Les locaux de la Commission rwandaise des médias cambriolés

Les locaux de la Commission rwandaise des mĂ©dias (RMC) ont Ă©tĂ©, hier soir, le 8 dĂ©cembre, cambriolĂ©s par des personnes encore Ă  identifier. Il est rapportĂ© que ce n’est pas la première fois que l’organisme d’autorĂ©gulation des mĂ©dias basĂ© Ă  Remera est cambriolĂ©s. S’adressant au New Times, Emmanuel Mugisha, secrĂ©taire exĂ©cutif de RMC, a dĂ©clarĂ© […]

Abanyamerika bagiriwe inama yo kutajya muri Uganda

Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) kuri uyu wa 8 Ukuboza 2021 zagiriye inama abenegihugu bazo yo kutajya muri Uganda, bitewe n’umutekano wo muri iki gihugu utizewe. Ibitero by’iterabwoba biherutse kugabwa mu murwa mukuru, Kampala, ni byo byatumye Abanyamerika bagirwa inama yo kutajya muri iki gihugu. Ubutumwa bubaburira bugira buti: “Nimwisubire ku kujya muri Uganda […]

APR FC yananiwe kubona amanota atatu imbere ya Etincelles FC

Ikipe ya APR FC yananiwe kubona amanota bwa mbere Muri shampiyona ya 2021/2022, nyuma yo kunganya na Etincelles FC 0-0. Hari mu mukino w’ikirarane amakipe yombi yakabaye yarahuriyemo ku munsi wa gatatu wa shampiyona, gusa ntiwakinwa kuko iriya kipe y’ingabo z’igihugu yari mu marushanwa nyafurika. APR FC yakoze ibishoboka byose ngo ibone igitego mu izamu […]

Ibanga Akarere ka Kicukiro kakoresheje kugirango gahige utundi mu kurwanya ruswa n’akarengane

fgj2phmx0aecr1h.jpg

Akarere ka Kicukiro kashimiwe ko kahize utundi turere binyuze mu Namangishwanama yo kurwanya ruswa muri ako karere, aho kaje ku mwanya wa mbere mu Mujyi wa Kigali n’amanota 75%, Umuyobozi Nshingwabikorwa wako akaba yagarutse ku ibanga bakoresheje mu kiganiro yahaye itangazamakuru. Akarere ka Kicukiro kakurikiwe n’Akarere ka Gasabo kagize amanota 50% haheruka Akarere ka Nyarugenge […]

Sheebah ‘ararebana ay’ingwe’ na manager we Jeff Kiwa

Amakuru akomeje kuva mu nshuri za hafi z’umuhanzi Sheebah Karungi Samali avuga ko uyu mukobwa ari kurebana nabi na manaja we w’igihe kirekire, Jeff Kiwa, bapfa amafaranga n’izu yiyubakiye ahitwa i Munyonyo. Aya makuru avuga ko Sheebah yamaze kuva muri Team No Sleep (TNS) ndetse Jeff na we mu buryo bw’ibanga akaba ari gushaka uwamusimbura. […]

Huye: Abacamanza bari buburanishe Munyenyezi ntibaje mu rukiko

Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwasubitse urubanza rwa Beatrice Munyenyezi uregwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kuko abacamanza batabonetse. Inteko y’abacamanza yagombaga kumuburanisha ntiyabonetse kubera amahugurwa y’abagize inzego z’ubucamanza mu Rwanda hose akomeje muri iki cyumweru. Uyu mugore aherutse koherezwa n’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika kuburanira aho bikekwa ko yakoreye ibyaha. Ni […]

Akarere ka Kicukiro kahize utundi mu Mujyi wa Kigali mu kurwanya ruswa

Akarere ka Kicukiro kaje ku isonga mu kurwanya Ruswa n’Akarengane mu Mujyi wa Kigali, hakurikiraho Akarere ka Gasabo mu gihe akarere ka Nyarugenge ariko gaheruka. Intara y’Amajyepfo niyo yaje imbere y’izindi iy’uburengerazuba iza ku mwanya wa nyuma. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane, itariki 09 Ukuboza 2021 ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa, ndetse hanizihizwa […]

Amafoto: Imyiyerekano y’abakomando ba Tanzania n’intwaro za rutura ku munsi w’Ubwigenge

tz-3.jpg

Abakomando ba Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, bigaragaje mu buryo bwihariye kuri uyu wa 9 Ukuboza 2021, mu gihe iki gihugu cyizihiza umwaka wa 60 kimaze kibonye ubwigenge. Umuhango ku rwego rw’igihugu wabereye i Dar es Salaam kuri sitade ya Uwanja wa Uhuru, witabirwa n’abashyitsi bakuru barimo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, uwa Mozambique n’uwa […]

Uganda: Abasirikare baregwaga kwica abigaragambya bahawe ibihano biremereye

Kuri uyu wa Gatatu, urugereko rwa mbere rw’urukiko rwa gisirikare muri Uganda rwahamije ibyaha abasirikare babiri, Lance Corporal na Private, kubera kwica abantu batatu ubwo bari mu bikorwa byo guhosha imvururu mu Gushyingo 2020 i Kampala. Urubanza, guhamya ibyaha n’ibihano ku baregwa mu buryo butangaje byabereye ku cyicaro cya Division ya mbere ya UPDF i […]

Receptionist at World Relief Rwanda

To facilitate the implementation of its activities in Kigali, World Relief Rwanda wishes to recruit a qualified and well-experienced candidate to fill the position of Receptionist. The job description and other requirements for this position are as follows: Job Description Department/Program: Country Director’s Office Location: Kigali, Rwanda Start Date: Immediately. Length of Opportunity: Ongoing Title […]

