Abahanga barasaba Dr Mukwege kuziyamamariza umwanya wa Perezida
Abahanga biganjemo abarimu bo muri kaminuza muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), bandikiye muganga Dr Denis Mukwege wahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel mu 2018, bamusaba kuziyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu mwaka utaha. Ikinyamakuru La Libre cyo mu Bubiligi gisobanura ko aba bahanga bandikiye Dr Mukwege barimo: Prof. Maindo Alphonse, Prof, Maswana Jean-Claude na Prof. […]
Rusizi/Mururu: Barashimira Perezida Kagame wababohoye akanabakiza Interahamwe

Kuri iyi nshuro ya 28 u Rwanda rwibohoye, abaturage b’umurenge wa Mururu mu karere ka Rusizi baravuga ko bashimira byimazeyo perezida Kagame wababohoye, akanabakiza interahamwe zari zarahungiye hakurya yabo gato muri RDC, batandukanijwe gusa n’umugezi wa Rusizi, zikajya zigaruka zikica abo zasize zitishe muri jenoside yakorewe abatutsi, zikanangiza ibikorwa remezo birimo amapiloni y’amashanyarazi, aho amariye […]
Umutoza Mohammed Adil Erradi yongereye amasezerano muri APR FC
Ikipe ya APR FC yamaze kongerera amasezerano umunya-Maroc Mohammed Adil Erradi usanzwe ari umutoza wayo mukuru. Amakuru avuga ko uyu mutoza yamaze kongererwa amasezerano y’imyaka ibiri. Mohammed Adil Erradi ni umutoza wa APR FC kuva muri 2019, akaba amaze guhesha iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu ibikombe bitatu bya shampiyona. Uyu mutoza wari ku musozo w’amasezerano ye […]
Borell yagize icyo asaba u Rwanda na RDC mbere y’uko Perezida Kagame na Tshisekedi bahura

Josep Borell Fontelles ushinzwe ububanyi n’amahanga n’umutekano mu muryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) yagize icyo asaba u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) mu gihe biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame na FĂ©lix Tshisekedi bahura. Bwiza.com yamenye ko Perezida wa Angola, JoĂŁo Lourenço yatumiye Perezida Kagame na Tshisekedi mu kiganiro cy’ubuhuza mu gihe umwuka mubi […]
Uganda: CMI yasabwe gufungura Obed Katureebe byihuse nta mananiza
Komisiyo y’burenganzira bwa Muntu muri Uganda yategetse Urwego rushinzwe ubutasi mu gisirikare (CMI) gufungura byihuse kandi nta manania umukozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe itangazamakuru (UMC) umaze amezi abiri afungiwe ahantu hatazwi. Ku itariki ya 2 Gicurasi nibwo Obed Katureebe yatwawe n’abashinzwe umutekano babiri bamusanze iwe, kandi kuva icyo gihe ntiyongeye kugaragara. Kw’ikubitiro inzego z’umutekano zavuze ko […]
U Bwongereza bwasezeranyije Ukraine kuyifasha gusubirana Luhansk yambuwe n’u Burusiya
Guverinoma y’u Bwongereza yasezeranyije Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky gufasha igihugu cye gusubirana Let aya Luhansk giherutse kwamburwa n’ingabo z’u Burusiya. Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, mu butumwa amaze gutangaza, yasobanuye ko yaganiriye na Zelensky, ati: «Namenyesheje Perezida Zelensky ku byemezo byafashwe na G7 na NATO mu cumweru gishize. Ndizera ko ingabo za Ukraine […]
Gasabo maid accused of murdering nine-year-old to appear in court
Solange Nyirangiruwonsanga, who is suspected of murdering a nine-year-old boy, will on Monday, July 11, appear before Gasabo Intermediate Court where she is expected to seek bail. The suspect was working as a maid at the victim’s home in Ndera Sector, Gasabo District where the incident happened on June 12, when his father had left […]
Abasirikare ba FARDC igihumbi baravugwaho guta ibirindiro byabo bya Matebe na Kabindi bagaghunga
