Umupasiteri yateye umukobwa inda amubeshya ko azabyara Yesu wa kabiri
Umugore uvuga ko atwise amezi 17, yemeza ko inda yayitewe na pasiteri Paseka Motsoeneng, amubwira ko azabyara umwana w’igitangaza (Yesu wa 2). Lebo Khumalo w’imyaka 28, wari ugize iyi myaka yose akiri isugi ngo uyu mupasiteri yamubwiraga ko uko byagenda kose ari Maria wa kabiri ugiye kubyara Yesu wa kabiri, umwana akazakora ibitangaza nk’ibyo yesu […]
Celena Gomez yatakambiye Justin Bieber nyuma yo gutuma asiba Instagram ye
Nyuma y’iminsi mike Justin Bieber ashyize amafoto y’umukobwa w’imyaka 17 bivugwa ko ari umukunzi we ku rubuga rwa Instagram ye, abantu bagize byinshi bayivugaho harimo na Selena Gomez wavuze amagambo Bieber yita ko yamukomerekeje, yamusabye imbabazi asaba n’abakunzi be kumubabarira. Uyu muhanzikazi uririmba mu njyana ya Pop, abinyujije ku rukuta rwa snapchat yasabye imbabazi Justin […]
Rwanda Day 2016 izabera i San Francisco muri USA
Rwanda Day 2016 izabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Mujyi wa San Francisco, ku italiki 24/9/2016 ni muri urwo rwego Urugaga rw’ Abikorera rwatangiye guhamagara abashaka kuzitabira uwo munsi ngo bajye kwiyandikisha kuva kuri uyu wa 18 Kanama 2016. Rwanda Day 2015 yabereye mu Buholandi Mu butumwa Perezida Kagame yahaye Abanyarwanda bagiye baturuka […]
CNDD/FDD iratunga agatoki Canada mu gushaka guhirika Leta ya Nkurunziza
Ishyaka CNDD/FDD riri ku butegetsi mu Burundi rikomeje gutunga agatoki Leta ya Canada rivuga ko ifite umugambi wo guhirika Leta ya Nkurunziza watowe n’ abaturage. Iyi nkuru itangiye kuba kimomo mu gihe Minisitiri w’ ingabo za Canada, Harjit Sajjan aherutse kugirira urugendo ku mugabane wa Afurika mu rwego rwo kureba uruhare ingabo za Canada zagira […]
Syria :Amafoto y’abaturage bahungabanyijwe n’intambara akomeje gutuma isi ibura amahwemo
Muri Syria mu mujyi wa Aleppo hakomeje kurangwa n’intambara ikomeje guhitana ubuzima bw’abaturage abandi biganjemo abana bakaba bahakomerekeye abandi bakibasirwa n’ihungabana. Umwe mu bana basanzwe bakomerekejwe n’ibisasu yafotowe yahungabanye ahita ashyirwa muri Ambiranse (Ambulance) yaburanye n’ababyeyi be kugeza ubu bataramenyekana. Ibitangazamakuru byagarutse kuri uyu mwana wari warengewe n’umukungugu ibintu byashegeshe isi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya mafoto […]
Koko ubugiraneza bw’inkware bwayigonze ijosi!
Abanyarwanda baciye umugani ngo Ubugiraneza bw’inkware bwayigonze ijosi, abaturage batuye muri Carolina y’Amajyepfo bakaba bamenye ukuri kw’uyu mugani ubwo batungurwaga no kumva ukuntu insoresore 2 zivuganye umugiraneza wari umaze kuzifasha gukura imodoka yazo yari yaheze mu muferege. Igipolisi cyo mu mujyi wa Charleston y’Amajyaruguru kivuga ko cyataye muri yombi Deon Antonio Frasier w’imyaka 17, na […]
Abacuruzi bo mu Rwanda bagiye kujya kwiga uburyo bazamura ubucuruzi bakorera muri D.R Congo
Urugaga rw’abikorera (PSF)n’ ishami rishinzwe ubuhinzi n’ubworozi bateguye urugendo rw’iminsi 3 guhera tariki 24 kugera 27 z’uku kwezi mu mugi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kugirango abacuruzi babashe kwiga uburyo bazamura ubucuruzi bakorera muri iki gihugu. Ruzibiza Stephen umuyobozi w’urugaga rw’abikorera yavuzeko bashaka gufasha kuzamura ibicuruzwa bikorerwa mu gihugu kugera ku isoko ryo […]
Donald Trump yongeye guhindura itsinda rishinzwe kumwamamaza
Umukandida w’Umurepublicain, Donald Trump, yongeye guhindura abayobozi istinda rishinzwe igikorwa cyo ko mumwamamariza umwanya wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Donald akomeje guhuzaagurika mu gihe hasigaye amezi 3 gusa , Abanyamerika bagahitamo uzababera Perezida. Muri iri vugururwa, Donald Trump yahaye Stephen Bannon umwanya wo kuba umuyobozi nshingwabikorwa ajejwe igikorwa cye cyo kwiyamamaza. Stephen […]
Muhanga: Indege zitagira abapilote zatangiye igeragezwa
