“Yahya Jammeh ubwe yari azi ko yarangiye” Adama Barrow
Ese waba ujya utekereza ko uzigera ukenera inama za Jammeh? Ese mwaba muteganya kugeza Yahya Jammeh imbere y’ubutabera ?, Mwaba muzi aho Yahya Jammeh aherereye magingo aya kandi mwatubwira niba mwibaza ko adateganya guhunga igihugu? Hari abantu benshi bafungiye impamvu za politiki mu ma gereza. Muteganya kubarekura ryari, mu buhe buryo? Ibyo ni bimwe mu […]
Polisi yafashe ibyuma by’imodoka bya Rwf 24,000,000 byibwe NPD – COTRACO
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyarugenge yafashe ibyuma by’imodoka bifite agaciro ka Miliyoni 24 z’amafaranga y’u Rwanda byibwe Kompanyi ikora imirimo y’Ubwubatsi yitwa NPD- COTRACO. [ad id=”44145″] Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu yavuze ko ibyo byuma bya Actos Benz byafatiwe mu nzu y’uwitwa Ndayizeye […]
Moustapha na Shasir bafashije Rayon sport gukomeza kubaka amateka
Mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona wahuje ikipe ya Rayon sport n’Amagaju i Nyagisenyi, Ikipe y’i Nyanza yakomeje kwigaragaza nk’ikipe ifite gahunda muri uyu mwaka w’imikino itsinda Amagaju mu buryo bworoshye inakomeza guca uduhigo muri uyu mwaka w’imikino wa 2016/2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikipe ya Rayon sport yari yaruhukije abakinnyi barimo Nshuti Savio na Imanishimwe […]
Umutoza wa Police Fc arashinja abakinnyi be kwirara bigatuma atakaza amanota
Mu mukino wahuje ikipe ya Police Fc ndetse na Kirehe Fc kuri uyu wa gatandatu tariki ya 3 Ukuboza 2016, umutoza w’ikipe ya police Fc Seninga Innocent yashinje abakinnyi be kwirara bigatuma ikipe ya Kirehe Fc ibasha kwishyura igitego kimwe yari yamaze gutsindwa mu gice cya mbere cy’umukino bityo bakagabana amanota . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu […]
Amerika: Ushinzwe uburezi ngo ashaka ihinduramatwara ridasanzwe mu kwamamaza ubwami bw’Imana mu burezi
Umuyobozi ushinzwe amashuri muri Guverinoma nshya y’Amerika, Betsy DeVos ngo yizeye ko iterambere mu myigire rigomba no kuzibanda ku guteza imbere iyobokamana no kwamamaza ubwami bw’Imana buvugwa muri Bibiliya. [ad id=”44145″] Mu kiganiro n’itangzamakuru, uyu mugore yatangaje ko azatanga za Miliyoni z’Amadolari mu kuzamura amashuri yigenga ndetse n’amashuri y’ibijyanye n’iyobokamana cyangwa ibigo by’amashuri bishingiye ku […]
Amafoto: Perezida Kagame na madamu bifatanyije n’abana 200 mu munsi mukuru wo gusoza umwaka
Perezida Kagame na madamu we kuri iki Cyumweru bifatanyije n’abana babarirwa muri 200 baturutse hirya no hino mu gihugu mu munsi mukuru babateguriye wo gusoza umwaka wabereye muri Village Urugwiro. [ad id=”44145″] Uyu munsi mukuru ngo ukaba wagenewe Abana b’Abanyarwanda ngo basangire banarusheho gukomeza kugaragarizanya urukundo nk’uko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa madamu Jeannette […]
“Ntiwagira ubuzima bwiza udafite abaganga beza” PM Murekezi
Minisitiri w’intebe asoza itorero ry’abakora mu buzima “ Impeshakurama ” bari bajyanwemo bitewe n’imikorere mibi yabasabye kuzamura imibereho myiza y’Abanyarwanda mu Cyerekezo 2020, urwego rw’Ubuzima rukitabwaho ku buryo bw’umwihariko Nk’intumwa ya Perezida Kagame wagombaga gusoza iri torero, Minisitiri w’Intebe yibukije aba baganga ko ubuzima bwiza bw’Abanyarwanda ari ryo terambere ry’u Rwanda ndetse n’isi yose muri […]
