Aliou CissĂ© utoza SĂ©nĂ©gal yavuze umukinnyi w’Amavubi abona akwiye gukina i Burayi
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya SĂ©nĂ©gal, Aliou CissĂ©, yatangariye ubuhanga budasanzwe bw’umunyezamu Kwizera Olivier ashimangira ko ari ku rwego rwo gukinira amakipe akomeye i Burayi. Kwizera Olivier yitwaye neza mu mukino ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yaraye itsinzwemo na Les Lions de la TĂ©ranga ya SĂ©nĂ©gal igitego 1-0; bashaka itike y’Igikombe cya Afurika kizabera muri CĂ´te d’Ivoire. Igitego […]
Gen Muhoozi yakiriwe n’undi mu-Perezida wa EAC
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yakiriwe na Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya bagirana ibiganiro. Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, abinyujije kuri Twitter ye yavuze ko yashyiriye Perezida Kenyatta ubutumwa bwihariye bwa se. Ati: “Byari icyubahiro n’ibyishimo kuba hambere aha narahuriye i Nairobi n’umuvandimwe wanjye […]
MONUSCO yongeye gushinja M23 kugaba igitero ku ngabo zayo
Misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, MONUSCO, yongeye gushinja umutwe witwaje intwaro wa M23 kugaba ibitero ku birindiro byayo. Mu butumwa yatangarije kuri Twitter kuri uyu wa 8 Kamena 2022, MONUSCO yasobanuye ko ibirindiro byagabweho igitero ari ibya Shangi biherereye muri teritwari ya Rutshuru, kikaba cyasize gikomerekeje abasirikare batatu. Yagize ati: […]
Centrafrica: Amb. Rugwabiza yatashye inyubako yubatswe n’ingabo z’u Rwanda

Amb. Valentine Rugwabiza, intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye akaba n’umuyobozi wa MINUSCA yatashye inzu mberabyombi, yagenewe gukorerwamo inama n’ibindi birori, yubatswe na Batayo ya IV y’Ingabo z’u Rwanda. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 07 Kamena nibwo habaye umuhango wo gutaha iyo nyubako yubatswe n’Ingabo z’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bwa MINUSCA mu Mujyi wa […]
Bugesera: Umuntu ufite ‘icyombo’ wambaye sivile yagaragaye anigisha umuturage indembo amwicaye hejuru

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umugabo wari wambaye sivile, afite icyombo gikoreshwa mu itumanaho, yicaye ku muturage ari kumunigisha indembo ikoreshwa mu gisekirite mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera. Uyu watawe muri yombi, yagaragaye mu ifoto yashyizwe kuri Twitter n’utwa Izibyose, igaragaza umuntu wambaye ikote afite n’icyombo ari kuniga umuturage […]
Le Rwanda signe un accord de services spatiaux avec un organisme satellite mondial

L’Agence spatiale rwandaise (RSA) et l’Association mondiale des opĂ©rateurs de satellites (GSOA) ont signĂ© le 6 juin un accord visant Ă promouvoir davantage les services spatiaux en tant qu’outil essentiel pour Ă©tendre la connectivitĂ© au Rwanda et sur le continent africain. L’accord touchera des domaines clĂ©s tels que le soutien au dĂ©ploiement des services de […]
Kigali: Abanyeshuri b’abakobwa bagaragaye bagwa hasi ku bwinshi ubwo bari bavuye ku ishuri

