Rusizi: Impanuka y’imodoka yahitanye umumotari n’uwo yari atwaye

Saa moya n’iminota 53 z’igitondo cyo kuri uyu wa 1 Werurwe, hafi y’ibiro by’Umurenge wa Gihundwe n’Urwunge rw’Amashuri rwa Saint Bruno mu Karere ka Rusizi habereye impanuka ikomeye y’imodoka yahitanye umumotari n’umugenzi yari atwaye, umugenzi akaba yahasize ubuzima impanuka ikiba,umumotari we apfa nyuma ubwo yari ari mu nzira yerekeza ku bitaro bya Kibogora abyoherejwemo n’ibitaro […]
VIDEO: Mahoro azaniye ubutumwa bukomeye Ev Mama Charlene, Gihozo, Mama Vanessa- Bahawe umupaka ntarengwa!
Tshisekedi yandikiye umupfakazi w’umushoferi wa PAM wicanwe n’Ambasaderi w’Ubutaliyani
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yandikiye ibaruwa ifunguye umugore wa Moustapha Bilambo, umushoferi w’Ishami ry’Umuryango Mpuzamahanga wita ku biribwa, PAM uheruka kwicanwa na Ambasaderi w’Ubutaliyani. Ku wa Mbere tariki ya 22 Gashyantare ni bwo Bilambo yishwe ari kumwe na Luca Attanasio, Ambasaderi w’Ubutaliyani muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wari […]
Kuba mu rusengero sibwo bukirisitonta by’ubu cg iby’iki giheibihe bisimburana iteka Pst Ntambabazi
Haravugwa imirwano hagati y’ingabo z’u Burundi n’abavuga Ikinyarwanda
Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko ingabo z’iki gihugu zimaze iminsi itatu zirwana n’abitwaje intwaro bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda. Nk’uko urubuga rwa SOS rubivuga, iyi mirwano iri kubera mu ishyamba rya Kibira, ahaherera muri Zone ya Butahana muri Komini Mabayi mu Ntara ya Cibitoke. Uru rubuga ruvuga ko iyi mirwano yatangiye mu mpera z’icyumweru gishize (ku […]
Bobi Wine akomeje kujya mu bibazo kubera imodoka y’akataraboneka aheruka kugurirwa
Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine ukuriye ishyaka ritavugarumwe n’ubutegetsi muri Uganda, ari mu bibazo kubera imodoka itabonana aheruka kugurirwa n’abamushyigikiye. Ikigo gishinzwe imisoro muri Uganda (URA) kivuga ko amakuru yatanzwe kuri iyi modoka atari yo, ndetse ko yahawe agaciro ko hasi, ibyatumye iki kigo gitumaho iyi modoka ngo yongere ikorerwe igenzura. Cyakora cyo […]
Karongi: Umuhungu yishe Se, atoroka ibitaro ariyahura
Umugabo w’imyaka 47 wo mu Murenge wa Mutuntu yaguye mu Bitaro bya Kigali CHUK mu ijoro ryo kuri uyu wa 01 Werurwe 2021 nyuma yo gushyamirana n’umuhungu we akamukomeretsa bikomeye, umuhungu we na we bamusanze yiyahuye nyuma yo gutoroka aho yari arwariye. Ba nyakwigendera ni Nzaramba Felicien w’imyaka 47 y’amavuko, n’umuhungu we Sindikubwabo Thomas w’imyaka […]
Kagame rejoint le ‘Giants Club’ pour stimuler les investissements dans l’économie de la faune
Le président Paul Kagame est désormais le sixième chef d’État africain à rejoindre le “Giants Club” après avoir signé la déclaration du forum, renforçant ainsi l’engagement du Rwanda à protéger l’habitat de la faune tout en dégageant une plus grande valeur des entreprises fondées sur la nature. Le président Kagame a également tenu une réunion […]
Uganda: Umugabo yibye imiteja bamukata igitsina
Umugabo witwa Ronald Mayanja ahitwa Kyakoonda muri Kasali mu Karere ka Kyotera muri Uganda, yakaswe igitsina ubwo yari amaze kwiba imiteja mu isambu y’umukoresha we, Katamba Joseph. Chimpreports itangaza ko Katamba yakase igitsina Mayanja abifashijwemo na bamwe mu bakozi be. Ubuyobozi bw’icyaro bwatabaje polisi ngo igoboke Mayanja wavaga amaraso menshi, yamaze no guta ubwenge. Ubu […]
Polisi yagose sitade n’ibiro bya FC Barcelona, ita muri yombi benshi
Polisi ikorera mu ishami ryo kurwanya ibyaha bijyanye n’ubukungu muri Esipanye, yagose sitade n’ibiro bya FC Barcelona, ita muri yombi benshi barimo Joseph Maria Bartromeu wahoze ari Perezida w’iyi kipe. Aya makuru yemejwe na Polisi ya Esipanye ndetse na FC Barcelona, ariko nta byinshi kuri iyi operasiyo birajya ahagaragara. Ni mu gihe ibitangazamakuru byo muri […]
Rwanda-Uganda: Nyuma y’imyaka 2 imipaka ifunze icyizere cyo gufungurwa kimaze kuyoyoka
Imipaka y’u Rwanda na Uganda muri Gatuna na Cyanika mu Turere ntirafungurwa nyuma y’imyaka hafi ibiri u Rwanda rufashe icyemezo cyo kuyifunga ku itariki 27 Gashyantare 2019, abaturage ba Uganda mu Turere twa Kabale na Kisoro baravuga ko ibi byabateje igihombo gikomeye kandi bamaze guta icyizere cy’uko iyi mipaka yafungurwa vuba. U Rwanda rwafashe icyemezo […]
Rwamagana: Barataka kugura amazi bahenzwe, ayabo yarangijwe n’abakora umuhanda
Abaturiye umuhanda mushya wa kaburimbo mu Mudugugu wa Kabuye mu Kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro baratakamba basaba ubuyobozi kubasubiza amazi yabo kuko amatiyo yajyanaga amazi mu ngo zabo yakuwemo n’abakora umuhanda. Mukasagaga utuye hafi y’agakiriro avuga ko babangamirwa no kugura amazi ahenze kandi bari bayafite mbere yo kwangiza amatiyo yajyanaga amazi mu ngo […]
Nicolas Sarkozy wayoboye u Bufaransa yakatiwe imyaka itatu
Urukiko rwo mu Bufaransa rumaze gukatira Nicolas Sarkozy igifungo cy’imyaka itatu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo ruswa no gukoresha ububasha yari afite nka Perezida mu buryo butemewe. Nk’uko ibitangazamakuru byo mu Bufaransa bubivuga, iki gifungo kirimo ibice bibiri: umwaka umwe azamara muri gereza n’ikindi cy’imyaka ibiri gisubitse. Sarkozy ubwo yari akiri ku butegetsi, yashinjwe kwakira […]
Abategetsi 10 batazibagirana mu mateka y’Isi bakoze ibyiza cyangwa ibibi

