RDC: Inyeshyamba za ADF zivuganye abaturage 9 bucya ari Noheri
Abantu 9 kuri uyu wa Gatandatu, itariki 24 Ukuboza, biciwe mu gace ka Mapiki ko muri Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba bikekwa ko ari izo mu mutwe wa ADF. Nk’uko ababibonye babitangaje, batanu mu bantu 9 bishwe bicishijwe imihoro mu gihe abandi bane bicishijwe amasasu. Iyi nkuru dukesha Radio Okapi […]
Ibyishimo no kwambikwa amapingu, gukubitwa inkoni gusinzirira ku mihanda nibyo byaranze izihizwa rya Noheli-AMAFOTO
Nubwo hirya no hino bari kwizihiza umunsi wa Noheli(Ivuka rya Yesu) abandi bakazawizihiza ku cyumweru mu gihugu cy’Ubwongereza ho batangiye kuwizihiza kuri uyu wa gatanu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munsi wizihizwa na bamwe mu bakirisito bemera Yesu cyangwa Yezu bitewe nuko ushaka kubivuga mu Bwongereza batangiye kuwizihiza mu ijoro ryakeye ariko bamwe ntibaryohewe gusa kuko wabasize […]
U Rwanda na Zimbabwe ku rutonde rw’ibihugu byo gusura mu 2017
Igihugu cy’u Rwanda na Zimbabwe byashyizwe ku rutonde rwiswe CondĂ© Nast ranking nk’ahantu heza ho kuzatembera mu 2017, akaba ari byo bihugu byo muri Afurika byonyine biri kuri uru rutonde. Igihugu cya Zimbabwe buriya ngo ntikizwiho kubamo imyigaragambyo n’andi makimbirane ashingiye kuri politiki gusa, kuko gifite n’ibyiza nyaburanga birimo inyamanswa zo mu ishyamba zibereye ijisho. […]
Mukobwa, dore abasore bashaka abakunzi (fungura ubone imyirondoro)
1.Amazina yange ni ndayishimiye Christian nkaba nifuzako mwafasha nkuko nabonye mubigenza mukanshakira umukunzi niyoyaba umugore ngewe ntaribi.murakoze ndabashimiye mugihe ngitegereje igisubizo cyanyu kiza, email: chrisndamu33@gmail.com. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 2.Muraho, Nitwa Cyiza Nkaba ndi umusore wimyaka 28 , nkaba mfite uburebure bureshya na 1,76m narize kaminuza kandi mfite akazi kampemba kuva ku 500,000 , ndashaka umukunzi ushaka […]
ADEPR:Bishop Tom arasaba abahawe inshingano mu Bubirigi guharanira ubumwe bw’itorero n’ubw’Abanyarwanda
Nyuma yo gufungura rikanatanga inshingano kubagombaga kurihagararira mu rurembo rwa Uganda Itorero rya ADEPR ryafunguye ururembo rw’Iburayi rukore mu bubirigi bishingiye kwaguka mu ivugabutumwa hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kuzuza inshingano ryasigiwe na Yesu Kirisito. Ejo kuwa gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2016 nibwo itorero rya ADEPR ryafunguye ishami ryabo mu Gihugu […]
Loni yatesheje agaciro umwanzuro wo kubuza Sudani y’Epfo kugura intwaro
Kuri uyu wa Gatanu, Akanama k’Amahoro n’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye katesheje agaciro icyifuzo cyo gufatira Sudani y’Epfo ibihano biyibuza kugura intwaro nk’uko byifuzwaga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Icyi cyifuzo cyari cyatanzwe na Amerika cyashyigikiwe ku majwi 7 yonyine mu majwi 15 y’abagize aka kanama k’amahoro n’umutekano ka Loni, mu gihe ibihugu nk’u Burusiya, u […]
Seleman yashyize hanze indirimbo anahindura amazina akoresha mu buhanzi
