Ruhango: Basabye imashini zitunganya umutobe, bahabwa izicira ibikatsi

Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango bwasobanuye ko uruganda rwa Kabagari rwahawe imashini zicira ibikatsi, aho guhabwa izitunganya umutobe w’inanasi rwari rukeneye. Bwabisobanuriye abadepite bagize komisiyo ishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko, izwi nka PAC, kuri uyu wa 16 Nzeri 2022. Uruganda rwa Kabagari rutunganya umusaruro w’inanasi rufite amateka. Mu kibanza cyarwo […]
Goma: Hari gutegurwa ibiro bikuru by’ingabo za EAC

Mu mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) hari gutegurwa ibiro bikuru by’ingabo z’ibihugu bigize umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba, EAC, zizajyayo kurwanya imitwe yitwaje intwaro. Ibi biro biri mu igorofa byamaze gushyirwaho ibirango bya EAC, amabendera y’ibihugu bigize uyu muryango byose uko ari 7: RDC, u Rwanda, u Burundi, Uganda, Tanzania, […]
Umujinya Police FC yakuye kuri Rayon Sports ikomeje kuwutura amakipe yo mu cyiciro cya 2
Ikipe ya Police FC itarabona inota na rimwe kuva shampiyona itangiye, ikomeje gutura umujinya amakipe yo mu cyiciro cya kabiri iri guhurira na yo mu mikino ya gicuti. Iyi kipe ya Polisi y’igihugu kugeza ubu nta mukino n’umwe iratsinda cyangwa byibura ngo iwunganye, kuko ku munsi wa mbere yatsindiwe na Sunrise kuri Stade ya Golgotha […]
Bannyahe tenants given rent amid landlord relocation
People who have been renting in a well known Kigali suburb, Bannyahe were given one month support as homeowners in Kangondo and Kibiraro villages in Gasabo District relocate to the new Busanza estate in Kicukiro District. An official from the City of Kigali who confirmed the information said the amount of money given to the […]
Papa Francis yatangaje igihe ashobora kugerera mu burasirazuba bwa RDC
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yatangaje igihe ashobora kugerera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Papa Francis yabimenyesheje abanyamakuru kuri uyu wa 15 Nzeri 2022 ubwo yari avuye mu ruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga muri Kazakhstan. Abajijwe ku nzinduko ateganya mu gihe kiri imbere, yasubije ko mu Gushyingo 2022 azajya muri Bahrain, […]
Le procès de Bamporiki reporté au 21 septembre
Le tribunal de grande instance de Nyarugenge a reportĂ© l’audience au fond de l’affaire contre le ministre d’État chargĂ© de la Culture, suspendu, Edouard Bamporiki, au mercredi 21 septembre prochain . Bamporiki est accusĂ© de crimes de corruption et est assignĂ© Ă rĂ©sidence depuis le 5 mai. Le vendredi 16 septembre, il a comparu devant […]
Urubanza rwa Kayumba Christopher rwimuriwe muri gereza
Umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye wa Nyarugenge yategetse ko urubanza rwa Dr. Christopher Kayumba ruzakomereza muri Gereza ya Mageragere nyuma yo kurwitaba uyu munsi ariko rugasubikwa bisabwe n’urukiko . Kayumba Christopher n’umwunganizi we bagaragaje ko bafite impungenge z’iki cyemezo cyimurira iburanisha muri gereza. Umucamanza ukuriye iburanisha muri uru rubanza Kayumba aregwamo icyaha cyo gusambanya ku gahato, […]
Miliyoni zisaga 300 z’abaturage ku Isi zugarijwe n’ikibazo cy’inzara kitigeze kibaho – WFP
Umuyobozi w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ibiribwa (WFP) yaburiye ko Isi igiye guhura n’ikibazo gikomeye itigeze ihura nacyo, aho abantu bagera kuri miliyoni 345 bagenda basatira guhura n’inzara mu gihe miliyoni 70 zari zigiye kugarizwa n’inzara kubera intambara yo muri Ukraine . Kuri uyu wa Kane, itariki 15 Nzeri, David Beasley, umuyobozi mukuru wa WFP, yabwiye […]
Uburayi bwitambitse umushinga wa Uganda na Tanzania wo kubaka umuyoboro wa peteroli
Inteko ishinga amategeko y’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) yasabye Uganda na Tanzania guhagarika iyubakwa ry’umuyoboro mugari w’ibikomoka kuri peteroli uhuza ibi bihugu. Abagize iyi nteko bateranye kuri uyu wa 15 Nzeri 2022, basobanuye ko uyu mushinga wagizwemo uruhare n’abakuru b’ibihugu byombi ubangamira uburenganzira bw’ikiremwamuntu kandi ngo ushyira mu kaga ibidukikije. Baboneyeho gusaba ibihugu bigize EU kudaha […]
Hejuru ya kimwe cya kabiri cy’ubutunzi bwa Afurika bwihariwe n’ibihugu bitatu
Hejuru ya kimwe cya kabiri cy’ubutunzi bwa Afurika bugenzurwa n’ibihugu bitatu gusa nk’uko bigaragara muri raporo ya Africa Wealth Report y’uyu mwaka yasohowe n’ikigo ngishwanama mu by’ishoramari cyo mu Bwongereza, Henley & Partners, ku bufatanye n’ikigo cy’ubutasi mu by’ubukungu cyo muri Afurika y’Epfo, New World Wealth . Afurika y’Epfo, Misiri, na Nijeriya byihariye miliyari 651 […]
Rutahizamu wa Lille muri 24 Amavubi yahamagaye ngo bitegure Guinée-Equatoriale

