Kigali: Avoka MHAYIMANA mu rubanza n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda asaba gutesha agaciro igihano yahawe agahabwa indishyi ya miliyoni 50

Kuri uyu wa 04 Ukwakira, 2021 mu Rukiko Rukuru/Kigali rukorera i Nyamirambo, habaye urubanza ku Kirego cyo kujuririra icyemezo cyo guhagarikwa na Komisiyo Ishinzwe Imyitwarire y’abavoka yafatiye Avoka MHAYIMANA, uvuga ko mu kumufatira icyo gihano habayemo amakosa menshi ndetse no kunyuranya n’amategeko, aho yanasabye urukiko gutegeka urugaga rukamwishyura miliyoni 50 y’indishyi, urugaga narwo rwasabye miliyoni […]
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
Umugore witwa madi Brooks wo muri USA yanyarukiye kuri Tiktok, avuga ko asangira umugabo we na nyina ndetse na murumuna we bagirana ibihe byiza, hagamijwe kumushimisha. Avuga ko kugira ngo umugabo we yishime, amwemerera kuryamana n’uwo abonye muri abo bombi. Madi ukurikirwa n’ibihumbi bisaga 92 kuri Tiktok, yavuze ngo ” Uwo ni we mugore ndi […]
Facebook, WhatsApp, Instagram na Messenger byakwamye

Zimwe mu mbuga nkoranyamba zikoreshwa na benshi ku Isi zirimo urwa Facebook, WhatsApp, Instagram na Facebook Messenger, zagize ikibazo kuri uyu wa Mbere biba ngombwa ko zihagarara. Urubuga DownDetector rwatangaje ko izi mbuga nkoranyamba zahagaze ku Isi yose ku isaha ya saa kumi n’imwe n’iminota 44 z’i Kigali. Magingo aya Hashtag ya #Facebookdown n’imwe mu […]
Kamonyi: D’autres présumés voleurs arrêtés
La police nationale rwandaise (RNP), a arrêté, dimanche 3 octobre, plus de 27 personnes qui seraient liées à une récente série de vols violents dans le district de Kamonyi. Neuf des voleurs présumés ont été arrêtés dans le secteur de Ngamba. Il s’agit de Thadee Sindikubwabo, 42 ans, Eugene Mugarura, 25 ans, François Yamfashije, 24 […]
Perezida Ndayishimiye avuga ko hari bamwe muri CNDD-FDD bamwifuriza gupfa
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, avuga ko hari bamwe mu barwanashyaka b’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi bashobora kuba bamwifuriza gupfa kubera amanyanga bakomeje gukora amaze igihe ashyira hanze. Perezida Ndayishimiye yabitangaje ku wa Kane w’icyumweru gishize, mu masengesho ategurwa n’ishyaka CNDD-FDD aba buri wa Kane wa nyuma w’ukwezi yabereye mu mujyi wa Gitega. Umukuru w’Igihugu […]
Abasirikare 3 barindaga Papa Francis basezeye kuko batemera gukingirwa Covid-19, abandi bahagaritswe
Abasirikare batatu bo mu mutwe wa Suiss Guards urinda Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, basezeye mu kazi kubera ko batemera gukingirwa icyorezo cya Covid-19, abandi batatu bahagarikwa by’agateganyo bazira kutikingiza mu buryo bwuzuye. Nk’uko tubikesha Rome Reports, Lt. Urs Breitenmoser uvugira Swiss Guard yatangaje ko abasirikare basezeye babikoze ku bushake, mu […]
Umukwe wa Museveni ku mugambi wo kwiyamamariza kuba perezida
Umukwe wa Museveni akaba n’umujyanama wa Sebukwe mu nshingano zidasanzwe, Odrek Rwabwogo, yatesheje agaciro amakuru yavugaga ko afite umugambi wo kwiyamamariza kuba Perezida wa Uganda mu mwaka wa 2026. Rwabwogo ni umugabo w’umukobwa mukuru wa Museveni, Patience Museveni Rwabwogo w’imyaka 43. Ku mbuga nkoranyambaga, hari hadutse abantu batandukanye bamushyira imbere nk’umwe mu bazahatanira gusimbura Museveni […]
Burundi: Imbonerakure 17 n’uwari umuyobozi bafunzwe bazira inyeshyamba z’Abanyarwanda
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko uwahoze ari Umuyobozi wa Zone ya Mabayi ndetse n’Imbonerakure 17 zo muri Komini Mabayi, Intara ya Cibitoke, mu majyaruguru y’u Burundi, bafunze bakekwaho gukorana n’inyeshyamba z’Abanyarwanda. Bivugwa ko kuwa Gatanu ushize, abayobozi b’ibanze, polisi n’igisirikare bakoranye inama y’umutekano n’abaturage bo muri Zone Bumba, muri Komini Bukinanyana mu […]
Komanda wa polisi yishe arashe umuntu warenze ku masaha yo gutaha
