Paul Rusesabagina yihakanye ubwenegihugu bw’u Rwanda
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Nzeri mu rubanza rwâubujurire ku ifungwa nâifungurwa ryâagateganyo rya Paul Rusesabagina, ukurikiranweho ibyaha 13 byâiterabwoba bifitanye isano nâibikorwa byakozwe nâumutwe wa FLN mu majyepfo yâu Rwanda, ikibazo cyâubwenegihugu cyagarutsweho, aho abunganira uregwa bavuze ko umukiriya wabo atagomba kuburanishwa nkâUmunyarwanda kuko yabuze ubwenegihugu mu 1996. Mu iburanisha ryabereye mu Rukiko […]
Ku nshuro ya mbere Rusesabagina yagaragaye mu rukiko yambaye iroza – Amafoto

Kuri uyu wa Gatanu, Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha 13 birimo iby’iterabwoba yagaragaye mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, aho yagombaga kuvuguruza umwanzuro w’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanze ko arekurwa by’agateganyo, ariko kuri iyi nshuro bwa mbere yagaragaye mu rukiko mu mwambaro w’imfungwa w’ibara ry’iroza. Nyuma yo kumva impande zombi, ubushinjacyaha n’abunganira uregwa, urukiko rwanzuye ko ruzatangaza […]
Uganda: Abapolisi 5 barashinjwa kwiba amafaranga yari gukoreshwa nkâikimenyetso cyâubujura
Abapolisi batanu ba Uganda kuri uyu wa Kane bagejejwe imbere yâurukiko rushinzwe kurwanya ruswa muri Kampala bashinjwa gutwika ibiro bagamije guhisha ubujura bwabo bwâibimenyetso byagombaga kujyanwa mu rukiko bigizwe nâamafaranga. Urukiko ruyobowe nâumucamanza Abert Asiimwe rwumvishe ko Apollo Kibuuka, wâimyaka 38, Sgt Maria Nangobi, Karim Bakole bâimyaka 25, Constable Moses Okello wâimyaka 34 na Candia […]
Karongi: Kutagira imbangukiragutabara bituma ababyeyi batwite bajya gucumbika kwa muganga
Kubera ikibazo cyo kutagira imbangukiragutabara, bamwe mu babyeyi benda kubyara mu Karere ka Karongi bahitamo kujya gucumbika kwa muganga kubera urugendo rurerure bakora kugirango bahagere kubera ikibazo kibakomereye cyo kutagira imbangukiragutabara zo kubafasha. Abaturage bamwe bavuga ko bakora ibirometero bigera muri 4 bahetse mu ngobyi abarwayi, barasaba ko bahabwa izo modoka zikajya ziborohereza. Umwe mu […]
RDC: Abaturage batanu biciwe mu gitero cyâinyeshyamba abandi barakomereka
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane ushize itariki ya 24 Nzeri 2020, inyeshyamba za ADF zagabye igitero mu mudugudu wa Kinyambahore uherereye mu gace ka Kilya mu Murenge wa Ruwenzori, Intara ya Beni, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abaturage batanu bahasiga ubuzima abandi barakomereka nk’uko umuyobozi wa Kilya abitangaza. Avugana […]
Bugesera: Abahinzi bâumuceri batewe igihombo n’ibiza bishyuwe asaga miliyoni 200 frw

Binyuze muri gahunda ya Leta y’Ubwishingizi bw’ibihingwa n’amatungo yiswe Tekana, kuri uyu wa Kane, itariki 24 Nzeri, abahinzi b’umuceri bo mu Karere ka Bugesera bari baraguze ubwishingizi bakaba barahuye n’ibiza bikabatera igihombo mu gihembwe cyâihinga cya 2020B, bishyuwe agera 225,899,378 Frw. Kuva iyi gahunda ya Tekana yatangira muri Mata 2019, Ikigo cyâubwishingizi, Radiant cyishyuye abahinzi […]
114 Ougandais rejettent l’offre de rapatriement depuis le Rwanda
114 Ougandais qui Ă©taient listĂ©s pour ĂȘtre rapatriĂ©s du Rwanda au cours du dernier lot de l’exercice ont refusĂ© l’offre. Il y a une semaine, le gouvernement ougandais a commencĂ© Ă rapatrier les Ougandais qui se sont retrouvĂ©s coincĂ©s au Rwanda aprĂšs la fermeture des frontiĂšres qui a Ă©tĂ© dĂ©clarĂ©e en mars comme une mesure […]
