Sadio Mané yababaje Amavubi ku munota wa nyuma

Ikipe y’Igihugu ya Sénégal, Les Lions de la Téranga, yatsinze Amavubi igitego 1-0 mu mukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2023. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa kabiri wo mu tsinda L wabereye kuri Stade ya Abdoulaye Wade i Dakar. Amavubi yashoboye gucunga neza ibice byombi by’uyu mukino, gusa umunota wa […]

Nyamasheke: Benshi mu bantu bafite ubumuga bahohoterwa n’abo mu miryango yabo bagaceceka

Nubwo hakorwa ibishoboka byose ngo abantu bafite ubumuga bamenye uburenganzira bwabo, amategeko abarengera n’inzego bagana igihe haba hari nk’uwungabanirijwe uburenganzira, bamwe muri bo mu mirenge inyuranye y’akarere ka Nyamasheke baravuga ko hari bagenzi babo bahohotererwa mu miryango yabo bagaceceka ngo kubera kubura uko bagira cyangwa kwanga kwikura n’aho bari bari, ntibimenyekane hanze kubera ko kubageraho […]

Leta ya RDC yashimangiye ko itazajya mu mishyikirano na M23, keretse uwo yemeza ko ayifasha

Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Christophe Lutundula, yashimangiye ko nta mishyikirano Leta izagirana na M23 kubera ko bamaze kwemeza ko ari umutwe w’iterabwoba. Ni amagambo Minisitiri Lutundula yatangarije abanyamakuru mu kiganiro bagiranye kuri uyu wa 6 Kamena 2022 ubwo yari kumwe na Minisitiri ushinzwe itumanaho […]

Kenya: Hemejwe abakandida bane bazahangana mu matora yo muri Kanama

Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Kenya yemeje abakandida bane bazahangana mu matora y’umukuru w’igihugu yo kuwa 09 Kanama 2022, barmo Raila Odinga, visi perezida William Ruto n’abanyamategeko babiri. Uyu niwo mubare muto w’abakandida mu matora ya perezida kuva hashyirwaho gahunda y’amashyaka menshi mu 1992 muri iki gihugu cy’abaturanyi. Komisiyo y’amatora (IEBC) yatangaje ko mu madosiye 17 […]

Muhanga: Umusore w’imyaka 22 arashinjwa kwica barumuna be

Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Kamena 2022, bwashyikirijwe dosiye y’umusore ukekwaho ubwinjiracyaha bwo kwica barumuna be babiri, abahoye ko nyina atamwubakiye inzu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko umusore wavutse mu mwaka wa 2000, akekwaho icyaha cy’ubwinjiracyaha bw’ubwicanyi yaba yarakoreye barumuna be babiri, cyabereye mu Murenge wa Nyarusange, […]

USA: Ubutabera bwategetse ifatirwa ry’indege ebyiri za Roman Abramovich

Kuri uyu wa Mbere ushize, Minisiteri y’ubutabera y’Amerika yategetse ko hafatirwa indege ebyiri z’umuherwe w’Umurusiya, Roman Abramovich, yemeza ko zakoreshejwe harenzwe ku bihano byafatiwe u Burusiya nyuma yo gutera Ukraine. Minisiteri yasobanuye mu nyandiko zemewe n’amategeko ko indege, Boeing 787-8 Dreamliner hamwe n’indege ya Gulfstream G650ER, zagurutse mu kirere cy’u Burusiya nyuma yo gushyiraho ku […]

Robert Lewandowski yongeye kugaba igitero kuri Bayern Münich

Rutahizamu Robert Lewandowski yongeye kugaragaza ko ashaka gutandukana na Bayern Münich, ashimangira ko umubano we n’iyi kipe yo mu Budage wamaze gupfa. Uyu munya-Pologne amaze igihe atangaza ku mugaragaro ko ashaka gutandukana na Bayern Münich bitewe n’uko atakibanye neza n’ubuyobozi bwayo, bikavugwa ko FC Barcelona yo muri Espagne ari yo ashobora gukomerezamo ubuzima. Mu kwezi […]

Umwana w’imyaka 2 yishe se amurashe nyina arafungwa

Umwana w’imyaka 2 yishe se ku bw’impanuka muri Leta ya Florida, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika amurashishije imbunda yari irimo amasasu ariko itarinzwe n’ababyeyi be nk’uko byatangajwe n’abayobozi kuri uyu wa Mbere. Bageze mu rugo rw’uwarashw ku ya 26 Gicurasi hafi ya Orlando, abapolisi bamenyeshejwe n’uwabahamagaye, basanga nyina w’umwana, Marie Ayala, agerageza kugarura […]

M23 yamenyesheje RDC ko ingabo zoherezwa kubarwanya ziciriritse cyane

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wamenyesheje Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ko ingabo zoherezwa kuwurwanya ziciriritse cyane, ku buryo zidashobora kubavana mu byimbo. Bikubiye mu butumwa Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, yageneye Umuvugizi wa Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rw’igisirikare, Brig. Gen. Slyvain Ekenge, kuri uyu wa 7 Kamena […]