Umuntu umwe biravugwa ko yarashwe n’umupolisi ubwo yarimo yubahiriza isaha yo gutahiraho mu ijoro ryo ku cyumweru. John Kulumba, utuye i Nsangi mu Karere ka Wakiso, nk’uko bivugwa n’abaturage, yarashwe na Komanda wa Polisi mu Karere ka Wakiso ubwo yari kumwe n’abandi bapolisi batatu bateye ku kabari ko muri aka gace babaza abantu impamvu bari […]
Umugore w’ i Karongi yarumye mu mugongo umukobwa we w’imyaka 12 aramukomeretsa
Umwana w’umukobwa ufite imyaka 12 y’amavuko utuye mu Kagari ka Kibirizi mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi aravuga ko ahohoterwa na nyina umubyara, Mukantaganda Christine, umukubita kuburyo bukabije akamurema inguma ku mubiri nk’aho aherutse kumuruma mu mugongo, akamurema uruguma. Uyu mwana avuga ko ibyo gukubitwa na nyina abikorerwa buri gihe, yabwiye Radio Isangano […]
Ethiopia: Abiy Ahmed yarahiriye manda nshya y’imyaka itanu mu gihe atorohewe na TPLF
Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed yarahiriye manda nshya y’imyaka itanu nyuma yo kwemezwa n’Inteko Ishinga Amategeko mu gihe amahanga akomeje kwamagana uko yitwaye mu kibazo cy’amakimbirane yo mu majyaruguru y’igihugu. Ishyaka rya Abiy ryatsinze amatora yo muri kamena. Yarahiye kuri uyu wa Mbere ibirori bikaza gukomereza mu murwa mukuru Addia […]
Abanyeshuri barenga ibihumbi 60 batsinzwe ibizamini bya Leta bazasibira
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko hari abanyeshuri bagera kuri 60,642 bagomba gusibira bagasubiramo amasomo, nyuma yo gutsindwa ibizamini bya Leta mu mwaka w’amashuri wa 2020/2021. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Ukwakira ni bwo iyi Minisiteri yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta, barimo abakoze ibisoza amashuri abanza ndetse n’abakoze asoza Icyiciro Rusange cy’ayisumbuye. Ni […]
U Burusiya bwagerageje missile ifite umuvuduko uruta uw’ijwi ihangayikishije Amerika
Kuri uyu wa mbere, u Burusiya bwatangaje ko bwagerageje misile nshya ifite umuvuduko nk’uw’urusaku yarashweivuye ku bwato bugendera munsi y’amazi (Submarine) missile Perezida Vladimir Putin yise Invincible (Ikintu kidashobora kuneshwa). Leta y’u Burusiya mu myaka yashize yashimangiye ko irimo gukora intwaro ziteye imbere yizeye ko zizaha umwitangirizwa ibindi bihugu birimo na Leta Zunze Ubumwe za […]
Urugendo rwa Sassou Nguesso umaze hafi ½ cy’imyaka afite ku butegetsi n’uko Angola yamufashije

Denis Sassou Nguesso, Perezida wa Repubulika ya Congo, ni umwe mu bakuru b’ibihugu byo muri Afurika bamaze igihe kirekire ku butegetsi, aho ukusanyije imyaka yose ategetse usanga imyaka hafi kimwe cya kabiri cy’imyaka afite ayimaze ku butegetsi nk’uko tugiye kubirebera hamwe tugaruka ku mateka ye nyuma yo kuvugwa mu mabanga yashyizwe ahagaragara y’abayobozi bagiye bigwizaho […]
Amafoto y’ubwambure bw’umunyamakuru wa NTV yagiye hanze
Ubwambure bw’Umunyamakuru wa televiziyo NTV, Anne Nakawombe uzwi nka Annie Nixon, yagiye hanze bikozwe na Edgar Luvusi, bahoze bakundana bakaba, banafitanye umwana w’umuhungu. Luvusi yashyize hanze amafoto ya Annie bigaragara ko yari aryamye bikekwa ko yaba yari yasinze cyangwa amaze kubonana n’umugabo utamworoheye. Annie Nixon usanzwe akora ikiganiro cyitwa The Beat, asanzwe azwiho imyitwarire itari […]
Kamonyi: Hafashwe abandi 27 bakekwaho guhohotera abaturage bitwaje intwaro gakondo
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi, ku Cyumweru tariki ya 3 Ukwakira yafashe abantu 27 bagize itsinda rikekwaho guhohotera no kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo zirimo imipanga. Ni nyuma y’uko abaturage bari bamaze iminsi bagaragaje ko hari abantu babatega bitwaje imihoro bakabagirira nabi ndetse bakanabambura. Icyenda mu bafashwe bafatiwe mu Murenge wa Ngamba, abandi 18 […]
Hahishuwe imitungo y’ibanga ya Perezida Uhuru Kenyatta n’umuryango we