Seleman Uwihanganye ni umusore w’Umunyarwanda ukorera umuziki mu gihugu cy’Ububiligi, kuri ubu akaba yashyize hanze indirimbo “Mukobwa million” muri iyi minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, by’umwihariko n’izina yakoreshaga akaba yongeyeho Dicoz. Aganira na Bwiza.com, yagize ati: “indirimbo yanjye nshya yitwa “Mukobwa million” ubutumwa buyikubiyemo buragaragaza ukuntu umuco ugenda uhinduka aho abantu basigaye bakwa amafaranga bakabyitirira […]
Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23
Imyaka imaze kuba itatu inyeshyamba za M23 zishyize hasi intwaro ndetse zinagirana imishikirano na Leta ya Congo, ariko ubwazo ntabwo zigeze zemera ko zatsinzwe ahubwo nk’uko byagaragaye mu mvugo y’abahoze bayirwanira, bigaragara ko bagifite inzika ndetse ko bazatinda ariko bakongera kwisuganya. Kuba nabo ubwabo bavuga ko isaha ku isaba bashobora kongera kuzura umutwe, na Leta […]
Menya isezerano ryawe n'Imana (Igice ya 2)
Aha isezerano ryari rimaze kuzura. Abantu bari bamaze kwemera uruhare rwabo mu isezerano n’Imana nayo yemeye uruhare rwayo.Abantu bumvikanye n’Imana ibyo bazakora maze Imana nayo ibemereye ibyo izakora. Abantu benshi iyo bumvise ijambo ngo “isezerano rya kera ” bahita bumva ibitabo bigize igice cya mbere cya Bibiliya cyangwa ibitabo byanditswe mbere y’ivuka rya Yesu.Ariko ntabwo […]
Cristiano Ronaldo yageneye abana bo muri Syria ubutumwa bw’ihumure
Cristiano Ronaldo, rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid yageneye abana bo mu gihugu cya Syria ubutumwa bwo kubahumuriza, mu gihe igihugu cyabo cyugarijwe n’intambara imaze imyaka itarangira. Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, Ronaldo yashyizeho video agira ati: “Ubu butumwa bugenewe abana bo muri Syria, turabizi neza ko mubayeho mu buzima bubi kandi bugoye, ndi umukinnyi […]
Muhanga: Abaganga bari mu itorero basabwe kuzarivamo barahindutse
Abaganga bitabiriye itorero ry’ubuzima barasabwa kuzarirangiza bafashe imyanzuro yose izatuma barushaho gukora akazi kabo neza hakavaho impamvu yatumaga imikorere yabo itandukira bikagira ingaruka ku barwayi bakenera serivisi z’ubuzima. Ibi byatangarijwe mu Karere ka Muhanga ubwo hatangizwaga itorero ry’urwego rw’ubuzima, kuwa 19 Ukuboza 2016, itorero ryafunguwe ku mugaragaro n’Umuyobozi w’Akarere, Uwamaliya Beatrice. Uwamaliya avuga ko hari […]
Uburezi bushingiye ku umuco n’iyobokamana Ntibukoza isoni ababyeyi-Apostle Gasarasi
Apostle Gasarasi Samusoni uyobora Itorero rya EPMR ku Isi yabwiye ababyeyi bafite abana biga mu ishuri rya Truth Academy School ko Gutoza abana babo inzira nziza bakiri bato bitazabakoza isoni nabusa. Kuri uyu wa gatanu Tariki ya 23 Ukuboza 2016 mu Karere ka Bugesera mu murenge wa Nyarugenge mu kagari ka Kamabare niho abana bagera […]
Abasirikare b'Abarundi 10 ngo nibo baherutse kwivuganwa na FARDC aho kuba batanu
Imirwano yahuje ingabo z’u Burundi n’iza Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC kuwa Gatatu no kuwa Kane ngo yahitanye abantu 10 nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 23 Ukuboza, mu gihe mbere hari hatangajwe ko hapfuye abantu 5. Abapfuye bose uko ari 10 ngo ni abasirikare b’Abarundi, aho bivugwa ko imirambo 5 yasanganwe imyambaro […]
