Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 3

img-20201013-wa0037.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 13 Ukwakira 2020 yatangaje ko abantu 3 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 1884 byafashwe. Abanduye barimo uwabonetse i Kigali, uwabonetse i Nyagatare n’undi wabonetse i Rubavu. Abamaze gukira iki cyorezo ni 4130 barimo 253 b’uyu munsi, abakirwaye bo ni 746. Abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri rusange ni […]

Magufuli yasabye abayoboke ba CCM gutora umugore w’ihoho

Perezida wa Tanzania, Dr. John Pombe Magufuli yasabye abarwanashyaka ba CCM gutora Samia Hassan Suluhu ku mwanya wa Visi Perezida ku bw’inzobe ye aho avuga ko afite ubushobozi bwo kuvuganira abaturage kurusha uwirabura. Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza ku ishyaka rye rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) byabereye Mwanza ku wa 12 Ukwakira […]

USA: Umwana w’imyaka 11 yafashwe yibye bisi (bus) y’ishuri yigaho

Polisi ikorera muri Leta ya Louisiana yafatiye mu cyuho umwana w’imyaka 11 yibye imodoka yo mu bwoko bwa bisi (bus) y’ikigo cy’ishuri yigaho. TMZ ivuga ko ubwo bagenzi b’uyu mwana bari bagiye gutembera muri iyomodoka y’ishuri. We yabaciye inyuma ahita yinjira mu modoka ayitwara yiruka. Polisi ivuga ko ikimara kubona umuvuduko ukabije iyi bisi yagendagaho, […]

Cristiano Ronaldo yanduye Coronavirus

Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo, yanduye icyorezo cya Covid-19, nk’uko byatangajwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu gihugu cya Portugal. Itangazo iryo shyirahamwe ryasohoye rivuga ko “Cristiano ameze neza, nta bimenyetso agaragaza, akaba ari mu kato.” Uyu rutahizamu w’Ikipe ya Juventus, yaherukaga kugaragara mu mikino ibiri ikipe y’igihugu cye anabereye Kapiteni iheruka gukina, harimo uwa gicuti yakinnye na Espagne […]

FERWAFA yatangaje igihe shampiyona za 2020/21 zizatangirira

img-20201013-wa0020.jpg

Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA), bwatangaje igihe za shampiyona z’umwaka w’imikino wa 2020/21 zizatangirira, harimo iy’ikiciro cya mbere mu bagabo izatangira tariki ya 04 Ukuboza uyu mwaka.

RDC: Imitwe 24 y’inyeshyamba yiteguye gushyira intwaro hasi ku bushake

Imitwe yitwaje intwaro 24 ikorera muri teritwari za Beni na Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru yongeye gsubiramo ko yiteguye gushyira intwaro hasi, aho babivugiye ku wa mbere, tariki ya 12 Ukwakira i Butembo, nyuma y’inama yateguwe na komisiyo ishinzwe gutera inkunga intara mu rwego rwo kubasubiza mu buzima busanzwe. Iyi nama yabereye mu muhezo imbere y’inzego […]

Abanyeshuri bishyuye amafaranga y’igihembwe cya mbere ntibazabazwa andi

abayobozi_bashya_guverinoma_twagirayezu__1602609043279.jpg

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda kuri uyu wa 13 Ukwakira 2020, yasubije ko abanyeshuri bishyuye amafaranga y’ishuri y’igihembwe cya mbere, batazabazwa andi mu gihe amasomo azaba asubukuwe. Ni igisubizo iyi Minisiteri yahaye uwitwa Simon Pierre Habiyaremye, wayibajije kuri uyu wa 12 Ukwakira, ati: “Igihembwe cyo mu kwa 1-3/2020 (kuva muri Mutarama kugeza muri Werurwe) cyabaye imfabusa […]