Icukumbura rimaze ‘amezi menshi’ rikorwa n’abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye ku Isi barenga 600 bahuriye muri ICIJ (International Consortium of Investigative Journalists), ryagaragaje imitungo y’ibanga y’abategetsi bakomeye barimo Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta n’umuryango we. Igitangazamakuru cy’Abongereza The Guardian cyasohoye iri cukumbura mu izina rya ‘The Pandora Papers’ kivuga ko ryifashishije amakuru arimo akubiye mu nyandiko zirenga […]
Messi yasogongeye ku ntsinzwi ya mbere muri PSG
Ikipe ya Paris Saint-Germain iri kumwe na Lionel Messi, yatakaje umukino wa mbere kuva uyu munya-Argentine yayigeramo mu mpeshyi y’uyu mwaka. Paris Saint-Germain yari imaze imikino umunani idatsindwa, ku Cyumweru yatsinzwe na Stede Rennais ibitego 2-0, mu mukino wa shampiyona y’Abafaransa. Messi waherukaga gutsinda ibitego cy’akataraboneka mu mukino wa UEFA Champions league PSG iheruka gutsindamo […]
Abana b’abahungu basambanywa ku kigero cya 2.9%-RIB
Imibare y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB igaragaza ko mu myaka 3 ishize ibyaha byo gusambanya abana byakomeje kuzamuka, kuko imibare igaragaza ko kuva mu myaka 3 ishize, uru rwego rwagenje ibyaha 12,840 byo gusambanya abana. Abibasirwa cyane ni abakobwa ku kigero cya 97.1% ugereranyije n’abahungu basambanywa ku kigero cya 2.9%. Muri 2018-2019 ibyaha byo gusambanya abana […]
Ibyihebe byantwariye umukobwa, byashoboka ko Abanyarwanda bamugarura_Umubyeyi wo muri Cabo Delgado
Umubyeyi wo mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique witwa Amina Abdullah avuga ko ibyihebe by’umutwe w’iterabwoba wa Al Sunnah wa Jama’ah byamutwariye umukobwa ku buryo atazi niba akiriho, ariko akaba yizera ko abaye akiriho ingabo z’u Rwanda zamumushakira, zikamugarura. Uyu mubyeyi yabibwiye itangazamakuru ubwo yahungukaga nyuma y’amezi 8 avuye mu gace ka Quelimane yari […]
Amanota y’ibizamini bya leta ku mashuri abanza n’icyiciro cya 1 cy’ayisumbuye aratangazwa
Kuri uyu wa Mbere, itariki 04 Ukwakira 2021 nibwo Minisiteri y’Uburezi iza gutangaza amanota y’ibizamini bya leta by’amashuri abanza (PLE) ndetse n’ay’icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye (O ‘urwego). Biteganijwe ko iki gikorwa kibera ku cyicaro gikuru cya Minisiteri nk’uko byatangajwe na Bernard Bahati, Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA). Abakandida bakoze ibizamini […]
Nigeria: Boko Haram yagabye igitero ku nkambi icumbikiye abarwanyi bayo
Umutwe w’iterabwoba Boko Haram wagabye igitero ku nkambi irimo abarwanyi bawo bishyikirije ubutegetsi mu majyaruguru ya Nigeria nk’uko byatangajwe n’igisirikare. Ni igitero cyagabwe kuri iki Cyumweru kuri iyi nkambi iherereye mu Mujyi wa Damboa, muri Leta ya Borno, nyuma y’aho abarwanyi ibihumbi ba Boko Haram n’imiryango yabo mu mezi ashize bitanze nyuma y’urupfu rw’umuyobozi wabo […]
Nyagatare: Basabye Karidinali Kambanda kuvuganira Umutara ukaba diyosezi

Mu birori byabaye kuri uyu wa 3 Ukwakira 2021byo kwizihiza yubile y’imyaka 25 Paruwasi Gatolika ya Nyagatare imaze, umushumba wa diyosezi ya Byumba nawe wizihizaga imyaka 25 amaze ari umwepisikopi yasabye Nyiricyubahiro Karidinali Antoine Kambanda gusaba Papa Francis kwemera ko umutara wagirwa Diyosezi. Umushumba wa diyosezi, Byumba, Musenyeri Seleverien Nzakamwita ubwo yifatanyaga n’abakirisitu kwizihiza yubile […]
Hafashwe 13 bakorana na ADF, Idamange akatirwa 15, Uganda itangaza ko ikaza umutekano ku mupaka; inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 27 Nzeri 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo izirebana n’umutekano, ubutabera na politiki. Ni izikurikira: Abantu 13 bakorana na ADF bafatiwe mu Rwanda Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubugenzacyaha, RIB, tariki ya 1 Nzeri 2021 byatangaje ko byafashe abagabo 12 n’umugore umwe bakorana n’umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa […]