France: Uwagiye gushinjura Capt. Pascal Simbikangwa yarushijeho kumuta mu mazi abira
Mu rubanza rw’ubujurire rwa Capt. Pascal Simbikangwa mu Bufaransa, umutangabuhamya yagize atya arushaho kumushinja azi ko arimo kumurenganura ubwo yavugaga ukuntu muri jenoside yamurokoye inshuro 3 zose bikaba byarushijeho gushimangira ububasha uyu mugabo ushinjwa uruhare muri jenoside yari afite icyo gihe nubwo yakunze kuburana avuga ko nta bushobozi yari afite. [ad id=”44145″] Pascal Simbikangwa, wahoze […]
Umubano wa Obama na Angel Markel washoboraga gutera umugore we gufuha (AMAFOTO)
[ad id=”44145″] Abakurikiranira hafi ibihe byiza byiza byaranze perezida w’Amerika n’igikomangoma cy’Ubudage Angel Markel bemeza ko uburyo aba banyapolitiki bagiye bagirana urugwiro byashoboraga gutera Michelle Obama gufuha iyo ataza kuba afuha nk’abandi bagore. Barack Obama mu ruzinduko aherutsemo mu Budage nka perezida w’Amerika, Obama yatangaje amagambo yo gutaka igikomangoma cy’Ubudage agaragaza ko ari inshuti z’akadasohoka […]
Wema Sepetu mu buriri asomana n’umusore- REBA AMAFOTO
Wema Sepetu, umukobwa ukomoka muri Tanzania wamenyekanye cyane ubwo yari mu rukundo n’umuhanzi Diamond, kuri ubu yongeye kuvugwaho byinshi kubera video arimo ari mu buriri asomana n’umusore. Ibinyamakuru byo muri Tanzania bitangaza ko umusore wasomanaga n’uyu mukobwa ari uwitwa Kalisah, bikagaragara ko ibyo bakoraga byose bari mu buriri. Sepetu akaba yongeye kugaragara ari mu munyenga […]
Tanzania: Umuhanzi TID aravuga ko umuziki wabo umaze kwangirika
Umuhanzi TID umaze igihe mu muziki wo mu gihugu cya Tanzania (Bongoflava), aravuga ko uyu muziki wataye indangagaciro zawo bitewe n’abahanzi baza bigana injyana zo mu bindi bihugu. [ad id=”44145″] Ubwo yagiranaga ikiganiro na Radio EFM kuri uyu wa Kane, TID yavuze ko ubusanzwe Bongoflava yari ishingiye ku ruvange rwa hip hop na RnB. TID […]
Leta y’u Burundi yongeye gutungwa agatoki ko yica ikanabangamira abarwanya Leta
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu, wasohoye icyegeranyo nyuma y’ubushakashatsi bw’imyaka ibiri wakoze, kigaragaza ko Leta y’u Burundi ikora iyicarubozo ku batavuga rumwe nayo, icyo bo bita ko ari ibimenyetso bya jenoside. Aba bashakashatsi ba HRW bavuga kandi ko buri wese ucyekwaho gukorana n’abarwanya Leta, afatwa akagirirwa nabi n’ubutegetsi buriho mu Burundi. [ad id=”44145″] Iki cyegeranyo […]
NEP/Kora wigire: Uturere tutarubaka udukiriro twasabwe kubikora bwangu
Mu muhango wo gutanga impamyabumenyi ku bahawe amahugurwa n’ibihembo ku barushije abandi gushyira mu bikorwa gahunda ya NEP/kora wigire wabereye kuri sitade amahoro kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2016 uyobowe na Minisitiri w’intebe Anastase Murekezi, yasabye urubyiruko kwitabira kwikorera anasaba uturere gushyira ingufu mu bikorwa bifasha abantu kwihangira imirimo. Gahunda ya NEP/Kora Wigire yatangijwe mu […]
New York: Abaturage basibye amazina ya Trump ku nyubako zose mu mujyi
Nyuma y’iminsi micye Donald Trump atorewe kuyobora Amerika, mu mujyi wa New York abaturage bamaze gusiba amazina yose ya Donald Trump ku nzu iyo ariyo yose yari iriho ayo mazina mu mujyi. [ad id=”44145″] Nk’uko bitangazwa na bimwe mu bitangazamakuru byo muri Amerika, ngo ibi byakozwe mu buryo bw’imyigaragambyo kuko banahereye ku nyubako za Trump […]
Abanyarwanda 34 bagiye gushaka inka yabo yibwe ikajyanwa muri Congo bagaruwe amara masa