Abasirikare b’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bahanganye n’umutwe wa M23, baravugwaho gucika intege ndetse bamwe batangiye guhunga urugamba aho abagera mu 1 000 bahunze aho bari mu birindiro bya Kabindi na Matebe. Ikinyamakuru Goma News 24 gitangaza ko abasirikare ba FARDC bari mu birindiro byabo bya Kabindi na Matebe, babivuyemo. Iki kinyamakuru […]
Amasosiyete hafi 400 afite aho ahuriye n’ubukungu n’ubucuruzi agiye guhurira mu Rwanda
Nyuma y’ubutumwa bwa mbere bw’ubukungu n’ubucuruzi bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) muri Aziya y’Amajyepfo y’Uburasirazuba, muri Werurwe, bwahuje ba rwiyemezamirimo barenga 520 n’abafatanyabikorwa mu bukungu baturutse mu bihugu birenga 20 byo ku Isi bikoresha Igifaransa, uyu muryango wateguye ubutumwa bwa kabiri bw’ubukungu n’ubucuruzi muri Afurika yo hagati (MEAC) ku bufatanye n’abayobozi b’ibihugu bireba. Bizayoborwa na […]
Nyagatare: Umubyeyi yafashwe akwirakwiza amafaranga y’amiganano
Ku mugoroba w’uyu wa 4 Nyakanga 2022, mu murenge wa Nyagatare ho mu karere ka Nyagatare hafatiwe umubyeyi wonsa uri mu kigero cy’imyaka 30 y’amavuko witwa Bamurebe Claudine, akwirakwiza amafaranga y’amiganano. Ubwo twahageraga, abaturage bari bicaje Bamurebe ku gatebe ari konsa, ababwira ko nta bwoba na buke afite bwo kuba yafungwa. Bwiza.com yamenye ko Bamurebe […]
Ambasaderi wa USA n’uw’u Burusiya mu Bushinwa bahuriye mu nama baterana amagambo
Ba ambasaderi ba Amerika n’u Burusiya mu Bushinwa bateranye amagambo hafi gufatana mu mashati bapfa intambara yo muri Ukraine ubwo bahuriraga mu yaberaga nama i Beijing. Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Nicholas Burns, yatangarije Inama y’Amahoro ku Isi (World Peace Forum) i Beijing ko igitero cy’u Burusiya “kidafite ishingiro” kandi ari “ikintu gikomeye […]
Papa Francis yanyomoje abahwihwisa ko afite umugambi wo kwegura
Umushumba wa kiliziya gatolika ku Isi, Papa Francis, yanyomoje abahwihwisa ko afite umugambi wo kwegura kuri iyi nshingano. Mu kiganiro cyo ku wa 2 Kamena 2022 yagiranye n’umunyamakuru w’ibiro ntaramakuru by’Abongereza (Reuters), Phil Pullella, Papa Francis yasobanuye ko abatekereza ko yakwegura babishingira ku kuba hari abamubanjirije beguye. Abeguye barimo Benedicto XVI yasimbuye kuri iyi nshingano, […]
Les dirigeants du Rwanda et du Congo se rencontreront en Angola
Le prĂ©sident congolais, FĂ©lix Tshisekedi, rencontrera mercredi son homologue rwandais, Paul Kagame, en Angola dans un contexte de tensions croissantes entre les deux pays voisins, a dĂ©clarĂ© un porte-parole du gouvernement congolais. Les deux dirigeants discuteront mercredi des relations bilatĂ©rales et du conflit armĂ© dans l’est du Congo, oĂą les rebelles du M23 ont pris […]
Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali
Mu gihe abantu bagera ku 6000 bari bateraniye i Kigali mu Nama y’ibihugu bikoresha Icyongereza yiswe CHOGM, hari abantu bashatse kuyirogoya binyuze mu guhungabanya umutekano w’abatuye Kigali ariko inzego z’umutekano zibatanga imbere. Perezida Paul Kagame yabibwiye RBA ubwo bamubazaga icyo avuga ku bantu bavugaga ko abarashe mu Rwanda muri Musanze na Burera bibwiraga ko ubuyobozi […]
EU irasaba M23, FDLR n’indi mitwe kurambika intwaro no kuva aho yafashe
Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) urasaba imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), by’umwihariko M23 kuzirambika no kuva mu bice yafashe. Ubu busabe bwatanzwe n’umuyobozi ushinzwe ububanyi n’amahanga n’umutekano muri EU, Josep Borell Fontelles kuri uyu wa 4 Nyakanga 2022. Yagize ati: “EU ikomeje gukurikirana yitonze ibibera mu burasirazuba bwa […]
Centrafrica: Imirwano ikomeye hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta yaguyemo abantu 13
