Peace Cup: Kiyovu Sports ikomereje ku bitego byo hanze
Kuri uyu wa 30 Kamena, mu mukino wa 1/2 cy’irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro, Kiyovu Sports ikomereje ku bitego byo hanze isezereye Police FC. Uyu mukino wabonetsemo ibitego 6 muri rusange, warangiye Police FC yakiniraga iwayo itsinze Kiyovu Sports ibitego 4-2 ariko ntibyagira kinini bitanga kuko mu mikino ibiri amakipe yanganyaga ibitego 4-4 ariko kubera ko iyi […]
Umutwazi wa moto yavuye mu nzara z'urusamagwe
Mu Buhinde, urusamagwe rwirukanse ku mutwazi wa moto n’uwo yari ahetse barokoka mu masegonda atanu. Uru rusamagwe rwo mu bwoko bwa ‘Bengal’ rwaturutse muri pariki ya Nagarhole rwari hafi yo gufata ipine y’iyi moto ariko mu masegonda atanu rwahise rusubira mu ishyamba. Amashusho agaragaza uru rusamagwe ruva muri pariki rugana mu muhanda, rwirukanka kuri iyi […]
Kirehe: Abaturage barishimira aho bagejeje besa imihigo
Abayobozi nâabaturage bo mu Karere ka Kirehe, barishimira ibikorwa byâindashyikirwa  byabafashije kwibonera  amavuriro n’ibindi ibikorwaremezo byakozwe  hatifashishjwe ingengo yâimari ya Leta mu mwaka wâimihigo 2018/2019. Mu mwaka wâingengo yâimari 2018/2019 mu karere ka Kirehe hari hateganyijwe ibikorwa 163 byarimo imihigo 72 nâibindi bikorwa  91 bigamije iterambere ryâAkarere Muhoza Salivain utuye mu Kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigarama, yavuze […]
âNtabwo ntekereza ko ndi baringaâ- Perezida Felix Tshisekedi
Iyi ntero igira itiâ Ntabwo ntekereza ko ndi baringaâ yavuzwe na Perezida wa Congo-Kinshasa, FĂ©lix Tshisekedi kuwa 29 Kamena 2019 mu kiganiro yagiranye na RFI ndetse na France24 i Lubumbashi. Muri iki kiganiro kirambuye, Tshisekedi yagarutse ahanini ku matora yamugejeje ku ntebe atavugwaho rumwe na benshi aganira ku kibazo ahura na nacyo kugira ngo ashyireho […]
Dukorera Imana ikunda kuduha imigisha
Soma Abaheburayo 11:1-2 Imana ikunda gutanga imigisha, kandi ikaguha imigisha myinshi. Ni Imana yâ Imigisha gusaaaaa, inzozi zayo (dream) ku ubuzima bwawe kandi mu inzira utatekereza ko yabaho. Â Niba wari mu guhangayika cyangwa ufite ubibazo byo kuba wabona intsinzi mu buzima bwawe. Biroroshye kuba wabyinjiza mu ibitekerezo byawe. Ariko nabwo bikaba binoroshye kugira ngo […]
Indemyabusugire, izina rya Gitore ryahawe abakozi ba REG
Abakozi ba Sosiyete y’Igihugu y’ingufu (REG) bari bamaze icyumweru mu itorero, i Nkumba mu Ntara yâAmajyaruguru, bahawe izina rya Indemyabusugire, riturutse ku kuba aribo shingiro ry’Ubukungu n’Ubususuruke mu gihugu. Ni izina bahawe na Minisitiri wâIbikorwaremezo, Amb. Gatete Claver, kuri iki Cyumweru tariki ya 30 Kamena 2019, abibutsa ko ibyo bigishijwe mu itorero bamazemo iminsi irindwi […]
Kamonyi/Kayenzi: Itsinda ryâAbabyirukanye rirajwe ishinga nâiterambere ryâaho rivuka
Itsinda âAbabyirukanyeâ rigizwe nâurubyiruko rwâabavuka mu Kagari ka Cubi, Umurenge wa Kayenzi, Akarere ka Kamonyi, ariko baba muri Kigali nâahandi mu gihugu, rishishikajwe nâiterambere ryâaka Kagari bavukamo ndetse nâiryâigihugu muri rusange. Mu gikorwa cyâumuganda rusange usoza ukwezi kwa Gatandatu, wabaye ku wa 29 Kamena 2019, iri tsinda ryâAbabyirukanye ryifatanyije nâabaturage bo mu mudugudu wa Gitwa, […]
Tanzania: Impunzi zâAbarundi zirasaba kwimurirwa mu yindi nkambi