Nicholas Sarkozy mu bibazo uruhuri bifitanye isano na ruswa nâamafaranga ya Kadhafi yariye
Urukiko rwâubujurire rwa Paris kuri uyu wa Kane, itariki 24 Nzeri 2020, rwateye utwatsi ubusabe bwâuwahoze ari Perezida wâu Bufaransa, Nicholas Sarkozy bwo guhagarika gukorwaho iperereza ku mafaranga yahawe na Kadhafi mu gihe yiyamamazaga mu 2007, rutanga uburenganzira bwo kurikomeza ku buryo bidatinze ashobora kujyanwa mu rukiko. Mu 2013, Ibiro byâumushinjacyaha wa repubulika i Paris […]
Abagande 114 bagombaga gucyurwa mu cyiciro cya 3 banze kuva mu Rwanda
Abagande 114 mu bari bashyizwe ku rutonde rwâabagombaga gucyurwa bakurwa mu Rwanda bahaheze kubera icyorezo cya Covid-19 banze amahirwe yo gusubizwa iwabo bahitamo kuguma mu Rwanda. Hashize icyumweru Guverinoma ya Uganda itangiye gucyura abaturage bayo baheze mu Rwanda nyuma yâifungwa ryâimipaka ryatangajwe muri Werurwe mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19. Byibuze abagera ku […]
Neymar na Alvaro Gonzalez bashobora gufatirwa ibihano bikaze

Urubanza hagati ya Neymar na Alvaro Gonzalez ruzasuzumwa ku ya 30 Nzeri na komite ishinzwe imyitwarire yâIshyirahamwe ryâUmupira wâamaguru wâababigize umwuga LFP. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru wâababigize umwuga mu itangazo rigenewe abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, itariki 23 Nzeri ryatangaje ko komite ishinzwe imyitwarire izaterana ku wa gatatu tariki ya 30 Nzeri kugira ngo ifate umwanzuro […]
Nyagatare: Umugore yari amuciye igitsina amushinja kumuca inyuma
Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 22 Nzeri, umugore wo mu Karere ka Nyagatare yarumye igitsina cyâumugabo we nâibindi bice byâumubiri amushinja kumuca inyuma, ubuyobozi bwâakarere bukaba busaba abagabo kutagira ipfunwe ryo kuvuga ihohoterwa bakorerwa. Uyu mugabo witwa Ugayurwe Joel wo mu Mudugudu wa Kabirizi akagari ka Mbare Umurenge wa Karangazi avuga ko yarumwe igitsina […]
Miliyoni 300 frw yari agenewe gufasha abarokotse yaburiwe irengero
Ikigega cyâigihugu gishinzwe gufasha Abarokotse Jenoside, FARG, cyatangiye urugamba rwo kugaruza akayabo ka miliyoni 300 frw yari agenewe gutera inkunga imishinga ibyara inyungu atarakoreshejwe ku mpamvu yari yagambiriwe. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Nzeri nâUmuyobozi wa FARG, Uwacu julienne ubwo yasubizaga ibibazo byâimicungire mibi yâumutungo byagaragajwe nâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta muri […]
Rubavu: Bafashwe bagerageza kwinjiza za televiziyo mu gihugu mu buryo bwa magendu

Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yafashe televiziyo 10 (Flat screen) zari zinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu, abari bazizanye mu Rwanda bari banyuze mu nzira zitemewe. Izi televiziyo uko ari 10 zafashwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Nzeri, Twagiramungu Innocent wâimyaka 41 na Habarurema Athanase wâimyaka 36 bafashwe bakurikiranweho kugira uruhare […]
Uganda: Lt. Yvan Manzi watorotse Igisirikare cyâu Rwanda (RDF) ari mu mazi abira
Lt Yvan Manzi watorotse igisirikare cyâu Rwanda akajya muri Uganda kuri ubu ari mu mazi abira aho yatawe muri yombi ashinjwa gutunga imbunda binyuranyije nâamategeko no kuba intasi yâu Rwanda nyamara yaratorotse igisirikare. Nubwo bimwe mu binyamakuru byo muri Uganda nka The New Vision bimwita intasi yâu Rwanda, bivugwa ko Lt Manzi yatorotse Igisirikare cyâu […]
