Euro: Espagne yageze muri 1/2 nyuma yo kugorwa n’umuzamu w’u Busuwisi
Ikipe y’Igihugu ya Espagne, La Furia Roja, yabaye iya mbere igeze muri 1/2 cy’irangiza cya Euro 2020, nyuma yo gusezerera u Busuwisi kuri penaliti 3-1. Amakipe yombi yari yarangije iminota isanzwe y’umukino ndetse na 30 y’inyongera anganya igitego 1-1. Espagne yafunguye amazamu ku munota wa 8 ku ishoti Jordi Alba yatereye hanze y’urubuga rw’amahina, umupira […]
Burundi: Ibyâamasezerano âyo gusahura igihuguâ byasubiwemo
Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye mu muhango wo kwizihiza umunsi w’ubwigenge kuri uyu wa 1 Nyakanga 2021, yatangaje ko amasezerano yise ayo gusahura igihugu abayobozi basinyanye nâabanyamahanga agiye guseswa. Aya masezerano ni ajyanye nâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro, Perezida Ndayishimiye avuga ko aba banyamahanga bagiye basahura igihugu babifashijwemo nâAbarundi. Yagize ati: âHari Abarundi bagiye bakorana […]
Hakizimana Muhadjiri yateye umugongo AS Kigali na Rayon Sports yamwifuzaga
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Hakizimana Muhadjiri, yamaze gutera umugongo AS Kigali yakiniraga na Rayon Sports yamwifuzaga yerekeza muri Police FC. Uyu musore w’i Rubavu yari amaze umwaka umwe akinira AS Kigali, nyuma yo kuyerekezamo mu mpeshyi y’umwaka ushize ateye umugongo Rayon Sports yamukozagaho imitwe y’intoki. AS Kigali yayifashije kwegukana umwanya wa kabiri muri shampiyona, anayihesha […]
Perezida Kagame yirukanye Dr Anita Asiimwe ku buyobozi bukuru bwa NCD
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa 2 Nyakanga 2021 ashingiye ku Itegekonshinga ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yâ115, yirukanye ku nshingano Dr Aniita Asiimwe wari umuyobozi mukuru wâikigo cyâigihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCD. Ntabwo iri tangazo ryasohowe nâibiro bya Minisitiri wâIntebe, Dr Edouard Ngirente […]
More than three thousands head teachers to participate in CPD course in Leadership for learning
Building Learning Foundations (BLF), in collaboration with the University of Rwandaâs College of Education (UR-CE), has launched a CPD certificate course in Leadership for learning to all 3200 head teachers of public and government aided primary schools in Rwanda. The event launch takes place On Friday July 2nd, 2021 whereby, according to BLF, the blended […]
Amavubi U-23 yakiriye rutahizamu ukina mu Bwongereza (Amafoto)

Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ y’abatarengeje imyaka 23, yakiriye rutahizamu Isima Musa ukina mu Bwongereza witabiriye imyitozo ku nshuro ya mbere. Isima ari mu bakinnyi bahamagawe n’umutoza Habimana SothĂšne mu rwego rwo kwitegura CECAFA izabera muri Ethiopia guhera tariki 17/0/2021. Isima Musa ubarizwa mu gihugu cyu Bwongereza ariko kugeza ubu akaba nta kipe afite, ni umwe mu […]
Putin avuga ko barasa ubwato bwa UK kandi intambara yâIsi ntibe kuko bazi ko batayitsinda
Perezida wâu Burusiya, Vladmir Putin yishingoye ku bihugu byâibihangange byo mu burengerazuba bwâIsi avuga ko ingabo zâu Burusiya zishobora kurohamisha ubwato bwâintambara bwâAbongereza kandi nâiyo ntambara ya gatatu bavuga yahita ikurikiraho ntibe kuko bizi ko nâiyo yaba bitayisohakanamo intsinzi. Ni nyuma yâaho u Burusiya bwari buherutse guha gaspo aya mato yâu Bwongereza buvuga ko nihagira […]