Tanzania: Hamenyekanye icyateye inkongi iheruka kwibasira Kilimanjaro

Iperereza ry’ibanze ku nkongi y’umuriro iheruka kwibasira umusozi muremure wa Kilimanjaro, yerekanye ko iyo nkongi yatewe n’abakarasi bari bari kumwe na ba mukerarugendo bazamukaga umusozi mu gace kawo ka Whona. Ni ibyatangajwe na Pascal Shelutete, umuyobozi ushinzwe itumanaho muri Pariki z’igihugu za Tanzania, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru. Shelutete yavuze ko aburiraga umusozi bari bageze ahitwa […]

Cinq changements majeurs dans le projet de loi foncière

Une réunion du cabinet tenue le lundi 12 octobre a approuvé le projet de loi régissant le foncier au Rwanda. Le projet de loi foncière, s’il est approuvé par les deux chambres du parlement entre autres procédures, remplacera l’actuel promulgué en 2013. Voici cinq changements majeurs du nouveau projet de loi. 1. Subdivision de terrain […]

Col. Mwesigye agiye kurega Museveni n’ishyaka NRM

Col. Fred Mwesigye uherutse gutsindira amatora y’ishyaka rya NRM mu Karere ka Kiruhura yatangaje ko yiteguye kurega Museveni n’iri shyaka igihe cyose hazaba hateshejwe agaciro ibyavuye mu matora. Muri aya matora yabaye ku wa 4 Nzero 2020 , Col. Mwesigye yatsinze Wilson Kajwengye ku giteranyo 36,147, kuri 13248 ya Kajwengye. Iki gihe Kajwengye yahise ahakana […]

U Rwanda ruri gushaka abashoramari bo guhinga urumogi

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije mu kigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi bw’ ibyoherezwa mu mahanga (NAEB), yatangaje ko iri gushaka abashoramari bo guhinga urumogi ruzavamo imiti yifashishwa mu buvuzi. Ni nyuma y’igihe kirekire igihingwa cy’urumogi kitemewe mu Rwanda ndetse n’ubucuruzi bwarwo buri mu byaha bihanwa n’amategeko. Guverinoma yavuze ko hari umubare […]

Minisitiri Ruberwa aribaza impamvu ari gutukwa wenyine azira Minembwe

Minisitiri ushinzwe kwegereza ubuyobozi abaturage n’impinduka mu nzego za leta muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Azarias Ruberwa aribaza impamvu ari kwibasirwa, akanatukwa wenyine azira agace ka Minembwe. Ni nyuma y’aho we n’abandi bayobozi bakuru barimo Minisitiri w’Ingabo, abasirikare bakuru n’abadepite boherejwe muri Minembwe mu mpera za Nzeri 2020 kugira ngo bashakire umuti ikibazo cy’umutekano […]

Imyaka 59 irashize Igikomangoma Rwagasore cyishwe; bimwe mu byaranze ubuzima bwe

crl7qqexaaatdzt.jpg

Ku itariki nk’iyi ya 13 Ukwakira mu 1961, nibwo Igikomangoma Louis Rwagasore, kishwe ku myaka 29 y’amavuko mbere gato y’uko igihugu cy’u Burundi kibona ubwigenge yaharaniye. Rwagasore yari muntu ki? Igikomangoma Rwagasore cyavutse ku itariki ya 10 Muatarama 1932, ni umuhungu w’Umwami Mwambutsa wa IV n’umugore we, Thérèse Kayonga. Yize amashuri yisumbuye muri Groupe Scolaire […]

Miss Muyango yahundagaje kuri Kimenyi imitoma ku munsi we w’amavuko

uwase_muyango_20201013_1.png.jpg

Umuzamu wa Kiyovu Sports n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Kimenyi Yves, yahundagajweho uruhuri rw’imitoma na Miss Uwase Muyango Claudine usanzwe ari umukunzi we, ubwo yamwifurizaga isabukuru nziza y’amavuko. Urubuga rwa Wikipedia rwerekana ko Kimenyi yavutse ku wa 13 Ukwakira mu 1992, ibisobanura ko kuri uyu wa Kabiri yujuje imyaka 28 y’amavuko. Umukunzi we, Uwase Muyango Claudine wabaye […]

