Gen. Kabarebe yemereye Byiringiro Lague inzu nziza

Umuyobozi w’icyubahiro wa APR FC usanzwe ari umujyanama wa Perezida Paul Kagame, Gen. James Kabarebe yemereye rutahizamu w’iyi kipe, Byiringiro Lague intwererano y’inzu nziza. Uyu musirikare yatanze iri sezerano ubwo yari yitabiriye ubukwe bw’uyu musore w’imyaka 21 y’amavuko wasabye akanakwa Uwase Kelia kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021. Basezeraniye imbere y’Imana mu rusengero rwa Philadelphia […]

Rusizi: Meya Dr Kibiriga yanenze ibyakozwe na nyobozi icyuye igihe byo guhindura abakozi mu tugari

Umunyamabanga nshingwabikorwa w'aka karere Mutesi Priscah,avuga ko ibyo byemezo Meya avuga ko atahawe babimuhaye,abifite,kandi ko nta kizabibuza gushyirwa mu bikorwa.

Ikibazo cyasakuje cyane muri aka karere mu baturage n’abayobozi mu mpera z’Ukwakira uyu mwaka, ni icy’icyemezo cyasizwe na komite nyobozi yari icyuye igihe,ikora icyo guhindura abakozi mu tugari mu buryo benshi bise agahomamunwa, cyagombaga gushyirwa mu bikorwa ku ya 1 Ukuboza, itariki yarageze abo cyarebaga bategereza amabaruwa baraheba, Meya mushya Dr Kibiriga Anicet yabwiye Bwiza.com […]

Uganda yatangiye gushyira ibyuma by’ikoranabuhanga ku mipaka yayo n’u Rwanda

ibyumba.gif

Ikigo cya Uganda gishinzwe imisoro (URA) n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka byatangiye gushyira ibyuma by’ikoranabuhanga bya sikaneri (scanners) ku mipaka ihuza iki gihugu n’u Rwanda, mu rwego rwo gukaza kuvugurura ubugenzi bukorerwa amakamyo ahanyura. Charles Wanjala uhagarariye URA mu karere k’amajyepfo y’uburengerazuba ubwo ku mupaka wa Kagitumba hari hamaze gushyira ibi byuma, yasobanuriye itangazamakuru ko bizabafasha […]

Rayon Sports yemeje ko yahagaritse Masudi Djuma

Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko yamaze guhagarika igihe kitazwi Umurundi Irambona Masudi Djuma kubera umusaruro mubi. Iyi kipe yemeje aya makuru ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter. Iti: “Umutoza mukuru wa Rayon Sports Masudi Djuma Irambona yahagaritswe n’ubuyobozi bw’ikipe nyuma y’umusaruro mubi.” Rayon Sports yavuze ko Romami Marcel wari umwungirije ari we usigarana ikipe […]

Uganda: Gen. Kandiho uyobora CMI yafatiwe ibihano

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yafatiye ibihano by’imari Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’igisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), Maj. Gen. Abel Kandiho. Umuvugizi wa Minisiteri y’ingabo za Uganda, Brig. Gen. Flavia Byekwaso ni we wahishuye ko bamenye iby’ibi bihano Gen. Kandiho yafatiwe ariko ntabwo yatangaje ibyaha uyu musirikare yaba azira. Mu izina rya […]

Gen. Kamana Uwimana ukuriye Igipolisi cya Kwilu arashinjwa kubiba iterabwoba mu ntara

Mu Mujyi wa Bandundu, amajwi akomeje kuzamurwa yamagana Umuyobozi w’Igipolisi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Ntara ya Kwilu, Gen. Kamana Uwimana Kanold, ushinjwa kubiba iterabwoba muri iyi ntara nk’uko bamwe mu badepite b’aha babitangarije itangazamakuru. Komiseri Mukuru wa polisi mu Ntara ya Kwilu, Gen. Kamana Uwimana bivugwa ko amaze imyaka 12 akorera muri […]

