Sena iratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi badahabwa amafaranga ya pansiyo

Umutwe wa Sena mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda uratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi ubwo bari impunzi, badahabwa amafaranga yâubwiteganyirize (pansiyo). Iki kibazo cyagejejwe mu nteko rusange ya Sena yateranye kuri uyu wa 10 Kanama 2022, bamwe muri ba senateri barimo Havugimana Emmanuel na AndrĂ© Twahirwa bagaragaza ko aba Banyarwanda babayeho nabi, kandi ikibazo cyabo […]
Hegitari 57,200 zimaze kwangizwa nâumuriro mu Bufaransa kuva muri Kamena

Kuri uyu wa Kane, inkongi y’umuriro yakomeje gufata intera mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Bufaransa, amazu menshi arasenyuka, hegitari zisaga 6.800 z’ubutaka zirakongoka, bituma abantu byibura 10,000 bimurwa. Muri rusange hegitari 57,200 zimaze kwangizwa nâumuriro mu Bufaransa kuva muri Kamena. Abashinzwe kuzimya umuriro baturutse hirya no hino mu Burayi baje gufasha u Bufaransa mu gihe umuriro […]
Nyamasheke: Umwana wâimyaka 9 yarohamye mu mugezi arapfa
Umwana wâumukobwa wâimyaka 9 witwaga Bayiringire Sione,wigaga mu wa 2 ku ishuri ribanza rya Kamonyi,mu murenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke,yarohamye mu mugezi wa Cyongoroka uri mu mudugudu wa Gasharu, akagari ka Ntendezi muri uyu murenge ubwo yari arimo yogana nâabandi bana, agera mu gice cyâamazi menshi, kuyikuramo biramunanira ayarohamamo arapfa. Amakuru BWIZA ikesha […]
Musanze: Hashyizweho ibyumweru bibiri aho uwujuje ibisabwa azajya ahita atahana icyangombwa cy’ubutaka
Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze butangaza ko bwateguye ibyumweru bibiri aho umuturage azahabwa serivisi z’ubutaka, ufite ibisabwa byose zisabwa akazajya ahita ahabwa icyangombwa cy’ubutaka, akagitahana uwo munsi yaje kwakaho serivisi. Itangazo BWIZA yabonye rivuga ko izi serivisi z’ubutaka zizatangwa muri ubu buryo kuva kuwa 28 Kanama kikageza kuwa 2 Nzeri uyu mwaka. Iki gikorwa kizabera kuri […]
Umugabo yinjiranye imbunda muri banki afata abakozi bugwate asaba amafaranga ye yizigamiye
Umugabo witwaje imbunda yafashe bugwate abakozi muri banki yâi Beirut mu murwa mukuru wa Liban, wibasiwe nâibibazo byâubukungu, anatera ubwoba ko aza kwitwika nadahabwa amafaranga yari yarazigamye. Kuri uyu wa Kane, uyu mugabo yinjiye mu ishami rya Banki Nkuru muri Beirut mu karere ka Hamra yitwaje akajerekani karimo peteroli. Yafashe bugwate abakozi batandatu cyangwa barindwi […]
Sandra Teta, children in Kigali following domestic violence by husband
Rwandaâs High Commissioner to Uganda has confirmed that Sandra Teta and her children safely arrived in Kigali following days of intense speculation about possible domestic abuse against her. Amb. Joseph Rutabana told TNT that Teta and her children had travelled with her parents who had earlier gone to Kampala after photos surfaced on social media […]
Les sĂ©nateurs demandent l’accĂšs Ă la retraite pour les anciens travailleurs rwandais au Burundi
Les sĂ©nateurs ont dĂ©clarĂ© que la situation actuelle est prĂ©occupante, oĂč les Rwandais qui ont travaillĂ© Ă l’Ă©tranger, principalement au Burundi, ne reçoivent pas de pension. Ils ont donc rĂ©clamĂ© leur accĂšs Ă la sĂ©curitĂ© sociale. L’appel a Ă©tĂ© lancĂ© le mercredi 10 aoĂ»t, alors que la sĂ©ance plĂ©niĂšre du SĂ©nat a approuvĂ© deux hauts […]
Patrick Nyamitari yateguye igitaramo cyo kwizihiza Assumption azahuriramo na Gahongayire
Umuhanzi Patrick Nyamitari ni umwe mu bamenyekanye cyane mu myaka yashize yaba mu miziki ihimbaza Imana ndetse n’iy’ubuzima busanzwe, akaba yaranitabiriye irushanwa rya Tusker Project Fame ryaberaga muri Kenya. Nyamitari yateguye igitaramo yise ‘Back to Live’ yahaye umwihariko wo kwizihiza umunsi mukuru w’ijyanwa mu ijuru rya Bikiramariya uzwi nka Assumption cyangwa Assomption. Iki gitaramo kizabera […]
U Rwanda rwagaragarije Amerika umuzi w’ikibazo cy’umutekano muke uri mu karere utari M23
Guverinoma y’u Rwanda yagaragarije Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko umuzi w’ikibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC ari umutwe wa FDLR, aho kuba M23 nk’uko abenshi babyibwira. Ni nyuma y’uruzinduko Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Anthony Blinken ari kugirira i Kigali. Ni uruzinduko rugamije gutsura umubano usanzweho hagati […]
Gen Tumwine yajyanywe mu bitaro igitaraganya
Uwahoze ari Minisitiri w’Umutekano muri Uganda, Gen Elly Tumwine, ibinyamakuru bimwe bivuga ko yajyanywe mu Bitaro bya Nakasongola, igitaraganya ku bw’indwara itatangajwe. Bamwe mu bantu bo mu nzego z’umutekano batashatse kumenyekana, birinze gutangariza BOOM UG uburwayi bwafashe uyu mugabo gusa bavuze ko Gen Tumwine yari atameze neza kuva mu Cyumweru gishize ndetse ko yajyanywe mu […]
U Rwanda rwasabye USA kubaha inzego zarwo

