RDC:Indwara y’ubushita yongeye kuzonga abatuye muri Kivu y’Amajyepfo
Mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagaragaye indwara y’ubushita (Monkeypox) ikomeje kwibasira abaturage bo mu bice bitandukanye bibarizwa muri iyo ntara. Bwa mbere ubu burwayi ngo bwabonetse i Bukavu mu cyumweru gishize.Ni uburwayi bivugwa ko bukomoka ku nguge ziba mu mashyamba agaragiye uyu mujyi nk’uko byatangajwe na 7 sur 7. Ishami ry’Ubuzima mu ntara y’Amajyepfo ya […]
Diamond amaze iminsi arembeye mu bitaro
Umuhanzi Diamond Platinumz, mu mpera z’icyumweru yari mu bitaro nyuma yo kurwara indwara yatunguranye ariko ntiyamaze igihe kinini arembye kuko ngo yitaweho kugeza yongeye kumerwa neza. Akimara koroherwa Diamond yavuze ko yarwaye akibasirwa n’ubukonje bukabije ku wa gatandatu mbere y’igitaramo cya festival ya Wasafi yagombaga gukorera i Arusha, muri Tanzaniya. Yagize ati”Umunsi wanjye watangiye nabi […]
Amajyaruguru:Bava mu karere kamwe bakajya kugura inyama mu kandi
Mu ntara y’Amajyaruguru mu karere ka Rulindo inyama zirabona umugabo zigasiba undi nyuma y’uko ngo hakora ibagiro rimwe mu murenge wa Basabose bityo ugasanga bajya kuzishaka mu karere ka Gakenke. Iki kibazo kigaragara mu murenge wa Basabose muri aka karere aho usanga ngo abaturage bawutuyemo bagorwa no kubona inyama bitewe n’uko hakora ibagiro rimwe ryemewe […]
Israel irigamba kwivugana ba komanda 6 ba Hamas
Igisirikare cya Israel kirigamba kwivugana abayobozi bakuru batandatu n’umutwe wa Hamas, nyuma y’iminsi umunani imirwano itangiye hagati y’impande zombi. Abo IDF yemeza ko imaze kwivugana barimo Ali Qadi wahoze akuriye umutwe w’abarwanyi kabuhariwe wa Hamas witwa Nukhba Jabalya. Barimo kandi Zachariah Abu Ma’ar wahoze akuriye dipolomasi muri biro ya Politiki ya Hamas, Belal Alqadra wahoze […]
Nyamasheke:Ikimasa gituma umukobwa arongorwa byihuse
Mu karere ka Nyamasheke mu ntara y’Iburengerazuba, haravugwa amakuru y’uko abakobwa boroye ibimasa aribo byorohera kubona abagabo babarongora mu buryo bworoshye.Ni amakuru avuga ko abakobwa biteje imbere aribo babona amafaranga yo guhonga abasore aribo bashaka abagabo naho abakene bagasigara amara masa. Mu mirenge igaragaramo iki cyibazo by’umwihariko harimo umurenge wa Karambi aho ngo abakobwa baho […]
Migi yavuze ku byo kuba yararebye imyitozo ya Rayon Sports ku mbaraga ashinjwa
LUmutoza wungirije wa Musanze FC, Mugiraneza Jean Baptiste ‘Migi’ yanyomoje ibyo ashinjwa byo kuba yarakoroganye n’abantu bo muri Rayon Sports kugeza arebye imyitozo y’iyi kipe ku mbaraga. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Rayon Sports yakoreye imyitozo ku kibuga cya Stade Ubworoherane, mbere yo kuhatsindirwa na Musanze FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa […]
Musanze FC yasubiriye Rayon Sports, yisubiza umwa wa mbere
Ikipe ya Musanze FC yisubije by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona, nyuma yo gutsinda Rayon Sports igitego 1-0. Iyi kipe yo mu majyaruguru yari yakiriye Rayon Sports kuri Stade Ubworoherane, mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona. Ni Rayon Sports yari yasubiye kuri kimwe mu bibuga bijya biyigora cyane, dore ko nko muri […]
Masisi: M23 irigamba guha isomo FARDC n’abarimo FDLR bagakwira imishwaro
Umutwe wa M23 urigamba guha isomo no gukwiza imishwaro Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC n’imitwe irimo FDLR bakorana, nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije impande zombi kuri iki cyumweru. Ni imirwano yaramukiye mu duce tugize Teritwari ya Masisi nka BWIZA, Kitshanga na Burungu; guhera saa Saba z’igicuku. M23 biciye mu bayobozi bakuru bayo yemeje […]
Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yibasiye Miss Mutesi Jolly nyuma y’igifungo cyahawe Prince Kid
Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yibasiye Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri 2016; nyuma y’uko Ishimwe Dieudonné ‘Prince Kid’ wahoze ategura irushanwa rya Miss Rwanda yari amaze gukatirwa igifungo. Ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira ni bwo Prince Kid yakatiwe imyaka itanu y’igifungo anacibwa ihazabu ya Frw miliyoni 2, nyuma yo guhamywa ibyaha byo […]
Afite ubwanwa bujya ku ngana n’ubwa Osama Bin Laden kandi ari umugore
Coral Renaie, umugore w’imyaka 30 ukomoka i Kansas, muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangiye urugendo rwo kwiyakira nyuma y’uko isura ye itamirijwe ubwana kugeza aho buruta n’ubwa bamwe mu bagabo. Uyu mugore avuga ko yabanje kujya abwogosha ariko biba iby’ubusa maze ahitamo kubureka bugakura atangira amahitamo yo kwikunda. Renaie ahura nibibazo bya buri munsi […]
Uwahoze ari Perezida wa AS Muhanga yapfuye
Ndayisaba Jean Damascène wahoze ari Perezida wa AS Muhanga, yapfuye azize uburwayi. Ndayisaba yayoboye iyi kipe yo mu majyepfo hagati ya 2017 na 2023. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Ukwakira 2023. Yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal. Amakuru avuga ko uyu mugabo yazize kanseri y’umwijima yari […]
Indege z’intambara z’Igisirikare cya Nigeria zivuganye amabandi yitwaje intwaro arenga 100
Igisirikare cya Nigeria cyatangaje ko Ingabo zacyo zirwanira mu kirere zivuganye amabandi yitwaje intwaro arenga 100, nyuma yo kuyagabaho ibitero ku wa Kabiri w’iki cyumweru. Ni ibitero Ingabo za Nigeria zagabye muri Leta ya Zamfara iherereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu. Zamfara ni Leta imaze imyaka myinshi irangwamo urugomo rw’amabandi yitwaje intwaro, aho agaba […]
Niger:Bazoum aracyategereje gusubira ku butegetsi nyuma yo kubona umwavoka
Perezida Mohamed Bazoum uherutse guhirikwa ku butegetsi muri Niger atangaza ko agifite icyizere cyo gusubira ku butegetsi nyuma y’uko ngo abonye abamwunganira mu mategeko. Ku ya 18 Nzeri, Mohamed Bazoum yahisemo kohereza ikirego cye mu nkiko zo muri Afurika y’Iburengerazuba kugira ngo asabe ko yarekurwa kandi agasubizaho itegeko nshinga muri Nigeriya.Ni nyuma yo kumara hafi […]
Perezida Andrzej Duda ategerejwe i Kigali
Perezida Andrzej Duda wa Pologne, ategerejwe i Kigali aho agomba kugirira uruzinduko rw’akazi. Ni amakuru byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, ubwo ku wa Gatatu w’iki cyumweru yaganiraga n’abahagarariye ibihugu byabo ndetse n’imiryango mpuzamahanga mu Rwanda. Perezida Andrzej Duda byitezwe ko azagera i Kigali mu mpera z’uku kwezi. Biruta yashimye umubano ukomeje kugenda […]
Ubukwe bwa The Ben na Pamela bwahumuye
Nyuma y’uko umuhanzi The Ben n’umukunzi we basezeranye kubana imbere y’amategeko mu mwaka ushize, kuri ubu hari andi makuru avuga ko indi mihango y’ubukwe igiye gukurikiraho . Mu mashusho yasohotse y’uyu muhanzi hariho inyandiko igaragaza ko ibirori byo gusaba no gukwa biteganyijwe taliki 23 Ukuboza 2023. Ni mu gihe urukundo rw’aba bombi rwatangiye kunugwanugwa mu […]
Bisi nshya u Rwanda rwakiriye ngo zikemure ikibazo cy’ingendo zabaye nk’igitonyanga mu nyanja
Ku wa Gatanu ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwamurikiye abawugendamo bisi nshya 20 ziheruka kugurwa, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ingendo cyabaye agatereranzamba. Bisi zamuritswe ni izaguzwe na sosiyete itwara abagenzi ya Jali Transport, zikaba zarakorewe mu gihugu cy’u Bushinwa. Umuyobozi w’iyi sosiyete, Col (Rtd) Twahirwa Dodo, yabwiye itangazamakuru ko izi bisi uko ari 20 zatwaye […]