Nyuma yo kurusimbuka, ubu Willy Nyamitwe arimo kurya ubuzima
Ku wa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2016, nibwo Willy Nyamitwe, ushinzwe itangazamakuru muri perezidansi y’u Burundi yatezwe ataha n’abashaka kumwica. Nyuma y’iminsi igera kuri 6 ibi bibaye yashyize ifoto ye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uburyo arimo kwishimisha nyuma y’icyumweru kimwe bashatse kumuhitana. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Nyamitwe yagize ati: “ikicyumweru kimwe bashatse […]
Rulindo: Abafite abana bafite ubumuga basabwe kutabaheza mu nzu bakareka bakiga
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 03/12/2016 mu Karere ka Rulindo Umurenge wa Kinihira habaye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga. Muri ibyo birori Umuyobozi w’Akarere wungirije Ushinzwe Imibereho myiza yasabye abayeyi babyaye abana bafite ubumuga kutabafungirana mu mazu, ahubwo bakumva ko nabo bashoboye, bakabohereza kwiga nk’abandi bana bose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ijambo rye, […]
Inshuti za Sekibi, izina Tom Ndahiro yise abari abayobozi b’Ubufaransa 1994
Mu gihe bishimangirwa ko Ubufaransa bwagize uruhare rugaragara muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umushakashatsi kuri jenoside, Tom Ndahiro avuga ko mu bo yashatse kwita inshuti za Sekibi harimo n’abayobozi b’u Bufaransa bicyo gihe cya jenoside. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo yari umutumirwa kuri BBC, mu kiganiro imvo n’Imvano, umunyamakuru yabajije Tom Ndahiro ati: “Tom Ndahiro wanditse […]
Burundi: Ambasade ya Amerika yikanze ibitero by’iterabwoba
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burundi yaburiye abaturage bazo baba mu Burundi ibabwira ko imitwe y’iterabwoba ikorera mu karere ikomeje ibikorwa byayo kandi ishaka kugaba ibitero ku nyungu zazo ndetse n’iz’ibindi bihugu by’I Burayi biri mu Burundi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi ambasade yatangaje ko yabonye amakuru yizewe avuga ko ibi bikorwa by’iterabwoba bishobora […]
Kigali: Ubuyobozi busanga inzego zifite imiturire mu nshingano zikwiye korohereza abashaka kubaka
Mu nama iheruka muri iki cyumweru dusoje y’abayobozi batandukanye mu mujyi wa Kigali ndetse n’abafatanyabikorwa bawo, basabye ko ibigo bifite ibyangombwa by’imiturire mu mujyi mu nshingano zabyo bikwiye korohereza abashoramari ku bijyanye no kubona ibyangombwa byo kubaka kuko kuba bikigoye bigira ingaruka nyinshi ku mujyi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyi nama, byagaragaye ko ibigo birimo WASAC, […]
Abafite ubumuga barasaba ko insimburangingo zatangwa hakoreshejwe mituweli
Mu birori byo kwizihiza ku rwego rw’igihugu umunsi mukuru mpuzamahanga ngarukamwaka w’abafite ubumuga wabaye kuri uyu wa 3 Ukuboza 2016 mu karere ka Rwamagana; abafite ubumuga bagarutse ku mbogamizi bahura na zo buri munsi banasaba ko bafashwa kubona insimburangingo n’inyunganirangingo hakoreshejwe ubwisungane mu kwivuza buzwi nka mituweli. Zimwe mu mbogamizi ababana n’ubumuga bagihura nazo harimo […]
Mama Eminante mu maboko ya polisi ashinjwa kwakira ruswa
