Umuhanzi R. Kelly yakatiwe igifungo cy’imyaka 30
Umuhanzi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Robert Sylvester Kelly wamamaye nka R. Kelly yakatiwe igifungo cy’imyaka 30 nyuma y’umwaka ahamijwe ibyaha byo gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina abakobwa bakiri bato n’abagore. Iki cyemezo cyatangajwe n’Umucamanza Ann M. Donnelly mu rukiko rwa Brooklyn, nyuma yo kwemeza ko uyu muhanzi wamamaye kubera indirimbo ze zirimo […]
U Burusiya bwatangaje ko buzohereza miliyoni z’amatoni y’ibinyampeke, nibukurirwaho ibihano
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya, yatangaje ko buzohereza miliyoni z’amatoni y’ibinyampeke mu gihe ibihugu byabufatiye ibihano byaba bibikuyeho. Ibiro ntaramakuru by’Abarusiya, TASS, bivuga ko cyemezo cyatangajwe n’Umuvugizi w’iyi Minisiteri, Maria Zakharova kuri uyu wa 29 Kamena 2022. Zakharova abona ikibazo cy’ibura ry’ibinyampeke ku isoko mpuzamahanga ryaratewe n’ibihugu bitatu: Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), u […]
Kenya: Uwiyamamariza kuba Perezida yahigiye kujya amanika abayobozi bazajya barya ruswa
Umunyapolitiki George Wajackoyah, yarahiriye kwica amanitse abayobozi muri Kenya bazajya bagaragaraho ruswa mu gihe yaba atorewe kuyobora iki gihugu. Uyu munyapolitiki wo mu Ishyaka Roots party yabigarutseho mu kiganiro naCapital FM News. Yavuze ko abayobozi bose barya ruswa bakwiye guhanishwa kumanikwa, bijyanye no kuba igira ingaruka mbi ku mibereho ya rubanda, bityo iki gihano kikaba […]
France: Abitabiriye urubanza rw’Umunyarwanda basohotse igitaraganya
Ku cyicaro cy’Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa ruburanisha Umunyarwanda Laurent Bucyibaruta uregwa Jenoside, habayeho kwikanga iturika ry’igisasu, bituma rusubikwaho igihe gito, babasohoka igitaraganya ku bw’umutekano. Bucyibaruta Laurent wabaye Perefe w’icyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro, aregwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri, amaze iminsi aburanishwa n’uru rukiko rwa rubanda rw’i Paris. Amakuru avuga […]
Karongi: Umwarimu wari umaze imyaka 40 yigisha yishwe atewe icyuma mu gatuza

Kuri sitasiyo ya RIB ya Gashari mu karere ka Karongi hafungiye umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko witwa Muhayimana Annonciata ukurikiranyweho kwica ateye icyuma umwarimu witwaga Twagirayezu Jean Jafari w’imyaka 60, wigishaga muri GS Nkoto mu murenge wa Murambi muri aka karere,amuziza amafaranga 2.000 ngo yari amusigayemo amaze kumwishyura 10.000. Nk’uko umunyamakuru wa Bwiza.com ukorera muri aka […]
Fear amongst Rwandans living in DRC over rebel attacks
Life in Kinshasa was going well for Zawadi, a mother of two from Rwanda, until faraway fighting stoked Congolese anger against her country and videos of men with machetes prowling the city streets in search of Rwandans surfaced on social media. The trouble started in May, when the M23 rebel group resumed heavy fighting against […]
Ingabo z’u Burundi muri AMISOM ziracyashakisha imirambo ya bagenzi babo bishwe na Al Shabab
Ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Somalia zasubukuye kuva kuwa Mbere igikorwa cyo gushakisha imirambo y’abasirikare biciwe mu gitero cya Al Shabab ku brindiro byabo hafi ya El-Baraf ku itariki ya 3 Gicurasi 2022. Radio Ijwi ry’Abayagihugu (RPA), yatangaje ko kuwa Mbee izi ngabo z’u Burundi zabashije kubona ibisigazwa by’imibiri ya […]
Le parquet se saisit du dossier des responsables de la FERWAFA
Le Bureau d’enquĂŞte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© la soumission Ă l’AutoritĂ© nationale des poursuites pĂ©nales (NPPA) du cas des responsables de la FĂ©dĂ©ration rwandaise de football (FERWAFA). Thierry Murangira, le porte-parole de RIB, a indiquĂ© que l’affaire a Ă©tĂ© transmise Ă la NPPA, lundi 27 juin, pour complĂ©ment d’enquĂŞte. Les trois suspects, FĂ©lix Nzeyimana, […]
Ntabwo nshobora kujyana abana banjye ku ishuri, sinshobora kujya ku isoko – Umunyarwandakazi uba i Kinshasa
Ubuzima muri Kinshasa bwagendaga neza kuri Zawadi, umubyeyi w’abana babiri waturutse mu Rwanda, kugeza igihe imirwano ibera kure cyane y’aho ari, iteje Abanyekongo kurakarira igihugu cye ndetse na videwo z’abagabo bafite imihoro mu mihanda yo mu mujyi bashakisha Abanyarwanda zikagaragara ku mbuga nkoranyambaga. Ibibazo byatangiye muri Gicurasi, ubwo umutwe w’inyeshyamba za M23 wongeraga kurwana cyane […]