Ikibuga cy’indege zitagira abapilote [Drones] cyatangiye gukorwa mu Karere ka Muhanga, mu Murenge wa shyogwe, mu minsi mike zikazatangira kugeragezwa ngo zifashe mu bikorwa by’ubuzima. Izo ndege zizajya zifashishwa mu bikorwa byo kugeza amaraso n’imiti mu bice by’icyaro bigoye kugerwamo n’imodoka. Ni gahunda ya Leta y’u Rwanda ku bufatanye na Sosiyete ya Zipline International yo […]
Sudani y’Epfo: Dr Riek Machar yavuye mu gihugu aba ahungiye mu gihugu kimwe cy’igituranyi
Riek Machar, wahoze ari visi perezida wa mbere wa Sudani y’Epfo ndetse akaba ari umuyobozi w’umutwe SPLM-IO, yabashije kuva ku butaka bw’igihugu cye aba yimukiye mu gihugu kimwe cy’igituranyi nyuma y’ukwezi kwari gushize habaye urugamba rukomeye hagati y’ingabo ze n’iza leta yabereye kuri perezidansi nk’uko byatangajwe n’umuvugizi we. Uyu muvugizi witwa James Gatdet Dak yemeje […]
Leta ya Nkurunziza iravuguruza Loni ivuga ko mu Burundi hashobora kuba jenoside
Mu izina rya Leta y’ u Burundi. Minisitiri ufite mu nshingano ze uburenganzira bwa muntu, Martin Nivyabandi yavuguruje raporo ya Loni iherutse kwemeza ko muri iki gihugu harimo gutegurwa jenoside. Nivyabandi yashimangiye iyi ntero mu nama yagiranye n’ itangazamakuru kuri uyu wa 17 Kanama 2016 ubwo ibitangazamakuru bitandukanye byatangazaga ko hari ibimenyetso bigaragaza ko mu […]
Urutonde rw’ abanyapolitiki bifuje intebe ya perezida bikarangira bafashe ubusa
Kugundira no kurwanira ubutegetsi muri Afurika byabaye karande aho usanga abaperezida bifuza kuyobora kugeza bapfuye byaba na ngombwa ingoma zabo bakaziraga abana babo. Iyo myifatire rero ituma abandi banyapolitiki batabyumva kimwe(opposants) bakoresha inzira zinyuranye kugira ngo bahindure amateka. Intambara y’ amasasu ndetse n’ iya politiki ni zimwe mu nzira zikoreshwa n’ abarwanya za Leta kugira […]
Dore ibintu 5 umunyeshuri akwiye kwikura mu bitekerezo bigatuma atera imbere vuba
Iyo umuntu akiri ku ntebe y’ishuri aba afite imyumvire ko ubuzima buzamworohera, aba yumva ko naragiza kwiga azagera ku bukire ndetse nta n’ubwo aba yiyumvisha urusobe rw’ibibazo biba bimutegereje. Abahanga mu bumenyi n’imyitwarire ya muntu bavuga ko hari imyumvire itandatu yo mu ishuri umuntu akwiye kwibagirwa akirivamo maze bikamufasha kwiteza imbere. 1. Kutishyiramo ko abagukuriye […]
Kwimurira ibijyanye na mutuelle muri RSSB ntibizabangamira imitangire ya serivisi — MINISANTE
Umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ubuzima, Dr. Patrick Ndimubanzi aravuga ko kureka Ikigo cy’igihugu cy’ubwishingizi (RSSB) kigacunga ibijyanye na mutuelle de santĂ© bitazabangamira imitengirwe ya serivisi z’ubuvuzi mu bigo nderabuzima. Dr Ndimubanzi yagize ati: “Nta cyahindutse mu bijyanye no gutanga serivisi z’ubuvuzi. Ufite ikarita ya mutuelle azakomeza kuvurwa, kubona imiti n’imbangukiragutabara igihe ikenewe” . Mu […]
Umuhungu wa Oussama Ben Laden mu nzira zo gutera ikirenge mu cya se
Umuhungu wa Oussama Ben Laden ukiri muto yaba yatangiye gutera ikirenge mu cya se, aho kuri ubu yatangiye guhamagarira urubyiruko rwo muri Arabia Saoudite rutishimiye ubuyobozi bw’iki gihugu, guhaguruka bakaburwanya bakabuvanaho. Uyu muhungu w’imyaka 23 witwa Hamza Ben Laden akaba asaba uru rubyiruko kwiyunga kuri al-Qaida ifite ibirindiro mu gihugu cya Yemen bagatangira urugamba rwo […]
John Mackinstry watozaga Amavubi yasezerewe
John Mckinstry wari umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, amaze kwirukanwa ku mirimo ye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane. Iyi nkuru yari yabanje guhwihwiswa ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, aho rumwe mu mbuga za siporo hano mu Rwanda rwari rwatangaje ko rufite amakuru yizewe yuko umutoza Mckinstry yari ari mu nzira […]
Ese kuki hari igihe bahaga umwana itabi mu gihe cyo kumwita izina no kurya ubunnyano?
