Intara y'Amajyaruguru yeretse abashyitsi baturutse mu Bushinwa aho bashora imari
Kuri uyu wa kabiri, itariki 20 Ukuboza 2016, Madamu Lin Danjun, Umuyobozi Wungirije w’Umujyi wa Jinhua, wo mu Intara ya Zhejiang mu Gihugu cy’u Bushinwa, n’itsinda yari ayoboye, basuye Intara y’Amajyaruguru, by’umwihariko Ishuri Rikuru rya Musanze Polytechnic, riherereye mu Murenge wa Nkotsi, Akarere ka Musanze. Yakira abagize iri tsinda ryaturutse mu Gihugu cy’u Bushinwa, Guverineri […]
Umukinnyi warokotse mu ndege burya ni Umukirisitu, Menya igitabo cya Bibiliya yari ahugiyeho
Umukinnyi w’ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil iherutse gukora impanuka y’indege akarokoka ari umwe burya ngo yari ahugiye mu gusoma Bibiliya, umufashe we yemeje ko uyu mugabo n’ubusanzwe ari umukirisitu wizera Imana cyane, ibi byanashimangiwe n’uko ubwo uyu mugabo yarokorwaga yasanganywe igitabo cya Bibiliya irambuye mu gitabo cya Zaburi ya 63. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Zaburi […]
Urwenya: Joriji bamubajije ko Yesu azagaruka, asubiza agira ati: “Agarutse yaba ashaka kwiyahura”
Joriji wigiraga batisimu yagiye ku bazwa ngo padiri arebe ko yumvise ibyo ivanjili na Kiliziya bamubwira. Padiri ati ese Nyina wa Yezu yitwa nde? Ati ariko se ndaba ntazi nyoko uri umunyarwanda mwene wacu nkamenya nyina wa yezu w’umuzungu? [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Padiri ntiyacika intege ati :”ese Yezu azagaruka?” joriji ati ”padi, niba ibyo watubwiye bamukoreye […]
FIFA yashyizeho mu bihano ibihugu byiganjemo ibyo muri EAC
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryatangaje ibihano n’amande ku bihugu bitandukanye bitewe n’imyitwarire yabyo mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’isi kizaba mu mwaka wa 2018. Ibihugu byo mu karere k’Afurika y’Uburasirazuba nka Uganda, Kenya, Burundi, na Sudani y’Epfo byahanwe ibihano bigizwe n’amande y’amafaranga bigomba gutanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Itangazo rya FIFA […]
Amafoto 10 y’igipolisi cy’u Burundi yagiye avugisha benshi amangambure
Kuva aho ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi ritanze Perezida Nkurunziza nk’umukandida waryo uzarihagararira mu matora y’umukuru w’igihugu ndetse nawe akabyemera, nibwo imyigaragambyo yatangiye kuvuza ubuhuha muri iki gihugu, bamwe bamwamagana ko yakoze ibihabanye n’ibikubiye n’Itegekonshinga. Muri Mata 2015, nibwo imvururu zatangiye, abapolisi batangira kwirara muri abo bigaragambyaga, ugasanga umupolisi arimo kurasa umuturage […]
Uganda: Umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka yirukanwe mu gisirikare
Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2016 mu gihugu cya Uganda nibwo radio yatangaje iyirukanwa rya Brig. Gen. Leopold Kyanda wari umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka mu gisirikare cya Uganda (UPDF). Ubwo yabazwaga kugira icyo avuga kuri aya makuru, umuvugizi w’igisirikare, Col Paddy Ankunda yavuze ko ari ukuri yirukanwe, aho kugira byinshi avuga, yongeraho ko […]
U Rwanda nta bundi bucuti bwihariye rufitanye n’impunzi z’Abarundi-Min Mukantabana
Minisiteri y’imicungire y’impunzi no gukumira ibiza iratangaza ko u Rwanda nta gahunda rufite rwo kumarana igihe kirekire impunzi z’Abarundi nk’icyo Abakongomani bamaze mu Rwanda, ndetse ko nta n’iyindi gahunda u Rwanda rufitanye n’izi mpunzi uretse kuba rwarazakiriye mu rwego rwo kugaragaza igikorwa cya kimuntu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro n’itangazamakuru, Minisitiri Mukantabana Seraphine yatangaje ko u […]