Abakuru bâibihugu 4 bya Afurika bahuriye muri Zambia mu gusezera Kenneth Kaunda

Abaperezida bâibihugu bigera kuri bine byo muri Afurika kuri uyu wa gatanu, itariki ya 02 Nyakanga bahuriye i Lusaka muri Zambia aho bitabiriye imihango yo gusezera bwa nyuma umukambwe Kenneth Kauunda uherutse kwitaba Imana ku myaka 97 yâamavuko. Abo bakuru bâibihugu barimo uwa Ghana, Kenya, Afurika yâEpfo na Zimbabwe. Nyakwigendera kenneth kaunda yibukirwaho kuba yarayoboye […]
Nishe umugabo wanjye_Umugore w’i Gatsibo nyuma yo kwishyikiriza Polisi
Umugore wo mu karere ka Gatsibo witwa Abayisenga wo mu karere ka Gatsibo, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akekwaho icyaha cyo kwica Kamizikunze Jean Pierre wari umugabo we. Ubu bwicanyi bwabereye mu Mudugudu wa Rwabihumbi, Akagali ka Gituza Umurenge wa Kageyo ho mu karere ka Gatsibo. Byabaye mu ijoro ryakeye. Umuvugizi w’umusigire wa […]
Dore ibyamamare byinjiza atubutse kuri Instagram ku Isi
Kompanyi yitwa Hopper HQ yashyize hanze uko ibyamamare byinjiza atubutse kuri Instagram, bikaba biyobowe na Christiano Ronaldo, Umunya-Portugali ukinira Juventus yo mu Butaliyani. Dore uko bakurikirana: 1. Cristiano Ronaldo, akurikirwa n’abantu miliyoni 308 â $1.6m kuri positi imwe 2. Dwayne âThe Rockâ Johnson, akurikirwa n’abantu miliyoni 250- $ 1.52m 3. Ariana Grande, akurikirwa n’abantu miliyoni […]
RDC: Abantu 8 barimo abagore nâumwana bakekwaho gukora na ADF bishwe nâabaturage
Abantu umunani bakekwaho kuba bakorana nâabarwanyi ba ADF kuri uyu wa Kane, itariki 01 Nyakanga bishwe nâabaturage barakaye mu gace ka Mambila gaherereye mu majyepfo ya Komanda, agasantere kâubucuruzi ko muri Sheferi ya Basili muri Teritwari ya Irumu mu ntara ya Ituri, ku wa kane Nyakanga 01, 2021. Abashinzwe umutekano aho hantu berekana ko abagore […]
Muhanga: Hari abaheruka mu irangamimerere mu 1998 kubera Abacengezi
Abaturage 123 bo mu Murenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga ntibari mu bitabyo by’irangamimerere kuva mu 1998 kuko Komini Buringa babarizwagamo yatwitswe n’Abacengezi mu ntambara bari barashoje ku Rwanda. Mu gushywa kwa Komini Buringa, ibitabo n’ibindi bikoresho bya Komini byarahiye birakongoka ku buryo, abari banditse mu bitabo by’irangamimerere bitari gukunda ko bongera kwibona aho […]
El Clasico yâabakanyujijeho igiye kuba
Ikipe ya FC Barcelona yo muri Esipanye kuri uyu wa 2 Nyakanga yatangaje umukino uzahuza abari abakinnyi bayo bakanyujijeho nâaba Real Madrid, tariki ya 20 Nyakanga 2021. Bigaragara mu itangazo iyi kipe yanyujije ku rubuga rwayo, iti: âEl Clasico nshya yemejwe. Abakanyujijeho muri Barça vs Abakanyujijeho muri Real Madrid tariki ya 20 Nyakanga.â Iyi kipe […]
Imodoka 10 za mbere zâabaperezida zihenze muri Afurika

Abakuru bâibihugu bo muri Afurika kimwe nâabandi ku Isi nabo bagenda mu modoka zâimitamenwa usanga ziba zihenze mu rwego rwo kwizera ko umutekano wabo urinzwe nkâabantu baba bafite inshingano zikomeye kandi bagendana amabanga akomeye yâigihugu, akaba ari muri urwo rwego twifuje kubagezaho imodoka 10 za mbere zihenze zâabakuru bâibihugu muri Afurika bitewe nâubushobozi bwazo bwâubwirinzi. […]
Rulindo: Umusore afunzwe akekwaho gusambanya mushiki we
Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rufunze Nkunzimana ThĂ©ogĂšne, umusore wâimyaka 18 yâamavuko wo mu Kagari ka Marembo, Umurenge wa Kinihira mu Karere ka Rulindo, rumukekaho gusambanya mushiki we wâimyaka 7. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkagari ka Marembo yabwiye itangazamakuru ati: âNi byo koko Nkunzimana ThĂ©ogĂšne akurikiranweho icyaha cyo gufata ku ngufu mushiki we. Byabaye mu cyumweru gishize.â Gitifu […]
Kenya: Umugabo yararanye n’umurambo w’umugore we hanze ya Sitasiyo ya polisi
Umugabo witwa Charles Mwenda wo mu gace ka Meru muri Kenya yararanye n’umurambo w’umugore we kuri Sitasiyo ya polisi kuko yabujijwe kujya iwe ngo amasaha ya Gera mu Rugo yari yarenze. Mwenda wari kumwe n’isanduku irimo umurambo w’umugore we, yabujijwe gukomeza kuko amasaha ari mu mabwiriza yo kwirinda Coronavirus muri Kenya yari yageze ngo ingendo […]
FNDB iravuga ko hari imitwe yitwaje intwaro yitegura gutera u Burundi
Igisirikare cy’u Burundi (FNDB), cyatangaje ko hari imitwe yitwaje intwaro irwanya kiriya gihugu iri kwitegura kukigabaho ibitero. Ni ibikubiye mu ibaruwa Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Burundi zirwanira mu mazi, General de Brigade, Venant Bibonimana, yandikiye bagenzi be bayoboye ibirindiro by’ingabo abasaba kuba maso, ngo kuko umwanzi ari hafi. Gen Bibonimana yavuze ko muri rusange umutekano […]
Perezida wa Afurika yâEpfo yashyizeho umusimbura byâagateganyo
Perezida wa Afurika yâEpfo, Cyril Ramaphosa kuri uyu wa 2 Nyakanga 2021 yashyizeho umusimbura ku nshingano yâUmukuru wâIgihugu mu buryo bwâagateganyo. Uwo yahaye iyi nshingano ni Angie Motshekga usanzwe ari Minisitiri wâUburezi bwâIbanze nkâuko itangazo ryasohowe nâibiro byâUmukuru wâIgihugu ribivuga. Rigira riti: âPerezida Cyril Ramaphosa yashyize Minisitiri wâUburezi bwâIbanze, Madamu Angie Motshekga ku nshingano ya […]
Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi
Umwe mu bazwi cyane kuri Twitter muri Uganda, Chris Nabugere yatawe muri yombi, ajyanwa n’abashinzwe umutekano bamuvanye iwe, bikekwa ko ari we wabitse Perezida Museveni, ubwo yarekurwaga, yavuze ko yakubiswe ndetse hakoreshejwe ipensi, bashaka kumunogora inzara z’intoki. Nabugere yavanwe iwabo mu modoka ifite pulake UBG 454G nk’uko mushiki we, Phoebe Rita Nabugere yabitangaje kuri Twitter […]
Nyamasheke: Ubuyobozi bwâibitaro bya Kibogora buragaya ababikoragamo bijanditse muri Jenoside

Ubuyobozi bwâibitaro bya Kibogora mu karere ka Nyamasheke buvuga ko bubabazwa cyane bukanagaya byimazeyo ababikoragamo mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bakayijandikamo, bakica bakanicisha bagenzi babo bakoranaga badasize abarwayi nâabarwaza babaganaga, bugasaba abakora muri serivisi zâubuvuzi muri iki gihe kurangwa nâumutima wâimpuhwe nâurukundo ku babagana nâabo bakorana bagaharanira ko ubugome nkâubwo butazasubira ukundi. Mu kiganiro […]
Covid-19: Pasiteri yatangiye kubumba amatafari yo kugurisha, nyuma yâifungwa ryâinsengero

Nyuma yâaho Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni afatiye ingamba zo gukumira ikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19 zirimo gunga insengero, Pasiteri witwa Tom Mpande yafashe icyemezo cyo gutangira akazi ko kubumba amatafari. Daily Monitor dukesha iyi nkuru ivuga ko Pasiteri Mpande asanzwe ayobora itorero ryitiriwe Pasiteri Tom Mugerwa muri Uganda, akaba afite abana 13 yabyaye. Birumvikana ko […]
Bangui: U Burusiya bwohereje abandi barimu 600 bagiye gutoza abashinzwe umutekano