Dr Nsanzimana Sabin wa RBC yahagaritswe, hari ibyo akurikiranweho

nsanz.jpg

Mu izina rya Perezida Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yahagaritse by’agateganyo Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), Dr Nsanzimana Sabin. Itangazo rya Dr Ngirente ryasohotse kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021 rivuga ko Dr Nsanzimana hari ibyi akurikiranweho agomba kubazwa. Ubusanzwe itegeko riteganya ko mu gihe hari ibyo akurikiranweho, aba ahagaritswe ku […]

Byiringiro Lague yasabye anakwa umukunzi we

Rutahizamu Byiringiro Lague w’ikipe ya APR FC, kuri uyu wa Kabiri yasabye anakwa umukunzi we Uwase Kelia bitegura kurushingana. Mu cyumweru gishize ni bwo uyu musore w’imyaka 21 y’amavuko yari gusaba akanakwa umukunzi we, gusa bihurirana no kuba we na bagenzi be bariteguraga umukino wa CAF Confederation Cup wagombaga kubahuza na RS Berkane yo muri […]

Receptionist at Unguka Bank Plc

RECRUITMENT NOTICE UNGUKA BANK Plc, BP 6417 KIGALI, Code: 100500249 having its registered office in Kigali, Nyarugenge District, DORONA HOUSE; would like to recruit competent and qualified person to the position of Receptionist. Under the administrative supervision of Human Resources and Administration Services Department, the Reception will be responsible for the following duties: Receive and […]

Nubwo Omicron ikwirakwira vuba ngo yaba itazahaza nk’ubwoko bwabanje bwa Covid-19

Abashakashatsi bo muri Afurika y’Epfo bavuga ko nubwo ubwoko bushya bwa Covid-19 bwiswe Omicron bukwirakwira vuba, ngo bwaba butazahaza ababwanduye nk’ubundi bwoko bwari busanzwe. Inkuru ya The New York Times ivuga ko abaganga bo mu bitaro binini byo muri Pretoria, umurwa mukuru w’ubuyobozi wa Afurika y’Epfo, batangaje ko abarwayi ba coronavirus bafite ubu bwoko batarwaye […]

Uganda yirukanye Abanyarwanda 35

Leta ya Uganda yirukanye Abanyarwanda 35 ku butakwa bwayo ibashinja kuba intasi z’ u Rwanda. Abirukanwe ni abagabo 19, abagore 6 n’abana 10 bakaba bageze ku mupaka wa Mirama/Kagitumba kuwa 6 Ukuboza 2021. Bamwe muri bo bavuga ko babanje gufungwa bagakorerwa n’iyicarubozo mu gihe bandi bamwe bishwe. Aba birukanwe baje biyongera ku yandi magana amaze […]

Kicukiro man arrested over plans to kill wife

Rwanda Investigation Bureau (RIB) is holding in its detention a man identified as Kanyamibare Bizimungu suspected of murdering his wife, Evelyne Murebe. The two street vendors had begotten one child. It is said that the duo had saved Rwf500,000 which they planned to increase to buy a plot of land and build own house. As […]

Urubyiruko rwasabwe kurwanya ruswa rutanga amakuru kuri yo no kuba inyangamugayo

ff_vgtexwamophg_1_.jpg

Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine, yasabye urubyiruko kugira uruhare mu kwimakaza imiyoborere myiza rutanga amakuru kuri ruswa, mu gihe Hon. Edouard Bamporiki yarusabye kugira umutima wo kwanga ikibi kandi ukunda igihugu. Ibi byavugiwe kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 07 Ukuboza 2021, muri Kongere y’Urubyiruko yo Kurwanya Ruswa ijyanye n’icyumweru cyo kurwanya ruswa cya 2021 mu […]

Umupolisi wasaga nk’uwasaze yishe arashe abantu 5 barimo umugore we

Umupolisi wa Kenya mu ijoro ryakeye yishe arashe abantu batanu mu murwa mukuru, Nairobi, mbere yo kwirasa nawe akiyica. Uyu mupolisi yabanje kwica umugore we mu rugo rwabo amurashe mu ijosi, mbere yo guhita ava mu rugo saa cyenda z’igicuku n’imbunda y’akazi yo mu bwoko bwa AK-47 agatangira kugenda arasa uwo ahuye nawe nk’uko byatangajwe […]