Abarundi bahungiye muri Tanzania nyuma yâimvururu zishingiye kuri politiki zavutse mu gihugu mu mwaka wa 2015, barasaba kwimurirwa mu zindi nkambi, kugira ngo umutekano wazo ubungwabungwe. Izi mpunzi ziba mu nkambi 3, Nduta, Mtendeli na Nyarugusu, zikavuga ko kuba umutekano wazo ukomeza guhungabanywa biterwa nâuko inkambi zubatse hafi yâumupaka ugabanya u Burundi na Tanzania. Zisaba […]
Nta kiguzi twabona duha ubumwe bw' Abanyarwanda- Hon Mukabalisa
Perezida wâInteko Nshingamategeko, umutwe wâAbadepite, Hon. Mukabalisa Donatille avuga ko ubumwe ari umusingi wâibyo u Rwanda rumaze kugeraho, bityo ko nta kiguzi cyabwo umuntu yabona. Mu kiganiro Hon. Mukabalisa n’itsinda ry’Abadepite ayoboye, bagiranye n’abaturage b’umurenge wa Mudende, Akarere ka Rubavu, ubwo bari basoje umuganda usoza ukwezi kwa Gatandatu, wabaye ku wa 29 Kamena 2019, yashimiye […]
Rusizi: Abakozi bâimishinga basabwe kugira imikorere izira akajagari
Abayobozi nâabakozi bâimishinga 12 iterwa inkunga na Compassion international mu karere ka Rusizi bongeye kwibutswa inshingano zabo mu kubonera abana bagera ku 3250 bitaho ubumenyi nâubrere bukwiye, ku bufatanye nâabashumba bâamatorero ya gikirisitu iyo mishinga ikoreramo,buri wese asabwa kwitanga atizigama no kunoza imikorere ngo aba bana bitaho mu bihe biri imbere bazabashe kwigirira akamaro batezweho […]
Perezida Trump yongeye guhura na Kim Jong-un atera intambwe yinjira muri Koreya ya Ruguru
Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Kamena, Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye guhura nâUmuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, bahuriye ku mupaka wa Koreya zombie, ndetse atera intambwe nkeya nâamaguru yinjira byâamateka muri Koreya ya Ruguru. Itangazo ryâuku guhura ryari ryasohowe mbere yahoo gato na Perezida wa Amerika na mugenzi […]
Ernest Nimubona ukomeye mu gisirikare cy'u Burundi yaburiwe irengero
Ernest Nimubona ufite ipeti rikuru (officier supĂ©rieur) mu gisirikare cyâu Burundi yaburiwe irengero kuva ku wa Gatanu tariki ya 27 Kamena 2019, umuryango we ukaba utaramenya irengero rye. Nk’uko bitangazwa na SOS Medias/ Burundi, ngo Ernest Nimubona yari asanzwe akora muri Etat Major, by’umwihariko akaba yaranahoze mu gisirikare cy’u Burundi na mbere y’amasezerano yo mu […]
11% byâabazize Jenoside mu yahoze ari Kibungo baguye muri za Kiliziya nâinsengero
Ubushakashatsi Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) yakoze ku mateka yâitegurwa nâishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Kibungo, bugaragaza ko 11% byâabazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri iyi Perefegitura baguye muri za Kiliziya nâinsengero. Ubu bushakashatsi bwakorewe mu zahoze ari Komine 11 zari zigeze icyahoze ari Perefegitura ya Kibungo, bugaragaza […]
RDC: Hagiye gukorwa operasiyo mu duce twugarijwe n'umutekano muke
Umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko hagiye gukorwa za ‘operations’ mu duce dutatu twugarijwe cyane n’umutekano muke uterwa n’inyeshyamba ndetse n’imitwe y’iterabwoba. Djugu na Mahagi mu ntara ya Ituri na Minembwe muri Kivu y’Amagepfo ni two duce Tshisekedi yatangarije mu isabukuru y’imyaka 59 iki gihugu kimaze kibonye ubwigenge ku […]
Abayobozi bakuru ba Polisi za Sudani na Centre Africa bashimiye umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda
Kuri uyu wa 29 Kamena, ku cyicaro gikuru cya Polisi, umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda IGP Dan Munyuza yahakiriye Lt. Gen. Adil Mohamed Ahmed Bashair umuyobozi mukuru wa Polisi ya Sudan na Col. Bienvenu Zokoue umuyobozi mukuru wa Polisi ya Repuburika ya Centre Africa. Lt. Gen. Adil Mohamed Ahmed Bashair ni nawe uyoboye ihuriro ryâabayobozi […]
Nibyo, ndemeza ko ADF ari umutwe wâiterabwoba – Perezida Tshisekedi
Perezida Felix Tshisekedi, wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yemeje ku mugaragaro ko ADF ari umutwe wâiterabwoba uteye ikibazo ku Banyekongo kandi ufitanye imikoranire nâumutwe wa Islamic State. Ni mu kiganiro yahaye RFI na France 24 kuri uyu wa Gatandatu ari muri Katanga. Iki kiganiro biravugwa ko cyabereye muri etage ya kane yâinyubako ikoreramo Intara […]
Iburasirazuba: Umwiherero wâabayobozi witezweho impinduka mu miyoborere yâinzego zâibanze
Abayobozi mu nzego zâbanze basaga 700 bateraniye mu mwiherero wâiminsi 3 mu ishuri ryigisha abapolisi riherereye mu Murenge wa Gishari, mu Karere ka Rwamagana. Ijambo  Guverineri Mufulukye Fred yagejeje ku bayobozi baturutse mu turere twose tugize intara yâiburasirazuba  ryibanze ku kunenga ibitagenda neza mu miyoborere yâinzego zâibanze  ndetse no gusaba ababarizwa mu nzego zâibanze kwirinda imikorere ituma abaturage batabona […]
Kamonyi: Umurenge wa Runda wegukanye igikombe cyâumuganda uhigitse indi 415
Umurenge wa Runda mu Karere Kamonyi wahawe igikombe cyâibikorwa byâumuganda kubera guhangana nâibiza biherutse kwibasira ako karere mu mwaka wa 2016 bikangiza amazu 2400, ubutaka buhinzeho imyaka mu gishanga cya Kamiranzovu, bigatwara nâ ubuzima bwâabaturage 16 . Minisitiri wâUbutegetsi bwâigihugu, Shyaka Anastase, ashimira abaturage bo mu Murenge wa Runda kuko bagize uruhare runini mu gushyira […]
Ibisambo byitwaje intwaro byibasira abakozi ba Mobile Money byakamejeje muri Kampala
Ibisambo byitwaje intwaro byibasira abakozi ba Mobile Money mu Mujyi wa Kampala byongeye kwaduka birasa umwe muri aba bakozi ndetse nâumushoferi we. Ubujura bwabereye ku Muhanda wa Balintma, muri Zone ya Kayiwa muri Rubaga ku isaha ya saa yine zâijoro kuri uyu wa Gatanu ushize. Umuvugizi Wungirije wâIgipolisi muri Kampala, Luke Owoyesigyire avuga ko uwishwe […]
Nyanza: Mu mihigo 73 bari bahize harimo imwe nâimwe ikiri inyuma
Ubuyobozi bwâakarere ka Nyanza buvuga ko nubwo bwifuzaga kwesa imihigo yose bari barahize mu mwaka wâingengo yâimari ya 2018 â 2019 kuko mu mihigo 73 bari bahize harimo imihigo imwe ikiri inyuma ngo bikaba byaratewe nâuko yagiye igira ikibazo. Ntazinda Erasme umuyobozi wâakarere ka Nyanza avuga ko umuhigo wa mbere utarashoboye kugerwaho ijana ku ijana […]
Nyamasheke: Abatesha abana amashuri bakabajyana mu mirimo ivunanye akabo kagiye gushoboka
Ubuyobozi bwâakarere ka Nyamasheke buraburira ababyeyi nâabandi batesha abana kwiga bakabajyana mu mirimo ivunanye bashukishawa udufaranga twâintica ntikize ko batazihanganirwa kuko ibihano bihari bibategereje byanatangiye,bugasaba buri wese urebwa nâuburenganzira bwâumwana guhaguruka agahangana nâikintu cyose cyabubangamira. Ni bimwe mu byo Bwiza.com yatangarijwe nâumuyobozi wâaka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza yâabaturage,Mukamana Claudette nyuma yâibiganiro abarebwa nâuburenganzira bwâumwana […]