Bugesera: Barashimira Perezida Kagame wabagejejeho Girinka Munyarwanda
Ibirori byo gutanginza gahunda ya Girinka Munyarwanda mu ntara y’Iburasirazuba byabereye mu karere ka Bugesera, umurenge wa Rweru kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Mata 2016, abaturage bakaba bashimira cyane Perezida Kagame wabagejejeho iyi gahunda. Iyi gahunda yari iyo guha inka abaturage batari bazifite n’abazihawe bakitura ku mugaragaro, mu magambo yavugiwe aho bagiye bagaruka […]
Nyagatare: Nyiri Lukai Health Center akurikiranweho gukuriramo umukobwa inda agapfa
Umugabo ufite ivuriro ryitwa Lukai Health Center mu Karere ka Nyagatera ari mu maboko ya polisi nyuma yo gukekwaho gukuriramo umukobwa inda ariko akahasiga ubuzima. Uyu mugabo witwa Ngarambe Deogratias bakunda kwita Rukanika ndetse n’umuzamu w’iri vuriro batawe muri yombi na polisi yo mu Karere ka Nyagatare mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki […]
Umugeni yishwe ku munsi w’ubukwe nyuma yo gusanga atakiri isugi
Igipolisi cyo muri Pakistan kiri guhiga bukware umugeni n’abavandimwe be bane nyuma yo gushinjwa kwica umukobwa wari warongowe kubera ko ngo basanze atari isugi. Igipolisi cy’ahitwa Jacobabad cyavuze ko ibi byabaye kuwa Gatanu ninjoro, nyuma y’ubukwe bwa Khanzadi Lashari na Qalandar Bux Khokhar. Abashinzwe iperereza bakaba bakeka ko umusore yanize umukobwa nyuma yo gusanga ngo […]
Justin Bieber yahembye abana bamenyekanye mu ndirimbo Sitya Loss ya Eddy Kenzo
Bieber amaze gukora indirimbo ye yise “Sorry” igasakara hose ariko bagenda bayisubiramo , Abazwi nka “Ghetto Kids” bahawe igihembo ku bw’iyi ndirimbo ye aba bana basubiyemo bayibyina. Bitewe n’isubirwamo ry’iyi ndirimbo, Bieber byamukoze ku mutima hanyuma umwe wagaragayemo agenerwa ipantaro n’ikoti [costume] impano yoherejwe na Bieber. Ibi byatangajwe na manager w’aba bana,Dauda Kavuma ko bishimira […]
DGPR yagejeje kuri Minisitiri w’Intebe ubusabe bwo kuvugurura amategeko agenga amatora
Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Mata 2016 ryagejeje kuri Minisitiri w’Intebe ubusabe bwaryo bw’uko habaho amavugurura mu mategeko agenga amatora n’agenga amashyaka ya politiki mu Rwanda. Ubu busabe buje bukurikira ubundi nk’ubu ubwagejejwe ku Nteko Ishinga Amategeko kuwa 10 Gashyantare 2016. Green party ikaba ivuga ko yanagiriwe […]
Nyuma yo gutabwa muri yombi, Pasiteri Mboro ari mu myiteguro yo kujya mu ijuru ku nshuro ya 2
Mu gihe hashize iminsi mike Pasteri Paseka Motsoenenga uzwi ku izina rya Mboro atawe muri yombi azira kurya imitsi y’abayoboke be, ubu ikivugwa n’uko ari mu myiteguro yo kujya mu ijuru ku nshuro ya 2. Uyu mushumba uvuga ko arimo kwitegura uruzinduko rukomeye agiye kugirira mu ijuru, ngo si ubwa mbere yaba agiye kujyayo kuko […]
Kigali: Urubanza rw’abakekwaho ibikorwa by’iterabwoba rwabereye mu muhezo
Urubanza rw’abantu 16 bakekwaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba kuri uyu wa Kabiri rwabereye mu muhezo nyuma y’aho ubwo baheruka kugezwa imbere y’Urukiko rwa Gasabo ubushinjacyaha bwari bwasabye ko ubutaha rwazajya mu muhezo. Ubushinjacyaha bukaba bwaragaragaje ko kubera impamvu zikomeye z’umutekano urubanza rwajya mu muhezo ndetse aba banakatirwa igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30 abaregwa bamwe batishimiye bakakijuririra mu […]