Abanyarwanda nibabura ibyo kurya, leta bizayigora kubayobora bashonje: Depite Habineza
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party), Dr. Frank Habineza, asanga Leta y’u Rwanda ikwiriye kongera nkunganire itanga ku biciro birimo ibikomoka kuri Peteroli, mu rwego rwo guca intege ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro bikomeje gutumbagira ku masoko. Depite Habineza yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira, ubwo yari mu karere ka […]
Victor Mbaoma yababaje Mukura VS ku munota wa nyuma
Ikipe ya APR FC yatsinze bigoranye Mukura VS igitego 1-0, ihita ifata umwanya wa mbere by’agateganyo ku rutonde rwa shampiyona. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yakiriye Mukura kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona. Ni umukino umutoza Thierry Froger n’abasore be basabwaga gutsinda ku kabi n’akeza, nyuma yo gutakaza amanota abiri […]
RDC:Mboso uyobora Inteko Ishinga Amategeko arashinja Kabila kugira Congo ingwate
Perezida w’Inteko Ishinga amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Christophe Mboso, yibasiye Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RDC mu nteko rusange y’Ihuriro ry’Amashyaka FCC ashyigikiye Kabila. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Ukwakira 2023 aho yamushinje kugeza Congo aharindimuka. Ati”Mu myaka irenga 20, wafashe igihugu cyacu n’umutungo wacyo ho ingwate, […]
Amashusho ashinja Titi Brown nk’ikimenyetso gishya yateje impaka
Kuri uyu wa Gatanu taliki 13 Ukwakira 2023,mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nibwo hasubukuwe urubanza umubyinnyi Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown ushinjwa gusambanya umukobwa utaruzuza imyaka y’ubukure, nyuma y’uko mu kwezi gushize rwari rwarusubitswe kugira ngo hazaburanwe ku bindi bimenyetso bishya ubushinjacyaha bwagaragaje. Ubusanzwe icyaha Brown akurikiranyweho n’icyo gusambanya umwana utaragira imyaka y’ubukure gusa […]
Ibi nanjye byambayeho: Nshobozwa wihanganishije umusaza ufite umwana ‘wavukijwe kujya muri Bayern Munich’
Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson ukinira APR BBC ndetse n’ikipe y’Igihugu ya Basketball, yihanganishije umusaza wo mu karere ka Huye uvuga ko umwana we yavukijwe amahirwe yo kujya mu irerero rya Bayern Munich; avuga ko na we hari ubwo byigeze kumubaho. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo umusaza witwa Izabitegeka Innocent wo mu murenge wa Kinazi […]
Imbwa yatangaje benshi ubwo yamaraga iminsi 3 umutwe wayo waheze mu icupa

Imbwa yahawe izina rya Cheeto yavugishije benshi amangambure mu gace ka Michigan nyuma yo kumara iminsi itatu umutwe wayo waraheze mu icupa risanzwe ripakirwamo amavuta akomoka ku nka nka(Formage). Iyi mbwa ibyayo byasaga n’ibyayirangiranye kuko yari imaze gucika intege nyuma yo kutagira ibiryo cyangwa amazi ibona mu minsi itatu ubwo umutwe wayo wafataga. Abashinzwe ubutabazi […]
Gitifu wa Rambura yatawe muri yombi
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rambura mu karere ka Nyabihu, ku wa Kane tariki ya 12 Ukwakira yatawe muri yombi na RIB akekwaho kunyereza amafaranga yo gusana inzu z’abaturage basenyewe n’ibiza. Uru rwego rw’ubugenzacyaha ruvuga ko Frw miliyoni 6.9 ari yo Gitifu Kabarisa Salomon akekwaho kunyereza. Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira B. Thierry, yatangaje ko […]