Ubuyobozi bushinzwe abinjira n’abasohoka mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kuri uyu wa Kane bwahambirije Abanyarwanda 34 bavugwaho kuba barambutse umupaka mu minsi 4 yabanje mu buryo bunyuranyije n’amategeko. [ad id=”44145″] Nyuma yo kuvumburwa n’inzego z’umutekano za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aba Banyarwanda bahise bashyikirizwa uru rwego rushinzwe abinjira n’abasohoka hari na bamwe mu bakozi […]
Tour du Rwanda 2016 Etape ya 5 ntiyagendekeye neza abanyarwanda
[ad id=”44145″] Urugendo ruva mu Karere ka Muhanga rwerekeza I Musanze rwashoje abanya-Eritrea basize abanyarwanda, Eyob Medkel yabashije kugabanya ibihe yasigwaga na Valens Ndayisenga ibintu bitanamunejeje n’ubwo bose bakinana mu ikipe imwe ya Dimension Data yo muri Afrika y’Epfo. Urugendo rwaturukaga Muhanga rwerekeza I Musanze rufite ibirometero 125 na metero 800, muri uyu muhanda umunya […]
Ibitaro byitiriwe Umwami Faysal byahawe igihembo cy'imitangire myiza ya serivisi
Ikigo gishinzwe gutanga ibihembo hagendewe ku mikorere y’ibitaro COHSASA, gikorera muri Afurika y’Epfo cyahaye igihembo Ibitaro byitiriwe umwami Faisal kubera imitangire myiza ya serivisi bitanga nubwo abakigana basanga hari serivisi zikwiriye kunozwa kurushaho. [ad id=”44145″] Abagana ibitaro byitiriwe umwami Faisal bikorera mu Mujyi wa Kigali bashimira serivise bahabwa ariko bagasanga hari ibikwiye kwitabwaho kugira ngo […]
Amerika irasabira Sudani y’Epfo kubuzwa kugura intwaro u Burusiya ntibubikozwe
Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa kane zakwirakwije mu banyamuryango 15 bagize Akanama k’Umutekano ka Loni umushinga w’umwanzuro usabira Sudani y’Epfo gufatirwa ibihano mu bijyanye no kugura intwaro mu gihe umuyobozi muri Loni aherutse no gutangaza ko muri iki gihugu hashobora kwaduka ubwicanyi bushingiye ku moko cyangwa se jenoside. [ad id=”44145″] Amakimbirane ya […]
Haravugwa ubucukike mu magereza yo mu Rwanda, MINIJUST ifite umuti
RCS ntiyiyumvisha impamvu imfungwa n’abagororwa biyongera aho kugabanuka, Inkiko ziravuga ko ahubwo hari n’abandi bagomba gufungwa, Minisiteri y’ubutabera niyo ifite umuti witezweho kurandura ubu bucukike. Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa ruravuga ko kuri ubu mu magereza hari ubucukike mu gihe rwizeraga ko ubu bucukike bwakabaye ahubwo buri gushira, Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yo ivuga ko impamvu […]
Mozambique: Abasaga 73 bahitanywe n’inkongi y’umuriro
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 4 tariki ya 17 Ugushyingo 2016, abaturage basaga 73 bo mu gace ka Caphiridzange muri leta ya Mozambique bahitanywe n’inkongi y’umuriro mu gihe abasaga 100 bakomerekeyemo bikabije. [ad id=”44145″] Nk’uko bitangazwa na BBC, ngo iyi nkongi yatewe n’imodoka yari itwaye ibitoro yafashwe n’inkongi na nubu abantu bataravuga rumwe ku […]
Malawi: Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri Jenoside yahaye ruswa Polisi iramurekura
Polisi yo muri leta ya Malawi irashinjwa guta muri yombi umuntu ufite inkomoko yo mu Rwanda ukekwaho kuba yaranakoze Jenoside yo mu 1994, yarangiza agahindura amazina ku byangombwa bimuranga mu buryo bwo kwiyoberanya yarangiza ikamurekura nyuma y’uko uyu mugabo ayihaye ruswa. [ad id=”44145″] Nk’uko byatangajwe na Senior Assistant Commissioner of Police (SACP) Emmanuel Soko, ngo […]
Ruhwa: Abapolisi b’Abanyarwanda n’Abarundi bari bakozanyijeho habura gato
Urujya n’uruza ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda ahazwi nko ku Ruhwa, kuva kuri uyu wa Gatatu nta muntu wari wemerewe kuhakoresha ajya cyangwa ava mu Burundi cyangwa mu Rwanda nyuma y’aho abapolisi b’ibihugu byombi baherutse kugirana ubwumvikane bucye ndetse bagashaka gukozanyaho. [ad id=”44145″] Intandaro y’uku kutumvikana hagati y’abapolisi b’Abarundi n’aba Banyarwanda bacunze imipaka ngo […]
Abakurikiye amahugurwa ku Masezerano ya Kigali yo gutabara abasivile mu ntambara bahakuye imihigo mishya
Amahugurwa Mpuzamahanga ajyanye no gushyira mu bikorwa amasezerano ya Kigali ku gutabara abasivile mu ntambara yashojwe kuri uyu wa Gatatu mu Ishuri ry’u Rwanda ryigisha amahoro riherereye mu karere ka Musanze. Aya mahugurwa yari amaze icyumweru yitabiriwe n’abasirikare, abapolisi n’abasivile bose hamwe 36 baturutse mu bihugu 14 harimo ibyo ku mugabane w’Afurika kongeraho Amerika hamwe […]
U Butaliyani: Birakekwa ko Abimukira basaga 100 bapfuye nyuma y’aho ubwato bwabo burohamye
Abimukira 6 bapfuye mu gihe abasaga 100 baburiwe irengero hakaba hakekwa ko nabo bapfuye nyuma y’uko ubwato barimo burohamiye mu Nyanja ya Mediterane kuri uyu wa kane nk’uko byatangajwe na perezida w’ishami ry’Abaganga batagira umupaka (MSF) mu Butaliyani. [ad id=”44145″] Ubwato bw’igisirikare cyo mu mazi cy’u Bwongereza bwabashije gutabara abantu 27 ndetse bubona imirambo 6 […]
Rwamagana: Mu mezi abiri hafashwe ibiyobyabwenge birimo ibiro 115 by’urumogi
Kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2016 nibwo ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana n’abaturage batuye muri aka karere bakoze igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge byafashwe mu gihe cy’amezi abiri, hanatangirwa ubutumwa bwo guhwitura abaturage Ibiyobyabwenge byangijwe birimo ibiro 115 by’urumogi na litiro 160 za Kanyanga. Icyo gikorwa kitabiriwe na Polisi y’u Rwanda, abayobozi b’inzego z’ibanze , Urwego rw’Ubushinjacyaha […]
Kamonyi: Batatu bafatanywe ibihumbi 20 by'amafaranga y'u Rwanda y’amiganano
Hangimana Pancras w’imyaka 29, Mutabazi Innocent w’imyaka 34 na Nkuruzino w’imyaka 29 bafatiwe mu kagari ka Rugarama, umurenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi ku italiki 15 Ugushyingo, bafite ibihumbi 20,000 by’amafaranga y’u Rwanda y’amiganano. [ad id=”44145″] Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Amajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) AndrĂ© Hakizimana yavuze ko aba […]
U Burundi mu nzira yo guhindura Itegekonshinga Nkurunziza agategeka ubuzima bwe bwose
Mu gihe hashize iminsi mike bitangajwe ko hari inama yabaye mu mwaka wa 2014, yika ukuntu perezida Nkurunziza yazaguma ku butegetsi kugeza igihe azumva arambiwe, ubu Leta y’u Burundi irimo kwiga uburyo itegekonshinga ryahindurwa. Mu nama Perezida Nkurunziza yagiranye n’Abaminisitiri ku wa Gatatu tariki ya 16 Ugushyingo 2016, bagarutse cyane ku kwiga ku ikipe igomba […]
Gicumbi: Abanyeshuli bimwe ibiryo kandi bagomba gukora ikizamini cya Leta
Mu karere ka Gicumbi, abanyeshuli 101 bo mu kigo cy’amashuli yisumbuye cya Kageyo bari bari mu bizamini bisoza amashuli 6 yisumbuye, bavuze ko barajwe ubusa mu ijoro ryo ku wa 16 Ugushyingo kandi bwari bucye bakora ibizamini. Uretse kuburazwa aba banyeshuli banavuga ko bunacyeye ku wa Kane mu gitondo nabwo babujijwe kunywa igikoma, bakavuga ko […]