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Carlos Alos Ferrer, yamaze guhamagara urutonde rw’abakinnyi 24 bagomba kwitegura imikino ibiri ya gicuti u Rwanda rufitanye na Nzalang Nacional ya GuinĂ©e-Equatoriale. Ni imikino yombi iteganyijwe muri uku kwezi kwa Nzeri. Mu bakinnyi umutoza Carlos Ferrer yahamagaye harimo Hakim Sahabo, rutahizamu ukiri muto w’ikipe ya Lille yo mu gihugu cy’u Bufaransa. […]
Perezidansi y’u Burusiya yateye utwatsi iby’umugambi wo kwivugana Perezida Putin
Umuvugizi wa Perezidansi y’u Burusiya, Dmitry Peskov, kuri uyu wa Kane ushize yahakanye amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru y’uko aba hari umugambi urimo gucurwa wo kwivugana Perezida Putin . Ayo makuru yatangiye kumvikana kuwa Gatatu ushize, itariki 14 Nzeri anyuze ku muyoboro wa Telegram, nyuma yandikwa mu kinyamakuru cyo mu Bwongereza, The Sun. Byavugwaga ko igitero kuri […]
Igihugu cy’abaturanyi ni cyo cya mbere Ruto agiye gusura nka Perezida wa Kenya
Perezida William Samoei Ruto wa Kenya ategerejwe i Kampala mu gihugu cya Uganda, mu ruzinduko rwe rwa mbere azaba agiriye mu mahanga nka Perezida wa Kenya. Ruto ategerejwe muri Uganda mu ntangiriro z’ukwezi gutaha k’Ukwakira. Byitezwe ko aha muri Uganda Perezida mushya wa Kenya azahitabira umuhango wo gutangiza imurikagurisha mpuzamahanga ku bucuruzi rizwi nka ‘Uganda […]
USA yashimiye Perezida Ruto kuba yahaye Kenyatta inshingano
Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zashimiye Perezida mushya wa Kenya, Dr William Ruto, kuba yahaye Uhuru Kenyatta yasimbuye inshingano yo kuyobora ibiganiro by’amahoro mu karere. Tariki ya 13 Nzeri 2022 ubwo yari amaze kurahirira kuyobora Kenya, Perezida Ruto yatangaje ko yasabye Kenyatta gukomeza kuyobora ibiganiro by’amahoro muri Ethiopia no mu karere k’ibiyaga bigari, na […]
Abaminisitiri bakozwe n’isoni nyuma yo kugereranya uruhande rwa Uganda n’u Rwanda ku mupaka wa Gatuna