Umuhanzi Weazel akomeje gutsimbarara ku mwanya wa Radio muri Good Life
Douglas Mayanja uzwi nka Weasel Manizo akaba n’umuririmbyi usigaye wa Good Lyfe Crew, yahakanye burundu ko hashobora kubaho undi muntu wasimbura nyakwigendera Mozey Radio. Uyu muhanzi yavuze ko agiye kuba umuhanzi wenyine mu buzima bwe bwose ariko yiteguye gukorana n’abahanzi batandukanye mu mishinga mishya n’abandi bisanzwe ariko ngo ntabwo azasimbuza nyakwigendera. Ati”Nyakwigendera Radio yari umuhanzi […]
Nyuma yo kotswa igitutu, Tshisekedi ngo agiye gukuraho état de siège muri Ituri na N.Kivu
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo koroshya “gahoro gahoro kandi mu byiciro” ubutegetsi bwa gisirikare mu ntara ebyiri mu burasirazuba bw’igihugu. Amakuru avuga ko ngo nyuma yo kubiganiraho n’abakuriye inzego za leta no n’inama nkuru ya gisirikare, yafashe icyemezo cyo kwerekeza abaturage b’intara za Ituri na Kivu ya Ruguru […]
Kera kabaye U Rwanda rwakiriye Bisi zitwara abagenzi rwari rutegereje
U Rwanda rwamaze kwakira icyiciro cya mbere cya bisi zitwara abagenzi u Rwanda rwari rwaratumije, zikaba zitezeho kuziba icyuho cyari kimaze igihe kirekire kigaragara mu gutwara abagenzi. Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye tariki ya 27 Gashyantare 2023, Umunyamabanga wa Leta muri MININFRA, Uwase Patricie, yatangaje ko mu gihe kitarenze amezi atatu uhereye uwo munsi, bisi […]
Amerika yaburiye FARDC na M23
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko zihangayikishijwe n’imirwano imaze iminsi yubuye hagati ya FARDC na M23; ziburira impande zombi ko kurwana nta gusubizo bizigera bizana. Amerika yabitangaje biciye mu itangazo Ambasade yayo i Kinshasa yasohoye kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Ukwakira. Ku Cyumweru tariki ya 1 Ukwakira ni bwo imirwano hagati y’Ingabo […]
Blinken yatangaje umubare w’Abanyamerika bamaze gupfira muri Israel
umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Antony Blinken, yatangaje ko Amerika izahora iri inyuma ya Israel mu buryo ubwari bwo bwose .Ni nyuma y’uko iki gihugu cyugarijwe n’intambara igihuza n’umutwe w’iterabwoba wa Hamas. Ni mu kiganiro yagiranye na Minisitiri w’intebe wa Israel Netanyahu aho yizeje igihugu cye ubufasha ubwaribwo bwose. Ati” Igihe cyose Amerika […]
Mpaga Etincilles FC yatewe na Musanze FC yakoze kuri SG wayo
Umunyamabanga Mukuru w’Ikipe ya Etincilles FC, Kabanda Innocent, yeguye ku nshingano ze nyuma y’imunsi ibiri iyi kipe itewe mpaga na Musanze FC. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru ni bwo iriya kipe y’i Rubavu yatewe mpaga y’ibitego 3-0 na Musanze FC yari yayisuye, nyuma yo kubura imbangukuragutabara ku kibuga cya Stade Umuganda. Kabanda yeguye nyuma y’uburangare […]
Mason Greenwood ashobora guhorezwa amarira muri Jamaica
Mason Greenwood umusore w’Umwongereza wakiniye ikipe ya Manchester United igihe gito , ashobora kwisanga yakiniye ikipe y’Igihugu ya Jamaica nyuma yo kuba asa n’uwatakarijwe icyizere mu Bwongereza. Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Jamaica (Reggae Boys), ubwo yaganiraga n’itangazamakuru, yatangaje ko yifuza kubona Mason Greenwood mu mwambaro w’ikipe atoza kuko uyu musore yanyuze mu bizazane bitatuma asubizwa […]
Uwahoze ari umugore wa Twahirwa ucyekwaho Jenoside yakorewe Abatutsi yatanze ubuhamya
Uwahoze ari umugore wa Seraphin Twahirwa yatanze ubuhamya ku ruhare uyu mugabo yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyane cyane i Kigali. Ubushinjacyaha bwagaragaje ubuhamya bw’uwahoze ari umugore wa Twahirwa mu rubanza rukomeje kubera mu rukiko rw’Ububiligi. Ni urubanza rwatangiye ku ya 9 Ukwakira bikaba biteganijwe ko ruzarangira ku ya 8 Ukuboza. Ubushinjacyaha buvuga […]
