Amb. Gatete yateguje UN icyo u Rwanda ruzakora, RDC na FDLR nibikomeza gukorana

Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye (UN), Gatete Claver, yawuteguje icyo iki gihugu kizakora mu gihe inzego z’umutekano za Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) zakomeza gukorana n’umutwe witwaje intwaro wa FDLR. Nyuma y’aho Umunyamabanga Mukuru wungirije wa UN ushinzwe Afurika, Martha Pobee, yari amaze kugeza ku kanama gashinzwe umutekano raporo y’Umunyamabanga Mukuru ku kibazo […]

Kinshasa: Senateri Muyumba yijunditse Moussa Faki kubera u Rwanda

Senateri mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Francine Muyumba, yijunditse Umuyobozi Mukuru wa komisiyo y’umuryango wa Afurika yunze (AU), Moussa Faki Mahamat, kubera amagambo yavuze ku gihugu cyabo n’u Rwanda. Faki mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique, yavuze ko umubano wa RDC n’u Rwanda wazambye kubera ko buri gihugu gishinja ikindi […]

Brussels: Pierre Basabose accuses judge of bias

The defense of Pierre Basabose, a 76-year-old Rwandan prosecuted before the Brussels Assize Court for his role in the Rwandan genocide of 1994, has filed a motion to challenge the president of the court, announced on Saturday, Me Jean Flamme, the defendant’s lawyer . The lawyer criticizes the president for having shown herself to be […]

ANR yaba yitegura guta muri yombi inkoramutima za Kabila zirimo Ruberwa

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Urwego rushinzwe ubutasi muri iki gihugu rwaba hari abanyapolitiki ruteganya guta muri yombi. Abashobora gutabwa muri yombi harimo Azarias Ruberwa wahoze ari Minisitiri ushinzwe kwegereza ubutegetsi rubanda. Abandi barimo Lamazani Shadary watsinzwe na Tshisekedi mu matora y’Umukuru w’Igihugu yo muri 2018 cyo kimwe na Marie-Ange-Mushobekwa. […]

Serikali ya Rwanda inapanga kutambulisha mabasi 200 ya umeme katika mji mkuu Kigali

Serikali ya Rwanda inapanga kutambulisha mabasi 200 ya umeme katika mji mkuu Kigali. Kampuni ya Vivo Energy na Bodi ya Hifadhi ya Jamii ya Rwanda (RSSB) ndizo zinazosimamia manunuzi . Pamoja na Wizara ya Miundombinu na Jiji la Kigali, Vivo Energy ilikamilisha upembuzi yakinifu kuhusu uwekaji umeme wa meli za mabasi ya umma mjini Kigali. […]

Akandi kamaro ko kurya Inanasi bitari ugukomeza amagufa gusa

Abantu benshi bazi ukuntu inanasi ari urubuto rwiza ruryoha kandi rukungahaye ku ntungamubiri z’ingenzi zifite akamaro kanini ku mubiri wa muntu .Ku muntu wariye inanasi cyangwa akanywa umutobe wayo bishobora kumumara inyota ariko tutibagiwe ko hari n’undi mumaro mwinshi uboneka mu mubiri . Inanasi ishobora gukoreshwa mu buryo butandukanye ,aho yakorwamo umutobe cyangwa ikaribwa yatunganyijwe […]

Musanze: RDF, UPDF, FDNB, KDF na TPDF basoje imyitozo bahuriyeho

Ingabo z’ibihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), zasoje imyitozo ihuriweho zari zimaze iminsi bakorera mu karere ka Musanze. Iyi myitozo izwi nka Command Post Exercise (CPX) “USHIRIKIANO IMARA”, yari yanitabiriwe n’abapolisi ndetse n’abasivile. Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda ubwo yasozaga iriya myitozo, yavuze ko iriya myitozo yashimangiye ko binyuze mu bufatanye no gushyigikirana, ibihugu […]

