanzimana. According to a statement posted on the Premier’s official Twitter account, Dr. Nsanzimana is under investigation “over matters of accountability.” Nsanzimana was appointed head of RBC at the end of July 2019, eight […]
Four killed, 17 injured after building collapses in Tanzania
At least four people have died and 17 others injured after a building under construction collapsed in Goba in the outskirts Dar es Salaam on Monday. The injured have been taken to hospital for medical treatment. Ubungo District Commissioner Kheri James said the building caused damage to houses that were close to it. He said […]
Afurika y’Epfo: Umushinga w’itegeko rishya rigamije kongera gusaranganya ubutaka watewe utwatsi
Umushinga w’itegeko rivugurura ibijyanye n’ubutaka wari ushyigikiwe na Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, wiyemeje gukosora icyitwa akarengane kijyanye no kwamburwa ubutaka mu gihe cya apartheid, watewe utwatsi uyu wa kabiri n’inteko ishinga amategeko. Ikibazo cyo kongera gusaranganya ubutaka, hatangwa indishyi cyangwa idatanzwe, ni ingingo itavugwaho rumwe kandi iteza impaka muri Afurika yepfo. Umushinga w’itegeko […]
Ingabo za MONUSCO zahawe uburenganzira bwo kurasa ku nyeshyamba
Umuryango w’Abibumbye wahawe uburenganzira bwo kurasa ku mitwe yitwaje intwaro (inyeshyamba) wifashishije ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bwawo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwahawe izina rya MONUSCO. Umugaba w’ingabo ziri muri MONUSCO, Gen. Marcos de Sá Alfonso da Costa yabitangarije Radio Okapi kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2021, ubwo yari amaze gushyira umukono […]
Mahama: Umurundi afunzwe akekwaho ubwambuzi
Abapolisi bakorera mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe bataye muri yombi impunzi y’Umurundi yitwa Bizimana Jean Claude bayikekaho kwambura mugenzi wayo w’Umurundikazi amafaranga y’u Rwanda (Frw) 222,000. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, CIP Hamdun Twizeyimana yasobanuye ko Bizimana yambuye uyu Murundikazi witwa Uwimana Belyse aya mafaranga, amwizeza kumufasha kujya gutura ku mugabane […]
Amafaranga yo gufasha ibikorwa byagizweho ingaruka na Covid-19 yikubye kabiri
Abantu bagizweho ingaruka n’icyorezo cya covid-19 bujuje ibisabwa Minisiteri y’imari n’igenamigambi irabasaba kugana ikigega cyashyiriweho kuzamura ubukungu mu Rwanda, bagahabwa inguzanyo zabafasha kuzahura ubukungu bwabo. Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko kugeza ubu amafaranga yashyizwe mur’iki kigega amaze kwikuba inshuro ebyiri. Ibi byagarutsweho mu kiganiro minisitiri w’imari n’igenamigambi yagejeje ku nteko nshingamategeko, imitwe yombi, ubwo yagaragazaga […]
Messi yatambutse kuri Pele mu gutsinda ibitego byinshi, asigara yirukanka kuri Cristiano
Umunya-Argentine Lionel Messi yaraye atambutse ku munya-BrĂ©sil Pele mu gutsinda ibitego byinshi mu mateka y’umupira w’amaguru. Messi yabigezeho nyuma yo gufasha PSG akinira kunyagira Club Brugge yo mu Bubiligi ibitego 4-1, mu mukino wa UEFA Champions. Messi yatsinze ibitego bibiri muri uyu mukino, ahita yuzuza ibitego 758 amaze gutsinda mu mateka ye. Uyu munya-Argentine kuri […]
Leta ya Ethiopia ivuga ko abasirikare bakuru 12 ba TPLF bishwe, abandi bafatwa mpiri
Leta ya Ethiopia kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021 yatangaje ko ingabo zayo zishe abasirikare bakuru b’umutwe witwaje intwaro wa TPLF bagera kuri 12, abandi bafatwa mpiri mu gihe hari n’abakomeje kurambika intwaro. Mu itangazo ibiro bya Minisitiri w’Intebe byashyize kuri Twitter, byasobanuye ko ibi byose byabereye mu mirwano ingabo za Leta zari zihanganiyemo na […]
Uko abiga muri Kaminuza ya Kyambogo bakopera bakoresheje udupfukamunwa na ‘kotegisi’ bahisha mu mabere

Abanyeshuri ba Kaminuza ya Kyambogo muri Uganda badukanye andi mayeri yo kwandika ibisubizo ku dupfukamunwa n’ibindi bisubizo cyane abakobwa batwara mu mabere, ugiye kubasaka bakavuga ko ari ibikoresho byifashishwa mu isuku mu gihe cy’imihango (cotex). Aya makuru yemejwe n’Umuyobozi w’iyi kaminuza, Prof Eli Katunguka Rwakishaya wavuze ko mu bizamini byo muri iyi minsi, hagaragaye amanyanga […]
Mu byatumye Gen. Kandiho afatirwa ibihano haba harimo ifungwa ry’Abanyarwanda
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021, yafatiye ibihano Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’igisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), Maj. Gen. Abel Kandiho birimo kwimwa viza (visa) no gufatirwa imitungo. Mu itangazo yashyize hanze, Guverinoma ya USA yasobanuye ko abakozi ba CMI Gen. Kandiho ayobora na we ubwe bafunga, […]
Dr Sabin Nsanzimana wa RBC ari gukorwaho iperereza na RIB
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje ko ruri gukora iperereza kuri Dr Sabin Nsanzimana wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) kubera ibyaha akekwaho. Ni nyuma y’uko ku wa Kabiri tariki ya 07 Ukuboza Dr Nsanzimana yahagaritswe by’agateganyo na Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente ariko mu izina rya Perezida Paul Kagame “kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.” […]
Nyamitwe waherukaga guhabwa inshingano nshya yagizwe Amb. w’u Burundi mu mahanga
Amb. Willy Nyamitwe wahoze akuriye itangazamakuru mu biro by’umukuru w’igihugu cy’u Burundi, yagizwe Ambasaderi w’iki gihugu mu mahanga nyuma y’iminsi mike atorewe izindi nshingano. Ku wa Kane w’icyumweru gishize ni bwo Amb. Willy Nyamitwe yatorewe kuba umuyobozi w’urwego rushinzwe kugenzura imikorere y’ibitangazamakuru byo mu Burundi (CNC). Nyamitwe yari yatorewe kuyobora ruriya rwego ku bwiganze bw’amajwi […]