Igipolisi cy’u Rwanda n’icya Congo byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Ukuboza Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, General Amuli Bahigwa Dieudonne n’intumwa ayoboye bageze ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. Uyu muyobozi yakiriwe na mugenzi we uyobora Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza. Aba bashyitsi baje mu ruzinduko […]

PrÚs de 200 avocats sanctionnés pour faute professionnelle

Un rapport de l’Association du barreau du Rwanda, l’organisme professionnel rĂ©gissant les praticiens du droit, a indiquĂ© que prĂšs de 200 avocats ont Ă©tĂ© sanctionnĂ©s pour diffĂ©rentes fautes professionnelles au cours des deux derniĂšres annĂ©es (2019-2021). Au total, ils ont reçu 207 plaintes de clients et parmi ceux-ci, seuls 12 ont Ă©tĂ© dĂ©clarĂ©s innocents, et […]

Koffi OlomidĂ© yagizwe umwere, gusa akatirwa igifungo cy’imyaka 3 isubitse

Ubutabera bwo mu gihugu cy’u Bufaransa bwagize umwere umuririmbyi Antoine Christophe Agbepa Mumba wamenyekanye mu muziki wa RDC nka Koffi OlomidĂ© waregwaga gufata ku ngufu abakobwa bane bamubyiniraga. Kuri uyu wa Mbere ni bwo Koffi yagizwe umwere nyuma y’uko abatangabuhamya mu rubanza rwe bagiye bavuguruzanya. Cyakora cyo uyu muhanzi w’imyaka 65 y’amavuko yakatiwe igifungo gisubitse […]

Urubanza rwa Jenoside I Paris: ‘Alibi’ ya Muhayimana iragenda iteshwa agaciro

‘Alibi’ ni ijambo rikomoka mu kilatini rivuga ‘ahandi hantu’. Mu bucamanza bivuga ibimenyetso n’amagambo y’umuntu ukekwaho icyaha ariko we akagaragaza ko cyabahe ari ‘ahandi hantu’. Mu rubanza rwa Muhayimana avuga ko yamaze ibyumweru bibiri mu Ruhengeri akagera ku Kibuye ubwicanyi akekwaho bwarabaye. Abatangabuhamya barimo n’umugore we bamaze kubihakana. Alibi ya Muhayimana igaragazwa na Ordre de […]

Uzarushaho gukora neza igihugu kibyungukiremo -Perezida Kagame kuri Minisitiri Gasana

Perezida Paul Kagame yavuze ko minisitiri mushya w’umutekano, Alfred Gasana, imirimo agiye gukora nta gishya n’ubundi asanzwe akora mu bijyanye n’umutekano, amwizeza ubufasha kugirango azabashe gusohoza inshingano ze neza bityo n’igihugu kibyungukiremo. Minisitiri mushya w’Umutekano w’u Rwanda, Alfred Gasana, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Ukuboza 2021 yarahiriye inshingano ze nshya zo […]

Tombora ya UEFA champions league yasubiwemo, PSG itombora Real Madrid

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi (UEFA), yatangaje ko yagize ikibazo cya tekiniki cyatumye ibyari byavuye muri tombora ya UEFA champions league yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere biba imfabusa. Muri tombora yari yabaye kare byari biteganyijwe ko ikipe ya Manchester United ihura na PSG yo mu Bufaransa. Muri tombola nshya, Paris […]

Abavoka hafi 200 bahawe ibihano kubera imyitwarire idahwitse

fgqbaniwqaujr_d.jpg

Raporo y’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda, urwego rw’umwuga rugenga abakora umwuga w’amategeko, rwerekanye ko abanyamategeko hafi 200 bahawe ibihano kubera amakosa atandukanye mu myaka ibiri ishize (2019-2021). Muri rusange, bakiriye ibirego 207 by’abakiriya kandi muri byo, 12 gusa ni bo basanze ari abere, naho abandi basanga bifite ishingiro abanyabyaha bahabwa ibihano bitandukanye. Raporo yatanzwe na Gatera […]

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Naftal Bennett, yakoze uruzinduko rw’amateka muri UAE

202112131732-main.cropped_1639391589.jpg

Kuri uyu wa mbere, Bennett yahuye n’igikomangoma Sheikh Mohammed bin Zayed Al-Nahyan mu ngoro ye bwite, nk’uko abayobozi ba Isiraheli babitangaje, nyuma y’uko Minisitiri w’intebe ageze mu murwa mukuru, Abu Dhabi, ku cyumweru mu ruzinduko rw’amateka. Bennett utegerejweho kwibanda ku bucuruzi, nk’uko umuvugizi we abitangaza, ngo uruzinduko rwe rwerekanye “ukuri gushya” ku karere. Yatangarije Ibiro […]

Perezida Kagame na Abiy Ahmed mu bifurije gukira vuba Cyril Ramaphosa

photocollage_1639393725803.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yifatanyije n’abarimo Dr Abih Ahmed usanzwe ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia mu kwifuriza Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo gukira vuba. Ni nyuma y’uko Perezidansi ya Afurika y’Epfo itangaje ko Perezida Ramaphosa yanduye icyorezo cya COVID-19 yihinduranyije ya Omicron. Perezida Kagame abinyujije kuri Twitter ye yamwifurije gukira vuba. Ati: “Ndifuza […]

Imisifurire itavugwaho rumwe yaranze umunsi wa 8 wa shampiyona, FERWAFA isabwa kugira icyo ikora

Abafana b’amwe mu makipe yo mu cyiciro cya mbere hano mu Rwanda basoje imikino y’umunsi wa munani wa shampiyona bari mu gahinda, nyuma y’ikibazo cy’imisifurire itaravuzweho rumwe yaranze uwo munsi. Imikino byibura itatu mu munani yakinwe yavuzwemo imyitwarire mibi ku ruhande rw’abasifuzi batitwaye neza. Bigitangira hari ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ubwo Police FC yasuraga […]

Uwumva Muhoozi ataba perezida ajye muri Congo nagaruka tuzamutora-Bugingo

Pasiteri Aloysius Bugingo washinze akaba anayobora itorero the House of Prayer Ministries International, avuga ko we nta kibazo afite ku kuba umuhungu wa Museveni yaba Perezida wa Uganda, kuko yitangira igihugu bityo ngo utabyumva ajye muri Congo aho ahanganye na ADF. Mu minsi ishize, byamenyekanye ko abayobozi ba operasiyo yiswe Shujaa ari : Maj Gen […]

Executive Secretary at AJPRODHO–JIJUKIRWA

Recruitment Terms of Reference AJPRODHO – JIJUKIRWA, “Association de la Jeunesse pour la Promotion des Droits de L’Homme et le DĂ©veloppement,” is a non-profit organization working in Rwanda since 1997 to promote human rights protection and improve the situation of youth and women through research, advocacy, economic empowerment and civil society strengthening initiatives. Position: Executive […]

Amajyepfo: Ukekwaho kwihekura avuga ko yagiye ku musarani akumva umwana yituyemo

Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, mu cyumweru gishize bwashyikirijwe dosiye y’umukobwa wari utwite ushinjwa guta umwana mu musarani mu gihe we avuga ko yagiye kwituma akumva umwana yituye mu musarani. Ni umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko ukekwaho icyaha cyo kwikuramo inda ku bushake, yaba yarakoze ku itariki ya 4 Ukuboza 2021, mu Mudugudu wa Nyanza Akagali […]

Umunyamakuru MC Hero yambitse impeta umukunzi bamaze imyaka 20 bakundana

img-20211213-wa0010.jpg

Umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ibitaramo n’ibirori (Master of Ceremonies) Gasore Albert wamamaye nka MC Hero yambitse impeta umukunzi we Tuyisingize Ruth bamaze imyaka 20 bakundana. MC Hero yakoreye ibinyamakuru byandika bitandukanye no ku maradiyo nka Radio Isano ikorera mu mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, aho yakoraga mu biganiro by’imyidagaduro. Yambikiye Ruth impeta mu Karere […]

Suwede: Impanuka y’imbonekarimwe y’amato abiri yagonganye mu Nyanja ya Baltique

Amato abiri y’imizigo yagonganye mu nyanja ya Baltique ku nkombe z’umujyi wa Ystad wo muri Suwede ndetse n’ikirwa cya Bornholm cyo muri Danemark. Bumwe mu bwato bwarohamye, kandi amatsinda yo gushakisha no gutabara arashakisha byibuze abantu babiri. Kuri uyu wa Mbere, nibwo aya mato abiri y’imizigo yagonganye mu nyanja ya Baltique nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bushinzwe […]

Abiy Ahmed yasubiye ku rugamba

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia byatangaje ko Abiy Ahmed Ali yasubiye kuyobora ingabo z’igihugu zihanganye n’umutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bw’intara ya Tigray. Bigaragara mu itangazo byashyize kuri Twitter tariki ya 11 Ukuboza 2021, ubwo byatangazaga ko ingabo za Leta zafashe uduce dutandukanye twari mu maboko y’uyu mutwe bivuga ko ari uw’iterabwoba. […]