Icyo M23 ivuga ku makuru y’uko hari abarwanyi 200 bayo baba baherutse kwicirwa muri Masisi
Umutwe wa M23 watangaje ko hari abarwanyi bawo baheruka kugwa mu mirwano n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; gusa uvuga ko batagera muri 200 nk’uko bibugwa. Ni nyuma y’imirwano ikomeye kuva mu cyumweru gishize yasakiranyije impande zombi muri Teritwari ya Masisi. Imirwano ikomeye yabereye mu duce twa Kilorirwe na Kitshanga; ndetse bivugwa ko yaba […]
Burundi:Umunyamakuru n’uwahoze ari umujyanama wa P.Nkurunziza barafunzwe
Mu gihugu cy’Uburundi haravugwa amakuru y’itabwa muri yombi ry’umunyapolitiki wahoze ari ambasaderi n’umunyamakuru umwe mu bazwi muri iki gihugu aho bakurikirayweho ibyaha bitandukanye. Ni amakuru yemejwe n’igipolisi aho ngo aba bafashwe bashinjwa ibyaha birimo kwangisha ubutegetsi abaturage ndetse no gukwirakwiza ubutumwa bw’amacakubiri muri rubanda. Ikinyamakuru SOSMédiasBurundi dukesha iyi nkuru, kivuga ko abatawe muri yombi ari […]
Mvuyekure wa Rayon Sports yasabye imbabazi Cucuri yakubise umupira
Umurundi Mvuyekure Emmanuel ‘Manu’ ukinira Rayon Sports, yasabye imbabazi abarimo umusifuzi Ishimwe Claude ‘Cucuri’ nyuma yo kumukubita umupira mu gatuza. Kuri uyu wa Gatatu Rayon Sports yari yakiriye Etoile de l’Est kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona warangiye iyitsinze ibitego 2-1. Ni ibitego byombi byatsinzwe n’Umugande Musa Esenu. Rayon Sports […]
Hagaragajwe uruhuri rw’ibibazo mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe amakoperative ‘RCA’
Ikigo gishinzwe amakoperative ‘RCA, cyongeye kugaragazwamo uruhuri rw’ibibazo nyuma y’uko hakozwe isesengura y’umugenzuzi w’imari ya Leta ikagaragaza ko iki kigo cyugarijwe n’ibibazo. Komisiyo y’ubukungu n’ubucuruzi mu Mutwe w’Abadepite yagaragaje raporo y’isesengura ryimbitse yakoze kuri raporo yakozwe, yasanze muri RCA harimo ibibazo bikomeye birimo kutagira koperative zuzuye muri buri karere.Ibi bigaragazwa nk’inzitizi mu micungire ndetse no […]
RDC:Abasirikare 8 ba Loni bakurikiranyweho gusambanya abagore ku ngufu
Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 11 Ukwakira,Ubuyobozi bw’ Umuryango w’Abibumbye (UN) ishami rishinzwe kubungabunga umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (MONUSCO), bwatangaje ko bwafashe ingamba zikomeye zo guta muri yombi bamwe mu basirikare bayo babungabunga amahoro bakekwaho imyitwarire igayitse. Nk’uko bigaragara mu nyandiko za MONUSCO ,Abasirikare umunani boherejwe i Beni, mu burasirazuba bwa […]
Umutoza wa Messi yavuze ku makuru amusubiza muri FC Barcelona
Tata Martino utoza umunya-Argentine Lionel Messi yatangaje ko nta yindi kipe ateganya kwerekezamo, bishyira umucyo ku makuru yavugaga ko ashobora gusubira muri FC Barcelona muri Mutarama. Mu cyumweru gishize ni bwo ibinyamakuru byiganjemo ibyo muri Espagne byanditse ko Messi ashobora gusubira muri FC Barcelona nk’intizanyo, nyuma y’uko Inter Miami akinira yari imaze gutsindwa na Cincinnati […]
M23 yivuganye Général wa Nyatura waherukaga kwigamba ‘kuzarimbura Abatutsi’
Umutwe wa M23 ku wa Gatatu wivuganye Général Ignace w’umutwe witwaje intwaro wa Nyatura, nyuma y’iminsi mike yigambye ko nta mututsi uzongera kurangwa muri RDC mu gihe cyose azaba ariho. Général Ignace yiciwe mu mirwano ikomeye yasakiranyije M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya RDC kuri uyu wa Gatatu. Ni imirwano yabereye mu gace ka Bwiza […]
Niger: UN yahawe amasaha 72 yo kuba yazinze utwayo