Les droits de Rusesabagina sont pleinement respectĂ©s – NCHR
La Commission nationale des droits de l’homme (NCHR) a dĂ©clarĂ© que Paul Rusesabagina, soupçonnĂ© de terrorisme, Ă©tait traitĂ© selon les lois rwandaises et que ses droits Ă©taient respectĂ©s en consĂ©quence. Les observations font suite Ă la visite de la commission Ă Rusesabagina, le 16 septembre, au cours de laquelle ils l’ont interrogĂ© en privĂ© sur […]
RDC: Imyigaragambyo isaba kwirukana Ambasaderi wâu Rwanda yongeye kuburizwamo
Igipolisi cya Congo cyakoresheje ibyuka biryani mu maso kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Nzeri mu gutatanya abari mu myigaragambyo isaba kwirukana Ambasaderi wâu Rwanda I Kinshasa, Vincent Karega. Ku muhanda wa Huilerie niho igipolisi cyatangiriye gitatanya abari mu myigaragambyo yagombaga gusorezwa kuri minisiteri yâububanyi nâamahanga. Biravugwa ko hari nâabatawe muri yombi nkâuko bitangazwa nâurubuga […]
Louise Mushikiwabo yohereje intumwa idasanzwe muri Mali
Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, mu ntangiriro z’iki cyumweru, yahisemo Umunyasenegal, Cheikh Tidiane Gadio, nkâintumwa ye idasanzwe igomba gukurikirana ibibazo byo muri Mali nkâuko biteganywa nâumwanzuro wo ku itariki 25 Kanama wâinama idasanzwe yâ111 yâInama ihoraho ya Francophonie (CPF). Uyu mwanzuro ukaba ugamije gushyigikira inzira yo gusubizaho inzego za demokarasi muri Mali nyuma yâihirika […]
Gerald Gahima na Dr Rudasingwa Theogene bapfushije umubyeyi bari basigaranye

Mu mpera zâicyumweru gishize, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika habereye umuhango wo gushyingura umukecuru Coletta Bamususire, nyina wa Dr Theogene Rudasingwa ndetse na Gerald Gahima, bombi batavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda babarizwa mu buhungiro. Uyu mubyeyi witabye Imana ku myaka 91 yâamavuko, yavukiye i Mwulire kwâitariki ya 1 Mutarama 1929, atabaruka kwâitariki ya 13 […]
RDC: Inyeshyamba zimaze imyaka 56 mu ishyamba amaherezo zigiye gushyira intwaro hasi
Uwihaye ipeti rya General witwa Mando n’inyeshyamba ze bakorera mu Ntara ya Maniema kuva mu 1964, bategereje ukuboko kwa guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ngo amaherezo bitange bashyire intwaro hasi. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa kabiri, tariki ya 22 Nzeri 2020, minisitiri wâintara ushinzwe umutekano rusange, Roger Kimbwasa yavuze ko ibintu […]
Ikigo cyâAbavoka bâAbanyamerika nacyo kiyemeje gukurikirana urubanza rwa Rusesabagina
Nyuma ya Fondasiyo yâubutabera yâumukinnyi wa filimi George Clooney y’Ubutabera (Clooney Foundation for Justice), Ikigo cy’Abavoka b’Abanyamerika baharanira Uburenganzira bwa Muntu cyatangaje kuri uyu wa Mbere ko nacyo kiteguye gukurikiranira hafi urubanza rwa Paul Rusesabagina ruteganyijwe mu minsi iri imbere mu Rwanda. Rusesabagina yamamaye cyane ku Isi nyuma ya filimi Hotel Rwanda yakinwe ku buzima […]
RDC: Radio yafunze imiryango nyuma yo guterwa ubwoba nâinyeshyamba
Radio RPE (Radio du Peuple pour son Education) ivugira Njiapanda, muri Teritwari ya Lubero muri Kivu yâAmajyaruguru, yafunze imiryango yayo kuva ku wa Gatandatu ushize, kubera iterabwoba ryinshi ryâinyeshyamba za Mai-Mai zikorera ku mabwiriza yâuwitwa Dragon muri aka karere. Umwanditsi mukuru w’iki gitangazamakuru, avugana kuri uyu wa Mbere, itariki ya 21 Nzeri 2020, na 7SUR7.CD, […]
Ese koko Amerika yaba igiye gushinga ibirindiro bya gisirikare mu Rwanda?