Perezida wa Zambia uherutse muri CHOGM abona Kigali imeze nk’i Burayi

Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yagaragaje ishyari ryiza ubwo yagereranyaga umujyi wa Kigali aherutse mu nama ya Commonwealth (CHOGM) n’imijyi yo ku mugabane w’u Burayi. Hichilema wari kumwe n’umugore we Mutinta Hichilema bageze i Kigali tariki ya 23 Kamena, habura umunsi umwe ngo CHOGM itangire ku mugaragaro, bataha ku ya 26 Kamena. Ku wa 27 […]
Uko byifashe i Tshanzu na Runyoni nyuma y’imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC
Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, avuga ko ubu mu duce twari turimo imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC mu gitondo cyo kuwa 28 Kamena 2022, ubu hagarutse ituze. Maj. Willy Ngoma kuri uwo munsi yari yatangarije BWIZA ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (FARDC) zagabagabyeho ibitero ku birindiro byabo biri mu […]
Sudani yasutse amabombe mu gace ipfa na Ethiopia nyuma y’iyicwa ry’abasirikare bayo barindwi
Umutegetsi wo muri Ethiopia yavuze ko Ingabo za Sudani zakoresheje imbunda nini mu gihe cy’imirwano yaberaga mu karere k’iburasirazuba katavugwaho gahana imbibi na Ethiopia, nyuma y’aho Sudani ishinje Ethiopia kwica abasirikare bayo barindwi n’umusivili umwe. Kuri uyu wa Kabiri ushize, Sudani yashoboye kwigarurira Jabal Kala al-Laban, agace kegereye umupaka, nyuma y’igitero cya bombe n’igitero cy’indege, […]
Myugariro wakiniraga AS Kigali yerekeje muri APR FC nyuma yo kuyizonga
Ikipe ya APR FC yamaze gusinyisha myugariro Ishimwe Christian wakiniraga ikipe ya AS Kigali. Uyu musore ukiri muto ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso, we ubwe yemereye B&B FM-Umwezi ko yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iriya kipe y’Ingabo z’igihugu. Ishimwe Christian yerekeje muri APR FC, nyuma y’amasaha make yitwaye neza mu mukino AS Kigali yaraye iyitsinzemo […]
Impuguke za UN zemeza ko FDLR iha imyitozo imitwe yitwaje intwaro ikorera muri RDC
Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (UN) zikora ubushakashatsi ku mutekano wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) zemeza ko umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda uha imyitozo indi mitwe yitwaje intwaro. Muri raporo y’impapuro 297 yasohotse muri uku kwezi, izi mpuguke zisobanura ko n’ubwo mu kinyacumi cy’imyaka gishize FDLR yaciwe indege mu buryo […]
Colombia: Byibuze imfungwa 51 zahitanwe n’inkongi y’umuriro muri gereza
Byibuze imfungwa 51 zapuye izindi 24 zirakomereka nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye Gereza ya Tulua, iherereye mu majyepfo y’uburenerazuba bwa Colombia nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri ushize n’abayobozi babanje gutangaza igikorwa cyo kugerageza gutoroka. “Umwe mu mfungwa yatwitse matela ye” mu kavuyo umuriro utangira gukwirakwira nk’uko byasobanuwe na minisitiri w’ubutabera, Wilson Ruiz, atangaza imibare yatangajwe […]
Boris yahishuye icyo yavuganye na Perezida Kagame ku bakekwaho jenoside baba mu Bwongereza

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yahishuye icyo yavuganye na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ku bantu batanu baba mu gihugu cye bakekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Boris akigera mu Rwanda tariki ya 23 Kamena 2022, ubwo yari aje kwitabira inama ya Commonwealth, yabanje gusura urwibutso rwa jenoside rwa Kigali ku Gisozi, […]
Minisitiri Truss aremeza ko hari ibihugu bishaka kwigana gahunda y’u Bwongereza n’u Rwanda
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bwongereza, Liz Truss, yasubije umudepite Neil Coyle ubwo yageragezaga kuzamura ikibazo kuri gahunda y’u Bwongereza yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda abaza niba iyi gahunda yubahirije amategeko, amusubiza ko ahubwo hari ibindi bihugu bishaka gutera ikirenge mu cy’u Bwongereza. Liz Truss yari imbere ya komite y’inteko ishinga amategeko ishinzwe ububanyi n’amahanga. […]
Why the EAC regional force is yet to be deployed to DR Congo?
