Kinshasa : Gereza ya Makala yongeye kugabwaho igitero
Inkuru ikomeje kuba kimomo mu muji wa Kinshasa ni igitero kuri imwe muri Gereza nkuru ya Makala muri uru rukerera ku itariki ya 07 Kanama 2017. Iki gitero kikaba cyaje kuburizwamo n’abashinzwe umutekano, gusa ibintu bikaba bikomeje kuba urujijo muri tumwe mu duce tugize mujyi wa Kinshasa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri ano mezi Atatu ashize havuzwe […]
Nyamasheke: Abirukanywe muri Tanzaniya barashimira Kagame wabasubije ubuzima
Abaturage birukanywe muri Tanzaniya bagatuzwa ku mudugudu wa Rwunamuka,mu kagari ka Rushyarara,mu murenge wa Karambi ho mu karere ka Nyamasheke, barashimira byimazeyo umukuru w’igihugu, Paul Kagame kuba yarabasubije ubuzima bakongera kumva batekanye bari bazi ko batazongera kugira ubuzima bwiza,ariko ubu bakaba babarirwa mu bakire bo muri uyu murenge. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba baturage bari mu miryango […]
Ndacyari isugi, umusore twemeranyije kuzarushinga akomeje kunsaba ko turyamana- Nkore iki?
Nitwa Consilie, mfite imyaka 26, ndi umukobwa uri mu rukundo ariko ndabona aho gushinga ahubwo rushobora kuyoyoka. Mbandikiye kuri Email yanyu ya Bwiza.com, ngirango muntambukirize ubutumwa bwanjye, ngisha inama, kuko mfite umusore dukundana, ubu twatangiye no kuganira iby’uko twabana umwaka utaha wa 2018, nta mushinga n’umwe twari twakora wenda ngo anyerekane mu muryango cyangwa abe […]
Koreya ya Ruguru yahakanye guhagarika gucura intwaro z’ubumara
Koreya ya Ruguru yamaganye ibihano bishya yafatiwe n’umuryango mpuzamakungu , Loni ku byerekeye umugambi wayo wo gucura intwaro z’uburozi (nuclĂ©aire). Mu itangazo ryaciye mu kinyamakuru cya Koreya ya Ruguru, leta ivuga ko itazigera yemera kuganira ku bijyanye n’umugambi wayo wa “nuclĂ©aire” mu gihe umutekano wayo ukibangamiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Muri iryo tangazo […]
Nigeria: Abantu 11 baguye mu gitero cyagabwe ku rusengero
Abantu 11 basize ubuzima mu gitero cyagabwe ku rusengero rwo mu gace ka Ozubulu gaherereye mu Majyepfo ya Nigeria mu mujyi wa Onitsha, abandi bagera kuri 18 barakomereka bikomeye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko iki gitero bitaramenyekana niba cyagabwe n’umuntu umwe wari witwaje intwaro cyangwa igikundi cy’abantu bigabije uru rusengero mu masaha […]
Ubuyobozi bwa CECAFA bwifurije intsinzi Perezida Kagame
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika y’i Burasirazuba no hagati bwifurije intsinzi Perezida Kagame uherutse gutsinda amatora amugumisha kuri uyu mwanya. Abagize uyu muryango (Confederation of East and Central Africa Football Associations-CECAFA) boherereje ubutumwa Perezida Kagame, watsinze aya amatora nkuko amajwi y’agateganyo abigaragaza ko yayatsinze n’amajwi 98.63%, atsinze Mpayimana Philippe na Dr Frank Habineza bari […]
Burundi: Umwe mu basirikare barindaga Perezida Nkurunziza yirashe
Kaporali shefu Nishemezwe, umwe mu basirikare bacunga umutekano mu biro by’umukuru w’igihugu cy’u Burundi BSPI (Brigade SpĂ©ciale de Protection des Institutions) yirashe ahita apfa. Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 6 Kanama 2017, nibwo yirashe akoresheje imbunda yakoreshaga mu kazi, ahita agwa aho ku biro bya Perezida Nkurunziza. Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col. Gaspard […]
Amerika yanenze uko ibikorwa by’amatora mu Rwanda byagenze
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yashimiye Abanyarwanda ubu ryo bitabiriye amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu cyumweru gishize, ariko ikananenga bimwe mu bikorwa byayaranze birimo no kutubahiriza igihe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibinyujije mu itangazo, Amerika yasabye itangazamakuru ryo mu Rwanda gutinyuka rikavuga amakuru y’impamo ku byaranze abakandida batavuga rumwe na leta bari bari muri aya matora kuba batangira […]
Merci mon frère Kaboré, Perezida Kagame asubiza mugenzi we wa Burkina Faso
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Burukina Faso, Roch Marc Christian KaborĂ© wamwandikiye amwifuriza intsinzi nyuma yo gutorerwa kuyobora u Rwanda. Abicishije ku rukuta rwe kuri Twitter, Perezida KaborĂ© yashimiye Perezida Kagame mu cyongereza no mu gifaransa. Muri iyo nyandiko ye yo ku wa 5 Kanama 2017, KaborĂ© ucishirije yagize […]
Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n’ibindi mu gihe cyo usenga?