Dore impamvu 5 umugabo agomba kuvanamo imyenda umugore, mu gihe cyo gutera akabariro
Nk’uko hari byinshi abashakanye bagomba gukora ngo imibonano mpuzabitsina igende neza ari nako banoza umubano, ni byiza ko umugabo atakwibagirwa kuvaniramo umukunzi we imyambaro, kuko ari kimwe mu bishobora gutuma akabariro kagenda neza. 1.Byongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ku mpande zombi Mu gihe abashakanye bitegura gukora igikorwa cyo kubaka urugo (gutera akabariro) ni byiza […]
Abanyarwanda batangiye kumva akamaro ko kuba muri EAC
Abaturage b’Akarere ka Ruhango n’Abanyarwanda muri rusange barahamagarirwa gukangukira kumenya amahirwe yose ahari yo kuba u Rwanda ruri mu muryango w’Afurika y’Iburasirazuba (East African Community) no kuyabyaza umusaruro. Babikanguriwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Mata 2016 mu nama abahagariye inzego zinyuranye muri kano Karere bagiranye n’Itsinda ry’abasenateri bagize Komisiyo y’ububanyi n’amahanga n’umutekano muri […]
Zambia: Amaduka y’Abanyarwanda bakorera i Lusaka ari gusahurwa bashinjwa amarozi
Amaduka y’abanyamahanga ari mu murwa mukuru w’igihugu cya Zambia, Lusaka, yigabijwe n’abaturage bariye karungu aho bayakekaho isano n’ubwicanyi bumaze iminsi buba muri uyu mujyi bakeka ko bufitanye isano n’imihango ya gipfumu nk’uko bitangazwa n’igipolisi. Byibuze abantu batandatu basanzwe bapfuye kuva mu kwezi gushize ariko bimwe mu bice by’umubiri nk’imitima, amabya n’amatwi byarakuweho. Igipolisi cyataye muri […]
Bujumbura: Abantu batazwi bagabye ibitero
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Mata 2016, Amasasu menshi yumvikanye mu gisagara cya Bujumbura, muri karitiye ya Kinama, Kamenge, Jabe hamwe no mu Ngagara muri karitiye ya 5, icyo gitero cyahitanye umuntu umwe abandi 5 barakomereka. Abantu batazwi bagabye igitero ku kabari k’ahazwi nko kwa Ndizeye kari hafi y’inkambi ya […]
Umugandekazi Bad Black yahamije ko yikinishirizaga muri gereza
Umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana ukomoka muri Uganda, Shanitah Namuyimba uzwi nka Bad Black yatangaje ko ubwo yari muri gereza yikinishaga (Masturbution). Uyu muhanzikazi yavuze ko ubwo yari inyuma y’inkuta za Gereza atigeze ahwema kumva afite ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, ariko ngo ntibyamukundira ko ahaza ibyifuzo bye. Uyu muhanzikazi yavuze ko yitabazaga uburyo bwari bumworoheye […]
Sheebah Karungi yakuriye inzira ku murima Pallaso ko atari mu basore yaha urukundo
Muri Uganda nta kindi kirimo kuvugwa, usibye intambara y’amagambo hagati ya Pallaso na Sheebah nyuma y’uko uyu muhanzikazi yivugiye ko atajya mu rukundo n’uyu musore . Mu gihe abafana bari batesheje umutwe Sheebah bamusaba ko yahishura ibirimo kunugwanugwa ko yaba ari mu rukundo na Pallaso, yabisobanuye ashize amanga avuga ko bitashoboka. Mu magambo asesereza yavuze […]
Olivier Mulindahabi aramenya niba akomeza gukurikiranwa afunzwe cyangwa ari hanze
