Burundi: Inzego z’umutekano zaba zategetswe kutemerera Bunyoni n’abandi baherutse kweguzwa gusohoka igihugu
Abashinzwe umutekano ku mipaka mu Burundi biravugwa ko bahawe amabwiriza yo kutemerera Alain-Guillaume Bunyoni n’abandi bayobozi baherutse kweguzwa gusohoka muri iki gihugu. Ikinyamakuru The East African kivuga ko aya makuru cyayahawe mu gihe bihwihwiswa ko Bunyoni yaba afite umugambi wo guhungira muri Tanzania bitewe n’uko ngo bashobora kugezwa mu butabera. Abagomba gukumirwa barimo: Bunyoni, ba […]
RRA irishyuza Minisiteri y’Ubuhinzi amafaranga arenga miliyari

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro, RRA, kirishyuza Minisiteri y’Ubuhinzi (MINAGRI) ibirarane by’amafaranga y’u Rwanda (Frw) 1,038,561,742 byo kuva mu mwaka w’2014. Umunyamabanga Uhoraho (PS) muri MINAGRI, Musabyimana Jean Claude, yasobanuriye abagize komisiyo ishinzwe ubugenzuzi bw’imari ya Leta mu nteko ishinga amategeko (PAC) kuri uyu wa 12 Nzeri ko iyi Minisiteri yatunguwe no kumva yishyuzwa aya […]
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na William Ruto wamwakiriye i Nairobi (Amafoto)

Perezida Paul Kagame uri i Nairobi mu gihugu cya Kenya, yakiriwe na Perezida mushya w’iki gihugu, Dr William Samoei Ruto bagirana ibiganiro. Perezida Kagame i Nairobi yahitabiriye umuhango w’irahira rya Dr Ruto uteganyijwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Nzeri 2022. Ni umuhango uzabera kuri Stade ya Kasarani i Nairobi. Perezida Paul Kagame ni […]
Uganda: 3 bari hagati y’urupfu n’umupfumu nyuma yo kugongwa n’imodoka ya Museveni
Abantu batatu muri Uganda biravugwa ko bari kurwana n’ubuzima mu bitaro bya Mulago, nyuma yo kugongwa n’imwe mu modoka ziherekeza Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Iyi mpanuka yabereye ahazwi nka Northern Bypass mu mujyi wa Kampala. Amakuru yayo yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi yo mu muhanda muri Kampala, SSP Rogers Nsereko Kawuma wavuze ko iriya modoka imwe […]
Kera kabaye Kenyatta yashimiye Ruto yitegura gushyikiriza ubutegetsi, amuha umukoro
Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya kuri uyu wa Mbere yakiriye William Ruto uheruka gutorerwa kumusimbura, mbere y’amasaha make ngo amushyikirize ubutegetsi. Kenyatta wari kumwe n’umufasha we Margaret Kenyatta, yakiriye muri Perezidansi ya Kenya Ruto na we aherekejwe na Madamu we. Kuri uyu wa Mbere ni wo munsi wa nyuma Uhuru Kenyatta yagombaga kwicara muri Perezidansi […]
Umukuru w’Inteko y’u Burundi yateguje ko uzarwanya Perezida Ndayishimiye azahura n’umujinya w’Imana