Ku Isi hagiye habaho abategetsi b’ibihangange mu mateka. Bamwe bigaruriye Isi, bamwe babasha kurangiza ubugizi bwa nabi bashyira ibihugu byabo mu bihe by’amahoro n’ituze, abandi babasha guhindura ibihugu byabo ndetse n’Isi muri rusange. Dore abayobozi bakoze ibintu bidasanzwe mu mateka 10- Adolf Hitler Uyu mugabo washinze ishyaka rya NAZI niwe uri inyuma wa Jenoside yakorewe […]
Umuturage w’ i Hoima yarashe misile yakoze mu kirere

Umuturage wo mu Karere ka Hoima muri Uganda, Anatoli Kiiza yarashe mu kirere misile we ubwe yikoreye, igenda miles 50 (80km). Uyu yari yatanze iminsi itatu ku barobyi bo mu Kiyaga cya Albert kugira ngo akore igerageza ry’iyi misile atari yita izina. Yateganyaga ko iyi misile iza kugera mu birometero 240 gusa ntibyakunze. Iyi misile […]
Ghana: Umupasiteri yapfuye arimo kubwiriza
Umupasiteri wo mu gihugu cya Ghana aherutse gupfa arimo kubwiriza Abakirisitu bayoberwa ibyo ari byo mbere yo kuvumbura ko yamaze gupfa. Video yakwirakwijwe mu cyumweru gishize, igaragaza uyu mupasiteri ukiri muto wambaye ishati y’umweru n’ipantalo y’umukara, arimo kubwiriza mu rusengero nk’uko tubkesha urubuga mynewsghana.net rwo muri iki gihugu. Mu kubwiriza, agira atya akerekeza mu yindi […]
Israeli: Umwana utaravuka wanduye Covid-19 yapfuye
Ibitaro bya Meir Medical Center byo muri Israeli byatangaje ko umwana utaravuka wanduye icyorezo cya Covid-19, yapfuye ku wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2021. Nk’uko igitangazamakuru Times of Israel kibivuga, uyu mwana yandujwe iki cyorezo na nyina wari umutwite ibyumweru 37, binyuze mu mukondo. Uyu mubyeyi yageze mu bitaro kuri uwo munsi ubwo yumvaga […]
Col. Charles Sematama yatorotse igisirikare cya RDC