Katedarali ya Ruhengeri yananiwe kubahiriza amabwiriza ya Covid-19 yafunzwe

Katedarali ya Ruhengeri yo mu Karere ka Musanze mu Majyaruguru y’u Rwanda nyuma y’uko igenzura ryakozwe na Polisi ryasanze basenga batubahirije amabwiriza, yategetswe kongera gufunga imiryango. Tariki ya 11 Ukwakira 2020, Polisi y’u Rwanda yakoze igenzura mu nsengero 70 zo mu majyaruguru ireba uko ingamba zo guhangana na Covid-19 zubahirizwa. Iza gusanga kuri Katedarali Ruhengeri […]

Kaminuza zihiga izindi ku Isi mu 2020 zamenyakanye

Kaminuza ya Oxford yo mu Bwongereza ni yo iyoboye urutonde rwa Kaminuza 10 zikomeye ku Isi. Ni urutonde kandi rwihariwe n’ibihugu 2 byo mu burengerazuba bw’Isi. Urutonde rukorwa n’ikigo World Economic Forum rugaragaza byinshi bishingirwaho hakorwa urutonde rwa Kaminuza. Muri byo harimo abanyeshuri yakira ku mwaka, ubutunzi kaminuza ifite, umubare w’abahanga bayizemo, umubare w’impamyamubenyi itanga […]

Miliyoni 10 z’amadolari zabuze uzitwara ngo arongore umukobwa wa Tyson

Icyamamare mu Mukino w’iteramakofe ku Isi, Mike Tyson, gikomeje kubura uwarongora umukobwa wacyo w’imyaka 30 ku buryo cyanamushyiriyeho miliyoni z’Amadolari y’Amerika zigera ku 10 nk’igihembo ku uzabikora. Mikey Lorna Tyson, umukobwa w’imfura w’icyamamare Mike Tyson akomeje kubura umugabo, nyamara se ntako atagize ngo amufashe kubona umukunzi. Ubu afite imyaka 30 y’amavuko. Muri Gashyantare uyu mwaka […]

Rutsiro: Abagore b’abasinzi bakomeje kumenesha abagabo bagata ingo zabo burundu

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Uburengerazuba barashinja bagenzi babo kumenesha abagabo bagahunga ingo zabo bitewe n’ubusinzi bwabo, ubuyobozi bw’aka karere bukaba buvuga ko bwamaze gukora urutonde rw’ingo zirimo amakimbirane ashingiye kuri iyo ngeso hakaba hakomeje gahunda zo kuyakemura. Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Rutsiro bavuga ko intandaro y’amakimbirane […]

RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi

Umutwe wa RED-Tabara umaze imyaka itanu urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wavuze ko wamenye kandi wita ku byavuye mu nama ya Goma iheruka guhuza abakuru b’ibihugu byo mu karere, gusa uvuga ko utatunguwe no kuba Perezida w’u Burundi, Gen. Evariste Ndayishimiye, yaranze kuyitabira. Ni inama yabaye tariki ya 7 Ukwakira hifashishijwe ikoranabuhanga, ku butumire bwa Perezida […]

Nyamasheke: Abiga muri Kibogora Polytechnic bishimiye gusubukura amasomo

umuyobozi_wungirije_ushinzwe_amasomo_muri_iri_shuri_dr_munyengabe_sylvestre_aravuga_ko_umunsi_wa_mbere_w_amasomo_nta_mbogamizi_wahuye_na_zo.jpg

Nyuma y’amezi 6 batagera kuri kaminuza yabo, abiga muri Kibogora Polytechnic mu Karere ka Nyamasheke bishimiye kuba muri kaminuza zemerewe gusubukura amasomo kuri uyu wa 12 Ukwakira, aho bavuga ko bayatangiye neza bubahiriza n’amabwiriza yo kwirinda COVID-19, bagasaba ubuyobozi bwabo gukomeza gukurikiranira hafi ko aya mabwiriza yubahirizwa neza kugira ngo hataba hagira ubaca mu rihumye […]

Tom Byabagamba ushinjwa kwiba telefone yongeye kwanga kuburana

Tom Byabagamba wambuwe ipeti rya ‘Colonel’ kuri uyu wa 13 Ukwakira 2020, yongeye kwanga kuburana urubanza ashinjwamo kwiba telefone yo mu bwoko bwa Samsung n’indahuzo (chargeur) yayo. Mu rubanza rwari rugiye kuba hifashishijwe ikoranabuhanga, Tom Byabagamba yasobanuye ko atiteguye kuburana bitewe n’uko kuri uyu wa 12 Ukwakira 2020 ari bwo yabonye dosiye y’ibyo aregwa, akaba […]

Burundi: Abahungabanya umutekano bagiye gushakirwa mu bavuga Ikinyarwanda

Umuvugizi w’Igipolisi cy’u Burundi, Pierre Nkurikiye aherutse gutangaza ko abitwaje intwaro bamaze igihe bateza umutekano muke muri iki gihugu, bashakirwa cyane cyane mu bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda. Pierre Nkurikiye yatangarije aya magambo mu Ntara ya Gitega, tariki ya 8 Ukwakira 2020, asaba abaturage kwigengesera, ndetse babona abavuga uru rurimi rukoreshwa mu Rwanda, bakabimenyesha inzego zibishinzwe. Nk’uko […]

Guverineri Gatabazi yise Uganda umuturanyi mubi

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney, mu nama y’Umuryango FPR Inkotanyi yateranye ku wa 11 Ukwakira 2020, yise Uganda umuturanyi mubi w’u Rwanda bijyanye n’ibibazo ibihugu byombi bimaze igihe bifitanye. Mu magambo ye, yavuze ko “n’ubwo u Rwanda rufite umuturanyi mubi nka Uganda bidateze gutuma rwimuka anasaba abanyarwanda gukomeza kwishakamo ibisubizo kurusha uko babitega […]

Martin Fayulu yabwiye Abakongomani ko Tshisekedi ntaho azabageza

Martin Fayulu Madidi, umuhuzabikorwa w’Ihuriro ry’amashyaka yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rizwi nka LAMUKA, yasabye umuryango mpuzamahanga n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi, gufasha Congo kwikura mu bibazo byavutse mu matora y’Umukuru w’Igihugu yo mu 2018. Ku wa Mbere tariki ya 12 Ukwakira ni bwo Martin Fayulu yatorewe kuba umuhuzabikorwa wa LAMUKA, akazamarana izo […]

Myugariro w’ikipe yishwe n’abakinnyi bagenzi be bamushinja kubatsindisha

Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’imyaka 22 y’amavuko witwa Churchill Owaci, wo mu Karere ka Lamwo, mu majyaruguru ya Uganda, ku wa Gatandatu, yishwe n’abakinnyi bagenzi be bamuziza kubatsindisha mu mukino wa gicuti wari wabahuje n’indi kipe. Nyakwigendera yari atuye mu mudugudu wa Tumanon A, mu Murenge wa Agoro, ho mu Karere ka Lamwo. Yakinaga nka myugariro […]

Uganda: Polisi iri guhiga agatsiko k’amabandi kishe abarinda Sacco mbere yo kwiba

Igipolisi cya Uganda muri Mbarara kirimo guhiga agatsiko k’amabandi yishe abashinzwe kurinda imwe muri banki zikorera muri aka karere mbere yo kwiba ibintu bifite agaciro k’amamiliyoni y’Amashilingi akoreshwa muri iki gihugu. Samson Kusasira, umuvugizi w’igipolisi muri Rwizi, yavuze ko abapishwe ari Herbert Tugume w’imyaka 22 ukomoka mu Karere ka Kiruhura, na mugenzi we banganya imyaka […]

Abanyeshuri ba kaminuza baburaga amezi ngo barangize mu ba mbere basubukuye amasomo

Abanyeshuri biga muri kaminuza zasubukuye amasomo kuva kuri uyu wa Mbere, baremeza ko biteguye gutanga umusanzu wabo mu gushyira mu bikorwa amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya coronavirus cyari cyarabaye intandaro yo gusubika amasomo. Kongera kugaruka ku mashuri ni inkuru nziza ku banyeshuri bo muri za kaminuza cyane ko abagarutse mu ishuri ari abari mu myaka […]