Sena iratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi badahabwa amafaranga ya pansiyo

Kayigi ni umwe mu Banyarwanda bakoreye mu Burundi basaba guhabwa amafaranga ya pansiyo

Umutwe wa Sena mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda uratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi ubwo bari impunzi, badahabwa amafaranga y’ubwiteganyirize (pansiyo). Iki kibazo cyagejejwe mu nteko rusange ya Sena yateranye kuri uyu wa 10 Kanama 2022, bamwe muri ba senateri barimo Havugimana Emmanuel na AndrĂ© Twahirwa bagaragaza ko aba Banyarwanda babayeho nabi, kandi ikibazo cyabo […]

Hegitari 57,200 zimaze kwangizwa n’umuriro mu Bufaransa kuva muri Kamena

gironde_wildfire_taille_d_origine_.jpg

Kuri uyu wa Kane, inkongi y’umuriro yakomeje gufata intera mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Bufaransa, amazu menshi arasenyuka, hegitari zisaga 6.800 z’ubutaka zirakongoka, bituma abantu byibura 10,000 bimurwa. Muri rusange hegitari 57,200 zimaze kwangizwa n’umuriro mu Bufaransa kuva muri Kamena. Abashinzwe kuzimya umuriro baturutse hirya no hino mu Burayi baje gufasha u Bufaransa mu gihe umuriro […]

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 9 yarohamye mu mugezi arapfa

Umwana w’umukobwa w’imyaka 9 witwaga Bayiringire Sione,wigaga mu wa 2 ku ishuri ribanza rya Kamonyi,mu murenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke,yarohamye mu mugezi wa Cyongoroka uri mu mudugudu wa Gasharu, akagari ka Ntendezi muri uyu murenge ubwo yari arimo yogana n’abandi bana, agera mu gice cy’amazi menshi, kuyikuramo biramunanira ayarohamamo arapfa. Amakuru BWIZA ikesha […]

Musanze: Hashyizweho ibyumweru bibiri aho uwujuje ibisabwa azajya ahita atahana icyangombwa cy’ubutaka

Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze butangaza ko bwateguye ibyumweru bibiri aho umuturage azahabwa serivisi z’ubutaka, ufite ibisabwa byose zisabwa akazajya ahita ahabwa icyangombwa cy’ubutaka, akagitahana uwo munsi yaje kwakaho serivisi. Itangazo BWIZA yabonye rivuga ko izi serivisi z’ubutaka zizatangwa muri ubu buryo kuva kuwa 28 Kanama kikageza kuwa 2 Nzeri uyu mwaka. Iki gikorwa kizabera kuri […]

Umugabo yinjiranye imbunda muri banki afata abakozi bugwate asaba amafaranga ye yizigamiye

Umugabo witwaje imbunda yafashe bugwate abakozi muri banki y’i Beirut mu murwa mukuru wa Liban, wibasiwe n’ibibazo by’ubukungu, anatera ubwoba ko aza kwitwika nadahabwa amafaranga yari yarazigamye. Kuri uyu wa Kane, uyu mugabo yinjiye mu ishami rya Banki Nkuru muri Beirut mu karere ka Hamra yitwaje akajerekani karimo peteroli. Yafashe bugwate abakozi batandatu cyangwa barindwi […]

Sandra Teta, children in Kigali following domestic violence by husband

Rwanda’s High Commissioner to Uganda has confirmed that Sandra Teta and her children safely arrived in Kigali following days of intense speculation about possible domestic abuse against her. Amb. Joseph Rutabana told TNT that Teta and her children had travelled with her parents who had earlier gone to Kampala after photos surfaced on social media […]

Les sĂ©nateurs demandent l’accĂšs Ă  la retraite pour les anciens travailleurs rwandais au Burundi

Les sĂ©nateurs ont dĂ©clarĂ© que la situation actuelle est prĂ©occupante, oĂč les Rwandais qui ont travaillĂ© Ă  l’Ă©tranger, principalement au Burundi, ne reçoivent pas de pension. Ils ont donc rĂ©clamĂ© leur accĂšs Ă  la sĂ©curitĂ© sociale. L’appel a Ă©tĂ© lancĂ© le mercredi 10 aoĂ»t, alors que la sĂ©ance plĂ©niĂšre du SĂ©nat a approuvĂ© deux hauts […]

