Gicumbi : Itsinda ryâabasore ryahawe akato gatuma batibona nkâAbanyarwanda
Abacuruzi bo mu Murenge Manyagiro mu kagari ka Remera bafatiye ibihano abasore bigeze gufungirwa ubujura nyuma bakaza kugirwa abere, byo kutazongera kwikorera imizigo ku gasanteri ka Remera, aho bajyaga bavana amafaranga ababeshaho. Icyo kibazo cyatangiye ubwo iduka ryâumwe mu bacuruzi bo mu gasanteri ka Cyinyanda mu kagari ka Remera ryapfumurwaga nâabantu bataramenyekana bakamwiba amasaka apima […]
Uganda: Imfungwa iri mu bitaro nyuma yo kumira inoti zâibihumbi 50 byâAmashilingi
Sengigwa Sendodie ufungiye muri gereza ya Lugore iherereye mu gace ka Palaro muri Uganda ari mu bitaro nyuma yo kumira inoti zâAmashilingi agera ku bihumbi 50. Yamize aya mafaranga mu gihe habaga umukwabu wo gusaka mu magereza, agatinya ibihano yari guhura na byo iyo baramuka bayamufatanye agahitamo kuyamira bunguri ariko bikanga bika aibyâubusa kuko yageze […]
Parfine yifashe ku gahanga atuka Safi bahoze bakundana
Umutesi Parfine umubyeyi w’abana babiri wahoze ari umukunzi wa Safi Madiba wo muri Urban Boys, mu kinyabupfura bamwe bita gike, yatutse anandagaza Safi atirengagije n’abasore b’Abanyarwanda batereta abakobwa bo mu mahanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bije nyuma yaho batandukaniye Safi agahitamo kubana na Niyonizera Judithe bigatungura benshi harimo n’uyu mugore Parfine bakoresha amagambo mabi anenga urugo […]
Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda
Abaturage batuye mu tugari twa Bukwashori, Rwasa na Nyirataba two mu murenge wa Kivuye mu karere ka Burera, barasaba ko bahabwa amazi meza, kuko ngo byabafasha kubarinda ibibazo byo gusuzugurwa bahura nabyo iyo bagiye kuvoma muri Uganda. Aba baturage bavuga ko hashize imyaka ibiri batabona amazi meza, ku ruhande rwâu Rwanda, ku buryo bajya kuvoma […]
Byinshi wamenya kuri kudeta âCoups dâEtatâ zibasiye ibihugu bya Afurika mu myaka 20 ishize
Ku mugabane wa Afurika, ni hamwe mu hantu hakunze kuvugwa ihirikwa ryâubutegetsi ku bwinshi, ibi mu ndimi zâamahanga bita âCoup dâ Ă© tatâ. Hamwe na hamwe iri hirikwa ryâubutegetsi ryabaga riciye mu ngufu za gisirikare, ahandi ugasanga ahanini byabaga biturutse ku myivumbagatanyo yâabasivili, bahagurukaga ,bakamagana ubutegetsi bakanabukuraho. Muri iyi nkuru Bwiza.com yabateguriye, murasangamo ihirikwa ryâubutegetsi […]
FIFA yahannye ibihugu 8 byâAfurika kubera amakosa byakoze
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryahaye ibihano ibihugu bigera ku munani byao ku mugabane wâAfurika kubera ibyaha binyuranye byakozwe mu mikino yo guhatanira itike y’igikombe cy’isi giteganyijwe muri 2018. Ni muri urwo rwego, ikipe yâigihugu ya Gabon ari imwe mu makipe yahanwe, ikaba izira kuba yarakinishije umukinnyi utemewe n’amategeko, Merlin Tandjigora, wagombye kuba yarahagaritswe […]
Nyamasheke: Umusaza wari uzwiho gufata inzoka ari nzima yamurumye ahita apfa
Umusaza wâimyaka 67 yâamavuko witwaga Sekanyambo Isaacar wari usanzwe azwiho kugombora abarumwe nâinzoka, yamurumye ahita apfa. Yari asanzwe atuye mu mudugudu wa Kabaga, akagari ka Kigoya, umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, yarumwe nâinzoka mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 3 Ukwakira 2017, ubwo yari agiye kuyikura mu nzu yâumuturanyi we. Umunyamabanga […]
Ibihugu bifite abasirikare muri Somalia byasabye ko bakurwayo
Mu gihe Somaliya ihanze amaso ingabo zâabanyamahanga mu kuyifasha gucunga umutekano wâabanyagihugu nâibya bo, umuryango wâAfuriya yunze ubumwe iratangaza ko mu minsi ya vuba iba yamaze kugabanyayo ingabo. Ni muri urwo rwego abasirikare bagera ku 1500 ba AMISOM bagomba gukurwa muri kiriya gihugu mu gihe kitarenze amezi 12 nkâuko uyu muryango ubiteganya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gusa […]
Ndi umukobwa wâimyaka 24, uwo nitaga data yanyanze mfite 5 none ubu anyiruka inyuma anyita uwe – Nkore iki?
