Umuyobozi yateze kumira imbeba, Fc Barcelona niramuka itsinze Paris St Germain

Mu mukino iheruka wahuje ikipe ya Paris St Germain yo mu gihugu cy’u Bufaransa ndetse na Fc Barcelona mu cyumweru gishize, umwe mu bafana ukomeye akaba n’umuyobozi wungirije w’umujyi wa Mont-de-Marsan uherereye mu majyepfo y’Uburengerazuba bw’igihugu cy’u Bufaransa, Charles Dayot yatangaje ku rukuta rwa facbook ko ikipe ya Barca niramuka itsinze PSG azamira imbeba. [xyz-ihs […]

Rulindo: Polisi yafashe imodoka zipakiye amabuye y'agaciro ya magendu

Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo, yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabuye y’agaciro ya magendu nyuma yo gushyiraho bariyeri ahitwa mu Kajevuba, mu murenge wa Ntarabana ku manywa yo kuri iki cyumweru taliki ya 12 Werurwe . Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira atangaza ko imodoka zafashwe ari Toyota Land […]

RDC: Abanyamahanga bakorera Loni bashimutiwe muri Kasai

Abantu bataramenyekana muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bashimuse abakozi babiri b’abanyamahanga b’Umuryango w’Abibumbye mu Ntara ya Kasai yo hagati nk’uko byatangajwe na leta y’iki gihugu. Abo bakozi bashimuswe ni; Micheal Sharp ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse na Zaida Catalan ukomoka muri Suede. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nkuru dukesha BBC iravuga ko aba […]

Amaze imyaka 12 yikinisha abitewe na film z'ubusambanyi yarebye- Ugisha inama

Muraho, Banyamukuru ba ‘bwiza.com‘ , namwe basomyi mbanje kubasuhuza byumwihariko. Nkunda uburyo mwatanze rugari ngo abafite ibibazo cg se ibitekerezo bisanzure bityo babone ninama cg ibitekerezo mu bagize ibibazo nkibyabo. Mubyukuri jyewe nitwa KABAYIZA Eric ndabasabye ngo mumfashe ubu butumwa butambuke kuko nkeneye inama yaburi wese wagira icyo amfasha cg se namwe nimba hariyo mwangira […]

Dr. Joseph Nkusi wavanywe muri Norvege yasabye ko urubanza rwe rwimurirwa mu rundi rukiko

Dr. Nkusi Joseph uregwa guteza imvururu muri rubanda, woherejwe mu Rwanda n’igihugu cya Norvege, yagejejwe imbere y’Urukiko Rukuru, kuri uyu wa Mbere tariki 13 Werurwe 2017 asaba ko urubanza rwe rwimurirwa mu rundi rukiko kuko uru rudafite ububasha bwo kumuburanisha. Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 werurwe 2017 nibwo Joseph Nkusi, woherejwe mu Rwanda aturutse […]

Abaperezida ba Afurika bageze aho gusinzirira aho bicaye kubera iza bukuru

Iyo witegereje bamwe mu bakuru b’ibihugu bya Afurika, yaba iya none n’igihe cyashize usanga ikibazo cyo gusazira ku buyobozi kugera aho basinzirira aho bicaye mu ruhame kwa bamwe mu bakuru b’ibihugu cyangwa abami bagiye bayobora uyu mugabane atari agaseseshwarumuri! Gusa akenshi kubera ubudahangarwa buhambaye bwa banyakubahwa usanga itangazamakuru ritabavugaho cyane kubera kugira agahanga gato rikakarinda […]

Uganda:Umugabo akurikiranweho kwica umugore we amukase ijosi n’ibindi ibice by’umubiri

Polisi yo mu Karere ka Ntungamo mu gihugu cya Uganda iratangaza ko yataye muri yombi umugabo witwa Sabiti Ivan Mujungu aho akurikiranweho kwica umugore we amukase ijosi n’ibindi bice by’umubiri. Sabiti Ivan Mujungu ngo nyuma yo kwivugana umugore we, Deborah Kyosiga tariki ya 4 Werurwe,2017 yahise ahunga. Umuyobozi w’agashami gashinzwe gukurikirana ibybaha n’iperereza muri Polisi […]

Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga ku gitero cyagabwe mu Rwanda