Umunyamakuru akaba n’umushyushyabirori (MC) Mugabushaka Jeanne de Chantal, uzwi cyane ku izina rya Maman Eminante, amaze iminsi mu maboko ya polisi akurikiranyweho icyaha cya ruswa, ndetse yamaze no gukorerwa dosiye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Biravugwa ko Eminante yatawe muri yombi na Polisi ikorera mu karere ka Gasabo akurikiranyweho icyaha cyo kwaka amafaranga abanyamadini abizeza kubashakira ibyangombwa mu […]
Cuba: Fidel Castro yasize asabye ko nta kibumbano kizazamurwa mu izina rye
Guverinoma ya Cuba izubahiriza icyifuzo Fidel Castro yasize mbere yo gutabaruka cy’uko nta kibumbano cye kigomba kuzamurwa mu rwego rwo kumuha icyubahiro cyangwa ngo hagire umuhanda umwitirirwa nk’uko byatangajwe na murumuna we, perezida Raul Castro kuri uyu wa Gatandatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi perezida Raul Castro akaba yabitangarije imbaga y’abaturage ubwo bwari gucya Fidel Castro aherekezwa […]
Burundi: Willy Nyamitwe yavuguruje ibyavuzwe ku Rwanda
Umujyanama wa perezida w’u Burundi akaba n’umuvugizi we uherutse kurusimbuka ubwo yategwaga n’abashakaga kumwica yatangaje ko abagerageje kumwivugana atari u Rwanda ahubwo ari abatorejwe mu Rwanda Byari byatangajwe n’u Burundi ko u Rwanda ari rwo rwagerageje kwica Nyamitwe, kuri ubu uyu mugabo yavuguruje ibi atangaza ko ari Abarundi bene wabo barimo ababa mu nkambi zo […]
Tanzaniya: Kuba mu miryango myinshi biri kugora amahitamo ya Magufuli
Igihugu cya Tanzaniya cyabuze amahitamo nyuma y’uko Perezida wa Chadi asabye Magufuli gushyigikira umukandida watanzwe na Chadi ku mwanya w’umuyobozi wa AU mu gihe umuryango w’Afurika y’uburasirazuba wamaze kwiyemeza kuzashyigikira umukandida watanzwe na Kenya Mu ruzinduko perezida Idriss Deby wa Chadi yagiriye muri Tanzaniya ku wa kane yasabye perezida Magufuli wa Tanzaniya gushyigikira Moussa Faki […]
Ethiopia: Guverinoma yafunze ibiro byose by’umutwe wa Riek Machar biri Addis Abeba
Guverinoma ya Ethiopia yemeye kubahiriza ubusabe bwa guverinoma ya Sudani y’Epfo bwo gufunga ibiro byose biri Addis Abeba by’umutwe wa SPLA-IO uyoborwa na Dr Riek Machar. “ Imibanire yacu n’ibihugu byo mu karere iragenda irushaho kumera neza. Uruzinduko rwa visi perezida wa mbere, Gen. Taban Deng Gai, rwagaragaje iterambere mu mibanire n’ibihugu by’ibituranyi. Ubungubu, Ethiopia […]
U Bufaransa: Umunyarwanda Simbikangwa Pascal yongeye gukatirwa igifungo cy'imyaka 25
Umunyarwanda Pascal Simbikangwa waburanishwaga n’urukiko rw’ibanze rwo mu gihugu cy’u Bufaransa yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 ku byaha ashinjwa byo kugira uruhare muri Jenoside yo muri Mata 1994 mu Rwanda nyuma y’uko nubundi yari yahawe iki gihano n’urukiko rw’i Paris ariko we akajurira kuko yahakanaga ibyo aregwa. [ad id=”44145″] ku itariki ya 3 Ugushyingo 2016, nibwo […]
Nyarugenge: Batanu bafatanywe ikiyobyabwenge cya heroine
Ku itariki ya 2 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge yafashe abagabo babiri n’abagore batatu bakekwaho gucuruza ikiyobyabwenge cya Heroine. Abafashwe ni Nikuze Chantal w’imyaka 26 wafatanywe udupfunyika 5 twa heroine, Kamondo Eric alias Panshi w’imyaka 42 wafatanywe udupfunyika 4, Mukarugwiza Afisa w’imyaka 27 wafatanywe udupfunyika 04 , Mukabuduwe Zahal w’imyaka 28 […]