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziratangaza ko amasezerano ziheruka kugirana nâu Rwanda i Kigali ntaho ahuriye no gushinga ibirindiro bya gisirikare mu Rwanda nkâuko byakomeje guhwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga mu mpera zâicyumweru gishize. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 19 Nzeri 2020, nyuma yâaho inyandiko yâamapaji atandatu igaragaye ku mbuga nkoranyambaga bivugwa ko […]
Rutsiro: Mu ngo z’abaturage hafatiwe ibiro bisaga 370 by’amabuye y’agaciro
Ku bufatanye nâabayobozi mu nzego zâibanze, kuri iki cyumweru tariki ya 20 Nzeri Polisi yakoze igikorwa cyo kurwanya ubucukuzi nâubucuruzi bwâamabuye yâagaciro bikorwa mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Ni igikorwa cyabereye mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Mukura, mu Kagari ka Kagano mu midugudu ya Kazizi na Gakeri. Umuvugizi wa Polisi mu ntara yâIburengerazuba, Chief […]
Jacob Zuma umaze igihe akwepa urukiko kuri iyi nshuro nta mahitamo yahawe
Nyuma yo kutabasha kwitaba abacamanza bagize Komisiyo ikora iperereza ku manza za ruswa zaranze manda ye, Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, ategerejwe nâinkiko mu Ugushyingo, aho kuri iyi nshuro abacamanza nta mahitamo bamuhaye kuko amatariki yatoranyijwe ataganirwaho. Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yahamagariwe kuzagera imbere yâabacamanza kuva ku itariki […]
Ruhango: Umumotari yagwiriwe nâigiti batemaga ku muhanda ahita apfa umugenzi ararokoka
Kuri iki Cyumweru gishize, itariki 20 Nzeri, mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango umumotari yagwiriwe nâigiti ahita apfa uwo yari ahetse arakomereka bikomeye. Ni moto ifite Plaque RF 996 C yari itwawe nâuwitwa Mbarushimana Joseph wâimyaka 26, ukomoka Karere ka Nyanza yagwiriwe nâigiti batemaga ku muhanda uri mu Murenge wa Kabagari. Iyi moto […]
Kinshasa: Hateguwe indi myigaragambyo yo gusaba iyirukanwa rya Ambasaderi Karega
Amashyirahamwe yâabaturage aharanira uburenganzira bwa muntu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nka Filimbi, Lucha, ECCHA nâayandi, kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Nzeri 2020 azongera kuramukira mu mihanda yâI Kinshasa asaba iyirukanwa rya Ambasaderi wâu Rwanda, Vincent Karega, nkâuko itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere rivuga. Aba bavuga ko ku itariki 04 Nzeri […]
Perezida Ndayishimiye arasabwa kugira icyo akora ku birego bishinjwa Ingabo zâu Burundi muri Centrafrica
Perezida mushya wâu Burundi, Ăvariste Ndayishimiye yasabwe gukora iperereza ku birego byâihohotera rishingiye ku gitsina ryashinjwe Ingabo zâu Burundi mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye mu gihugu cya Centrafrica. Abarundi bagera kuri 43 boherejwe muri Repubulika ya Centrafrique (CAR) barashinjwa ibyaha bikomeye byâihohotera rishingiye ku gitsina byakozwe kuva mu 2015. Abakorewe ihohoterwa barimo abana 49, abantu […]
Kagame, Blair, Sarkozy, Modi nâabandi mu muhango wo kwibuka Perezida wa 9 wa Israel

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ni umwe mu bantu bitezweho kwifatanya nâabaturage ba Israel kuri uyu wa Kabiri, itariki 22 Nzeri, mu muhango wo kwibuka Perezida wa 9 na Minisitiri wâIntebe wa 8 wâiki gihugu, Shimon Peres, wahawe igihembo cyâamahoro cyitiriwe Nobel akaba n’umuntu waranzwe nâibikorwa n’icyerekezo, umaze imyaka 4 atabarutse. âIgihe cyonyine kidashidikanywaho kuri […]
Tshisekedi yongeye guhura na Kabila mu gihe umwuka mubi ukomeje hagati ya FCC na CACH
Kuri iki cyumweru, tariki 20 Nzeri, Perezida FĂ©lix Tshisekedi yabonaniye i N’sele nâuwahoze ari Perezida Joseph Kabila, akaba nâumufasha we mu ihuriro riri ku butegetsi. Ese Perezida FĂ©lix Tshisekedi na Joseph Kabila bavuganye iki kandi kubera iki? Abasesenguzi benshi bavuga ko aba bagabo bombi bifuza guturisha umwuka mubi ukomeje guhungabanya ihuriro ryabo, bakemura ibikomeje gutanya […]