Patrick Nyamitari yateguye igitaramo cyo kwizihiza Assumption azahuriramo na Gahongayire

Umuhanzi Patrick Nyamitari ni umwe mu bamenyekanye cyane mu myaka yashize yaba mu miziki ihimbaza Imana ndetse n’iy’ubuzima busanzwe, akaba yaranitabiriye irushanwa rya Tusker Project Fame ryaberaga muri Kenya. Nyamitari yateguye igitaramo yise ‘Back to Live’ yahaye umwihariko wo kwizihiza umunsi mukuru w’ijyanwa mu ijuru rya Bikiramariya uzwi nka Assumption cyangwa Assomption. Iki gitaramo kizabera […]

U Rwanda rwagaragarije Amerika umuzi w’ikibazo cy’umutekano muke uri mu karere utari M23

Guverinoma y’u Rwanda yagaragarije Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko umuzi w’ikibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC ari umutwe wa FDLR, aho kuba M23 nk’uko abenshi babyibwira. Ni nyuma y’uruzinduko Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Anthony Blinken ari kugirira i Kigali. Ni uruzinduko rugamije gutsura umubano usanzweho hagati […]

Gen Tumwine yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Uwahoze ari Minisitiri w’Umutekano muri Uganda, Gen Elly Tumwine, ibinyamakuru bimwe bivuga ko yajyanywe mu Bitaro bya Nakasongola, igitaraganya ku bw’indwara itatangajwe. Bamwe mu bantu bo mu nzego z’umutekano batashatse kumenyekana, birinze gutangariza BOOM UG uburwayi bwafashe uyu mugabo gusa bavuze ko Gen Tumwine yari atameze neza kuva mu Cyumweru gishize ndetse ko yajyanywe mu […]

U Rwanda rwasabye USA kubaha inzego zarwo

Blinken na Minisitiri Biruta mu kiganiro n'abanyamakuru

Guverinoma y’u Rwanda yasabye ibihugu by’ibifatanyabikorwa ‘nka Leta zunze ubumwe za Amerika (USA)’ kubaha inzego zarwo by’umwihariko urw’ubutabera. Byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta, mu kiganiro we n’Umunyamabanga wa USA, Antony Blinken uri mu Rwanda, bagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 11 Kanama 2022. Umunyamakuru yabajije Blinken icyo USA iba ishatse gusobanura, iyo […]

Umwirabura wa mbere wahawe ipeti rya General w’inyenyeri enye yagizwe Umuyobozi wa AFRICOM

220809-f-cn170-148.jpg

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Amerika gishinzwe Afurika (AFRICOM) bwahawe umuyobozi mushya, Gen. Michael “Mike” Langley uzakomeza kuyobora ibikorwa by’Ingabo za Amerika ku mugabane aho Pentagon ivuga ko kurwanya ingaruka zo gukomeza kuhagira ijambo kw’Abashinwa n’iterabwoba ry’intagondwa bikomeje kuba ibya mbere mu bigomba gukurikiranirwa hafi. Nk’uko tubikesha VOA Afrique, Gen. Langley mu birori byabereye ku cyicaro cya […]

Perezida Kagame yakiriye, aganira na Blinken

Ibiganiro by'impande zombi byabereye mu biro bya Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken n’itsinda ry’abayobozi bamuherekeje. Mu biro by’Umukuru w’Igihugu, Blinken yahageze ari kumwe n’abandi bayobozi 6 barimo ushinzwe ibikorwa bya Ambasade ya USA mu Rwanda, Deb MacLean. Perezida Kagame na we yari kumwe n’abayobozi 6 barimo Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr […]

Blinken yatangaje ko RDC ikwiye guhagarika ubufasha iha FDLR

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken, yatangaje ko Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ikwiye guhagarika ubufasha iha umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Blinken yabitangarije mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru Christian Lusakueno wa Radio Top Congo FM ikorera muri RDC kuri uyu wa 10 Kanama 2022. Bageze […]

Abantu hafi 500 bamaze guhanwa bazira gufata ku makamyo batwaye amagare

Polisi y’u Rwanda (RNP) yihanangirije abatwara amagare, bafata ku makamyo cyane cyane iyo bageze mu mihanda izamuka ndetse ugasanga rimwe na rimwe bamwe muri bo bahasiga ubuzima. Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, yavuze ko ibikorwa byo gufata abatwara amagare bafata ku makamyo bigashyira ubuzima bwabo mu kaga […]