Bamwe mu banyeshuri b’abakobwa biga mu ishuri rya ESSI (Ecole Secondaire Scientifique Islamique) Nyamirambo rizwi nko kwa Kadafi riherereye mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, bagaragaye bahuye n’ikibazo cyo kugwa hasi Iki kibazo cyagaragaye kuri uyu wa Kabiri tariki 07 Kamena 2022 ubwo aba banyeshuri bari bavuye ku ishuri, bagahuraga n’iki kibazo bari […]
Byinshi kuri Caporal Ngoma wayobowe na Gen Montgomery muri WW II akaba yambitswe umudari n’umwami w’Ububiligi
Umwami Filipo w’Ububiligi uri mu ruzinduko muri DR Congo yahaye umudari w’ikirenga Caporal Albert Kunyuku Ngoma, sekombata wa nyuma w’iki gihugu warwanye intambara ya kabiri y’isi. Ingoro y’umwami w’Ububiligi ivuga ko Kunyuku yashimiwe mu rwego rwo guha icyubahiro ba sekombata (anciens combattants) bose bafashije ibihugu byari byishyize hamwe gutsinda iyo ntambara. Umwami Filipo yambitse Kunyuku […]
Michel Platini wahoze ayobora UEFA na Sepp Blatter wayoboraga FIFA batangiye kuburanishwa
Uwahoze ari perezida wa UEFA, Michel Platini n’uwahoze ari Perezida wa FIFA, Sepp Blatter baratangira kwitaba guhera kuri uyu wa Gatatu urukiko rwo mu Busuwisi, mu rubanza rwo kwishyura gushidikanwaho kwangije umwuga wabo muri 2015. Urukiko mpanabyaha rwa Bellinzona rwatangije urubanza rw’Umufaransa w’imyaka 66 n’Umusuwisi w’imyaka 86 kubera “uburiganya”, “imicungire mibi”, “gukoresha nabi ikizere bagiriwe” […]
HR Specialist at Souk Investment Group
HR Specialist Your job as HR Specialist will be to in charge of people management. We are looking to implement a Social Sustainability Framework for all our operations and we are looking to have someone run and lead those systems. We have over 1000 employees located at the farm, packhouse, and head office who all […]
Musenyeri yifuza ko Perezida Kagame yazajya kwakira Papa i Goma
Umushumba wa diyosezi gatolika ya Goma, Willy Ngumbi, yatangaje ko azishima cyane nabona Perezida wa Repulika y’u Rwanda, Paul Kagame, najya kwakira Papa Francis uzahagirira uruzinduko mu kwezi gutaha. Ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 7 Kamena 2022, Musenyeri Ngumbi yavuze ko n’ubwo Leta y’u Rwanda ibifitanye amakimbirane n’iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo […]
Umukinnyi wa Manchester United wifuzwa n’Amavubi ari i Kigali
Umunyarwanda Noam Emeran ukinira Manchester United yo mu Bwongereza, ari i Kigali aho yaje gusura umuryango we. Uyu musore ukina asatira izamu asanzwe ari umuhungu wa Nkusi Fritz Emeran wahoze ari myugariro w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’. Kuri uyu wa kabiri ni bwo uyu musore w’imyaka 19 yageze i Kigali, aho yaje kuruhukira no gusura abarangajwe imbere […]
Gen. Kabarebe yasobanuye uko Joe Habineza yahisemo kugumana n’Inkotanyi ku Murindi, aho gutahana n’ikipe ye

Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe yasobanuye uko Joseph Habineza wabaye Minisitiri w’umuco na siporo yahisemo kugumana n’Inkotanyi ku Murindi wa Gicumbi, aho gutahana n’ikipe ye ya Volleyball yari yagiye gukinirayo. Yabikomojeho kuri uyu wa 7 Kamena 2022 mu kiganiro yagiranye n’urubyiruko rwo mu ntara y’Amajyaruguru ruri mu mahugurwa mu […]
M23 irigamba kwivugana abasirikare barenga 50 ba FARDC na FDLR mu minsi 2
Umutwe wa M23 uravuga ko mu minsi ibiri ishize umaze kwica abasirikare barenga 50 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’incuti zabo ziri kubafasha mu ntambara. Ni nyuma y’uko ku wa Mbere w’iki cyumweru impande zombi zisubukuye imirwano muri Terirwari ya Rutshuru ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma, […]
Umunyamerikakazi yiyemereye ko ari we watoje batayo y’abagore ya Islamic State
Umugore w’Umunyamerika yemeye ko yayoboye umutwe w’indwanyi z’abagore bose bo mu mutwe w’iterabwoba wa Leta ya Kisilamu muri Syria, ndetse akagira n’uruhare mu gutegura ibitero ku butaka bwa Amerika. Allison Fluke-Ekren yemeye icyaha aregwa cyo gutanga inkunga muri iryo tsinda kandi yemera ko yahuguye abagore n’abakobwa barenga 100 gukora ubugizi bwa nabi. Uyu mubyeyi n’umwarimukazi […]
Belgian King, queen in DR Congo for six days
Belgian King Philippe and his wife Queen Mathilde arrived in the Democratic Republic of Congo capital Kinshasa on Tuesday afternoon in a visit laden with historical significance, but also meant to right some tensions in the ties between the two countries. The royal couple was welcomed at Ndjili International Airport by President FĂ©lix Tshisekedi and […]
Sadio Mané yatangaje ko Amavubi yari hasi cyane kurusha Bénin baherutse kunyagira

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya SĂ©nĂ©gal na Liverpool FC yo mu Bwongereza, Sadio ManĂ©, yatangaje ko Amavubi y’u Rwanda yakinnye umukino uri hasi cyane kurusha iya BĂ©nin baherutse kunyagira. Muri iri rushanwa ryo gushaka itike y’igikombe cy’ibihugu bya Afurika, CAN, tariki ya 4 Kamena 2022 SĂ©nĂ©gal yatsinze BĂ©nin ibitego 3 byose bya ManĂ© kuri 1 cyatsinzwe […]
Perezida Ndayishimiye yahaye icyubahiro Pierre Nkurunziza umaze imyaka 2 apfuye

