Menya umuntu washakishijwe cyane kuri interineti muri 2016
Mu gihe umwaka wa 2016 ugeze mu mpera, ubushakashatsi butandukanye bukomeje gukorwa, kuri ubu urubuga rwa google rukoreshwa mu gushakisha amakuru atandukanye kuri interineti (Search engine) rwashyize ahagaragara umuntu washakishijwe n’abantu benshi ku isi yose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Donald Trump uzayobora igihugu cy’Amerika guhera mu kwezi kwa mbere 2016 niwe wahize abandi bantu bo ku isi […]
Trump na Putin batangaje umugambi uzateza impagarara muri LONI
Umuyobozi w’ahazaza w’Amerika, Donald Trump uzatangira kuyobora mu kwezi kwa mbere 2017 yatangaje ko iki gihugu cy’igihangange kigomba gushyira imbaraga nyinshi mu gutegura ibitwaro by’ubumara (Nuclear weapons). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Donald Trump abinyujije ku rukuta rwe rw Twitter yavuze ko Amerika igomba gufata iya mbere mu gutunganya ibitwaro by’ubumara kikanabikwirakwiza ahantu hose kugeza ubwo isi yose […]
Umukunzi wa bwiza.com yatwandikiye agisha inama
Nitwa Mihigo Simon, mvuka mu karere ka Kamonyi. Nasoje ayisumbuye muri 2014. Nkiri umunyeshuri mu ntara y’Amajyepfo ku kigo ntashaka kuvuga najyaga nkora urugomo n’abandi banyeshuri ku buryo twanatorokaga ikigo tukajya kunywa inzoga ndetse n’ibinti bitandukanye nk’uko n’abandi muri mwe babigenzaga mukiga. Njyeze mu mwaka wa 6 w’ayisumbuye, nibwo natorotse ikigo njya mu kabari kari […]
Uko Padiri Juvenal Rutumbu uba mu Bufaransa yarokotse igitero cy’abagizi ba nabi
Umupadiri ufite inkomoko mu Rwanda akaba aba mu Bufaransa Rutumbu Juvenal aherutse gutanga ubuhamya uburyo mu cyumweru gishize yarokotse igitero cy’abagizi ba nabi bamusanze aho aba mu gace ka Palaiseau. Uyu mupadiri yatangaje ibi mu misa yatambukije ku cyumweru muri iki cyumweru gisoza, aho yaje mu misa yabyimbye umubiri wose cyane cyane mu isura. Mu […]
Imyanzuro 12 y’inama y’igihugu y’umushyikirano ya 14 yatangajwe
Inama y’igihugu y’umushyikirano yateranye ku wa 15 na 16 Ukuboza 2016, nyuma y’ibiganiro bitandukanye no kungurana ibitekerezo iyi nama yaje gusozwa batangaza ko imyanzuro y’ibyavuye muri iyi nama izatangazwa nyuma ari nabyo byabaye kuri uyu wa 22 Ukuboza 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Imyanzuro ifatirwa mu nama y’umushyikirano ni kimwe mu ntumbero ziba zizitabwaho n’Abategetsi mu mwaka […]
Abakiriya ba Airtel Rwanda bayishinja serivisi mbi
Sosiyete y’itumanaho ya Airtel Rwanda imaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga isubizanya n’abakiriya bayo bayishinja serivise mbi zirimo gutinda gukemura ibibazo bayigezaho no kubatwara amafaranga binyuze muri poromosiyo yitwa “Unliminet” ikoreshwa n’abakoresha interineti. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku rubuga rwa Airtel Rwanda rwa Twitter na Facebook hagaragara abakiriya b’iyi sosiyete basaba ko bakemurirwa ibibazo ariko igisubizo bahabwa n’umukozi […]
Amerika: Umuminisitiri ari mu kato kubera impano ya Noheli iteye isoni yahawe
Mu gihugu cya Chili ku mugabane w’Amerika haravugwa inkuru z’Umuminisitiri w’ubukungu wahawe impano ya Noheli y’igishushanyo cy’umugore wambaye ubusa, iyi mpano ikaba yamesize icyasha aho aciye hose nyum yo kuyakira. Uyu muminisitiri witwa Luis Felipe aratangaza ko kugeza ubu mu gihugu hose bamaze kumenyekana amakuru ko yahawe icyo gipupe cy’ikizungu cy’umugore wambaye ubusa buriburi ariko […]
