Ijambo ryâImana: Ugendana nâabanyabwenge na we azaba umunyabwenge, ushyikirana nâabapfapfa bizamugwa nabi
Bibiliya ivuga ukuri kudashidikanywaho iyo igira iti âugendana nâabanyabwenge na we azaba umunyabwenge, ariko ugirana imishyikirano nâabapfapfa bizamugwa nabiâ (Imigani 13:20). Uwo mugani uvuga ibirenze ibyo kugirana nâumuntu imishyikirano isanzwe. Ijambo âkugendanaâ ryumvikanisha imishyikirano ihoraho. * Hari igitabo gisobanura Bibiliya cyasobanuye uwo murongo kigira kiti âkugendana nâumuntu byumvikanisha kugirana na we ubucuti.â Ese ntiwemera ko […]
Ibintu 3 byâ ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro
Mu gihe cyo gutera akabariro hari ibintu umuntu ashobora gukora atabishaka ahubwo akaza kubyicuza nyuma bikaba byanamutera isoni nâikimwaro bitewe nuko aba yabikoze asa nâuwataye ubwenge kubera ubushake bwinshi. Abenshi iyo bari muri iki gikorwa bihutira kwivana ku nkeke baba batewe nâubushake umubiri wabo uba ufite ,ndetse hari nâabakora ibidakwiye gusa bo batabizi ariko bakabikora […]
Nyarugenge: RRA yafunze amaduka yâ abacuruzi baryozwa miliyoni 800
Umuyobozi wungirije wâakarere ka Nyarugenge ushizwe iterambere ryâubukungu, Nsabimana Vedaste, avuga ko hari amaduka atandukanye ari gufungwa mu gace kâubucuruzi kazwi nka âQuartier Commercialâ na âMateusâ. Arafungwa kugira ngo hishyurwe imisiro nâamahoro byâibirarane, bingana na miliyoni 800FRw. Agira ati âHari abadufitiye ibirarane barimo: abamaze imyaka cyangwa amezi menshi badatanga imisoro nâamahoroâ. Usibye kuba hari abacuruzi […]
Umugore agaburirwa hakoreshejwe umubirikira ngo azahige abandi mu kubyibuha ku isi-AMAFOTO
Monica Riley usanzwe ufite umubyibuho ukabije, yahisemo gushaka kwesa agahigo ko kuba umuntu ubyibushye ku isi aho agaburirwa nâumukunzi we akoresheje umubirikira ngo arusheho kumira nta rutangira. Uyu mugore ngo akomeje kurya amafunguro abyibushya yiganjemo ibikungahaye ku isukari abifashijwemo nâumukunzi we ukomeje kumutiza umurindi ngo kugeza ubwo abaye uwambere ku isi ubyibushye. Gusa nubwo yihaye […]
Burera: Hafashwe imyanzuro yo kurwanya Intagondwa zitwaza Idini rya Islam
Inteko rusange yâAkarere ka Burera yarateranye mu ntangiriro zâiki cyumweru isuzuma ingingo imwe irebana nâumutekano ushobora guhungabanywa nâintagondwa zikingiriza idini ya islam. Umuyobozi wâAkarere ka Burera, Uwambajemariya Florence atangiza inama yibukije akamaro kâumutekano nâuruhare buri wese agomba kugira mu kuwubungabunga. Yavuze ko umutekano uhari mu gihugu hose ko ntabyacitse ariko ko atari ngombwa gutegereza ko […]
Tariki ya 07 Nzeli 1997, Marchal Mobutu yapfuye asize igihugu cye kigurumana