Israel: Imyigaragambyo isaba Minisitiri wâIntebe Netanyahu kwegura irakomeje

Kuri iki Cyumweru, itariki 20 Nzeri, Abanya-Israel ibihumbi nâibihumbi basubukuye imyigaragambyo yabo ya buri cyumweru hanze yâurugo rwa Minisitiri wâIntebe Benjamin Netanyahu ruherereye i Yeruzalemu rwagati, aho bakomeje kumusaba kwegura ku mirimo ye. Ni imyigaragambyo ya mbere yari ibaye kuva mu gihugu hashyirwaho itegeko rishya ryo guhagarika imirimo kubera icyorezo cya Covid-19. Igihugu cya Israel […]
Rutsiro: Polisi yarokoye abari bamaze kurohwa mu Kivu n’abashakaga kubiba
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Nzeri abapolisi bo mu ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi batabaye Babonampoze Boniface wâimyaka 33 na Nsigeziragwa Ildefonse wâimyaka 43 ubwo bari bamaze kurohwa mu Kiyaga cya Kivu nâabagizi ba nabi bashakaga kubiba ubwato nâimitego yabo. Abakoze icyo gikorwa cyâubugizi bwa nabi bafashwe ahagana saa mbiri zâumugoroba uko […]
Dr Stella Nyanzi yafatiwe ku mupaka wa Uganda na Kenya
Dr Stella Nyanzi, ukunze kunyeganyeza ubutegetsi bwa Uganda, byâumwihariko, Perezida Museveni, kuri ubu akaba ari mu bifuza guhatanira umwanya wâubudepite ahagarariye abagore bo muri Kampala, yafatiwe ku mupaka wa Busia uhuza Uganda na Kenya. Amakuru yashyizwe ahagaragara aravuga ko Dr Nyanzi yambutse umupaka akajya muri Kenya aciye mu nzira itemewe nâamategeko, aho kunyura ku mupaka […]
Icyoba ni cyose mu bakozi ba leta mu Rwanda
Icyoba ndetse nâimpungenge ni byose mu bakozi ba leta mu Rwanda mu gihe hategerejwe ko ku itariki ya 01 Ukwakira 2020 ari bwo abakozi ba Leta bazatangira gushyirwa mu myanya hashingiwe ku mbonerahamwe nshya zâimirimo. Minisiteri yâAbakozi ba Lata nâUmurimo, ivuga koi bi byatumye bamwe mu bakozi batangira kwibaza byinshi ku hazaza habo mu bijyanye […]
RDC: Abasivili 4 batawe muri yombi nâuwo bari bagiye kuguraho imbunda zo kwirinda
Abasivili bane bagerageje kugura imbunda zo kujya birindisha, ahitwa Kainama, muri Groupement ya Banande-Kainama, muri Teritwari ya Beni, ho muri Kivu yâAmajyaruguru, umusirikare bari bagiye kuziguraho atuma bafatwa. Aya makuru yageze ku rubuga 7SUR7.CD kuri uyu wa Gatandatu, itariki 19 Nzeri 2020 atangajwe na sosiyete sivile yo muri aka gace. Jonas Bin Kasumba Zawadi, perezida […]
Yatunguwe no kubura smartphone ye akayibona irimo amafoto na videos zâinkende

Umunyeshuri wo mu gace ka Batu Pahat, mu gihugu cya Malaysia mu cyumweru gishize, yaguye mu kantu ubwo yaburaga telephone ye yo mu bwoko bwa smartphone, akaza kuyibona bukeye mu gashyamba irimo amafoto na videos zâinkende. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuwa Gatandatu wâicyumweru gishize ubwo uyu munyeshuri wo mu majyepfo ya Malaysia wâimyaka 20 […]
Perezida Kagame yatumiwe mu kwizihiza umunsi w’Ubwigenge bwa Guinea Bissau
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, ni umwe mu batumirwa batumiwe na mugenzi wabo, Umaro Sissoco EmbalĂł, mu munsi mukuru wâubwigenge bwâIgihugu cya Guinea Bissau uteganyijwe ku itariki 24 Nzeri. Nkâuko amakuru agera ku kinyamakuru Jeune Afrique dukesha iyi nkuru avuga, ngo abakuru bâibihugu byinshi muri Afurika bari mu myiteguro yo kujya muri guinea Bissau kwifatanya […]
Uganda: Kaminuza ya Makerere yibasiwe nâinkongi yâumuriro ikaze

Inkongi yâumuriro yibasiye inyubako yâubuyobozi bwa Kaminuza ya Makerere, izwi nka âIvory Towerâ imaze imyaka 79 ikorerwamo nkâuko byatangajwe kuri iki Cyumweru. âAbashinzwe ubutabazi bari mu bikorwa byo kuzimya iyi nkongoâ, ibi akaba ari ibyatangajwe na kaminuza ivuga ko impamvu yateye iyi nkongi itaramenyekana. Ikinyamakuru Chimpreports kivuga ko kitabashije kubona ibitangazwa nâabayobozi saa 1:27 zâijoro […]