Igitero cyagabwe n’inyeshyamba za UPC-CPC ku birindiro by’Ingabo za Centrafrica (FACAS) ku Cyumweru gishize, itariki ya 3 Nyakanga 2022 cyaguyemo byibuze abantu cumi na babiri. Imirwano ikaba ikomeje kubera ahitwa Dimbi. Imibare y’agateganyo y’abiciwe cyangwa abakomerekeye muri iyi mirwano yabaye hagati y’inyeshyamba za UPC-CPC na FACAS ivuga ko abantu 12 bapfuye ku ruhande rw’abagabye igitero, […]
Beni: Umusirikare wa Uganda yishe arashe bagenzi be barimo umusirikare wa FARDC
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 5 Nyakanga 2022, umusirikare wo mu ngabo z’igihugu cya Uganda (UPDF) yarashe bagenzi be babiri ahitwa Bulongo, mu Murenge wa Ruwenzori muri Teritwari ya Beni. Nta gutanga ibisobanuro birambuye, Umuvugizi w’ibikorwa bihuriweho hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ingabo za Uganda (UPDF) yemeza ko ari umusirikare […]
Abatazwi bari kuri moto barashe abantu i Gatsibo
Abantu bakekwa ko ari amabandi baje kuri moto biyita Abapolisi bakorana n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’amahooro (RRA), barashe abaturage babiri bo mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo, ariko Imana ikinga akaboko ntihagira uhasiga ubuzima mu gihe abarashe bahise bacika. Abaturage bahaye amakuru RadioTV10 dukesha iyi nkuru, bavuze ko iki gikorwa cyabaye ku gicamunsi cyo […]
FERWAFA yasubije mu mirimo Muhire Henry
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ryasubije mu mirimo Muhire Henry usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru waryo nyuma y’igihe yarahagaritswe. Tariki ya 20 Kamena ni bwo FERWAFA yari yatangaje ko yahagaritse Muhire ku nshingano ze, kubera ibyo yagombaga kubazwa bijyanye n’inshingano ze. FERWAFA yari yemeje aya makuru ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, gusa […]
Umusore w’i Huye bamufatiye muri gare ya Nyamata yibye televiziyo na dekoderi
Umukozi wo mu rugo witwa Rukundo Jean de la Croix w’imyaka 24 yafatanywe ibikoresho byo mu nzu birimo Televiziyo yari yibye mu rugo yakoragamo rwo mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, bamusatse bamusangana n’ibihumbi 96 Frw. Rukundo yafashwe ku wa Mbere tariki 03 Nyakanga 2022, afatirwa mu Kagari ka Nyamata mu Murenge wa […]
Rutahizamu wa APR FC na madamu we ukuriwe bagaragaye barya ubuzima (Amafoto)

Rutahizamu Lague Byiringiro ukinira APR FC n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yagaragaye yagiye kurya ubuzima na Madamu we Uwase Kelia bitegurana kwibaruka imfura. Lague cyo kimwe na bagenzi be bakinana muri APR FC bari mu biruhuko, nyuma yo gusoza umwaka w’imikino wabasigiye igikombe cya shampiyona. Amafoto na videwo uyu mugabo w’imyaka 22 y’amavuko yashyize ku rukuta rwe […]
Rwanda not responsible for DR Congo, M23 war- Kagame
President of Rwanda, Paul Kagame has cleared air that Rwanda is not responsible for the war between DR Congo and M23 rebels, citing Kinshasa should deal with it accordingly for it is on her territory. In an interview that reflected on various issues with national broadcaster yesterday, Kagame said that the DRC crisis should be […]
US: Ukekwaho kurasa mu kivunge akica abantu yafashwe
Polisi y’Amerika yataye muri yombi umugabo ucyekwa, nyuma yuko abantu batandatu bishwe barashwe mu mutambagiro wo kwizihiza umunsi mukuru w’ubwigenge, hafi y’i Chicago. Polisi ivuga ko Robert E Crimo III, w’imyaka 22, yafunzwe nyuma yo kumwirukankana igihe gito nk’uko BBC yabitangaje Abandi bantu batari munsi ya 24 bakomerekeye mu mujyi wa Highland Park, muri leta […]
Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira i Luanda
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byitezwe ko bahurira i Luanda muri Angola. Hagati yo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 05 Nyakanga n’ejo ku wa Gatatu tariki ya 06 Nyakanga, ni bwo byitezwe ko abakuru b’igihugu byombi bahura, ku buhuza bwa Perezida […]