THE EASTAFRICAN Slightly over two weeks after President Uhuru Kenyatta’s proposal to deploy the East African Standby Force (EASF) to the eastern Democratic Republic of Congo, there are no boots on the ground. The proposal was endorsed by regional leaders at the third EAC Heads of State Conclave on peace and security in eastern DRC […]
Vital Kamerhe yakiriwe na Tshisekedi nyuma yo kuva mu buroko (Amafoto)

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakiriye Vital Kamerhe nyuma yo kuva mu buroko baraganira. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo Kamerhe wahoze ari Umuyobozi w’Ibiro bya Tshisekedi yarekuwe, nyuma y’imyaka ibiri afungiye muri Gereza ya Makala i Kinshasa. Yafunguwe nyuma yo kugirwa umwere ku cyaha cyo kunyereza amafaranga ya […]
RDC: Abanyamulenge baravuga ko ntaho bahuriye n’intambara ya M23
Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge baravuga ko ntaho bahuriye, bya hafi cyangwa kure, n’umutwe wa M23 n’intambara yayo, bakavuga ko ababahuza n’uyu mutwe ari abanzi b’igihugu. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizweho umukono na Enock Ruberangabo Sebineza, wari minisitiri w’icyubahiro muri Guverinoma ya Matata akaba na perezida w’icyubahiro w’ishyirahamwe Shikama / Banyamulenge yamaganye abantu bose babahuza n’intambara […]
Uganda yateje urujijo ku ruhande ihagazeho ku birego bya DR Congo ku Rwanda
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Uganda, Henry Oryem Okello, avuga ko igihugu cye nta ruhande gihagazeho muri ibi ibihe Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (DRC) ishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, mu gihe i Nairobi yari yashyigikiye ibivugwa n’ u Rwanda kuri iyi ngingo. Mu gihe ibihugu bimwe byagiye bigaragaza aho […]
IGP Dan Munyuza yitabiriye inama ya Interpol muri Benin
Umuyobozi w’Igipolisi cy’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, ari kumwe n’Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Isabelle Kalihangabo, bari mu gihugu cya Benin mu Mujyi wa Cotonou, aho bitabiriye inama ya Interpol ibaye ku nshuro ya 25 ihuza ibihugu byo mu Karere ka Afurika, yatangiye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Kamena 2022. Iyi […]
Ingabo za Angola zagose zinafunga umupaka wayo na RDC
Ingabo za Angola kuri uyu wa Kabiri zagose zinafunga umupaka uhuza iki gihugu na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uherereye mu gace ka Kamako. Kamako ni agace gaherereye mu ntara ya KasaĂŻ yo hagati ihana imbibi na Angola. Impuruza yo kuba bariya basirikare ba Angola bagose uriya mupaka yatanzwe na Guy Mafuta, umudepite ku rwego […]
NATO irateganya kwagurira imbibi muri Afurika
Umuryango NATO w’ubwirinzi bwa gisirikare urateganya kwagurira imbibi ku mugabane wa Afurika, mu rwego rwo kurwanya ibikorwa by’iterabwoba byugarije bimwe mu bihugu byaho. Ni imwe muri gahunda iri kwigirwa mu nama y’uyu muryango iri kubera i Madrid muri Espagne guhera kuri uyu wa 28 Kamena 2022. NATO irashaka kongera ingabo n’intwaro nyinshi mu bice bitandukanye, […]