U Buhinde bwagerageje neza igisasu cya kirimbuzi bwise Fire-4

U Buhinde bwagerageje neza missile ballistic ya kirimbuzi, Agni-4, Minisiteri y’ingabo ivuga ko igeragezwa ari “gahunda” isanzwe. Igisasu cyageragejwe bivugwa ko gifite ubushobozi bwo kugera mu birometero ibihumbi. Igerageza ry’iyi misile ryakorewe kuri uyu wa Mbere ku kirwa cya Abdul Kalam muri leta ya Odisha, nta kibazo gikomeye ryahuye nacyo kandi byagaragaye ko ryagenze neza, […]

Umuti w’ibibazo si ukunyamagana-Amb. Karega

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega yanenze Abanye-Congo bakomeje kumwagana no kwamagana igihugu cye avuga ko ibi bidashobora gutanga umuti w’ikibazo kiri muri iki gihugu. Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bumaze iminsi bushinja u Rwanda gutera inkunga umuwe wa M23 umaze iminsi warubuye imirwano, mu gihe u Rwanda […]

Gen. Kabarebe yasobanuye uko Inkotanyi zarindiye umutekano Habyarimana

urubyiruko_rwitabiriye_aya_mahugururwa_rwaturutse_mu_ntara_y_amajyaruguru.jpg

Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe, yasobanuye uko ingabo za RPA Inkotanyi zigeze kurindira umutekano Habyarimana Juvénal wayoboraga Repubulika y’u Rwanda. Uyu musirikare yabisobanuriye urubyiruko rw’abakorerabushake rwo mu ntara y’Amajyaruguru ruri mu mahugurwa “ku ruhare rw’urubyiruko mu rugamba rwo kubohora igihugu n’uruhare rw’urubyiruko mu kucyubaka” ari kubera mu ishuri rikuru […]

UK Prime Minister Boris Johnson survives no-confidence vote

BY AFP British Prime Minister Boris Johnson on Monday survived a vote of no confidence from his own Conservative MPs but with his position weakened after a sizeable number refused to back him. The Brexit figurehead called the 211-148 split a “convincing result, a decisive result”. “As a government we can move on and focus […]

Huye: Abagabo 2 bakurikiranweho gutaburura umurambo

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye abagabo babiri bakekwaho gutaburura umurambo bagatwara bimwe mu bice by’umubiri. Icyaha cyabaye mu ijoro ryo ku itariki ya 01 Werurwe 2022 mu irimbi riherereye mu mudugudu wa Cyumba, Akagari ka Nyamugari, Umurenge wa Nyanza ho mu Karere ka Gisagara, aho mu gitondo umurambo wataburuwe udafite bimwe mu bice […]

Rwanda’s absence as EAC military chiefs hold talks on regional force for Congo

Chiefs of Defence Forces from the East African Community (EAC) member states have kicked off discussions on modalities of establishing a regional force that will help restore peace and security in the Democratic Republic of Congo. In the meeting held on Monday in Goma, Kenya’s CDF General Robert Kibochi, who is also the Chairman of […]

Uburakari bwatumye Ambasaderi w’u Burusiya muri UN asohoka mu nama itarangiye

Ambasaderi w’u Burusiya mu Muryango w’Abibumbye (UN), Vassily Nebenzia, yasohotse mu nama y’akanama gashizwe umutekano itarangiye, abitewe n’uburakari. Iyi nama yabereye i New York yigaga ku ntambara y’u Burusiya na Ukraine imaze amezi atatu arengaho iminsi. Yari yitabiriwe na Perezida w’akanama k’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi, Charles Michel. Charles yafashe ijambo, asobanura ko iyi ntambara yateje inzara […]

Minisitiri aremeza ko ibibazo RDC irimo byose ari ingaruka zo kwakira impunzi z’Abanyarwanda

Mu kiganiro yagiranye na BBC, Minisitiri w’intebe wungirije wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, akaba na Minisitiri w’ibidukikije n’iterambere rirambye, Ève Bazaiba Masudi, yagarutse ku ngamba zinyuranye za leta ye mu guhangana n’icyo yita ubushotoranyi bw’u Rwanda, agaragaza ko ibibazo Congo irimo yabitewe no kwakira impunzi z’Abanyarwanda. Kuva mu ntangiriro, Ève Bazaiba yemeje akomeje ko […]

RDC: CODECO yari imaze igihe yica abaturage umusubirizo yemeye gushyira intwaro hasi

Igisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC), cyatangaje ko umutwe wa CODECO wiyemeje kureka ibikorwa by’ubwicanyi ugashyira intwaro hasi nyuma y’ibiganiro bya politiki na leta. Coopérative pour le développement du Congo (CODECO) ni umwe mu mitwe ivugwaho ubwicanyi bukomeye mu ntara ya Ituri. Uyu mutwe wiyemeje gushyira intwaro hasi ejo ku wa Mbere, nyuma y’ibiganiro bihuza amoko […]