Mu gihe cyo hambere Umuhango wo kurya ubunnyano no kwita umwana izina ugikurikizwa wasangaga hari igihe biba ngombwa ko uwo mwana bamuha itabi. Ese ibi byaterwaga ni iki byakorwaga gute? Ubusanzwe uyu muhango wo kurya ubunnyana wakorwaga igihe umwana yabaga amaze iminsi 8 avutse aho ababyeyi bateguraga uwo munsi ku buryo budasanzwe ariko ahanini ukaba […]
Muhanga: Haritegurwa imurikagurisha ku rwego rw'intara
Biteganijwe ko Akarere ka Muhanga kazakira imurikagurisha ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo riteganijwe kubera ku kibuga cy’Inzu ndangamuco ya Muhanga (Centre culturel) hagati y’italiki ya 31 Kanama n’iya 12 Nzeri uyu mwaka. Nkuko bitangazwa na Perezida w’Urugaga rw’abikorera mu Karere ka Muhanga, Bwana Kimonyo Juvenal, ngo imirimo yo gutegura iri murikagurisha irarimbanyije. Bwana Kimonyo avuga ko […]
RDC: Abakozi 3 ba Caritas Congo bari bashimuswe na FDLR barekuwe
Abakozi batatu ba Caritas Congo bari bashimutiwe kuri uyu wa kabiri ushize mu burasirazuba bwa Congo n’abarwanyi bakekwaho kuba mu mutwe wa FDLR, barekuwe. Nk’uko byatangajwe n’ushinzwe itumanaho muri Caritas Congo, Guy-Marin Kamandji, ngo abakozi batatu babo bashimutiwe hafi ya Goma barekuwe kuri uyu wa Gatatu, ariko ntiyagira byinshi atangaza ku kuntu aba barekuwe. Kuwa […]
Nyarutarama: Ukekwaho iterabwoba yakomerekeje umupolisi amurashe mbere yo kwicwa
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yakurikiranye ikarasa umuntu wakekwagaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba wari wihishe mu nzu i Nyarutarama. Polisi y’igihugu mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane ikaba yatangaje ko uwo wakekwaga ari uwitwa Channy Mbonigaba wari waturutse mu Karere ka Rubavu. Kuva mu mwaka ushize, igipolisi cy’u Rwanda kivuga ko gikurikirana abantu gikekaho […]
Abasirikare b’Abarundi bagera kuri 14 batorotse
Aba basirikare bakomoka mu Burundi bandikiye umuryango w’Abibumbye wita ku mpunzi ko badashobora gutaha iwabo kubera gutinya ko bagirirwa nabi nk’uko bikorerwa bagenzi babo bo mu bwoko bw’Abatutsi. Nk’uko bitangazwa na RFI, ngo abo basirikare bagera kuri 14, barimo n’abapolisi bakaba bari bari mu butumwa hanze y’igihugu, bakaba batangaza ko bafite impungege z’uko bazafungwa bakanicwa […]
Nyarugenge: Abayobozi b’inzego z’ibanze basabwe kwita ku isuku n’umutekano
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibikubiye mu mihigo yasinywe muri Nyakanga 2016 hagati ya Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali n’uturere tuwugize igamije gukomeza kwita ku isuku n’umutekano mu mujyi wa Kigali, haganiriwe icyakorwa ngo yeswe. Ni kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Kamena mu nzu mberabyombi y’akarere ka Nyarugenge, ahabereye inama yari […]
Ibicuruzwa biva i Burundi bikomeje guhenda cyane mu Rwanda
Mu minsi ishize Reta y’u Rwanda nibwo yari yatangaje ko ihangayikishijwe n’igihombo cy’ibyo yoherezaga mu Burundi, ariko ko ibyavagayo izajya ibikura ahandi ariko abacuruzi bo mu masoko atandatukanye ndetse n’abaguzi baravuga ko bahangayikishijwe no kubura kw’imbuto cyane cyane izaturukaga mu gihugu cy’i Burundi. Imbuto nyinshi zavaga i Burundi zirimo indimu,imyembe,mandalene n’izindi ubu n’aho ziboneka ntizigurwa […]
Paul Manafort wamamaza Donald Trump yanabaye umujyanama wa Mobutu
Umuyobozi ushinzwe kwamamaza Donald Trump mu rugamba rwo guhatanira kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika, Paul Manafort yigeze kuba umujyanama ukomeye wa Perezida Mobutu wigeze gutegeka Congo-Kinshasa icyitwa Zaire. Nyuma yo guhuza Perezida Mobutu na Nixon wigeze kuyobora USA, Paul Manafort yigeze no kuba umujyanama ushinzwe kwamamaza Perezida wa Ukraine , Viktor Ianoukovitch icyo gihe […]