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahaye icyubahiro Pierre Nkurunziza yasimbuye ku butegetsi, umaze imyaka ibiri apfuye. Tariki ya 8 Kamena 2020 ni bwo inkuru y’incamugongo yatashye mu Burundi ko Perezida wabo yapfiriye mu bitaro bya Karuzi azize indwara y’umutima. Ni urupfu rwabaye nyuma y’aho tariki ya 20 Gicurasi 2022 Ndayishimiye yegukanye amatora y’Umukuru […]
President Kagame receives PM of Luxembourg
Rwanda’s Presidency has via Twitter handle revealed that their discussions held on Tuesday 7th June 2022 focused on ways to enhance the existing bilateral relations between Rwanda and Luxembourg in key areas such as the digital and FinTech sectors. In October last year, Rwanda and Luxembourg signed bilateral agreement to support Kigali International Financial Centre […]
Uganda yavumbuye mu butaka bwayo zahabu ifite agaciro ka tiliyari hafi 13 $
Uganda yatangaje ko yavumbuye ububiko bwa toni miliyoni 31 z’ubutare bwa zahabu, ishobora kuvamo zahabu yuzuye neza cyangwa icyo bita “Pure Gold” igera kuri toni 320.000. Ku munsi w’ejo, Perezida Museveni yatangaje amakuru y’ibyavumbuwe mu ijambo yagejeje ku banyagihugu, ariko atanga ibisobanuro bike, yerekana muri rusange ko amabuye y’agaciro azazanira igihugu amadolari arenga tiliyari 12 […]
Huye: Ubushinjacyaha bukurikiranye ushinjwa kwica mushiki we kubera umutungo
Umugabo w’imyaka 58 akurikiranweho n’ Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye kuba yarishe mushiki we w’imyaka 35 akoresheje umuhoro amuziza umutungo. Ni icyaha ngo cyakozwe ku itariki ya 02 Kamena 2022 mu gihe cya saa kumi z’amanywa, mu mudugudu wa Nyabitare, Akagari ka Matyazo, Umurenge wa Huye ho mu Karere ka Huye, ku muharuro w’aho […]
Perezida Ramaphosa arasabwa kwegura nyuma y’Amadolari adasobanutse yibwe mu gikingi cye
Kuva mu cyumweru gishize, Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, w’imyaka 69, yaciwe intege n’ihishurwa ry’ubujura bw’amafaranga yibiwe muri kimwe mu bikingi bye. Kuri uyu wa Kabiri ushize, ishyaka ry’abaharanira ubwisanzure mu bukungu (EFF) ryahamagariye Cyril Ramaphosa kuva ku mirimo ye nk’uko iyi nkur dukesha Euronews ivuga. Perezida wa Afurika y’Epfo arimo gukorwaho iperereza ku […]
Sadio Mané yakuriye ingofero Kwizera Olivier
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya SĂ©nĂ©gal, Sadio ManĂ©, yashimiye umunyezamu Kwizera Olivier nyuma yo kwitwara neza mu mukino w’Amavubi na Les Lions de la TĂ©ranga. Igitego rukumbi cya Sadio ManĂ© cyo ku munota wa nyuma w’umukino ni cyo cyafashije SĂ©nĂ©gal gutsinda u Rwanda igitego 1-0 muri uyu mukino wabereye kuri Stade ya Abdoulaye Wade i Dakar. […]
Israel irashaka kugenzura byimazeyo ubutaka bwose bwa Palestina – Raporo ya Loni
Komisiyo yigenga y’iperereza yashyizweho n’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Uburenganzira bwa Muntu nyuma y’igitero cya 2021 cya Israel ku karere ka Gaza yavuze ko Israel igomba gukora ibirenze guhagarika kwigarurira ubutaka abayobozi ba Palesitine bifuza kubw’igihugu kizaza. Raporo yashyizwe ahagaragara ku wa Kabiri, ivuga ko “Guhagarika gutura ku ngufu byonyine bitazaba bihagije.” Irasaba ko hajyaho izindi […]
Umwami w’u Bubiligi yatangiye uruzinduko rw’iminsi 6 muri RDC

Umwami Philippe w’u Bubiligi hamwe n’Umwamikazi we Mathilde, kuri uyu wa 7 Kamena 2022 batangiye uruzinduko rw’iminsi 6 muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Uyu mwami n’umwamikazi bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya N’Djili i Kinshasa mu masaha y’ikigoroba, bakirwa na Perezida wa RDC, FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo n’umufasha we Denise Nyakeru. Bahise berekeza mu […]
Nyagatare: Valens w’imyaka 21 bikekwa ko yishwe n’abo ‘yasambanyirizaga abagore’
Umugabo w’imyaka 21 witwa Valens wo mu Murenge wa Gatunda mu Karere ka Nyagatare, yapfuye bikekwa ko yishwe ku mugambi w’abagabo byavugwaga ko yajyaga abasambanyiriza abagore. Nyakwigendera wari utuye mu Mudugudu wa Kabera mu Kagari ka Nyarurema muri uyu Murenge wa Gatunda, rwamenyekanye mu mugoroba wo ku ya 05 Kamena 2022. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa […]
Muri Congo umumotari agutwaye akamenya ko uri Umunyarwanda ni inkoni-Umucuruzi
Abakora ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka hagati y’akarere ka Rusizi mu Rwanda n’umujyi wa Bukavu muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, baravuga ko umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi urimo kugira ingaruka ku bucuruzi bwabo, bakaba bagirirwa nabi. Umwe muri aba bacuruzi bato batembeza imboga n’imbuto yabwiye VOA ko ” Muri Congo n’umumotari agutwaye akamenya ko […]