E.U yababajwe no kongera gusubika inama yâabakuru bâibihugu yagombaga kubera i Goma
Inteko ishinga amategeko yâUburayi, mu mwanzuro wayo wemejwe ku wa Kane, itariki 17 Nzeri, yatangaje ko ibabajwe nâisubikwa ryâinama yâabakuru bâibihugu yagombaga kubera i Goma, muri Kivu yâAmajyaruguru Kivu, ku itariki 13 Nzeri yari yatumijwe na Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi. Iyi nama nto, yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu batanu bo mu […]
Nyagatare: Yafatanwe umufuka wuzuye amasashi yageragezaga kwinjiza mu gihugu
Umusore witwa Mugisha Juma wâimyaka 20, Mu ijoro rya tariki ya 17 rishyira tariki ya 18 Nzeri yafashwe n’inzego zâumutekano zikorera mu Murenge wa Kiyombe mu Karere ka Nyagatare afite umufuka wuzuyemo amasashe ibihumbi bibiri aje kuyacuruza mu Rwanda. Yafatiwe mu nzira zitemewe zo mu Kagari ka Gataba mu Mudugudu wa Rwagikunengwa mu Murenge wa […]
RDC: Hatangijwe Ubwisungane bwâAbanyekongo bo mu bwoko bwâAbatutsi
Muri Fleuve Congo Hotel, i Kinshasa, mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, habereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro Ibikorwa byâUbwisungane bwâUmuryango wâAbatutsi bâAbanyekongo, binyuze mu muryango udaharanira inyungu, ISOKO ASBL. Uyu muhango wabaye ku wa Gatatu, itariki ya 16 Nzeri witabiriwe nâabashyitsi batandukanye, barimo abanyapolitiki nâabanyamuryango bâuyu muryango. Iyi nkuru dukesha urubuga […]
DASSO wiyemeje kurera umwana wari watawe yatunguwe nâinkunga ivuye muri Amerika
Uwihagurukiye Sylvia ukora akazi kâubu DASSO wo mu Murenge wa Kabarore, Akarere ka Gatsibo, uherutse kuvugwa cyane mu itangazamakuru ndetse ashimirwa kuba yariyemeje kurera umwana utari uwe nubwo nta mikoro ahagije afite, yatunguwe no kubona agezwaho inkunga yo kumufasha kurera uyu mwana, biturutse ku munyarwandakazi, Alice Cyusa, uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uwihagurukiye […]
Rusesabagina fera appel de la décision le renvoyant à 30 jours de prison
SoupçonnĂ© de terrorisme, Paul Rusesabagina a annoncĂ© jeudi 17 septembre qu’il ferait appel d’une dĂ©cision du tribunal de premiĂšre instance de Kicukiro le renvoyant Ă 30 jours de prison. Cela fait suite Ă la dĂ©cision du juge Dorothy Yankurije, qui a dĂ©clarĂ© qu’il y avait des motifs raisonnables pour que Rusesabagina soit renvoyĂ©, alors que […]
RDC: Miliyoni zisaga 250 zâAmadolari yo guhemba abakozi ba leta yaburiwe irengero
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iperereza ry’ubucamanza rirakomeje ku biro by’ubushinjacyaha bukuru bwegereye Urukiko rw’Ubujurire rwa Kinshasa ku irengero rya miliyoni zisaga 250 zâamadolari yari agenewe guhemba abakozi ba leta. Ubutabera bukaba bwasabye gukora iperereza ku Ishyirahamwe ryâamabanki ryo muri Congo ku kunyereza umutungo ku cyo bita “amafaranga yo guhemba yasigaye”. Bivugwa ko kuva […]
Urubanza kw’iyicwa rya Perezida Ndadaye: Gen. Ndayisaba arahakana ibyaha byose aregwa
Mu bantu 20 bakurikiranwe mu bashinjwa uruhare mu iyicwa rya Perezida Merchiol Ndadaye, 5 gusa ni bo kuri uyu wa gatatu ushize bitabye abacamanza b’Urukiko rw’Ikirenga ruherereye mu murwa mukuru wa politiki, Gitega, mu Burundi rwagati. Ni Gen. Major CĂ©lestin Ndayisaba, Komiseri wa Polisi Ildephonse Mushwabure, Colonel Gabriel Gunungu, Laurent Niyonkuru na Anicet Nahigombeye. Bakurikiranyweho […]
Nyamagabe: Ku myaka 61 arashinjwa gusambanya umukobwa ufite ubumuga bwo mu mutwe