U Burusiya bwohereje abandi barimu ba gisirikare bagera kuri 600 baherutse gusesekara i Bangui bagiye gutoza Igisirikare cya Centrafrica biyongera ku bandi bari bahasanzwe bakaba babaye 1,135 nkâuko byemejwe kuri uyu wa Kane nâumudipolomate wâUmurusiya avugana nâIbiro Ntaramakuru byâAbafaransa, AFP. Mu gisubizo cyanditse, minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya nayo yemeje aya makuru igira iti â […]
Si impano, si ruswa_Perezida Tshisekedi kuri Jeep 500 zateje impaka
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Antoine Tshisekedi yavuze ko imodoka 500 zâubwoko bwa Hyundai Jeep 4×4 zagenewe abadepite atari impano cyangwa ruswa nkâuko bamwe babigiyeho impaka. Uyu Mukuru wâIgihugu yabitangarije mu kiganiro yagiriye ku gitangazamakuru cyâigihugu, RTNC, cyabereye mu mujyi wa Goma kuri uyu wa 1 Nyakanga 2021. Intandaro yâizi mpaka […]
Nyamasheke: Umugore ukekwaho kwica umugabo we afunganywe nâabakobwa be 3 bikekwa ko bafatanije kumwica
Kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo mu karere ka Nyamasheke hafungiye umugore witwa Mukazayire Farida wâimyaka 58 yâamavuko nâabakobwa be 3 bakekwaho kwica Munyakarama Abdalah wâimyaka 59,akaba umugabo wâuyu Mukazayire na se wâaba bakobwa 3 bikekwa ko bamwiciye mu nzu nyuma yâamakimbirane yâigihe kirekire bari bafitanye. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe nâushinzwe umutekano mu mudugudu wa Kagarama […]
Abarwariye mu bitaro Covid-19 bikubye inshuro esheshatu, 10 yabahitanye- Minisante
Mu gushize kwa Gatandatu abarwaye Covid-19 barwariye mu bitaro bikubye inshuro esheshatu nkâuko byatangajwe na Minisiteri yâubuzima ivuga ko hagaragaye impinduka zikomeye zâubwandu bwa COVID-19. Ibi kandi byatumye nâabakenera umwuka biyongera ku rwego rutari rwarigeze rubaho kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020. Minisiteri yâubuzima mu isesengura ryayo ivuga ko ukwezi kwa Kamena […]
Ingabire M. ImmaculĂ©e ku bazwi nk’abashumba b’imitungo mu Rwanda
Umuyobozi w’umuryango urwanya ruswa n’akarengane ishami ry’ u Rwanda, Transparency International Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e avuga ko bafite impungenge niba koko abamenyekanisha imitungo yabo baba bayerekana yose cyane ko mu Rwanda hazwi abitwa ”abashumba”. Avuga ko izi mpungenge zitavaho mu gihe hatari uburyo bw’igenzura rihamye, butuma nâufite indi mitungo yanditse ku bandi igaragara. Yatangarije RBA […]
Perezida Kagame arifuza guhura na Ndayishimiye imbonankubone
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame yamenyesheje mugenzi we wâu Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye ko yifuza ko bazahura imbonankubone mu rwego kwigira hamwe uko umubano wâibihugu byombi warushaho gukomera. Bigaragara mu butumwa Umukuru wâIgihugu yandikiye Perezida Ndayishimiye tariki ya 28 Kamena 2021, ubwo yari amaze kumutumira ngo azitabire umuhango wo kwizihiza imyaka 59 u […]
Akwiriye buri kimwe cyose kiri munsi y’Izuba, ni ijuru- Eddy Kenzo ku mukobwa w’umukire ukorera mu Rwanda
Mu gihe hashize iminsi mike, Edrisah Musuuza uzwi nka Eddy Kenzo atangaje ko ari mu rukundo n’umukobwa ufite Se w’umuherwe ukorera mu Rwanda, Bella Myra Bhakresa, yamutakagije avuga ko ari ijuru ryujuje byose kandi akwiriye buri kimwe kiri munsi y’Izuba. Byamenyekanye ko aba bombi bakundana mu gihe cya Guma mu Rugo muri Uganda. Aganira na […]