Igisirikare cya leta y’u Burundi cyashyize ahagaragara itangazo risubiza iriherutse gushyirwa ahagaragara n’icy’u Rwanda, ryavugaga ku bantu bitwaje intwaro baherutse kwinjira mu Rwanda bagasiga bivuganye abaturage 2 bagahungira mu Burundi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’umutekano mu gihugu cy’u Burundi kuri uyu wa 13 Werurwe 2017, binyuze ku rukuta rwa Twitter, umuvugizi […]

Perezida Trump yatumiye Umuyobozi wa Palestina muri White House

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump mu kiganiro cya mbere ku murongo wa telephone yagiranye n’Umuyobozi wa Palesitina kuva yajya ku butegetsi kuwa 20 Mutarama 2017 yahise amutumira muri White House. Al Jazeera dukesha iyi nkuru ivuga ko perezida Trump yasabye Mahmoud Abbas kumugenderera vuba bakaganira ku kuntu ibiganiro hagati ya Israel […]

Se wa Dr Jose Chameleone yongeye kubura ikibazo cy’umuhungu we wiciwe mu kabari

Umusaza ubyara umuhanzi Dr Jose Chameleone mu gihugu cya uganda, Gerald Mayanja yasabye inzego z’umutekano gukurikirana uwari Manager w’umuhungu we Emanuel Mayanja alias AK47 uherutse gupfa yicishijwe inkoni, aho amushinja ko yaba yihishe inyuma y’urupfu rw’umwana we. Nyuma y’urupfu rw’umuhungu we rutavuzweho rumwe, uyu musaza yongeye kubura ikirego ku rupfu rw’umwana we AKA47 cyasaga n’ikimaze […]

Burundi: Ababyeyi bayobewe aho abana babo banyujijwe nyuma yo gushinjwa kujya mu Rwanda

Imiryango y’Abanyeshuri bane batawe muri yombi n’igipolisi cy’u Burundi muri Komini Busiga mu Ntara ya Ngozi kuva kuwa 05 Werurwe 2017 iratabaza ivuga ko itazi aho abo banyeshuri, bashinjwa kuba baragiye mu Rwanda bakagaruka mu gihugu, bajyanywe ikaba iheruka amakuru yabo icyo gihe. Abo banyeshuri; Mutabazi, Karibu na Arthemon biga kuri Lycee de Mihigo na […]

Goma:Hatagize igikorwa,abaturage bafite kwibasirwa na Kolera

Abaturage bagera kuri Miliyoni batuye Umujyi wa Goma ubarizwa mu Ntara y’Aamajyaruguru muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo , nta mazi meza bafite ubu bari guresha amazi y’Ikiyaga cya Kivu ndetse bamwe bakayabona bayaguze. Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa(RFI)dukesha iyi nkuru ivuga ko ubu bucuruzi bw’amazi y’ikiyaga cya Kivu mu mujyi wa Goma bukomeje kufata indi ntera […]

Gabon: Umufana yishe mugenzi we amuziza ko ari kumusakuriza

Umufana w’ikipe yo mu gihugu cy’u Bufaransa ya Paris Saint Germain aherutse kwivugana mugenzi we bahuriye ku mwuga wo gufana iyi kipe, mu mukino wari wahuje iyi kipe n’iya Fc Barcelona. Aba basore 2 bo mu gihugu cya Gabon, ngo bari mu kabari bari gukurikirana uyu mukino kuri Televiziyo , mu mukino wabaye ku itariki […]

Bugesera: Abaturage bavugana n’itangazamakuru bari mu kaga

Abaturage b’akagari ka Kagomasi mu murenge wa Gashora, baratotezwa bazira kuba baravuganye n’itangazamakuru. Bamwe ngo bahimbwe amazina y’amaradiyo, abandi ntibahabwa serivisi bakeneye. Intandaro yabyo ni ikiganiro abo baturage bagiranye na Radio/TV One, bavuga ku rugomo bagirirwa bakubitwa imitarimba n’abayobozi, ndetse n’amafaranga ya VUP bambuwe y’amezi atandatu. Ibi kandi ngo babisangiye n’ab’indi mirenge nka Dihiro na […]

Ese koko Imbonerakure za CNDD zaba ari zo zagabye igitero mu Rwanda zikica n’umwana?