Kigali: Umugore urembeye mu bitaro avuga ko yakubiswe n’umuyobozi wa polisi
Akaniwabo Jacqueline, umugore urwariye ku kigo nderabuzima cya Kabuye giherereye mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, atangaza ko yagiye kwishinganisha kuri polisi agezeyo yambikwa amapingu ndetse anakubitwa n’umuyobozi wa polisi. Uyu mugore kandi avuga ko mbere yo gukubitwa na komando wa polisi yabanje gukorerwa itotezwa na Niyonsenga Albert, azira kugira icyo atangariza itangazamakuru […]
Inzibacyuho ya Diaspora nyarwanda izamara umwaka
Ihuriro ry’Abanyarwanda baba mu mahanga (RDGN) ryinjiye mu gihe cy’inzibacyuho izamara umwaka iyobowe na Daniel Murenzi ubarizwa mu gihugu cya Tanzaniya, we n’ikipe bazafatanya kuyobora iyi nzibacyuho ngo bazita cyane kugushyira ku murongo amategeko agenga iri huriro kugirango ihuriro rigirire umumaro abanyarwanda bose baba mu mahanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Murenzi Daniel yatorewe kuyobora Diaspora mu buryo […]
(Mu mafoto) Umujyi wa Aleppo mbere na nyuma y’imirwano yahitanye imbaga
Umujyi wa Aleppo ni umujyi wari uwa 2 mu gihugu cya Syria, ukaba wari umujyi wari wibanze ku bikorwa by’ubucuruzi ndetse n’inganda, ukaba wari n’umujyi uziho ibikorwa by’ubukerarugendo mu gihugu. uyu mujyi ukaba warakomeye guhera mu binyejana bisaga 10 bishize. Uyu mujyi watangiye kwangirika guhera mu myaka 4 ishize, ubwo imitwe y’intagondwa yatangiraga kwibasira kiriya […]
Kigali: Afunze azira gufatanwa amafaranga y'u Rwanda y'amiganano
Egide Bigirimana , afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Rusororo nyuma yo gufatanwa inoti 236 z’igihumbi z’amafaranga y’amanyarwanda y’amiganano. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu, yavuze ko Bigirimana w’imyaka 32 y’amavuko, yafatiwe mu kagari ka Kabuga mu umurenge wa Rusororo ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ku […]
Bomboribombori iri muri Congo ishobora gucyura impunzi z’Abanyarwanda
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) mu Rwanda , Dr Azam Saber atangaza ko imvururu zishingiye kuri politiki ziri muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, zishobora gukubita akanyafu impunzi z’Abanyarwanda zimazeyo imyaka n’imyaka zikaba zatahuka i Rwanda. Aganira n’itangazamakuru i Kigali, Dr Azam Saber yatangaje ko HCR yiteguye kuba yafasha mu bishoboka byose […]
Kenya: Inteko ishinga Amatekeko irinzwe bidasanzwe na Polisi nyuma y’imirwano y’Abadepite
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Ukuboza 2015, Ingoro y’Iinteko ishinga amategeko ya Kenya irinzwe bidasanzwe n’inzego z’umutekano, aho ziri kubuza buri wese yaba Umudeppite cyangwa undi muntu kwinjira mbere y’uko habanza gukemuka ikibazo cy’amakimbirane mu Padepite bagize iyi ngoro . Umwe mu bapolisi barinze iyi ngoro utashatse ko amazina ye atangazwa, yavuze ko […]
U Burundi mu banyamuryango 15 ba UN bashyigikiye umuco wo kudahana
Loni yemeranyije gushyiraho inteko iziga ku byaha by’intambara byakorewe muri Syria mu ntambara yari imaze imyaka itandatu iberamuri iki gihugu kugirango ababigizemo uruhare bagezwe mu butabera, igihugu cy’u Burundi kiri muri 15 byagaragaje ko bidashyigikiye iki gitekerezo kigamije guca umuco wo kudahana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibihugu nka Siriya n’Ubushinwa (Inshuti z’akadasohoka za Syria), U Burundi (bwanga […]