Umugabo wâimyaka 61 wo mu Kagari ka Karambo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyamagabe, akurikiranweho gusambanya ku ngufu umukobwa wâimyaka 42 ufite ubumuga bwo mu mutwe. Umunyamabanga nshingwabikorwa wâinama yâigihugu yâabafite ubumuga, avuga ko nibyemezwa koko ko uwo mugabo yamuhohoteye bazagira uruhare mu kumukurikirana kuko byagaragaye ko hari abahohotera abafite ubumuga kuko batabasha […]
Icyamamare George Clooney nâumufasha we biyemeje gukurikiranira hafi urubanza rwa Rusesabagina

Icyamamare muri cinema, George Clooney nâumugore we, Amal Clooney biyememje kuzakurikiranira hafi urubanza rwa Paul Rusesabagina nkâuko byatangajwe na Fondasiyo yitiriwe Clooney. George Clooney nâumugore we babinyujije mu kigo giharanira amahoro nâurugaga rw’abavoka rwo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ruharanira uburenganzira bwa muntu, bavuze ko biyemeje gukurikiranira hafi imigendekere yâurubanza rwa Paul Rusesabagina rubera […]
Sudani: Abasaga 40 bafatanywe ibiturika bishobora gusenya umujyi wa Khartoum
Abantu 41 bari bafite ibikoresho byinshi bishobora guturitsa Umujyi wa Khartoum, birimo ibisa nkâibiherutse gusenya icyambu mu kwezi gushize muri Liban, batawe muri yombi nkâuko byatangajwe nâabategetsi ba Sudani. Umushinjacyaha mukuru wa Sudani, Tagelsir al-Hebr, kuri uyu wa Gatatu yatangarije abanyamakuru ko abakekwa basanganywe ibiturika bihagije bishobora gusenya umurwa mukuru, Khartoum. Umuvugizi w’ingabo zishinzwe ibikorwa […]
Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bwâu Bubiligi bimaze
Umukobwa wa Paul Rusesabagina, yanenze imyitwarire yâigihugu cyâu Bubiligi nkâigihugu cya kabiri cya se, nyuma yâitabwa muri yombi rye avuga ko ritubahirije amategeko, ndetse anibaza agaciro ko kugira ubwenegihugu bwâu Burayi ku mfungwa ya politiki. Paul Rusesabagina, ufite ubwenegihugu bwâu Bubiligi bivugwa ko yakuwe I Dubai akazanwa mu Rwanda ku ngufu nubwo u Rwanda rubihakana, […]
Le major Mudathiru n’est pas d’accord avec ses co-accusĂ©s sur le consentement au recrutement
Le procĂšs de 32 suspects dans l’affaire du CongrĂšs national du Rwanda (RNC), ce mercredi, a pris une tournure lorsque ses co-accusĂ©s, comme Patrick Nsanzimana, ont dĂ©clarĂ©s qu’ils ont Ă©tĂ© recrutĂ©s dans les forces illĂ©gales du P5 sans consentement. Nsanzimana a dit qu’il s’Ă©tait rendu au Burundi en 2003 en tant que mĂ©decin Ă temps […]
Maj. Mudathiru yihakanye uwari umuganga uvuga ko yisanze muri P5 atabizi
Urubanza rwâabantu 32 bashinjwa kuba mu mitwe irwanya ubutegetsi bwâu Rwanda rwakomeje kuri uyu wa Gatatu rwafashe indi sura ubwo umusivili witwa Patrick Nsanzimana yatangazaga ko yisanze mu mutwe wa P5 atabizi ndetse agatangaho umugabo Major Mudathiru wamwihakanye. Nsanzimana avuga ko yagiye mu Burundi mu 2003 aho yakoreraga ibiraka byâubuganga, Umurundi witwa Eugene akaba ari […]
RDC: Abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku modoka z’umuryango World Vision
Umwe mu bashinzwe ubutabazi yarishwe, umwe arakomereka, mu gihe abandi babiri baburiwe irengero mu gitero cyâabantu bitwaje intwaro bataramenyekana cyagabwe ku modoka zabo mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuwa Kabiri ahitwa Luofu, muri teritwari ya Lubero, ho muri Kivu yâAmajyaruguru. Amakuru agera ku rubuga Actualite.cd dukesha iyi nkuru, avuga ko abagabweho igitero bari abakozi […]
Nyagatare: Abantu 27 bafashwe banywa inzoga z’inkorano barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
Ku mugoroba wa tariki ya 15 Nzeri nibwo Polisi ikorera mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Katabagemo mu kagari ka Rugoma yasanze abantu 27 bicaye mu kabari banywa inzoga z’inkorano. Nubwo barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19 bakanywa inzoga bitemewe, aba bantu barimo kunywa inzoga itujuje ubuziranenge izwi ku izina rya Cungumuntu. Umuvugizi wa […]