Abategetsi b’igisirikare cya Niger bategetse ko umuyobozi w’Umuryango w’Abibumbye (UN) muri Niger n’abadipulomate bawo guhambira bakava muri icyo gihugu mu gihe kitarenze bw’umuryango w’abibumbye masaha 72. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku ya 10 Ukwakira, minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Niger irashinja Loni gukoresha ububasha bwayo bwite mu guhungabanya umudendezo w’ibihugu by’Afurika y’Iburengerazuba by’umwihariko muri iki gihugu. […]
Musa Esenu yafashije Rayon Sports kwikuraho inyatsi yari imaranye imikino 5
Rayon Sports kuri uyu wa Gatatu yatsinze Etoile de l’Est ibitego 2-1, yikuraho igisebo cy’imikino itanu yikurikiranya yari imaze idatsinda. Iyi kipe yari yakiriye Etoile de l’Est kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona. Ni umukino iyi kipe yakinnye yari imaze indi itanu yikurikiranya idatsinda, ibyanatumye itandukana na Yamen Zelfani wari […]
Umunyamakuru Manirakiza Theogene arafunzwe
Umunyamakuru Manirakiza Theogene, nyiri ikinyamakuru Ukwezi.com na ukwezi TV, yatawe muri yombi akurikiranyweho kwakira ruswa y’ibihumbi 500 FRW. Urwego Rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwirinze kugira byinshi rutangaza kuri iyi dosiye, gusa ikizwi cyo n’uko yafatiwe mu karere ka Kicukiro.Amakuru avuga ko ngo aya mafaranga yayahawe kugirango adatambutsa inkuru itaramenyekana kugeza ubu. Uyu Manirakiza yanyuze mu bitangazamakuru […]
Bite by’Abanyarwanda bari muri Israel, mu masasu ya IDF na Hamas?
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko kugeza ubu nta munyarwanda uragirira ikibazo muri Israel, mu gihe iki gihugu kiri mu ntambara n’umutwe wa Hamas wo muri Palestine. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo intambara yadutse hagati y’Igisirikare cya Israel na Hamas, nyuma y’uko uyu mutwe wo muri Palestine ugabye ibitero muri Israel. Kugeza mu gitondo […]
Rwanda:Urubyiruko rwibasiwe n’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe kurusha abandi
Raporo y’inzobere ku buzima bwo mu mutwe igaragaza ko mu Rwanda urubyiruko rwibasiwe n’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe,aho usanga bubibasiye ku kigero cya 70% ugereranyije n’abandi. Muri urwo rubyiruko rwibasiwe , abenshi muri rwo bibatangira bakiri munsi y’imyaka 25. Ni imibare yagaragajwe ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe kuri uyu […]
Rwigema Yves wakiniye amakipe arimo APR FC yasezeye Ruhago
Rwigema Yves umwe muri ba myugariro bigeze kugerwaho mu mupira w’amaguru mu Rwanda , yasezeye kuri Ruhago.Uyu musore wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda arimo APR FC na Rayon Sports, yatangaje ko asezeye burundu gukina ruhago. Kuri uyu wa Kabiri Taliki 10 Ukwakira 2023, nibwo uyu musore w’imyaka 27 y’amavuko yasezeye nyuma y’imyaka 12 akina […]
Nigeria:Habuze ibimenyetso byemeza ko impamyabushobozi za P.Tinubu ari impimbano
Nta kimenyetso cyerekana ko impamyabumenyi ya Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu yashyikirije komisiyo ishinzwe amatora muri iki gihugu ari impimbano. Ibirego bivuga ko impamyabumenyi ya Perezida Tinubu ari impimbano byagaragaye ku mbuga nkoranyambaga. Bwana Abubakar umwe mu bari bahanganye na Tinubu yari yizeye ko yatsinze amatora, gusa siko byagenze bituma amushinja ko yabeshye impamyabumenyi […]
Musanze: Umugore n’umuhungu we basanganwe umurambo w’umwana w’umuturanyi wabo