Guverinoma yâu Rwanda yasabye ibihugu byâibifatanyabikorwa ânka Leta zunze ubumwe za Amerika (USA)â kubaha inzego zarwo byâumwihariko urwâubutabera. Byatangajwe na Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane, Dr Vincent Biruta, mu kiganiro we nâUmunyamabanga wa USA, Antony Blinken uri mu Rwanda, bagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 11 Kanama 2022. Umunyamakuru yabajije Blinken icyo USA iba ishatse gusobanura, iyo […]
Umwirabura wa mbere wahawe ipeti rya General w’inyenyeri enye yagizwe Umuyobozi wa AFRICOM

Ubuyobozi bwâIgisirikare cya Amerika gishinzwe Afurika (AFRICOM) bwahawe umuyobozi mushya, Gen. Michael “Mike” Langley uzakomeza kuyobora ibikorwa byâIngabo za Amerika ku mugabane aho Pentagon ivuga ko kurwanya ingaruka zo gukomeza kuhagira ijambo kwâAbashinwa nâiterabwoba ryâintagondwa bikomeje kuba ibya mbere mu bigomba gukurikiranirwa hafi. Nk’uko tubikesha VOA Afrique, Gen. Langley mu birori byabereye ku cyicaro cya […]
Perezida Kagame yakiriye, aganira na Blinken

Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken nâitsinda ryâabayobozi bamuherekeje. Mu biro byâUmukuru wâIgihugu, Blinken yahageze ari kumwe nâabandi bayobozi 6 barimo ushinzwe ibikorwa bya Ambasade ya USA mu Rwanda, Deb MacLean. Perezida Kagame na we yari kumwe nâabayobozi 6 barimo Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane, Dr […]
Blinken yatangaje ko RDC ikwiye guhagarika ubufasha iha FDLR
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken, yatangaje ko Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ikwiye guhagarika ubufasha iha umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda. Blinken yabitangarije mu kiganiro cyihariye yagiranye nâumunyamakuru Christian Lusakueno wa Radio Top Congo FM ikorera muri RDC kuri uyu wa 10 Kanama 2022. Bageze […]
Abantu hafi 500 bamaze guhanwa bazira gufata ku makamyo batwaye amagare
Polisi y’u Rwanda (RNP) yihanangirije abatwara amagare, bafata ku makamyo cyane cyane iyo bageze mu mihanda izamuka ndetse ugasanga rimwe na rimwe bamwe muri bo bahasiga ubuzima. Umuvugizi wa Polisi yâ u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, yavuze ko ibikorwa byo gufata abatwara amagare bafata ku makamyo bigashyira ubuzima bwabo mu kaga […]
Ambasaderi wâu Bushinwa yashinje USA kuba nyirabayazana wâintambara yo muri Ukraine no gushaka gusenya u Burusiya
Ambasaderi w’u Bushinwa i Moscou yise Amerika ânyirabayazana w’intambaraâ yo muri Ukraine kandi ashinja Washington gushaka âgusenyaâ u Burusiya. Ambasaderi Zhang Hanhui yavuze ko Amerika yashyize u Burusiya mu mfuruka binyuze mu gukomeza umuryango wa NATO ndetse no gushyigikira imbaraga zishaka guhuza Ukraine nâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi aho kwegerana na Moscou. Mu kiganiro yagiranye n’Ibiro […]
Amerika irashinja Iran gucura umugambi wo kwivugana John Bolton hagamijwe guhorera Gen. Qassem Soleimani
Abategetsi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashinje umuntu ukekwaho kuba mu mutwe wâabasirikare barinda impinduramatwara ya kisilamu muri Irani (IRGC) kuba yarateguye umugambi wo guhitana John Bolton wahoze ari umujyanama mu byâumutekano wa Amerika, aho bishoboka ko byaba biri mu rwego rwo kwihorera kubera iyicwa rya Gen. Qassem Soleimani wishwe nâubutegetsi bwa Perezida Trump […]
Abanyekongo batunguwe no kubona stand ya RDC muri Expo 2022 mu Rwanda
Abanyekongo bamwe batunguwe no kubona stand ya DRC muri Expo Rwanda 2022 mu gihe umubano hagati y’ibihugu byombi wahungabanye kuva intambara yongeye kubura hagati ya FARDC nâumutwe wa M23 Congo ishinja u Rwanda gutera inkunga, ndetse Guverinoma ikaba yari yafashe ingamba zitandukanye zirimo kureka kwitabira ibikorwa mpuzamahanga cyangwa inama bibera mu Rwanda. Mu ngamba zafashwe, […]
Anthony Blinken lands in Kigali to meet Kagame
US Secretary of State, Anthony Blinken, has landed in Kigali on Wednesday ahead of meeting Rwandan President, Paul Kagame. He was received by Rwanda’s Foreign Minister, Dr Biruta Vincent, who was with US embassy to Rwanda charge d’Affaires, McLean. It is expected the duo will hold discuss on different issues including security, human rights to […]
Kenya: Raila Odinga yigaranzuye William Ruto mu majwi
Umukandida w’impuzamashyaka Azimio La Umoja One Kenya, Raila Odinga, yamaze kwigaranzura mukeba we William Ruto mu majwi akomejwe kubarurwa. Kuri ubu Komisiyo y’amatora muri Kenya ikomeje kubarura amajwi y’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu yabaye ku wa Kabiri tariki ya 09 Kanama. Imibare kuri ubu irerekana ko Odinga ari imbere n’amajwi 51.78%, nyuma yo gutorwa n’ababarirwa […]
Anthony Blinken yageze i Kigali ‘kotsa igitutu Leta y’u Rwanda’
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Anthony Blinken, yageze i Kigali aho yatangiye uruzinduko rw’akazi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Kanama ni bwo Blinken yageze i Kanombe ku kibuga cy’indege, yakirwa na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga , Dr Vincent Biruta. Blinken yari akubutse i Kinshasa muri Congo […]
Rayon Sports yakiriye ba rutahizamu 2 yari itegereje, umwe aha abafana isezerano rikomeye
Ikipe ya Rayon Sports yaraye yakiriye ba rutahizamu babiri b’abanyamahanga yari imaze iminsi itegereje baje kuyisinyira amasezerano abagira abakinnyi bayo. Barimo Paul Were; umunya-Kenya w’imyaka 28 y’amavuko usatira izamu aciye ku mpande cyo kimwe na Boubacar TraorĂ©; umunya-Mali w’imyaka 24 y’amavuko. Bombi bageze ku kibuga cy’indege i Kanombe mu ijoro ryakeye, bakirwa n’abayobozi ba Rayon […]