Navukiye mu ntara yâAmajyepfo, mu Mayaga, mu mwaka wâ1998 nibwo data yirukanye mama, icyo gihe nari muto mfite imyaka 5, amwirukana avuga ko ntari nâumwana we, bakuru banjye 2 nibwo yitaga abe, umuhungu nâumukobwa. Najyanye na mama, ndererwa kwa nyogokuru mu Bugesera, ndiga amashuli abanza muri ubwo buzima, mama na we yageze aho abona undi […]
U Rwanda ku mwanya wa 2 muri Afurika nâuwa 41 ku isi mu gutanga serivisi zinoze
Icyegeranyo cy’ ihuriro ry’ isi mu by’ubukungu giheruka cya 2017-2018 gishyira u Rwanda ku mwanya wa 2 muri Afrika y’ Iburasirazuba mu mitangire ya servisi inoze, rukaba urwa 2 ku mugabane wa Afrika na ho ku isi rukaza ku mwanya wa 41 ruvuye kuwa 107 mu cyegeranyo giheruka cya 2014-2015. Iki cyegeranyo gisohotse mu gihe […]
Perezida Trump asanga uwarashe abantu I Las Vegas ari umurwayi wo mu mutwe
Perezida wa Leta zunze ubumwe zâAmerika, Donald Trump yavuze ko umugabo, Stephen Paddock wishe arashe abantu 59 akanakomeretsa abandi 527 i Las Vegas muri Amerika ari umurwayi. Ibi yabitangaje mu gihe yahumurizaga ababuriye ababo muri buriya bwicanyi byabereye mu nyubako yaberagamo ibirori byâiserukiramuco rya muzika, akanavuga ko mu gihe kiri imbere bazareba uko amategeko agenga […]
Rwamagana: Ushinzwe umutekano mu mudugudu arashinjwa gutoteza no guca abaturage mu kabari
Ku wa kabiri tariki 3 Nzeli 2017, mu nteko rusange yâabaturage yabereye ku murenge wa Kigabiro, Habimana Emmanuel yasabye kurenganurwa avuga ko akomeje gutotezwa nâushinzwe umutekano witwa Muhirwa Aimable, amushinja kumukubita, kumutoteza, kumuca mu kabari ndetse akaba ashaka no kumwirukana mu mudugudu. Muhirwa Aimable mu kwisobanura, avuga ko yasabye ba nyiri utubari guha akato abo […]
Somaliya: Imodoka yari itwaye abasirikare bâu Burundi yatezwe igisasu nâabarwanyi ba Al-Shabaab
Abarwanyi ba Al-Shabaab bateze igisasu cyo mu bwoko bwa bombe, imodoka yari itwaye abasirikare bâu Burundi bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somaliya. Nkâuko aya makuru yemezwa nâumuvugizi wâigisirikare cyâu Burundi, Col Gaspard Baratuza, avuga ko ari byo koko abo barwanyi bateze iyo modoka, gusa agahamya ko n’ubwo imodoka barimo cyayitwitse, ko nta musirikare […]
Kugeza muri 2024, u Rwanda ruzahanga imirimo isaga Miliyoni 1.5
Guverinoma yâu Rwanda iratangaza ko muri 2024 izaba imaze guhanga imirimo igera kuri miliyoni nâigice ibi bikaba bizakorwa mu myaka 7 iri imbere ndetse harebwa mu byerekezo bitandukanye byâubukungu. Ibi ni bimwe mu biherutse gutangazwa na Minisitiri wâIntebe, Edouard Ngirente mu Nteko ishinga amategeko mu cyumweru gishize, aho biteganyijwe ko imirimo isaga ibihumbi 214 izajya […]
Ikibazo cyâubwiherero gikomeje kuba ingamburuzabahizi, haragaragara nâinyubako za Leta zitabugira
Ikibazo cyâimiryango itagira ubwiherero cyatangiye kumvikana mu 2016, aho MINALOC yari yavuze ko uwo mwaka urangira gikemutse, ariko bivugwa nta ngamba. Muri Mata 2017, nabwo cyari kikivugwa, maze abadepite bakibaza Minisitiri wâIntebe atanga amezi atatu gusa, none ubu haragaragara nâinyubako za Leta zitabugira naho usanga zibufite ariko bwarashaje, kubujyamo ari ukubanza kwipfuka amazuru. Biragoye kumva […]
Loni ntishyigikiye igabanywa ry'abasirikare ba Monusco muri Congo
Umunyamabanga mukuru wa Loni , Antonio Guterres atangaza ko adashyigikiye abifuza kugabanya abasirikare bâuyu muryango bari muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo mu butumwa bwâamahoro. Inama ya Loni ishinzwe umutekano ibitegetswe na Leta zunze ubumwe zâAmerika igamije kugabanya abasirikare 2000 ba Loni bari mu butumwa bwâamahoro muri Congo (MONUSCO) bari mu basirikare benshi ba loni […]