U Burusiya bwirukanye abadipolomate 40 b’u Budage
Kuri uyu wa mbere, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya yatangaje ko abadipolomate 40 b’u Budage batagifite ikaze mu gihugu kubw’ibyo bakaba bagomba gusubira iwabo. Icyemezo kije nyuma y’aho u Budage nabwo bwirukanye abadipolomate bangana gutya b’u Burusiya nk’uko iyi nkuru dukesha VOA ivuga. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya mu itangazo ryayo yatangaje ko yafashe iki […]
Le président Paul Kagame a effectué sa première visite en Ouganda en quatre ans

Le prĂ©sident Paul Kagame et son homologue ougandais Yoweri Museveni ont tenu dimanche 24 avril des entretiens bilatĂ©raux sur un certain nombre de questions, notamment la paix, la stabilitĂ© et la coopĂ©ration rĂ©gionales. C’Ă©tait en marge des cĂ©lĂ©brations du 48e anniversaire du lieutenant-gĂ©nĂ©ral Muhoozi Kainerugaba, commandant des forces terrestres des Forces de dĂ©fense du peuple […]
Shene ya Diamond yakuwe burundu kuri YouTube, indirimbo ya The Ben ibigenderamo
Umuyoboro (channel) w’umuhanzi Diamond Platnumz wamamaye mu muziki wa Tanzania wakuwe burundu ku rubuga rwa YouTube guhera kuri uyu wa 25 Mata 2022, indirimbo yakoranye n’Umunyarwanda The Ben ibigenderamo. Abanyamakuru bakomeye mu myidagaduro muri Tanzania basobanura ko ubwo uyu muyoboro wari umaze gukurwa kuri YouTube hagaragaraga ubutumwa busobanura impamvu. Uwasuraga uyu muyoboro yawubonaga, ariko nta […]
Real Madrid yumvikanye na myugariro ngenderwaho wa Chelsea ko izamusinyisha
Ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne, yamaze kumvikana na myugariro Antonio RĂĽdiger wakiniraga Chelsea yo mu Bwongereza ko agomba kuyisinyira. Uyu myugariro ukomoka mu gihugu cy’u Budage Chelsea yamaze gutangaza ko atazayongeramo amasezerano. Umunyamakuru Fabrizio Romano uri mu bubashywe ku Isi mu nkuru za Transfert yatangaje ko RĂĽdiger yamaze kumvikana na Real […]
Perezida Kagame waraye i Kampala yagiranye indi nama yihariye na Museveni
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yagiranye indi nama yihariye na mugenzi we Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, mbere yo gusoza uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga muri Uganda. Perezida Kagame kuva ejo ku Cyumweru yari i Kampala muri Uganda, aho yari yitabiriye ibirori by’isabukuru y’imyaka 48 y’amavuko ya Gen Muhoozi Kainerugaba; umuhungu wa Perezida Museveni. […]
Ituri: Abantu 15 barimo koloneli na ba majoro bakurikiranweho kugurisha ibikoresho bya gisirikare
Kuva kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Mata, abantu bagera kuri cumi na batanu barimo abasirikare bakuru ba FARDC bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare rw’intara ya Ituri. Ubutabera bwa gisirikare bubakurikiranyeho kugurisha amasasu y’intambara, kugira uruhare mu mitwe yitwaje ibirwanisho no gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko. Uru nirwo rubanza rwa mbere muri Ituri rwerekeye […]
Perezida Kagame yasoje uruzinduko yagiriraga muri Uganda

Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame, yasoje uruzinduko bwite rw’iminsi ibiri yari yagiriye muri Uganda. Umukuru w’igihugu yari yagiye muri Uganda ku bw’ubutumire bw’umuhungu wa Perezida Museveni Yoweli Kaguta Tibuhaburwa ari we Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, wizihizaga imyaka 48 y’amavuko. Muri urwo ruzinduko kandi Perezida Kagame yaganiriye na Museveni, baganira ku ngingo zitandukanye. Perezida Museveni […]
Human Resources Officer at CARE International
CARE International is seeking to recruit a “Human Resources Officer”. Introduction CARE is a leading humanitarian organization fighting global poverty. We seek a world of hope, tolerance and social justice, where poverty has been overcome and people live in dignity and security. CARE International aims to be a global force and a partner of choice […]
Darfur: Abantu basaga 160 biciwe mu bugizi bwa nabi hagati y’amoko
Umuryango utegamiye kuri Leta uvuga ko byibuze abantu 168 bishwe ku cyumweru mu bugizi bwa nabi bwabereye i Darfur, akaba ari bumwe mu bugizi bwa nabi butwaye abantu benshi muri aka karere ko mu burengerazuba bwa Sudani kazahajwe n’intambara. Ubu bugizi bwa nabi bwatangiriye kuwa Gatanu i Krink, ku birometero 80 uvuye El-Geneina, umurwa mukuru […]
Umuyapanikazi wafatwaga nk’umuntu ukuze kurusha abandi ku Isi ntakiri ku Isi y’abazima

Umuyapanikazi wari uzwi nk’umuntu ukuze kurusha abandi ku Isi yasezeye ku Isi y’abazima ku itariki 19 Mata ku myaka 119 nk’uko byatangajwe n’abayobozi kuri uyu wa Mbere. Kane Tanaka yavukiye ahitwa Fukuoka mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Buyapani ku ya 2 Mutarama 1903. Muri uwo mwaka, nibwo abavandimwe ba Wright bakoze urugendo rwa mbere n’indege kandi […]
Barasaba ikimenyetso cy’amateka ya jenoside ahahoze urwibutso rwa Kibogora

Ubwo umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke wibukaga ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, abafite ababo bari bashyinguye mu rwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Kibogora muri uyu murenge bakimurirwa mu rwa Nyamasheke mu rwego rwo guhuza inzibutso, basabye ko ahahoze uru rwibutso bari bashyinguyemo hubakwa ikimenyetso cy’amateka ya jenoside n’ubusitani bwo kwibuka, […]
Perezida Kagame yahishuye uko Gen Muhoozi yashakishije nimero ye, akamubaza niba yakwemera ko amusura
Perezida Paul Kagame yavuze imyato Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, kubera uruhare yagize mu kuzahura umubano w’u Rwanda na Uganda. Ejo ku Cyumweru tariki ya 24 Mata ni bwo Gen Muhoozi usanzwe ari imfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni yizihije isabukuru y’imyaka 48 amaze avutse. Perezida Paul Kagame yari […]
Umucamanza ukomeye muri Uganda yarusimbutse nyuma yo kuraswaho
Umucamanza mukuru muri Uganda, Dr Flavian Zeija, aherutse kurusimbuka muri iyi weekend ishize nyuma yo kuraswaho n’abantu bitwaje intwaro. Urwego rw’ubucamanza rwa Uganda rwatangaje kuri iki Cyumweru ko ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ku isaha ya saa moya ku muhanda Kampala-Masaka. Umuvugizi w’ubucamanza, Jameson Karemani, yavuze ko abantu bitwaje intwaro batamenyekanye barashe ku […]
Museveni yasobanuye uko Kagame yamutabaye yari agiye kwicirwa hamwe n’umuryango we
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yasobanuye uburyo Paul Kagame na murumuna we, General (Rtd) Caleb Akandwanaho wamenyekanye nka Salim Saleh bamutabaye ubwo yari agiye kwicirwa hamwe n’umuryango we. Mu butumwa burebure amaze gushyira ku rubuga rwa Twitter, Perezida Museveni yasobanuye uburyo umuhungu we wizihije isabukuru y’amavuko ya 48, ari impano Imana yamuhaye, […]
RDC: Loni yasabye inyeshyamba z’abanyamahanga kurambika intwaro no guhita zitaha iwabo nta mananiza
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Gutteres “arahamagarira imitwe yitwaje intwaro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kugira uruhare mu biganiro bya politiki nta shiti, naho imitwe yose yitwaje intwaro y’abanyamahanga akayisaba kurambika intwaro hasi abayigize bagahita bataha iwabo nta mananiza”. Ubutumwa bwasomwe kandi butangwa n’Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Impande zose (guverinoma, indorerezi n’imitwe yitwaje […]
Perezida Kagame na Museveni hari ibyo bemeranyijeho
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda na Paul Kagame w’u Rwanda bemeranyije ku gushyira ingufu mu kubonera amahoro arambye aka karere, bakemura ikibazo cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, nk’umuryango wa Africa y’iburasirazuba. Itangazo ry’ibiro bya perezida wa Uganda rivuga ko aba bayobozi bombi bageze kuri uwo mwanzuro nyuma y’ibiganiro byabahuje ku cyumweru nijoro. Nibwo bwa […]
Rayon Sports yirukanishije abatoza ba AS Kigali
Ikipe ya AS Kigali yamaze gutandukana n’Umugande Mike Mutebi wari umutoza wayo mukuru cyo kimwe na Jackson Mayanja wari umwungiriza we. Mutebi na Mayanja bari abatoza ba AS Kigali kuva muri Mutarama uyu mwaka nyuma yo kuyigeramo basimbuye Eric Nshimiyimana n’abungiriza be bari bamaze kwirukanwa. Aba batoza b’Abagande birukanwe nyuma y’uko AS Kigali itsinzwe na […]
Mali: Umutwe w’iterabwoba urigamba gufata abacancuro benshi ba Wagner
Umutwe w’iterabwoba wa Jnim ukorera muri Mali urigamba gufata abacancuro benshi b’umutwe w’ingabo wigenga ukomoka mu Burusiya, Wagner Group. Mu itangazo uyu mutwe wasohoye kuri uyu wa 24 Mata 2022 nk’uko RFI ibivuga, wavuze ko wafatiye aba bacancuro mu mirwano yabereye mu gace ka Moura mu ntangiriro z’uku kwezi, ngo ubwo bari kumwe n’ingabo z’igihugu. […]
Gen. Kayihura yirutse ibilometero 21 yizihiza isabukuru ya Kainerugaba wamusabiye imbabazi