Muri uyu mwaka wâ1997, ubwo Desire Kabila nâabari bamuri inyuma bamushakira ubutegetsi hasi no hejuru bari barakamejeje, Marishali Mobutu we nibwo yatabarutse adasoje urugamba, amaze igihe gito ahunze, aho atabarukiye igihugu cye cyasigaye kigurumana kugeza magingo aya kitarazima. Muri Gicurasi 1997, yahise ajya kwivuza indwara ya kanseri mu gihugu cya Maroc, aza gupfa ndetse ahambwa […]
EACJ: Urubanza Rujugiro Tribert akurikiranyemo guverinoma yâu Rwanda rwasubukuwe
Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert akomeje urugamba rwo gusubirana imitungo ye yafatiriwe na guverinoma yâu Rwanda, aho kuri uyu wa kabiri urukiko rwâumuryango wa Afurika yâIburasirazuba rwâUbutabera (EACJ) rwatangiye kumva imiterere yâikirego Rujugiro yarushyikirije arega guverinoma yâu Rwanda gufatira imitungo ye mu buryo bunyuranyije nâamategeko nyuma yo kujurira kwe ubwo yatsindwaga mbere. Ibi bikaba bije bikurikira […]
Leilla, umukobwa uba i Bujumbura akaba ashaka umukunzi
Ndi umukobwa muremure muto muto atari cane inzobe idakabije ndumunyeshure mba i Bujumbura ndumurundi kazi nkaba naje hano kwururubuga kuraba ko nobona amahirwe yokuronka King of my heart ariwe umukunzi. Nshaka umukunzi wâumusore muremure mutomuto atari cane wigikara yubaha abantu bose atakuvangura nawe akiyubaha akongera akiyubahisha, abe yitonda adakunda ibirori cane. Yiyizi azi nâagaciro ke […]
Gabon: Aubameyang ngo yatumye ikipe yâigihugu itsindwa yerekana ko ari inyuma ya Bongo
Umusore umaze kumenyekana mu mukino wa Ruhago mu ikipe ya Borussia Dortmund, aravugwaho kuba yaragize uruhare mu gutsindwa kwâikipe yâigihugu ya ruhago mu rwego rwo kugaragaza ko ashyigikiye perezida wa Gabon Omar Bongo, ari naho uyu musore akomoka. Ni mu mukino wahuje ikipe yâigihugu ya Gabon na Sudan ubwo bahataniraga itike yo kujya mu gikombe […]
FDLR yahaye imbabazi abitandukanyije nayo ibasaba kugaruka bitarenze itariki ya 30 Nzeri
Umuyobozi wâingabo za FDLR-FOCA aratangaza ko abahoze muri uyu mutwe baherutse kwitandukanya nawo bagashinga umutwe wabo bahawe imbabazi bakaba bahawe kugeza mu mpera zâuku kwezi bamaze kugaruka muri FOCA. Amakuru yo gucikamo ibice kwâuyu mutwe urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda ukorera mu burasirazuba bwa Congo yamenyekanye mu ntangiriro za Kamena 2016, yavugaga ko umwanzuro wafashwe nyuma […]
Perezida Kagame i Nairobi aho yitabiriye AGRF 2016
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umukuru wâigihugu yerekeje mu gihugu cya Kenya aho yitabiriye ihuriro ku mpinduramatwara mu by’ubuhinzi butangiza ibidukikije muri Afrika Africa Green Revolution Forum , AGRF 2016. Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame ni umwe mu bari butange ibiganiro muri iyi nama ahagana mu ma saa cyenda ku isaha ya hano […]
Lupita Nyong'o yerekaniye umukunzi we mu gihugu cye cyâamavuko