Impuguke za Loni zagaragaje kwiyongera kwa magendu ya zahabu iva muri RDC ijya mu Burundi

Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ryerekanye kwiyongera kw’ibikorwa by’umutwe w’abagizi ba nabi ugizwe n’abasivili , abacuruzi n’abakomisiyoneri b’Abarundi n’Abanyekongo ndetse na bamwe mu basirikare bakuru b’u Burundi hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi mu bikorwa by’ubucuruzi butemewe bwa zahabu . Amasoko menshi yamenyesheje itsinda ry’impuguke ko amakimbirane akomeje kuba hagati ya Repubulika ya […]

Urunturuntu hagati ya Chameleone na Eddy Kenzo

Umuhanzi Jose Chameleone ntarimo kuvuga rumwe na Eddy Kenzo bapfa ko atitabira inama y’ihuriro ry’abahanzi bo muri Uganda bigafatwa nk’aho aba ari agasuzuguro no kutiyumvamo bagenzi be. Ni ihuriro rya UNMF ribarizwamo abahanzi hafi ya bose bo muri Uganda aho ryatoye umuhanzi Eddy Kenzo nk’ukwiye kurihagararira mu buryo bwo kurengera inyungu zabo. Gusa ngo n’ubwo […]

Umukuru wa Komisiyo ya AU yanenze Leta ya RDC yanze kuganira na M23

Umuyobozi Mukuru wa Komisiyo y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, yanenze mu buryo buziguye ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo kuba bwaranze kuganira n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Uyu muyobozi mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique, yasabwe kuvuga aho iyi komisiyo ihagaze kuri raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ishinja Leta y’u Rwanda […]

Perezida Kagame ategerejwe nk’umushyitsi w’imena muri Seychelles

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, azaba umushyitsi mukuru mu birori byo kwizihiza umunsi w’igihugu wa Seychelles mu ruzinduko rwe rw’akazi, nk’uko byatangajwe na perezidansi y’iki gihugu ku wa Gatanu . Uruzinduko rw’akazi rwa Perezida Kagame ruzatangira kuva ku itariki ya 28 Kamena kugeza ku ya 2 Nyakanga ruzaba ku butumire bwa Perezida Wavel Ramkalawan nk’uko […]

Le Rwanda va introduire des bus électriques dans la capitale

Le gouvernement rwandais a annoncĂ© avoir signĂ© un accord avec le distributeur africain de carburants et lubrifiants, Vivo Energy, pour la fourniture de plus de 200 bus Ă©lectriques à  Kigali, la capitale du Rwanda . L’accord fait suite à  la rĂ©alisation d’une Ă©tude de faisabilitĂ© par Vivo Energy, en collaboration avec le ministère des Infrastructures […]

Ibihugu bitatu bya EAC birasabirwa ibihano

Abagize inteko ishinga amategeko b’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EALA, barasabira Sudani y’Epfo, u Burundi na Repubulika ya demukarasi ya Congo kubera ko bitatanze umusanzu bisabwa. Aba badepite ubwo bagezwagaho raporo ku bugenzuzi bw’ingengo y’imari y’umwaka w’2023/2024, banenze uburyo nta gikorwa ku bihugu bitubahiriza inshingano yo gutanga imisanzu. Kennedy Ayason Mukulia yagize ati: “Mu myaka ishize, […]

U Rwanda rugiye gufasha Guinea kwinjiza serivisi za leta mu ikoranabuhanga

Ikigo cy’ikoranabuhanga gishinzwe kunoza imitangire ya serivisi za Leta gifasha guverinoma n’ubucuruzi mu kujyana n’ikoranabuhanga, Irembo Ltd, kigiye gukorana n’igihugu cya Guinea mu gushyira serivisi za leta mu ikoranabuhanga nk’uko amakuru agera ku Biro Ntaramakuru bya Afurika (APA) yavuye ku isoko yizewe i Kigali avuga . Ibihugu byombi byifuza gushimangira ubufatanye mu rwego rw’ikoranabuhanga rishya […]