Umugore witwa Nyiraruvugo n’umuhungu we Ndayishimiye, batawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukwakira bakekwaho kwica umwana w’umuturanyi wabo. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 10 Ukwakira (ahagana saa 18:30) ni bwo ababyeyi ba Iradukunda Aliane wari ufite imyaka ibiri n’igice bamubuze. Nyuma y’amasaha menshi ba nyirumwana bamushakisha, umurambo we […]
Juliana Kanyomozi yaruciye ararumira ubwo yabazwaga ku bivugwa ko atwite
Umuhanzikazi akaba n’umunyabigwi mu gihugu cya Uganda, Juliana Kanyomozi, biravugwa ko atwite inda y’umwana wa gatatu nyuma y’abandi babiri ariko umwe w’imfura akaba yaritabye Imana mu myaka yashize. Ikinyamakuru cyo muri Uganda ‘MBU’ gikunda kugaruka ku myidagaduro muri kiriya gihugu, gitangaza ko ubwo uyu muhanzikazi yagaragaraga mu mashusho yasaga nk’utwite, ariko abibajijweho ntiyagira icyo ashaka […]
Huye:Polisi yishe irashe umujura wibaga insinga z’amashanyarazi
Mu ijoro ryacyeye mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye, Polisi yarashe uwitwa Nzarubara Emmanuel wari ukurikiranweho ubujura bw’insinga z’amashanyarazi, ahita apfa.Polisi ivuga ko yarashwe agiye gucika ubwo yari agiye kwerekana aho yahishe insinga. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo ,SP Emmanuel Habiyaremye , yavuze ko uyu muturage witwa Nzarubara Emmanuel yarashwe ubwo yageragezaga […]
Ubuhanuzi Davido yahanuriwe umwaka ushize bwasohoye
Kuri uyu wa Kabiri nibwo byatangiye kuvugwa ko umuhanzi Davido n’umugore we Chioma Rowland bibarutse impanga muri Amerika. Ni nyuma y’uko umwaka ushize bari babuze umuhungu wabo Ifeanyi mu mpanuka y’amazi mu rwogero(Piscine). Aya makuru rero yashyizwe hanze n’umuvugabutumwa Agochukwu abinyujije ku rubuga rwa Facebook rw’Itorero rye ashimangira ibyo ngo Imana yamubwiye ko mu gushyingo […]
Ukwitana ba mwana hagati ya M23 na FARDC ku waba yishe abaturage
Umutwe wa M23 washinje ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gushimuta abaturage barindwi, nyuma zikaza kubica. Uyu mutwe mu itangazo wasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukwakira, wavuze ko mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 9 Ukwakira (ahagana saa 21:00) ari bwo “Guverinoma ya RDC n’incuti zayo […]
Israel yatangaje umubare w’abasirikare bayo Hamas imaze kwica
Igisirikare cya Israel cyatangaje ko abasirikare b’iki gihugu 169 ari bo bamaze kwicwa na Hamas, kuva ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ubwo intambara yatangiraga hagati y’impande zombi. IDF yemeje aya makuru mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa X. Ni ubutumwa bwari buherekeje amafoto abiri akubiyemo isura ya buri musirikare waguye muri iriya ntambara kuri […]
Niger:Ingabo z’Abafaransa zatangiye kuzinga utwangushye
Kuri uyu wa kabiri, igisirikare cya Niger cyatangaje ko Ubufaransa bwatangiye gukura ingabo zabwo muri Niger, nyuma yo gutegekwa kuva muri iki gihugu giherereye muri Afurika y’Iburengerazuba. Umugaba mukuru w’Ingabo z’’Ubufaransa yavuze ko Ingabo za mbere zamaze kugenda, bikaba byashimangiraga itangazo ryari ryasohotse ku wa mbere rivuga ko abasirikare bose uko 1400 bagomba kuzinga utwangushye. […]
Uganda: Urukiko rwategetse ko umunyarwanda Nzeyimana yirukanwa
Urukiko rw’i Kabale muri Uganda, rwategetse ko Umunyarwanda Nzeyimana Francis yirukanwa ku butaka bwa kiriya gihugu, nyuma yo gusanga yarahinjiye nta byangombwa. Nzeyimana w’imyaka 58 y’amavuko yari yaratawe muri yombi muri Kamena uyu mwaka akekwaho kwiba Telefoni ebyiri z’uwitwa Emmy Mutabazi. Ubushinjacyaha usibye kumurega icyaha cy’ubujura, bwanahise bumurega icyaha cyo kwinjira muri Uganda mu buryo […]
Imvo n’imvano yo guca imyeyo ikunda kuvugisha abagabo amangambure! Ese byaturutse he?