Col. Charles Sematama wari Komanda wa Regima 3411 y’igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ikorera muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yatorotse. Ni amakuru yemejwe n’umushinga wa Baromètre Sécuritaire de Kivu (Kivu Security) uhuriweho n’itsinda ry’abashakashatsi b’Abanyekongo n’umuryango Human Rights Watch, ugamije gukora ubushakashatsi ku bibazo by’umutekano muke mu burasirazuba […]
Abasitari 5 bo mu Rwanda n’imodoka bagendamo (Amafoto)

Mu gihe abitwa abasitari mu Rwanda baba banakekwaho kugira ifaranga, imodoka ni kimwe mu bikoresho batunze ariko ntibyorohera buri umwe kumenya ngo kanaka agenda muri iriya. BWIZA yifashishije KT Press ibahitiramo abasitari 5 bo mu ngeri zitandukanye (imikino, umuziki…) ndetse n’imodoka bagendamo. 1.Tom Close Muganga akaba n’umuhanzi muri R&B, Tom Close atwara Mercedes Benz C200. […]
Yahambwe ari muzima azira kwica abantu bo mu muryango we – Video
Umusore wo muri Repubulika ya Congo yashyinguwe ari muzima azira kwica abantu 9 bo mu muryango we mu gace ka Lekoumou abatambyemo igitambo. Uyu musore wari mu kigero cy’imyaka 30 yatanze abantu bo mu muryango we mu mwaka ushize nyuma yo kugirana amasezerano n’umupfumu. Icyo yifuzaga ni ukuba impuguke mu buvuzi gakondo. Byamusabaga rero gutamba […]
Akuzuye umutima wa Kimenyi na Miss Muyango bemeranyije kurushingana (Amafoto)

Umuzamu wa Kiyovu Sports, Kimenyi Yves, n’umukunzi we, Uwase Muyango Claudine, bateranye imitoma nyuma y’uko bari bamaze kwemeranya kuzabana nk’umugabo n’umugore. Ku Cyumweru tariki ya 28 Gashyantare ni bwo Kimenyi yambitse impeta Muyango bamaze imyaka ibiri bakundana amusaba kuzamubera umugore, undi ntiyazuyaza kubyemera. Kimenyi abinyujije kuri Instagram ye, yagaragaje ko ari ibyishimo bikomeye kuba Muyango […]
Impamvu niyemeje kurwanya akarengane ni uko nanjye narenganye – Umunyamakuru Niyonambaza
Umunyamakuru Asumani Niyonambaza washinze ikinyamakuru Rugari avuga imwe mu mpamvu yatumye ashinga iki kinyamakuru yari ukugirango agihe umurongo wo kurwanya akarengane kubera ko ngo nawe yarenganye yitwa Interahamwe n’umwicanyi. Asumani Niyonambaza amaze igihe kirekire mu itangazamakuru ryo mu Rwanda, kuko arimazemo imyaka isaga 20 ariko akaba amaze imyaka 16 ashinze ikinyamakuru Rugari. Mu kiganiro yagiranye […]
Ishimwe ry’umusore wo muri Burkina Faso wifuza guhura na Perezida Kagame

Kuva mu mpera za Mutarama 2021 hasakaye inkuru n’amafoto by’umusore utuye mu mujyi wa Ouagadougou muri Burkina Faso, usa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. Imbuga za interineti zo muri Burkina Faso ntizatangaje amazina ya nyayo y’uyu musore gusa zavuze ko iwabo bamwita ‘Paul Kagame wa Ouagadougou’ bitewe n’uko asa n’Umukuru w’Igihugu. Icyo […]
Akazi twatangiranye mu myaka ine ishize ntikararangira-Trump
Donald Trump yatangaje ko agifite umugambi wo kuba yakongera kwiyamamaza gusa ngo nta migambi afite yo gushinga ishyaka ryishya nk’uko byagiye bihwihwiswa. Mu ijambo rye rya mbere imbere ya rubanda nyuma y’uko Perezida Joe Biden agiye ku butegetsi i Florida, Trump yakomoje ku kwiyamamaza kuri uwo mwanya mu 2024. BBC ivuga ko abantu benshi bamuhaye […]
Urupfu rwa Ambasaderi w’u Butaliyani muri RDC, inama ya EAC,…mu nkuru nyamukuru zaranze icyumweru gishize
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 22 Gashyantare 2021, cyaranzwe n’amakuru arimo arebana n’ubutabera, politiki, umutekano n’ubuzima nk’uko bisanzwe. Cyumvikanyemo inkuru y’incamugongo ku Bataliyani, y’urupfu rwa Ambasaderi wabo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) wishwe arashwe, gisubukurwamo urubanza rwa Rusesabagina n’abandi 20 bareganwa, haba n’Inama yahuje Abakuru b’Ibihugu bya EAC. Ni izikurikira: Urupfu rwa Ambasaderi […]