Abantu benshi bakunze gutekereza ko hariho amasaha cyangwa ahantu habugenewe baba bagomba gusenga Imana ikabumva ndetse bamwe bakanagira inyifato mu gihe barimo basenga. Ni muri ubwo buryo hari abahumiriza, abapfukama, abatega amaboko, abubika umutwe bakareba hasi n’ibindi bitandukanye. Gusa biragoye kumenya nyir’izina uburyo bwo kwifata mu gihe cyo gusenga muri ubu bwose bwavuzwe kugirango Imana […]
Rugarika: Mu bikorwa bya Army week, abatuye Rugarika bahawe amazi meza
Abatuye mu murenge wa Rugarika, bavuga ko bari bahangayikishijwe n’ikibazo gikomeye cyo kutagira amazi meza, kuko bavomaga ay’ibishanga, uwashakaga amazi meza byamusabaga gukora urugendo rurerure ajya kuyashaka ntagire undi murimo yikorera. Uku kutagira amazi meza ngo byabagiragaho ingaruka, zirimo kuba nta kindi bakwikorera,indwara z’impiswi n’izindi zose zikomoka ku mwanda, inkorora ,ibicurane n’izindi. Ku bufatanye bw’abaturage, […]
Kenya : Amatora ya perezida ateganyijwe ejo yateye bamwe ubwoba bava mu mijyi
Perezida ucyuye igihe muri Kenya, Uhuru Kenyatta azahanga na RaĂ ÂŻla Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi n’abandi 6 mu matora ya perezida wa Repubulika n’ibindi byiciro bitanu azaba ejo ku wa Kabiri tariki ya 8 Kanama 2017. Abantu batandukanye batangiye kuva mu mijyi berekeza mu byaro; iwabo ku ivuko birinda ko kugerwaho n’ ibibazo by’umutekano muke byateye […]
EU irasaba u Rwanda kunoza mu kudaheza no gukorera mu mucyo mu matora ataha
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (European Union-EU) urashima uburyo amatora ya Perezida wa Repubulika mu Rwanda yagenze, ariko ugasaba ko hari ibyanozwa mu matora ataha. Mu itangazo ry’uyu muryango ryashyizwe ahagaragara ku Cyumweru tariki ya 6 Kanama 2017, rigaragaza ko aya matora yatsinzwe na Perezida Paul Kagame, umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, yateguwe neza kandi yizewe, ariko […]
Uganda: Abapolisi 8 bafunze bazira gusinzirira mu kazi
Polisi ya uganda ikorera mu ntara y’Amajyepfo yafunze abapolisi 8 bazira gusinzira mu gihe bari ku kazi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bapolisi bafashwe mu mpera z’icyumweru gishize mu mukwabu wabereye mu bice bitandukanye ubwo inzego z’umutekano zarebaga ko akazi kari gukorwa neza, zigasanga bamwe basinziriye batazi aho bari. Umuvugizi wa polisi mu gace k’Amajyepfo, Siraje Bakaleke […]
Israel igiye guhagarika televiziyo Al Jazeera
Ibiro bya Televiziyo Al Jazeera i Jerusalem bigiye gufungwa nyuma y’uko iyi televiziyo ishinjwa gushyikira iterabwoba. Minisitiri ufite itangazamakuru mu nshingano ze muri Israel Ayoub Kara, atangaza ko iyi televiziyo ishinjwa gushigikira iterabwoba no kogeza ubugizi bwa nabi bukorerwa abanya-Israel. Al Jazeera itangaza ko abakozi bayo bahinzwe gutara amakuru babujijwe kwinjira ahatangiwe ikiganiro cyatangarijwemo izo […]
Umugore wendaga kwiyamamariza ubudepite yatwitse umukozi we wo mu rugo
Umugore witwa Francesca Amony wo mu gace ka Gulu muri Uganda acumbikiwe na Polisi akurikiranyweho gutwika amaboko y’umukozi we wo mu rugo amuziza inoti y’ibihumbi 2 by’Amashilingi. [xyz-ihs snippet=”google”] Uyu mugore ashinjwa gutoteza uyu mwana w’umukobwa wamukoreraga akazi ko mu rugo karimo no kumurerera abana, ibi akaba yarabikoze nyuma yo kubura amafaranga 2000 aho yari […]
Nta wambuza kuvuga kereka andashe mu kanwa, sinajya mu Rwanda nseseye- Twagiramungu
Umunyapolitiki Twagiramungu Faustin uba ku mugabane w’u Burayi, avuga ko kudataha mu Rwanda ari uko yimwa ibyangombwa by’inzira, by’umwihariko ngo nta cyamubuza kuvuga kandi ngo ntiyataha aseseye. Yabitangaje nyuma y’uko Paul Kagame ubwo yiyamamazaga muri Nyamasheke ku wa 29 Nyakanga 2017, aho Twagiramuntu avuka, yagize icyo amuvugaho, yongeraho ko bahora bamutumira ngo atahe ariko akanga. […]
Umuhanzi Jean Luc Munyampeta yateguriye abakunzi “Full live concert” izitabirwa n'abayobozi batandukanye
Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana Jean Luc Munyampeta yateguriye abakunzi be gagtaramo cy’akataraboneka kizaba cyanitabiriwe n’abandi bahanzi batandukanye b’ibikomerezwa mu Rwanda mu ndirimbo zaririmbiwe Imana, iki gitaramo kikazanitabirwa na bamwe mu bayobozi bakuru b’itorero ry’Abadiventiste b’umunsi wa karindwi. Ubwo umunyamakuru wa bwiza.com yasuraga uy muhanzi ufite indilrimbo zikora kumitima ya benshi, abato n’abakuze, yamuviriye imuzi ibyerekeye […]