Rubavu: Abayobozi ba koperative y’abahinzi b’icyayi mu maboko ya polisi
Abagize komite ishinzwe imicungire ya koperative y’abahinzi b’icyayi ya Mpfunda bari mu maboko ya polisi bashinjwa gucunga nabi umutungo w’iyi koperative ubarirwa muri miliyoni 17 z’Amanyarwanda. Amakuru ava mu gipolisi mu Karere ka Rubavu akaba yemeje ko perezida, visi perezida n’umucungamutungo b’iyi koperative bafashwe bakurikiranweho gucunga nabi umutungo wa koperative bari bashinzwe kureberera. Biravugwa ko […]
Ibibazo 5 benshi bibaza ku kurangiza k'umugore bitiranya no kunyara kwe
Iyo uganiriye n’abagabo bafite abagore hari abo usanga batazi gutandukanya ukurangiza k’umugore (orgasme) no kunyara kwe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ese bitandukanira he? Kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza inkari ahubwo haza amavangingo ashyushye cyane, […]
Umujyi wa Kigali wabonye umuyobozi mushya ushinzwe imibereho myiza
Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2016, umujyi wa Kigali wabyukiye mu matora y’umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Muhongerwa Patricia nyuma y’uko uwo asimbuye nawe amaze igihe ahinduriwe inshingano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri nibwo mu mujyi wa Kigali habyukiye igikorwa cy’amatora cyakozwe n’abajyanama b’umujyi wa Kigali mu rwego rwo kurebera […]
Burundi: Nyuma y’amasasu, hadutse ibibazo bishya bitoroheye Nkurunziza
Mu gihe intambara, ubuhunzi, ubwicanyi, gufata abagore ku ngufu n’ibindi bibazo byinshi bitari byabonerwa umuti uhamye, ubu mu Burundi hadutse ibibazo bishya mu baturage nabyo byakuruwe no kwiharira ubutegetsi kwa perezida Pierre Nkurunziza, abakurikiranira hafi ibibera mu Burundi baravuga ko n’ubwo ubu urasuku rw’amasasu rutakiri rwinshi mu gihugu hamaze kwaduka noneho ingaruka z’ibyabaye mu mwaka […]
RDC: Amasasu aravuza ubuhuha i Kinshasa nyuma yo kurangira kwa manda ya Kabila
Urusaku rw’amasasu rwabyutse rwumvikana kuri uyu wa Kabiri mu turere dutandukanye two mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe haramutse imyigaragambyo isaba perezida Kabila kuva ku butegetsi nyuma y’aho manda ye irangiriye mu ijoro ryakeye. Abantu bari I Kinshasa bavugaye na reuters dukesha iyi nkuru, bavuze ko humviaknye amasasu, ndetse umwe […]
Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango irasaba iratangaza ko nta muntu ugomba kubyara ateganya ko azafashwa na leta kurera abana be ahubo ko mbere yo kubyara bagomba kubanza kubitegura no kureba niba barateganyirije abo bazabyara. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Nyirasafari Esperance mu kiganiro aherutse kugirana n’urubyiruko rwibumbiye mu muryango EARG, aho yibukije ibi […]
Abakora Igenagaciro barasabwa gukora kinyamwuga
Minisiteri y’umutungo kamere mu Rwanda yasabye abakora mu mwuga w’igenagaciro ku mitungo itimukanwa gukora neza akazi kabo mu buryo bwa kinyamwuga kugirango babashe kugira icyo bafasha abo bakorera ndetse banafashe inzego zitandukanye zirimo n’iza leta kurushaho kunoza serivice zigenerwa abaturage. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi minisitiri w’umutungo kamere, Dr Vincent Biruta yabitangaje mu biganiro by’iminsi ibiri iyi […]
Ikibazo cya Stade ya Gicumbi kirengagijwe mu Mushyikirano kizasubizwa na nde?