Uganda yabonetsemo abantu 9 banduye Covid-19 nshya, Omicron

Muri Uganda habonetse abantu icyenda (9) banduye icyorezo cya Covid-19 nshya cyihinduranyije cyahawe izina rya Omicron, iki kikaba cyaragaragajwe bwa mbere n’ibihugu biri mu karere ka Afurika y’amajyepfo. Umunyamakuru wa NBS TV kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021 yavuze ko aba barwayi ba Omicron babonetse ubwo bari bamaze kugera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Entebbe […]

RDC: Uhagarariye UN abona imbaraga z’igisirikare zitakemura ikibazo cy’umutekano muke

Bintou Keita uhagarariye Umuryango w’Abibumbye, UN, muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, RDC, abona imbaraga nyinshi igisirikare cyakoresha zidashobora gukemura ikibazo cy’umutekano muke. Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Xinhua, yagize ati: “Imbogamizi Leta irimo guhura nazo mu gushyira mu bihe bidasanzwe ni ukuba ingabo ziri kugorwa no kurinda abasivili no kurandura imitwe yitwaje intwaro.” Yabitangarije mu ijambo […]

Gashumba yavuze uko umukobwa ukunda akabariro yari amwiciye mu buriri

Umuyobozi w’Ikigo Sisimuka Uganda, Frank Malimungu Gashumba, yaririye kuri imwe muri radiyo zo mu Mujyi wa Kampala, avuga uko umukobwa yari amwishe nyuma y’aho bagiye gutera akabariro ariko uwo mukobwa akumva ko iki gikorwa cyamara ijoro ryose. Uyu mugabo ubusanzwe wibana abo bakunze kwita Ssekyeyombekede, yavuze ko atazibagirwa ijoro rimwe yahuye na Slay queen (abakobwa […]

Gicumbi: Umugore akurikiranweho kugambanira umwana w’umukobwa agafatwa ku ngufu

Urukiko rw’Ibanze rwa Mbogo mu mpera z’icyumweru gishize rwafunze umugore uturuka mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana, Akagari ka Kajevuba, iminsi 30 y’agateganyo, nk’uko byasabwe n’Ubushinjacyaha ku cyaha cyo kugambanira umwana w’umukobwa w’imyaka 15 agasambanywa. Uyu mugore iki cyaha yagikoze tariki ya 07 Ugushyingo 2021 ubwo umukobwa baturanye yamuhaga Telephone ngo amucomekere yajya kuyifata, […]

Gen. Nyakarundi ari i Bujumbura

fd1-2.jpg

Brig. Gen. Vincent Nyakarundi uyobora urwego rushinzwe iperereza mu gisirikare cy’u Rwanda, RDF, ari i Bujumbura mu nama y’umutekano y’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EAC. Muri iyi nama yatangiye kuri uyu wa 6 Ukuboza 2021, Gen. Nyakarundi yahuriyemo na bagenzi be bayoboye inzego zishinzwe iperereza mu ngabo z’u Burundi, Kenya, Uganda, Sudani y’Epfo na Tanzania. Baganiriye […]

Eight children found dead in parked car in Lagos

Nigerian police say eight children were found dead in a parked car in Olorunda, Lagos state. The vehicle was parked inside a compound at Adelayo Street, Agunaje in Badagry Expressway. According to police, the children, aged four to six years old, likely mistakenly locked themselves inside the abandoned car while playing. The car belonged to […]

Abanyasudani basubiye mu myigaragambyo yamagana amasezerano yasubije Hamdok ku butegetsi