Amafoto: Uburanga bwa Harnaaz Sandhu wegukanye ikamba rya Miss Universe 2021

262551505_466674215150895_125707208965765203_n_1_.jpg

Kuri iki Cyumweru, itariki 12 Ukuboza 2021, Umuhindekazi Harnaaz Sandhu yambitswe ikamba rya Miss Universe ku nshuro ya 70, aza ku mwanya wa mbere mu bahatanaga bagera kuri 80 mu irushanwa ryakozweho na politiki n’icyorezo. Harnaaz Sandhu w’imyaka 21 yavukiye kandi akurira muri Punjab, kuri ubu ari gukurikirana amasomo y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza muri […]

South African President Cyril Ramaphosa tests positive for Covid-19

AFP South African President Cyril Ramaphosa tested positive for Covid-19 on Sunday and was receiving treatment for mild symptoms, the presidency said in a statement. Ramaphosa, who is fully vaccinated, began feeling unwell after leaving a state memorial service for former president FW de Klerk in Cape Town earlier in the day but was in […]

Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasimbuwe by’agateganyo

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa guhera kuri uyu wa 12 Ukuboza 2021 yasimbuwe by’agateganyo na Visi Perezida, David Mabuza. Byatewe n’uko Perezida Ramaphosa yagiye mu kato nyuma yo kwisuzumisha, abaganga bakamusangamo Covid-19 nshya yihinduranyije yahawe izina rya Omicron. Mu gihe uyu Mukuru w’Igihugu ari mu kato mu murwa mukuru, Cape Town, ababa barahuye na […]

Muhanga: Umushoferi afunzwe akekwaho gushaka guha abapolisi ruswa ya Frw 2,000

Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Muhanga, yataye muri yombi umushoferi witwa Gatete Jean Marie Vianney akekwaho kugerageza guha abapolisi bo mu muhanda ruswa ya Frw 2,000. Uyu mushoferi yafatiwe mu murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Amajyepfo, SP Theobald Kanamugire, yavuze ko uriya […]

U Rwanda rwasubije abasabira Busingye ibihano kubera Rusesabagina

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yasubije abasabira ibihano uwahoze ari Minisitiri w’Ubutabera n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, ko Paul Rusesabagina uri kurangiza igihano cy’igifungo cy’imyaka 25 aherutse gukatirwa ko ko mu itabwa muri yombi ry’uyu mufungwa nta mategeko yishwe. Ni nyuma y’aho abadepite babiri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza, Christopher John […]

Umurundikazi wari warakatiwe burundu n’imyaka itanu yongeye gutoroka gereza

Umurundikazi witwa Gloria Nizigiyimana wari ufungiwe muri gereza ya Ngozi nyuma yo gukatirwa igifungo cy’imyaka itanu cyiyongereye ku cya burundu yongeye gutoroka akoresheje umugozi. Niziyigiyamana yabanje gufungirwa muri gereza nkuru ya Gitega, ubwo yakatirwaga igifungo cya burundu, azira icyaha cyo kwica umwana. Iyi gereza yarayitorotse, arashakishwa, arafatwa, yimurirwa muri gereza ya Ngozi. Kubera gutoroka, igifungo […]

Gukeka umugabo wa Teta byatumye umugabo apimisha ‘DNA’ umwana we ukivuka

Umuhanzi witwa Prince Omar yahisemo kujya gupimisha umwana w’umukobwa ukivuka wabyawe n’umuhanzikazi, Grace Khan, bitewe no gukeka ko umugabo wa Teta Sandra, Weasel Manizo, yaba ari we wamubyaye. Inkuru z’uko Weasel ari we waba warabyaranye na Grace Namuwulya uzwi nka Grace Khan zatangiye kuvugwa mu gihe yakorerwaga ibirori byo guha ikaze umwana, baby shower. Uyu […]

U Rwanda kuri UPDF muri RDC, isimbuzwa rya Gen. Nyamvumba, iperereza ku muyobozi wa RBC; inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 6 Ukuboza 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zitandukanye ziganjemo izirebana n’umutekano, politiki n’ubutabera. Muri zo harimo: U Rwanda ku ngabo za Uganda muri RDC Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yatangarije Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) ko iki gihugu cyubaha icyemezo cya Leta ya Uganda cyo kohereza ingabo zayo mu burasirazuba […]