Umukuru w’inteko ishinga amategeko y’u Burundi, Gelase Daniel Ndabirabe, yateguje uwo ari we wese uzarwanya ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye ko azahura n’umujinya w’Imana. Ndabirabe yabivugiye mu iteraniro yitabiriye mu rusengero rwa Eglise de Rocher du Burundi kuri uyu wa 11 Nzeri 2022. Yafashe ijambo, asobanura gahunda Perezida Ndayishimiye afite ku butegetsi bwe zirimo: kurwanya […]
Agronomist Intern at Nile Basin Club
INTERNSHIP OPPORTUNITY Job Title: Agronomist Intern Reports to: Project Coordinator Fixed Term Contract: 7 months Location: Ngoma District, Jarama Sector Organization Profile Nile Basin Club (NBC) is an environmental and development non-profit organization that promotes Education for Sustainable Development “ESD” to low-income families by creating opportunities that promote their self-sufficiency toward a sustainable future. In […]
Paris: Hatanzwe ikirego kirega Perezida w’Inzibacyuho wa Guinea, Col. Mamady Doumbouya
Ikirego kirega Perezida w’inzibacyuho wa Guinea, Colonel Mamady Doumbouya, cyatanzwe i Paris kuwa Kane ushize nk’uko amakuru agera kuri AFP aturuka ku muntu wegereye iyi dosiye avuga . Perezida w’inzibacyuho wa Guinea araregwa n’Umuryango w’abaturage uharanira kurinda itegeko nshinga (FNDC) “ubufatanyacyaha mu iyicarubozo” no “” kwica ku bushake “. Uyu muryango washeshwe mu kwezi gushize […]
Rusizi: Hafi y’ahaherutse gutoragurwa uruhinja hasanzwe urundi rwapfuye rukivuka rwatawe mu mugezi
Mu mugezi wa Muhuta ujyana amazi mu gishanga cy’umuceri cya Bugarama, mu mudugudu wa Muhuta, akagari ka Gakoni mu murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi, mu ma saa cyenda z’igicamunsi zo ku wa 11 Nzeri, hatoraguwe umurambo w’uruhinja bigaragara ko rwari rukivuka, uwarubyaye akaruhata arabura. Uyu mugezi uri iruhande rw’inyubako ya koperative y’abahinzi b’umuceri) […]
Expect strong wind across the country- Meteo Rwanda warns
Rwanda Meteorology Agency has warned of strong winds predicted to gust across most parts of the country between September 11 and 20. “Strong wind speed ranging between eight and 10 metres per second is expected over parts of Rutsiro, Karongi, Nyamasheke and Ngororero Districts,” reads the forecast. It warns that strong winds with speed ranging […]
Perezida Kagame asanga gufunguranira ikirere muri Afurika byazamura ingano y’imirimo ihangwa

Gufunguranira ikirere mu bihugu bya Afurika bizatuma ubuhahirane n’ubucuruzi kuri uyu mugabane burushaho kwihuta ndetse bizamure n’urwego rw’ubukerarugendo muri rusange nk’uko byatangajwe n’umukuru w’igihugu, Paul Kagame ubwo yatangizaga inama ya 6 ku ngendo zo mu kirere (AVAF 22) . Ubwo yatangizaga iyi nama, kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Nzeri, Perezida Kagame, yasobanuye ko icyorezo […]
Gén. Jean Bosco Kazura ari muri Algérie (Amafoto)