Mudahusha (Sniper) warashe Osama Bin Laden ni muntu ki? – REBA AMAFOTO
Robert J. “Rob” O’Neill yavutse ku wa 10 Mata 1976, i Butte mu mujyi wa Montana muri Leta zunze ubumwe za Amerika, uyu mugabo akaba yari umusirikare wa USA by’umwihariko mu ikipe ya ba mudahusha mu rurimi rw’amahanga bita “Snapers”. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aka gace yavukiyemo ni nako yakuriyemo, se umubyara, Tom ngo akaba yarakundaga kumutoza […]
Mc Philos arashima Imana yamukoreye ubukwe
Mc Philos wamenyekanye cyane nk’ umusangiza w’ amagambo mu gice cy’Abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana (Gospel) ndetse no mu birori bitandukanye yagiye ayobora nka Mc,ubu arashima Imana yamuhaye umufasha. Tariki ya tariki 11 ukuboza 2016 ni bwo yambikanye impeta y’ urudashira Imbere y’ Imana n’ umukunzi we Niyonsaba Florence. Ibi birori by’ubukwe bwabo bikaba bitazibagirana […]
Menya Isezerano ryawe n’Imana (Igice cya 1)
Isezerano :ni ubwumvikane buba hagati y’abantu 2,amatsinda 2,… maze buri ruhande rukoyemeza icyo ruzakora. Iyo uruhande rumwe rutujuje icyo rwiyemeje,isezerano riba ripfuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] ISEZERANO RYA KERA Nkuko Imana yabinyujije mu muhanuzi yeremiya (Yereniya 31:31) ,iryo sezerano rya kera ni isezerano Imana yagiranye n’abisirayeli ubwo yabafataga ukuboko ikabakura mu gihugu cya Egiputa.Muri iri sezerano hari […]
Rayon Sport yaba yaguye ahashashe ku ikipe bigiye guhura mu marushanwa ya CAF Confederation Cup
Kuri uyu wa 21 Ukuboza 2016, ikipe ya Rayon Sport izanaserukira igihugu mu marushanwa nyafurika y’amaclub yamaze kumenya iyo bizahura bwa mbere mu irushanwa ndetse n’aho imikino izabera. Mu gikorwa cyo gutombora amakipe azahura muri 1/8 muri iri rushanwa mu gihugu cya Maroc, ikipe ya Rayon Sport yatomboye ikipe ya Sudani y’Epfo ya AL Salaam […]
Burundi: Imiryango 500 yirukanwe n’igisilikare iratabaza nyuma y’iminsi 5 batarya
Imiryango y’Abarundi irenga 500 yirukanywe n’igisirikare cya leta ya Nkurunziza ku mpamvu itaramenyekanye ubu iratabaza nyuma y’aho inzara n’imbeho bibamereye nabi aho bakambitse muri Buringa. Nk’uko bamwe mu bagize iyi miryango babitangarije itangazamakuru, ngo abasirikare ba leta babirukanye shishi itabona mu ngo zabo kuri uyu wa 18 Ukuboza 2016 ku mpamvu batigeze bamenyeshwa none kuri […]
Ese Gen Mugisha Muntu yaba ari we muhungu w'umwami Kigeri V bavuga?
Mbere y’itanga ry’umwami Kigeri V Ndahindurwa aho yabaga muri Leta zunze ubumwe za Amerika, byagiye bihwihwiswa ko yaba afite umwana yabyaye ubwo yabaga muri Uganda, nyuma y’aho atangiye amakuru akomeza kuvugwa kugera n’aho hatunzwe agatoki Gen Mugisha Muntu ko yaba ari we, uyu musirikare akaba yarahoze mu gisirikare cya Uganda nyuma akaza kukivamo agashinga ishyaka […]
Rwamagana: N'abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha
Umuyobozi w’akarere ka Rwamagana, Radjab Mbonyumuvunyi arahamagarira abayobozi b’imisigiti igera ku 100 yo mu Ntara y’Iburasirazuba kuba umusemburo w’imiyoborere myiza, gufasha abayoboke b’idini ryabo n’abaturage bose muri rusange kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibyaha byose cyane cyane kurwanya ihohoterwa ryo mu ngo n’irishingiye ku gitsina kuko ari byo ntandaro y’umutekano muke mu muryango ushobora […]