M23 yahakanye gukorana n’u Rwanda, isobanura ko Perezida Tshisekedi yahoze ari inshuti yayo

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wahakanye gukorana na Leta y’u Rwanda, usobanura ko wahoze ari inshuti ya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi Tshilombo mbere y’uko aba Umukuru w’Igihugu. Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma yabitangarije mu butumwa yageneye uyu Mukuru w’Igihugu n’Umuvugizi wa Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego […]

Dore uko ubucukike mu magereza yo mu Rwanda buhagaze, hari aho buri kuri 238,8%

Mu gihe ubucucike mu magereza yo mu Rwanda bukomeza kuba ikibazo, bamwe bavuga ko biterwa no gufunga buri ukekwaho icyaha n’uwo cyahamye, kabone n’iyo yaba yakoze ikidakanganye no kwiba inkoko, igitoki n’ibindi. Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, igaragaza ko ubucucike muri Gereza ya Muhanga buri kuri 238,8%, mu ya Gicumbi bukaba 161,8%, iya Rwamagana bukaba […]

Leta yeretswe ko umusanzu wayo muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri utajyanye n’ibiciro biri ku isoko

Umusanzu wa Guverinoma y’u Rwanda muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku ishuri ni nkeya ugereranyije n’ukuntu ibiciro by’ibiribwa byazamutse, kubw’ibyo, ikaba ikwiye kongerwa kugirango bijyane n’ibiciro biriho nk’uko byemezwa na zimwe mu mpirimbanyi n’abayobozi b’amashuri. Ikindi kibazo gikomeye cyakomeje kugaragazwa, ni icy’ababyeyi bakennye badafite uburyo bwo kwishyura umusanzu usabwa mu kugaburira abana babo ku ishuri, […]

Minisitiri yishwe arasiwe mu biro bye n’uwari inshuti ye magara yo mu bwana

_125299422_dominicanminister.png.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Kamena 2022, ibiro bya Perezida Luis Abinader byatangaje ko Minisitiri w’ibidukikije muri Repubulika ya Dominikani, Orlando Jorge Mera, yarasiwe mu biro bye n’uwitwa Miguel Cruz, inshuti ye magara yari azi kuva mu bwana. Abakozi bo muri minisiteri babwiye abanyamakuru ko bumvise byibuze amasasu arindwi avugira mu biro. Polisi yahise […]

Mali: Abasirikare basezeranyije kuzasubiza ubutegetsi abasivili mu 2024

Abasirikare bahiritse ubutegetsi muri Mali batangaje ko bazasubiza ubutegetsi abasivili mu myaka ibiri, nyuma yo guhirika ubutegetsi muri Kanama 2020 no kutubahiriza igihe ntarengwa cy’amatora byatumye igihugu gifatirwa ibihano. Kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Kamena, umuyobozi wa gisirikare Colonel Assimi Goita yashyize umukono ku itegeko ryasomwe kuri televiziyo ya Leta avuga ko “igihe cy’inzibacyuho […]

Umutoza w’Amavubi yatangaje amagambo akomeye mbere yo guhura na Sénégal ya Mané

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Carlos Alòs Ferrer, yatangaje ko abizi neza ko Sénégal ari ikipe ikomeye; gusa nk’Amavubi bakaba biteguye guhatana na yo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri ni bwo Amavubi y’u Rwanda yesurana na Les Lions de la Téranga ya Sénégal, mu mukino wa kabiri wo mu tsinda L. Barahurira kuri Stade […]

Boris Johnson yasimbutse urwo kweguzwa

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yasimbutse urubanza rwo kweguzwa, atanga ubutumwa ku baturage bakimufitiye icyizere n’abari barakimutakarije. Boris amaze iminsi ari ku gitutu gikomoka ku birori byo mu 2020 n’2021 yakoreye muri Party Gate mu gihe cya Guma mu Rugo yashyizweho mu gukumira ubwandu bw’icyorezo cya Covid-19 bwari bukomeje kwiyongera. Ibi birori byatumye akorwaho […]

Goma: U Rwanda ntirwitabiriye inama yo gushyiraho umutwe uzahashya imitwe irimo FDLR

Abagaba b’ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC), bateraniye mu nama i Goma ngo bashyireho umutwe w’ingabo z’akarere wo kurwanya inyeshyamba mu burasirazuba bwa DR Congo ariko u Rwanda ntirwayitabiriye nk’uko bamwe mu bari bayirimo babwiye BBC. Biteganyijwe ko iyi nama ikurikirwa n’iy’itsinda ry’inzobere za gisirikare izemeza imiterere, amategeko, n’imirongo irambuye y’ibikorwa by’izo ngabo. […]