Abaminisitiri bakuru muri Guverinoma ya Uganda barimo uw’ubwikorezi, Gen. Katumba Wamala, ngo batunguwe kandi bakorwa n’isoni nyuma yo kwitegereza ukuntu uruhande rwubatswe vuba rwo ku mupaka uhuriweho wa Katuna rutangiye kwangirika mu gihe uruhande rw’u Rwanda, rusa neza kandi rukabungabungwa neza. Abaminisitiri batangajwe n’ukuntu uru ruhande rwa Uganda rutangiye kwangirika n’imirimo yo kuruvugurura itararangira, bagereranyije […]
Former Minister Bamporiki’s case hearing postponed
Nyarugenge Intermediate Court has postponed the corruption case against Former State Minister in the Ministry of Youth and Culture, Edouard Bamporiki, over absence of his lawyer. Bamporiki was in court room on Friday morning, asked by the judge if he is ready for the hearing, he said ” No.” The controversial public figure says ” […]
Nyaruguru: Koperative imaze imyaka hafi 3 yishyuza ingurane y’imitungo yayo yangijwe

Koperative yitwa Abadatatirana ba Rusenge yo mu murenge wa Rusenge mu karere ka Nyaruguru, imaze imyaka hafi 3 (kuva 2020) yishyuza ingurane y’imitungo yabo igizwe n’ibyuzi n’amafi byangijwe n’isuri ivanze n’igitaka byavaga mu muhanda Huye-Kibeho ubwo wubakwaga na Sosiyete y’Abashinwa Sino Hydro kuva muri 2020. Agaciro k’ibyangiritse kangana na 19,815,000 Frw. Nk’uko Nzabonimpa Vianney, Perezida […]
Koreya y’Epfo yashyikirije u Bushinwa ibisigazwa by’abasirikare babwo

Kuri uyu wa Gatanu, Koreya y’Epfo yasubije iwabo ibisigazwa by’abasirikare 88 b’Abashinwa bishwe mu gihe cy’Intambara ya Koreya, iyi ikaba ari yo mihango ya mbere nk’iyi kuva Perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Suk-yeol yatangira imirimo muri Gicurasi . Abashinzwe umutekano muri Koreya y’Epfo batanze amasanduku y’ibiti arimo ibisigazwa mu birori byabereye ku kibuga cy’indege cya […]
FERWAFA yemeye ko yatabye mu nama Abanyarwanda kubera Amavubi, ibaha isezerano rikomeye
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryasabye imbabazi Abanyarwanda kubera ukwitwara nabi kw’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ iheruka kubura itike ya CHAN 2023; gusa ribizeza ko igomba kuzabona itike y’Igikombe cya Afurika kizabera muri CĂ´te d’Ivoire. FERWAFA yasabye imbabazi biciye muri Muhire Henry usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru wayo. Ni nyuma y’uko Amavubi atsindiwe i Huye na Ethiopia […]
Abaturage bari guhunga bavuga ko hari gutegurwa imirwano simusiga hagati ya FARDC na M23
Bamwe mu baturage bari guhunga ibice byo mu Burasirazuba bwa DR Congo byegereye Uganda ku mupaka wa Busanza ahitwa Kitagoma, bavuga ko barebye imyiteguro iri gukorwa n’Ingabo za FARDC, imirwano hagati yabo na M23 ishobora kuba isaha iyo ariyo yose kandi izaba ari simusiga, bityo bakaba bari gukuramo akabo karenge mbere y’uko ibyo biba bakiri […]
Ukraine: Bobi Wine yageze mu gace ka Bucha kagabweho ibitero bikomeye

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu, Bobi Wine, utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yageze mu gace ka Bucha muri Ukraine kagabweho ibitero bikomeye n’ingabo z’u Burusiya. Ibitero muri aka gace byabaye muri Werurwe 2022. Ubwo ingabo z’u Burusiya zagasohokagamo, hashyizwe hanze amafoto n’amashusho bigaragaza imirambo myinshi y’abasivili bishwe yari irambaraye mu mihanda yaho ndetse n’ibikorwaremezo byatwitswe. Ni […]
Umuhanzi wo muri Uganda yagaragaye akorakora Umunyarwandakazi uzwiho gushotora abagabo (Reba videwo)
Umuhanzi wo muri Uganda, Aziz Zion yashyize hanze amashusho ari gukorakora umukobwa w’Umunyarwanda witwa Hyacinthe Natugonza uzwi nka Nana Webber, uzwiho gushotora abagabo mu mafoto ashyira hanze. Nana usanzwe aba muri Amerika, yagarutse muri Uganda gusa yagaragaye ari gukorakoranaho na Aziz Zion. Amashusho Aziz yashyize hanze amwerekana yahoberanye uruhwererane na Nana nka bimwe bya Kindi […]