RIB arrests woman suspected of killing own infant

Rwanda Investigation Bureau (RIB) has arrested a woman from Kanama sector in Rubavu district over allegedly strangling to death her child aged two years and half. The incident took place in the night of 6th December 2021 in Nyamuremure village, Mahoko cell of Kanama sector. It is said that neighbors heard the child crying and […]

Kagame arrives at Uhuru Stadium in Tanzania for Independence Day celebrations

President Paul Kagame yesterday arrived in Dar es Salaam where he was received by Tanzanian Minister of Constitutional and Legal Affairs, Prof. Palamagamba John Kabudi ahead of tomorrow’s 60th Independence Day celebrations, according to Rwanda’s Presidency On Thursday morning, Kagame arrives at Uhuru stadium in Dar es Salaam where the 60th anniversary of Tanzania’s Independence […]

Mu Bwongereza: Abadepite batangiye gutambamira ukwemerwa kwa Busingye nka Ambasaderi

bryant.jpg

Abadepite babiri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza batangiye gutambamira ukwemerwa kwa Busingye Johnston nka Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu. Aba ni Christopher John Bryant uhagarariye ishyaka Labour ritavuga rumwe n’ubutegetsi na Iain Duncan Smith wo mu ishyaka Conservative riri ku butegetsi. Aba badepite mu mpaka bagiriye mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko, mu cyumba […]

Ethiopia: WFP yahagaritse gutanga ibiribwa muri Kombolcha na Dessie nyuma yo gusahurwa

web-1000x562-ethiopia-dessie-kombolcha.jpg

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryahagaritse gutanga ibyo kurya mu mijyi ya Kombolcha na Dessie yo muri Ethiopia nyuma yo gusahurwa ibyo ryari rifite abakozi batashoboye guhagarika kubera iterabwoba, ririmo no gufatirwaho imbunda nk’uko Umuryango w’abibumbye ubitangaza. Ingabo za Ethiopia zisubije iyo mijyi ziyambuye inyeshyamba za TPLF kuwa Mbere ushize nk’uko byatangajwe na […]

Perezida Kagame yitabiriye ibirori by’ubwigenge bwa Tanzania (Amafoto)

img_20211209_095000.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yamaze kugera muri Stade ya Uwanja wa Uhuru i Dar es Salaam aho yitabiriye ibirori by’ubwigenge bw’iki gihigu yahuriyemo n’abanyacyubahiro batandukanye. Ku gicamunsi cy’ejo ku wa Gatatu tariki ya 08 Ukuboza ni bwo Perezida Kagame yageze i Dar es Salaam, aho yagiye kwifatanya n’abanya-Tanzania mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka […]

Gen. Kandiho yavuze ko USA ishobora guhombera mu bihano yamufatiye

Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’igisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), Maj. Gen. Abel Kandiho yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zishobora guhombera mu bihano zamufatiye. Tariki ya 7 Ukuboza ni bwo Guverinoma ya USA yatangaje ko ifatiye ibihano Gen. Kandiho bitewe n’ibikorwa bya CMI bibangamira uburenganzira bw’ikiremwamuntu zivuga ko na we agiramo uruhare. Ibi […]

Pasiteri Buyinza yafashwe nyuma yo guca umutwe umwana w’imyaka ine w’aho akodesheje

Polisi ishinzwe kugenza ibyaha muri Uganda yafunze Pasiteri Israel Buyinza akekwaho gushimuta, no kwica aciye umutwe umwana w’umukobwa w’imyaka ine, Trinity Nakisuyi, umwana w’aho bari bakodesheje mu Karere ka Jinja. Buyinza usanzwe ari umupasiteri mukuru mu itorero ryitwa Deliverance and Healing Ministry riri ahitwa Gganda-Nansana muri Wakiso. Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’aho muri […]

Kenya: Abapolisi bashya bo mu mutwe udasanzwe bagaragaye barahirira kwica abasivili

Abapolisi bashya ba Kenya bo mu mutwe utasanzwe wa GSU (General Service Unit) bagaragaye mu mashusho barahirira kwica abasivili mu gihe bazaba batangiye akazi. Amashusho y’aba bapolisi ifite uburebure bw’amasegonda 30 yasakaye ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 8 Ukuboza 2021 ubwo bari bavuye mu muhango wo gusoza amasomo y’aka kazi. Umuhango wo gusoza aya […]

Ethiopia: Abiy Ahmed yavuye ku rugamba

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali yavuye ku rugamba by’igihe gito aho yari ayoboye ingabo za Leta zihanganye n’imitwe yitwaje intwaro irimo TPLF, ajya gusubukura akazi mu biro. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2021 byatangaje ko Abiy asubiye mu biro ingabo za Leta zirangije icyiciro cya mbere cyo kurwanya iyi […]

UEFA Champions league: FC Barcelona yanditse amateka mabi yaherukaga mu myaka 17 ishize

Ikipe ya FC Barcelona yaraye itsinzwe na Bayern Munich ibitego 3-0, ihita isezererwa muri UEFA Champions league itarenze umutaru. Ibitego bya Thomas MĂĽeller, Leroy SanĂ© na Jamal Musiala byari bihagije ngo Bayern Munich irangize burundu inzozi za FC Barcelona yari yarahiriye kujya kuyitsindira ku kibuga cyayo. FC Barcelona yarangije imikino itandatu yo mu tsinda E […]