Ibihumbi by’Abanya-Sudani kuri uyu wa Mbere byigabije imihanda yo mu Murwa Mukuru, Khartoum no mu yindi mijyi bamagana ihirikwa ry’ubutegetsi ryo mu Ukwakira n’amasezerano yahise asubiza Minisitiri w’Intebe, Abdalla Hamdok ku mwanya we. Amafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanye abigaragambya mu bice bitandukanye bya Khartoum no mu mujyi wa Omdurman. Hanabaye imyigaragambyo mu yindi mijyi […]

TPLF imaze kwamburwa uduce twinshi iremeza ko itarimo gutsindwa urugamba

Mu gihe ingabo za Leta ya Ethiopia zitangaza ko zimaze kwigarurira uduce twinshi twari twarafashe n’umutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bw’akarere ka Tigray, uyu mutwe na wo uvuga ko utarimo gutsindwa, ko ahubwo ibiri kuba wari warabiteganyije. Izi ngabo ziyobowe na Minisitiri w’Intebe, Abiy Ahmed ku rugamba, kuri uyu wa 6 Ukuboza 2021 […]

Kayonza: Aborozi barashinja ibigo by’ubwishingizi uburiganya

img-20211207-wa0006.jpg

Aborozi bo mu Karere ka Kayonza batakambiye umuryango urwanya ruswa n’akarengane kubera uburiganya bavuga ko bakorerwa n’ibigo by’ubwishingizi, bakanabishinja imikorere mibi. Ku wa 3 Ukuboza 2021 umuryango urwanya ruswa n’akarengane n’itsinda ry’abanyamaku ryoherejwe n’umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro, Pax Press, bagiranye ibiganiro n’abaturage byabereye mu Murenge wa Ruramira, bigamije kureba uruhare rw’abahinzi borozi bagira mu mihigo. […]

Burundi: Hari ubwoba bw’uko imfungwa zitari nke zaba zahiriye muri Gereza ya Gitega

Ubwoba ni bwinshi bw’uko imfungwa zitari nke zari zifungiye muri gereza nkuru ya Gitega mu murwa mukuru w’u Burundi zaba zitabye Imana, nyuma y’inkongi y’umuriro ikomeye yibasiye iyi gereza. Ibitangazamakuru by’i Burundi bivuga ko iyi gereza yatangiye gushya mu ma saa kumi y’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri. Amashusho ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga yerekana […]

Rayon Sports yaba yafashe icyemezo cyo kwirukana umutoza Masudi Djuma

Amakuru aramutse avugwa kuri uyu wa Kabiri aravuga ko ikipe ya Rayon Sports yafashe icyemezo cyo kwirukana umutoza wayo, Masudi Djuma, kubera umusaruro mubi. Ni nyuma y’uko iyi kipe ikomeje kwitwara nabi muri shampiyona, dore ko iri ku mwanya wa kane n’amanota 11 mu gihe imaze gukina imikino irindwi ya shampiyona. Ubushobozi bw’umutoza Masudi bwatangiye […]

Vital Kamerhe wayoboraga ibiro bya Perezida Tshisekedi yafunguwe by’agateganyo

Vital Kamerhe wayoboraga ibiro bya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yafunguwe by’agateganyo kuri uyu wa 6 Ukuboza 2021, asohoka muri gereza nkuru ya Makala yari afungiwemo kubera impamvu z’uburwayi. Kamerhe uri mu banyapolitiki bakomeye kuva ku butegetsi bwa Joseph Kabila yatawe muri yombi muri Mata 2020, akekwaho kunyereza umutungo wa Leta w’abarirwa […]

Ibisambo babisanze birisha nk’amatungo nyuma yo kwiba inzoga bikazimira

Ibisambo bitatu byaherukaga kwiba inzoga mu bubiko bwazo mu gace ka Kisii, babisanze birisha ubwatsi nk’amatungo nyuma y’igihe byarabuze. Ikinyamakuru Tuko cyavuze ko aba bajura bari binjiye mu bubiko bw’inzoga (depot), hanyuma bibamo imodoka eshatu zo mu bwoko bwa Pickup zuzuye inzoga z’amoko atandukanye. Zimwe mu nzoga aba bajura bahise bazigurisha, izindi bazihisha mu mazu […]