Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe
Umuyobozi w’akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yatangaje ko mu minsi ishize ubwo yasagararirwaga n’umuturage akamukubita inkoni yirwanyeho, gusa avuga ko kuba yakubitwa n’umuturage ari ibintu bisanzwe. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko hari abantu babiri bafunzwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), bazira gukubita umuyobozi w’akarere ka Bugesera. Aba barimo umusore w’imyaka 23 y’amavuko […]
Uganda: Barasabwa gukaza umutekano ku mipaka ibahuza n’u Rwanda na Kenya kubera Covid-19
Umuyobozi w’urwego rushinzwe igenamigambi muri Uganda (NPA), Dr Joseph Muvawala yasabye ko hakazwa umutekano ku mipaka, by’umwihariko ihuza igihugu cyabo n’u Rwanda hamwe na Kenya kubera icyorezo cya Covid-19. Dr Muvawala yavuze ko u Rwanda na Kenya biri mu bihugu bya mbere byagaragayemo ubwandu bukabije mu byumweru bitatu bishize, abisobanura asaba ko igihugu cye kigomba […]
Ingabo z’u Burundi zarasanye n’abitwaje intwaro bari mu bwato
Ingabo z’u Burundi zirwanira mu mazi zakozanyijeho n’abitwaje intwaro bane bari mu bwato buto mu kiyaga cya Tanganyika, zica bamwe, abandi barohamye bapfira mu mazi. VOA ivuga ko iyi mirwano yabereye ahitwa mu Minago mu Ntara ya Rumonge, mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Nzeri 2021. Ngo abarobyi batewe amakenga n’aba bitwaje intwaro babanje […]
Cristiano Ronaldo yakoze imyitozo ya mbere muri Manchester United (Amafoto)

Rutahizamu Cristiano Ronaldo kuri uyu wa Kabiri, yakoze imyitozo ya mbere mu kipe ya Manchester United nyuma yo kuyigarukamo avuye muri Juventus. Ni bwo bwa mbere Ronaldo yari yongeye kugera i Carrington aho Manchester United ikorera imyitozo, nyuma yo kuhava bwa nyuma mu myaka 12 ishize yerekeza muri Real Madrid. Ronaldo akigera mu myitozo yabanje […]
Uganda: Abadepite 2 bafunzwe bashinjwa uruhare mu bwicanyi bwo muri Masaka
Abadepite babiri bo mu ishyaka rya NUP, rya Bobi Wine, ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwo muri Uganda, bagejejwe imbere y’urukiko bakurikiranweho kugira uruhare mu bwicanyi bumaze iminsi bwibasiye Akarere ka Masaka ndetse bahita boherezwa muri Gereza ya Kitalya. Aba badepite, Muhammad Ssegirinya na Allan Ssewanyana, bagejejwe imbere y’urukiko rwa Masaka kuri uyu wa Kabiri nyuma ya […]
Un homme arrĂŞtĂ© pour enregistrement frauduleux d’une personne non vaccinĂ©e
La police nationale du Rwanda (RNP) a arrĂŞtĂ© un homme soupçonnĂ© d’avoir saisi une personne non vaccinĂ©e dans la base de donnĂ©es afin d’obtenir un certificat de vaccination contre le Covid-19. L’arrestation de Safari Habimana, 27 ans, fait suite Ă l’information selon laquelle il avait enregistrĂ© une Vanessa Uwase comme vaccinĂ©e. Habimana a Ă©tĂ© prĂ©sentĂ© […]
Guinea: Abasivili bayoboraga intara basimbujwe abasirikare
Abasirikare bafashe ubutegetsi muri Guinea muri weekend ishize barimo baragenda bigabanya imyanya y’ubuyobozi aho kuri ubu intara n’uturere dutandukanye tuyobowe n’abasirikare. Ibihugu byo mu burengerazuba bw’Afurika byakangishije Guinea kuyifatira ibihano nyuma y’ihirikwa rya Alpha Conde, wari umaze umwaka atangiye kuyobora manda ye ya gatatu itaravuzweho rumwe nyuma yo guhindura itegeko nshinga. Abayobozi b’ibi bihugu bateganya […]
Safari wagaragaye yigaranzura DASSO yasabiwe igifungo cy’agateganyo
Mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare, Ubushinjacyaha kuri uyu wa 7 Nzeri 2021 bwasabiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo umuturage witwa Safari George waragaye yigaranzura umukozi w’urwego rushinzwe umutekano rwa DASSO. Mu kwezi gushize ni bwo uyu DASSO n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Musenyi mu Murenge wa Karangazi bari mu bugenzuzi bw’amatungo aragirirwa ku muhanda, bagagaragaye bakubitira umushumba […]
Tuzibanda ku gutuma u Rwanda rugira amateka ahamye,atavangiye,atagoretswe- Min. Bizimana
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascene Bizimana, avuga ko mu byo bagiye kwibandaho nka minisiteri nshya harimo cyane kwita ku mateka y’ u Rwanda kuko biri mu bituma ibihugu bikomera nk’uko amateka abyerekana. Uyu muyobozi uri mu barahiye kuwa 6 Nzeri, avuga ko u Rwanda narwo rukeneye gusigasira amateka kugira ngo rukomere. Yatanze […]
Rusizi: Hibazwa impamvu urubyiruko rudohoka mu gushora imbaraga mu bikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi

Nubwo ubuyobozi bunyuranye n’abafatanyabikorwa b’Akarere ka Rusizi mu bikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi bavuga ko bashyira ingufu nyinshi mu gukangurira urubyiruko gushora imbaraga mu buhinzi n’ubworozi bukozwe kinyamwuga kubera inyungu nyinshi ziburimo, rumwe mu rubyiruko ruracyagenda biguru ntege muri uru rwego ahubwo ugasanga ruvuga ko akazi kabuze,urundi rwishora mu bucuruzi bwa magendu n’ibindi ruvuga ko byinjiza vuba […]
Israel iritegura guhagarika burundu gahunda y’itunganywa ry’ingufu za kirimbuzi ya Iran
Umugaba mukuru w’ingabo wa Israel aravuga ko imigambi ya gisirikare yo guhagarika gahunda ya Iran yo gutunganya ingufu za kirimbuzi irimo kwihutishwa. Imyiteguro y’igikorwa gishoboka cya gisirikare kuri Iran irimo kwagurwa nk’uko Gen. Aviv Kihavi yabitangaje mu kuri uyu wa Mbere avuga ko “igice kinini cy’ingengo y’imari y’ingabo, nkuko byemejwe vuba aha, cyari kigamije iyi […]
Umusaza ufite umutungo wa Frw miliyari ebyiri abayeho mu bukene bukabije

Umusaza w’Umunyakenya ufite imyaka 68 y’amavuko, Stephen Ole Kapen, abayeho mu bukene; bukabije n’ubwo afite ubutaka bw’agaciro k’amashilingi miliyoni 225 (ni ukuvuga miliyari 2.06 z’amafaranga y’u Rwanda (Frw). Ubutaka bw’uyu musaza wabyaye abana 13 bufite ubuso bwa Are 75. Tariki ya 17 Ukuboza 2020 yabwiye igitangazamakuru People Daily ko mu 2014 zose yazikodesheje mu gihe […]
Imfungwa yarumye ubugabo bwa mugenzi wayo ajyanwa mu bitaro
Imirwano yabaye hagati y’imfungwa ebyiri muri Ghana yasize umwe mu bagabo babiri barwanaga, arumye undi ubugabo (amabya), akomereka bikomeye ajyanwa kwa muganga. Raporo ya Polisi ya Ghana ivuga ko ibi byabaye kuwa Kane w’icyumweru gishize muri kasho ya polisi ya Tafo Pankrono, mu gace ka Ashanti. Iyi raporo yabonywe na dailymailgh.com ivuga ko uwitwa Awudu […]
Nyuma ya Gen Mabeyo, IGP Simon Sirro na we yagendereye u Rwanda
Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Tanzania, IGP Simon Sirro, ari hano mu Rwanda aho yatangiye uruzinduko ruzamara icyumweru. IGP Sirro akigera mu Rwanda yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda, CGP Dan Munyuza, mu muhango wabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. Uruzinduko rw’Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Tanzania ruje rukurikira urw’Umugaba Mukuru […]
Uganda irashinja ingabo za Sudani y’Epfo kugaba ibitero ku butaka bwayo
Igisirikare cya Sudani y’Epfo (SSDF) kirimo gushinjwa na Uganda gutera no gutoteza abahinzi n’abakozi b’uruganda rw’isukari rya Atiak Sugar ruherere mu Karere ka Amuru. Chairman w’Akarere ka Amuru, Micheal Lakony yahishuye ibi kuri uyu wa Mbere mu nama yakoranye na Komite y’abadepite ishinzwe ubucuruzi n’ubukerarugendo. Yagize ati “ Nta mbago zigaragara hagati ya Uganda na […]
Amata aranywa umugabo agasiba undi i Kigali
Hari abatuye mu Mujyi wa Kigali bavuga ko izamuka ry’igiciro cy’amata gishobora kubashyira mu mirire mibi kuko litiro y’amata adatetse iragura hagati y’amafaranga 400 na 500 mu gihe atetse agura amafaranga 600. Ubusanzwe abaguzi b’abamata bavuga ko ilitiro imwe yaguraga hagati y’amafaranga y’u Rwanda 300 na 350. Iri zamuka ry’igiciro cy’amata abaturage baganiriye na Radio […]
Mama w’imyaka 40 amaze kuryamana n’abagabo bose duturanye-Umusore
Umusore utivuze amazina ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko aba i Lagos muri Nigeria, aho abana na nyina gusa ngo bimaze kumuyobera kuko mama we amaze guhetura abagabo bose baturanye, baryamana. Uyu musore avuga ko nyina “Agerageza kutujijisha ariko sindi umwana muto kuko mfite imyaka 19 mba mbona ibyo ari gukora.” Avuga ko kubera iyi myitwarire […]
Israel: Abarwanyi 6 b’Abanyapalestine batorotse gereza irinzwe cyane