Ambasaderi w’u Bushinwa yashinje USA kuba nyirabayazana w’intambara yo muri Ukraine no gushaka gusenya u Burusiya

Ambasaderi w’u Bushinwa i Moscou yise Amerika “nyirabayazana w’intambara” yo muri Ukraine kandi ashinja Washington gushaka “gusenya” u Burusiya. Ambasaderi Zhang Hanhui yavuze ko Amerika yashyize u Burusiya mu mfuruka binyuze mu gukomeza umuryango wa NATO ndetse no gushyigikira imbaraga zishaka guhuza Ukraine n’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi aho kwegerana na Moscou. Mu kiganiro yagiranye n’Ibiro […]

Amerika irashinja Iran gucura umugambi wo kwivugana John Bolton hagamijwe guhorera Gen. Qassem Soleimani

Abategetsi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashinje umuntu ukekwaho kuba mu mutwe w’abasirikare barinda impinduramatwara ya kisilamu muri Irani (IRGC) kuba yarateguye umugambi wo guhitana John Bolton wahoze ari umujyanama mu by’umutekano wa Amerika, aho bishoboka ko byaba biri mu rwego rwo kwihorera kubera iyicwa rya Gen. Qassem Soleimani wishwe n’ubutegetsi bwa Perezida Trump […]

Abanyekongo batunguwe no kubona stand ya RDC muri Expo 2022 mu Rwanda

Abanyekongo bamwe batunguwe no kubona stand ya DRC muri Expo Rwanda 2022 mu gihe umubano hagati y’ibihugu byombi wahungabanye kuva intambara yongeye kubura hagati ya FARDC n’umutwe wa M23 Congo ishinja u Rwanda gutera inkunga, ndetse Guverinoma ikaba yari yafashe ingamba zitandukanye zirimo kureka kwitabira ibikorwa mpuzamahanga cyangwa inama bibera mu Rwanda. Mu ngamba zafashwe, […]

Anthony Blinken lands in Kigali to meet Kagame

US Secretary of State, Anthony Blinken, has landed in Kigali on Wednesday ahead of meeting Rwandan President, Paul Kagame. He was received by Rwanda’s Foreign Minister, Dr Biruta Vincent, who was with US embassy to Rwanda charge d’Affaires, McLean. It is expected the duo will hold discuss on different issues including security, human rights to […]

Kenya: Raila Odinga yigaranzuye William Ruto mu majwi

Umukandida w’impuzamashyaka Azimio La Umoja One Kenya, Raila Odinga, yamaze kwigaranzura mukeba we William Ruto mu majwi akomejwe kubarurwa. Kuri ubu Komisiyo y’amatora muri Kenya ikomeje kubarura amajwi y’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu yabaye ku wa Kabiri tariki ya 09 Kanama. Imibare kuri ubu irerekana ko Odinga ari imbere n’amajwi 51.78%, nyuma yo gutorwa n’ababarirwa […]

Anthony Blinken yageze i Kigali ‘kotsa igitutu Leta y’u Rwanda’

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Anthony Blinken, yageze i Kigali aho yatangiye uruzinduko rw’akazi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Kanama ni bwo Blinken yageze i Kanombe ku kibuga cy’indege, yakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga , Dr Vincent Biruta. Blinken yari akubutse i Kinshasa muri Congo […]

Rayon Sports yakiriye ba rutahizamu 2 yari itegereje, umwe aha abafana isezerano rikomeye

Ikipe ya Rayon Sports yaraye yakiriye ba rutahizamu babiri b’abanyamahanga yari imaze iminsi itegereje baje kuyisinyira amasezerano abagira abakinnyi bayo. Barimo Paul Were; umunya-Kenya w’imyaka 28 y’amavuko usatira izamu aciye ku mpande cyo kimwe na Boubacar TraorĂ©; umunya-Mali w’imyaka 24 y’amavuko. Bombi bageze ku kibuga cy’indege i Kanombe mu ijoro ryakeye, bakirwa n’abayobozi ba Rayon […]