Shampiyona y’u Rwanda yahagaritswe kugeza igihe kitazwi

Minisiteri ya Siporo kuri uyu wa Kane yatangaje amabwiriza mashya yo guhangana n’icyorezo cya COVID-19, nyuma y’ubwiyongere bukabije bw’imibare y’abandura iki cyorezo mu gihugu. Amabwiriza mashya yashyizweho na Minisitiri wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, azatangira kubahirizwa ku wa Gatandatu tariki ya 01 Mutarama 2022, akazamara iminsi 30. Imwe mu ngingo iyakubiyemo ivuga ko “Imyitozo y’amakipe […]
U Burundi bwohereje Abanyarwanda 8 bari barahunze urukingo rwa Covid-19

Leta y’u Burundi yoherereje u Rwanda Abanyarwanda 9 barimo 8 bari barahunze ikingirwa ry’icyorezo cya Covid-19 bavuga ko rikorwa ku ngufu, hamwe n’uwari warahungukanye n’impunzi z’Abarundi abeshya ko ari Umurundi. Aba bahunze urukingo barimo abakuze batanu n’abana 3 bari bamaze icyumweru kirenga bahungiye muri Komini Bugabira iri mu Ntara ya Kirundo, bikavugwa ko ari ho […]
Un court-circuit Ă©lectrique soupçonnĂ© d’avoir causĂ© l’incendie du bar Wakanda
L’incendie qui a ravagĂ© le Wakanda, un bar de Kabeza, Kigali, aurait Ă©tĂ© provoquĂ© par un court-circuit Ă©lectrique. Dans la matinĂ©e du jeudi 30 dĂ©cembre, un incendie s’est dĂ©clarĂ© et a gravement endommagĂ© l’installation, tout en dĂ©truisant de nombreux biens. Personne n’a Ă©tĂ© blessĂ©. S’exprimant dans une interview accordĂ©e aux mĂ©dias, Derrick Gisa, l’un des […]
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi

Amakuru yageze kuri Bwiza.com aturuka mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi, ni ay’ifatwa rya Padiri Uwingabire Emmanuel, umuyobozi wa GS Saint Paul Muko, hamwe n’abandi 7 barimo Gitifu w’akagari ka Nyange muri uyu murenge Bushayija Jean Marie Vianney akaba na perezida w’ababyeyi muri iri shuri, nyuma yo gutegura inama y’ababyeyi yitabiriwe n’abagera kuri […]
Ishimwe rya Perezida Kagame ku ngabo za RDF n’abandi bashinzwe umutekano
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageneye ubutumwa busoza umwaka ingabo z’igihugu n’abakozi b’izindi nzego zishinzwe umutekano abereye Umugaba w’Ikirenga, abifuza umwaka mushya muhire wa 2022 n’imiryango yabo. Perezida Kagame mu butumwa bwe bwanyujijwe ku rubuga rwa Minisiteri y’Ingabo, yavuze ko mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda, iry’Abanyarwanda bose n’irye bwite yifuriza ba Ofisiye muri RDF, […]
Somalia: Al Shabab yafashe umujyi irongera iwuvamo yishe abasirikare ba leta n’abasivili
Kuri uyu wa Kane, abarwanyi bo mu mutwe wa al Shabaab bo bagabye igitero mu mujyi uherereye mu majyaruguru y’umurwa mukuru, Mogadishu, bahitana byibuze abantu barindwi ubwo barwanaga n’inzego z’umutekano za leta, nk’uko umuturage na polisi babitangaje. Iki gitero cyabaye mu gihe hari amakimbirane ya politiki hagati ya Perezida wa Somaliya na Minisitiri w’Intebe abafatanyabikorwa […]
Ndayishimiye yahaye imirimo mishya Maj. Gahungu uheruka gushyirwa mu majwi na Maj. Mudathiru
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yahaye imirimo mishya Majoro Bertin Gahungu wari umaze igihe akora mu rwego rwa kiriya gihugu rushinzwe ubutasi bwa gisirikare (SNR). Maj Gahungu yagizwe defense attachĂ© (ukuriye ibikorwa bya gisirikare) muri Ambasade y’u Burundi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yasimbuye CPP Ndadaye Athanase Joshua nk’uko bigaragara mu iteka rya Perezida […]
Perezida Hichilema yasoneye ababyeyi bose amafaranga y’ishuri kuva muri Mutarama 2022
Perezida Hakainde Hichilema wa Zambia, yatangaje ko guhera muri Mutarama 2022 nta munyeshuri mu gihugu cye uzongera kwishyurira amafaranga y’ishuri umwana we wiga mu mashuri ya Leta. Perezida wa Zambia yemeje aya makuru mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye. Ati: “Mwaba mwarigeze mutekereza ko mushobora kwinjira muri Mutarama mudahangayikishijwe n’amafaranga y’ishuri? Yego. Mutarama 2022 niba […]
Abishyura bakoresheje amakarita ya banki barimo kwibwa
Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko rumaze kwakira ibirego byinshi by’abantu bakoresha amakarita ya banki mu kwishyura serivisi bavuga ko babona amafaranga yabo ava kuri konti nta ruhare babigizemo. RIB mu iperereza ry’ibanze yakoze ngo yasanze hari bamwe mu bashinzwe kwishyuza abakiriya, cyane cyane mu mahoteli na resitora, bakoresha utumashini rwa POS, biba imibare […]
Rwamagana: Abaturage bahawe umukoro wo guha Polisi umwanya wo kubateza imbere bayifasha gukumira ibyaha
Ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana ubwo hasozwaga ukwezi kwahariwe Polisi y’igihugu bwasabye abaturage gufasha Polisi gukumira ibyaha kugira ngo abapolisi biborohere kubona umwanya wo gukemura ibibazo bibangamiye imibereho yabo. Abaturage bavuga ko ibikorwa Polisi ikorera abaturage bifite icyo bizahindura ku mibereho yabo ndetse bavuga ko bagiye kurushaho kujya bayifasha gukumira ibyaha bitaraba. Nyiransabimana Afisa, umuturage utuye […]
U Bufaransa mu kongera kwiyegereza Afurika bunyuze ku Rwanda na Senegal
Ukwezi kumwe mbere y’inama ya Afurika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi igomba kubera i Buruseli ku ya 17 na 18 Gashyantare 2022, u Bufaransa buri gushaka uko bwongera kubaka isura yabwo nziza muri Afurika aho ikinyamakuru Le Point kivuga ko Perezida Macron ari kuvugana n’abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Senegal nk’abafatanyabikorwa b’ingenzi muri Afurika. Perezidansi y’u […]
Umugenzuzi wa RIB avuga ko n’igihano cy’urupfu kitaca ruswa
Umugenzuzi Mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB), Murigo Morris avuga ko nta tegeko rishobora guca icyaha cya ruswa, n’ubwo ryaba ari irishyiraho igihano cy’urupfu. Murigo yabitangarije mu kiganiro giherutse guhuriza hamwe inzego n’imiryango irimo Transparency International-Rwanda urwanya ruswa n’akarengane. Uyu muryango wagaragaje uko icyaha cya ruswa gihagaze wifashishije raporo ngarukamwaka ya Rwanda Bribery Index uherutse […]
Uwigeze kuvuga ko Gen Kainerugaba afite umubyibuho ukabije yafunzwe

Umwanditsi w’ibitabo Kakwenza Rukirabashaija wigeze kuvuga ko umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akaba n’Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba afite umubyibuho ukabije, yafunzwe. Ifungwa ry’uyu munyamakuru ryemejwe n’umunyamategeko umwunganira witwa Eron Kiiza, ngo rikaba ryakozwe n’abapolisi bashinzwe ubutasi. Polisi ntacyo iravuga ku ifungwa rya Rukirabashaija n’impamvu yaryo gusa ikekwa ni […]
Perezida Nyusi yasuye RDF na SAMIM muri Cabo Delgado

Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Nyusi wari uherekejwe na Minisitiri w’Ingabo z’iki gihugu, Cristovao Chume, basuye ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iz’akarere ka Afurika y’Epfo (SAMIM) ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado. Mu Karere ka Mueda, Perezida Nyusi yahahuriye na Komanda w’ingabo za Mozambique ziri muri Cabo Delgado, n’abahagarariye RDF na SAMIM, […]
Imodoka ya Perezida Tshisekedi yaheze mu isayo, abakomando bamurinda barayisunika

Imodoka ya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yaheze mu isayo biba ngombwa ko abarimo abakomando bamurinda bayisunika, bayikuramo. Byabaye ubwo uyu Mukuru w’Igihugu yagiriraga uruzinduko mu gice cya Grand Kasai, tariki ya 26 Ukuboza 2021 avuye mu mujyi wa Mbuji Mayi ufatwa nk’umurwa mukuru waho. Mu rwego rwo kugira ngo […]
Darfur: Abitwaje intwaro bataramenyekana basahuye ibyo kurya bya PAM
Abantu bitwaje intwaro bataramenyekana basahuye ububiko bw’ibiribwa bw’Ishami rya Loni ryita ku biribwa (PAM) bw’i Darfur muri Sudani. Abategetsi muri Sudani bavuga ko ubu bubiko bwarimo Toni 1,900 z’ibiribwa byari bigenewe abaturage bo mu ntara ya Darfur imaze imyaka myinshi yugarijwe n’ibibazo by’inzara n’intambara. Abaturage b’i El Fasher muri Darfur babwiye Reuters dukesha iyi nkuru […]
Kimihurura: Umuntu wa munani yapfuye azize inzoga y’Umuneza

Nyuma y’aho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) gihagarikiye by’agateganyo ku isoko ry’u Rwanda inzoga z’Umuneza na Tuzane kubera kwica abantu, kuri ubu haravugwa undi muntu wahitanwe n’izi nzoga mu Murenge wa Kimihurura. Ni mu Kagali ka Kimihurura mu Mudugudu w’Ubumwe, mu Murenge wa Kimihurura, ahavugwa umugabo witwa Hakizimana Jeremy ufite imyaka 42 […]
U Bufaransa: Abantu basaga ibihumbi 200 basanzwemo Covid-19 mu masaha 24
Kuri uyu wa Gatatu mu Bufaransa, abantu 208.000 basanzwemo Covid-19 mu masaha 24, akaba ari umubare wo hejuru w’abanduye mu munsi umwe muri iki gihugu kuva iki cyorezo cyaduka. Abantu binjira mu bitaro buri munsi kubera Covid mu Bufaransa bari ku mpuzandengo y’1.000 ku munsi, umubare wari hasi ugereranyije na 3.500 mu binjiraga mu bitaro […]
Rusizi: Yafashwe agerageza guha umupolisi ruswa
Kuwa 27 Ukuboza Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafatiye mu Murenge wa Kamembe, Akagari ka Kamurera, Umudugudu wa Cyapa, uwitwa Niyobuhungiro Oscar w’imyaka 26 arimo guha umupolisi ruswa ingana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitanu kugira ngo amuhe moto ye yari yafashwe. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police(CIP) Bonaventure Twizere Karekezi […]
Umusifuzi yahetse Police FC_KNC nyuma y’aho Gasogi United itsinzwe
Umuyobozi Mukuru wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC) yashinje umusifuzi wo hagati Balthazar guheka Police FC kugeza ubwo ibona amanota atatu, gusa avuga ko atajya kumurega ariko ngo akwiye kwigaya. Gasogi United yari yabanje Police FC ibitego bibiri byatsinzwe na Nsengiyumva Moustapha ku munta wa 40 n’uwa 47, byishyurwa na Hakizimana Muhadjiri ku munota […]