Lupita Nyong’o ukomoka muri Kenya akaba asanzwe akinira Filme muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaje mu gihugu cye kwerekana umukunzi. Ni nyuma yâigihe kitari gito uyu mukobwa asabwe nâabatari bake ko yazabereka umukunzi we bigakura abantu mu gihirahiro niba koko atari umutinganyi nkuko bamwe babicyekaga. Uyu mukobwa yerekanye umukunzi we bivugwa ko akomoka mu […]
U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro wâindabo bohereza mu mahanga
U Rwanda rufite gahunda yo kuzamura umusaruro wâindabyo bohereza mu mahanga bitarenze uyu mwaka nyuma yo gutunganya ahantu hatunganirizwa indabyo mu gace ka Gishari mu karere ka Rwamagana. Hategekimana Emmanuel umunyamabanga wa Leta muri minisiteri yâubucuruzi nâinganda niwe watangaje ibi, by’umwihariko ibi bikazafasha u Rwanda kubona amafaranga yâamanyamahanga rukoresha rutumiza ibicuruzwa bitaboneka mu gihugu, izi […]
E.U irashinjwa gukoresha Abajanjaweed bo muri Sudani mu gukumira abimukira
Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi urahakana guha inkunga iyo ari yo yose umutwe wa RSF (Rapid Support Forces) wamenyekanye cyane ufite abarwanyi bitwa Janjaweed ngo ubafashe guhagarika abimukira mu Burayi binyuranyije nâamategeko, ahubwo wemera ko ushyigikiye ubushake bwa Sudani bwo kurwanya abimukira banyuranyije nâamategeko nâubucuruzi bwâabantu. Umutwe wa RSF uzwi cyane nkâumutwe wâAbajanjaweed, ubusanzwe washinzwe na […]
Gasasira Gaspard wahoze ari umunyamakuru yatabarutse
Gasasira Gaspard wakoreraga Komisiyo yâIgihugu ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG), yapfuye mu masaya ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Nzeri 2016, ibyâurupfu rwe bikaba bikiri amayobera kuko yapfuye mu gihe yiteguraga kujya ku kazi. Gasasira Gaspard yabyutse mu masaha ya mu gitondo agiye kwitegura kujya ku kazi, yicara iwe mu rugo bigaragara […]
Ikinamico: Hon. Agathon Rwasa arwanya ate Leta akorera?
Nta opozisiyo iri mu Burundi, kimwe nâ andi mashyaka ari ku ngoma muri Afurika CNDD/FDD ntiyifuza umuntu uyivuguruza niyo mpamvu iri shyaka ryishingiye opozisiyo ryifuza kandi yumvira amatwara nâ amahame nshingiro agomba kugenderwaho mu kuyobora igihugu. Iyo myitwarire ya CNDD/FDD rero yasenye opozisiyo ya politiki mu Burundi ndetse inakumira ibiganiro mpaka bya politiki ishingiye kuri […]
Hari impungenge zâuko Ingagi zishobora gucika ku Isi
Abashinzwe gusigasira inyamanswa zo muri pariki mu Rwanda baratangaza ko bafite icyizere cyâuko umubare wâIngagi uzakomeza kwiyongera mu gihugu nubwo hakomeje kugaragazwa impungenge zâuko izi nyamanswa zishobora gucika kwâisi vuba aha. Ihuriro mpuzamahanga ryâabashinzwe kubungabunga ibidukikije bagaragaje ukuntu amoko amwe yâinyamanswa byâumwihariko Ingagi, agenda agabanyuka bikabije ku isi. Nkâuko raporo yashyizwe ahagaragaramuri kongere ya World […]
Kuki Ruganzu Ndoli yakuyemo imyenda ubwo yamenyaga ko umugabo wa nyirasenge ashaka kumwica?