Kuba Akarere ka Gicumbi gahagaze neza mu mihigo y’uyu mwaka , bisa n’aho biri gutungana kakanahabwa amahirwe yo gukorerwamo ibikorwa by’indashyikirwa, akaba ariko karere ko mu Ntara y’Amajyaruguru kakorewemo igikorwa cy’inama y’umushyikirano ku nshuro ya 14. Nkuko mu gihugu hose havugwaga ibijyanye n’iyi nama y’umushyikirano waberaga muri Kigali Convention Centre I Kigali , no ku […]
Nahimana Thomas ushaka kuba Perezida mu Rwanda, yavuze ku mugore n'uruhinja bararanye mu mbeho
Nyuma yo kwangirwa kwinjira ku butaka bw’u Rwanda ubwo yari ageze ku kibuga cy’indege muri Kenya, Padiri Nahimana Thomas yatangaje ko na n’ubu ivarisi ye igifunze ko isaha ku isaha azongera agafata urugendo agana i Rwanda by’umwihariko anasobanuro iby’uruhinja rw’amezi 7 bararanye mu mbeho aho muri Kenya. Aganira n’itangazamakuru aho yasubiye mu Bubiligi, Padiri Nahimana […]
Dr Nkosazana yasabye ibihugu bya Afurika kwigana u Rwanda
Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Dr Nkosazana Dlamini Zuma yatangaje ko iterambere ryihuse mu bukerarugendo ari ingaruka zo kuba igihugu cyarafunguriye amarembo Abanyafurika. Ibi umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe yabitangaje kuri uyu wa Mbere ashimangira ko urujya n’uruza mu bwisanzure rw’Abanyafurika ku mugabane wabo bishobora kugira ingaruka nziza aho kuba mbi. […]
RDC: Abasaga 41 baguye mu mvururu zamagana Perezida Kabila mu cyumweru kimwe
Mu gihe abantu benshi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bari bategereje kumva icyo Perezida Kabila atangaza ku kijyanye no gusoza manda ye ya nyuma no kurekura ubutegetsi, ijambo rye ryakurikiwe n’ibihe bitari byiza kuri bamwe kuko yongeye guca amarenga ku kijyanye n’uwamusimbura kuri uriya mwany w’ubuperezida ndetse na mbere yaho hakaba hari hakomeje gupfa […]
Ubutegetsi bwa Trump, igihombo ku bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara
Raporo yashyizwe ahagaragara iragaragaza ko mu gihe perezida mushya wa leta zunze ubumwe z’Amerika azaba atangiye kuyobora hari ibihugu byo ku mugabane w’Afurika byiganjemo ibyo munsi y’ubutayu bwa Sahara na EAC nka Kenya na Tanzania bizagira ihungabana ry’ubukungu mu buryo bukomeye . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Raporo y’ikigo cy’Abongereza mu by’ubukungu igaragazqa ko ibihugu nka Kenya,Tanzania, Ethiopia, […]
Burundi: Abashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bari bakatiwe burundu basubiye mu rukiko
Kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Ukuboza mu Burundi abashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bongeye kugezwa imbere y’urukiko rusesa imanza, aho abashinjwa n’abunganizi babo mu mategeko basabye urukiko gusubiramo urubanza bushyashya. Amakuru dukesha Ijwi rya Amerika aravuga ko uru rubanza rwo kuwa mbere rwabaye mu muhezo umwanzuro wa nyuma ukazafatwa mu gihe cy’iminsi 30 iri imbere. […]
Nyarugenge: Hafashwe ingamba zo kurushaho kubungabunga umutekano mu minsi mikuru
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyarugenge yafashe ingamba zo kurushaho kubungabunga no gusigasira umutekano mu gihe cy’iminsi mikuru isoza uyu mwaka. Hari mu nama y’umutekano yabaye ku wa 19 Ukuboza yahuje inzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’aka karere, ikaba yari iyobowe n’Umuyobozi wako, Kayisime Nzaramba. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda muri aka karere, Superintendent of Police […]