Umunyezamu Kimenyi Yves arafunze

Umunyezamu wa Kiyovu Sports n’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Kimenyi Yves, ari mu maboko ya Polisi y’Igihugu azira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera, yabwiye Radio B&B FM Umwezi ko Kimenyi afunze azira ibirori bya ‘Baby Shower’ aheruka gutegura iwe mu rugo bitegura umwana w’imfura we n’umugore […]

Musanze: ‘Umukire’ yateye ibyuma uwamutukiye umugore none aracyidegembya

Abagize umuryango wa Murwanashyaka Innocent utuye mu murenge wa Gataraga mu karere ka Musanze, barashinja uwitwa Nsakanyarenze Jean Christophe kumutera ibyuma amuhora kuba yaramutukiye umugore, gusa ngo akaba yarabuze gikurikiranwa kuko ari ‘umukire’. Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 14 Kanama ni bwo Murwanashyaka w’imyaka 25 y’amavuko yategewe mu nzira, aterwa ibyuma birimo icyo […]

Rusizi: Batatu batawe muri yombi nyuma yo kwiba umucuruzi telefone nshya 162

img-20210819-wa0050.jpg

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi buravuga ko ku bufatanye n’inzego z’umutekano n’abaturage, hafashwe abajura 2 bari bamaze gufungura imodoka y’umucuruzi bakibamo telefoni yari amaze kurangura muri rimwe mu maduka yo mu mujyi wa Rusizi, hafatwa n’uwazibaguriraga, bose uko ari 3 bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kamembe, hakomeje gushakishwa n’abandi baba bari mu bikorwa by’ubujura […]

RwandAir va commencer ses vols vers Goma et Lubumbashi

Le transporteur national, RwandAir, lancera des vols directs vers les villes de Goma et Lubumbashi en RD Congo. Les vols sont programmĂ©s pour opĂ©rer sur une base hebdomadaire avec des dates encore Ă  confirmer. Ces routes viennent en complĂ©ment du seul vol de RwandAir vers Kinshasa. La PDG de RwandAir, Yvonne Manzi Makolo, a dĂ©clarĂ© […]

Ingabo z’ibindi bihugu bibiri na zo zitegerejwe vuba mu Burasirazuba bwa RDC

Nyuma y’uko Ingabo za Kenya zigeze muri RDC mu bikorwa byo guhashya imitwe yitwaje intwaro yayogoje Uburasirazuba bw’iki gihugu (Brigade d’intervention des Nations unies), ingabo z’ibihugu bya Nepal na Afurika y’Epfo na zo zitegerejwe muri kiriya gihugu mu gihe cya vuba. Ni amakuru yemejwe n’Ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya […]

Gen. Bunyoni yasabye u Rwanda gutanga Niyombare, ngo u Burundi buzi neza ko rumucumbikiye

Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Gen. Alain-Guillaume Bunyoni yasabye u Rwanda gutanga Gen. Maj. Godefroid Niyombare wahunze igihugu mu myaka 6 ishize kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera. Gen. Niyombare ni we wayoboye abasirikare bagerageje guhirika ku butegetsi Pierre Nkurunziza wayoboraga u Burundi, muri Gicurasi 2015, ubwo yapfubaga, bamwe muri bo bagahungira mu bihugu by’abaturanyi. Nk’uko VOA yabitangaje, […]

Nyarugenge: Ushinjwa gucuruza ibiyobyabwenge yasabiwe igifungo cya burundu

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatatu , itariki 18 Kanama 2021 rwasabiye igihano cy’igifungo cya burundu umugabo ukurikiranweho icyaha cyo gucuruza urumogi Uyu mugabo akaba yarafatiwe mu cyuho agiye kugurisha boules 192 z’urumogi. Uyu mugabo wahawe amazina ya M.J.D yafatiwe mu cyuho ku itariki 09 Nyakanga 2021 nka saa yine za […]

Radio/TV1 yasezereye abandi banyamakuru 3 b’imena

Radiyo na Televiziyo 1 biravugwa ko yasezereye abandi banyamakuru batatu b’imena bitewe n’ikibazo cy’amikoro make cyatewe ingaruka z’icyorezo cya Covid-19. Igitangazamakuru Ukwezi dukesha aya makuru kuri uyu wa 19 Kanama 2021 cyatangaje ko abasezerewe ari: Callixte Ndagijimana, Gakayire Raymond na Kayitankore DieudonnĂ©. Tariki ya 11 Mutarama 2021 ni bwo Radio/TV1 yasezereye abandi banyamakuru batatu: Kalinijabo […]