General Kale Kayihura wabaye umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda, yirutse ibilometero 21 yizihiza isabukuru y’umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba. Tariki ya 23 Mata 2022 ni bwo i Kampala habaye ibirori byo kwizihiza isabukuru ya Gen. Kainerugaba, byaranzwe n’irushanwa ryo kwiruka ndetse n’umutambagiro […]
Macron re-elected French President
Emmanuel Macron was reelected as president of France on Sunday but a powerful showing by his far-right rival Marine Le Pen — her strongest ever — spells trouble for his second term and sends a warning shot to NATO and the European Union. The centrist incumbent swept to victory by a comfortable margin, with some […]
Kagame visits Uganda after four years
President Paul Kagame and his Ugandan counterpart Yoweri Museveni, on Sunday, April 24, held bilateral talks on a number of issues including regional peace, stability and cooperation. This is the first time in more than 4 years that Kagame is visiting the neighbouring country. Kagame last visited Uganda in March 2018, where he met with […]
Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Macron wongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa ‘abikwiriye’
Perezida Paul Kagame yashimiye Emmanuel Macron watorewe kuyobora u Bufaransa muri manda ye ya kabiri, avuga ko intsinzi yabonye yari ayikwiriye. Ku Cyumweru tariki ya 24 Mata ni bwo Macron yongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa mu myaka itanu iri imbere, ahigitse Marine Le Pen bari bahanganiye mu cyiciro cya nyuma cy’amatora. Macron ubarizwa mu Ishyaka […]
Me Lurquin n’ikimenyetso gishya, RDC n’imitwe yitwaje intwaro mu biganiro, n’Umushinwa wakatiwe mu nkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 18 Mata 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirimo izirebana n’umutekano, ubutabera na politiki. Harimo ko: Perezida Kagame yasubije abanenze amasezerano y’u Rwanda n’u Bwongereza Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasubije abanenze amasezerano y’abimukira n’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu rwagiranye n’u Bwongereza tariki ya 14 Mata 2022. Ubwo aya masezerano arimo […]
Museveni yashimiye P. Kagame wemeye ubutumire bwa Gen Muhoozi no kugenderera Uganda nyuma y’imyaka myinshi
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ku mugoroba w’ejo ku Cyumweru yakiriye ku meza mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, amushimira ku bwo kwitabira ubutumire bw’umuhungu we, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba. Ku gicamunsi cyo ku munsi w’ejo ni bwo Perezida Paul Kagame yageze i Kampala, mu ruzinduko rwihariye yagiriye muri Uganda. Ni uruzindiko Umukuru w’Igihugu […]