Urukiko rwa Nyarugenge, kuri uyu wa kabiri rurafata umwanzuro ku gukomeza gufunga cyangwa gukurikirana adafunze, umunyamabanga mukuru wa Ferwafa, Olivier Mulindahabi, ukurikiranweho ibyaha bya ruswa no kunyuranya n’amahame agenga itangwa ry’amasoko. Kuwa Gatatu ushize, Mulindahabi yari yasabye urukiko kuba rumurekuye mu gihe iperereza rikomeje, nyuma y’aho yari yananiwe kumvisha urukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga ko rwamurekura […]
Kuri ambasade ya Amerika haturikirijwe igisasu
Kuri uyu wa Mbere ahagana ku isaha ya 09h45 nibwo muri Afghanistan ikihebe (Taliban) cyiturikirijeho igisasu abagera ku 8 barakomereka bikomeye abandi bahasiga ubuzima. Josh Smith umwe mu batangabuhamya, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yavuze ko yumvishe iturika ridasanzwe ahagana mu gace ka Kabul gaherereyemo inyubako ya Perezida n’abandi bayobozi bakomeye. Yagize ati: “aba […]
Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana
Mu gihe cy’iminsi itatu, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Burera yagiranye ibiganiro n’ababyeyi bafite abana bataye ishuri, abayobozi b’inzego z’ibanze, abarezi mu bigo by’amashuri yo muri aka karere, bose ibakangurira gusenyera umugozi umwe mu kurwanya ihohoterwa iryo ari ryo ryose rikorerwa abana. Inama babisabiwemo zabereye mu mirenge yose 17 igize aka karere kuva ku […]
Bukavu: Haribazwa niba atari igitero cy’iterabwoba giherutse guhitana abantu batatu
Nyuma y’iminsi 3 imodoka iturikiye mu mujyi wa Bukavu abantu batatu bakahasiga ubuzima, kugeza ubu ntiharamenyekana icyaturikije iyo modoka mu by’ukuri kuri ariko abayobozi bo muri Bukavu mu byo bakeka ngo nta terabwoba ririmo nubwo benshi ari ryo baketse. Kuri uyu wa Gatanu ushize tariki 15 Mata mu masaha ya ninjoro, i Bukavu muri Repubulika […]
Obama yahuye n’ibyamamare muri muzika byo muri Amerika- AMAFOTO
Perezida Obama yabonaniye n’ibyo byamamare muri Whitehouse, mu muhango wo kuvugurura amategeko hagamijwe cyane gushimangira amategeko ahana ibyaha by’ubugizi bwa nabi. Obama yahuriye muri uwo muhango n’abahanzi nka Alicia Keys, Nick Minaj, Buster Ryhmes, C.Janelle Monae ,J.Cole, Ludacris, Timberland, Khaled n’abandi batandukanye. Nk’uko bitangazwa na Billboard dukesha iyi nkuru, ngo impamvu yo gutoranya abo bahanzi […]
Burundi: Abahoze muri Ex-FAB bafunze barakorerwa iyicarubozo rikabije – Loni
Mu gihugu cy’u Burundi iyicarubozo no gufata nabi abanyururu biragenda bifata indi ntera. Nk’uko byemezwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burenganzira bwa Muntu, ngo ibyo bikorwa biragenda byiyongera ku buryo kuva uyu mwaka watangira hamaze kugaragara dosiye 345 z’iyicarubozo ziyongera ku zindi 600 zari zabaruwe kuva muri Mata 2015. Umubare nawo ngo ukaba ushobora kuba […]
Kirehe: Umugabo afungiwe gufatanwa imiti ya magendu
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kirehe yafatanye umugabo uri mu kigero cy’imyaka 23 y’amavuko imiti y’ubwoko butandukanye ya magendu irimo Coartem, Amoxicyline, Paracetamol, na Erithmentic. Iyi miti yafatiwe mu nzu ya Muhoza Danny ku wa 17 Mata, hakaba ari mu kagari ka Rugarama, mu murenge wa Kigina . Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu […]