Gisagara: Dr Iyamuremye yashyikirije abagizweho ingaruka n’ibiza, inkunga ya Perezida Kagame

img-20220126-wa0039.jpg

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena, Dr Iyamurenye Augustin, yashyikirije abaturage bo mu murenge avukamo wa Save, mu karere ka Gisagara, bagizweho ingaruka n’ibiza, inkunga yihutirwa, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yabageneye, anabasaba kumwita “Gusitini”, nk’umuturage uhavuka aho kumwita”Perezida wa Sena” mu rwego rwo gushyikirana na bo. Iyo nkunga ya Perezida wa Repubulika igizwe […]

Abayobozi b’abasivili bananirwa kubaka igisirikare gikomeye_Museveni kuri ‘Coups’ ziyongera

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni ubwo yifatanyaga n’Abagande kwizihiza umwaka wa 36 igihugu kimaze ubwigenge, yavuze ko impamvu zitera ubwiyongere bw’ihirika ry’ubutegetsi muri Afurika ari uko abayobozi b’abasivili bananirwa kubaka ibisirikare bikomeye. Perezida Museveni yakomozaga ku bikorwa by’iterabwoba kuri uyu mugabane, by’umwihariko ibya ADF, umutwe ukomoka muri Uganda ariko ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya […]

Nkotsi: Uko umwana yatuwe Nyabingi ikamubuza kugama imvura, ikamumaza iminsi itatu atarya

capture-75.png

Umugabo w’imyaka 74 wo mu Mududgudu wa Rubindi, Akagari ka Bikara mu Murenge wa Nkotsi mu Karere ka Musanze, Jean Bosco Nkundakozera, avu ga ko akiri uruhinja yajyaga afatwa na Nyabingi, imvura yagwa ikamubuza kugama, yajya gupagasa muri Uganda ikamuhana akamara iminsi itatu atarya atunzwe n’amazi gusa. Nkundakozera waje kuba Pasiteri muri ADEPR yavukiye ahahoze […]

Col Mamady Doumbouya yababariye abakinnyi ba Guinée-Conakry

Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Col Mamady Doumbouya, yababariye abakinnyi b’Ikipe y’igihugu cye nyuma yo kunanirwa gukora ibyo yari yabasabye mu mikino y’Igikombe cya Afurika kiri kubera muri Caméroun. Mbere y’uko Syli National ihaguruka i Conakry yerekeza muri Caméroun ariko ibanje kunyura i Kigali, Col Doumbouya yari yasabye abakinnyi gutwara Igikombe cyangwa bagasubiza amafaranga abarirwa muri […]

RDC: Umusirikare uri mu barinda Perezida yakatiwe urwo kwicwa

Umusirikare wo muri Repubulika ya Demukarasi ukorera mu mutwe wa GR (Garde Républicaine) urinda Perezida n’abandi bayobozi bakuru, Kodia Kiula Franck yakatiwe igihano cyo kwicwa. Urukiko rwa gisirikare rwa Garnison ruri mu murwa mukuru, Kinshasa, rwafashe iki cyemezo kuri uyu wa 25 Mutarama 2022 rumaze guhamya Kiula icyaha cyo kwica umushoferi witwa Joseph Tulala, yakoreye […]

Burkina Faso: Perezida Roch Kaboré yaba yarahiritswe azira abacanshuro b’Abarusiya

Kimwe mu bikorwa bya nyuma bya Perezida Roch Marc Christian Kaboré wahiritswe n’abasirikare ku butegetsi kuwa Mbere, itariki 24 Mutarama 2022, harimo kwanga ko hakoreshwa abacanshuro b’Abarusiya ku butaka bwe. Ukuriye abasirikare bahiritse ubutegetsi, Lt. Col Paul-Henri Sandaogo Damiba, ubwe ni we wagerageje guhatira Kaboré kwemera ubufasha buturutse i Moscou, nk’uko amakuru yatangajwe n’uruhande rw’uwahoze […]

Fille Mutoni mu rukundo n’undi mugabo nyuma ya MC Kats bapfuye ko yamwanduje virusi ya SIDA

Umuhanzikazi w’Umunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda, Fille Mutoni, yerekanye umukunzi we mushya, nyuma yo gutandukana nabi na Edwin Katamba uzwi nka MC Kats, babyaranye, ariko bagahora bashinjanya ko umwe ari we wazanye mu rugo virusi ya SIDA, HIV. Akoresheje konti ye ya Instagram, Mutoni yerekanye umukunzi we gusa ntiyamugaragaza mu maso. Muri iyo foto, uyu […]

Umugabo yishe uruhinja rw’amezi ane arukubise ku gikuta

Polisi yo muri Murang’a mu gihugu cya kenya yafunze umugabo uri mu kigero cy’imyaka 23 ukurikiranyweho kwica uruhinja rw’amezi ane, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri. Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uyu mugabo witwa Mark Njuguna, akubita umugore we, hanyuma aterura uyu mwana akamukubita, agahita apfa ako kanya. Nk’uko bivugwa na se wa […]

Abasirikare 26 ba FARDC barimo Colonel bishwe na M23

Abasirikare 26 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barimo umwe ufite ipeti rya Colonel, baguye mu mirwano yasakiranyije ingabo z’iki gihugu n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. Amakuru avuga ko iyi mirwano yabaye mu ijoro ryo ku wa Mbere w’iki cyumweru. Ni imirwano yabereye mu gace ka Nyesisi ho muri Teritwari ya Rutshuru mu ntara […]

Abakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Elsie Akeza bagiye gushyikirizwa urukiko

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 27 Mutarama, abagore babiri bazashyikirizwa umucamanza mu rukiko rwibanze rwa Kicukiro aho biteganijwe ko ubushinjacyaha buzatangira kugaragaza ku mugaragaro uruhare bagize mu rupfu rwa Elsie Akeza Rutiyomba, umwana w’imyaka itanu, urupfu rwe rwahungabanyije igihugu cyose ku mbuga nkoranyambaga n’ababyeyi be. Bwa mbere, Marie-Chantal Mukanzabarushimana (mukase wa Akeza) na Dative […]

Legal Officer at Haguruka

JOB ADVERTISEMENT Background HAGURUKA is a non-governmental organization registered under Rwandan Law. We work towards empowering women and children to claim their rights by improving their access to quality justice across the country. HAGURUKA was founded in 1991 and has since been at the forefront of the fight for the rights of women and children. […]

Mort d’Elsie Akeza: Les suspects seront traduits en justice

Ce jeudi 27 janvier, deux femmes comparaîtront devant un juge du tribunal de première instance de Kicukiro où elles devraient être officiellement inculpées pour avoir joué un rôle dans la mort d’Elsie Akeza Rutiyomba, une enfant de cinq ans dont la mort a secoué le pays il y a des semaines. Pour la première fois, […]

Museveni avuga ko Idi Amin ari we wasenye EAC

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni avuga ko Idi Amin wayoboye iki gihugu ari we watumye umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) usenyuka. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangarije mu ijambo yagejeje ku banya-Uganda, ku munsi bizihirizaho imyaka 36 ingabo z’umutwe wa NRA yayoboraga zibohoye igihugu. Perezida Museveni yavuze ko EAC ubwo Kenya yari iyobowe na Jomo Kenyatta, Uganda […]

Rayon Sports yasinyishije umusimbura wa Youssef Rharb (Amafoto)

img_20220126_122913.jpg

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha rutahizamu Musa Esanu wakiniraga ikipe ya Bul Jinja FC yo mu cyiciro cya mbere muri Uganda. Uyu munya-Uganda yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda. Rayon Sports yasinyishije Esanu nk’umusimbura w’umunya-Maroc Youssef Rharb watandukanye na yo mu minsi ishize agasubira iwabo, nyuma yo […]

Koroherezwa Ubushinjacyaha bwasabiye Sankara kwateje impaka mu rukiko

Koroherezwa igihano Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabiye Nsabimana Callixte (Major Sankara) wabaye Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa MRCD-FLN kwateje impaka mu Rukiko rw’Ubujurire kuri uyu wa 26 Mutarama 2022. Sankara muri Nzeri 2021 yakatiwe n’Urukiko Rukuru igifungo cy’imyaka 20 ubwo rwari rumaze kumuhamya ibyaha birimo: kuba mu mutwe w’iterabwoba; gukora no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba; […]

Perezida Macron yaburiye u Burusiya igihe bwakwibeshya bugatera Ukraine

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko hari “ubumwe bukomeye” hagati y’u Bufaransa n’u Budage mu gushaka guhosha ikibazo cy’umutekano hagati y’u Burusiya na Ukraine. Ariko, yongeyeho ati: “mu gihe habaho igitero, igisubizo kizaba gihari kandi ikiguzi (ku Burusiya) kizaba kinini”. Perezida w’u Bufaransa yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri mu Budage […]

Nyuma y’imyaka itatu, Mario Balotelli yongeye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu y’ Ubutaliyani

Mancini yigeze no gutoza Balotelli muri Manchester City

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani Mario Balotelli, yongeye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu nyuma y’imyaka irenga itatu, aho yagiriwe ikizere n’umutoza Roberto Mancini bitegura umukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi, Ubutaliyani buzakina na Macedonia ya Ruguru muri Werurwe. Umutoza w’ikipe y’igihugu y’Ubutaiyani yahamagaye abakinnyi 35, bagomba gutangira imyitozo bashaka itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi […]

Dr Egide Igabe remanded

Kicukiro Primary Court on Tuesday, January 25, sent on a 30-day remand, Egide Igabe who is suspected of forging documents after the judge denied his bail. During the hearing, which took place on January 20, Igabe admitted the crime and explained how he did it. The documents he forged include the equivalence certificate from the […]