Abarwanyi batandatu b’Abanyapalestine ku wa 5 Nzeri 2021 batorotse gereza ya Gilboa iri hagati y’inyanja ya Galileya n’umujyi wa Jenin mu Karere ka West Bank, imwe mu zirindwa mu buryo bukomeye muri Israel, baciye mu mwobo. CNN dukesha iyi nkuru ivuga ko mu barwanyi harimo uwahoze ari komanda w’iumutwe witwaje intwaro wo muri Palestine wegamiye […]
Sudani: Intwaro zafatiwe ku kibuga cy’indege zivuye muri Ethiopia ntizivugwaho rumwe
Abayobozi ba Sudani ku Cyumweru bafatiye ku Kibuga cy’Indege cya Khartoum intwaro nyinshi zari zivuye Addis Abeba mu gihugu cy’abaturanyi cya Ethiopia. Ubuyobozi bwa gasutamo bwa Sudani buvuga ko bwafashe amasanduku 72 yuzuyemo imbunda, amasasu n’indebakure z’ijoro nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Sudani, SUNA. Iperereza ryatangiye gukorwa na komite ishinzwe kurandura ibisigisigi by’ubutegetsi bwa Omar […]
RDC: Abaturage bariye karungu bishe umusirikare wajyanwaga ku bushinjacyaha
Umusirikare wa FARDC kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Nzeri yishwe n’abaturage bariye karungu, muri centre ya Mambasa muri Teritwari Ituri nyuma y’aho uyu musirikare yari amaze kwica mugenzi wabo. Uyu musirikare bivugwa ko yishwe nyuma yo kwica umusivili wakoraga mu bijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Yishwe ubwo yari arimo arajyanwa ku bushinjacyaha bwa gisirikare muri […]
Musanze man accuses village chief of injustice to fallen son

Jean Paul Habiyaremye, 35, resident of Rukereza Village, Kigombe Cell, Muhoza Sector in Musanze District, accuses village chief (mudugudu), FĂ©licitĂ© Nyirambarushimana, of denying him access to paper that was supposed to provide him with a free lawyer from MAJ (government lawyers provided for poor people) in a trial against son’s death suspect. Habiyaremye alleges son, […]
Al-Khelaifi yifatiriye ku gahanga FC Barcelona, Real Madrid na Juventus
Perezida w’ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, Nasser Al-Khelaifi, yifatiriye ku gahanga amakipe ya FC Barcelona, Real Madrid na Juventus; avuga ko ari “amakipe y’inyeshyamba, ababeshyi ndetse n’abahombye.” Al-Khelaifi usanzwe ari umuyobozi w’ishyirahamwe rihuriwemo n’amakipe yo ku mugabane w’u Burayi (ECA), yakinnye ku mubyimba aya makipe nyuma y’umushinga wa UEFA Super league yatangije gusa […]
Musanze: Umuturage ashinja mudugudu kumwima impapuro zo gukurikirana ikibazo cy’umwana we wishwe
Umuturage witwa Jean Paul Habiyaremye wo mu Isibo y’Ingenzi, Umudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, avuga ko Mudugudu, Nyirambarushimana FĂ©licitĂ©, yamwimye impapuro zituma akurikirana ikibazo cy’umwana we wishwe n’umuturanyi mu 2020. Habiyaremye avuga ko umwana we, Isubirizigihe Fabrice w’imyaka 10, yishwe kuwa 10 Ugushyingo 2020, yishwe n’umuturanyi we, […]
Berahino wakinnye mu ngimbi z’u Bwongereza na West Brom, ageze mu cyiciro cya gatatu
Kapiteni w’ikipe nkuru y’umupira w’amaguru y’u Burundi, Saido Berahino ubu ni umukinnyi mushya wa Sheffield Wednesday FC iri muri shampiyona y’icyiciro cya gatatu mu Bwongereza, League One. Uyu rutahizamu yarezwe na West Bromwich Albion kuva afite imyaka 11 y’amavuko, yigaragaza cyane ubwo yayikiniraga muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri iki gihugu, English Premier League mu […]