Uwahoze ari Perezida wa Mali yapfuye ku myaka 83 yâamavuko
Uwahoze ari Perezida wa Mali, Moussa TraorĂ©, wagiye ku butegetsi afite ipeti rya Lieutenant amaze guhirika uwari uburiho, akayoboresha igihugu inkoni yâicyuma kugeza nawe ahiritswe mu 1991, yapfiriye i Bamako kuri uyu wa Kabiri, itariki 15 Nzeri, ku myaka 83 yâamavuko nkâuko byatangajwe nâumuryango. TraorĂ© yahiritse uwafatwaga nk”Umubyeyi w’ubwigenge bwa Mali”, Modibo Keita, perezida wa […]
Le Conseil National de l’Ă©ducation critiquĂ© pour un projet de contenu numĂ©rique bloquĂ©
Le ComitĂ© des comptes publics (PAC) a critiquĂ© le Conseil National de l’Ă©ducation (REB) pour un projet de contenu numĂ©rique bloquĂ© de 7,7 millions de dollars (environ 7 milliards de francs rwandais) pour les Ă©coles primaires et secondaires. Il a Ă©galement interrogĂ© le Conseil national de l’Ă©ducation sur la dĂ©pense de plus de 557 millions […]
Umuraperikazi Cardi B yagiye gusaba gatanya hagati ye n’umuraperi Offset
Umuraperikazi Cardi B, kuri uyu wa Kabiri, itariki 15 Nzeri, yagiye gusaba gatanya hagati ye nâumugabo we nawe wâumuraperi ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uzwi nka Offset, ubarizwa mu itsinda Migos, nkâuko byatangajwe nâikinyamakuru Page Six. Ni gatanya asaba mu buyobozi bwâakarere ka Fulton ko muri Georgia. Aba bahanzi bombi bamaranye imyaka itatu […]
Kayonza: Hatangijwe umushinga wâasaga miliyari 80 ugamije kurwanya amapfa
Minisitiri wâubuhinzi nâubworozi, Mukeshimana Gerardine, kuri uyu wa Kabiri, itariki 15 Nzeri, yatangije ku mugaragaro umushinga mugari wo kuhira no gutunganya ibishanga mu karere ka Kayonza uzamara imyaka 6. Uyu mushinga uzafasha akarere mu guhangana nâamapfa ajya akibasira, atewe nâizuba rikunze kuva igihe kirekire. Uyu mushinga watangijwe ku bufatanye bwa minisiteri yâubuhinzi nâIkigega Mpuzamahanga giteza […]
Kigali: Urubanza rwâabantu 32 bashinjwa iterabwoba rwasubukuwe
Urubanza ruregwamo abantu 32 bakekwaho iterabwoba bafitanye isano nâishyaka RNC nâindi mitwe yitwara gisirikare, rwasubukuwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 15 Nzeri, mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kanombe, mu Karere ka Kicukiro. Abakekwaho icyaha bose usibye umwe, bari bari mu cyumba cy’urukiko, cyari cyimukiye by’agateganyo mu cyumba cyâabikorera ku giti cyabo kiri hafi y’urukiko […]
Rubavu: Yafatanwe amadolari 3,700 y’amahimbano
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Gisenyi, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 14 Nzeri, ku makuru yatanzwe nâabaturage, yafashe Muhawenimana Claire wâimyaka 26, yafatanwe inoti zâijana 37 zâamadorali yâAmerika yâamahimbano zihwanye na 3,700$ . Umuvugizi wa Polisi mu ntara yâIburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi yavuze ko bamwe […]
Bwa mbere mu Bufaransa abakabakaba 100 bemerewe kunyonga igare bambaye ubusa â Amafoto
Nyuma yâimyaka babigerageza, ku nshuro ya mbere mu Mujyi wa Rennes habereye igikorwa cya mbere cyo gutwara igare abantu bambaye ubusa, ariko ibintu nkâibi i Paris na Lyon bikaba byahagaritswe ku munota wa nyuma. Iki gikorwa cyiswe âWorld Naked Bike Rideâ(WNBR) cyangwa âCyclonudistaâ, kiramenyerewe cyane mu bihugu nkâu Bubiligi, Espagne, u Budage na Amerika. Mu […]
Uganda: Urukiko rwateye utwatsi ubusabe bwa Lt. Gen. Tumukunde
Umucamanza mukuru mu Rukiko Rukuru rwa Uganda, Musa Ssekaana yateye utwatsi ubusabe bwa Lt. Gen. (Rtd) Henry Tumukunde, wifuzaga guhagarikisha ibikorwa byo guhamagazwa nâUrwego rwâUbugenzacyaha, CID, rumukurikiranyeho gushaka kwinjiza abahoze mu gisirikare mu bikorwa bya politiki, kugeza igihe ikirego cye nyamukuru kizarangiza kumvwa ndetse kigashyirwa ku ruhande. Mu kwezi gushize nibwo Tumukunde yitabaje urukiko arusaba […]