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zabonye ibimenyetso byasizwe inyuma n’abantu bitwaje ibirwanisho bagabye igitero mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru mu Karere ka Rusizi bakica abaturage babiri mbere yo guhunga basubira mu gihugu cy’u Burundi aho bari baturutse. Biravugwa ko hafashwe ibitambaro byanditseho FDD bisobanura mu magambo arambuye y’icyongereza “Forces for the Defense of Democracy” . […]

Imbuto zaboze, gutinda kw’Ifumbire : Ingaruka za ba Agronomes batita ku kazi kabo

Umuyobozi wa Transparence International Rwanda , Ingabire Marie Immaculée asanga kuba hari abahinzi batinda kubona ifumbire abandi ugasanga bahabwa imbuto zaboze cyangwa zitajyanye n’ubutaka biterwa no kuba ba Agronomes baba bahugiye muri Ruswa. Ingabire avuga ko usanga ba Agronomes bibereye muri ruswa yo gusarura amashyamba,kubaka mu kajagari abandi ugasanga amaso bayahanze ifumbire kuko harimo akantu […]

Ikirombe gicukurwamo ukuri ntabwo kujya kurangiramo

Abaroma 11:33 “Mbega uburyo ubutunzi n’ubwenge n’ubumenyi by’lmana bitangira akagero! Imigambi yayo ntihishurika, n’inzira zayo ntizirondoreka.” Ikirombe kidashiramo ukuri ni *bibiliya* ntabwo natinya kukubwira ko bibiliya ari yo yonyine mubindi bitabo yuzuye ubutunzi bwibyo wifuza.(inzu yibindi bitabo) ☑Kristo n’ijambo rye barahuje neza. Mu buryo bibiliya yanditswemo n’ibyo yigisha, Ifite ibyo umuntu wese yishimira kandi igakora […]

Abakuru b’ibihugu byo muri Afurika bishwe bahiritswe ku butegetsi mu myaka ishize

Kuri ubu hirya no hino ku Isi ntihakibarwa abakuru b’ibihugu cyangwa abandi bayobozi bakuru bicirwa mu mirimo, ariko muri Afurika uvuze ko bisa nk’ibimaze kuba umuco w’uko abakuru b’ibihugu cyangwa abayobozi bakuru b’ibihugu bicirwa ku butegetsi ntiwaba uhabanye cyane n’ukuri. Reka turebere hamwe abakuru b’ibihugu 11 bishwe bari mu mirimo yabo mu myaka 30 ishize. […]

Kigali: Abasore batinda kurongora bahorana impamvu nyinshi

Abasore batinda gushaka bahorana impamvu zifatika n’izo bamwe babona nk’izidafatika, bituma bakomeza basubiza inyuma iminsi yo kurushinga. Kuri bamwe biratangaza kumva umusore avuga ko ategereje Master Plan (igishushanyo mbonera) ngo arongore. Umusore umwe w’imyaka irenga 35 mu mujyi wa Kigali, afite akazi n’imodoka ye ariko ngo ababyeyi baramurambiwe. Avuga ko ategereje igishushanyo mbonera gishya ngo […]

Etiyopiya: Abasaga 48 bahitanywe n’ubunyereri bw’ubutaka abandi baburirwa irengero

Guhera kuwa gatandatu w’icyumwru gishize tariki ya 12 Werurwe 2017, abantu basaga 48 mu murwa mukuru wa leta ya Etiyopiya, Addis Abeba, bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’ubutaka bwatirimutse mu gihe abandi batari bacye bagikomeje kuburirwa irengero. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Daily nation cyo muri Kenya dukesha iyi nkuru kivuga ko ubu ubu bunyereri bw’ubutaka bwahitanye imbaga bwatewe […]

Bugesera: Polisi yafashe moto ebyiri zibwe zigiye kwambutswa mu Burundi

Ku italiki ya 11 Werurwe uyu mwaka, Polisi ikorera mu karere ka Bugesera yashyikirije moto 2 bene zo zibwe mu bihe bitandukanye, zikaba zarafashwe ku bufatanye n’abaturage, zigiye kwambutswa mu gihugu cy’u Burundi; akaba ari nako ifunze abagabo babiri bari inyuma y’ubujura bw’imwe muri ziriya moto. Moto zatanzwe ni Suzuki TF GPM 055C yari yaribwe […]