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, GĂ©n. Jean Bosco Kazura, ari i Alger mu gihugu cya AlgĂ©rie aho yatangiye uruzinduko rw’akazi. Ni uruzinduko Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko rugomba kumara iminsi itatu. Kuri uyu wa Mbere GĂ©n. Kazura yagiranye ibiganiro na mugenzi we uyobora Ingabo za AlgĂ©rie, Lt GĂ©n SaĂŻd Chengriha, akaba ari ibiganiro byibanze […]
Uganda: Minisitiri w’umutekano yategetse iperereza ku mugambi wo kwica perezida w’inteko
Minisitiri w’umutekano wa Uganda, Maj. Gen. (Rtd) Jim Muhwezi, yategetse ko hakorwa iperereza ku makuru y’umugambi wo kwica Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Anita Among . Kuwa Kane ushize, Anita Among yabwiye inteko ishinga amategeko ko imodoka ye imaze iminsi ikurikirwa n’abantu batazwi. Yagize ati “Iki ni ikintu namenyesheje gusa ukuriye abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu nteko […]
Meteo Rwanda met en garde contre des vents violents dans 23 districts
L’Agence rwandaise de mĂ©tĂ©orologie a mis en garde contre des vents violents qui devraient souffler dans la plupart des rĂ©gions du pays entre le 11 et le 20 septembre . “Une vitesse de vent forte comprise entre huit et 10 mètres par seconde est attendue sur certaines parties des districts de Rutsiro, Karongi, Nyamasheke et […]
Abaturage bose basigaye Kangondo bahawe icyumweru cyo kuba bahimutse
Bitarenze iki cyumweru cyatangiye ku itariki 12 Nzeri 2022, abaturage bose basigaye muri Kangondo bagomba kuba bahimutse bagasanga abandi i Busanza muri Kicukiro nk’uko byemejwe n’Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali . Iyo miryango ibarirwa muri 600 ngo igomba kwimuka ku mpamvu zo guhunga imvura yo mu mpera z’uku kwezi kwa Nzeri 2022, kuko Iteganyagihe rya Meteo […]
RDC: Icyoba ni cyose nyuma y’uko inyeshyamba za CODECO zisatiriye umujyi ukomeye
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ubwoba ari bwinshi mu batuye Umujyi wa Bunia usanzwe ari umurwa mukuru w’Intara ya Ituri, nyuma y’uko ukomeje gusatirwa n’inyeshyamba zo mu mutwe wa CODECO. Radio Okapi yavuze ko inyeshyamba za CODECO (CoopĂ©rative pour le dĂ©veloppement du Congo) zashinze ibirindiro ahitwa Ezekere muri 10Km uvuye […]
ASP Aruho wari ukuriye abashinzwe kurinda Perezida w’Inteko ya Uganda yatorokeye muri Amerika
Polisi ya Uganda n’Inteko Ishinga Amategeko byakajije umurego mu iperereza ku kuntu uwari ukuriye uburinzi bwa Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Anita Among, uherutse gutangaza ko haba hari umugambi wo kumwivugana, yaba yarabuze mu buryo w’amayobera mu byumweru bibiri bishize . Aggrey Aruho, w’ipeti rya ASP mu Gipolisi cya Uganda (uri ku ifoto aherezwa umugati na […]
Irangabiye wabaga i Kigali agafungirwa i Bujumbura hari abo yasize ‘asezeyeho’
Umugore witwa Floriane Irangabiye wabaga i Kigali ariko ubu akaba afungiye mu Burundi, hari abo yagiye i Bujumbura asezeyeho. Amakuru avuga ko Irangabiye afunzwe n’iperereza ry’ u Burundi i Bujumbura akekwaho gukorana n’imitwe yitwaje intwaro irwanya Gitega ndetse no kuneka igihugu cye. VOA ivuga ko uyu mugore w’abana babiri yageze i Bujumbura mu mpera za […]
RIB yataye muri yombi uwayoboraga Ibitaro bya Mibirizi n’abakozi 3 ba RSSB
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umuyobozi mukuru w’Ibitaro bya Mibirizi n’abakozi batatu ba RSSB bakurikiranweho ibyaha birimo gukoresha inyandiko mpimbano no kunyereza umutungo . Uko ari bane, Dr Nzaramba ThĂ©oneste wayoboraga Ibitaro bya Mibirizi, Nkulikiye Domitien wari ushinzwe kugenzura inyemezabwishyu mu bitaro bya Mibirizi akorera RSSB, Bigirimana Placide wakoreraga RSSB ku Kigo Nderabuzima […]
Kagame commends Prof Duclert, Prof Kabwete