UPDF signals longer stay in DRC

Uganda Peoples Defence Forces has tabled a budget of Ush89.7 billion ($25.6 million) that is meant to facilitate its operation in the Democratic Republic of Congo, signalling the army’s plan to stay there longer. This came to light on Monday as top Ministry of Defence officials presented the budget before the Defence and Internal Affairs […]

Gen Mubarakh Muganga yasabye APR FC gutera ikirenge mu cya RDF

Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka akanaba umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi b’iyi kipe gutera ikirenge mu cy’Ingabo z’u Rwanda buri gihe bakarangwa n’intsinzi nka zo. Gen Muganga yabigarutseho ku wa Kabiri ubwo yasuraga iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu mu myitozo, yitegura umukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona igomba […]

Inkomoko itangaje y’izina Muryabazira, agace kari ku muhanda Kigali-Musanze

capture-73.png

Ku bantu basanzwe bakora ingendo bakoresheje umuhanda Kigali-Musanze, banyura ahitwa Muryabazira, igice cy’igishanga cyiza gihingwamo igihingwa kimwe akenshi, kuva aho ugera mu Mujyi wa Musanze ni iminota mike. Ibitangazamakuru bya BWIZA TV na BWIZA.com byageze muri ako gace, biganira n’umubyeyi witwa Salome Nyiranzayino w’imyaka 72, akaba umukazana wa Bazira, umukecuru ukiriho witiriwe ako gace. Igitangaje […]

USA: Abaganga banze kuvura umurwayi w’umutima kuko atikingije Covid-19

Abaganga bo mu ivuriro rya Brigham and Women’s Hospital riherereye mu mujyi wa Boston muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) banze kuvura umugabo w’imyaka 31 y’amavuko, DJ Ferguson kubera ko atemera kwikingiza icyorezo cya Covid-19. Iri vuriro ryasobanuriye BBC ko Ferguson yashakaga ko abaganga bamusimburiza umutima (heart transplant) ariko bakaba babonye babaye bamuhaye iyi […]

Museveni yakoze izindi mpinduka mu gisirikare zasize hari uwari Private yagize Major

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda usanzwe ari n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu, yakoze impinduka zitandukanye mu gisirikare cye zasize hari umusirikare wari ku rwego rwa Private yahaye ipeti rya Major. Mu mpinduka zabaye ku munsi w’ejo harimo kuba Maj Gen Abel Kandiho wari ukuriye Urwego rushinzwe ubutasi bwa gisirikare CMI yarambuwe Izi nshingano, zigahabwa […]

Huye: Umukecuru w’imyaka 72 ashobora gufungwa burundu azira ibiyobyabwenge

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye kuwa Mbere ushize bwashyikirijwe dosiye y’umukecuru w’imyaka 72 ukekwaho gucuruza urumogi,wafatiwe mu rugo iwe ku itariki ya 21 Mutarama 2022 mu Mudugudu wa Bumbogo, Akagari ka Mwurire, Umurenge wa Mbazi ho mu Karere ka Huye afite udupfunyika 41 tw’urumogi yagurishaga. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko ubwo yabazwaga […]

Abarundi biganjemo abahunguka bagenewe inkunga ya Fbu miliyari 500

Banki y’Isi yahaye Leta y’u Burundi inkunga y’amadolari ya Amerika miliyoni 150 (arenga akoreshwa muri iki gihugu ‘Fbu’ miliyari 500), agenewe abatishoboye mu gihugu hose biganjemo abava mu buhungiro mu mahanga. Minisitiri w’ikigega cya Leta y’u Burundi, Domitien Ndihokubwayo yashyikirijwe iyi nkunga n’uhagarariye Banki y’Isi muri iki gihugu, Véronique Kabongo. Kabongo yavuze ko aya mafaranga […]

EU irateganya gutera inkunga ibikorwa bya RDF muri Mozambique

Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (EU) uratekereza gushyigikira ibikorwa bya gisirikare by’u Rwanda muri Mozambike kugira ngo barwanye inyeshyamba zifitanye isano na Leta ya Kisilamu mu ntara y’amajyaruguru y’iki gihugu, Cabo Delgado. Ibi byatangajwe na ambasaderi w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi mu Rwanda, Nicola Bellamo, mu kiganiro ngarukamwaka cy’ingingo ya 8 (Article 8 Dialogue) cyabereye ku […]

Ibitambo mu madini -Igice cya kabiri

Inkuru yari igizwe n’igice cya mbere wayisoma hano ugakomereza no ku cya 2 Ibitambo mu madini -I gice cya “mbere” 3. ABASILAMU Nk’uko bivugwa na Mohamed Hocine Benkheira muri dictionnaire du Coran, mu busilamu bagira ubwoko bune bw’ibitambo : – Igitambo gikorwa mu gihe cyo kurangiza umuhango wa Hija kizwi nk’icy’umunsi mukuru w’Ilayidi nkuru (10 […]