Weasel uhigwa bukware arazira Teta Sandra

Umuvugizi wungirije wa Polisi mu Mujyi wa Kampala, Luke Owoyesigire, avuga ko babonye amakuru ko Douglas Mayanja (Weasel Manizo) yakubise umukozi we wo mu rugo amuziza ibibazo yari afitaanye n’umugore we w’ Umunyarwandakazi, Teta Sandra. Afande Owoyesigire avuga ko ” Weasel Manizo yakubise umukozi we, Kaweesi Cyrus kuko amusuzugurira umugore, Teta Sandra.” Kaweesi wakubiswe aracyari […]

Urukiko rwemeje gusubika urubanza rwa Karasira we abitera utwatsi

Abunganizi ba Aimable Karasira ushinjwa gupfobya Jenoside; Gatera Gashabana na Evode Kayitana babwiye urukiko ko umukiliya wabo atameze neza bityo ko ataburana, mu gihe urukiko rwari rwemeje ko urubanza rusubikwa, Karasira arabyanga avuga ko ibibi birutanwa. Abunganira Aimable Karasira uyu munsi babwiye uruko rwisumbuye ko umukiliya wabo agifite uburwayi bwo mu mutwe kandi urukiko rw’ibanze […]

Burkina Faso: Abantu 47 barimo abasivili n’abasirikare bishwe n’ibyihebe

Abasivili byibuze 30 n’abasirikare 14 ba Burkina Faso biciwe mu gitero cyagabwe ku modoka bari barimo. Abaturage bavaga mu mujyi wa Dori bagana Arbinda, ni bo bibasiwe n’iki gitero gishya cy’iterabwoba. Abashinzwe umutekano n’abakorerabushake bagerageje kwica ibyihebe 58 nk’uko amakuru ava mu nzego z’umutekano avuga, mu gihe Perezida Roch Marc Christian Kabore yatangaje icyunamo cy’iminsi […]

Kivu y’Amajyaruguru: Intambara y’amagambo irakomeje hagati y’abadepite na FARDC

Nyuma y’aho FARDC kuwa Mbere ushize, itariki 16 Kanama 2021, itangarije ko abadepite hafi ya bose bavuka mu burasirazuba bw’igihugu bashyigikiye imitwe yitwaje intwaro ihakorera kandi batishimiye ibihe bidasanzwe byatangijwe n’umukuru w’igihugu hagamijwe kuhagarura amahoro, abadepite na bo bikomye igisirikare bagishinja kunanirwa guhangana n’inyeshyamba ahubwo kikabitwaza kikanabatera ubwoba. Sylvain Ekenge, umuvugizi w’ubuyobozi bwa gisirikare buyoboye […]

RDF na FADM bagabye igitero gikomeye ku byihebe byahungiye mu mashyamba ya Mbau

Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique, zagabye igitero gikomeye ku barwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa Islamic State bo mu Ntara ya Cabo Delgado, bahungiye mu mashyamba y’ahitwa Mbau nyuma yo kwamburwa ibirindiro byabo bikuru mu gace ka MocĂ­mboa da Praia. Amakuru avuga ko nyuma yo kwigarurira aka gace kari hafi y’inyanja y’Abahinde, RDF na […]

RDC: Abashinwa bari baburiwe irengero baba barishwe

Abashinwa batatu bashimuswe n’inyeshyamba zo mu mutwe wa CODECO kuva ku Cyumweru, itariki 15 Kanama 2021, baba bariciwe mu gace ka Kilo ahantu hacukurwa amabuye y’agaciro bita « AmĂ©rique », muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri. Aya makuru yashyizwe ahagaragara na Perezida wa Sosiyete Sivile yo mu Murenge wa Banyali-Kilo, kuri uyu wa […]

Gakenke: Umusaza wari warabuze yasanzwe mu mugezi wa Mukungwa yarapfuye

Umusaza witwa Mujayambere Gaspard wo mu Mudugudu wa Buharabuye, Akagari ka Murambi mu Murenge wa Rusasa mu Karere ka Gakenke, wari umaze icyumweru aburiwe irengero, mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Kanama 2021, yabonetse mu mugezi wa Mukungwa, yarapfuye. Umuturage wari aho umurambo wabonetse witwa Felicien Bunani yatangarije BWIZA ko uyu musaza yari amaze […]