Bidasubirwaho FC Barcelona yasinyishije Kapiteni wa Manchester City

Ikipe ya FC Barcelona yemeje ko Umudage Ilkay GĂ ÂĽndogan wari Kapiteni wa Manchester City nk’umukinnyi wayo mushya. Iyi kipe y’i Catalunya yemeje ko Ilkay GĂ ÂĽndogan ari umukinnyi wayo mu myaka ibiri iri imbere. Uyu mugabo uzuzuza imyaka 33 y’amavuko, yerekeje muri FC Barcelona ku buntu. Release Clause ye ni miliyoni 400 z’ama-Euro. GĂ ÂĽndogan asanzwe ari […]

Inshuti ya cyera ya Rihanna yagaragaye imukorakora

Umuhanzikazi Rihanna uri mu bitabiriye imurikamideli i Paris mu Bufaransa, yakoze ibisa n’agashya ubwo icyamamare Lebron James wahoze ari inshuti ye ya cyera yagaragaye amukorakora kunda nyuma y’igihe kinini batabonana. Uyu mugabo uri mu bafatwa nk’umwe mu nkingi za mwamba mu mukino w’intioki wa Basket agikubita amaso uyu muhanzikazi niko kumuhobera n’ibinezaneza ari nako amukorakora […]

U Bushinwa nibwo butunze amato menshi y’intambara agendera munsi y’amazi (Submarines)

Igihugu cy’u Bushinwa kugeza ubu nicyo gitunze amato y’intambara menshi agendera munsi y’amazi (Submarines) kurusha ibindi, aho gikurikiwe n’igihugu cy’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe ibihugu nk’u Bwongereza n’u Bufaransa birushwa aya mato y’ingenzi mu ntambara yo mu mazi n’ibihugu nk’u Buhinde, Koreya y’Epfo na Iran nk’uko tubikesha The World Ranking […]

RIB yafunze umuforomo ukekwaho gusambanya umubyeyi yari agiye kubyaza

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umuforomo wakoreraga ku kigo nderabuzima cya Mahama mu karere ka Kirehe, rukamukekaho gusambanya umubyeyi yari agiye kubyaza. RIB ivuga ko ku wa 24 Kamena uwahohotewe ubwo yari agiye kubyarira kuri kiriya kigo nderabuzima yagiye mu isuzumiro, gusa umuforomo w’imyaka 46 y’amavuko yahasanze bikarangira amusambanyije aho kumusuzuma. Icyo gihe ngo yahise […]

Abakozi ba Loni bafatiwe ku mupaka bashaka kwinjiza ibiyobyabwenge

6498d0342030275d9e105d88.jpg

Abakozi batatu b’Umuryango w’Abibumbye batawe muri yombi bakekwaho gushaka kunyuza magendu y’ikiyobyabwenge cya Cocaine ku mupaka wa Yorodani ijyanwa muri Israel, aho bari bayigize amazi babeshya ko ari umubavu wo kwitera . Abakekwa, bakorera Umuryango w’Abibumbye muri Syria, bafatiwe ku Cyumweru hafi ya Beit She’an ubwo bageragezaga kwinjira muri Israel banyuze ku mupaka wa Yorodani […]

Tshisekedi yiyemeje kurwanya abashumba bo muri Kiliziya badafasha Leta

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Felix Tshisekedi Tshilombo, yiyemeje kurwanya abashumba bakuru bo muri Kiliziya Gatolika bari mu gihugu ayoboye, badafasha ubutegetsi. Iri jambo yarivuze kuri uyu wa 25 Kamena 2023 ubwo yari muri misa yo kwizihiza isabukuru ya Musenyeri Bernard Kasanda yabereye mu mujyi wa Mbuji-Mayi mu ntara ya Kasai-Oriental. Uyu […]