Ruganzu II Ndoli umwami wayoboye u Rwanda mu bihe bigoye, birimo no gushaka kwicwa ariko ntibyagerwaho ahungishirizwa kwa nyirasenge Nyabunyana i Karagwe. Ndahiro Cyamatare cya Yuhi Gahima ka Mibambwe Mutabazi abonye ko bene se wabo bagiye kumuvana ku ngoma, ni bwo yigiriye inama yo guhungisha umuhungu we kugirango batazamwica azabone uko yima ingoma. Mu gihe […]
Abanyamakuru nâabanyapolitiki baganiriye uko banoza imikoranire aho guhangana
Abanyapolitiki n’abanyamakuru bo mu Rwanda basanga nta nâumwe ukwiye gushyira inyungu ze imbere ahubwo batahiriza umugozi umwe bagamije kubaka igihugu. Ibi bakaba babiganiriyeho ubwo izi mpande zombie zagiranaga ibiganiro kuri uyu wa 06 Nzeri hagamijwe kwiga uko inkuru za politiki zajya zikorwa kinyamwuga. Umuvugizi w’ihuriro ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda, madamu Mukabunani Christine, yatangaje […]
CNLG yatangiye ibarura ry'abarokotse jenoside bakeneye ubufasha bwihutirwa
Komisiyo yâigihugu yo kurwanya jenoside (CNLG) ifatanyije nâindi miryango, kuri uyu wa kabiri batangije ibarura kugirango hamenyekane abarokotse jenoside batishoboye bacyeneye ubufasha bwigutirwa. Iki gikorwa cyatangiranye nâingo zâabarokotse jenoside zirenga 70 zo mu midugudu 6 yo mu karere ka Rusizi ndetse bigakomereza mu turere twa Rulindo, Gatsibo, Nyagatare, Kayonza, Rwamagana na Bugesera. James Nzirimo, ushinzwe […]
Mu Mugezi wa Rusizi hatoraguwe imirambo yâabantu babiri bishwe bajugunywamo
Mu Mugezi wa Rusizi, mu birometero nka 5 uvuye mu Ntara ya Cibitoke ho mu majyaruguru yâuburengerazuba bwâu Burundi, hatowe imirambo ibiri yâabantu bishwe bajugunywamo. Iyi mirambo, uwâumugabo nâuwâumugore, yasanzwe mu mugezi wa Rusizi ku ruhande rwa Segiteri Rusiga, muri Komini ya Rugombo. Nkâuko byatangajwe na SOS MĂ©dias Burundi , ngo ni abahinzi bakorera ku […]
Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana
Bamwe muri aba bahanzi bagiye bicwa muri jenoside abandi bicwa nâ idwara ariko kugeza magingo aya ibihangano byabo birabavugira, n’ubwo hatangajwe 11 si uko aribo gusa batabarutse ibihangano byabo bikaba bikiri mu mitwe ya benshi. 1.Kagambage Alexandre: Uyu muhanzi yagaragaje ubuhanga mu njyana nyarwanda ibyo byatumye aba ikirangirire anatumirwa cyane mu mihango yâ ubukwe. 2.Sebanani […]
Gusangira amakuru bizaca ihohoterwa rishingiye ku gitsina- Komiseri Nyamwasa
Umuyobozi wa Kigali Forensic Laboratory, Commissioner of Police (CP) Dr Daniel Nyamwasa yabwiye abaturage bâumurenge wa Kinyinya, mu karere ka Gasabo ko, bumwe mu buryo bwo gukumira ndetse no kuzarandura mu minsi iri imbere ihohoterwa rishingiye ku gitsina nâirikorerwa mu ngo, ari ugusangira no guhanahana amakuru nâinzego zishinzwe umutekano ndetse nâinzego zâibanze. Yatanze ubu butumwa […]
Kuki Opozisiyo Nyarwanda yagiye ishimangira ko nta Muhutu ugira ijambo mu gihugu?
Kuva Abakoloni baza mu Rwanda ndetse na nyuma yâ aho ubwo rwabonaga ubwigenge iturufu yâ ubwoko nâ uturere byagiye bihabwa intebe kuko nibyo byagaburaga. Ibyo rero byabaye umurage kuko, iki kibazo cyâ ivanguramoko cyatumye igihugu gihura nâ icuraburindi hafi yo kuzima dore ko na nyuma ya jenoside Loni yari ifite umugambi wo gufata u Rwanda […]
Abanyarwanda bari bafite amoko 18, yaje guhinduka 3 ate?
Andi moko avugwa(Abahutu , Abatutsi nâ Abatwa ) yatangiye kuvugwa cyane mu gihe cyâabakoloni kuko Abashakashatsi batandukanye bananiwe kwerekana amoko yâ ukuri yâ abanyarwanda kugeza nâ aho bamwe bakurikije imibereho yâAbanyarwanda mu bijyanye nâ imitungo; baza kwanzura ko umutunzi wâ inka nyinshi ari umututsi, naho ugihakwa agishakisha amaboko akitwa umuhutu byumvikane ko umutwa yibagiranye. Â […]