Bidasubirwaho Héritier Luvumbu ni umukinnyi wa Primeiro de Agosto (Amafoto)

img_20210819_084639.jpg

Ikipe ya Primeiro de Agosto yo mu cyiciro cya mbere muri Angola, yemeje ko yamaze gusinyisha Umukongomani HĂ©ritier Nzinga Luvumbu nyuma yo gutandukana na Rayon Sports. Iyi kipe y’ingabo za Angola yemeje aya makuru mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo iha ikaze uyu musore ukina hagati mu kibuga ariko afasha ba rutahizamu. Luvumbu wari […]

Burundi: Ubuzima bwa Minisitiri w’Intebe Bunyoni bwaba butifashe neza cyangwa ari kwegezwayo?

e9f1mrpwubacvo-.jpg

Nyuma y’aho hakomeje kuvugwa amakuru y’uko ubuzima bwa minisitiri w’Intebe w’u Burundi bwaba butifashe neza, Perezida Evariste Ndayishimiye aherutse gushyira umukono ku itegeko riha minisitiri w’umutekano uburenganzira bwo gutegura inama y’abaminisitiri no gukurikirana ibikorwa bya leta mu gihe Minsistiri w’intebe yaba adahari. Abakurikiranira hafi politiki y’u Burundi barasanga iri tegeko rije kugaragaza umucyo ku bibazo […]

Kenya yatangaje ko ntacyo izafasha abenegihugu bayo baheze muri Afghanistan

Umunyamabanga Mukuru muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Kenya, Macharia Kamau yatangaje ko nta bufasha guverinoma izaha abenegihugu babuze uko bava muri Afghanistan nyuma y’aho Abatalibani bafashe ubutegetsi. Ubwo Abatalibani bafataga ubutegetsi tariki ya 15 Kanama 2021, abenshi barimo abanyamahanga batangiye gushaka uko bava muri Afghanistan, aho ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kabul hagaragaye abirukanka ku […]

Umuturage avuga ko Ibitaro bya Ruhengeri byagize imfungwa umukobwa we ufite umwana muri Neo

use.jpg

Umuturage witwa Felicien Uzabakiriho, utuye mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe, mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, atangaza ko Ibitaro bya Ruhengeri kuva kuwa 13 Kanama 2021, byagize imfungwa umukobwa we witwa Clementine Iragena, ufite umwana uri ahafashirizwa impinja zavukanye ibibazo (Newo), ku bwo kubura ubwishyu. Uzabakiriho, yatangarije BWIZA yari imusanze iwe […]

Uganda: Umupadiri yishwe azira ubutaka bwe

Rev. Fr. Josephat Kasambula, umupadiri ubarizwa muri Diyoseze ya Kiyinda-Mityana mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu yishwe n’umuturage wari warigabije isambu ye mu giturage cya Lukunyu, mu Karere ka Gomba, hafi y’ikiyaga cya Wamala, aho yari yagiye gusura ifamu ye. Nk’uko byatangajwe n’ababibonye, Padiri Kasambula ngo yatewe icyuma kugeza apfuye n’umuntu bivugwa ko yari […]

Polisi yafashe uwatangaje ko umupolisi wabyutse nabi yarenganyije mugenzi we

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abantu babiri: Nsabimana Alphonse na Kwizera Adams ukekwaho kubeshya ko umupolisi yajyanye mugenzi we muri sitade kuri kubera ko yari yabyutse nabi. Kwizera ukoresha amazina ya Chris Adams ku rubuga rwa Twitter tariki ya 16 Kanama 2021 yatangaje ati: “Muri iki gitondo hari mugenzi wanjye wafashwe amaze […]

Indege za RwandAir zigiye kujya zerekeza i Goma na Lubumbashi

rwan.jpg

Indege z’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir zigiye kujya zigwa ku bibuga by’indege mpuzamahanga bya Goma na Lubumbashi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). New Times yatangarije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 18 Kanama ko izi ndege zizatangira kugwa kuri ibi bibuga tariki ya 15 Nzeri 2021. Ubusanzwe kuva […]

Miss Fiona na Arthur Nkusi bashyize hanze amafoto y’ubukwe bwabo

img-20210819-wa0004.jpg

Miss Fiona Muthoni Ntarindwa usanzwe ari umunyamakuru wa CNBC Africa n’umunyarwenya Arthur Nkusi uzwi nka Rutura bashyize hanze amafoto y’ubukwe bwabo bwabaye tariki ya 14 Kanama 2021. Uwo munsi ni bwo byamenyekanye ko aba bombi bakoreye ubukwe mu Karere ka Rutsiro ku Kiyaga cya Kivu mu ibanga, nyuma yo gusezeranira imbere y’amategeko tariki ya 11 […]