Gukuna cyangwa Guca imyeyo mu yindi mvugo ni umwe mu mihango yo mu muco nyarwanda yo hambere ndetse ikorwa n’umubare muto w’abakobwa b’iki gihe tugezemo. N’ubwo abanyarwanda bazi ko ari umwihariko wabo ,hari ibindi bihugu bigira uyu muhango,aha twavuga: Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo,Zimbabwe,Sudani,Afurika y’Epfo n’ibindi bihugu biherereye muri iki gice cy’Afurika,Benin. Impamvu gukuna byiswe […]
Musanze FC yatoraguye amanota 3 kwa Etincelles FC
Ikipe ya Musanze FC yegukanye amanota atatu y’umunsi wa gatandatu wa shampiyona, nyuma yo gutera Etincelles FC mpaga y’ibitego 3-0. Iyi kipe yo mu majyaruguru yari yasuye Etincelles FC kuri Stade Umuganda, mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona. Etincelles yatewe mpaga kuri uyu mukino, nyuma yo kunanirwa kuzana ku kibuga imbangukiragutabara. Ibi bivuze ko […]
Umugore wa Chameleone yashyize hanze ukuri kwambaye ubusa ku cyabatandukanyije
Kuva kera hagiye havugwa byinshi bijyanye no gutandukana kwa Chameleone n’umugore we Daniella ariko bikagibwaho impaka,gusa kuri ubu uyu mugore yabishyize hanze ukuri kose aho bivuga ko ihohoterwa rikorerwa mu ngo ariryo nyirabayazana. Uyu mugore wa Chameleone amaze imyaka isaga itatu yaravuye muri Uganda yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.Uyu mugore ngo yahunze ihohoterwa […]
Eden Hazard yasezeye ruhago
Umubiligi Eden Hazard wamenyekanye mu makipe arimo Chelsea na Real Madrid, yasezeye ku mupira w’amaguru. Hazard w’imyaka 33 y’amavuko, yatwaranye na Chelsea ibikombe bibiri bya shampiyona y’Abongereza mbere yo kwerekeza muri Real Madrid mu 2019. Uyu mukinnyi wafatwaga nk’umwe mu bazavamo ibihangange yagowe cyane n’ubuzima bwo muri Real Madrid yakiniye imikino 76 mu gihe cy’imyaka […]
Rubavu: ‘Abakene’ baravuga ko ibirayi bihenda kuko bihingwa n’abifite gusa
Mu minsi ishize mu duce tumwe na tumwe tw’u Rwanda batunguwe n’itumbagira ry’ibiciro by’ibirayi byagaragaye hirya no hino ku masoko bituma abantu batandukanye bavuga ko batakibyikoza bitewe n’ubushobozi bucye. By’umwihariko rero mu Karere ka Rubavu hari bamwe mu baturage bavuga ko batibuka igihe baherukira kurya ibirayi kandi ubundi ariwo wari umwihariko wabo mu bijyanye n’amafunguro […]
Haburaga gato ngo dosiye y’ucyekwaho kwiba Telefoni ya The Ben ikore kuri Bahati Makaca
Mu myidagaduro yo mu Rwanda , nta kindi gikomeje kuvugwa usibye ibyagiye biba mu gitaramo The Ben aherutse gukorera i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi. Mu byagiye bivugwa harimo abagiye bakubita abandi, aha twavuga nka Alex Muyoboke bivugwa ko yakubise umushabitsi wacuruzaga amatike mu buryo butemewe, ariko ikindi nyamukuru cyagarutsweho cyane, ni Telefoni y’umuhanzi The […]
RURA yagize icyo ivuga ku biciro bihanitse by’ingendo byayitiriwe
Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwanyomoje amakuru yavugaga ko rwaba rwazamuye ibiciro by’ingendo. Kuva ku wa Mbere ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amakuru avuga ko RURA yaba yazamuye ibiciro by’ingendo mu modoka. Ni ibiciro bigaragara mu itangazo ryari ryitiriwe uru rwego. RURA ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X yise “ibihuha” [fake news] amakuru y’uko yaba yurije ibiciro by’ingendo. […]