President Kagame has commended French Prof. Duclert and Prof. Charles Mulinda Kabwete of the University of Rwanda for organizing the first session of the international conference on the Genocide against the Tutsi which is taking place in Kigali.
Lt Gen. Proscovia yahishuye uruhare rwe mu ifungwa rya Sipapa wiyitaga inshuti magara ya Museveni
Lieutenant General (Rtd) Proscovia Nalweyiso uherutse kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, yahishuye uruhare yagize mu ifungwa rya Charles wamenyekanye nka Sipapa, watinywaga n’abo mu nzego z’umutekano kubera ko yababeshyaga ko ari inshuti magara ya Perezida Yoweri Museveni. Sipapa wakunze kugaragara afite imodoka zihenze cyane, amaze iminsi avugwa mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, ashinjwa ibikorwa by’urugomo […]
Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Bénin ari mu Rwanda
Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya BĂ©nin, SoumaĂŻla Allabi YAYA, ari hano mu Rwanda aho we n’itsinda ry’intumwa ayoboye batangiye uruzinduko rw’akazi. Ni uruzinduko bagomba kumaramo icyumweru. Kuri uyu wa Mbere IGP SoumaĂŻla Allabi YAYA n’intumwa ayoboye bakiriwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Dan Munyuza; bagirana ibiganiro byibanze ku buryo Polisi y’u Rwanda n’iya […]
Umufaransa umaze umwaka afungiwe muri Centrafrica ashinjwa ubutasi yatangiye kwiyicisha inzara

Umufaransa RĂ©my Quignolot umaze umwaka afungiwe muri Centrafrica ashinjwa ubutasi no gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko, ntaritaba urukiko, kandi ifungwa rye ry’agateganyo mbere y’iburanisha ntiryigeze ryongerwa mu buryo bwemewe n’amategeko, ibyakwiye gutuma afungurwa kuva muri Gicurasi nk’uko abamwunganira n’umuryango we babitangaza. Kuri ubu uyu ngo yatangiye kwiyicisha inzara . Bivugwa ko ibyifuzo bitatu byo […]
William Ruto: Nta shoramari rizongera gufungwa kubera kunanirwa kwishyura umusoro
Dr William Ruto ugiye kuba Perezida wa Kenya yatangaje ko ku buyobozi bwe nta muntu uzongera guhagarikirwa ishoramari rye (business) azira kunanirwa kwishyura imisoro. Uyu muyobozi wahoze ari Visi Perezida wa Kenya yabitangaje kuri uyu wa 11 Nzeri 2022, ubwo yasobanuraga ku mavugurura ateganya gukora mu rwego rw’ubukungu bw’igihugu. Ni mu gihe yari mu iteraniro […]
Kasai: Abanyekongo bivuganye umusirikare wa Angola wari umaze kwica mugenzi wabo
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 11 Nzeri 2022, umusivili w’Umunyekongo n’umusirikare wa Angola biciwe i Cambinza, agace ka Angola, gaherereye hafi y’umupaka wa Kabungu, mu ntara ya KasaĂŻ, yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Amakimbirane hagati y’uyu munyekongo w’imyaka 32, uzwi ku izina rya AndrĂ© Mulowa, n’abasirikare ba Angola ku bicuruzwa yaje kuvamo ubwicanyink’uko […]
Lieutenant Niyonkuru watutse Ndayishimiye amuziza kwirukana Bunyoni arafunzwe
Umusirikare w’u Burundi ufite ipeti rya Lieutenant, Joseph Niyonkuru, arafunzwe azira kwandagaza Umukuru w’Igihugu, Evariste Ndayishimiye ngo kuko yirukanye Alain-Guillaume Bunyoni ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe. Amakuru aturuka mu Burundi avuga ko ubwo Bunyoni yasimbuzwaga Gervais Ndirakobuca tariki ya 9 Nzeri, Lt Niyonkuru yashyize ku mbuga nkoranyambaga ijwi ririmo ibitutsi byibasira Perezida Ndayishimiye. Uyu musirikare […]
Iraswa ry’umusore w’i Rubavu, ifungwa rya Irangabiye wabaga mu Rwanda n’itanga rya Elizabeth II: inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 5 Nzeri 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zibanda kuri politiki, ubutabera n’umutekano. Harimo ko: Urukiko rwashimangiye intsinzi ya William Ruto Urukiko rw’ikirenga rwo muri Kenya tariki ya 5 Nzeri rwashimangiye icyemezo cya komisiyo ishinzwe amatora cy’uko William Ruto ari we wegukanye amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Kanama. Ni nyuma y’ikirego cyari […]