U Rwanda rurahakana kubuza Abarundi baturiye umupaka kwinjira bakoresheje indangamuntu – Yavuguruwe
Guhera kuri uyu wa Gatanu, amakuru ava mu Burundi aravuga ko u Rwanda rwangiye abaturage b’Abarundi bo mu makomini yegereye umupaka w’u Rwanda kwinjira mu Rwanda bakoresheje indangamuntu gusa nk’uko byari bisanzwe, aho bivugwa ko kuri ubu Umurundi ushaka kwambuka yinjira mu Rwanda ari gusabwa ibindi byangombwa birenze indangamuntu nk’uko tubikesha kimwe mu binyamakuru byo […]
Gicumbi: Abaturage bakanguriwe gukomeza kwirinda ihohoterwa n’ibiyobyabwenge
Mu rwego rwo gukomeza gukangurira abaturage kurwanya no kwirinda ibyaha cyane cyane ihohoterwa rishingiye ku gitsina, irikorerwa abana n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, kuri uyu wa kane tariki ya 22 Ukuboza 2016, itsinda riturutse mu ishami ry’ubugenzacyaha (CID) muri Polisi y’u Rwanda ryajyanye imodoka yakira ibibazo by’abaturage (Mobile Police Station) mu murenge wa Rushaki akarere ka Gicumbi kugirango […]
Inzira z’umusaraba 7 Gen. Kayumba yaciyemo nyuma yo gushwana na Leta y’u Rwanda
Kayumba Nyamwasa wabaye umusirikare w’u Rwanda igihe kirekire mu rugamba rwo kwibohora na nyuma yarwo, aho yitandukanyirije na Leta y’u Rwanda agahungira muri Afurika y’Epfo yagiye ahura n’ibizazane bitandukanye ndetse umuntu yakwita ko ari inzira z’umusaraba. Muri Gashyantare 2010, nibwo Gen Kayumba Nyamwasa yahunze ajya muri Afurika y’Epfo, bidaciye kabiri uyu mugabo yahise araswa mu […]
Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye
Polisi y’u Rwanda, Umujyi wa Kigali ndetse n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB)bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru aho basabye abanyarwanda ariko by’umwihariko abakora ibikorwa by’ubucuruzi kugira uruhare mu migendekere myiza y’umutekano mu gihe bategura ndetse banizihiza iminsi mikuru y’impera z’umwaka. Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere ry’abaturage Busabizwa Parfait yavuze ko umutekano n’isuku ari ibintu by’ingenzi […]
Ni njye wishe Col Kadhafi, namurashe mu mutwe no mu gituza- Umwe mu ntagondwa zamuhigaga
Umwe mu ntagondwa zahigaga Col Kadhafi mu mashusho yashize ku mbuga nkoranyambaga, yemeye ko ari we wamwishe amurashe mu gihe bagenzi be batifuzaga ko bahita bamwica ako kanya. Muri video agaragazamo isura ye ariko nta mazina amuranga, uyu musore yagize ati: “Namukubise mu maso, indwanyi zashakaga kumuzana, muri ako kanya nibwo nahise ndekura isasu, ndasa […]
Uburengerazuba: Abatwara abagenzi kuri moto n’amagare baganirijwe ku mutekano wo mu muhanda
Abatwara abagenzi ku magare no kuri za moto basabwe kugumya kubungabunga umutekano barushaho kwirinda impanuka cyane cyane muri ibi bihe by’iminsi mikuru. Ubwo yaganirizaga aba batwara amagare na moto n’abahagarariye sosiyete zitwara abagenzi mu modoka bose hamwe bagera ku 1000 bakorera muri Rubavu, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba Assistant Commissioner of […]